Abagenzi binjira mu gihugu n’abacuruzi bambukiranya imipaka muri 88 banduye Covid-19

epoue22xmaqwsdd.png

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 14 Ukuboza yatangaje ko abantu 88 banduye icyorezo cya Covid-19, barimo abagenzi 31 binjira mu gihugu n’abacuruzi 31 bambukiranya imipaka. Aba bagenzi babonetse mu mujyi wa Kigali, naho abacuruzi babonetse mu Karere ka Rubavu. Abandi banduye ni 10 babonetse muri Nyagatare, 6 babonetse muri Musanze, 2 mu Gakenke, […]

IRMCT yatahuye aho Kayishema umaze imyaka 26 yihishe ari

Umushinjacyaha Mukuru w’Urwego IRMCT rw’Umuryango w’Abibumbye (UN) rwasigariyeho urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (ICTR), Serge Brammertz amaze gutangaza ko bamaze gutahura ko Fulgence Kayishema umaze imyaka 26 ashakishwa, aherereye muri Afurika y’Epfo. Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bushinja Kayishema uruhare mu kwica Abatutsi 2000 bari bahungiye muri Kiliziya ya Nyange, bayisengeweho tariki ya 16 Mata 1994. […]

Burundi: Abagore 101 bari bagiye gucuruzwa muri Asia batabawe (Amafoto)

epntocuxcaqd_uj.jpg

Polisi yo mu Burundi kuri uyu wa 14 Ukuboza 2020 yatabaye abagore n’abakobwa 101 bari bagiye gucuruzwa mu bihugu bya Saudi Arabia, Oman ba Qatar. Yabasanze mu mujyi wa Bujumbura, mu gace ka Buterere, ahazwi nka Quartier Miroir, Minisiteri y’Itumanaho ikavuga ko bari bambuwe uburyo bwose bwari kubafasha kuvugana n’abari hanze y’aho bari bashyizwe. Iyi […]

Umunya-Angola ni we ufite agahigo ko kugira iminwa minini ku Isi (Amafoto)

img_20201214_192047.jpg

Muri 2010 abashakashatsi ba Guinness world records, ni bwo bavumbuye umugabo w’umunya-Angola witwa Francisco Domingos Joaquim, ufite agahigo ko kuba umuntu wa mbere ku Isi ufite iminwa migari. Uyu mugabo wamamaye nka Chinquinho bivugwa ko afite iminwa ifite ubugari bungana na Santimetero 17, ashobora gushyiramo ikintu kirengeje buriya burebure. Abashakashatsi ba kiriya gitabo cyandikwamo abakoze […]

Bobi Wine abona ko Museveni n’abayoboke be bakwiriye guterwa ibyuka biryana mu maso

Umukandida uhagarariye ishyaka rya National Unity Platform (NUP) mu bahatanira umwanya w’Umukuru w’Igihugu muri Uganda, Robert Kyagulanyi (Bobi Wine) yagaragarije Komisiyo y’Amatora ko atumva impamvu Perezida Museveni n’abayoboke be badaterwa ibyuka biryana mu maso, kandi na bo bigaragara ko baba batubahiriza amabwiriza yo kurwanya icyorezo cya Covid-19. Bobi Wine mu nyandiko y’impapuro enye isubiza Komisiyo […]

Sahara Marocain : Le Royaume de Bahreïn ouvre un consulat à Laùyoune

Le Royaume de BahreĂŻn a ouvert, lundi 14 dĂ©cembre 2020, un Consulat GĂ©nĂ©ral Ă  LaĂąyoune, la 10Ăšme reprĂ©sentation diplomatique inaugurĂ©e dans la capitale du Sahara marocain en un an.??? La cĂ©rĂ©monie d’inauguration a Ă©tĂ© prĂ©sidĂ©e par le Ministre des Affaires ÉtrangĂšres, de la CoopĂ©ration Africaine et des Marocains RĂ©sidant Ă  l’Étranger, Nasser Bourita, et son […]

