Abagenzi binjira mu gihugu n’abacuruzi bambukiranya imipaka muri 88 banduye Covid-19

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 14 Ukuboza yatangaje ko abantu 88 banduye icyorezo cya Covid-19, barimo abagenzi 31 binjira mu gihugu n’abacuruzi 31 bambukiranya imipaka. Aba bagenzi babonetse mu mujyi wa Kigali, naho abacuruzi babonetse mu Karere ka Rubavu. Abandi banduye ni 10 babonetse muri Nyagatare, 6 babonetse muri Musanze, 2 mu Gakenke, […]
IRMCT yatahuye aho Kayishema umaze imyaka 26 yihishe ari
Umushinjacyaha Mukuru wâUrwego IRMCT rwâUmuryango wâAbibumbye (UN) rwasigariyeho urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (ICTR), Serge Brammertz amaze gutangaza ko bamaze gutahura ko Fulgence Kayishema umaze imyaka 26 ashakishwa, aherereye muri Afurika yâEpfo. Ubushinjacyaha bwâu Rwanda bushinja Kayishema uruhare mu kwica Abatutsi 2000 bari bahungiye muri Kiliziya ya Nyange, bayisengeweho tariki ya 16 Mata 1994. […]
Burundi: Abagore 101 bari bagiye gucuruzwa muri Asia batabawe (Amafoto)

Polisi yo mu Burundi kuri uyu wa 14 Ukuboza 2020 yatabaye abagore nâabakobwa 101 bari bagiye gucuruzwa mu bihugu bya Saudi Arabia, Oman ba Qatar. Yabasanze mu mujyi wa Bujumbura, mu gace ka Buterere, ahazwi nka Quartier Miroir, Minisiteri yâItumanaho ikavuga ko bari bambuwe uburyo bwose bwari kubafasha kuvugana nâabari hanze yâaho bari bashyizwe. Iyi […]
Umunya-Angola ni we ufite agahigo ko kugira iminwa minini ku Isi (Amafoto)

Muri 2010 abashakashatsi ba Guinness world records, ni bwo bavumbuye umugabo w’umunya-Angola witwa Francisco Domingos Joaquim, ufite agahigo ko kuba umuntu wa mbere ku Isi ufite iminwa migari. Uyu mugabo wamamaye nka Chinquinho bivugwa ko afite iminwa ifite ubugari bungana na Santimetero 17, ashobora gushyiramo ikintu kirengeje buriya burebure. Abashakashatsi ba kiriya gitabo cyandikwamo abakoze […]
Bobi Wine abona ko Museveni nâabayoboke be bakwiriye guterwa ibyuka biryana mu maso
Umukandida uhagarariye ishyaka rya National Unity Platform (NUP) mu bahatanira umwanya wâUmukuru wâIgihugu muri Uganda, Robert Kyagulanyi (Bobi Wine) yagaragarije Komisiyo yâAmatora ko atumva impamvu Perezida Museveni nâabayoboke be badaterwa ibyuka biryana mu maso, kandi na bo bigaragara ko baba batubahiriza amabwiriza yo kurwanya icyorezo cya Covid-19. Bobi Wine mu nyandiko yâimpapuro enye isubiza Komisiyo […]
Sahara Marocain : Le Royaume de Bahreïn ouvre un consulat à Laùyoune
Le Royaume de BahreĂŻn a ouvert, lundi 14 dĂ©cembre 2020, un Consulat GĂ©nĂ©ral Ă LaĂąyoune, la 10Ăšme reprĂ©sentation diplomatique inaugurĂ©e dans la capitale du Sahara marocain en un an.??? La cĂ©rĂ©monie d’inauguration a Ă©tĂ© prĂ©sidĂ©e par le Ministre des Affaires ĂtrangĂšres, de la CoopĂ©ration Africaine et des Marocains RĂ©sidant Ă lâĂtranger, Nasser Bourita, et son […]
Nyamagabe: Abakozi ba China Road bakoze igisa n’imyigaragambyo

