Biryogo: Imwe mu mihanda yafunzwe, imodoka zibujijwe kuhaparika

Nyuma y’aho ibyemezo by’inama y’abaminisitiri bisohokeye, ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bwafashe icyemezo cyo gufunga imwe mu mihanda iherereye mu Kagari ka Biryogo mu Murenge wa Nyarugenge w’Akarere ka Nyarugenge, nk’uburyo bwo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya Covid-19. Nk’uko byumvikanye mu nama yateranyije aba bayobozi mu nzego zitandukanye yatangarijwemo iki cyemezo, impamvu yatumye imodoka zibuzwa guparika kuri […]
Perezida Tshisekedi yemeye kuvuza umunyeshuri wahohotewe n’abashinzwe umutekano
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi yemeye kuvuza umunyeshuri witwa Abigail Katungu wahohotewe n’abashinzwe umutekano ubwo we na bagenzi be bari mu myigaragambyo yamaganaga ubugizi bwa nabi bw’imitwe yitwaje intwaro muri Teritwari ya Beni mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Nk’uko Ibiro by’Umukuru w’Igihugu bibivuga, ubwo aba banyeshuri bari mu myigaragambyo y’amahoro, abashinzwe […]
Rutsiro FC yisasiye Rayon Sports mbere yo guhura na APR FC
Ikipe ya Rutsiro FC yegukanye amanota atatu y’umukino w’umunsi wa gatandatu wa shampiyona, nyuma yo gusuzugura Rayon Sports ikayitsinda ibitego 2-0. Hari mu mukino w’ikirarane w’umunsi wa gatandatu wa shampiyona Rayon Sports yari yasuyemo Rutsiro kuri Stade ya Bugesera, nyuma y’uko inzego bireba zari zanze ko ukinirwa kuri Stade Umuganda kubera ko akarere ka Rubavu […]
Turazifunga tu!_Minisitiri Gatabazi yishimira ingo zafunzwe nyuma yo guhindurwa utubari
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianey, yaburiye abafite gahunda yo kwimurira utubari mu ngo zabo, avuga ko uwo bazajya bafata inzu ye bazajya bamufungira akafungurirwa Koronavirusi yararangiye. Minisitiri Gatabazi yabigarutseho, nyuma y’uko mu bihe byashize ubwo Leta yajyaga ishyiraho ingamba zo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Koronavirusi, hari abagiye bayarengaho rwihishwa. Urugero ni nk’abacuruzaga utubari […]
Covid-19: 4 pays dont le Rwanda considérés comme des pôles de production de vaccins
L’Afrique travaille avec l’Union europĂ©enne et d’autres partenaires pour aider Ă crĂ©er des centres rĂ©gionaux de fabrication de vaccins en Afrique du Sud, au SĂ©nĂ©gal et au Rwanda, avec le Nigeria Ă l’Ă©tude, a dĂ©clarĂ© le directeur gĂ©nĂ©ral de l’Organisation mondiale du commerce, Ngozi Okonjo-Iweala. “Nous avons maintenant vu qu’une centralisation excessive de la capacitĂ© […]
Putin yagaragaje uruhare rwa USA mu gutuma Ukraine yamburwa Intara ya Crimea
Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, avuga ko imyivumbagatanyo y’abaturage yo mu 2014 yatumye uwahoze ari Perezida wa Ukraine, Viktor Yanukovich yirukanwa ku butegetsi, yari yihishwe inyuma na Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ibihugu zishyigikiye by’i Burayi kuko yifuzaga ubufatanye bukomeye mu karere igihugu cye giherereyemo. Nk’uko Putin yabitangarije ikinyamakuru cyo mu Budage, Die Zeit, avuga […]
Narabibabwiye ko nta bucamanza muzampa, iyi nteko ndayihannye-Idamange
Iryamugwiza Yvonne Idamange mu rukiko rukuru i Nyanza mu yihannye inteko y’abacamanza bamuburanishaga nyuma y’aho yari itegetse ko urubanza rwe rwaburanishirizwa mu muhezo nk’uko ubushinjacyaha bwari bubisabye abacamanza. Ubushinjacyaha bwavuze ko ” bufite impungenge ko iri buranisha rikomeje mu ruhame ryabera Idamange urubuga rwo gukomeza ibikorwa bye byo “gupfobya jenoside, kwamamaza ibihuha no gukomeza propaganda […]
Abakuru b’ibihugu baranzwe n’ubujura bukabije mu mateka mu myaka ya vuba

Iyo usomye ingingo iyo ari yo yose yerekeye gukumira cyangwa kurwanya ruswa, ikintu cya mbere uzabwirwa ni uko ‘ubushake bwa politiki’, cyangwa imvugo iri hejuru, ari ishingiro ry’ibikorwa byose bigamije kurwanya ruswa. Ariko se wavuga iki mu gihe umuyobozi w’igihugu, imyitwarire n’ubunyangamugayo bigomba kuba bidashidikanywaho, ari we ufata iya mbere mu kurya ruswa no kunyereza […]
Abarwanyi barenga 100 barimo aba FDLR n’abo bakorana, barambitse intwaro

