Imyigaragambyo ikomeye yageze mu nyubako y’Inteko yemeza intsinzi ya Joe Biden_Amafoto

Ubu abagize Inteko Ishinga Amategeko bari kwitegura kwemeza uwatsinze amatora ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, abayoboke ba Donald Trump bari mu myigaragambyo ikomeye ku nyubako y’iyi Nteko (Capitol Building), bamwe muri bo bakaba binjiyemo imbere. Imbarutso y’iyi myigaragambyo ni ukuba Perezida Trump kuva abagize Inteko Zitora (electoral colleges) mu Gushyingo 2020, bemeza […]
Covid-19 yishe babiri, handura 103

Minisiteri y’Ubuzima imaze gutangaza ko abandi bantu babiri bishwe n’icyorezo cya Covid-19 kuri uyu wa 6 Mutarama 2021, umubare w’abamaze gupfa muri rusange ugera ku 112. Ni umugore w’imyaka 42 n’umugabo w’imyaka 55 bapfiriye i Kigali. Abanduye ni 103 barimo 82 babonetse i Kigali, 6 babonetse i Rubavu, 3 babonetse i Musanze, 3 babonetse i […]
Perezida Ndayishimiye yasabye abatavuga rumwe na we kumukebura aho azasamara
Perezida w’u Burundi, Gen Evariste Ndayishimiye, yasabye abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwe kumukebura mu gihe azaba yasamaye, ngo kuko kuba ari Umukuru w’Igihugu bitavuze ko ari hejuru y’abaturage ku byo u Burundi bugenera ababwo. Perezida Ndayishimiye yabigarutseho kuri uyu wa Gatatu, mu kiganiro cyamuhuje n’abayobozi b’imitwe ya Politiki ikorera mu Burundi yose. Agathon Rwasa watsinzwe na […]
Bobi Wine yahawe impano y’imodoka yo kumufasha mu kwiyamamaza
Umukandida ushaka kuyobora Uganda, Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine, kuri uyu wa 6 Mutarama 2021 yahawe impano y’imodoka ya Pick-up, yo kwifashisha mu bikorwa byo kwiyamamaza. Yayihawe n’umuyoboke w’ishyaka NUP (National Unity Platform) ry’uyu mukandida, witwa Nyukuri Steven, ubwo yiyamamarizaga mu Karere ka Namisindwa. Bobi Wine wemeje aya makuru, yavuze ati: “Twahawe impano y’imodoka […]
VIDEO : Umusore w’umushomeri urata diplome ngo yize menshi \ Ageze aho ahabwa akazi ko koza wese
Tracy Zille uvuga ko Abanyaburayi batabuze uko bica Abanyafurika ni muntu ki?
Kuri uyu wa 6 Mutarama 2021, uwiyita Tracy Zille yanditse ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga bwerekeye urukingo rwa Covid-19, butavuzweho rumwe na bamwe mu Banyafurika. Yagize ati: “Abanyafurika bakabaye aba nyuma binubira iby’urukingo rwa Covid-19. Iyo Abanyaburayi baba bashaka kubica, baba barabikoze kera. Ibicuruzwa bya Coca Cola bituruka i Burayi, kimwe na KFC n’ibindi bigo bitunganya […]
CAF CL: Simba ya Kagere yanyagiye FC Platinum igera mu matsinda, Gor Mahia irasezererwa
Ikipe ya Simba Sports Club yo mu gihugu cya Tanzania, yakatishije itike iyijyana mu matsinda ya CAF Champions league, nyuma yo kunyagira ibitego 4-0 FC Platinum yo muri Zimbabwe. Iyi kipe isanzwe ikinamo Umunyarwanda, Medie Kagere, yari yakiriye abanya-Zimbabwe mu mukino wo kwishyura w’ijonjora rya kabiri wabereye kuri Stade yitiriwe Nyakwigendera Benjamin Mkapa i Dar […]
RDC: Haravugwa ubwiyongere bw’abitwaje intwaro biganjemo abakomoka mu Rwanda
Abatuye muri Bunyakiri muri Teritwari ya Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), cyane mu biturage bya Mubuku na Ziralo; baravuga ko hari ubwiyongere bw’abitwaje intwaro biganjemo abakomoka mu Rwanda. Nk’uko igitangazamakuru Interview kibivuga, sosiyete sivile (socièté civile) ikorera muri Bunyakiri, yandikiye Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo (Théo Kasi), […]
CAF Confederation Cup: AS Kigali itsindiwe i Kampala, igera mu ijonjora rya nyuma
Ikipe ya AS Kigali ikatishije itike yo kujya mu ijonjora rya nyuma rya CAF Confederation Cup, nyuma yo gusezerera KCCA yo muri Uganda ibifashijwemo n’igitego cyo hanze. Iyi kipe y’Umujyi wa Kigali yari yasuye KCCA mu mukino wabereye kuri Stade ya St Mary iherereye mu gace ka Kitende; ihatsindirwa ibitego 3-1 ariko ikomeza mu ijonjora […]
