RDC: Karidinali Monsengwo yitabye Imana

Laurent Monsengwo Pasipanya, umwe muri ba Karidinali Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yari ifite, yitabye Imana kuri uyu wa 11 Nyakanga 2021 azize uburwayi. Inkuru y’urupfu rwe yemejwe n’abarimo Karidinali Fridolin Ambongo, wanyujije ku rubuga rwa Twitter ati: “Mbabajwe no kumenyesha umuryango w’abakirisitu gatolika n’inshuti zose inkuru y’urupfu rwa Karidinali Laurent Monsengwo.” Karidinali Ambongo […]

Nyuma ya Perezida Kagame, Ndayishimiye na we ategerejwe muri RDC

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, ategerejwe i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aho agomba kugurira uruzinduko rw’iminsi itatu uhereye ejo ku wa Mbere tariki ya 12 Nyakanga. Perezidansi y’u Burundi mu itangazo yasohoye ryashyizweho umukono na Amb. Willy Nyamitwe ushinzwe itumanaho mu biro bya Ndayishimiye, yatangaje ko Perezida Ndayishimiye asasura RDC ku butumire […]

Muri FERWAFA ho hari ibibazo bikomeye_Ingabire M. Immaculée kuri ruswa

Umuyobozi w’Umuryango mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane, ishami ry’u Rwanda, Ingabire Marie ImmaculĂ©e, yavuze ko afite amakuru y’uko muri FERWAFA harimo ibibazo bikomeye bya ruswa, gusa hatangwa icyizere cy’uko mu gihe cya vuba ibi bibazo bizakurikiranwa. Ingabire yabigarutseho mu kiganiro Urubuga rw’Itangazamakuru cyatambutse ku bitangazamakuru bitandukanye kuri iki cyumweru. Ni ikiganiro cyibanze ku ngingo zitandukanye zifitanye […]

Akanyamuneza kuri Neymar nyuma yo guhura na Messi wari wamurijije (Amafoto)

img_20210711_053017.jpg

Umunya-BrĂ©sil Neymar Jr, yagaragaye amwenyura nyuma yo guhura na Lionel Messi wari wamurijije mbere y’igihe gito. Ni Neymar na Messi bombi basanzwe ari inshuti magara, nyuma yo gukinana muri FC Barcelona hagati ya 2013 na 2017. Uyu munya-BrĂ©sil ubwo yavaga muri iriya kipe akerekeza muri Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa, ntibyigeze bihungabanya umubano wabo kuko […]

Uwabeshye ko Perezida Museveni yapfuye yafashwe

Polisi ya Uganda yataye muri yombi umusore w’imyaka 25 y’amavuko wo mu Karere ka Luwero witwa Jamilu Ssekyondwa, akaba yashakishwaga nyuma yo kubeshya ko Umukuru w’Igihugu, Perezida Yoweri Museveni yapfuye. Umuyobozi wa Polisi ya Luwero w’agateganyo, Patrick Maikula yabwiye itangazamakuru ko uyu musore yatawe muri yombi, hifashishijwe ubutumwa n’ibiganiro yagiriye ku rubuga rwa WhatsApp. Maikula […]

Igihe ingabo za SADC zizasangira iz’u Rwanda muri Mozambique cyamenyekanye

Umuryango ugizwe n’bihugu biri mu majyepfo y’umugabane wa Afurika, SADC, watangaje igihe uzoherereza ingabo zawo mu butumwa bw’amahoro mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique. Nk’uko bigaragara mu ibaruwa yo ku wa 7 Nyakanga Umuvugizi wa SADC, Stergomena Tax yandikiye Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye amumenyesha iyi gahunda, izohereza izi ngabo tariki ya 15 Nyakanga 2021. […]

Goma: Umugore wa Kabila yemereye abimuwe na Nyiragongo ibibanza birimo inzu

kibati.jpg

Umugore Joseph Kabila wabaye Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Olive Lembe yasezeranyije ab’i Goma bimuwe n’iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo ubutaka bufite ubuso bwa hegitari 100, aho buri muryango uzabonamo ikibanza kirimo inzu. Lembe yatanze iri sezerano kuri uyu wa 10 Nyakanga 2021 ubwo yasuraga ibice bigize uyu mujyi byangijwe mu buryo bukomeye n’iruka […]

Masisi: Abandi barwanyi ba FDLR barambitse intwaro

Umuvugizi wa operasiyo Sokola 2 ikorwa n’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) igamije kurandura imitwe yitwaje intwaro mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Maj. Njike Kaiko yatangaje ko hari abandi barwanyi barambitse intwaro barimo aba FDLR irwanya Leta y’u Rwanda. Aya makuru akubiye muri raporo y’iyi operasiyo yo kuva tariki ya 20 Kamena 2021 […]

Kenya: Abakomoka mu Rwanda barasaba Leta kubemerera bakaba ubwoko

Abaturage ba Kenya bakomoka mu Rwanda barasaba Leta ko yabemerera bakaba ubwoko (tribe) nk’ubundi bugera muri 43 busanzwe muri iki gihugu. Aba ni abakomoka ku Banyarwanda bavuye mu Rwanda mu bihe by’ubukoloni, bakajya gukoreshwayo imirimo y’ubucakara n’Abongereza, nk’uko Nation dukesha aya makuru yabitangaje. Batanze ubu busabe nyuma y’aho tariki ya 12 Ukuboza 2020, Perezida wa […]

Argentine yatwaye Brésil Copa America, Messi yikuraho urubwa (Amafoto)

img_20210711_044316.jpg

Ikipe y’Igihugu ya Argentine, Albicelest, yegukanye igikombe cya Copa America cya 15 mu mateka yayo, nyuma yo gutsinda BrĂ©sil ku mukino wa nyuma igitego 1-0. Ni igikombe Argentine yari ikeneye cyane ugereranyije na BrĂ©sil yari ifite igiheruka. Mu mpamvu Argentine yari ikeneye iki gikombe harimo kuba kuva muri 2007 yarakinnye imikino ya nyuma y’ibikombe bitandukanye […]