Burundi: Nzopfabarushe wavuze ko abarwanya Leta bazicwa bakajugunywa mu kiyaga yafunguwe
Umuyoboke ukomeye w’ishyaka CNDD FDD riri ku butegetsi mu Burundi, Melchiade Nzopfabarushe wari wafunzwe ashinjwa gukwirakwiza ibihuha bituma abatuarage bahungabana, yafunguwe. Ibiyaha Melchiade Nzopfabarushe yashinjwaga birimo gutera ubwoba, kugumura, gukwirakwiza ibihuha byatuma abaturage bahunga, guteranya abaturage na Leta ndetse no guhimbira ishyaka CNDD FDD riri ku butegetsi. Melchiade Nzopfabarushe yafunguwe ku wa Gatatu tariki ya […]
Rusizi: Abaturage ntibavuga rumwe n’ubuyobozi buvuga ko bwubakishije parikingi ya miliyoni 150
Bamwe mu baturage bo mu Mujyi wa Rusizi ntibemeranywa n’ubuyobozi bw’aka karere ku mafaranga bivugwa ko yagiye kuri parikingi iri ahitwa ku kadashya mu mujyi wa Rusizi,yari igenewe amakamyo manini n’amafuso aparikwa mu mujyi rwagati wa Rusizi kugira ngo bigabanye akajagari kayo. Bamwe bavuga ko n’ayo makamyo aho yubakiwe atahajya, ko ahubwo haparika make na […]
Huddah Monroe uvuga ko akijijwe n’igitsina cye, yifuza kuzajya agenda yambaye ubusa- AMAFOTO
Umunyamideli Ukomeye muri Kenya, Huddah Monroe avuga ko yishimira uburyo ateye, bityo akaba yumva ari ibishoboka yajya agenda yambaye ubusa. Huddah Monroe, ni umunyamideli ukunze gutangaza amagambo ku mbuga nkoranyambaga n’amafoto ye agaragaza ubwambure, rimwe na rimwe akavugisha benshi. Aganira na Times FM yagize ati “murabizi ko nkunda umubiri wanjye cyane, iyaba byari ibishoboka buri […]
Cameroun: Abashinzwe umutekano 81 bamaze kugwa mu makimbirane yo mu ntara zikoresha Icyongereza
Abasirikare 74 n’abapolisi 7 kuva mu mpera za 2017 bamaze kwicirwa mu makimbirane akomeje guhuza inzego z’umutekano n’abaturage bo mu bice bikoresha Icyongereza muri Cameroun mu gihe abasivili basaga 100 nabo bishwe nk’uko imibare yatanzwe n’ubuyobozi ivuga. Abasivili basaga 100 bamaze kwicwa guverinoma ya Cameroun ivuga ko nabo bishwe n’intagondwa z’abaturage zitwaje ibirwanisho mu gihe […]
Umujyi wa Kigali watsindiye kuba icyicaro cy’ishyirahamwe nyafurika ry’ubukemurampaka
Nyuma y’amatora y’abakemurampaka muri Afurika yakorewe kuri interinet, byatangajwe ko Umujyi wa Kigali ari wo wegukanye umwanya wa mbere bityo ugirwa icyicaro cy’ishyirahamwe ry’ubukemurampaka muri Afurika (Africa Arbitration Association.) Nk’uko byatangajwe n’ Umunyamabanga Mukuru w’Ikigo nkemurampaka cya Kigali (KIAC) Dr. Masengo Fidele, ngo umujyi wa Kigali watsinze ku bwiganze bw’amajwi 62%, nab o bakaba barabimenyeshejwe […]
Amafoto: Perezida Kagame yageze I Accra muri Ghana aho yitabiriye inama ya African Transformation Forum 2018
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yamaze kugera mu gihugu cya Ghana aho yitabiriye inama ya African Transformation Forum ya 2018, aho ku kibuga cy’indege cya Accra yakiriwe na visi perezida wa Ghana, Mahamudu Bawumia. Perezida Kagame akaba yitabiriye inama nk’iyakiriwe mu Rwanda mu 2016 yateguwe n’Ikigo Nyafurika kigamije Impinduka mu Bukungu (ACET) ku bufatanye na […]
