Perezida Kagame yahinduriye imirimo ACP Nkuranga Lynder, amusimbuza Col Nyirubutama
Perezida wa Repububulika, Paul Kagame, yamaze guhindurira imirimo Assistant Commissioner of Police Nkuranga Lynder, amusimbuza Col Jean Paul Nyirubutama. ACP Nkuranga yagizwe Umuyobozi mukuru w’urwego rw’Abinjira n’Abasohoka mu gihugu nk’uko bigaragara mu itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente. Yasimbuye kuri uyu mwanya Lt Col RĂ©gis Gatarayiha wari umuyobozi wa ruriya rwego kuva […]
Rubavu: Umusekirite wa ISCO afunzwe azira kurasa umusore w’imyaka 21 akamwica
Umugabo witwa Mugemana Oswald ukora muri Company icunga umutekano ya ISCO, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) akekwaho kurasa umusore witwa Ndayambaje Festus akamwica. Ku gicamunsi cy’ejo ku Cyumweru ni bwo Ndayambaje w’imyaka 21 y’amavuko yarasiwe imbere y’aho Company y’Abashinwa ya China State ikora imihanda, kiri mu mu murenge wa Nyundo mu karere ka […]
Kabale: Bigaragambije bamagana Abanyarwanda bava i Burera
Abaturage bo mu gace ka Butanda mu Karere ka Kabale muri Uganda bigaragambije, bamagana Abanyarwanda by’umwihariko abava mu Karere ka Burera, bavuga ko bakomeje kwambuka bagana muri Uganda banyuze mu nzira zitemewe n’amategeko. Iyi myigaragambyo yabaye ku Cyumweru tariki ya 5 Nzeri 2021, bafunga umuhanda ari nako bafite ibyapa biriho ibyo basaba. Aba barimo ahanini […]
Abakunzi ba Visi Perezida Ruto n’abamurwanya barwaniye ku rusengero
Abakunzi n’abarwanya Visi Perezida wa Kenya, William Ruto kuri uyu wa 5 Nzeri 2021 barwaniye ku rusengero rwa Full Gospel Church ruherereye mu gace ka Mbiriri/Kieni mu Karere ka Nyeri. Ruto wari kumwe n’abadepite hamwe n’abanyapolitiki bamuyobotse, yari afite gahunda yo gusengera mu rundi rusengero muri Mbiriri, ariko ku munota wa nyuma abaruyoboye barabyanga, ajya […]
Les Rwandais mis en garde contre la complaisance
Les responsables du Centre biomĂ©dical du Rwanda (RBC) ont mis en garde les Rwandais contre la nĂ©gligence concernant le respect des directives de Covid-19 alors que le taux de positivitĂ© dans le pays continue de baisser, en particulier Ă Kigali. RBC a signalĂ© que le taux de positivitĂ© Ă Kigali est tombĂ© Ă 0,7% contre […]
Wa mukinnyi wakiniye PSG n’u Bufaransa wari umaze imyaka 39 muri koma yapfuye
Myugariro Jean Pierre Adams wakiniye amakipe atandukanye arimo Paris Saint-Germain n’ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa ‘Les Bleus’, yitabye Imana kuri uyu wa Mbere nyuma y’imyaka 39 yaraguye muri koma. Jean Pierre Adams yaguye mu mujyi wa NĂ®mes mu Bufaransa ku myaka 73 y’amavuko. Nyakwigedera Adams mu busanzwe yavukiye muri SĂ©nĂ©gal, gusa aza kuhava afite imyaka 10 […]
Nyamasheke: Asiga akingiranye umwana we ufite ubumuga, akajya gushaka imibereho kubera kubura ukundi agira

Mu gihe bivugwa ko hari bamwe mu baturage bagikingirana cyangwa bahisha abana babo bafite ubumuga bakababuza uburenganzira bunyuranye burimo n’ubwo kwisanzura no kugera aho abandi bari, Nyiransabimana Berthe wo mu mudugudu wa Kagatamu,akagari ka Kagatamu,mu murenge wa Bushenge mu karere ka Nyamasheke,avuga ko na we ari muri abo basiga bakingiranye abana abafite ubumuga bakigendera kuko […]
