Ifoto yakunzwe: Umubyeyi w’i Goma wahungaga, yakoze ibishoboka ngo atabura umwana we
Kuva ku mugoroba wa tariki ya 22 Gicurasi 2021, abatuye mu mujyi wa Goma muri Kongo (RDC) bagwiririwe n’ibyago by’iruka rya Nyiragongo, ikirunga kitari kure yabo, amahindure yacyo yibasira ibiturage nka Buhene, mu nkengero yawo. Bitewe n’uko babonaga ibimenyetso ko ikirunga kigiye kuruka kuko cyari cyatukuye cyane, abaturage b’i Goma barenga 25,000 bahungiye mu bice […]
RDC: Abadepite 32 bamaze kwicwa na Covid-19
Abadepite 32 mu Nteko Ishinga Amategeko ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo bamaze kwicwa na Covid-19 kuva yagaragara muri iki gihugu muri Werurwe 2020 nk’uko byatangajwe na Visi Perezida w’iyi nteko, Jean-Marc Kabund kuri uyu wa Kane. Aya makuru yashyizwe ahagaragara mu gihe abayobozi bikanga iyindi nkubiri y’ubwiyongere bw’ubwandu bwa Coranavirus mu gihugu, aho kuri […]
Rubavu: Hari icyizere ko Ikirunga cya Nyiragongo kitakongera kuruka
Abatuye mu Karere ka Rubavu barahumurizwa babwirwa ko badakwiye kugira impungenge z’uko Ikirunga cya Nyiragongo cyakongera kuruka nk’uko byatangajwe na Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, Habitegeko Francois, usaba abari basubitse ibikorwa kubisubukura mu gihe hategerejwe amakuru mashya. Ubu butumwa yabutanze mu gihe imitingito yari imaze iminsi yibasiye Akarere ka Rubavu n’Intara y’Iburengerazuba, yatumye ibikorwa bimwe na bimwe […]
Perezida Ndayishimiye ategerejwe muri Kenya
Perezida wa Repubulika y’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, ategerejwe muri Kenya ku wa Mbere w’icyumweru gitaha, tariki ya 31 Gicurasi 2021. Igitangazamakuru Nation cyo muri Kenya, kivuga ko Perezida Ndayishimiye azagera muri iki gihugu, kugira ngo yifatanye n’Abanyakenya kwizihiza umunsi mukuru bigobotoye amategeko y’Abakoloni b’Abongereza uzwi nka Madaraka Day. Amateka agaragaza ko Kenya yatangiye kugendera ku […]
De nouveaux liens Franco-Rwandais fondés sur la vérité, disent Kagame et Macron
Les liens récemment rétablis entre le Rwanda et la France sont construits sur la vérité, ont déclaré les présidents Emmanuel Macron et Paul Kagame. Les chefs d’État s’exprimaient lors d’une conférence de presse conjointe au village Urugwiro jeudi lors de la visite de deux jours du dirigeant français. Les dirigeants ont déclaré que le début […]
Mashami yahamagaye 33 bitegura Centrafrique biganjemo amasura mashya y’i Burayi

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu, MASHAMI Vincent yahamagaye abakinnyi 33 agomba kwifashisha mu mikino ibiri ya gicuti Amavubi Stars agomba gukina n’Ikipe y’Igihugu ya Centrafrique. Ikipe y’Igihugu Amavubi igiye gukina imikino ibiri ya gicuti n’Ikipe y’Igihugu ya Centrafrique mu rwego rwo kwitegura imikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’isi u Rwanda rugomba gukina na Mali na Kenya muri […]
Afurika y’Epfo: Perezida Macron yakiriwe bidasanzwe (Amafoto)

