Gatabazi JMV yagizwe Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gasana yongera kuba Guverineri

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda kuri uyu wa 15 Werurwe 2021 yagize Gatabazi Jean Marie Vianney usanzwe ari Guverineri w’intara y’Amajyaruguru Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, amusimbuje Prof. Shyaka Anastase. Ni mu gihe Gasana Emmanuel wigeze kuba Guverineri w’Intara y’Amajyepfo kuva mu 2018 kugeza muri Gicurasi 2020 yagizwe Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba. Gasana Emmanuel asubijwe ku nshingano ya […]
Guma mu Karere yavuyeho, amasaha y’ingendo yongerewe_Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri

Kuri uyu wa 15 Werurwe 2021 mu biro bya Perezida wa Repubulika y’u Rwanda (Village Urugwiro) hateraniye Inama y’Abaminisitiri, yafatiwemo ibyemezo bitandukanye byibanda ku cyorezo cya Covid-19. Perezida wa Repubulika, Paul Kagame ni we wayoboye Inama y’Abaminisitiri Kimwe mu byemezo byafashwe byari byitezwe cyane harimo gukuraho gahunda ya Guma mu Karere; aho iyi nama yemeje […]
Guverinoma ya Zoe Kabila igiye kugabanya abanyamahanga, kuko babaye âuruvunganzokaâ
Guverinoma ya Guverineri wâIntara ya Tanganyika muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Zoe Kabila yafashe icyemezo cyo gushakisha abanyamahanga baba mu mujyi wa Kalemie mu buryo butemewe nâamategeko, kugira ngo bose birukanwe. Iki cyemezo cyafashwe nâInama yâAbaminisitiri ba Tanganyika yari iyobowe na Guverineri Kabila tariki ya 12 Werurwe 2021 nkâuko Radiyo Okapi yabitangaje. Nyuma […]
OMS yasabye ibihugu kudahagarika ikingira, mu gihe AstraZeneca ikomeje guteza impagarara
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS), ryahamagariye ibihugu kudahagarika ibikorwa byo gukingira abaturage babyo COVID-19, mu gihe ibihugu byinshi bikomeje guhagarika guha abaturage babyo urukingo rwa AstraZeneca. Ubufaransa n’Ubudage kuri uyu wa Mbere byabaye ibindi bihugu bihagaritse guha abaturage babyo urukingo rwa AstraZeneca rwakozwe na Kaminuza ya Oxford yo mu Bwongereza. Ni nyuma y’ibindi […]
Les produits de Honey Hive interdit sur le marché
L’AutoritĂ© rwandaise des aliments et des mĂ©dicaments (Rwanda FDA) a demandĂ© Ă tous les distributeurs, supermarchĂ©s et magasins de dĂ©tail d’arrĂȘter la distribution et la vente de produits Ă base de miel sous le nom de marque Honey Hive et de retourner toutes les quantitĂ©s aux fournisseurs dans les 10 jours ouvrables. La dĂ©cision est […]
Abagande bakomoka mu Rwanda biyambuye izina âBanyarwandaâ bitewe nâivangura bakorerwa
Inama yâAbagande bakomoka mu Rwanda yitwaga âBanyarwanda’ kuri uyu wa 15 Werurwe 2021 yahinduriwe izina bitewe nâivangura abayigize bavuga ko bakomeje gukorerwa. Nkâuko Chimp Reports ibivuga, iki cyemezo cyafatiwe muri Serena Hotel iherereye mu murwa mukuru wa Uganda, Kampala uyu munsi, ari nabwo iki cyemezo cyashyizwe mu bikorwa. Abagize iyi nama bemeje ko izina ‘Byanyarwandaâ […]
Umuyobozi muri minisiteri arafunzwe, aravugwaho kwakira ruswa ya 50,000 Frw
Udahemuka Jean Bosco, Umuyobozi ushinzwe Ubunyamabanga Bukuru muri Minisiteri yâIbidukikije, ari mu maboko yâUrwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha, RIB, kuva ku itariki 10 Werurwe nyuma yo gufatirwa mu cyuho yakira ruswa. Dr Thierry Murangira, Umuvugizi wa RIB yatangaje ko kuri ubu afungiye kuri Station ya RIB ya Nyamirambo mu gihe dosiye ye yashyikirijwe ubushinjacyaha. Ati âUyu mugabo […]
Abanyamakuru nâabarimu ba kaminuza mu bakomerejweho gukingirwa Covid-19
Abanyamakuru bo mu Rwanda nabo kuri uyu wa Mbere bari mu bantu batangiye guhabwa urukingo rwa Covid-19 barimo nâabarimu bo muri kaminuza nâabacuruzi ba rimwe mu masoko yo mu nkengero zâumujyi wa Kigali. Abacuruzi babarirwa mu 1500 bo mu Gakiriro, mu masoko ya Gahanga na Karembure nibo bahawe urukingo rwa Covid-19 mu gikorwa cyabereye mu […]
Col. Sematama yemeje ko yihuje na Col. Makanika