Afurika y’Epfo: Jacob Zuma wari ufunzwe yafunguwe atararangiza igihano
Jacob Zuma wahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo yarekuwe by’agateganyo kubera impamvu z’uburwayi, aho amaze ukwezi mu bitaro yagiyemo akuwe aho yari afungiye nk’uko byatangajwe kuri iki Cyumweru, itariki 5 Nzeri 2021. Ku myaka 79, Jacob Zuma yari afunze kuva muri Nyakanga, nyuma yo gukatirwa igifungo cy’amezi 15 azira gusuzugura urukiko, nyuma y’aho yanze kwitaba […]
Abarimo Minisitiri Bizimana, Gen Muganga na CGP Marizamunda barahiriye imbere ya Perezida Kagame
Perezida wa Repububulika, Paul Kagame, kuri uyu wa Mbere yakiriye indahiro z’abayobozi batandukanye baheruka guhabwa inshingano n’imirimo itandukanye mu nzego nkuru z’igihugu. Abarahiriye imbere y’Umukuru w’Igihugu barimo Dr Bizimana Jean Damascène uheruka kugirwa, Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Lt Gen Mubarak Muganga wagizwe Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka na CGP Marizamunda Juvenal wagizwe Komiseri Mukuru […]
RDC: Abashinwa 9 bakekwaho kwiba amabuye y’agaciro barafunzwe
Igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, cyatangaje ko cyataye muri yombi Abashinwa icyenda (9) n’abanya-Uganda bane (4) bakekwaho gucukura zahabu muri iki gihugu nta ruhushya babifitiye. Aba banyamahanga baterewe muri yombi mu gace ka Nyangwe, Teritwari ya Mambasa mu Ntara ya Ituri, tariki ya 2 Nzeri 2021 nk’uko byemejwe na Col. Tshisimbi Mbombwa. […]
Guinea: Urujijo ruracyari rwose nyuma y’ihirikwa rya Perezida Alpha Conde

Urujijo ruracyari rwose muri Guinea nyuma y’aho kuva kuri iki Cyumweru Perezida Alpha Conde ahiritswe ku butegetsi agatabwa muri yombi n’abayobozi b’ingabo zidasanzwe bayobowe na Lt. Col. Mamady Doumbouya, bagashyiraho isaha ntarengwa yo gutaha bagafunga n’imipaka. Nyuma y’amasaha 24 yo kugaragara gutunguranye kw’aba basirikare batunguranye, biravugwa ko ibintu bikiri mu rujijo. Abatuye mu Mujyi wa […]
Gutinza urubanza rwa Agatha bishobora gukururira u Bufaransa ibihano nk’urwa Padiri Munyeshyaka
Ikirego cyo gukurikirana Agatha Habyarimana kimaze imyaka 14 gitanzwe n’umuryango CPCR, ariko kugeza ubu ntarashyikirizwa inkiko ngo aburane. Iperereza rimaze imyaka itanu nta gishya muri dosiye. Uku gutinza urubanza bishobora gukururira ibihano u Bufaransa, nk’uko byagenze ku rubanza rwa Padiri Munyeshyaka rwamaze imyaka icyenda, urukiko rw’u Burayi rw’uburenganzira bwa muntu rugahana iki gihugu. Urukiko rw’ubujurire […]
Impunzi zafataga iyi nkambi nk’agahugu ka Loni kaba mu Rwanda- Umuyobozi ku ikozanyaho ryo mu 2018
Umuyobozi w’inkambi y’impunzi ya Kiziba iri mu Karere ka Karongi, Kamanzi Straton avuga ko ibibazo byari mu nkambi ya Kiziba byaturukaga ku myitwarire idakwiye, birimo kumva ko ari nk’igihugu mu kindi, byagiye bishakirwa umuti ku bufatanye n’abafatanyabikorwa batandukanye. Mu 2018 mu nkambi ya kiziba hadutse urugomo n’imivurungano yatewe na zimwe mu mpunzi zari zifite imyitwarire […]
