Bene Habyarimana batabarije Idamange, bahabwa urw’amenyo

Umuryango wa Habyarimana Juvénal wasabye Umuryango Mpuzamahanga kuba maso ku kibazo cya Idamange Iryamugwiza Yvonne uheruka gutabwa muri yombi, uhabwa urw’amenyo. Ku gicamunsi cyo ku wa Kabiri tariki ya 15 Gashyantare ni bwo Idamange yatawe muri yombi, kubera ibyaha bitandukanye akurikiranweho. Uyu mugore yatawe muri yombi akurikiranweho ibyaha birimo guteza imvururu n’imidugararo muri rubanda, nk’uko […]
Yvonne Idamange arrêtée, accusée d’incitation au désordre public et agression
La Police nationale rwandaise (RNP) en collaboration avec le Bureau d’enquête du rwanda (RIB) a arrêté lundi 15 février Yvonne Idamange Iryamugwiza accusée d’incitation au désordre public, de résistance à une arrestation légale et de voies de fait graves contre un agent des forces de l’ordre. «Le suspect a utilisé une bouteille pour blesser la […]
Abayobozi bica abatavuga rumwe nabo ni ibigwari – Perezida Museveni

Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yatangaje ko abayobozi bica abatavuga rumwe nabo ari ibigwari,ndetse ari abasazi, akomoza ku kuntu Idi Amin Dada yategetse iyicwa rya Musenyeri mukuru wa Uganda, Janani Luwum,mu 1977, nyuma yo kunenga akarengane yakoreraga abaturage ba Uganda. Ubwo hizihizwaga Umunsi witiriwe uyu wihaye inama mu ngoro ye kuri uyu wa Kabiri, Museveni […]
Amafoto: Uburinzi bukomeye imbere n’inyuma y’amakamyo atwara ibicuruzwa muri CAR