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron wasoje uruzinduko yari afite mu Rwanda kuri uyu wa 28 Gicurasi 2021, yageze muri Afurika y’Epfo, yakirwa mu buryo budasanzwe. Mu kanya gashize ni bwo Perezida Macron yakiriwe na mugenzi we uyoboye Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa nk’uko yabitangarije ku rubuga rwa Twitter, saa munani n’iminota 23. Aho yakiriwe ku nyubako […]
Barack Obama yicishije bugufi cyane imbere ya Marcus Rashford
Barack Obama wahoze ari Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika, yavuze imyato Marcus Rashford ukinira ikipe ya Manchester United, agaragaza ko akiri mu kigero nk’icye atigeze akora nk’ibyo uriya musore ari gukora. Obama yashimagije Rashford kubera uruhare akomeje kugira mu kurwanya ubukene mu gihugu cye cy’Ubwongereza. Obama na Rashford ubwo bari bahuriye mu kiganiro […]
Muhanga: Ukekwaho guhohotera uwarokotse jenoside yafunzwe iminsi 30 y’agateganyo
Kuri uyu Kane, itariki 27 Gicurasi 2021, mu rukiko rw’ibanze rwa Ruhango, hasomwe urubanza ku ifungwa ry’agateganyo ruregwamo umugabo ukekwaho icyaha cyo guhohotera uwacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, urukiko rwemeza ko agomba gufungwa by’agateganyo igihe cy’iminsi 30 mu gihe dosiye igitegurwa ngo iregerwe urukiko mu mizi. Iki cyaha cyakorewe mu […]
Abakorana na Ntamuhanga Cassien bavuga ko batazi niba agifungiwe muri Mozambique
Cassien Ntamuhanga watorotse gereza yo mu Rwanda mu 2017 yafatiwe muri Mozambique nk’uko byemezwa n’abo mu ishyaka rye rya politiki gusa bakavuga ko batazi niba yaba agifungiwe muri icyo gihugu. Itangazo ryasohowe n’ishyaka Rwandan Alliance for the National Pact – Abaryankuna, Ntamuhanga ari mu bashinze, rivuga ko yafashwe na polisi ku cyumweru i Maputo muri […]
Harakekwa ko ibiro bya Tshisekedi byaba bifite uruhare mu rupfu rwa Gen. Kahimbi

Kuri uyu wa Kane, itariki 27 Gicurasi mu rubanza ku rupfu rwa Gen. Delphin Kahimbi, wahoze akuriye ubutasi bwa gisirikare, mu Rukiko Rwisumbuye rwa Kinshasa, ubushinjacyaha bwasabiye ibihano biremereye umupfakazi wa nyakwigendera ndetse na nyina bushinja kuba ari bo bamwivuganye bamunigishije umugozi mu gihe hari andi makuru ariko atunga intoki ibiro bya Perezida Felix Tshisekedi […]
RDC: Leta yasubijwe inzu yari yarambuwe na ‘Major’ mu 1997
Urukiko rusesa imanza rwo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, tariki ya 25 Gicurasi 2021 rwasubije Leta inyubako umusirikare w’ipeti rya ‘Major’ yari yarihaye mu buryo butemewe n’amategeko. Radio na Televiziyo ya RDC dukesha aya makuru, ivuga ko uyu musirikare yihaye iyi nzu mu 1997 ubwo abarwanyi ba AFDL bari bayobowe na Laurent Désiré Kabila […]
Perezida Kagame yaherekeje Macron wasoje uruzinduko rwe mu Rwanda (Amafoto)

Perezida wa Repububulika, Paul Kagame kuri uyu wa Gatanu, yaherekeje mugenzi we w’Ubufaransa, Emmanuel Macron wasoje uruzinduko rw’iminsi ibiri yagiriraga hano mu Rwanda. Perezida Macron yahise akomereza uruzinduko ari kugirira hano ku mugabane wa Afurika mu gihugu cya Afurika y’Epfo. Mu gitondo cy’ejo ku wa Kane ni bwo Perezida Macron yasesekaye i Kigali, mu ruzinduko […]
Amazuku atemba ajya mu kiyaga cya Kivu ashobora guteza ‘tsunami’ n’igicu cya gaze irimo uburozi- Ubutegetsi
Abategetsi muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo bafite impungenge ko amazuku cyangwa amahindure (lava) atemba ajya mu kiyaga cya Kivu ashobora guteza ‘tsunami’ n’igicu cya gaz irimo uburozi. WASOMA: https://bwiza.com/?Goma-Ntibahangayikishijwe-no-kongera-kuruka-kw-ikirunga-gusa-bafite-n Umuryango w’abibumbye (ONU/UN) watangaje ko abantu bagera ku 400.000 bamaze guhunga bava mu mujyi wa Goma mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo nyuma […]
Binyuze mu myambarire, Umunyamideri w’Umunyarwanda muri Afurika y’Epfo akomeje guharanira Ubumwe bwa Afurika

