Impunzi z’Abarundi zahungiye muri Congo no muri Tanzania ziri kwimukira mu Rwanda

Impunzi z’Abarundi zahungiye mu bihugu bitandukanye by’ibituranyi zirimo ziri kwimukira mu Rwanda ku bwinshi kubera ukuntu uburenganzira bwazo buhonyorwa mu bihugu nka Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo no muri Tanzania ndetse bikaviramo bamwe muri zo kwicirwa aho zahungiye nk’uko byemezwa n’Umuryango w’Abibumbye Ishami ry’uyu murya go rishinzwe impunzi, HCR, riratangaza ko imibare iheruka y’izi mpunzi […]

Cassien Ntamuhanga wareganwaga na Kizito yatorotse gereza(yavuguruwe)

Cassien Ntamuhanga, umwe mu bareganwaga na Kizito Mihigo bagahamwa n’ibyaha birimo ibyo kurema umutwe w’abagizi ba nabi, n’ubugambanyi bwo kugirira nabi ubutegetsi buriho yatorotse gereza ya Mpanga iherereye mu karere ka Nyanza yari afungiyemo. Aya ni amakuru atangazwa n’Urwego rushinzwe imfungwa n’abagororwa mu Rwanda(RCS) ruvuga ko batorotse ari batatu mu ijoro ryo kuri uyu wa […]

Dore ingingo nyamukuru zagufasha niba utereta bikanga

Ese wigeze ukundana n’umukobwa cyangwa umuhungu usa neza urebeye inyuma, ufite akazi keza, ibitekerezo byiza, ugufata neza, ugukorera ibyiza byinshi? Nonese ni iki cyakubwira ko nta kindi kibyihishe inyuma, ni iki cyakubwira ko ari we wanyawe ko utarimo guta igihe, ko urukundo rwanyu rushobora kugera kure? [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kugira ngo tuvuge ko ufite ubuhanga buhanitse […]

Kenya: Bamwe mu banyamakuru bari bagiye kumva icyo Odinga atangaza bakubiswe

Ijambo umunyapolitiki, Raila Odinga yagombaga kuvuga nyuma y’itangazwa ry’intsinzi ya perezida Uhuru Kenyatta kuri uyu wa kabiri ryatinze nyuma y’uko abayoboke ba Odinga bagabiye igitero ku banyamakuru babiri bari bagiye gutara aya makuru ku cyicaro cy’ishyaka. Iyi nkuru yatangajwe n’ibinyamakuru bitandukanye birimo Reuters tuyikesha, iravuga abanyamakuru basohotse biruka ku bwinshi nyuma y’aho umunyamakuru Francis Gachuri […]

RDC: Jean-Pierre Bemba ashyigikiye imyigaragambyo yamagana Perezida Kabila

Jean Pierre Bemba ufungiye i La Haye azira ibyaha byibasiye inyokomuntu, yatangaje ko ashyigikiye byimazeyo imyigaragambyo y’ abatavuga rumwe na Perezida Joseph Kabila. Nubwo Jean-Pierre Bemba ari mu buroko ku mugabane w’ i Burayi mu Buholandi aho yakatiwe igifungo cy’ imyaka 18, akomeje gukurikiranira hafi politiki yo mu gihugu cye. Bemba wari umaze igihe kinini […]

Amakuru mashya CIA ifite aremeza ko Hitler yaba yararokotse Intambara ya II y’Isi

Amakuru mashya yashyizwe ahagaragara aturuka mu nyandiko z’ikigo cy’ubutasi cy’Abanyamerika, CIA, aravuga ko Adolphe Hitler yaba yararokotse Intambara ya II y’isi ndetse akaba yarabaye muri Colombia amezi menshi mu 1954. Amakuru y’ubutasi, amwe mu yaherutse gushyirwa ahagaragara arebana n’iyicwa ry’uwahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, J.F Kennedy, anatanga amakuru arambuye y’umuntu wabwiye […]

