RDC: Abantu batanu bishwe n’inyeshyamba zikomoka muri Uganda

Ku wa Gatanu tariki ya 31 Kanama 2018, abantu batanu bo mu gace ka Kakuka, Teritwari ya Irumu, ihana imbiri na Ituri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bishwe n’inyeshyamba bicyekwa ko ari iza ADF zikomoka muri Uganda. Nk’uko bitangazwa n’umuyobozi w’uduce Banyari/Tchabi,  Baba Nilau Tchabi, avuga ko izi nyeshyamba zageze muri ako gace zikarasa […]

Green Party yishimiye ko kwiyamamaza kwayo kwagenze neza mu gihugu hose

Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda Dr Frank Habineza yashoje ibikorwa byo kwiyamamaza kw’iri shyaka yishimira ko mu gihugu hose byagenze neza, anashimira ababigizemo uruhare bose.. Mu gikorwa cyo kwiyamamariza mu Karere ka Gasabo by’umwihariko mu murenge wa Kimironko bafitemo icyicaro, Dr Frank Habineza yashimiye inzego za Leta ko bagiye bakirwa neza […]

Rusizi: Abakandida Depite ba FPR/Inkotanyi basoreje ibikorwa byo kwiyamamaza i Nyakabuye na Gitambi

Abakandida depite b’umuryango FPR Inkotanyi n’indi mitwe ya politiki yifatanije na wo basoza ibikorwa byo kwiyamamaza muri aka karere, mu mirenge ya Gitambi na Nyakabuye, abaturage babagaragarije aho bamaze kugezwa n’imiyoborere myiza. Mu kiganiro na Bwiza.com, bamwe mu baturage b’umurenge wa Nyakabuye  bavuze ko batabona amagambo bashima mo FPR Inkotanyi,batekereje uburyo bari barazengerejwe n’ibitero by’abacengezi […]

Uruganda rwa Heineken rurashinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ese ni uruhe ruhare uruganda rwa Heineken rwaba rwaragize muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994? Igisubizo cy’iki kibazo gikubiye mu gitabo cy’umunyamakuru w’Umuholandi, Olivier van Beemen, yise “ Heineken en Afrique ” cyasohokeye mu Bufaransa kuri uyu wa kane ushize, itariki 30 Kanama, kigaragaza uburyo bwakoreshejwe n’uru ruganda rwenga inzoga rwa kabiri ku […]

Urutonde rw’ibyamamare 10 byagiye byambarira ubusa mu ruhame- AMAFOTO

Mu gihe ibyamamare biba bihanzwe amaso n’abatagira ingano, ni nako n’ibyo bikora byaba byiza cyangwa ibibi bihita bimenyekana, ni nako kandi za camera z’abapaparazi zihora zibatunzweho ku buryo ikosa rito bakoze bahita bisanga mu binyamakuru. Bamwe muri ibi byamamarekazi, byagiye bigaragara mu ruhame bitambaye ikariso abandi bazambaye ariko n’ubundi imyanya y’ibanga igaragara,… 1.Rihanna 2.Kate Middleton […]

Umuraperi Tyga arasaba akayabo Lil Wayne na Birdman abashinja kumwambura

Umuraperi akaba n’utunganya umuziki, Tyaga arasaba Lil Wayne na Birdman ko bamwishyura asaga $ miliyoni 10  bataramuha kuva yabatunganyiriza alubumu ebyiri  mu 2009 Imwe mu nshuti za hafi za Tyga yabwiye TMZ ko  Lil Wayne na Birdman bamwemereye ko bazamwishyura mu mwaka wa 2016 ariko akaba yarategereje agaheba. Mu kirego cye cyo mu 2009, Tyga […]

Kimisagara: Umusore yatewe ibyuma n’abantu bataramenyekana

Abantu bataramenyekana mu rukerera rwo kuri uyu 1 Nzeri 2018 bateye ibyuma umusore witwa Ahmed Uwimana uzwi nka Nana utuye ahitwa mu Kuve ubwo yari ageze ahitwa ku Kidirishya mu murenge wa Kimisagara. Uwimana w’imyaka 23 y’amavuko yatangarije Bwiza.com ko yatewe ibyuma  ku kuboko kw’ibumoso n’abasore babiri bari bamaze kuniga mushiki we yari aherekeje bashaka […]

Burera: Muri buri kagali hagiye kubakwa ikigo nderabuzima

Akarere ka Burera gafite imirenge 17 igizwe n’utigari 69 . Murwego  rwo kwegereza abaturage  ubuvuzi ,mu Karere hubatswe ibigo nderabuzima 19 ,bisobanuye ko nibura buri murenge ufite ikigo nderabuzima, ariko akarere kaje gusanga ibyo bidahagije kuko hari umurenge ushobora  gusanga harimo Abaturage bagikora urugendo rurenze ikilometero. Niyo mpamvu hafashwe  imwanzuro ko  buri kagari kagomba kugira […]

Umuhanzi Beka Flavour yavuze ikibazo gihari ku kuba Dream Boyz yariganye indirimbo ye

