Dr Kayumba uri kwiyicisha inzara aho afungiye yanze gusuzumwa na muganga
Umunyapolitiki, Dr Christopher Kayumba uri mu myigaragambyo yo kwiyicisha inzara aho afungiye, yajyanywe ku bitaro by’akarere ka Gasabo ngo asuzumwe, nk’uko umunyamategeko we abivuga. Kuva kuwa gatanu, Kayumba, umunyapolitiki wahoze ari umwalimu muri kaminuza y’u Rwanda, ari kwiyicisha inzara aho afungiye muri ‘station’ ya polisi i Kigali, nk’uko umwunganira mu mategeko abivuga. Me Ntirenganya Seif […]
Pasiteri Revocat Karemangingo yaba yarasiwe muri Mozambique
Amakuru aturuka i Maputo mu gihugu cya Mozambique aravuga ko Pasiteri Revocat Karemangingo wari mu barwanya Leta y’u Rwanda yaba yapfuye nyuma yo kuraswa n’abantu bataramenyekana. Karemangingo yahoze mu gisirikare cya Leta ya Habyarimana (Ex FAR), akaba yakoreraga ibikorwa by’ubucuruzi i Maputo muri Mozambique. Inkuru y’urupfu rwe yatangiye gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga na bamwe mu […]
Umunyamategeko Me MHAYIMANA Isaïe mu rubanza n’Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda avuga ko rwamurenganyije

Kuri uyu wa 13 Nzeri, 2021 mu Rukiko Rukuru/Kigali rukorera i Nyamirambo, hatangiye kuburanwa ku nzitizi ku kirego cyatanzwe na Avoka MHAYIMANA arega Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda kubwo kumurenganya mu byemezo yafatiwe na Komite yarwo ishinzwe imyitwarire Ubwo Perezidante wari uyoboye iburanisha ry’urubanza yatangaga ijambo k’ubunganira ababuranyi bombi kugira ngo bagire icyo bavuga ku nzitizi […]
Nahitamo kwicwa aho gusinya urwandiko runyeguza_Alpha Condé
Uwahoze ari Perezida wa GuinĂ©e-Conakry, Alpha CondĂ©, yatangaje ko yahitamo kwicwa aho kugira ngo asinye urwandiko rumweguza ku nshinga zo kuba Umukuru wa kiriya gihugu. Perezida CondĂ© yabitangaje ku wa 10 Nzeri, ubwo yahuriraga i Conakry n’intumwa z’ibihugu bigize umuryango w’ubukungu w’ibihugu byo muri Afurika y’Uburengerazuba (CEDEAO). Izi ntumwa zarimo ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahanga nka […]
Madamu Jeannette Kagame, Samia Suluhu ku rutonde rw’Abanyafurikakazi 100 bavuga rikijyana
Ikigo gishinzwe kwamamaza no gutanga amanota, Avance Media, cyashyize ahagaragara urutonde rw’abagore 100, barimo Jeannette Kagame n’Abandi Banyarwandakazi, bavuga rikijyana kurusha abandi b’Abanyafurika rugaragaraho amazina manini, abakiri bato na ba rwiyemezamirimo. Mu bihugu bikoresha Igifaransa uru rutonde ruriho abagore benshi bo muri Senegal, Abanyekongo n’Abanyarwanda. Uru rutonde rwa 2021 ruriho abayobozi b’ibigo n’imiryango, abahanzi, abanyapolitiki, […]
Gen Sejusa mu gushinjwa ‘gusuzugura’ abarimo Gen Rwigema na Perezida Kagame

Gen David Sejusa (Tinyefuza) yateye utwatsi iby’amakuru yanditswe mu gitabo cy’umugabo witwa Stephen Twebaze, avuga ko abasirikare barimo uyu mujenerali basuzuguraga abasirikare bava mu Rwanda bari muri NRA barimo abakuru nka Maj Gen Fred Rwigema na Paul Kagame waje kuba Perezida w’ u Rwanda. Chimpreports yanditse ko Twebaze yanditse iki gitabo agira ngo abone impamyabushobozi […]
Ceceka na we uri umuhehesi n’umutinganyi-ubutumwa kuri Sheebah
Bamwe mu Babanya-Uganda ku mbuga nkoranyambaga bibasiye umuhanzikazi, Sheebah Karungi, bavuga ko adakwiriye kwirirwa avuga ku bibazo biri mu ngo cyane ku gucana inyuma kuko na we abikora, kandi ngo na we ni umutinganyi. Sheebah yacanweho umuriro ubwo yari agize icyo avuga ku nkuru yasakaye ko umunyamakuru wa Siporo kuri NTV, Andrew Kabuura, yacaga inyuma […]