Ibyo yazize n’aho bamushyize byose sinanabyemera_Bulldog avuga kuri Jay Polly
Umuhanzi Ndayishimiye Bertrand wamenyekanye mu muziki nyarwanda nka Bulldog, yavuze ko atazigera yemera na gato ibyatangajwe ko byahitanye mugenzi we Tuyishime Joshua ‘Jay Polly’ uheruka kwitaba Imana kuko ngo ari ibihimbano. Bulldog yabitangaje ejo ku Cyumweru mu muhango wo gushyingura Jay Polly wabereye mu irimbi rya Rusororo. Bulldog ni umwe mu bahanzi bari inshuti za […]
Libya: Umuhungu wa Muammar Kadhafi wari uri muri gereza yafunguwe
Saadi Gaddafi, umuhungu w’uwahoze ari umuyobozi wa Libya, Muammar Kadhafi wahiritswe ku butegetsi mu 2011, yarekuwe muri gereza yari afungiyemo nk’uko byatangajwe na minisiteri y’ubutabera y’iki gihugu. Itangazo ryashyizwe ahagaragara rigira riti “ Saadi Muammar Kadhafi yafunguwe muri gereza,” ryongeyeho ko ibi byabaye hakurikijwe umwanzuro w’urukiko ariko iri tangazo ntirivuga niba akiri mu gihugu. Ni […]
Umusore w’imyaka 19 yari akaswe igitsina asanzwe mu buriri n’umugore w’abandi w’imyaka 35
Umusore w’imyaka 19, Edmond Kipng’etich wo Mujyi wa Nakuru muri Kenya, yakubiswe bikomeye, agye gukatwa igitsina, abaturanyi barahagoboka, ubwo umugabo yari amusanze mu buriri bwe, aryamanye n’umugore we w’imyaka 35 y’amavuko. Edmond Kipng’etich usanzwe yiga mu mwaka wa kane w’amashuri yisumbuye, yafashwe asambana n’umugore wubatse witwa Judy Chelang’at. Ibinyamakuru birimo Murang’a bivuga ko ” Nyir’urugo […]
Abatalibani bigaruriye Intara ya Panjshir yari igifitwe n’ingabo zanze kuyamanika
Abatalibani baravuga ko bigaruriye bidasubirwaho intara ya Panjshir, agace ka nyuma muri Afghanistan kari mu maboko y’ingabo zahoze ari iza leta zari zaranze kuyamanika, nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Mbere n’Umuvugizi w’Abatalibani. Umuvugizi mukuru, Zabihullah Mujahid yagize ati: “Kubera iyi ntsinzi, igihugu cyacu cyakuwe mu gihirahiro cy’intambara.” Amashusho ku mbuga nkoranyambaga kuri uyu wa mbere […]
Brésil VS Argentine: Rwagati mu mukino abakinnyi bane birukanwe ku butaka bwa Brésil
Umukino wagombaga guhuza Ikipe y’Igihugu ya BrĂ©sil n’iya Argentine, wasubitswe wamaze gutangira kugira ngo abakinnyi bane ba Argentine birukanwe ku butaka bwa BrĂ©sil. Aya makipe yombi yaherukaga guhurira ku mukino wa nyuma wa Copa America, yari yahuriye mu mukino wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi waberaga mu mujyi wa SĂŁo Paulo mu gihugu cya BrĂ©sil. Ubwo […]
Imanza zisubirishwamo ku mpamvu z’akarengane n’izidashobora gusubirishwamo
Imanza zisabirwa gusubirwamo ku mpamvu z’akarengane ni imanza zaciwe ku rwego rwa nyuma, zikaba zisubirishwamo bitegetswe na Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga nyuma yo kubisabwa n’Urwego rwabiherewe ububasha n’Itegeko. Urwego rw’Umuvunyi ni rwo rwabanje guhabwa ububasha bwo gusubirishamo imanza ku mpamvu z’akarengane hashingiwe ku ngingo ya 79 y’Itegeko Ngenga n° 03/2012/OL ryo ku wa 13/06/2012 rigena imiterere, […]