Bakame yijeje Abanyarwanda intsinzi mu mukino u Rwanda ruzakina na Ethiopia

Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru “Amavubi” yatangiye imyitozo ku wa 30 Ukwakira 2017, kuri Stade Amahoro. Ni mu rwego rwo kwitegura umukino uzayihuza na Ethiopie bahatanira itike yo kwerekeza mu mikino y’igikombe cya Afurika cy’abakinnyi bakina imbere mu bihugu byabo ” CHAN 2018” rizabera muri Maroc mu kwa mbere k’umwaka utaha. Kapiteni wa yo Ndayishimiye Eric, […]

Nyarugenge: Umugore w’imyaka 23 akurikiranweho gushimuta umwana w’imyaka 2

Umugore w’imyaka 23 yaterewe muri yombi mu Murenge wa Mageragere, ho mu Karere ka Nyarugenge ashinjwa kwinjira mu rugo rw’abandi ninjoro agashimuta umwana w’imyaka 2. Iyi nkuru iravuga ko ibi bintu byabaye kuwa Gatandatu ushize saa cyenda z’ijoro, bikavuga ko uyu mwana ari uw’uwitwa Charlotte Mukarukundo ngo wari usinziriye ubwo byabaga. Mukarukundo bivugwa ko yibana […]

Urukundo rwa Selena Gomez na The Weekend rwahagaze

Umuhanzikazi w’umunyamerika, Selena Gomez wahoze mu rukundo na Justin Bieber, kuri ubu yamaze gutandukana na The Weekend wari wamusimbuye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ikinyamakuru Thepeople cyatangaje ko bidasubirwaho Selena Gomez na The Weeknd batandukanye ndetse ko bitoroshye kongera kubabona bari kumwe nk’ibisanzwe. Icyi cyemezo cyo gutandukana na The Weekend ngo kikaba cyagoye Gomez ku buryo ngo atabyiyuvisha, […]

Paul Manafort wafashije Trump kwiyamamaza arashinjwa ibyaha 12 birimo kugambanira Amerika

Paul Manafort wigeze kuyobora ibikorwa byo kwiyamamaza bya Donald Trump yashinjwe ku mugaragaro ibyaha 12. Ibyo byaha birimo kugambanira Leta zunze ubumwe za Amerika no kwinjiza mu yandi amafaranga afite inkomoko mbi. Paul Manafort na Rick Gates bafatanyaga mu bucuruzi, barashinjwa kuba barakoreye ntaho banditse igihugu cya Ukraine maze bagahisha amafaranga abarirwa muri za miliyoni […]

Abanyarwanda 2 nibo bamaze kwegukana Tour du Rwanda, ese ni nde uzayegukana uyu mwaka ?

Hashize imyaka 8 irushanwa ku magare rizenguruka u Rwanda “Tour du Rwanda” ritangiye, kuva 2009 kugeza 2016 ibihangange bikina nk’ababigize umwuga bisimburana mu gutwara iri rushanwa, babiri muri bo ni Abanyarwanda, Valens Ndayisenga waritwaye kabiri na Jean Bosco uritwaye inshuro imwe. Ese ninde uzaritwara uyu mwaka 2017 ? Ntibakangwa n’imvura nyinshi iba ibari ku mugongo, […]

U Rwanda ntirurajwe ishinga n’Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha(ICC)-Mushikiwabo

Minisitiri w’ Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo yatangaje ko u Rwanda rudafitiye icyizere amasezerano ya Roma ashyiraho urukiko mpuzamahanga mpanabyaha(ICC), kuko rubogama. Yabitangaje mu muhango wo gutangiza imikorere ya televiziyo ya TV5 Monde Afrique mu Rwanda, ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki ya 30 Ukwakira 2017. Ni nyuma y’ikibazo yabajijwe n’umunyamakuru Franà§oise Joly, […]

