Rwamagana: Umugore akurikiranweho gutema mugenzi we bapfa umugabo
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Rwamagana yataye muri yombi umugore witwa Mukarugira Christine w’imyaka 41, ucyekwaho gutema mugenzi we, Uwitonze Jesca w’imyaka 28 bapfa umugabo. Ku cyumweru tariki ya 27 Gicurasi 2018, nibwo Mukarugira Christine utuye mu mudugudu w’Umunini, akagari ka Ruhimbi mu murenge wa Gishari, yatemye Uwitonze Jesca, amushinja kwigarurira umugabo we babanaga ku […]
Mugabo, dore ibanga na pozisiyo nziza bizagufasha kunyaza umugore
Abagabo benshi uzasanga mu kanwa kabo bavuga ijambo ‘kunyaza umugore’ mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina, ariko ababa bazi uko bikorwa, ni ingerere. Dore rero pozisiyo nziza wakwifashisha kugira ngo umugore anyare cyangwa se azane amavangingo. Ubusanzwe pozisiyo nziza ni mwe (umugabo n’umugore) mwihitiramo bitewe n’uko ibanezeza, biragoye guhita ubwira umuntu uti fata iyi reka iriya, gusa […]
Nyagatare: Umuyobozi w’akarere n’abamwungirije beguye ku mpamvu bita izabo bwite
Umuyobozi w’Akarere  ka Nyagatare, Mupenzi George n’abamwungirije, Kayitare Didas wari ushinzwe ubukungu na Musabyemariya Domitile wari ushinzwe imibereho myiza y’abaturage beguye ku mirimo bari bashinzwe. Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 30 Gicurasi, nibwo aba bayobozi batatu beguye. Inama njyanama y’akarere ikaba itangaza ko beguye ku ‘mpamvu zabo bwite’. Umuyobozi w’Inama Njyanama y’Akarere ka Nyagatare, […]
Perezida Kagame na Joà £o Lourenà §o wa Angola bagiye mu Bubiligi aho baziga ku kibazo cya Congo
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda akaba n’umuyobozi mukuru w’umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), na mugenzi we wa Angola, JoĂ ÂŁo Lourenà §o bazahura n’abayobozi batandukanye mu Bubiligi aho bazigira hamwe ikibazo cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Biteganyijwe ko aba bayobozi bombi, bazagirira uruzinduko mu Bubiligi, mu ntangiriro z’ukwezi kwa Gatandatu. Perezida JoĂ ÂŁo Lourenà §o wa […]
Urukiko rwategetse kujya bapima uburebure bw’igitsina cyukekwaho icyaha cyubusambanyi
Urukiko rwo muri New Zerande rwatanze itegeko ryo gupima ibitsina by’abazajya bakekwaho icyaha cyo gusambanya ku ngufu cyangwa ibindi bikorwa bifitanye n’ihohotera rishingiye ku gitsina. Iri tegeko ryasohotse nyuma y’uko umwe mu bagore b’abayobozi muri kiriya gihugu asabye urukiko ko rupima igitsina cy’umwe mu bo bakoranyeho ubwo babisikanaga hakarebwa niba ingero zatanzwe hari aho zihuriye […]
Nyuma yo guca amashashi, leta igiye guhagurukira n’ikibazo cya pulasitiki
Minsitiri w’Ibidukikije, Dr Biruta Vincent yatangaje ko mu gihe cya vuba ibicuruzwa bituruka hanze byinjira mu gihugu bipfunyitse muri pulasitiki bizajya bisora amafaraga menshi mu rwego rwo kugira ngo bigabanuke. Ibi yabitangaje mu kiganiro n’itangazamakuru ubwo yavugaga ku itangizwa r’icyumweru cyahariwe ibidukikije, aho yavuze ko nubwo leta yaciye amashashi, hakiri ibicuruzwa byinshi bituruka mu mahanga […]
