Covid-19 yishe abandi Banyarwanda babiri

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 25 Nzeri 2020 yatangaje ko abandi Banyarwanda babiri bishwe n’icyorezo cya Covid-19, mu gihe handuye abantu 9 mu bipimo 1400 byafashwe. Abapfuye barimo umugabo ufite imyaka 44 n’umugore w’imyaka 46 y’amavuko, bombi baguye i Kigali. Barimo 5 babonetse i Kigali, 2 muri Nyamagabe n’abandi 2 muri Nyagatare. Abamaze […]
Rusizi: Abayisilamu bongeye gusubira mu musigiti nyuma y’amezi atandatu (Amafoto)

Abayisilamu bo mu mujyi wa Rusizi baravuga ko bishimiye cyane kuba bongeye guhurira mu musigiti bagasenga, nyuma y’amezi atandatu yose batawukandagiramo. Ni nyuma yo kwemererwa na Leta bashimira kongera gusengera hamwe bubahiriza amabwiriza yo kwirinda COVID-19, bakavuga ko bakomeje gusaba Imana guhagarika burundu iki cyorezo ngo bongere gusenga gatanu ku munsi nk’uko byahoze. Abaganirije BWIZA […]
Alexis Mugisha na Mukakarangwa bemejwe nk’Abasenateri b’u Rwanda
Urukiko rw’ikirenga rwamaze kwemeza Mukakarangwa Clotilde wo mu ishyaka (PDC) na Alexis Mugisha wa Green Party nk’abasenateri bagomba guhagararira Ihuriro ry’Imitwe ya Politiki n’amashyaka yemewe muri Sena y’u Rwanda Mukakarangwa Clotilde wo mu ishyaka riharanira Demokarasi ihuza abaturage, Parti Democrate Centriste (PDC) na Mugisha Alexis wo mu ishyaka riharanira Demokarasi n’ibidukikije, Democratic Green Party batowe […]
Luis Suà rez ni umukinnyi mushya wa Atlético de Madrid (Amafoto)

Umunya-Uruguay, Luis Suà rez, ni umukinnyi mushya w’ikipe ya Atletico Madrid yo muri Espagne, nyuma yo gusezererwa na FC Barcelona. Ku wa Kane w’iki cyumweru ni bwo uyu rutahizamu w’imyaka 33 y’amavuko yasezeweho na FC Barcelona, nyuma y’urugendo rw’imyaka itandatu yari yaratangiye nyuma y’Igikombe cy’Isi cya 2014. Kuri uyu wa Gatanu ni bwo Suà rez yamuritswe nk’umukinnyi […]
Abanyasudani bareze BNP Paribas ibyaha bisa nk’ibyo yashinjwe gukora mu Rwanda
Banki ikomeye yo mu gihugu cy’u Bufaransa, BNP Paribas, yongeye gushinjwa kugira uruhare mu byaha byibasiye inyokomuntu, jenoside, ibikorwa by’iyicarubozo n’ibya kinyamanswa, byakorewe muri Sudani, nyuma yo kuregwa uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu myaka itatu ishize. Kuri uyu wa Kane, itariki 24 Nzeri nibwo Abashinjacyaha b’Abafaransa bafunguye iperereza ry’ibanze kuri iyi banki, iperereza rya […]
Burundi: Red-Tabara yahinyuje Perezida Evariste Ndayishimiye
Umutwe wa Red-Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi, wavuze ko wishe abasirikare babiri b’icyo gihugu unakomeretsa batatu, nyuma gato y’uko Perezida wacyo, Gen. Maj. Evariste Ndayishimiye atangaje ko nta mitwe yitwaje intwaro ijya itera u Burundi. Perezida Ndayishimiye kuri uyu wa Gatanu ubwo waganiraga n’itangazamakuru ry’i Burundi ndetse n’abaturage b’icyo gihugu, yavuze ko u Burundi butugarijwe […]
Rusesabagina conteste sa détention devant le tribunal intermédiaire de Nyarugenge
Apparaissant dans l’uniforme rose de la prison pour la première fois, Rusesabagina et ses avocats ont déclaré au tribunal que le tribunal de première instance de Kicukiro avait ignoré certaines des observations qu’il avait faites pour demander une libération sous caution. “Le droit de la procédure pénale stipule que la détention d’un suspect doit être […]
Messi usigaye ari nyakamwe yashenguwe n’igenda ry’incuti ye magara Suaréz

