Ntukibagirwe aho ibyo ufite byavuye
Soma Abaheburayo 11:6 âAriko utayizera ntibishoboka ko Ayinezeza, kuko uwegera Imana akwiriye kwizera yuko iriho, ikagororera abayishaka.â Ibintu byose ufite ndetse ni ibyo ukeneye byose wabibonye kandi uzabibona binyuze kâ umwana wâ umuntu, ariko bivuye ku Imana. Imana niyo soko yabyo byose. Gusa yahisemo iyo nzira yo kubikugezaho kuko Imana ikoresha inzira nyinshi kugirango ukugire […]
Alain Muku yasohoye indirimbo akeburamo abashakanye nâabafite abakunzi- Video
Umuhanzi Alain Mukurarinda (Alain Muku) yamaze gushyira hanze indirimbo yâamajwi nâamashusho yise âTona Tonaâ, akaba yemeza ko yayisohoye mu rwego rwo gukebura abashakanye ndetse nâabafite abakunzi kujya babatetesha. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com, Alain Muku yavuze ko nyuma yâimyaka itandatu asa nâuri ku ruhande mu muziki, yayisemo kugarukana indirimbo ivuga ku rukundo. Atiâ Naherukaga gukora […]
Trump yiyemeje gukura Amerika mu masezerano mpuzamahanga ajyanye n'icuruzwa ry'intwaro
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yavuze ko azakura iki gihugu mu masezerano mpuzamahanga ajyanye n’icuruzwa ry’intwaro (Arms Trade Treaty). Aya masezerano ahuriweho n’ibihugu 130, yashyizweho umukono mu mwaka wa 2013 n’uwo yasimbuye Barack Obama, agamije gushyira gahunda mu bucuruzi bw’intwaro hagati y’ibihugu. Ishyirahamwe rya Amerika rijyanye no gutunga intwaro rivuga ko […]
Abanyeshuri ibihumbi 10 bahabwa buruse zo kwiga mu bushinwa buri mwaka
Aho ubushinwa butangiriye umushinga wo guhuza ibihugu mu bijyanye nâibikorwaremezo, wiswe Centure et route, ubu mu bijyanye nâumuco, uburezi nâubukerarugendo bimaze gutanga umusaruro ugaragara, ubu Ubushinwa bukaba butanga Buruse ibihumbi 10 ku banyeshuri b’abanyamahanga bakajya kwiga mu mashuri yabwo. Ikurwaho nâiyoroshywa ryo kubona Visa ku bashinwa, gutanga buruse ku banyeshuri no kwemera impamyabumenyi zâabanyeshuri bo […]
Rusizi: Abazi amakuru ku iyicwa ryâAbatutsi bakoraga muri Cimerwa basabwe kuyatanga
Mu gihe hibukwa ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe abatutsi, abari abakozi bâuruganda rwa CIMERWA Â mu karere ka Rusizi bavuga ko kugeza ubu hari bagenzi babo biciwe muri uru ruganda no hafi yarwo ariko imibiri yabo ikaba itaraboneka ngo ishyingurwe mu cyubahiro. Bamwe mu bakoraga muri uru ruganda rukora sima babashije kuharokokera, bavuga ko bagenzi […]
U Rwanda rwakijijwe nâumuntu umwe gusa â Gen. James Kabarebe
â U Rwanda rwakijijwe n’umuntu umwe gusa Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame â, ibi ni ibiherutse gutangazwa na Gen. James kabarebe, Umujyanama wa Perezida wa Repubulika mu byâumutekano mu kiganiro aherutse gutanga mu biganiro byâUmuryango Unity Club. Ni ibiganiro byabaye kuwa  24 Mata 2019 byateguwe ku bufatanye bwâUmuryango Unity Club Intwararumuri nâIshuri Rikuru rya […]
Huye: Hibutswe Abatutsi bazize Jenoside mu cyahoze ari Komini Ruhashya
Kuwa kane tariki ya 25 Mata 2019, abayobozi batandukanye bifatanyije nâabaturage bo mu Karere ka Huye mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi, hibukwa byâumwihariko Abatutsi bâi Ruhashya bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Mu kiganiro yatanze ku mateka yâitegurwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi, Dr Havugimana, Perezida w’inama y’Ubutegetsi ya Komisiyo […]
Mageragere: Uko abana bato babana nâababyeyi babo muri gereza babayeho
Abana bato batarengeje imyaka itatu babana n’ababyeyi babo bafungiye muri gereza ya Nyarugenge iherereye i Mageragere, bagaragaza imyitwarire idasanzwe irimo no gutinya cyane ibyo badasanzwe babonamo. Mukamurigo Regine ni umubyeyi ufungiye muri Gereza ya Mageragere, afite inshingano zo kwita kuri abo bana afatanije na bagenzi be arasobanura impamvu yo gutinya abantu kuri aba bana. AtiâGutinya […]
Natunguwe no gusanga igitsina cyâumugabo wanjye kidafata umurego kandi twarashakanye abizi- Nkore iki
Ndi umugore wâimyaka 27, mumbabarire ntabwo mvuga aho ntuye nâamazina byanjye, nkaba maze amezi ane mbana nâumugabo wanjye, mbese turacyari abageni ariko mu buriri hakaba harimo akabazo gakomeye. Umugabo wanjye ni umuntu ukunda gusenga cyane, tunakundana twamenyaniye muri kolari, tukaririmbana, mbese urukundo ruza gutyo birangira ubukwe bwacu bubaye mu kwa 12 umwaka ushize, twari tumaze […]