Abarwanyi barenga 100 b’imitwe yitwaje intwaro ikorera muri Teritwari ya Masisi na Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo barimo ab’umutwe wa FDLR-FOCA urwanya Leta y’u Rwanda, barambitse intwaro. Nk’uko igisirikare cy’iki gihugu cyabitangaje, aba barwanyi bituye kuri Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lt. Gen. Constant Ndima Kongba, bamushyikiriza ku […]
Etincelles FC yamanuye AS Muhanga mu cyiciro cya kabiri
Ikipe ya AS Muhanga yamanutse mu cyiciro cya kabiri, nyuma yo kunyagirwa na Etincelles FC yo mu karere ka Rubavu ibitego 4-0. Hari mu mukino ubanziriza uw’umunsi wa nyuma wa shampiyona y’amakipe umunani ahatanira kuguma mu cyiciro cya mbere wabereye kuri Stade ya Bugesera. Ibitego bitatu bya rutahizamu Hassan Djibrine ukomoka muri Tchad n’icya rutahizamu […]
Afurika y’Epfo ntikozwa imbanziriza mushinga y’ amasezerano u Rwanda rwateguye

Amakuru yashyizwe hanze avuga ko Afurika y’Epfo itari mu bihugu bishyigikiye imbanziriza mushinga y’amasezerano yateguwe n’ u Rwanda na Peru ku bijyanye no guca ikoreshwa rya pulasitiki ku rwego mpuzamahanga mu rwego rwo kubungabunga ibidukikije. Uyu mushinga watangiye kwigwaho kuva mu 2017 mu Muryango Mpuzamahanga (LONI) mu nteko ishinzwe ibidukikije, UN Environment Assembly (UNEA) gusa […]
Uruvunganzoka rw’abantu i Nyabugogo mbere gato ya Guma mu karere (Amafoto)

Mu gihe habura amasaha make ngo hashyirwe mu bikorwa by’inama idasanzwe y’Abaminisitiri yateranye ku wa Mbere tariki ya 21 Kamena, muri gare ya Nyabugogo abantu bari uruvunganzoka kuri uyu wa Kabiri bashaka uko basubira iwabo mu ntara. Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye ejo ku wa Kabiri, nyuma y’ubwiyongere bukabije bw’icyorezo cya COVID-19 mu gihugu. Imibare ya […]
Nyamasheke: Ibikoresho byo kubaka amashuri byaribwe; hari abatawe muri yombi

Umuyobozi w’Akarere ka Nyamasheke, Mukamasabo Appolonie aravuga ko hari abantu 3 bamaze iminsi batawe muri yombi bakurikiranyweho kwiba ibikoresho byo gukora inzugi, amadirishya n’intebe byari bigenewe ibyumba by’amashuri 456, akavuga icyakora ko ku bw’amahirwe ibyinshi muri ibi bikoresho bimaze kugaruzwa aho byari byaragurishijwe n’aho byari byarahishwe mu mashyamba n’uwari wabyibye, abandi 2 na bo hakaba […]
Perezida Duterte yahitishijemo Abanyafilipine urukingo cyangwa gufungwa
Perezida wa Philippines, Rodrigo Duterte, ukunze gufata ibyemezo bikavugisha Isi yose, kuri iyi nshuro aravuga ko umuntu uri mu gihugu cye utazamera urukingo rwa Covid-19 azajya amufunga. “Urahitamo, urukingo cyangwa ngufungishe,” aya ni amagambo ya Duterte kuri uyu wa Mbere mu kiganiro kuri televiziyo y’igihugu. Igihugu cya Philippines kimaze kubonekamo abantu 1,300,000 banduye Covid-19 abagera […]
Ubushinjacyaha bwasabye ko Idamange aburanira mu muhezo, kubera imyitwarire agaragaza
Ubushinjacyaha bwasabye urukiko ko Idamange Iryamugwiza Yvonne aburanira mu muhezo, kugira ngo adakomeza kugaragaza imyitwarire buvuga ko idahwitse. Ubu busabe bwabutanze mu gitondo cy’uyu wa 22 Kamena 2021 ubwo Idamange ari kuburana mu mizi ibyaha aregwa birimo: gupfobya jenoside yakorewe Abatutsi, guteza imvururu muri rubanda no gutangaza amakuru y’ibihuha yifashishije ikoranabuhanga. Ubushinjacyaha kandi bwasobanuriye urukiko […]
Germain Rukuki wari warakatiwe imyaka 32 yagabanyirijwe igihano kigera ku mwaka
Ubutabera bw’u Burundi bwafashe icyemezo cyo kugabanyiriza igihano impirimbanyi y’uburenganzira bwa muntu, Germain Rukuki, wari warakatiwe imyaka 32 y’igifungo mu 2018 gishyirwa ku mwaka umwe. Uyu mugabo wari umaze imyaka itatu muri gereza yakoreye umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, ACAT, akaba yarakatiwe gufungwa imyaka 32 azizwa guhungabanya umutekano w’igihugu no kwigomeka ku butegetsi. Ubwo yatabwaga […]
Nakunze Umwami wa Tooro, Oyo- umugore wubatse