Umuhanzi Beka Flavour yatangaje ko kuba Itsinda rya Dream Boyz ryariganye indirimbo ye atari ibintu bibi ahubwo ko ikibazo ari uko batigeze bamumenyesha hakiri kare. Mu kiganiro na Bongo5 TV, uyu muhanzi avuga ko ibyabaye ari ikimenyetso cy’uko umuziki we wamenyekanye gusa ngo Dream Boyz yakoze ikosa ryo kutamumenyesha hakiri kare. Yagize ati” Mbere na […]

Kenya: Abanyarwanda n’Abarundi bahaba mu buryo bunyuranyije n’amategeko bari gutabwa muri yombi

Abanyarwanda n’Abarundi baba mu gihugu cya Kenya mu buryo bunyuranyije n’amategeko bakomeje gutabwa muri yombi bagasubizwa iwabo babanje gufungirwa muri kasho za polisi, aho ngo abasaga 50 bamaze  gutabwa muri yombi cyangwa gucyurwa mu cyumweru kimwe nk’uko ambasade z’ibi bihugu zibitangaza. Amakuru atangazwa aravuga ko abatabwa muri yombi abenshi ari abantu usanga bakora imirimo iciriritse […]

Uburwayi Bobi Wine yakuye muri Gereza butumye yerekeza muri Amerika kwivuza -Amafoto

Umuhanzi akaba n’umudepite mu gihugu cya Uganda Bobi Wine wari umaze iminsi afunzwe na Leta ya Uganda ndetse akaba yaranakorewe iyicarubozo nk’uko byemejwe n’abaganga bo kubitaro bya Lubaka ho mu gihugu cya Uganda, gusa kuri ubu akaba yemerewe kujya kwivuriza mu gihugu cy’Amerika we na mugenzi we Hon Zaake Nkuko byemejwe n’abunganira  Bobi Wine mu mategeko , […]

Impunzi z’Abanyamulenge zisaga 30 zahungiye mu Burundi

Impunzi z’Abanyekongo bagera kuri 39 bakomoka mu bwoko bw’Abanyamulenge kuri uyu wa Kane ushize bageze mu Ntara ya Cibitoke, muri Komini Rugombo bavuga ko bahunze imirwano ikomeye yahuzaga ingabo za leta n’inyeshyamba za Mai-Mai muri Uvira. Izi mpunzi zarakiriwe muri Komini Rugombo mu gihugu cy’u Burundi zivuga ko zihunze imirwano imaze amezi hafi atatu muri […]

Ngororero: Umusore w'imyaka 26 yagwiriwe n'ikirombe ahasiga ubuzima

Umusore w’imyaka  26 yitabye Imana kuwa 30 Kanama nyuma yo kugwirwa n’itaka ubwo yajyaga gucukura amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa Koluta mu buryo bunyuranyije n’amategeko mu mudugudu wa Ruhuha, akagari ka Kibanda, mu murenge wa Ndaro homu karere ka Ngororero. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Iburengerazuba, Chief Inspector of Police(CIP) Innocent Gasasira […]

Rwamagana : Bazatora FPR-Inkotanyi kuko ikipe itsinda ntuyihindura

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 31 Kanama 2018,   ku kibuga cya Police mu murenge wa Kigabiro,   habereye ibikorwa byo kwamamaza abakandida b’umuryango wa FPR-Inkotanyi , abakandida depite bari bahagarariye abandi ni Uwamariya Odette na Murekatete Alphonsine, bose   bijeje abatuye i Rwamagana ko nibatora FPR-Inkotany,   bazajya babasura bakumva ibyifuzo   n’ibitekerezo […]

Bugesera : PSD yiyamamarije imbere y'abakabakabaga 60 ibizeza ubuvugizi

Kuri uyu wa 31 Kanama 2018, mu karere ka Bugesera ishyaka riharanira Demokarasi n’amajyambere n’imibereho myiza y’abaturage (PSD), ryamamaje abakandida depite babo mu murenge wa Juru ho mu gasantere ka Kabagore, imbere y’abarwanashyaka babo n’abaturage bose bakabakabaga 50. Isaa cyenda n’iminota mike nibwo ibikorwa byo kwamamaza byatangiye, nyuma y’igihe gito bamwe mu bayobozi b’ishyaka bahageze, […]

Musanze-Burera : Green Party yabijeje gukemura ikibazo cy’ibirayi

Kuri uyu wa 31/08/2018, Ishyaka Riharania Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda Green Party ryiyamamarije mu karere ka Gakenke muri Centre ya Gakenke n’ubundi, mu karere ka Musanze, center ya Byangabo no mu Karere ka Burera Centre ya Gahunga. Ubutumwa bwahatangiwe n’abakandida —depite ba Green Party ni ubusanzwe butangwa hose mu gihugu aho babanjirije kwiyamamaza […]

Dr Frank Habineza yagabiwe n’Abanyaburera kubwo kumwishimira

Ku munsi ubanziriza uwa nyuma wo kwiyamamaza kw’Ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (DGPR, iki gikorwa cyakorewe mu Ntara y’Amajyaruguru, MU Turere dutatu. Mu gihe igikorwa cyo kwiyamamaza cyaberaga mu karere ka Burera mu gasantere ka Gahunga, mu barwanashyaka ba Green Party bahavuka banahatuye, habonetse abagaragaje ko bifuza guha impano umuyobozi wabo, Dr Frank Habineza. […]