Imiryango n’ibitangazamakuru mpuzamahanga bivuga abarwanyi b’ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro muri Repubulika ya Centrafrica ryafunze imihanda y’ingenzi ihuza iki gihugu n’ibituranyi, ikaba ari nayo inyuramo ibicuruzwa n’imfashanyo biba byikorewe n’amakamyo. Igitangazamakuru The New Humanitarian giherutse gutangaza ko ku mupaka uhuza Centrafrica na Cameroon honyine hamaze gukumirwa amakamyo agera mu 1500 mu gihe kigera ku mezi abiri. […]
Gasabo: Minisitiri Shyaka yasubije abaturage isoko ryari ritangiye gusenywa n’Umurenge
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu, Prof. Shyaka Anastase, yasubije abahoze ari abazunguzayi uburenganzira bwo gucururiza mu isoko bari bambuwe ndetse ryatangiye gusenywa n’ubuyobozi bw’Umurenge wa Bumbogo mu Karere ka Gasabo riherereye mu Kagali ka Ngara. Ni isoko bari bahawe n’umugiraneza mbere y’uko Umurenge wa Bumbogo uribambura ukabategeka ko bishakira ahandi bakorera. Umwe muri aba bacuruzi ubwo birukanwagamo […]
Rubavu: Baranduriwe ibigori, bategekwa kwishyura ababiranduye
Abaturage bo mu Murenge wa Bugeshi mu Karere ka Rubavu bavuga ko bababajwe n’uburyo banze kwirandurira imyaka mu mirima ubuyobozi bukazana abanyerondo bakayikuramo nyuma bukabasaba ko aribo banabishyura ku buryo buri muturage yatanze 2000Frw. Barashinja Ubuyobozi bw’umurenge wabo kubarandurira ibigori bari barahinze, bikaba byarabateje inzara. Abaranduriwe imyaka ni abaturage basaga 30 bahingaga mu gishanga kiri […]
Umusizi Bahati akomeje kuburirwa irengero
Umusizi Innocent Bahati hashize iminsi aburiwe irengero, uwo babana avuga ko abo babonanye bwa nyuma mu mujyi wa Nyanza bamuheruka ababwira ko atashye. Bahati ukiri ingaragu, azwi mu bisigo bivuga ku mibereho n’urukundo, ibisigo bye nka ‘Imana ya Sembwa’, ‘Urwandiko rwa Bene Gakara’ n’icyo aheruka gusohora yise ‘Mfungurira’, byarakunzwe kuri YouTube. Junior Rumaga, na we […]
Perezida wa PSG yiswe ‘Igisambo, umwana w’indaya’ azira Lionel Messi
Abafana ba FC Barcelona bakirije ibitutsi Perezida wa PSG, Nasser Al-Khelaifi, bamuhora Lionel Messi, mbere y’umukino ubanza wa UEFA Champions league wa 1/8 cy’irangiza ikipe yabo ihuriramo n’iriya kipe y’i Paris. Marca ivuga ko abafana ba Barcelona bateye Perezida wa PSG kuri Hoteli acumbitsemo bakamutuka, ndetse banajya guturikiriza ibishashi by’umuriro hanze ya Hoteli PSG icumbitsemo […]
Umunsi Perezida Putin akanga Sarkozy akarwara ihungabana bamwe bakagirango yasinze
Icyo gihe hari muri Kamena mu 2007, ubwo nyuma yo kugirana ikiganiro na Vladimir Putin, uwari Perezida w’u Bufaransa Nicolas Sarkozy, yagaragaye imbere y’itangazamakuru yahungabanye bamwe bagakeka ko yaba yanyweye inzoga nyamara ari amagambo ateye ubwoba yari amaze kubwirwa nyuma yo kwiha kwigisha Putin. Nicolas Sarkozy wari umaze igihe gito atorewe kuyobora u Bufaransa mu […]
Ibihugu 10 bifite igisirikare cya nta kigenda mu 2021
Urubuga mpuzamahanga Global firepower rwashyize hanze uko ibihugu 139 birutanwa mu mbaraga za gisirikare ku Isi mu mwaka wa 2021 ari nako rugaragaza 10 bifite intege nke. Uru rubuga rusanzwe rutangaza uru rutonde buri mwaka. Mu mwaka wa 2021, hagaragajwe imbaraga za gisirikare z’ibihugu 139. Mu gukora uru rutonde, harebwe ibintu 50 bitandukanye ariko ahanini […]
RDC: Abantu 60 baguye mu mpanuka y’ubwato, abarenga 300 babuze
Minisitiri ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Steve Mbikayi yatangaje ko ubwato bwari butwaye abantu barenga 700 bwakoze impanuka, haboneka imirambo y’abagenzi 60, mu gihe abandi barenga 300 baburiwe irengero. Ni impanuka yabereye mu ruzi rwa Congo hafi mu Ntara ya Mai Ndombe mu ijoro ry’uwa 14 rishyira uwa 15 Gashyantare 2021, […]
UN: Umusirikare mu butumwa bw’amahoro agenerwa $1,428 ku kwezi
Akanama k’Umuryango w’Abibumbye (UN) gashinzwe umutekano gashingiye ku ngingo ya 17 irebana no kubungabunga amahoro n’umutekano ku bushake, kemeza ko buri gihugu cy’ikinyamuryango gifite ishingano zo gutangaho umusanzu wacyo. Kemeza ko kandi iki gikorwa gifite ikiguzi kinini kuko nko mu mwaka w’2020/2021 (kuva tariki ya 1 Nyakanga 2020 kugeza ku ya 30 Kamena 2021), cyagenewe […]
Arabia Saoudite: Urukiko rwakatiye umugore wishe umukozi wo mu rugo ukomoka muri Bangladesh
Urukiko rwo muri Arabia Saoudite rwakatiye igihano cy’urupfu umugore wo muri iki gihugu nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwica umukozi we wo mu rugo ukomoka muri Bangladesh, umwanzuro abaharanira uburenganzira bwa muntu bavuga ko ari imbonekarimwe ku bakoresha bo muri iki gihugu bakunze guhohotera abakozi b’abimukira baba bagiye gushaka akazi mu Burasirazuba bwo Hagati. Uyu […]
APR FC yasezeye kuri Gen Musemakweli, Manzi Thierry avuga icyo azahora amwibukiraho

Ku cyumweru tariki ya 14 Gashyantare, abakozi ba APR FC basezeye kuri Nyakwigendera Lt Gen Jacques Musemakweli wabaye umuyobozi w’iyi kipe witabye Imana tariki ya 12 Gashyantare 2021. Ni igikorwa cyabereye mu urugo iwe mu karere ka Kicukiro mu mujyi wa Kigali, cytabirwa n’umunyamabanga wa APR FC bwana Masabo Michel, abakinnyi 11, abatoza 4 ndetse […]
Bruce Melodie yahagaritse imikoranire na Manager bari bamaranye imyaka itanu
Umuhanzi Itahiwacu Bruce ukunzwe mu muziki Nyarwanda nka ‘Bruce Melodie’, yatangaje ko yamaze gutandukana na Kabanda Jean de Dieu wari umaze imyaka itanu ari umujyanama we mu muziki (Manager). Bruce Melodie yemeje Aya makuru mu itangazo rigenewe abanyamakuru yasohoye kuri uyu wa Kabiri, arinyuza ku mbuga nkoranyambaga ze. Uyu muririmbyi yavuze ko yahisemo gutandukana n’uwari […]
Abadepite n’abasenateri banzuye ko imyanzuro y’inteko ya EU irimo ibinyoma, agasuzuguro no gupfobya Jenoside
Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yamaganye imyanzuro iherutse gutangazwa n’Inteko ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’Ibihugu by’i Burayi, bavuga ko ari ibinyoma bisa birimo agasuzuguro no gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi ku bw’amagambo yakoreshejwe. Iyi nteko y’ubumwe bw’u Burayi iherutse gushyira ahagaragara imyanzuro 14 harimo n’ugaragaraza Paul Rusesabagina uri mu nkiko mu Rwanda nk’umuntu utazahabwa ubutabera nyabwo. […]
Bamporiki yemeza ko yasuye Idamange, amugira inama yo guceceka