Abaganga batagira umupaka barashinjwa gusambanya abo bashinzwe kuvura muri Afurika
Mu gihe abaganga batagira umupaka (Medecins Sant Frontiers) bakoreraga ku mugabane w’Afurika, bashinjwa gusambanya abo bari bashinzwe guha imiti abandi bagacyura indaya zabigize umwuga. BBC ivuga ko umwe mu bagore bahoze bakorera uyu muryango utatangarijwe amazina ku bw’umutekano we, avuga ko umwe mu bayobozi bakuru b’uwo muryango yavuze ko byashobokaga gutanga imiti ku barwayi ari […]
Uganda: Gen. Kale Kayihura arahakana uruhare urwo ari rwo rwose mu gucyura ku ngufu impunzi z’Abanyarwanda
Uwahoze ari umukuru w’igipolisi cya Uganda arahakana uruhare urwo ari rwo rwose mu gucyura impunzi z’Abanyarwanda ku ngufu nyuma yo kubazwa na none urhare rwe mu iyicwa ry’uwari umuvugizi w’igipolisi Andrew Kaweesi. Amakuru aturuka mu nzego z’umutekano aravuga ko hari abapolisi bamaze gutabwa muri n’igisirikare bashinjwa ibyaha bakoze bitwaje kuba ari abapolisi, bavuze ko bacyuraga […]
Rwamagana: Abanyerondo baratabaza kubera uruhuri rw’ibibazo bibugarijwe
Abakora irondo ry’umwuga mu mirenge ya Gishari, Kigabiro na Munyaga barasaba ubuyobozi guhagurukira ibibazo bibugarije bahurira nabyo mu gucunga umutekano w’abaturage.  Bavuga ko bahura n’ibisambo byitwaje intwaro gakondo bikabakomeretsa ntibabashe kuvuzwa kubera kutagira ubwishingizi.  Abakora irondo ry’umwuga mu murenge wa Gishari baterwa impungenge no kudatabarwa n’abaturage igihe bahuye n’ibisambo bitwaje ko bahemberwa kurara […]
Abihaye Imana barashinja Octavien Ngenzi kuba rusahurira mu nduru mu gihe cya jenoside
Ubuhamya bwa Frederic Rubwejanga, wahoze ari Musenyeri mukuru wa Kibungo na Philippe Rukamba, kuri ubu ukuriye Diocese ya Butare, mu rubanza rwa Octavien Ngenzi na Tito Barahira kuri uyu wa gatatu, itariki 20 kamena,  buragaragaza inyungu z’ubukungu zari zihishe inyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi, ubuhamya budatandukanye n’ubwa Padiri Oreste Incimatata na padiri Innocent Rukamba. Uyu […]
Haracyari impungenge ku ihererekanywa ry’amafaranga hakoreshejwe ikoranabuhanga
U Rwanda kimwe n’ibindi bihugu bitandukanye ku isi bimaze kwinjira mu ikoranabuhanga rijyanye n’ihererekanya ry’amafaranga hadakoreshejwe inoti cyangwa ibiceri. Uretse uburyo bwari bushanzwe bukoreshwa na sosiyete z’itumanaho mu Rwanda bwo kogererezanya amafaranga nka Mobile Money, Tigo Cash na Airtel Money, amabanki nay o ntiyatanzwe mu bikorwa nk’ibyo byo kwishyura hadakoreshejwe inoti cyangwa ibiceri yewe na […]
Espagne Vs Portugal: Umuvuduko wa Cristiano Ronaldo wari 38,9 km/h