Lionel Messi yongeye kunenga FC Barcelona, mu butumwa bwuzuye imbamutima yanditse asezera kuri Luis Suarez bamaze gutandukana akerekeza muri Atletico Madrid. Mu mpeshyi y’uyu mwaka byari byavuzwe ko Messi na we ashaka kuva muri iriya kipe, gusa biza kwicwa n’uko ikipe ye yanze kumurekura ku buntu. Messi ubwe yatangaje ko impamvu yemeye kuguma muri Barça […]
Ubujurire bwa Dr. Léon Mugesera bwateshejwe agaciro
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 25 Nzeri 2020, Urukiko rw’Ubujurire rwashimangiye igihano cy’igifungo cya burundu cyahawe Dr Léon Mugesera, nyuma yo gusanga ubujurire bwe nta shingiro bufite. Ingingo yatumye Dr. Leo Mugesera ajurira ivuga ku kuba Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwamuhamije ibyaha, rwarumvise uruhande rw’abamushinja gusa rukabishingiraho rumuha igihano cyo gufungwa burundu Mu byaha […]
Alikiba yongeye kwibasira Diamond mu ndirimbo “Mediocre”
Umuhanzi Ali Saleh Kiba ukomoka muri Tanzania yongeye kwibasira Diamond Platnumz nyuma yo kwiyita umwami udasimburwa w’umuziki wa Tanzania mu ndirimbo “Mediocre”. Alikiba ni umuhanzi uhora ahanganye na Diamond Platinumz nawe ukunzwe cyane muri Tanzania. Aba bombi ntibavuga rumwe ndetse ntawemera ko ari munsi y’undi, Diamond yiyita Simba, Alikiba akiyita umwami ndetse n’abafana babo nabo […]
Perezida Ndayishimiye yavuze ko nta bitero u Burundi bugabwaho n’abitwaje intwaro
Perezida w’u Burundi, Gen. Maj. Evariste Ndayishimiye, asanga nta mitwe yitwaje intwaro igaba ibitero ku Burundi, ngo kuko iyo biza kuba ari byo iyo mitwe yakabaye yarafashe ibice bimwe na bimwe bya kiriya gihugu. Yabitangaje kuri uyu wa Gatanu mu kiganiro yagiranye n’Itangazamakuru ndetse n’abaturage batandukanye b’u Burundi. Ni ikiganiro cyabereye i Gitega mu murwa […]
Paul Rusesabagina yihakanye ubwenegihugu bw’u Rwanda
Kuri uyu wa Gatanu, itariki 25 Nzeri mu rubanza rw’ubujurire ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo rya Paul Rusesabagina, ukurikiranweho ibyaha 13 by’iterabwoba bifitanye isano n’ibikorwa byakozwe n’umutwe wa FLN mu majyepfo y’u Rwanda, ikibazo cy’ubwenegihugu cyagarutsweho, aho abunganira uregwa bavuze ko umukiriya wabo atagomba kuburanishwa nk’Umunyarwanda kuko yabuze ubwenegihugu mu 1996. Mu iburanisha ryabereye mu Rukiko […]
Shaddyboo yongeye kwibasirwa azira ubutumwa bw’ibasira abagabo

Mbabazi Shadia wamenyekanye nka Shaddyboo yongeye kwibasirwa n’abamukirikira ku rubuga rwa Twitter biturutse ku butumwa yanyujijeho bugaragara nku bwibasira igitsina gabo muri rusange. Mu butumwa bwe, Shaddyboo yatangiye agaragaza ko umuco nyarwanda ari wo wagize uruhare mu busumbane hagati y’abakobwa n’abahungu biturutse ku kuba abahungu barahabwaga agaciro kurusha abakobwa. Ibi ngo bigashimangirwa n’ubutumwa bwatangwaga mu […]
Ku nshuro ya mbere Rusesabagina yagaragaye mu rukiko yambaye iroza – Amafoto

Kuri uyu wa Gatanu, Paul Rusesabagina ukurikiranweho ibyaha 13 birimo iby’iterabwoba yagaragaye mu Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, aho yagombaga kuvuguruza umwanzuro w’urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwanze ko arekurwa by’agateganyo, ariko kuri iyi nshuro bwa mbere yagaragaye mu rukiko mu mwambaro w’imfungwa w’ibara ry’iroza. Nyuma yo kumva impande zombi, ubushinjacyaha n’abunganira uregwa, urukiko rwanzuye ko ruzatangaza […]
Ibyamamare byashenguwe n’urupfu rwa Nuriat ufitanye isano na The Ben