Nyamagabe: Abakozi ba China Road bakoze igisa n’imyigaragambyo

img-20201214-wa0044.jpg

Abakozi bakorera kampani y’Abashinwa “China Road” ikora umuhanda Pindura-Bweyeye uva mu Karere ka Nyamagabe ugana mu Karere ka Rusizi, kuri uyu wa 14 Ukuboza 2020 bazindutse bakora igisa n’imyigaragambyo. Ubwo twahageraga, twasanze bicaye imbere y’ibiro by’iki kigo bakoramo biherereye mu Karere ka Nyamagabe, banze kujya mu kazi bitewe n’uko bamaze ngo amakenzeni [igisobanuro: ikenzeni ingana […]

Havumbuwe uko u Bushinwa bucengera ibigo by’abanyamahanga ku mpamvu z’ubutasi

Hafi miliyoni 2 z’amakuru arebana n’abagize ishyaka rya Gikomunisiti ry’Abashinwa (PCC) yibwe mu bubiko bwo muri Shangai yagaragaje ko bamwe mu bagize iri shyaka bakorera ibigo n’inzego z’amahanga ariko bashinzwe ubutasi, aho ibinyamakuru byo muri Australia no mu Bwongereza bivuga ko aba Bashinwa bacengeye muri ambasade z’ibihugu byinshi by’amahanga zikorera Shanghai ariko hari ikindi kibagenza. […]

Thierry Henry iyo abonye uyu mukinnyi mu Ikipe ya Arsenal azimya televiziyo

gettyimages-1291077646.jpg

Uwahoze akinira Manchester United, Patrice Evra avuga ko umunyabigwi wa Arsenal, Thierry Henry azimya televiziyo aho kureba iyi kipe igihe uwitwa Xhaka Granit yagizwe kapiteni. Ibi byahishuwe na Evra kuko ngo yabimenye ubwo Thierry Henry yari yamutumiye iwe mu rugo ngo barebe umukino. Ngo ubwo umukino wari utangiye, Thierry yabonye Xhaka yagizwe kapiteni, ahita azimya […]

Uganda: Umukandida perezida aranengwa kwifotozanya n’abagore b’abandi

Umukandida wigenga ku mwanya w’umukuru w’igihugu muri Uganda, John Katumba yasubije abamunenga ku kuba yifotozanya n’abagore b’abandi kandi benshi. Katumba w’imyaka 24 ari mu bakandida 11 bahatanira kuba Perezida wa Uganda mu matora ateganyijwe muri Mutarama 2021. Mu bikorwa bye byo kwiyamamaza, hari abavuga ko agaragara mu mafoto menshi n’abagore benshi baba baje aho yiyamamariza. […]

Umutoza GĂ©rard Houllier wamamaye mu ikipe ya Liverpool yapfuye ku myaka 73 y’amavuko

Umutoza w’Umufaransa, GĂ©rard Houllier, wamamaye mu ruhando mpuzamahanga rwa ruhago, akaba yaranyuze mu makipe nka Lyon, Liverpool na Aston Villa yahesheje ishema mu bihe byashize, yasezeye ku Isi y’abazima ku myaka 73 y’amavuko aguye iwabo mu Bufaransa. GĂ©rard Houllier wari uherutse kwitabwaho n’abaganga b’umutima mu byumweru bitatu bishize, yaje gupfa mu buryo butunguranye kuko hari […]

Le Rwanda va acquĂ©rir le vaccin Covid-19 au dĂ©but de l’annĂ©e prochaine

Le gouvernement rwandais devrait acquĂ©rir le vaccin contre le coronavirus au premier trimestre 2021, selon le ministre de la SantĂ© Dr Daniel Ngamije. Ngamije apparaissait sur le radiodiffuseur national, dimanche 13 dĂ©cembre, oĂč il a Ă©tĂ© rejoint par le ministre du gouvernement local, le professeur Anastase Shyaka, le ministre du commerce et de l’industrie, Soraya […]

RDC: Umugore wa Gen. Kahimbi afungiwe mu rugo kuva umugabo we yashyingurwa

Umugore wa nyakwigendera Gen. Delphin Kahimbi, wahoze akuriye ubutasi bwa gisirikare muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo afungishijwe ijisho kuva umugabo we yashyingurwa nyuma y’amezi 10 apfuye. Uyu mupfakazi wa Gen Kahimbi aravuga ko ubutabera bwa gisirikare bwafashe iki cyemezo nyuma y’umunsi umwe umugabo we, wapfuye mu buryo bw’amayobera, ashyinguwe. Iyi nkuru dukesha Radio Mpuzamahanga […]