Mu mukino wabaye ku wa Gatanu tariki ya 15 Kamena 2018, wahuje ikipe y’igihugu cya Espagne n’iya Portugal, icyamamare muri ruhago, Cristiano Ronaldo yatsinzemo ibitego bitatu biba iby’amateka. Muri uyu mukino Cristiano yigaragarijemo bidasanzwe, ikinyamakuru 7sur7 gitangaza ko umuvuduko yakoresheje uru hejuru cyane, akaba yarirutse ku muvuduko 38,9 km/h. Uyu muvuduko udasanzwe uyu musore w’imyaka […]
Irebere umugore uvuga imyato inkari z'imbwa ye – Amafoto
Umugore w’umunyamerika utamenyekanye amazina yahamije ko atunzwe n’inkari z’imbwa ye zikamufasha kwivura indwara yamujujubije y’ibiheri bitutumba ku ruhu (kanseri y’uruhu). Ubwo yabazwaga ku kuri kwibyo avuga yagize ati”Benshi muri mwe akenshi muhara mu mbaza imbamvu ngaragara neza, cyangwa se ibirungo by’ubwiza nkoresha bigatumba nsa neza nk’uku. gusa nagirango mbabwire ko ibi byose mbikesha inkari Z’imbwa […]
Aho umwanzi yaba aturutse hose, yaba ari uw’indani yaba ari uwo hanze ikibazo cye kizakemuka – RDF
Igisirikare cy’u Rwanda kirizeza ko abantu abaherutse kugaba igitero mu Murenge wa Nyabimata, mu Karere ka Nyaruguru , bakica abaturage babiri babarashe ndetse bagakomeretsa abandi, bazamenyekana kandi n’abaturage bakabibona kuko hari abatangiye gukurikirana iki kibazo. Umuvugizi w’igisirikare cy’u Rwanda, Lt Col Innocent Munyengango, akaba avuga ko aho umwanzi yaba aturutse hose, yaba ari uw’indani yaba […]
Isaranganywa ry’ingengo y’imari ryarushijeho kunozwa harebwa ibikorwa byihutirwa- Hon. Muhongayire
Komisiyo y’Iterambere ry’Ubukungu n’Imari ubwo yagezaga ku Nteko rusange raporo ku isuzumwa ry’umushinga w’ingengo y’imari ya Sena y’umwaka wa 2018/2019 , yatangaje ko isaranganywa ryayo ryarushijeho kunozwa. Ku wa Gatatu tariki ya 20 Kamena 2018, ubwo Perezida w’iyi kimisiyo, Hon. Muhongayire Jacqueline yasobanuriraga Inteko rusange ibikubiye muri iyo raporo, yavuze ko ingengo y’imari yanogejwe cyane […]
Perezida Trump yisubiyeho ahagarika ibwiriza ryo gutandukanya abana b’abimukira n’imiryango yabo
Perezida wa Amerika Donald Trump yavuye ku k’ejo yemera guhagarika ibwiriza ryo gutandukanya abana b’abimukira n’imiryango yabo, ibikorwa byari bimaze guca hafi isi yose umugongo. Perezida Trump yafashe uyu mwanzuri nyuma y’igitutu yari amaze iminsi ahyirwaho n’abo bakorana baba abademokarate, Abarebublicains ndetse n’imiryango mpuzamahanga itandukanye ifite uburenganzira bw’abana mu nshingano. Guhera mu kwezi kwa Gicurasi […]
Kuba muri sosiyete sivile ntibikwiye kubangikanywa no kuba mu nzego za Leta zifata ibyemezo
Mu gihe hagitegerejwe itegeko na politiki bizagenga sosiyete sivile mu Rwanda, bamwe mu bagize imiryango iyihuriyemo barasanga nta munyamuryango wabo ukwiye kuba ari muri zimwe mu nzego za Leta zifata ibyemezo, kuko byatuma adatanga umusaruro, bikanagabanya icyizere abaturage bari baitiye iyo miryango. Â Bamwe mu bagize imiryango ya sosiyete sivile basanga hari imyanya idakwiye kubangikanywa. […]