Perezida Kagame na Tshisekedi bari muri Jordan, byitezwe ko bagirana ikiganiro

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, n’uwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi kuri uyu wa 23 Werurwe 2022 bageze mu bwami bwa Jordan. Ibiro by’abakuru b’ibi bihugu byombi byatangaje ko bakiriwe n’Umwami wa Jordan, Abdullah II bin Al-Husseinz bagirana ibiganiro bigamije gukomeza umubano. Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye muri Jordan kwitabira […]
Rwamagana: Abahoze ari abapolisi bari mu kiruhuko biyemeje guhangana n’ibibangamiye abaturage

Abahoze ari abapolisi muri Polisi y’u Rwanda bari mu kiruhuko cy’izabukuru batuye mu karere ka Rwamagana bavuga ko biyemeje gufatanya n’abandi Banyarwanda guhangana n’ibibangamiye imibereho y’abaturage. Babivugiye mu muganda udasanzwe bakoze wo kubakira ubwiherero n’igikoni umuryango utishoboye utuye mu Kagari ka Cyinyana mu Murenge wa Gishari, kuri uyu wa 22 Werurwe 2022. Karekezi Jean Nepomuscene […]
Kinshasa: Abadepite bari batumiwe mu mahugurwa na perezida birukanwe muri hotel kubera ubwishyu
Abadepite batowe ku rwego rw’intara bari batumiwe i Kinshasa n’umukuru w’igihugu Félix Tshisekedi, kugira ngo bitabire amahugurwa ku bijyanye no kwimura muri gahunda y’iterambere ry’ibanze mu turere 145, birukanwe muri hotel kubera kutishyura. Abenshi muri abo badepite ku rwego rw’intara badafite inzu zo kubamo mu murwa mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Kinshasa , […]
Julian Assange agiye kurongorera muri gereza
Umunya-Australia Julian Assange washinze urubuga rwa WikiLeaks ruzwiho kumena amabanga y’ibihugu bitandukanye, byitezwe ko arongorera umukunzi we Stella Moris muri Gereza ya Belmarsh y’i Londres mu Bwongereza afungiyemo. Ni amakuru yemejwe n’itsinda rishinzwe itangazamakuru muri WikiLeaks, mu itangazo riheruka gusohora. Iri tangazo rivuga ko “Julian Assange na Stella Moris bakorera ubukwe muri HMP Belmarsh, bakikijwe […]
Milk Production Manager at ICM Rwanda Agribusiness Ltd
ICM RWANDA AGRIBUSINESS LTD ICM Rwanda Agribusiness Ltd is an established agribusiness enterprise operating throughout Rwanda in rice production in a joint venture with rice cooperatives, milling factories at three locations Gikonko, Bugarama, and Rwamagana, and retailing through Lucki Rice. ICM wishes to recruit qualified and diligent professional production managers for Rwamagana Rice mill and […]
Two armed men killed trying to storm Mogadishu airport
Somali security forces have shot dead two gunmen who tried to storm into an army base at the Mogadishu international airport complex on Wednesday. The fighting that erupted between the armed men and Haram’ad Police Force Unit backed by African Union peacekeepers lasted about an hour. “There is gunfire inside the airport vicinity, and we […]
Ndimbati yabwiye urukiko ko umunyamakuru yamusabye Frw miliyoni 2 ngo adatangaza inkuru ye

Umukinnyi wa filimi akaba n’umunyarwenya, Uwihoreye Jean Bosco wamamaye nka Ndimbati kuri uyu wa 23 Werurwe 2022 yagejejwe mu rukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge, aburana ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ry’iminsi 30. Uwihoreye muri uru rukiko, yasobanuriye Perezida w’Inteko iburanisha impamvu abona adakwiye gufungwa iminsi 30 y’agateganyo, zirimo kuba atemera icyaha ashinjwa cyo gusambanya umwana utagejeje ku […]
Itangazo ryo guhindura izina akitwa KARWERA RWIGEMA Euphrasie
Constantine wigeze kugeza Amavubi ku mwanya wa 64 ku Isi mu bari mu biganiro byo gusimbura Mashami
Ishyirahanwe ry’Umupira w’amaguru hano mu Rwanda (FERWAFA), ryatangaje amazina y’abatoza batandukanye riri mu biganiro na bo bagomba kuvamo umwe uzahabwa inshungano zo gutoza Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’. Iyi kipe kuri ubu nta mutoza mukuru ifite nyuma yo gutandukana na Mashami Vincent wari umaze imyaka irenga itatu ari umutoza wayo. Mu batoza batandukanye FERWAFA yemeje ko bari […]
U Rwanda mu bihugu bya mbere muri Afurika bihaha ingano nyinshi mu Burusiya

