Bamwe mu basirikare n’abanyapolitiki bazwiho amagambo n’ibikorwa byo gutega iminsi Perezida Nkurunziza

Kuva mu mwaka wa 2015, nibwo bamwe mu banyapolitiki n’abandi bo mu nzego z’umutekano batangiye gutinyuka, bagaragaza ibitekerezo byabo basaba Perezida Nkurunziza kurekura ubutegetsi, byabaviriyemo kwitwa abanzi b’igihugu bamwe barahunga abandi barafungwa. Bamwe muri aba banyapolitiki aho bari mu buhunzi, bagiye batangaza byinshi byo gutega Nkurunziza iminsi, bakangurira Abarundi bagenzi babo guhaguruka bakamurwanya, kimwe n’uko […]

Ibitero 13 bikomeye byaranze ingoma n' ubuzima bwa Kigeli IV Rwabuguri

Umwami Kigeri IV Rwabugiri ni umuhungu wa Mutara II Rwogera akaba yarimye akiri muto (hagati y’imyaka irindwi n’icumi) ni yo mpamvu ibitero by’ibanze ari nyina Nyirakigeri Murorunkwere wabiyoboraga. Ku ngoma ye habaye ibitero byinshi, ahanini byari bigamije guhamya ubutegetsi ahari haraguwe vuba, dore ingero : Ijwi, Ndorwa, Gisaka.  Ibyo bitero byari bigamije ni ukwagura u […]

Kampala: Abadepite b’ abarundi batifuza kuyoborwa n’ umunyarwanda Martin Ngoga bitabiriye inama

Nyuma yaho Abadepite bahagarariye u Burundi mu Nteko Nshingamategeko y’ Umuryango wa Afurika y’i Burasirazuba(EALA) batangaje ko Martin Ngoga yatorewe kuyobora uyu mutwe mu buryo butemewe n’ amategeko bitabiriye inama rusange i Kampala muri Uganda. Ibi bibaye  mu gihe aba badepite b’ abarundi bavuga ko bagitegereje ko Urukiko rw’ uyu muryango rugira icyo rutangaza ku […]

Umugabo wa mbere muremure ku Isi yabonanye n’umugore mugufi wa mbere ku isi imbonankubone—Amafoto

Abantu babiri baciye agahigo ka Guinnes World Record kubera imiterere yabo, amaherezo bagize amahirwe yo guhura imbonankubone bahuriye mu gihugu cya Misiri. Kuwa Gatanu ushize nibwo umugabo wa mbere muremure ku Isi, Sultan Kosen, yahuye n’umugore wa mbere mugufi ku Isi, Jyoti Amge, bahurira I Cairo mu Misiri nk’uko amafoto yashyizwe ahagaragara akomeje gukwirakwira abigaragaza. […]

Nubona ibi bimenyetso ku mukobwa nta kabuza azaba yarakwimariyemo

Biragoye kumenya udashidikanya ko umukobwa agukunda by’ukuri cyane ko uba utgabasha kureba mu mutima we ngo umenye icyo agutekerezaho, gusa hari bimwe mu bimenyetso umukobwa ashobora kukwereka bikaguhamirizako agukunda byukuri n’ubwo utabyizera ijana kurindi, kimwe muribyo twavuga nko kuba: 1. Yumva mwahorana: Nkuko hagati y’abantu bakundana bigenda,umukobwa ugukunda kandi ukwiyumvamo aba yumva iteka mwahorana, muganira. […]

Ese u Bufaransa ntibutewe impungenge na Perezida Kagame ku mutwe wa UA?

Amateka agaragaza ko nubwo nta zahabu u Bufaransa bwavanaga mu Rwanda ariko bwarababajwe no gutakaza iki gihugu nyuma ya jenoside bwagizemo uruhare muri 1994. Abahanga mu by’ ubumenyi bw’ Isi bavuga ko u Rwanda ruri hagati ya Afurika ibyo bigatuma igihugu nk’ u Bufaransa cyari gifite amahirwe menshi yo kuhashyira ibirindiro bityo bukahapangira imipango yose […]