Abakozi bakorera kampani yâAbashinwa âChina Roadâ ikora umuhanda Pindura-Bweyeye uva mu Karere ka Nyamagabe ugana mu Karere ka Rusizi, kuri uyu wa 14 Ukuboza 2020 bazindutse bakora igisa n’imyigaragambyo. Ubwo twahageraga, twasanze bicaye imbere y’ibiro by’iki kigo bakoramo biherereye mu Karere ka Nyamagabe, banze kujya mu kazi bitewe n’uko bamaze ngo amakenzeni [igisobanuro: ikenzeni ingana […]
Havumbuwe uko u Bushinwa bucengera ibigo byâabanyamahanga ku mpamvu zâubutasi
Hafi miliyoni 2 zâamakuru arebana nâabagize ishyaka rya Gikomunisiti ryâAbashinwa (PCC) yibwe mu bubiko bwo muri Shangai yagaragaje ko bamwe mu bagize iri shyaka bakorera ibigo nâinzego zâamahanga ariko bashinzwe ubutasi, aho ibinyamakuru byo muri Australia no mu Bwongereza bivuga ko aba Bashinwa bacengeye muri ambasade zâibihugu byinshi byâamahanga zikorera Shanghai ariko hari ikindi kibagenza. […]
Thierry Henry iyo abonye uyu mukinnyi mu Ikipe ya Arsenal azimya televiziyo

Uwahoze akinira Manchester United, Patrice Evra avuga ko umunyabigwi wa Arsenal, Thierry Henry azimya televiziyo aho kureba iyi kipe igihe uwitwa Xhaka Granit yagizwe kapiteni. Ibi byahishuwe na Evra kuko ngo yabimenye ubwo Thierry Henry yari yamutumiye iwe mu rugo ngo barebe umukino. Ngo ubwo umukino wari utangiye, Thierry yabonye Xhaka yagizwe kapiteni, ahita azimya […]
Uganda: Umukandida perezida aranengwa kwifotozanya n’abagore b’abandi
Umukandida wigenga ku mwanya w’umukuru w’igihugu muri Uganda, John Katumba yasubije abamunenga ku kuba yifotozanya n’abagore b’abandi kandi benshi. Katumba w’imyaka 24 ari mu bakandida 11 bahatanira kuba Perezida wa Uganda mu matora ateganyijwe muri Mutarama 2021. Mu bikorwa bye byo kwiyamamaza, hari abavuga ko agaragara mu mafoto menshi n’abagore benshi baba baje aho yiyamamariza. […]
Umutoza GĂ©rard Houllier wamamaye mu ikipe ya Liverpool yapfuye ku myaka 73 yâamavuko
Umutoza wâUmufaransa, GĂ©rard Houllier, wamamaye mu ruhando mpuzamahanga rwa ruhago, akaba yaranyuze mu makipe nka Lyon, Liverpool na Aston Villa yahesheje ishema mu bihe byashize, yasezeye ku Isi yâabazima ku myaka 73 yâamavuko aguye iwabo mu Bufaransa. GĂ©rard Houllier wari uherutse kwitabwaho nâabaganga b’umutima mu byumweru bitatu bishize, yaje gupfa mu buryo butunguranye kuko hari […]
Le Rwanda va acquĂ©rir le vaccin Covid-19 au dĂ©but de l’annĂ©e prochaine
Le gouvernement rwandais devrait acquĂ©rir le vaccin contre le coronavirus au premier trimestre 2021, selon le ministre de la SantĂ© Dr Daniel Ngamije. Ngamije apparaissait sur le radiodiffuseur national, dimanche 13 dĂ©cembre, oĂč il a Ă©tĂ© rejoint par le ministre du gouvernement local, le professeur Anastase Shyaka, le ministre du commerce et de l’industrie, Soraya […]
RDC: Umugore wa Gen. Kahimbi afungiwe mu rugo kuva umugabo we yashyingurwa
Umugore wa nyakwigendera Gen. Delphin Kahimbi, wahoze akuriye ubutasi bwa gisirikare muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo afungishijwe ijisho kuva umugabo we yashyingurwa nyuma yâamezi 10 apfuye. Uyu mupfakazi wa Gen Kahimbi aravuga ko ubutabera bwa gisirikare bwafashe iki cyemezo nyuma yâumunsi umwe umugabo we, wapfuye mu buryo bwâamayobera, ashyinguwe. Iyi nkuru dukesha Radio Mpuzamahanga […]
Barcelona vs PSG: Uko amakipe azesurana muri 1/8 cya UEFA Champions League
Mu gihugu cy’Ubusuwisi habereye tombora y’uko amakipre azahura mu irushanwa rya UEFA Champions League kuri uyu wa 14 Ukuboza 2020 kugira ngo hamenyekane uko amakipe azahangana muri 1/8 cy’irushanwa. Mu mikino yitezweho kuzaba ikomeye, harimo uzahuza Paris Saint Germain yo mu Bufaransa na FC Barcelona yo muri Espagne. Dore uko andi makipe azahura: Borussia Monchengladbach […]
Kigoma: Yashyinguwe mu 1994 none yabonetse ari muzima (videwo)
Umusore wamenyekanye ku mazina ya Stewati Edward utuye ahitwa Kasulu mu Ntara ya Kigoma yabonetse ari muzima nyuma y’aho ababyeyi be bari baramushyinguye mu myaka 20 ishize. Uyu Edward yabonetse ari muzima ariko ntabasha kuvuga bitewe n’uko isonga y’ururimi rwe yakaswe nk’uko TEN ibitangaza. Edward yapfuye mu 1994 ubwo yari afite imyaka umunani. Uyu yapfuye […]
Inzego zâubutasi 10 za mbere kabuhariwe muri 2020