Sri Lanka: Ukuriye agatsiko kagabye ibitero byâubwiyahuzi kuri Pasika nawe yabigendeyemo
Uwo bikekwa ko ari umuyobozi wâagatsiko gaherutse kugaba ibitero byâiterabwoba muri Sri lanka yaba yaraguye mu gitero cyâubwiyahuzi ubwe yagabye kuri hotel Shangri-La, imwe muri hotel esheshatu nâinsengero byibasiwe mu bitero byahitanye abantu basaga 250. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Gatanu na Perezida wa Sri Lanka, Mainthripala Sirisena ko umuyobozi wâagatsiko gakekwaho gutegura ibitero byâiterabwoba […]
FARDC yiyemeje guhangana nâinyeshyamba zivuga Ikurundi hamwe n'iza Kayumba Nyamwasa
Kuva ku wa Gatanu tariki ya 26 Mata 2019, mu misozi muremire yâi Minembwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nibwo hagaragaye abasirikare benshi bambariye urugamba bavuga ko ari urwo guhashya inyeshyamba za Red-Tabbara zigizwe nâabavuga Ikirundi hamwe nâizindi bitangazwa ko ari iza Kayumba Nyamwasa wahoze ari umugaba wâIngabo mu Rwanda. Ingabo za FARDC ziyobowe […]
Libya:Abimukira hafi 2000 bakeneye kwimurwa kubera intambara
Umuryango wâAbibumbye,ONU, kuri uyu wa 26 watangaje ko abimukira bafungiwe mu bigo biri mu murwa mukuru wa Libya, Tripoli, bakeneye kwimurwa byihutirwa kubera ikibazo cyâintambara iri kubera muri icyo gihugu. Abimukira bafungiwe muri ibyo bigo ni abafatwa bagerageza kujya i Burayi. Abenshi muri bo bafite inkomoko munsi yâubutayu bwa Sahara muri Afurika. Mu gushaka inzira […]
Rubavu/Nyarugenge: Babiri bafatanwe ibiro bisaga 130 by'urumogi
Abantu babiri bafatiwe mu bikorwa byakorewe mu turere twa Rubavu na Nyarugenge bigamije kurwanya abatunda bakanakwirakwiza ibiyobyabwenge mu gihugu. Ibi bikorwa byakozwe kuri uyu wa Kane tariki 25 Mata byafatiwemo ibiro 125 n’udupfunyika 1230 by’urumogi. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba Chief Inspector of Police (CIP) Innocent Gasasira yavuze ko ibi biyobyabwenge ndetse n’abakekwa ho […]
Karongi: Hibutswe abari abakozi nâabanyeshuri bâicyahoze ari ETO Kibuye bishwe muri Jenoside
Ubuyobozi bwa IPRC Karongi iherereye mu cyahoze ari ETO Kibuye, ubu ni mu murenge wa Bwishyura mu karere ka Karongi, buvuga ko abari abakozi nâabanyeshuri bâicyahoze ari ETO kibuye bamaze kumenyekana bishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi ari 13 barimo uwari umunyamabanga wâishuri,umurezi nâabanyeshuri 11, hakaba hakomeje ubushakashatsi ngo harebwe ko haba hari nâabandi bishwe bataramenyekana. […]
Uwahoze ari icyegera cyâumukuru wâigihugu avuga ko ubwicanyi bukomeje mu Burundi
Ishyaka CNDD-FDD ryahamagariye Abarundi bari mu buhunzi gutaha mu gihugu cyabo ribizeza amahoro nâumutekano, gusa bamwe mu banyapolitiki bakemeza ko nta bihari ahubwo ko ubwicanyi bukomeje gukorwa na Leta. Frederic Bamvuginyumvira wahoze ari icyegera cya mbere cyâumukuru wâigihugu, avuga ko Leta yakagombye kubanza gukemura ibibazo bya politiki abahunze bagataha mbere yâuko amatora aba, byâumwihariko agashimangira […]
Indirimbo â Dusohoze ikiviâ yahuriyemo The Ben, Masamba, Tonzi nâabandi yashyizwe hanze
Indirimbo â Dusohoze ikiviâ yaririmbyemo abahanzi barimo The Ben, Masamba Intore, Tonzi, Aron Nitunga, Bahati nâabandi yashyizwe hanze kuri uyu wa 26 Mata 2019. Iyi ndirimbo yahimbwe nâumuririmbyi, Merchiore Mecky Kayiranga ibumbatiye ubutumwa bugamije ahanini gufata mu mugongo abarokotse jenoside yakorewe Abatutsi, Kurwanya ingengabitekerezo ya jenoside nâubundi butandukanye. Iyi ndirimbo iri mu njyana ya R& […]
Peter Okoye yunze mu rya Zari yita Diamond ikigoryi
Umuhanzi wo muri Nijeriya, Peter Okoye yahakanye ibyavuzwe na Diamond ko yaryamanye nâuwari umugore we, Zari Hassan avuga ko ibi byaba ari ubugoryi. Aganira na Radiyo Cool FM, Peter yavuze ko Diamond adashyira mu gaciro kugeza aho yihandagaza akamushinja kuryamana na Zari. Ati â Mbabwije ukuri sinzi ibyo Diamond na Zari barimo kuvuga. Ntacyo mvuga […]
Nyamasheke: Abagabo barasabwa kudatererana abagore mu kwita ku mikurire y'abana babo
Nyuma yâaho bigenda bigaragara ko gahunda nyinshi zirebana no kwita ku mirire myiza nâimikurire yâabana zisa nâiziharirwa abagore gusa kenshi no kuzitaho neza bikabagora kubera ko hari nâababa baragiye babyara indahekana kuzitaho bikabarushya  abagabo basa nkâaho ntacyo bibabwiye, nabo barasabwa kureka ingeso yo gutererana abagore mu birebana nâ imikurire nâubuzima bwiza bwâabana. Babisabwe ubwo ku […]