Rwanda: Umukecuru w’imyaka 73 yishwe na Covid-19

emfwwftx0ai50j7.jpg

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 5 Ugushyingo 2020 yatangaje ko umukecuru w’imyaka 73 yishwe na Covid-19, aba uwa 36 iki cyorezo cyiciye muri iki gihugu. Ni mu gihe abanduye uyu munsi ari 18 barimo 1 w’i Kigali, 2 b’i Gatsibo, 3 b’i Nyagatare na 12 bapimwe mu bibasiwe kurusha abandi muri Nyamagabe; mu […]

Umutoza wa Dynamo Kiev yakoreye Messi ibidasanzwe muri ruhago

Umutoza w’ikipe ya Dynamo Kiev yo mu gihugu cya Ukraine, Mircea Lucescu, yakoze agashya katari kamenyerewe mu mupira w’amaguru asaba Lionel Messi wa FC Barcelona bari bahanganye umwambaro. Gusabana imyambaro ku bakinnyi ni ibisanzwe mu mupira w’amaguru, gusa kuba umutoza yawusaba umukinnyi w’ikipe bahanganye ni agashya katamenyerewe mu mupira w’amaguru. Mu ijoro ryakeye FC Barcelona […]

Umukinnyi wigeze kubabaza Amavubi yerekeje muri Atletico Madrid

Ikipe ya Atletico Madrid yo mu gihugu cya Espagne, yatangaje ko yamaze gusinyisha Umunya Repubulika ya Centrafrica, Geoffrey Kondogbia, wakiniraga ikipe ya Valencia. Uyu mugabo usanzwe ari Kapiteni w’ikipe y’igihugu cye, yasinyiye Atletico Madrid amasezerano y’imyaka ine. Iyi kipe y’umutoza Diego Simeone yamuhaye ikaze ibinyujije mu butumwa yashyize ku rubuga rwayo rwa Twitter. Kondogbia w’imyaka […]

Basanze ari muzima nyuma yo gushyingurwa mu 2019

Abaturage bo mu duce twa Umuoji na Amucha mu Mujyi wa Imo mu gihugu cya Nigeria baguye mu kantu nyuma yo gusanga umurambo w’umugabo utatangajwe amazina utarabora kandi akiri muzima. Mu mashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga, umwe mu baturage yumvikana atanga ubuhamya ko uyu mugabo yari yarashyinguwe mu mwaka wa 2019. Uyu ati “ Yapfuye […]

Akarasisi kadasanzwe ku irahira rya Perezida Magufuli_Amafoto

fb_img_16045865384213782.jpg

Kuri uyu wa 5 Ugushyingo 2020, Dr. John Pombe Magufuli uherutse kwegukana insinzi mu matora y’Umukuru w’Igihugu, yarahiriye kuyobora manda ya kabiri. Muri Sitade ya Dodoma umuhango wabereyemo, habereye ibikorwa bitandukanye birimo akarasisi kadasanzwe k’abakomando b’imbaraga bo mu gisirikare cya Tanzania. Nk’uko bigaragara mu mafoto, aba basirikare bahetse mu mugongo ibikapu bisa n’ibiremereye, biri mu […]

Umuhanzi Kidum Kibido yasobanuye icyatumye ahabwa iri zina

Umuhanzi ukomoka mu Burundi, Jean Pierre Nimbona wamamaye nka Kidum Kibido, yasobanuye impamvu yahawe iri zina bamwe bafata nk’irisekeje. Ni mu kiganiro yagiranaga n’igitangazamakuru Jimbere Magazine, agisobanurira byinshi ku buzima bwe. Nimbona yatangiye asobanura impamvu yitwa Kidum, izina yahawe n’ababyeyi akimara kuvuka. Yasobanuye mu magambo make ati: “Njyewe niswe Kidumu kubera ko navutse ndi umu […]

Les citoyens amĂ©ricains au Rwanda ont votĂ© par l’intermĂ©diaire de l’ambassade

Plus de 100 ressortissants amĂ©ricains vivant au Rwanda ont votĂ© par l’intermĂ©diaire de l’ambassade, a confirmĂ© un responsable. Selon le porte-parole de l’ambassade, les citoyens ont dĂ©posĂ© des bulletins de vote par correspondance Ă  l’ambassade des États-Unis au cours de ce cycle Ă©lectoral. “Les bulletins de vote ont Ă©tĂ© envoyĂ©s par valise diplomatique aux États-Unis, […]

OIF yakuriyeho u Burundi ibihano

Umuryango mpuzamahanga uhuza ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa, OIF, kuri uyu wa 4 Ugushyingo 2020 wakuriyeho Repubulika y’u Burundi ibihano wari warayifatiye mu 2016. Ni umwanzuro wafatiwe mu nama y’112 y’Akanama gahoraho k’uyu muryango yabaye kuri uwo munsi, yari iyobowe n’Umunyamabanga Mukuru w’uyu muryango, Louise Mushikiwabo. Impamvu yari yaratumye OIF ifatira u Burundi ibihano, ni ibibazo […]