Uko RDF yitabajwe abacanshuro bo muri Hong Kong, u Burusiya na Afurika y’Epfo bananiwe
Ku itariki ya 09 Nyakanga nibwo u Rwanda rwatangaje ko rwohereje abasirikare n’abapolisi 1,000 kurwanya ibyihebe byo mu Ntara ya Cabo Delgado, muri Mozambique, ariko Ingabo z’u Rwanda zoherejwe muri iki gihugu harabanje kugeragezwa uburyo butandukanye bwo kwirukana ibyihebe, burimo gushaka abacanshuro bo mu bigo bitandukanye by’abanyamahanga, ariko byarananiranye. Ku itariki ya 08 Kanama, Ingabo […]
Abayobozi b’ibigo by’amashuri mu mahugurwa yo guhangana n’abanyeshuri b’imyitwarire mibi
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB) cyatangije amahugurwa ku bayobozi b’ibigo by’amashuri n’abarezi bashinzwe imyitwarire y’abanyeshuri, mu rwego rwo kuvugurura imyitwarire y’abanyeshuri mu gihugu hose. Aya mahugurwa yatangijwe nyuma y’uko mu minsi ishize hirya no hino mu gihugu hagiye hagaragara ikibazo cy’imyitwarire mibi y’abanyeshuri. Urugero ni mu kigo cy’Ishuri ry’imyuga n’ubumenyingiro rya ESECOM Rugano mu […]
Abakozi ba RAB ntibumvikanye ubwo bananirwaga gusobanurira PAC uko umutungo wakoreshejwe
Abakozi b’ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi, RAB, kuri uyu wa 13 Nzeri 2021 bageze imbere ya komisiyo y’inteko ishinga amategeko ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’umutungo wa Leta, PAC. Aba bakozi barimo umuyobozi mukuru w’iki kigo, batangaga ibisobanuro ku micungire n’imikoreshereze y’umutungo yagaragajwe na raporo y’umwaka w’2019/2020 y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta. Iyi raporo ivuga […]
Dr Kayumba umaze iminsi yiyicisha inzara, yajyanwe ku bitaro
Umunyapolitiki Dr Christopher Kayumba yavanwe muri kasho y’urwego rw’ubugenzacyaha, ajyanwa mu bitaro by’Akarere ka Gasabo nyuma y’iminsi akora imyigaragambyo yo kwiyicisha inzara. Umunyamategeko we, Ntirenganya Seif Jean Bosco yabwiye BBC ko umugenzacyaha ufite dosiye y’uyu munyapolitiki ari we wamubwiye ko yajyanwe kuri ibi bitaro, kugira ngo abaganga “bamukorere isuzuma.” Aya makuru kandi yemejwe n’ishyaka Dr […]
Umugeni yafashwe asambana n’umu-ex ku munsi yakozeho ubukwe
Umukobwa utavuzwe amazina yafashwe ari muri koridoro yo mu nzu y’umusore bakoranye ubukwe, arimo gusambana n’umwe mu bahungu bahoze bakundana (ex). Ibi byabaye muri Nigeria ubwo bamwe bari bitabiriye ubukwe, bari bahugiye ku kunywa no kwishimira ibirori, umugeni yagiye nk’ugiye hanze gato, abandi bakomeza kwinywera. Uyu mukobwa yari yahanye gahunda n’umu-ex we, abari aho babonye […]
Tshisekedi yasabye ko amasezerano Kabila yasinyanye n’Abashinwa avugururwa
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi yasabye ko amasezerano uwo yasimbuye, Joseph Kabila yasinyanye n’Abashinwa yerekeye ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro avugururwa. Aya masezerano Kabila yayasinye n’Abashinwa mu 2008, abaha uburenganzira bwo gucukura amabuye y’agaciro muri iki gihugu. Yari afite agaciro ka miliyari 9 z’Amadolari ya Amerika ($). Gusa ikigega mpuzamahanga cy’imari, IMF, cyasabye […]
Abavandimwe babiri b’impanga biyemeje kubana n’umugore umwe

Umukobwa witwa Marie Josiane amakuru tutarahamya neza atangazwa na Gossip 24 avuga ko ari uwo mu Rwanda, aravugwaho gushakana n’abasore babiri b’impanga akababera umugore. Aba bavandimwe b’impanga bategereje umwana wabo wa mbere vuba nk’uko iyi nkuru ikomeza ivuga. Uyu mugore avuga ko yabanje kumenyena na gakuru (impanga yavutse bwa mbere) ariko utaramubwiye ko afite impanga […]
