Gisoro: Abasore babiri bakatiwe gufungwa imyaka 100 kuri buri umwe
Abasore babiri bo mu karere ka Kisoro/Gisoro ho muri Uganda, bakatiwe imyaka 100 y’igifungo kuri buri umwe nyuma yo guhamywa ibyaha birimo icyo kwica umupolisi n’urukiko rwa gisirikare rwa Makenke i Mbarara. Aba basore bashinjwaga ibyaha bitatu birimo ubwicanyi, ubujura bwitwaje intwaro n’ubushimusi bombi bemeye. Abahawe kiriya gifungo barimo Paul Dusingizimana uzwi nka ‘Never Give […]
Karenzi anenga abanyamakuru bakomeje ikiganiro, mugenzi wabo yambuwe ijambo
Umunyamakuru wa RadioTV10, Sam Karenzi kuri uyu wa 11 Gashyantare 2021 yanenze bagenzi be bemeye ko ikiganiro n’itangazamakuru gikomeza, mu gihe mugenzi wabo Jean Luc Imfurayacu yari amaze kwamburwa ijambo. Iki kiganiro cyabaye kuri uyu wa 10 Gashyantare 2021 kiyobowe na Minisiteri ya Siporo, aho abacyitabiriye bareberaga hamwe uko urugendo rw’Amavubi mu irushanwa rya CHAN […]
Fayulu avuga ko ababona ko Tshisekedi yatandukanye na Kabila bibeshya
Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Martin Fayulu yatangaje ko abavuga ko Perezida FĂ©lix Tshisekedi yatandukanye na Joseph Kabila yasimbuye ku butegetsi, bibeshya. Yabivugiye mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, kuri uyu wa 11 Gashyantare 2021, cyabereye mu mujyi wa Kinshasa. Mu mwaka ushize, Perezida Tshisekedi yafashe icyemezo cyo gusesa guverinoma ye na […]
Gatsibo: Une ecole temporairement fermée à la suite de la grève des étudiants, 16 arrêtés
Selon la lettre, 16 Ă©tudiants qui ont incitĂ© Ă la grève et qui ont Ă©galement combattu la police qui est intervenue pour rĂ©tablir l’ordre Ă l’Ă©cole sont en garde Ă vue, tandis que les autres Ă©tudiants ont Ă©tĂ© invitĂ©s Ă rentrer chez eux. «Le ministère de l’Éducation et les autoritĂ©s concernĂ©es enquĂŞtent sur les troubles», […]
Rusizi: Umukozi wa SACCO ararana n’umuryango we muri shitingi nyuma yo gusenyerwa n’ubuyobozi

Kaneza Isaie usanzwe ari umukozi wa SACCO y’Umurenge wa Gihundwe mu Karere ka Rusizi, kuva ku wa 2 Gashyantare 2021 ararana n’umugore n’abana 5 muri shitingi mu itongo, akavuga ko yabuze aho aberekeza nyuma yo gusenyerwa inzu ye n’ubuyobozi bw’uyu murenge ku cyo yita akarengane, nta handi yaberekeza kuko yasenyewe yari yarirukanwe mu nzu yabanje […]
Umunyamakuru wa CNN wagereranyije imyigaragambyo yo kuri Capitol na Jenoside yakorewe Abatutsi yamaganwe
Umunyamakuru wa CNN, Anderson Cooper, yagereranije imyigaragambyo y’abashyigikiye Trump mu kwezi gushize ku nyubako ikoreramo inteko ishinga amategeko ya Amerika, Capitol, na jenoside yabaye ku Isi mu bihugu nka Bosnia n’u Rwanda, ibintu bamwe babona bisa nko kugereranya ibidahuye hakurikijwe uko yakozwe n’umubare w’abantu bayiguyemo. Muri iki gitero cy’abashyigikiye Trump, abantu batanu, umupolisi n’abasivili bane […]
Niba ‘His Excellency’ yarahaye umuturage ijambo wowe urinde uryaka Umunyarwanda- Uncle Austin kuri FERWAFA
Umuhanzi akaba n’umunyamakuru, Uncle Austin avuga ko ibyakozwe n’umukozi mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) yambura umunyamakuru ijambo bidakwiriye mu gihe Perezida Kagame ashyigikiye ko abaturage bamubwira ibibazo bafite. Ubwo habaga ikiganiro ku rugendo rw’Amavubi muri Cameroon, umunyamakuru Jean Luc Imfurayacu yambuwe ijambo, agitanga igitekerezo. Ni ibintu bikomeje kugarukwaho cyane ariko abenshi barabinenga. Austin […]
Sugira Ernest yavuze ku nkumi yifuje ko yayitera inda
Rutahizamu wa Rayon Sports n’ikipe y’igihugu ‘Amavubi’ Sugira Erneste, yavuze ko atahaye agaciro ibyatangajwe n’umukobwa wamusabye ko yamutera inda nyuma yo guhesha Abanyarwanda ibyishimo muri CHAN. Ku itariki ya 26 Mutarama ni bwo Sugira yafashije Amavubi kugera muri 1/4 cy’irangiza cya CHAN yaberaga mu gihugu cya CamĂ©roun, nyuma yo gufasha Amavubi gutsinda Togo ibitego 3-2. […]
Indege y’ingabo za Uganda yahanutse, babiri barimo bihutishirizwa kwa muganga