Inzego zâubutasi zagiye zirwanya ibibazo byâumutekano imbere mu gihugu no hanze. Zishinzwe gukusanya amakuru, gukora ibikorwa bitandukanye byo kugenzura, zigira uruhare runini mu gusaba guverinoma by’umwihariko ku bijyanye n’umutekano w’igihugu, gukwirakwiza amakuru y’ibinyoma, ndetse mu nzego zimwe na zimwe, gukora ubwicanyi. Ariko, izo nzego zose zâubutasi ntabwo ari zimwe. Zimwe muri izi nzego zâubutasi zirazwi […]
Lucas amaze imyaka irenga 10 asambanya imirambo, ngo biri mu bigize akazi
Umugabo wâimyaka 45 wo muri Ghana, Sharkur Lucas, amaze imyaka irenga 10 asambanya imirambo mbere yâuko ayisukura; akavuga ko nta kazi aba yishe ku buryo yabihanirwa. Lucas bigaragara ko ari umusirimu, amaze igihe kirekire akora umurimo wo gusukura imirambo ibikwa mu buruhukiro (morgue) bwa bimwe mu bitaro biri muri Ghana. Mu kiganiro Lucas yagiranye na […]
Ruhango: Yakubitiwe Iwawa urutugu rufatana n’ijosi

Umuturage witwa Kubwimana Charles wo mu Murenge wa Ruhango mu Karere ka Ruhango yemeza ko yakubitiwe Iwawa urutugu rufatana nâ ijosi kugeza mu mezi make ashize ubwo yatangiye kuvuzwa n’akarere n’ubwo yasigaranye ubundi bumuga. Muri Nzeri 2020, ni bwo Kubwimana yumvikanye mu itangazamakuru avuga ko mu mwaka wa 2018 yavunikiye bikomeye mu kigo ngororamuco cya […]
Hadutse abiyita ‘GĂ©nĂ©ration Paul Kagame’ muri RDC
Muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo hashize igihe gito havutse ishyirahamwe ry’abiyita GĂ©nĂ©ration Paul Kagameâ bagizwe n’urubyiruko. Nk’uko MNC TV Congo yabitangaje, umuyobozi wa ‘ GĂ©nĂ©ration Paul Kagame’, Rames Mwenze Nkulu yavuze ko bahisemo izina rya Perezida wâu Rwanda kubera ko bifuza kwigana Perezida Kagame mu bijyanye no guharanira imiyoborere myiza nâimibereho mu gihugu cyabo. […]
Gen. Muntu asanga igihe cyo gukoresha ‘Umupangu B’ wa Besigye kuri Museveni kitaragera
Gen. Mugisha Muntu, umuyobozi nâumukandida wâishyaka ANT (Alliance for National Transformation) kuri uyu wa Mbere, itariki 14 Ukuboza, yatangaje ko hatarakenerwa gushyira mu bikorwa âUmupangu B (Plan B) wa Col. Dr Kiiza Besigye, wo gukura Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, ku butegetsi hakoreshejwe ingufu. Ibi bije nyuma yâumunsi umwe umukandida Patrick Oboi Amuriat wâishyaka FDC […]
Rusizi: Imodoka yari yikoreye ibinyobwa yakoze impanuka yangiza inyubako ikoreramo banki