Ibigo nderabuzima biratangira gupima COVID-19 vuba
Inzego z’ubuzima mu Rwanda ziravuga ko bitarenze icyumweru gitaha ibigo nderabuzima hafi ya byose bizaba byahawe ubushobozi bwo gupima COVID-19. Zivuga ko hashize ibyumweru 2 zitangiye kugeza muri za farumasi z’uturere ibikoresho bizifashishwa muri icyo gikorwa. Umuyobozi w’ishami rishinzwe serivisi z’ubuvuzi muri Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), Dr. Corneille Ntihabose yabwiye RBA ko hari ibigo nderabuzima byatangiye […]
Abiga amategeko barimo Kamaliza na Nyiramatsiko bahamagajwe nyuma yo kumansurira mu rukiko
Abakobwa umunani biga iby’amategeko muri Uganda bahamagajwe n’ubuyobozi bw’ikigo cy’iterambere mu mategeko (LDC) i Kampala nyuma y’aho hagaragaye amashusho yabo babyina bamansura indirimo yitwa Tumbiza Sound bari mu nyubako y’urukiko. Aba bakobwa ni Ann Kakidi, Annet Nambafu, Mary Zeridah Nabirye, Grolia Nyiramatsiko, Justine Kyomuhendo, Immaculate Kamaliza na Edith Basemera. Mu mashusho, aba bakobwa bagaragara babyina […]
Kampala: Bavugishijwe ku bw’amashusho ya The Ben na Rema yagiye hanze

Abantu n’ibitangazamakuru muri Uganda by’umwihariko mu Murwa Mukuru Kampala bavuze menshi nyuma yo kubona amashusho ya The Ben na Rema Namakula mu ndirimbo nshya yitwa ” This is Love” yashyizwe hanze. Ikinyamakuru Bigeye cyandika imyidagaduro cyagarutse kuri iyi ndirimo y’iminota 3 n’amasegonda 34, kivuga ko inkuru yacyo ikinnye neza mu mashusho hagati ya Rema na […]
Nairobi: Pasiteri yateye inda abakobwa be babiri
Umupasiteri wo mu gace Kirinyaga gaherereye mu birometero 104 uvuye i Nairobi, yemereye urukiko ko yakoze ibyaha byo gusambanya abakobwa be babiri bari munsi y’imyaka 18, akanabatera inda. Uyu mugabo w’imyaka 51 wari umupasiteri mu Itorero rya ‘Akurino’, yemeye icyaha imbere y’urukiko kuwa Kabiri w’iki cyumweru, aho ubwe yivugiye ko yasambanyije abakobwe be babiri, umwe […]
VIDEO : Avuze ukuntu yapfuye maze akazuka \ Ibintu yabonye biteye ubwoba \ Menya ib’igitabo yanditse
Ibya Real Madrid na Sergio Ramos bikomeje kuba agatereranzamba
Myugariro Sergio Ramos yamaze kubwira Ikipe ya Real Madrid ko adashobora kongera amasezerano, nyuma yo kutumvikana n’ubuyobozi ku bijyanye n’igihe cy’amasezerano ye mashya. Umutoza Zinedine Zidane yifuje ko Ramos, Luka Modric na Lucas Vasquez bakongererwa amasezerano, gusa ibya Ramos na Vasquez bikomeje kudasobanuka. Ikinyamakuru Marca gisobanura ko Real Madrid na Ramos bari gupfa ibijyanye n’igihe […]
CAR: RDF yatumye hari agace kageramo umuyobozi bwa mbere mu myaka 20
Perefe wa Perefegitura ya Haute-Kotto Thierry Evariste Binguinendji ari na yo perefegitura nini kurusha izindi muri Centrafurika, avuga ko ingabo z’u Rwanda ari zo zatumye agera mu gace kari kamaze imyaka 20 katageramo umuyobozi wo kuri uru rwego. Abatuye ahitwa i Bria muri Perefegitura ya Haute-Kotto mu birometero 600 uvuye mu murwa Mukuru wa Bangui, […]
Televiziyo ya Diamond yahagaritswe izira iby’urukozasoni
Urwego rushinzwe kugenzura imikorere y’ibigo by’itumanaho muri Tanzania, TCRA (Tanzania Communication Regulatory Authority), rwahagaritse teleleviziyo ‘Wasafi TV’ y’umuhanzi Diamond Platinumz. Nk’uko Citizen TV ibivuga, Umuyobozi w’agateganyo wa TCRA, Johannes Kalungule yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru mu mujyi wa Dar es Salaam kuri uyu wa 5 Mutarama 2021. Uyu muyobozi yavuze ko Wasafi TV yarenze ku […]
VIDEO: Umugore asambana n’abagabo benshi ashaka guhahira urugo -Umugabo yirirwa mu masengesho- ISI N’ABANTU
Ese koko Muvunyi yaba azira ubutaka RDF nayo ishaka hasi hejuru?