Kajugujugu ingabo za Uganda zikoresha mu myitozo kuri uyu wa 11 Gashyantare 2021 yakoze impanuka, igwa hafi y’ibirindiro by’ingabo zirwanira mu kirere bya Entebbe, abasirikare babiri barimo bihutishirizwa ku bitaro. Umuvugizi w’ingabo za Uganda, Brig. Gen. Flavia Byekwaso yemereje ku rubuga rwa Twitter ko iyi mpanuka yabaye saa munani n’iminota 15 ku masaha yo muri […]
GUSABA UBURENGANZIRA BWO GUHINDURA AMAZINA
RDC: Inyeshyamba ya ADF yishwe izindi 2 zirafatwa mu mirwano yazihuje na FARDC
Mu ijoro ryo kuwa Gatatu rishyira kuri uyu wa Kane, itariki 11 Gashyantare, Igisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo cyakomye mu nkokora igitero cy’inyeshyamba za ADF ahitwa Mutwanga, mu Murenge wa Ruwenzori ndetse kibasha kwica inyeshyamba imwe gifata n’izindi ebyiri. Umuvugizi w’ibikorwa bya gisirikare bya Sokola 1, Lt Antony Mwalushayi, yavuze ko izi nyeshyamba […]
HRW ivuga ko kuraza abantu muri za sitade hirindwa COVID-19 ari ukubahutaza
Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, Human Rights Watch(HRW), watangaje raporo ivuga ko leta zigera kuri 83 ku isi zahonyoye ubwisanzure bwa muntu gusa byagera ku Rwanda ikamagana ibyo kujyana abantu muri za sitade igihe barenze ku masaha yagenwe, hirindwa COVID-19 ivuga ko binyuranye n’amategeko. HRW ivuga ko Leta z’ibihugu zabangamiye uburenganzira bw’abaturage burimo: ubwo kuvuga, […]
Abaperezida 5 bo muri Afurika bamaze igihe gito gishoboka ku butegetsi

Abayobozi b’Abanyafurika basa nkaho bafitanye isano idasanzwe n’imbaraga, ntibajya bashaka kuva ku ntebe zabo. Ibihugu byinshi bya Afurika biyobowe n’abayobozi bamaze imyaka mirongo ku butegetsi, ariko kuri iyi nshuro turabagezaho urutonde rw’abayobozi batanu muri Afurika bamaze igihe gito gishoboka ku butegetsi. Christopher Elnathan Okoro Cole Benshi bakeka ko Siaka Stevens yari perezida wa mbere wa […]
Dr. Christopher Kayumba yandikiye ibaruwa ifunguye perezida Paul Kagame

“Nyakubahwa Perezida, mbandikiye ku bya COVID-19 n’ingaruka zayo ku buzima bw’abaturage basanzwe, imibereho y’abaturage bacu ndetse n’ubukungu. Ikigamijwe ni ugusangira ibyo nize ku ngaruka zitigeze zibaho mu mibereho, ubukungu na politiki z’iki cyorezo ku gihugu cyacu, hagamijwe gutanga igitekerezo cyo gutekereza ku ngamba z’iterambere za guverinoma ubu zangijwe na virusi,” ibi ni umutwe w’ibaruwa ifunguye […]
Uganda-Kenya: Intambara ishingiye ku bucuruzi bw’amata yaba igiye kurangira
Umwaka urarenze Leta ya Kenya ikumira ikanafatira amata aturuka muri Uganda, bikaba byarakuruye amakimbirane mu by’ubucuruzi hagati y’ibihugu byombi. Nk’uko byemezwa na Minisitiri ushinzwe ubucuruzi, inganda n’amakoperative muri Uganda, Amelia Kyambadde, ibi bibazo byatangiye mu Kuboza 2019 ubwo Leta ya Kenya yabuzaga amakamyo atwaye amata ya Lato y’uruganda rwa Pearl Diary kwinjira mu gihugu, ayageze […]
Abanywa urumogi bararira ayo kwarika
Bamwe mu banywa urumogi mu gihugu cya Jamaica baratabaza ngo ako gatabi karabuze bwa mbere mu mateka y’igihugu. Abarunywa babwiye ibinyamakuru birimo The Guardian, The Sun, ABC ko rwabye iyanga ku isoko bitewe n’uko ruteze neza, abarukeneye bo bakaba ari uruhuri. Indi mpamvu itungwa agatoki ni ukuba abaruhinga baragabanutse ndetse n’ubukangurambaga bwo kururwanya bukaba bukomeje […]
Raporo: Bimwe mu bisirikare bikomeye muri Afurika byasubiye inyuma