Col Charles Sematama uherutse gutoroka igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, yemeje ko yihuje na mugenzi we Col Michel Rukunda (Makanika) bakomoka mu bwoko bumwe bwâAbanyamulenge, bakaba bagamije kurinda abaturage kuko ngo ântacyo Leta ikoraâ. Col Sematama aherutse kubitangariza radiyo BBC, ubwo umunyamakuru yamubazaga niba koko yarihuje na mugenzi we nkâuko byavugwaga. Yamusubuje ati: […]
Bobi Wine yatawe muri yombi

Umunyapoliki utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda Robert Kyagulanyi, uzwi nka Bobi Wine, yafashwe ahita afungwa ubwo yari mu myigaragambyo i Kampala. Uyu munyepolitiki yari ayoboye itsinda ry’abadepite bo mu ishyaka rye, National Unity Platform, mu myigaragambyo yo kwamagana gufungwa no kunyuruza abamushyigikiye kuva mbere, mu gihe na nyuma y’amatora yo kuwa 14 Mutarama 2021. Ibinyamakuru […]
Burundi: Ikigo Al Hamra cyo muri UAE kigiye gufasha SNR gukumira ubutasi
Mu gihe hakomeje kugaragara urwikekwe hagati yâu Burundi nâu Rwanda nubwo rwagiye rugabanyuka kuva mu mwaka ushize, u Burundi ngo buracyafitiye amakenga u Rwanda kubwâibyo bikaba bivugwa ko ubutasi bwâiki gihugu kuri ubu bwahaye akazi ikigo cyo muri UAE kizobereye gukumira ubutasi ngo kibufashe gutahura ibikorwa byâubutasi ku butaka bwabwo. Mu ntangiriro zâuyu mwaka nibwo […]
Ingabo za Afurika yâEpfo mu myitozo yo kurwanira mu mashyamba mbere yâubutumwa bushya muri RDC – Amafoto

Abasirikare bâintoranwa mu Gisirikare cya Afurika yâEpfo bo muri Brigade ya 43 bamaze iminsi bahugiye mu myitozo ikaze yo kurwanira mu mashyamba nâimijyi mu gihe bitegura koherezwa muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo nkâingabo zidasanzwe zigomba gufasha MONUSCO guhangana nâimitwe yitwaje ibirwanisho yigize akaraha kajya he. Iyi myitozo iri kubera ahitwa Entabeni hafi ya Thohoyandou […]
Rusizi: Urubyiruko rukora ubucuruzi bwambukiranya imipaka rwasabwe kudapfusha ubusa amahirwe rufite
N’ubwo rumwe mu rubyiruko ruturiye imipaka mu Karere ka Rusizi usanga ruvuga ko rwugarijwe nâubushomeri nâubukene kubera kubura icyo rukora nâicyo rukoze ntirukibyaze umusaruro utubutse kubera igishoro kidafashe, ubuyobozi bwâaka karere na bamwe mu bafatanyabikorwa bako bavuga ko hari amahirwe menshi yâiterambere mu ishoramari rufite rutamenya kubyaza umusaruro, rugasabwa gukanguka rukagura imitekerereze kugira ngo rukore […]
Umugore wa Perezida wa Syria ashobora kwamburwa ubwenegihugu bwâu Bwongereza

Igipolisi cyo mu Bwongereza cyatangije iperereza ku birego bishinja Asma al-Assad, umugore wa Perezida wa Syria, Bashar al-Assad gushoza no gushishikariza ibikorwa byâiterabwoba muri Syria. Asma al-Assad, usanzwe ufite ubwenegihugu bwâu Bwongereza nâubwa Syria, ashobora kwamburwa ubu bwenegihugu bwâu Bwongereza mu gihe yahamwa nâicyaha nkâuko bitangazwa nâibinyamakuru byo mu Bwongereza. Igipolisi cyâu Bwongereza kuri iki […]
Umunyamakuru Cyuma Hassan avuga ko adateze guhindura imikorere nyuma yo gufungurwa