Mu minsi mike ishize, umuherwe Muvunyi yatawe muri yombi n’ Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) akurikiranweho icyaha cyo gukoresha inyandiko mpimbano. Usibye Muvunyi, hafunzwe Rtd Col. Ruzibiza Eugène wigeze kuba Umuyobozi ushinzwe Ingabo mu Karere ka Karongi ndetse mu 2015 yari Umuyobozi wa Brigade ya 307 yakoreraga mu Ntara y’Uburengerazuba, Gérard Niyongamije, gitifu (Executive Secretary) w’Akagari […]
Tanasha yasingije Diamond wamumenyekamishije ku ruhando rwa muzika
Umunya-Kenyakazi Tanasha Donna, yashimiye umunya-Tanzania Diamond Platnunz wahoze ari umukunzi we wamwinjije mu ruhando rwa muzika. Tanasha yashimiye Diamond basanzwe banafitanye umwana w’umuhungu abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagram. Mbere y’uko aba bombi batandukana mu ntangiriro z’umwaka ushize kubera ingeso y’ubusambanyi Tanasha yashinjaga Diamond, bakoranye indirimbo bise ‘Gere’ iri mu nyafurika zarebwe cyane ku rubuga […]
Dr. Kalibata, Magufuli na Sadio Mané mu bahatanira ibihembo bya ALM 2020
Urubuga Africa Leadership Magazine (ALM) ku nshuro ya 9, rwateguye irushanwa ryo guhemba Abanyafurika mu byiciro bitandukanye, babaye indashyikirwa mu mwaka ushize (2020), barimo Umunyarwandakazi Dr. Agnes Kalibata, Perezida Dr. John Pombe Magufuli wa Tanzania n’umunya-Sénégal Sadio Mane ukinira Liverpool FC mu Bwongereza. Ibi byiciro uko ari 13 birimo Umunyafurika w’umwaka (African of the Year), […]
Konti ya Twitter ya Ingabire Victoire yiganwe n’abatazwi
Victoire Ingabire, umunyapolitiki utavuga rumwe na Leta y’u Rwanda akaba anayoboye ishyaka DALF ritaremerwa mu mategeko, aravuga ko yandikiye ikigo nkoranyambaga cya Twitter kubera konti imwigana. Ingabire yasabye Twitter kumutabara kubera ubutumwa buri kuri konti ariko we akavuga ko atari ubwe nyamara buriho ni ifoto ye. Ati ” Hari umuntu witije ifoto yanjye n’amazina yanjye […]
Ngoma: Umukecuru yasenye inzu umukobwa we abamo kuko ‘amutuka’
Umukobwa witwa Ndayiringiye Annonciata w’imyaka 42 utuye mu kagari ka Sakara mu murenge wa Murama ashinja nyina umubyara kumusenyera inzu yasizwe na Se wapfuye. Ndayiringiye yabwiye Radio izuba ko yari atari mu rugo, mu kuva iyo yari yagiye, asanga nyina yasenye iyi nzu, akabura aho yerekeza. Yagize ati: “Habimana na Yozefu ni bo basenye iyo […]