Umugabo w’imyaka 35 yasambanyije ihene 2 za nyina biziviramo gupfa

Umugabo wo mu gihugu cya Kenya watawe muri yombi azira gusambanya ihene 2 za nyina bikaziviramo urupfu yibasiwe n’abaturage b’aho yari atuye bamunenga. Igipolisi ahitwa Kangundo kikaba kivuga ko cyataye muri yombi uyu mugabo w’imyaka 35 witwa Mbithi Munyao nyuma yo gushinjwa gusambanya ihene 2 za nyina kugeza zipfuye. Munyao akaba yashinjwe ibyaha bibiri bifitanye […]

Iperereza : Ukuri ku rupfu rwa Perezida Laurent-Désiré Kabila gukomeje kuyoberana

Hashize imyaka 17, ubutabera bwa Congo-Kinshasa bukatiye abantu 51 igifungo cy’ imyaka 30 ndetse n’ abandi bakatirwa igifungo cy’ urupfu bashinjwa kwica Perezida Laurent-DĂ©sirĂ© Kabila kuwa 16 Mutarama 2001. Muri aba bakatiwe igifungo cy’ urupfu harimo Colonel  Eddy Kapend wari icyegera cya Laurent Desire Kabila ndetse banafitanye amasano yo hafi mu muryango. Kugeza magingo aya, […]

Ibihugu bya Kenya na Uganda biravugwaho kuba ari byo bituma intambara yo muri Sudani y’Epfo itarangira

Ibihugu bya Kenya na Uganda biravugwaho kugira uruhare mu gutuma intambara imaze imyaka 4 muri Sudani y’Epfo itarangira binyuzwamo intwaro zikoreshwa muri iyi ntambara nk’uko byatangajwe n’umuyobozi muri Loni kuri uyu wa Mbere ushize. Bwana Adama Dieng, umujyanama udasanzwe wa Loni mu gukumira Jenoside, yabwiye Ijwi rya Amerika ko uruhare rwo gukumira ubugizi bwa nabi […]

Muhanga: Uwishe umugore we amukubise isuka mu mutwe yakatiwe igifungo cya burundu

Urukiko ku rwego rwisumbuye rwa Muhanga, mu mpera z’icyumweru gishize  rwasomye  urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo umugabo    witwa  Manirafasha Jean Bosco icyaha cyo kwica umugore we  maze  rumuhanisha igihano cy’igifungo cya burundu hashingiwe ku biteganywa n’ingingo ya 140 y’gitabo cy’amategeko ahana nk’uko Ubushinjacyaha bwari bwabisabye. Kuwa 18 Mutarama 2017, nibwo Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga rwaburanishije dosiye […]

Ndi umukobwa w’imyaka 26, mama yampaye igihe cy’umwaka umwe ngo mbe nashatse umugabo, washira ntamufite akanyirukana- NKORE IKI?

Bavandimwe duhurira kuri uru rubuga ndabaramujiye, nitwa Aline, iwacu ni mu ntara y’i Burasirazuba i Rwamagana, ndasaba inama kuri iki kinyamakuru bwiza.com, kandi n’izihatangirwa ziranyubaka. Nta kiba kidafite impamvu, mama ubu tumeranye nabi, mama ni umupfakazi umaze imyaka igera kuri 12 muri ubu buzima, yatubyaye turi abana batatu ariko ni njye mukuru, umukobwa unkurikira yashatse […]

FIFA yahaye umukoro abashinzwe amatora muri ferwafa ku kibazo cya Félicité

Nkuko bigaragara ku rukuta twa twitter rwa Minspoc, ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi (FIFA) yamenyesheje uhagarariye akanama gashinzwe amatora ya FERWAFA Kalisa Camarade gukemura mu maguru mashya ikibazo cy’umukandida Rwemarika FĂ©licitĂ© uherutse gutsindwa amatora yo kuyobora FERWAFA Ibi FIFA yabikoze nyuma yaho uyu mugore wari wifuje kuyobora FERWAFA atsindiwe mu  amatora yabaye mu mpera za 2017, […]

Kigali: Uruganda rw' itabi rwa Rwigara Assinapol rwareze Leta yarufunze

Urukiko rw’ubucuruzi rwa Nyarugenge rwaburanishije urubanza uruganda rukora itabi “Premier Tobacco Company (PTC)” rw’umuryango wa Rwigara Assinapol , ruregamo ikigo cy’imisoro n’amahoro (RRA), ko rumaze amezi asaga 7 rufunzwe bikaba byararuteje igihombo. Uru ruganda rurega ikigo cy’imisoro gufatira bimwe mu bikoresho byarwo bikaba byaratumye rumaze amezi agera kuri arindwi rudakora, iri funga ngo rikaba ryarateye […]