Imyaka 14 irashize Saddam Hussein akatiwe igihano cyo kwicwa amanitswe

saddam_hussein_execution.jpg

Imyaka 14 irashize uwahoze ari Perezida wa Irak, Saddam Hussein, akatiwe igihano cyo kwicwa amanitswe n’Urukiko Rukuru Mpanabyaha rwa Irak. Ku itariki nk’iyi ya 05 Ugushyingo mu 2006 nibwo urukiko rwakatiye Saddam Hussein igihano cy’urupfu nyuma yo kumuhamya kugira uruhare mu iyicwa ry’abaturage 148 b’Abashiite mu giturage cya DoujaĂŻl, mu 1982, nyuma y’igitero cyari kimaze […]

Abakinnyi ba PSG baheze muri asanseri

Abakinnyi 11 b’ikipe ya Paris Saint Germain ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki 4 Ugushyingo bari baheze muri asanseri ubwo bavaga kuri hoteli bari bacumbitsemo bajya kwitegura umukino wa Champions League wabahuje na RB Leipzig. Ikinyamakuru Le Palisien gitangaza ko abakinnyi ba PSG bamaze iminota igera kuri 50 baheze muri asanseri kugeza ubwo […]

Nyagatare: Umugore aravugwaho kwicisha ifuni umugabo we

Umugore witwa Musabyimana Veneranda w’imyaka 58 y’amavuko utuye mu mudugudu wa Mirama ya kabiri Akagari ka Nyagatare, mu Murenge wa Nyagatare. aravugwaho kuba yishe umugabo we, Munyakaragwe Jean de Dieu w’imyaka 65 y’amavuko amukubise ifuni mu mutwe. Umuyobozi mu kagari ka Nyagatare ushinzwe umutekano mu kagari ka Nyagatare Muhire Filippe avuga ko ubu bwicanyi bwabaye […]

OIF: Louise Mushikiwabo yashyizeho umuyobozi w’ibiro bye

Louise Mushikiwabo, yagize Umunya-Tunisia, Mourad Ben Dhiab, umuyobozi w’ibiro bye (Chef de cabinet) mu muryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa, OIF, bifite icyicaro I Paris mu Bufaransa. Mourad wahoze ari umudipolomate, n’umunyamategeko wabihuguriwe, yinjiye mu Muryango wa Afurika Yunze Ubumwe i Addis Abeba nk’umunyamategeko mukuru mu biro by’umujyanama mu by’amategeko, nyuma azamurwa ku mwanya w’Umunyamabanga wa Komisiyo […]

Inzira zongeye kuba nyabagendwa ku mipaka ihuza u Rwanda na RDC

Guhera kuri uyu wa Kane tariki ya 5 Ugushyingo, Abanyarwanda n’Abakongomani batangiye kwambuka imipaka ihuza ibihugu byombi ihuza umujyi wa Gisenyi na Goma, nyuma y’uko ibihugu byombi byemeranyije kuyifungura. Icyemezo cyo gufungura imipaka ihuza Goma na Rubavu ariko hubahirijwe ingamba zo kwirinda icyorezo cya Covid-19, cyafashwe ku wa Mbere tariki ya 2 Ugushyingo mu nama […]

Kigali: Haravugwa ifungwa ry’umucuruzi w’Umugande

Amakuru aturuka mu gihugu cya Uganda ataremezwa n’urwego urwo ari rwo rwose mu Rwanda, aravuga ko umunyemari w’Umugande witwa Charles Tusubira, utuye mu Mujyi wa Kigali yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano zimusanze iwe ku itariki 27 Ukwakira 2020 kugeza ubu hakaba hatazwi neza aho yaba aherereye. Aya makuru yashyizwe ahagaragara n’ikinyamakuru Chimpreports aravuga ko Tusubira […]

Kaminuza ya KIM: Abarimu banze gutanga indangamanota

Abarimu bari basanzwe bigisha kuri Kaminuza ya KIM ntibakozwa ibyo guha indagangamanota nyuma y’aho iri shuri rifungiye imiryango. Impamvu y’iki cyemezo nk’uko umwe mu barezi yabigarutseho, ni ibirarane by’imishahara bari bafitiwe n’iri shuri. Umwarimu utifuje gutangazwa amazina ye yabwiye BBC ko iyi kaminuza imurimo ibirarane byinshi by’imishahara bityo ko nta ndagangamanota yaha abanyeshuri. Ihurizo ku […]

Cote d’Ivoire: Uwafashije Ouattara kugera ku butegetsi yahamagariye ingabo kumuhirika