Judith Heard ashobora gukatirwa igifungo cy'imyaka 10 ku bw'amafoto ye yagiye hanze yambaye ubusa -Amafoto
Ku wa Mbere tariki ya 28 Gicurasi 2018, nibwo hiriwe hakwirakwizwa mu bitangazamakuru amafoto y’umunyamideli, Kantengwa Judith Heard yambaye ubusa buri buri, ibi bikaba bishobora gutuma afungwa imyaka 10Â nk’uko biteganwa n’itegeko rya Uganda. Amafoto yashyizwe hanze, agaragaza uyu mubyeyi w’abana babiri ari ahantu hameze nko mu bwogero, agaragaza amabere ndetse ari gutumura itabi. Judith […]
Ukutumvikana hagati ya Perezida Museveni n’umugore we ku ishyirwaho ry’umuyobozi wa Makerere
Perezida wa Uganda, Yoweli Museveni ntavuga rumwe n’umugore we, Janet Kataha Museveni  ku bijyanye n’ufite uburenganzira bwo gutanga akazi mu nzego zimwe na zimwe zirimo n’izijyanye n’uburezi n’ubwo umugore we ari Minisitiri w’uburezi. Iki kintu umuntu yakwita ukutavuga rumwe mu rugo rw’umuyobozi mukuru w’igihugu cya Uganda, cyatewe no kuba mu minsi yashize umugore we, Janet […]
Imvune ya Sarah ni igihano cy'Imana- Kuwaiti Preacher
Preacher Mubarak al-Bathali, uzwi nka Kuwaiti Preacher yatangaje ko Mohammed Sarah, umunyamisiri uherutse kuvunikira bikomeye mu mukino wa nyuma wa UEFA champions League, ubwo ikipe ya Liverpool yakinaga na Real Madrid, ari igihano cy’Imana ku bwo kutubahiriza igisibo. Abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter, Kuwaiti yavuze ko kiriya ari igihano Imana yahaye Sarah wakinnye umukino […]
Rusizi: Abana b’imfubyi n’abatishoboye barashimira Leta yabagaruriye icyizere cyo kubaho neza
Abana bagera kuri 267 barimo ab’imfubyi n’abakomoka mu miryango ikennye cyane bo mu murenge wa Mururu mu karere ka Rusizi bitabwaho n’umushinga RW 0394 uterwa inkunga na Compassion  international ukaba ukorera mu itorero ADEPR paruwasi ya Cyirabyo, bavuga ko iyo batagira Leta nziza ibitaho batari kwizera kubaho neza ejo hazaza, ariko ubu ko bafite icyizere […]
Umukomisiyoneri w’inyeshyamba, udafite aho yanditse amenya ate umukiriya wananiwe kwishyura Banki? — Min. Busingye
Ikibazo cya cyamunara zitezwa nabi, maze abitwa abakomisiyoneri bagatesha agaciro umutungo w’umuturage gihangayikishije inzego nyinshi. Ibi ngo bigirwamo uruhare na bamwe mu bakozi ba Banki babaha amakuru ku nguzanyo z’abakiriya, ndetse n’abashinzwe kugurisha ingwate, bigahombya Banki na nyirumutungo. Abo bose bahagurukiwe. “Abakomisiyoneri bajye mu makampani, cyangwa babe abamarine Polisi ikore akazi. Commissionaire nashake aho abarizwa […]
Dore ibimenyetso bitanu bizakwereka ko umukobwa atagukunda, ahubwo agambiriye kukurya utwawe
Urukundo ruca amarenga ukamenya aho rugana, n’ubwo kumenya ikiri mu mutima w’umuntu bigoye, ariko iyo uri umuhanga gukengura umukobwa utagukunda ahubwo ushishikajwe no kukumaraho imitungo, wamutahura. Dore ibintu bitanu bizagufasha kuba wamukengura: 1.Kwishimisha cyane: Umukobwa wakurabutsweho ifaranga, iyo ashaka kurirya neza neza, uzasanga buri gihe akumenya amatangazo y’ahazabera ibitaramo, ibirori, agace keza ko gusohokeramo, aho […]
Perezida Kabila azagumana ubutegetsi, anabuvuyeho yahabwa umwanya ukomeye muri politiki-Mende