Patrick Mazimpaka umwe mu banyapolitiki bagize uruhare ku rugamba rwo kwibohora

Iyo Inkontanyi zizagushyira imbere urugamba rw’ amasasu gusa kugeza magingo aya zari kuba zikirwana niyo mpamvu zifashishije ahanini abanyapolitiki b’ abanyarwanda nka Patrick Mazimpaka n’ abandi kugirango zumvikanisha impamvu zafashe imbunda. Patrick Mazimhaka watabarutse ku myaka 70 y’ amavuko ni umwe mu banyapolitiki  baharaniye ko impunzi z’ abanyarwanda zo muri 1959 zitaha mu gihugu ubwo […]

Neymar yateye utwatsi iby’amakuru avuga ko Real Madrid igiye kumugura Miliyoni 400 z’Amayero

Neymar, umusore w’imyaka 25 y’amavuko ukomoka muri Brezil, ubu akaba akinira ikipe ya Paris Saint- Germain (PSG) yo mu Bufaransa, yanyomoje amakuru yavugaga ko yaba ari mu nzira zo kugaruka muri Espagne. Ibihuha byatangajwe, byagaragazaga uburyo Neymar azagurwa na Real Madrid miliyoni 400 z’Amayero, akongera gusubiza muri Espgane mu gihe yari amaze igihe gito ahavuye […]

Perezida Museveni nawe yatanze inkunga yo gufasha umuhanzi Radio

Perezida Yoweri Museveni wa Uganda nawe yikoze mu mufuka atanga inkunga yo kuvuza umuhanzi Mozey Radio wo muri GoodLyfe umerewe nabi nyuma yuko aherutse gukubitirwa mu kabari agakubita hasi umutwe akanavunika ijosi. Perezida Museveni akaba yatanze inkunga ya miliyoni 30 z’amashilingi yahawe ivuriro rizwi nka Case Clinic ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri. Uwitwa […]

Urutonde rw’ abahanzi nyarwanda bagize amahirwe yo kujya mu mahanga bagakomeza umuziki

Mu gihe  hari abahanzi bamara kwambuka  imbibi z’ igihugu bagahita bashyira hasi umuziki hari bamwe babona aya mahirwe maze bikababera uburyo bwo kurushaho guteza imbere inganzo yabo imbere. Abakurikiranira hafi  ibijyanye n’ imyidagaduro basanga abahanzi bagera mu mahanga bakabireka bituruka ku mpamvu zitandukanye. Ku ruhande rumwe, bamwe bahagarika ubuhanzi bitewe n’ ubuzima bahura nabo mu […]

U Burundi bwiyemeje kwiyegereza ibihugu by’ibihangange ku isi mu bijyanye n’umutekano

Inama y’Abaminisitiri yateranye mu cyumweru gishize, yashyizweho ingamba nshya zo gukomeza umubano n’ibihugu by’ibihangange ku isi mu bijyanye n’umutekano, ibi ngo bikazafasha u Burundi mu gukaza umutekano n’igisirikare cyabwo. Mu bijyanye n’umutekano, u Burundi bwiyemeje gukomeza umubano na Afurika y’Epfo n’u Bushinwa, naho mu bijyanye no gukomeza igisirikare, iyi nama y’Abaminisitiri yabaye ku wa kane […]

Ibyo Diamond na Wema Sepetu bakoreye mu ruhame, byatumye benshi babibazaho

Umuhanzi Diamond wo muri Tanzania wari umaze imyaka irenga itatu arekanye na Miss Wema Sepetu bakundanaga, aba bombi bagaragaye mu ruhame bahoberana cyane ndetse bagira n’icyo baganira bongorerana abandi batabashije kumva. Mu birori byabaye ku cyumweru tariki ya 28 Mutarama 2018, byateguwe na Wasafi Record byo kwakira umuhanzi mushya, Marombosso uzwi nka Mbosso ugiye kuzajya […]