Repubulika y’u Rwanda iza mu bihugu bya mbere byo ku mugabane wa Afurika bitumiza umusaruro mwinshi w’ingano mu Burusiya. Bigaragara muri raporo y’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe iterambere n’ubucuruzi, UNCTAD, ryasohoye tariki ya 16 Werurwe 2022. Iyi raporo isobanura uko ubucuruzi bw’ibituruka mu Burusiya no muri Ukraine ku gipimo kinini nk’ingano buhungabana bitewe n’intambara birimo guhera […]
Gitega: Abantu bitwaje intwaro bishe umucuruzi w’inka bamusanze iwe
Umugabo witwa Innocent Njebarikanuye ucuruza inka wo mu gace ka Mahonda, muri Komini n’Intara ya Gitega, mu ijoro ryo kuwa Mbere ushize, itariki 21 Werurwe yishwe arashwe n’abantu bitwaje intwaro. Aba bantu bitwaje imbunda bishe uyu mucuruzi w’inka bamusanze iwe nk’uko byemejwe n’abaturanyi be. “Agatsiko k’abagizi ba nabi bitwaje intwaro binjiye mu rugo iwe. Baramurasa […]
Kigali commence la modernisation des abribus
La ville de Kigali a commencé à mettre en place des abribus intelligents qui seront équipés d’installations telles que des écrans publicitaires et de divertissement à LED, un éclairage à LED, le WiFi et d’autres accessoires tels que des ports de recharge. Plus tôt cette semaine, les employés de la ville ont commencé à retirer […]
Ukraine yemeza ko imaze kwica Abarusiya benshi kurusha aba-Soviet biciwe muri Afghanistan

Ingabo za Ukraine zemeje ko zimaze kwica no gukomeretsa iz’u Burusiya nyinshi kurusha iz’Ubumwe bwa Soviet (Soviet Union) ziciwe muri Afghanistan mu myaka 33 ishize. Hagati y’Ukuboza mu mwaka w’1979 na Gashyantare 1989, abasirikare b’aba-Soviet bari bahanganye n’abo muri Afghanistan bagendera ku matwara y’idini ya Isilamu. Raporo zivuga ko muri iyi ntambara yamaze imyaka 10, […]
Rurageretse hagati ya Rayon Sports na Masudi Djuma uyishyuza hafi Frw miliyoni 60
Umurundi Irambona Masudi Djuma yamaze kugeza ikirego mu Ishyirahanwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA), arega Rayon Sports ashinja kumwirukana mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Mu Ukuboza umwaka ushize ni bwo Rayon Sports yabanje guhagarika by’agateganyo umutoza Masudi Djuma kubera umusaruro muke, mbere yo gutandukana na we burundu mu ntangiriro z’uyu mwaka. Rayon Sports yamuhagaritse nyuma yo […]
Umunyarwanda yasobanuye uko indege nini yari atwaye yari igiye gukora impanuka
Umunyarwanda utwara indege nini, Benimana Joe yasobanuye uko hari igihe yari agiye gukora impanuka, ariko Imana igakinga akaboko. Mu kiganiro yagiriye kuri RBA, Benimana yasobanuye ko byabaye ubwo yari atwaye indege ya moteri enye, igira ikibazo bita ‘Fuel Contamination’, moteri zayo zihagarara gukora. Yagize ati: “Ngitangira gutwara indege, twagize icyo bita Fuel Contamination, twari dutwaye […]
Gen. Kainerugaba yarahiriye guhiga abajura bishe abayobozi bakuru 3
Umugaba w’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba yarahiriye guhiga abajura b’inka bakekwaho kwicira mu gace ka Karamajong abayobozi batatu hamwe n’abasirikare babiri babarindaga. Inkuru y’urupfu rw’aba bayobozi bari abahanga mu bumenyi bw’Isi yatangajwe n’Umuvugizi wa Polisi mu Karere ka Moroto, Mike Longole, akaba yemeza ko bishwe tariki ya 21 Werurwe 2022. […]
Meddy n’umugore we Mimi baritegura kwibaruka imfura
Umuhanzi Ngabo Médard Jobert ukunzwe mu muziki nyarwanda nka ‘Meddy’, yaciye amarenga y’uko we n’umugore we Mimi Mehfira bitegura kwibaruka imfura yabo. Ni ibikubiye mu ifoto uyu muririmbyi yashyize ku mbuga nkoranyambaga ze. Ni ifoto igaragaza Mimi akuriwe. Meddy yayiherekeje amagambo y’icyongereza agira ati: “Blessed Mama” mu rwego rwo kugaragaza ko umugore we ari umumama/umubyeyi […]
Kagame welcomes WAIFC members
President Paul Kagame on Tuesday met with members of the World Alliance of International Financial Centers (WAIFC), who are in Rwanda for their board meeting slated for March 22 through 24. The meeting took place at the President’s Office at Village Urugwiro in Kacyiru. The meeting, happening in its third edition, is organized by the […]
Abaturage 90% b’i Mudende bavoma amazi meza ikantarange
Mu ngendo abadepite bakomeje kugirira mu Ntara y’ i Burengerezuba basanze imibereho y’abatuye muri Mudende ikomeje kubangamirwa no kutagira ibikorwa remezo bihagije birimo amazi aho bavoma iyo bigwa mu gihe n’umuriro w’amashanyarazi hamwe utarahagera. Muri uyu murenge utuwe n’abarenga ibihumbi 30, imibare igaragaza ko abarenga 90 % bagenda urugendo rurerure cyane rw’ibirometero 10 bagiye kuvoma […]