Ibyamamare binyuranye bikoresha urubuga rwa Instagram byashenguwe n’inkuru y’akabaro y’urupfu rwa Kabeho Nuriat rwamenyekanye mu ijoro ryo kuwa 24 Nzeri 2020 bitangajwe na The Ben. Kabeho Nuriat ubusanzwe ni mushiki wa Mugisha Benjamin(The Ben) uvuka kwa nyina wabo. Mu gutangaza inkuru y’urupfu rwa Nuriat The Ben yagize ati: “Nari ndi kuri Instagram nganiriza abafana n’umuryango […]
Uganda: Abapolisi 5 barashinjwa kwiba amafaranga yari gukoreshwa nk’ikimenyetso cy’ubujura
Abapolisi batanu ba Uganda kuri uyu wa Kane bagejejwe imbere y’urukiko rushinzwe kurwanya ruswa muri Kampala bashinjwa gutwika ibiro bagamije guhisha ubujura bwabo bw’ibimenyetso byagombaga kujyanwa mu rukiko bigizwe n’amafaranga. Urukiko ruyobowe n’umucamanza Abert Asiimwe rwumvishe ko Apollo Kibuuka, w’imyaka 38, Sgt Maria Nangobi, Karim Bakole b’imyaka 25, Constable Moses Okello w’imyaka 34 na Candia […]
Sinigeze mvuga ko u Rwanda ari urwiyorobetsi_Perezida Ndayishimiye
Nyuma y’iminsi 100 agiye ku butegetsi, Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi kuri uyu wa 25 Nzeri 2020 yatangaje ko atigeze avuga ko u Rwanda ari urwiyorobetsi gusa avuga andi magambo akomeye kuri iki gihugu kiri mu majyaruguru y’icyo ayoboye. Ni igisubizo yatangiye mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru, mu Ntara y’Ubutegetsi ya Gitega mu Burundi. Perezida Ndayishimiye […]
Karongi: Kutagira imbangukiragutabara bituma ababyeyi batwite bajya gucumbika kwa muganga
Kubera ikibazo cyo kutagira imbangukiragutabara, bamwe mu babyeyi benda kubyara mu Karere ka Karongi bahitamo kujya gucumbika kwa muganga kubera urugendo rurerure bakora kugirango bahagere kubera ikibazo kibakomereye cyo kutagira imbangukiragutabara zo kubafasha. Abaturage bamwe bavuga ko bakora ibirometero bigera muri 4 bahetse mu ngobyi abarwayi, barasaba ko bahabwa izo modoka zikajya ziborohereza. Umwe mu […]
Hashyizweho itsinda rishinzwe gusuzuma imitungo ya leta idakoreshwa
Inama Ngishwanama yo Kurwanya Ruswa n’Akarengane ku rwego rw’Igihugu kuri uyu wa 24 Nzeri 2020 yashyizeho itsinda tekinite rishinzwe gusuzuma imitungo yose ya leta idakoreshwa. Nk’uko byemejwe mu itangazo rigenewe itangazamakuru, iyi nama yari iyobowe n’Umuvunyi Mukuru, Anastase Murekezi yabaye yifashishije ikoranabuhanga nk’uburyo bwo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Covid-19. Abitabiriye inama baganiriye ku gukaza ingamba […]
Menya izina Kapiteni wa Arsenal yahaye umwana w’Ingagi
Umunya-Gabon, Pierre-Emerick Aubameyang usanzwe ari Kapiteni wa Arsenal yo mu Bwongereza, yahaye izina ‘Igitego’ umwana w’ingagi yise. Ku munsi w’ejo ni bwo habaye umuhango wo Kwita Izina abana b’ingagi wabaga ku ncuro ya 16, wabaye hifashishijwe ikoranabuhanga kubera icyorezo cya coronavirus. Umwana w’ingagi wavutse muri iki gihe cya Coronavirus umwe mu bazirinda yamwise “Amabwiriza”, avuga […]
Ndayishimiye yikomye ibihugu birimo n’ibyagerageje guhirika ubutegetsi bw’u Burundi mu 2015
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko igihugu cye cyiyamye za Guverinoma z’ibihugu by’amahanga birimo n’ibyagerageje guhirika ubutegetsi bw’u Burundi mu myaka itanu ishize, kubera icyo yise ‘Ibitero bishingiye kuri politiki na dipolomasi’ byagiye byibasira u Burundi n’abaturage babwo. Perezida Ndayishimiye yabitangaje kuri uyu wa Gatanu, mu butumwa yageneye abitabiriye Inteko rusange y’Umuryango w’Abibumbye iri […]
Kim Jong Un yatunguranye asaba imbabazi Koreya y’Epfo
Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un kuri uyu wa 25 Nzeri 2020 yatunguranye asaba imbabazi Koreya y’Epfo bitewe n’uko abasirikare be barinda amazi bishe umuyobozi wayo ukuriye abarobyi, bamutwitse. Ku wa Kabiri tariki ya 22 Nzeri 2020 ni bwo byamenyekanye ko aba basirikare ba Koreya ya Ruguru bishe uyu muyobozi. Ngo yari mu […]
RDC: Abaturage batanu biciwe mu gitero cy’inyeshyamba abandi barakomereka
Mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira kuri uyu wa Kane ushize itariki ya 24 Nzeri 2020, inyeshyamba za ADF zagabye igitero mu mudugudu wa Kinyambahore uherereye mu gace ka Kilya mu Murenge wa Ruwenzori, Intara ya Beni, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, abaturage batanu bahasiga ubuzima abandi barakomereka nk’uko umuyobozi wa Kilya abitangaza. Avugana […]
USA: Umupolisi wagize uruhare mu iyicwa ry’umwirabura ntakurikiranweho ‘kwica’
Abapolisi babiri muri batatu bari bakurikiranweho kurasa umwirabura, Breonna Taylor wari umukozi ku bitaro muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, barekuwe mu gihe umwe usigaye akurikiranweho gupfa kurasa. Tariki ya 13 Werurwe 2020, ni bwo aba bapolisi: Jonathan Mattingly, Brett Hakinson na Myles Cosgrove binjiye mu icumbi riherereye mu mujyi wa Lousiville uri muri Leta ya […]