Barcelona vs PSG: Uko amakipe azesurana muri 1/8 cya UEFA Champions League

Mu gihugu cy’Ubusuwisi habereye tombora y’uko amakipre azahura mu irushanwa rya UEFA Champions League kuri uyu wa 14 Ukuboza 2020 kugira ngo hamenyekane uko amakipe azahangana muri 1/8 cy’irushanwa. Mu mikino yitezweho kuzaba ikomeye, harimo uzahuza Paris Saint Germain yo mu Bufaransa na FC Barcelona yo muri Espagne. Dore uko andi makipe azahura: Borussia Monchengladbach […]

Kigoma: Yashyinguwe mu 1994 none yabonetse ari muzima (videwo)

Umusore wamenyekanye ku mazina ya Stewati Edward utuye ahitwa Kasulu mu Ntara ya Kigoma yabonetse ari muzima nyuma y’aho ababyeyi be bari baramushyinguye mu myaka 20 ishize. Uyu Edward yabonetse ari muzima ariko ntabasha kuvuga bitewe n’uko isonga y’ururimi rwe yakaswe nk’uko TEN ibitangaza. Edward yapfuye mu 1994 ubwo yari afite imyaka umunani. Uyu yapfuye […]

Inzego z’ubutasi 10 za mbere kabuhariwe muri 2020

isi-pakistan-isi-pakistan.jpg

Inzego z’ubutasi zagiye zirwanya ibibazo by’umutekano imbere mu gihugu no hanze. Zishinzwe gukusanya amakuru, gukora ibikorwa bitandukanye byo kugenzura, zigira uruhare runini mu gusaba guverinoma by’umwihariko ku bijyanye n’umutekano w’igihugu, gukwirakwiza amakuru y’ibinyoma, ndetse mu nzego zimwe na zimwe, gukora ubwicanyi. Ariko, izo nzego zose z’ubutasi ntabwo ari zimwe. Zimwe muri izi nzego z’ubutasi zirazwi […]

Lucas amaze imyaka irenga 10 asambanya imirambo, ngo biri mu bigize akazi

Umugabo w’imyaka 45 wo muri Ghana, Sharkur Lucas, amaze imyaka irenga 10 asambanya imirambo mbere y’uko ayisukura; akavuga ko nta kazi aba yishe ku buryo yabihanirwa. Lucas bigaragara ko ari umusirimu, amaze igihe kirekire akora umurimo wo gusukura imirambo ibikwa mu buruhukiro (morgue) bwa bimwe mu bitaro biri muri Ghana. Mu kiganiro Lucas yagiranye na […]

Ruhango: Yakubitiwe Iwawa urutugu rufatana n’ijosi

arton688.png

Umuturage witwa Kubwimana Charles wo mu Murenge wa Ruhango mu Karere ka Ruhango yemeza ko yakubitiwe Iwawa urutugu rufatana n’ ijosi kugeza mu mezi make ashize ubwo yatangiye kuvuzwa n’akarere n’ubwo yasigaranye ubundi bumuga. Muri Nzeri 2020, ni bwo Kubwimana yumvikanye mu itangazamakuru avuga ko mu mwaka wa 2018 yavunikiye bikomeye mu kigo ngororamuco cya […]

Hadutse abiyita ‘GĂ©nĂ©ration Paul Kagame’ muri RDC

Muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo hashize igihe gito havutse ishyirahamwe ry’abiyita GĂ©nĂ©ration Paul Kagame” bagizwe n’urubyiruko. Nk’uko MNC TV Congo yabitangaje, umuyobozi wa ‘ GĂ©nĂ©ration Paul Kagame’, Rames Mwenze Nkulu yavuze ko bahisemo izina rya Perezida w’u Rwanda kubera ko bifuza kwigana Perezida Kagame mu bijyanye no guharanira imiyoborere myiza n’imibereho mu gihugu cyabo. […]

Gen. Muntu asanga igihe cyo gukoresha ‘Umupangu B’ wa Besigye kuri Museveni kitaragera

Gen. Mugisha Muntu, umuyobozi n’umukandida w’ishyaka ANT (Alliance for National Transformation) kuri uyu wa Mbere, itariki 14 Ukuboza, yatangaje ko hatarakenerwa gushyira mu bikorwa ‘Umupangu B (Plan B) wa Col. Dr Kiiza Besigye, wo gukura Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, ku butegetsi hakoreshejwe ingufu. Ibi bije nyuma y’umunsi umwe umukandida Patrick Oboi Amuriat w’ishyaka FDC […]