Umunyamideli wavukiye mu Rwanda akaba n’umuhanzi, Eli Gold yavuye mu Rwanda afite imyaka 13 ubwo igihugu cyari cyugarijwe n’intambara y’abenegihugu na Jenoside yakorewe Abatutsi, urugendo rwamunyujije mu bihugu byinshi bya Afurika, aho yagiye yigira impamvu Abanyafurika bagakwiye kuba bamwe. Gold yabaye muri Tanzaniya, mu Burundi, Malawi n’ahandi nyuma yo kuva mu Rwanda, mbere yo kugera […]
U Rwanda rurasubukura gahunda yo gukingira Covid-19
Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ubuzima, RBC, cyatangaje ko gahunda yo gukingira Covid-19 mu gihugu hose igiye gukomeza kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 29 Gicurasi 2021. Ni nyuma y’aho u Bufaransa buhaye iki gihugu doze 117,600 z’inkingo za AstraZeneca, ziyongera ku zindi cyari cyarahawe muri gahunda ya Covax igamije kugeza inkingo mu bihugu biri mu […]
Ab’i Rubavu batewe ubwoba n’irindi ruka rya Nyiragongo rishoboka, ngo barimo kumva ibimenyetso

Nyuma y’itangazo rya Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) riburira abatuye mu mujyi wa Goma ko ikirunga cya Nyiragongo gishobora kongera kurukira no munsi y’ikiyaga cya Kivu, ab’i Rubavu mu Rwanda bavuga ko bafite ubwoba ko cyabarukira, kuko ngo hari n’ibimenyetso barimo kumva. Uyu Guverineri, Lt. Gen. Constant Ndima […]
Ishimwe rya J. Cole ku Rwanda no kuri Patriots BBC yamuhaye amahirwe yo gukina BAL
Umuraperi Jermaine Cole uzwi mu muziki wa Amerika nka J. Cole, yashimiye ikipe ya Patriots BBC yamuhaye amahirwe yo gukina irushanwa rya BAL ndetse n’u Rwanda rwamwakiriye nk’umunyacyubahiro. Ni mu butumwa uyu munyamerika yanyujije ku rubuga rwe rwa Instagram. J. Cole washyuhije cyane mu imikino ya BAL, yakiniye ikipe ya Patriots BBC imikino y’amatsinda ayifasha […]
Meya Lukwago yabonywe ‘arabya indimi’ ku mabuno ya Winnie Nwagi
Meya w’Umujyi wa Kampala, Erias Lukwago Ssalongo yagaragaye yarangariye amabuno y’umuhanzikazi Winnie Nwagi bari bahuriye mu birori. Nwagi n’ubusanzwe ugira inyuma hashotorana yari mu bahanzi bari baje gususurutsa abari bitabiriye ibirori bya nyuma yo kurahira kwa Lukwago. Abari aho babibonye ko Meya Lukwago yari yarangariye amabuno gusa bimwe mu bitangazamakuru muri Uganda bivuga ko ” […]
Nyagatare: Ibibazo by’ingurane, iby’ubutaka, bimwe mu byo Umuvunyi Mukuru yijeje gukurikirana

Kuri uyu wa Kane, itariki 27 Gicurasi, Urwego rw’Umuvunyi rwakomeje ubukangurambaga mu gukumira no kurwanya akarengane na ruswa mu Murenge wa Mimuli mu Karere ka Nyagatare, aho Umuvunyi Mukuru n’Umuyobozi w’Akarere Wungirije n’abandi bayobozi bakiriye ibibazo by’akarengane, aho hari ibyabonewe ibisubizo, ibyo yasabye inzego z’ibanze gukurikirana n’ibyo azaganira n’izindi nzego . Kuva ku itariki ya […]
Uganda na RDC byasinye amasezerano ‘y’Amateka’

Leta ya Uganda n’iya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), kuri uyu wa 27 Gicurasi 2021 byasinye amasezerano akomeye, ziyita ‘Ay’Amateka’. Nk’uko byatangarijwe ku rubuga rwa Twitter rya Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, aya masezerano yasinywe ubwo uyu Mukuru w’Igihugu yari amaze kwakira intumwa zaturutse muri RDC, zari ziyobowe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Christophe Lutundula. […]
VIDEO: Umupfumu Salongo mu isura y’uburokore\Agakino gakekwa na Pastor Apostle bamaze igihe bahanganye
Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV
Patriots yatsindiye Ferroviário imbere ya Kagame na Macron, igera muri 1/2 cya BAL
Ikipe ya Patriots BBC, yaraye ikatishije itike ya 1/2 cy’irangiza cy’irushanwa rya Basketball Africa League rikomeje kubera hano mu Rwanda, nyuma yo gutsinda Ferroviário de Maputo yo muri Mozambique ku manota 73-71. Ikinyuranyo cy’amanota abiri yonyine ni cyo cyatandukanyije impande zombi muri uyu mukino ukomeye cyane wabereye muri Kigali Arena. Ni umukino wanitabiriwe na Perezida […]