Guillaume Soro, wahoze ari umuyobozi w’inyeshyamba, kuri ubu akaba abarizwa mu ruhande rutavuga rumwe n’ubutegetsi muri Cote d’Ivoire, yahamagariye ingabo z’iki gihugu guhaguruka zikigomeka ku butegetsi zigakuraho Perezida Allassane Ouattara wongeye gutsindira kuyobora iki gihugu ku majwi 94% nk’uko byemejwe na Komisiyo y’amatora. Icyakora, abatavuga rumwe n’ubutegetsi bahakanye amajwi, bavuga ko icyifuzo cya Ouattara cyo […]

Magufuli yarahiriye kuyobora Tanzania muri manda ye ya nyuma

Perezida wa Tanzania, Dr John Pombe Joseph Magufuli, yarahiriye kongera kuyobora iki gihugu muri manda ya kabiri y’imyaka itanu, nyuma yo gutorerwa kukiyobora mu cyumweru gishize. Umuhango w’irahira rya Perezida Magufuli wabereye mu mujyi wa Dodoma, witabirwa n’imbaga y’Abanya-Tanzania ndetse n’abandi banyacyubahiro batandukanye. Abanyacyubahiro barimo Ali Hassan Mwinyi na Jakaya Mrisho Kikwete bayoboye Tanzania, bari […]

Umuvunyi yahishuye impamvu gufata ‘Ibifi Binini’ birya ruswa bigorana cyane

Mu cyumweru gishize ubwo Umuvunyi Mukuru, Anastase Murekerezi yari imbere y’Inteko Ishinga Amategeko, imitwe yombi, yahishuye byinshi bituma gufata Ibifi Binini (abakomeye) birya ruswa, bikananyereza umutungo wa leta, biba ingorabahizi. Ni nyuma y’ibibazo bimaze igihe kirekire byibazwa ku Rwego rw’Umuvunyi n’izindi nzego zishinzwe gukurikirana abakekwaho ibyaha bya ruswa, aho zikunze gufata abakurikiranweho ruswa z’amafaranga make […]

Agathe Kanziga yasobanuye icyo Paul Barril yamumariye igihe yari mu gihirahiro

Umupfakazi w’uwahoze ari Perezida w’u Rwanda, Juvenal Habyarimana, ari we Agathe Kanziga, yabwiye Urukiko rwa Paris ko aho ahuriye n’Umujandarume w’Umufaransa Paul Barril ari uko yemeye kumufasha mu iperereza ku rupfu rw’umugabo we mu gihe nta wundi wari wagerageje kuritangiza haba mu Bufaransa n’ahandi. Kanziga ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, […]

Musanze/Kabaya: Umukecuru yibwe inkono yari ku mashyiga

Umukecuru witwa Umukobwa Suzanne utuye mu Mudugudu wa Rukereza, Akagari ka Kigombe mu Murenge wa Muhoza mu isanteri ya Kabaya, atangaza ko mu cyumweru gishize yibwe inkono y’ibirayi n’ibihaza ubwo yari atetse saa moya z’ijoro. Uyu mukecuru yatangarije Bwiza.com ko ubwo yari atetse yinjiye mu nzu ubwo ibyo kurya byari bimaze kubira agira ngo ashyireho […]

Ndi Perezida, mbarusha inzu nziza_Donald Trump mu bwishyongozi

Mu gihe hagitegerejwe uwegukana amatora ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, amakuru menshi akomeje kuvugwa kuri Donald Trump na Joe Biden bahanganye, ibyo batangaje mu bihe bitandukanye nabyo bigashyirwa hanze. Igitangazamakuru Russian Times cyashyize videwo hanze igaragaza Perezida akaba n’umuherwe, Donald Trump yishyongora ku bo bahanganye, aho avuga ko abarusha byose birimo kuba ari […]

Uwakoze iperereza ku iraswa ry’uwabaye Minisitiri mu Rwanda, yapfuye

benson-gichuki1-480x321.jpg

Umuhanga w’Umunyakenya Benson Gichuki Nduguga wakoze ikizamini ku iraswa ry’Umunyarwanda wabaye Minisitiri w’u Rwanda, yapfuye tarikiya 29 Ukwakira 2020. Igitangazamakuru Kenyans cyo muri Kenya cyatangaje aya makuru, kivuga ko umuryango w’uyu musaza wari ufite imyaka 72 y’amavuko ari wo wabyemeje, gusa ntabwo cyatangaje icyamwishe. Benson Gichuki Nduguga yari inzobere mu gukora ibizamini nk’ibi Uyu Munyarwanda […]

Nyanza: Bamwe mu baturage bazinutswe guhinga urusenda

Bamwe mu baturage bo mu Mirenge ya Mirenge ya Rwabicuma na Nyagisozi mu Karere ka Nyanza baretse guhinga Abahinzi urusenda mu materasi yuhirwa muri ako gace nyuma yo kwamburwa na rwiyemezamirimo asaga miliyoni 20. Aba baturage bavuga ko “ Bacitse intege zo kongera guhinga igihingwa bashishikarizwaga kuko bambuwe miliyoni 22.” Ibi kandi byaje bihumira mu […]