Israel: Sara Netanyahu akomeje gushinjwa guhohotera abakozi bo mu rugo

Umugore wa Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benyamin Netanyahu arshinjwa guhohotera abakozi bo mu rugo iwe ariko by’umwihariko umugore wamukoreraga bivugwa ko yari yaramubujije no kurya no kunywa. Ibi byahise byamaganwa n’umuryango wa Minisitiri w’Intebe, Netanyahu uvuga ko ari ibirego bidafite ishingiro. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nk’uko byatangajwe n’ibinyamakuru bitandukanye, ngo uyu mugore wahohotewe n’umubyeyi w’abana batatu ubarizwa […]

Kirehe: Abaturage bamaze imyaka 4 basaba ingurane y’ibyangijwe hakorwa umuyoboro w’amashanyarazi

Abaturage batuye mu tugari twa Cyanyana na cyerera mu murenge wa Kigarama mu karere ka Kirehe, bavuga ko bangirijwe imitungo yabo ubwo hakorwaga umuyoboro w’amashanyarazi ‘Cyunuzi- Rwanteru’, hashize imyaka 4 batarahabwa ingurane ku mitungo yabo. Aba baturage bavuga ko ubukene bubugarijwe, bwavuye kuri icyo kibazo bagize, MINALOC yarabasuye bakiyigezaho, Meya yizeza ko birakemuka vuba adatanze […]

Uhuru Kenyatta yatsinze amatora n’amajwi 98%

Perezida ucyuye igihe muri Kenya, Uhuru Kenyatta, yongeye gutorerwa kuyobora icyo gihugu. Yegukanye amajwi angana na 98%. Ni inyuma y’amatora asubiwemo yabaye kuwa kane w’icyumweru gishize kubera ko ayo yari yatsinze mu kwezi kwa munani yagizwe impfabusa n’urukiko rw’ikirenga. Umukuru w’abatavuga rumwe na leta, Raila Odinga, yanze kwitabira ayo matora avuga ko akanama gashinzwe amatora […]

Ese koko u Rwanda na Uganda byaba biri mu ntambara y'ubutita? Icyo ababivuga bashingiraho

Ibihugu by’u Rwanda na Uganda ngo byaba byongeye kwinjira mu ntambara y’ubutita, aho itangazamakuru ryo muri Uganda rikomeje kugaragaza bimwe mu bibazo by’ingenzi biri gutera umwuka mubi hagati y’ibihugu byombi ubusanzwe by’ibivandimwe, birimo kuba igihugu cya Uganda kititaye ku kuba gikorana na bamwe mu bafatwa nk’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda n’abanzi b’igihugu . Kuri iyi nshuro […]

Ibirego bijyanye n’ihungabanywa ry’uburenganzira bwa muntu mu Rwanda byariyongereye

Komisiyo y’igihugu y’uburenganzira bwa muntu iratangaza ko yamaze gushyikiriza inzego zitandukanye ibibazo byagaragaye mu iyubahirizwa ry’uburenganzira bwa muntu, no kuzisaba ko zabikemura,ibyo bibazo ariko byagiye byiyongera ugeranyije no mu myaka yabanje. Mu mwaka wa 2016-2017 iyo komisiyo yagenzuye ibibazo 2.174 mu gihe uwawubanjirije yari yagenzuye 2144 ,mbere yaho ari 2038. Muri ibyo, ibiza ku isonga […]

Ruhango: Uwabyaye impanga incuro 2 arasaba Leta ubufasha

Mukanoheri Maritha utuye mu mudugudu wa Remera, akagari ka Muhororo, umurenge wa Byimana mu karere ka Ruhango, ubusanzwe uri mu cyiciro cya mbere cy’ubudehe, avuga ko nta bushobozi afite bwo kurera abana be 4 agasaba ubufasha Leta. Ubwa mbere uyu mubyeyi yabyariye rimwe abana 2, ubu bafite imyaka 7, yongeye kubyara bwa kabiri nabwo abyara […]