Umuvugizi wa Leta muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Lambert Mende yatangaje ko Perezida Kabila ashobora kuguma ku butegetsi ariko atanabugumaho akareba undi wo mu ishyaka riri ku butegetsi wiyamamariza umwanya ariko Kabila akagira umwanya ukomeye muri politiki ya kiriya gihugu. Ibi yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuwa 29 Gicurasi 2018, aho yirinze kwerura ngo […]
Umugore wa Trump ntakigaragara mu ruhame asigaye akorera akazi kuri Twitter
Melania Trump umufasha wa Trump perezida wa Amerika amaze iminsi 19 atagaragara mu ruhame, aho ku wa 10 Gicurasi 2018, ari bwo abantu baheruka kumuca iryera bakira imfungwa eshatu z’Abanyamerika zarekuwe na Koreya ya Ruguru. Nyuma y’iminsi ine umuvugizi we Stephanie Grisham yasohoye itangazo avuga ko Melania Trump, yagiye kwa muganga kwivuza impyiko ariko byagenze […]
Kubera urukundo bakunda ibiti, hari abagore bahisemo gusezerana nabyo -Amafoto
Itsinda ry’abagore bo muri Oaxaca na Mexico bahisemo gusezerana n’ibiti nyuma yo kwiyumvamo urukundo rudasanzwe nabyo aho bavuga ko aribyiza kuko bibafasha guhagarika kubyaragura ndetse n’ihohoterwa ribakorerwa. Ni mubirori byiswe “tree mendous” byahuruje imbaga aho abagore batandukanye bari babukereye mu makanzu yera baje gusezerana n’ibiti bikundiye. imwe mumpamvu zitangwa n’abamwe muri aba bagore basezeranye kubana akaramata […]
Kigali: Ntaganzwa Ladislas uregwa ibyaha bya jenoside yireguye ahakana ibyo ashinjwa
Urukiko rukuru mu Rwanda rwatangiye kumva ubwiregure bwa Ladislas Ntaganzwa uregwa ibyaha bya jenoside n’ibyibasiye inyokomuntu bicyekwa ko yaba yarakoze muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, mu Rwanda. Mu kwiregura kwe,  Ntaganzwa yaranzwe no guhakana ibyaha byose aregwa. Ntaganzwa wiregura ku byaha bitanu bya jenoside n’ibyibasiye inyokomuntu akekwaho ko yabikoreye i Nyakizu mu 1994 yongeye […]
Uruhare rw’abaturage mu bibakorerwa rujyana n’ubushobozi, ikosa ni ukutabwira abaturage- Min. Kaboneka
Ubushakashatsi bw’ishyirahamwe ry’uturere n’umujyi RALGA, mu mushinga DALGOR bwagaragaje ko uruhare abaturage bagira mu igenamigambi n’ingengo y’imari y’akarere rukiri ruto, nyamara abayobozi b’inzego z’ibanze bagasanga ruhari. Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Kaboneka Francis avuga ko byose bijyana n’ubushobozi bw’igihugu, ahubwo ngo “ikosa ni ukutagaruka ngo ubwire abaturage impamvu igikorwa bifuje kitakomeje”. “Umuhanda uhuza imidugudu ntuguranwa uhuza uturere, […]
Nigeria: Perezida Buhari yagabanyirije imyaka abashaka kujya biyamamariza kuyobora
Leta ya Nigeria yatangaje ko igiye guha amahirwe urubyiruko rushaka kwiyamamariza kuyobora aho imyaka yagenderwagaho umuntu yagombaga kuba atarengeje izagabanywa kugira ngo bibone mu mapiganwa ari benshi bakiri bato. Ibi ni ibyatangajwe na perezida wa kiriya gihugu Muhamadu Buhari, ubwo hizihizwaga umunsi mukuru w’ukwishyira ukizana kw’abaturage. Yagize ati”Hagiye gutorwa itegeko rigabanya imyaka yagenderwagaho mu kwiyamamariza […]