Ngoma: Urukiko rwakatiye umugabo wishe umugore akamucamo ibice bibiri
URukiko rwisumbuye rwa Ngoma rwakatiye igihano cy’igifungo cya burundu umugabo wari ukurikiranweho kwica umugore w’umuturanyi yarangiza akamucamo ibice bibiri akabita mu gisimu cya metero zirindwi. Mu ijoro ryo ku itariki ya 26/06/2021 rishyira ku wa 27/6/2021 mu mudugudu wa Nyarunazi, Akagari ka Musumba, Umurenge wa Nyamirama, Akarere ka Kayonza ho mu Ntara y’Iburasirazuba, umugabo ufite […]
Uko byifashe i Conakry nyuma y’ihirikwa ku butegetsi rya Perezida Alpha CondĂ©

Ku Cyumweru tariki ya 05 Nzeri ni bwo hamenyekanye inkuru y’uko Alpha CondĂ© wari Perezida wa GuinĂ©e-Conakry yahiritswe ku butegetsi, mbere yo gutabwa muri yombi n’itsinda ry’abasirikare bo mu mutwe w’Ingabo zidasanzwe za kiriya gihugu. Alpha CondĂ© w’imyaka 83 y’amavuko, yahiritswe ku butegetsi nyuma y’urufaya rw’amasasu rwumvikanye hafi y’ingoro ye iherereye mu gace ka Kaloum, […]
Minisitiri Biruta ari muri Turukiya

Ibiro bya Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Turukiya byatangaje ko Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta ari muri iki gihugu kuva kuri uyu wa 5 Nzeri kugeza ku wa 8 Nzeri 2021. Iri tangazo rivuga ko Minisitiri Biruta ari muri Turukiya, aho yitabiriye ubutumire bwa mugenzi we, MevlĂĽt Çavu?o?lu. Aba ba Minisitiri baherutse […]
Pasiteri yemeye gushyingiranwa n’umurambo w’umukunzi we yakuriyemo inda agapfa
Umupasiteri wo muri Ghana muri Leta ya Abia, utatangajwe amazina, yemeye gushyingiranwa n’umurambo w’uwari umukunzi we, Chioma, yateye inda, akayikuramo bikamuviramo kumuhitana. Ibi yabisabwe n’umuryango w’umukobwa nk’igihano cyo kubicira umwana. Uyu mupasiteri yari yarateye inda uyu mukobwa, umunsi umwe amusaba ko amusura, amuha icyo kunywa kimusinziriza ariko gisanzwe kinakuramo inda, gusa umukobwa kiramuhitana. Uyu mupasiteri […]
Busingye yahinduriwe imirimo, Uganda icyurira u Rwanda, urupfu rwa Jay Polly; inkuru nyamukuru z’icyumweru gishize
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 30 Kanama 2021 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru ziganjemo iza politiki, ubutabera n’imyidagaduro, ahanini ku rupfu rw’umuhanzi wamamaye mu Rwanda, umuraperi Jay Polly. Muri zo harimo: Busingye na Dr Bizimana bahinduriwe inshingano Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame tariki ya 1 Nzeri 2021 yahinduriye inshingano Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya […]
Namwe turabaziye tuzica 100-Abica abantu i Masaka bateguje abo muri Kampala ko bahageze
Abakekwaho kuba ari bo bari inyuma y’ubwicanyi buri kubera muri Masaka, bavuga ko bamaze kugera mu gace ka Masanafu muri Divijoni ya Rubaga mu Mujyi wa Kampala, kandi ko bazica abantu 100. Aba bicanyi mu mezi atagera kuri abiri bari bamaze kwica abantu 29 mu gace ka Masaka (Geater masaka) ndetse bakomeretsa abatari bake. Greater […]