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, Hon. Bamporiki Edouard yemeje ko yasuye Idamange Iryamugwiza Yvonne waraye atawe muri yombi, amugira inama yo guceceka. Yasubizaga uwitwa Yuri Avimo ku rubuga rwa Twitter, washyize ahagaragara videwo ya Idamange avuga ko uyu muyobozi yamusanze mu rugo inshuro ebyiri, amubaza icyo yifuza kugira ngo aceceke, ariko akanangira. Muri […]
Icukumbura: Indi sura y’umuvugabutumwa, EV. Igihozo Josiane ikomeje kujya ahagaragara
Uko iminsi igenda ishira kuva Ev. Igihozo Josiane yashyirwa mu majwi na madamu Mukandahiro Violette amushinja kuba yaramutwariye umugabo witwa Uwizeye Ernest akamutana abana icyenda, kuri ubu bakaba babayeho ubuzima bushaririye, amakuru akomeje kugenda atohozwa na Bwiza akomeje kugaragaza indi sura y’uyu muvugabutumwa benshi bashobora kuba batazi bitewe n’ibyo abamuzi baturanye n’iyi miryango yombi bagenda […]
Amafoto: Uwafunzwe afite imyaka 15, yafunguwe afite 83

Umunyamerika Joseph Ligon wafunzwe afite imyaka 15 y’amavuko, tariki ya 11 Gashyantare 2021 yafunguwe afite imyaka 83 y’amavuko, aho hari amaze muri gereza imyaka 68. Nk’uko ibitangazamakuru birimo The Sun bibyemeza, Ligon wavukiye muri Leta ya Pennsylvania yakatiwe igifungo cya burundu mu 1953, nyuma yo guhamwa n’icyaha cy’ubwicanyi yakoranye na bagenzi be muri Philadelphia, bose […]
U Bwongereza bwagumishije u Rwanda ku ‘rutonde rutukura’
Guverinoma y’u Bwongereza yafashe icyemezo cyo kongera igihe cyo gukumira abaturuka mu bihugu 33 yashyize ku ‘rutonde rutukura’ birimo u Rwanda, mu rwego rwo gukumira ubwandu bushya bw’icyorezo cya Coronavirus cyabonetse bwa mbere muri Afurika y’Epfo. Ni nyuma y’aho tariki ya 28 Mutarama 2021 yari yatangaje ko guhera tariki ya 29 Mutarama, abaturuka mu bihugu […]
RDC: Abantu 16 nibo baguye mu bitero ku bigo 2 bya gisirikare muri Lubumbashi
Igisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo cyatangaje ko abantu 16 barimo inyeshyamba 12 za Bakata-Katanga, abasirikare batatu, n’umwana nyuma y’aho izi nyeshyamba zicengeye kuri iki Cyumweru gishize muri Lubumbashi. Nk’uko itangazo ryashyizweho umukono mu ijoro ryo ku Cyumweru gishize n’Umuvugizi wa FARDC, Maj. Gen. Léon Richard Kasonga, urubuga 7SUR7.CD rwabashije kubona kopi yarwo kuri […]
UEFA Champions league: PSG irasura ikibuga cya Camp Nou kiyibera kibi kurusha ibindi
Imikino ya 1/8 cya UEFA Champions league irasubukurwa mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri FC Barcelona yakira PSG yo mu Bufaransa, nk’umwe mu mikino itegerejwe n’abantu benshi. Ni umukino iyi kipe y’i Paris isuramo FC Barcelona ku kibuga cyayo cya Camp Nou, mu gihe ibizi neza ko ari ikibuga kitajya kiyihira na gato. Bwa […]
Ibintu bitanu uzashaka kuri ‘Google’ ukaba uri mu mazi abira
Muri ibi bihe bya murandasi (interineti), abantu benshi bitabaza Google nka bumwe mu buryo bwabafasha kumenya amakuru atandukanye ku bintu binyuranye baba bifuza kumenya. N’ubwo bimeze bityo, hari ibyo washakisha ukaba uri mu kaga ku buryo byarangira unatawe muri yombi, ukagezwa mu nkiko cyangwa bikakwicira ubuzima. Bimwe muri byo ni ibi bikurikira: 1. Ntugashakire muri […]