Raporo nshya ya Global Fire Index itegurwa n’urubuga rwa Global Firepower igaragaza ko bimwe mu bisirikare bikomeye muri Afurika byasubiye inyuma mu mwaka w’2020, ugereranyije n’uko byari bihagaze mu mwaka w’2019. Nk’uko bisanzwe, Global Firepower itegura itegura iyi raporo kuri buri mwaka ushize, ikayisohora mu ntangiriro z’undi mwaka. Igaragaza ubushobozi butandukanye bw’ibisirikare by’ibihugu birenga 130 […]
Kwaba ari ukugambanira ukuri-Amb. Mukantabana asubiza uwavuze ko u Rwanda ruri kugana mu gitugu

Ambasaderi w’ u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mathilde Mukantabana avuga ko ibyatangajwe na Anjan Sundaram, umwanditsi akaba n’umunyamakuru uvuga ko ifatwa rya Rusesabagina ku Rwanda ari “ukugana mu gitugu” ari inkuru ibogamiy bityo ko kutayinyomoza byaba ari ukugambanira ukuri. Mu nyandiko ye yahise mu kinyamakuru Foreign Policy, Mukantabana avuga ko Sundaram yiyongereye […]
Ishuri ry’i Gatsibo riheruka kubamo imyigaragambyo ryafunzwe na MINEDUC

Minisiteri y’Uburezi kuri uyu wa Gatatu, yafunze ishuri Gakoni Adventist School riherereye i Kiramuruzi mu karere ka Gatsibo, nyuma y’iminsi ibiri rivuzwemo imyigaragambyo y’abanyeshuri. Kuva ku Cyumweru tariki ya 07 Gashyantare 2021 ni bwo hamenyekanye inkuru y’uko abanyeshuri 16 b’ishuri Gakoni Adventist College bari mu maboko ya Polisi sitasiyo ya Kiramuruzi, bazira guteza imyigaragambyo. Ni […]
Bwa mbere, Perezida Biden na mugenzi we w’u Bushinwa, bagiranye ikiganiro
Ku nshuro ya mbere kuva yatangira imirimo ye nka Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden yaganiriye na mugenzi we w’u Bushinwa, Xi Jinping, kuri telephone baganira ku ngingo zitandukanye, zirimo ubucuruzi, n’ikibazo cy’uburenganzira bwa muntu. Nk’uko byatangajwe n’ibiro bya perezida Biden, abakuru b’ibihugu byombi banagarutse ku bushyamirane hagati y’u Bushinwa na Taiwan […]
MINEMA ivuga ko kuba PAM yagabanyije ibiryo by’impunzi kuri 60% ‘nta mpungenge biteye’

Ishami ry’umuryango w’abibumbye rishinzwe ibiribwa ku isi, PAM/WFP riratangaza ko ryafashe icyemezo cyo kuganya ibiribwa byahabwaga impunzi ziri mu Rwanda ku kigero cya 60%, u Rwanda rwo rukavuga ko nta mpungenge biteye. Nk’uko bitangazwa n’Umuvugizi wa PAM i Kigali ibyo biraterwa n’igabanuka ry’inkunga PAM yagenerwaga n’abaterankunga ngo ni icyemezo kizatangira gushyirwa mu bikorwa mu kwezi […]
Immaculée ntiyumva uburyo umuntu muzima asabwa icyemezo cy’uko ariho
Umuyobozi w’umuryango mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane wa Transparent International-Rwanda, Ingabire Marie ImmaculĂ©e ntabwo yumva uburyo umuntu muzima bigaragara ko ariho, asabwa icyemezo cy’uko ariho. Iki cyemezo gisabwa n’inzego zirimo ikigo cy’igihugu cy’ubwiteganyirize bw’abakozi (RSSB), kikaba kimwe mu bitangirwa ku ikoranabuhanga, biciye ku rubuga Irembo. ImmaculĂ©e utemera iki cyemezo mu kiganiro yagiranye na Isimbi TV, cyagiye […]
Neymar yavunitse habura iminsi 6 ngo ahure na FC Barcelona yahozemo
Ikipe ya PSG ifite ubwoba bw’uko Neymar Jr ashobora kutagaragara mu mukino ifitanye na FC Barcelona mu cyumweru gitaha, nyuma yo gusohoka mu kibuga yavunitse mu ijoro ryakeye. Ku wa Kabiri w’icyumweru gitaha ni bwo PSG izasura FC Barcelona i Camp Nou, mu mukino ubanza wa 1/4 cy’irangiza cya UEFA Champions league. Ni wo mukino […]