Umunyamakuru Niyonsenga DieudonnĂ© uzwi nka Cyuma Hassan avuga ko nyuma yo gufungwa amezi 11 akagirwa umwere, atazahindura uko yakoraga akazi ke. Mu kiganiro na BBC, Cyuma yavuze ko azakomeza gukorera abaturage. Ati ” Nta kintu gishobora guhinduka na gitoya” mu buryo akoramo umwuga we. Ati: “Ngomba gukora umwuga nize, atari uko [umuntu] kanaka abishaka. Nzakomeza […]
Abantu 1100 bakekwaho ibyaha bya jenoside baridegembya, abenshi bari mu baturanyi
Umuyobozi wâishami ryâUbushinjacyaha rishinzwe gukurikirana aho abakekwaho ibyaha bya jenoside baherereye (GFTU), Jean Bosco Siboyintore, ku wa 12 Werurwe 2021 yatangaje ko hari abantu 1100 bakekwaho ibyaha bya jenoside yakorewe abatutsi bacyidegembereza mu mahanga, abenshi bakaba bari mu bihugu byâabaturanyi. Yabitangarije mu mahugurwa yâabagize Inteko Ishinga Amategeko, yerekeye ku mahame yo kurwanya no guhana icyaha […]
Covid-19: Museveni yavuze ko we nâumufasha batarafata urukingo, kuko hari abarukeneye kubarusha
Perezida wa Repubulika ya Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, kuri uyu wa 14 Werurwe 2021 yavuze ko we nâumufasha we Janet Museveni batarafata urukingo rwa Covid-19 kuko hari abarukeneye cyane kubarusha. Ni bumwe mu butumwa yatangiye mu ijambo yaraye agejeje ku Bagande, asubiza byâumwihariko bamwe bashinja umuryango we gufata uru rukingo mbere yâabandi, mu ibanga rikomeye. […]
RDC: Inzara iravuza ubuhuha muri Gereza ya Rutshuru, abagera ku 10 bamaze gupfa
Nibura abagororwa icumi bishwe n’inzara kuva mu ntangiriro za 2021 muri gereza nkuru ya Rutshuru iherereye muri Kivu yâAmajyaruguru . Abagize sosiyete sivile yo muri kariya gace batangaje aya makuru bagaragaza ko nâubuvuzi bubi nabwo buri mu biri gutera izo mfu. Umuryango utegamiye kuri Leta wo muri Rutshuru witwa Badilika, usobanura ko aho bafungiye ari […]
Chameleone yakubise amaso polisi akizwa n’amaguru
Umuhanzi Joseph Mayanja uzwi nka Dr Jose Chameleone mu mpera z’icyumweru gishize yagaragaye ari ku muvuduko ahunga Polisi ya Uganda yakekaga ko yaba igiye kumuta muri yombi. Sqoop dukesha aya makuru ivuga ko Chameleone yari mu modoka ye, ageze ahitwa Kololo, ku kabari kitwa ‘DNA Lounge Kololo’ ashaka kugira icyo afata, ariko abari aho babona […]
CAR-Amafoto: Umutekano wari wakajijwe mu matora yâAbadepite

Muri Repubulika ya Centrafrica (CAR) kuri uyu wa 14 Werurwe 2021 habaye icyiciro cya kabiri cyâamatora yâabagize inteko ishinga amategeko. Aya matora yagombaga kubera rimwe nâayâUmukuru wâIgihugu yabaye tariki ya 27 Ukuboza 2020 ariko bitewe nâibibazo byâurugomo; amwe mu masite yarayahagaritse. Ibiro Ntaramakuru byâAbongereza (Reuters) mu gitondo cyo kuri uyu wa 14 Werurwe, byatangaje ko […]
Kimisagara: Barishinganisha nyuma yo guterwa ubwoba ko bazicwa
Rusesabagina wikuye mu rubanza, Sankara kuri Perezida wa Zambia na Gitifu ushinjwa amacakubiri; mu nkuru nyamukuru zaranze icyumweru yishize
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 8 Werurwe 2021 cyaranzwe nâamakuru atandukanye, arimo ayâurubanza rwa Paul Rusesabagina, Sankara nâabandi 19 rwari rukomeje, ayiswe ibihuha yavugaga kuri Perezida Magufuli, aya Gitifu uvugwaho kubiba amacakubiri mu bakozi ayoboye nâayâubuzima yerekeye icyorezo cya Covid-19. Amakuru yakiranze ni akurikira: Rusesabagina yikuye mu rubanza rwe Paul Rusesabagina ukurikiranweho ibyaha 9 byâiterabwoba […]