Mu masaha ashyira saa kumi zâurukerera ni bwo mu mujyi wa Rusizi humvikanye urusaku rwinshi rwari rutewe nâimpanuka yâimodoka yo mu bwoko bwa Mitsubishi-FUSSO ifite pulaki RAC 412 W , yavaga mu ruganda rwâibinyobwa bya SKOL, i Kigali yerekeza mu bubiko bwabyo mu mujyi wa Rusizi, ihitana ibintu byinshi birimo nâinyubako ikorerwamo na Banki ya […]
RDC: Moise Katumbi ntiyemeranya na Tshisekedi udashaka gusubira mu byahise
Umunyapolitiki Moise Katumbi, perezida wâishyaka, Ensemble pour la RĂ©publique, yatangaje ko atemeranya na Perezida Felix Tshisekedi iyo avuga ko atazasubira mu byashize. Ni mu kiganiro yagiranye na Radio Mpuzamahanga yâAbafaransa, RFI. Kuri uyu munyapolitiki wahoze ari Guverineri wâIntara ya Katanga, ngo âkudahana niko kwishe igihugu uyu munsiâ. Moise Katumbi kandi yamaganye abanyapolitiki bazanye ubusa ariko […]
Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yasubitswe
Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru (RBA) kimaze gutangaza ko Guverinoma y’u Rwanda yasubitse Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yari kuba ku nshuro ya 18. Isubikwa ry’iyi nama ryatewe n’ubwiyongere bukabije bw’abantu bakomeje kwandura icyorezo cya Covid-19 mu Rwanda. Iyi nama byari biteganyijwe ko izabera muri Kigali Convention Centre kuri uyu wa Gatatu tariki ya 16 Ukuboza 2020, ku bwitabire […]
Indaya yaciye izuru uwo bavukana barwanira umugabo (Amafoto)

Mu gihugu cya Nigeria havuzwe inkuru yâumukobwa witwa âEbereâ ukora umwuga wâuburaya warumye izuru umuvandimwe we bavukana amuziza ko yamutwariye umugabo wari uje kumugura. Polisi yo muri Nigeria yafunze âEbereâ imuziza kuruma izuru murumuna we Ifeoma nyuma yâintambara ikomeye barwanye bapfa umugabo wari uje kumugura ngo amusambanye yagera mu rugo akikundira uyu muto. Ibi byabereye […]
Ingabo zâu Bufaransa zitoza ibisiga guhanura utudege tw’imitwe y’iterabwoba (Amafoto)

Ingabo zâu Bufaransa zirwanira mu kirere zifite ibisiga bine bidasanzwe, zitoza guhanura utudege tutagira abapilote (drones) twâimitwe yâiterabwoba. Ibi bisiga bifite amazina ya: DâArtagnan, Athos, Porthos na Aramis; byaturazwe mu 2016 ubwo izi ngabo zari zifite impungenge z’uko imitwe y’iterabwoba ishobora kohereza utu tudege dutezweho ibisasu, bigahitana abantu. Ni nyuma y’aho mu 2015 hari akadege […]
Umusore yafunzwe azira gukunda, imiryango mpuzamahanga iha Abanyarwanda 2 akazi
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 7 Ukuboza 2020 cyumvikanyemo amakuru meza ku Banyarwanda babiri bigeze kugira inshingano zikomeye ku gihugu, baragiriwe icyizere nâimiryango mpuzamahanga, ikabaha imirimo mishya. Humvikanyemo kandi indi nkuru yâurukundo rwarenze umupaka rwatumye umusore atabwa muri yombi, arekurwa hashize iminsi itatu. Ngaya amakuru twatoranyije mu yaranze icyumweru: Umusore yafunzwe azira urukundo, uwo yakunze […]