Umugore wubatse witwa Lisa Kusiima yatangaje ko yakunze cyane Umwami wa Tooro, Rukirabasaija Oyo Nyimba Kabamba Iguru Rukidi IV w’imyaka 29. Kusiima asanzwe atambutsa ibiganiro ku mbuga nkoranyambaga, akaba n’umugore wubatse, ufite abana babiri. Avuga ko bwa mbere, umugabo yabonye bwa mbere akabona aramukunze (crush) ari Umwami wa Tooro, Oyo Nyimba. Yabwiye SQOOP ko yari […]
Mu bihugu 4 birimo u Rwanda harigwa uko hashingwa inganda zikora inkingo za Covid-19 – WTO
Umuyobozi mukuru w’Umuryango Mpuzamahanga w’Ubucuruzi, WTO, Ngozi Okonjo-Iweala, yatangaje ko Afurika irimo gukorana n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi ndetse n’abandi bafatanyabikorwa mu gufasha gushyiraho ihuriro ry’inganda zikora inkingo mu rwego rw’uturere muri Afurika yepfo, Senegali n’u Rwanda, hamwe na Nigeria. Nk’uko tubikesha Reuters, kuri uyu wa Mbere Madamu Okonjo-Iweala yagize ati: ” Ubu twabonye ko gushyira […]
Gbagbo uteganya kurongora umunyamakurukazi yageze muri CĂ´te d’Ivoire ahita yaka gatanya
Umunyapolitiki Laurent Gbagbo nyuma yo kugaruka mu gihugu cya CĂ´te d’Ivoire yahoze abereye Perezida, yahise yaka gatanya na Simone Ehivet Gbagbo bari bamaranye imyaka irenga 30. Gbagbo ufatwa nka Perezida wa CĂ´te d’Ivoire wari ukunzwe n’abaturage mbere yo gusimburwa na Alassane Ouattara, yagarutse muri CĂ´te d’Ivoire ku wa Kane w’icyumweru gishize; nyuma y’imyaka 10 yari […]
Wa mubyeyi washakishwaga azira kubabariza uruhinja kuri moto yarafashwe

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruvuga ko rwataye muri yombi umubyeyi wagaragaye ari kuri moto, ahetse uruhinja rwe mu buryo burubabaza. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira Thierry yabwiye The New Times ko uyu mubyeyi yafatiwe mu Karere ka Huye mu mpera z’icyumweru gishize, akaba akurikiranweho icyaha cyo kubabaza umubiri bidaturutse ku bushake giteganywa n’ingingo y’118 mu […]
Uganda: Yashyizemo impuzankano ya polisi ngo abone uko atwara abagenzi muri guma mu rugo
Polisi ya Uganda ikorera mu karere ka Jinja yataye muri yombi umumotari wari urimo gutwara abagenzi abavana Nansana, mu nkengero za Wakiso abajyana mu Karere ka Jinja ku mashilingi 100,000 yambaye impuzankano ya polisi. Ikintu gitangaje, ibi byabaye nyuma y’icyumweru kituzuye Perezida Museveni atangaje ingamba nshya zo gukumira icyorezo cya Covid-19, zirimo no kubuza moto […]
Joe Biden yoherereje Ndayishimiye ubutumwa budasanzwe

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), Joe Biden yoherereje Perezida wa Repubulika y’u Burundi, Evariste Ndayishimiye ubutumwa budasanzwe. Ambasaderi wa USA mu Burundi, MĂ©lanie Higgins ni we wagejeje ubu butumwa kuri Perezida Ndayishimiye, kuri uyu wa 21 Kamena 2021, ubwo bahuriraga ku biro by’uyu Mukuru w’Igihugu biri mu Ntara ya Gitega. Icya mbere […]
JEEP 500 Perezida Tshisekedi yageneye abadepite zavugije induru
Imodoka 500 zo mu bwoko bwa Jeep 4Ă—4 Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi, yageneye abadepite bose zatangiye gukurura umwuka mubi muri politiki y’igihugu. Iby’izi modoka zizwiho guhenda cyane byatangajwe na Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko y’iki gihugu, Christophe Mboso Nkodia tariki ya 18 Kamena 2021, ubwo yari ayoboye inama y’Inteko. Nkodia yagize […]
Ntabwo ubwoko bushya bwa Covid-19 bwayogoje u Buhinde bwaba bwarasakaye mu Rwanda?
Mu gihe imibare y’abandura Coronavirus mu Rwanda yatumbagiye kuva mu ntangiro za Kamena 2021, hari ukwibaza niba ubwoko bushya bwa COVID-19 bwayogoje u Buhinde bwaba butarageze hirya no hino mu Rwanda. Amoko mashya ya Covid-19 yabonetse bwa mbere mu Bwongereza no muri Africa y’Epfo. Inzobere mu buzima zivuga ko amoko mashya ya Covid-19 ariyo ari […]