Umuyobozi wa Al-Qaeda, Ayman al-Zawahri, byari bizwi ko yapfuye yongeye kwigaragaza
Ayman al-Zawahri, umuyobozi w’umutwe w;’iterabwoba wa Al Qaeda byari bizwi ko yapfuye kuri uyu wa Gatandatu ushize, ubwo Amerika yizihizaga imyaka 20 ishize igabweho ibitero by’iterabwoba byo kuwa 11 Nzeri 2001, yagaragaye muri video yashyizwe ahagaragara nyuma y’amezi bivugwa ko atakiri ku Isi y’abazima. Ishyirahamwe SITE Intelligence ry’Abanyamerika rikurikiranira hafi amakuru atangazwa n’abakora iterabwoba biyitirira […]
Ngoma: Abajura batemye ikiganza cy’umunyerondo, kivaho
Mu ijoro rya tariki ya 10 Nzeri 2021, abajura babiri bo mu Mudugudu wo mu Murenge, Akagari ka Mugatare, Umurenge wa Mugesera mu Karere ka Ngoma batemye ikiganza cy’umunyerondo witwa Mbonigaba Innocent, kivaho. Bivugwa ko byabaye ahagana saa sita z’ijoro ubwo aba bajura basanzwe ari abavandimwe; Ngaboyisonga w’imyaka 32 y’amavuko na Mugenzi Yousuf w’imyaka 37 […]
Burundi: Abantu 12 bakomerekeye mu gitero cy’abantu bitwaje ibirwanisho
Abantu bitwaje intwaro batamenyekanye mu ijoro ryo kuwa Gatandatu ushize bakomerekeje abantu 12 babarashe mu gico bategeye ku muhanda RN7, ku musozi wa Cogo, muri Zone Vyuya, yo muri Komini Mugamba, mu Ntara ya Bururi mu gihugu cy’u Burundi. Abakomerekeye muri iki gitero bavuga ko ibi byabaye mu masaha ya saa mbiri z’ijoro, ubwo babonaga […]
Ntiwabwiriza ubutumwa abashonje ngo babwumve- Past. Hakizimana Félicien

Umushumba w’itorero MĂ©thodiste Libre mu Rwanda paruwasi ya Kamembe,RĂ©v. Hakizimana FĂ©licien avuga ko mu bakirisitu ayoboye harimo benshi bari basanzwe baba mu buzima buciriritse bagizweho n’ingaruka za COVID -19 zirimo kubura imirimo n’ikendera ry’iyo bakoraga, abo bari basanzwe bitaho mu mushinga RW0152 Umuganda ukorera muri iri torero basanzwe batishoboye na bo bagiye bahura n’igabanuka ry’uturimo […]
Tanzania: Perezida Samia yashyizeho Minisitiri mushya w’Ingabo w’umugore
Perezida wa Tanzania Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yakoze impinduka muri Guverinoma y’iki gihugu zasize kibonye Minisitiri mushya w’Ingabo. Uwagizwe Minisitiri w’Ingabo za Tanzania ni Dr Stergomena Lawrence Tax. Uyu mugore yasimbuye kuri izi nshingano Elias Kwandikwa witabye Imana muri Kanama uyu mwaka. Undi washyizwe mu mwanya ni January Makamba wagizwe Minisitiri w’Ingufu asimbuye Dr Medard […]
Ifungwa rya Dr Kayumba n’imyigaragambyo muri kasho, u Rwanda rwanze ubutumire bwa Uganda; mu nkuru nyamukuru z’icyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 6 Nzeri 2021 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru ziganjemo iza politiki mu bubanyi n’amahanga, ubutabera n’umutekano. Ni izikurikira: U Rwanda rwanze kwitabira ubutumire bwa Uganda Guverinoma ya Uganda ibinyujije muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga byamenyekanye ko yandikiye iy’u Rwanda iyitumira mu biganiro byo gusuzuma iyubahirizwa ry’amasezerano yo mu 2019 yagombaga gushyira iherezo ku […]
Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA yeguye ku nshingano ze
Uwari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru hano mu Rwanda, Uwayezu François RĂ©gis, yeguye ku nshingano ze yari amazeho imyaka itatu. Uwayezu mu ibaruwa yandikiye Perezida wa FERWAFA, Nizeyimana Mugabo Olivier ‘Cafu’, yavuze ko yeguye ku nshingano ze bwite. Uwayezu yavuze ko inshingano ze nk’Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA zizarangira ku wa 12 Ukwakira 2021. Uyu mugabo […]