Rusizi: Imodoka yari yikoreye ibinyobwa yakoze impanuka yangiza inyubako ikoreramo banki

Inzoga zamenetse ari nyinshi cyane mu muhanda

Mu masaha ashyira saa kumi z’urukerera ni bwo mu mujyi wa Rusizi humvikanye urusaku rwinshi rwari rutewe n’impanuka y’imodoka yo mu bwoko bwa Mitsubishi-FUSSO ifite pulaki RAC 412 W , yavaga mu ruganda rw’ibinyobwa bya SKOL, i Kigali yerekeza mu bubiko bwabyo mu mujyi wa Rusizi, ihitana ibintu byinshi birimo n’inyubako ikorerwamo na Banki ya […]

RDC: Moise Katumbi ntiyemeranya na Tshisekedi udashaka gusubira mu byahise

Umunyapolitiki Moise Katumbi, perezida w’ishyaka, Ensemble pour la RĂ©publique, yatangaje ko atemeranya na Perezida Felix Tshisekedi iyo avuga ko atazasubira mu byashize. Ni mu kiganiro yagiranye na Radio Mpuzamahanga y’Abafaransa, RFI. Kuri uyu munyapolitiki wahoze ari Guverineri w’Intara ya Katanga, ngo “kudahana niko kwishe igihugu uyu munsi”. Moise Katumbi kandi yamaganye abanyapolitiki bazanye ubusa ariko […]

Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yasubitswe

Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru (RBA) kimaze gutangaza ko Guverinoma y’u Rwanda yasubitse Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yari kuba ku nshuro ya 18. Isubikwa ry’iyi nama ryatewe n’ubwiyongere bukabije bw’abantu bakomeje kwandura icyorezo cya Covid-19 mu Rwanda. Iyi nama byari biteganyijwe ko izabera muri Kigali Convention Centre kuri uyu wa Gatatu tariki ya 16 Ukuboza 2020, ku bwitabire […]

Indaya yaciye izuru uwo bavukana barwanira umugabo (Amafoto)

image_750x_5fd6fdfa6e9d8.jpg

Mu gihugu cya Nigeria havuzwe inkuru y’umukobwa witwa “Ebere” ukora umwuga w’uburaya warumye izuru umuvandimwe we bavukana amuziza ko yamutwariye umugabo wari uje kumugura. Polisi yo muri Nigeria yafunze “Ebere” imuziza kuruma izuru murumuna we Ifeoma nyuma y’intambara ikomeye barwanye bapfa umugabo wari uje kumugura ngo amusambanye yagera mu rugo akikundira uyu muto. Ibi byabereye […]

Ingabo z’u Bufaransa zitoza ibisiga guhanura utudege tw’imitwe y’iterabwoba (Amafoto)

3d70df8300000578-4241632-image-a-3_1487585156589.jpg

Ingabo z’u Bufaransa zirwanira mu kirere zifite ibisiga bine bidasanzwe, zitoza guhanura utudege tutagira abapilote (drones) tw’imitwe y’iterabwoba. Ibi bisiga bifite amazina ya: D’Artagnan, Athos, Porthos na Aramis; byaturazwe mu 2016 ubwo izi ngabo zari zifite impungenge z’uko imitwe y’iterabwoba ishobora kohereza utu tudege dutezweho ibisasu, bigahitana abantu. Ni nyuma y’aho mu 2015 hari akadege […]

Umusore yafunzwe azira gukunda, imiryango mpuzamahanga iha Abanyarwanda 2 akazi

Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 7 Ukuboza 2020 cyumvikanyemo amakuru meza ku Banyarwanda babiri bigeze kugira inshingano zikomeye ku gihugu, baragiriwe icyizere n’imiryango mpuzamahanga, ikabaha imirimo mishya. Humvikanyemo kandi indi nkuru y’urukundo rwarenze umupaka rwatumye umusore atabwa muri yombi, arekurwa hashize iminsi itatu. Ngaya amakuru twatoranyije mu yaranze icyumweru: Umusore yafunzwe azira urukundo, uwo yakunze […]