Rwanda: 295 Eurotrade Int’l workers join RPF Inkotanyi

img-20220404-wa0039.jpg

295 employees of Eurotrade International Ltd mining company found by a British national Luke Loges, sworn in as the new members of Rwanda’s ruling political party, RPF Inkotanyi. The event took place on March 24, 2022, in Shyorongi sector, Rulindo district, nothern Rwanda, where the mining company operates. On Sunday after nine days, this new […]

RDC: Uwahoze ari umujyanama wa perezida yaraye muri Gereza Nkuru ya Makala

Nyuma y’amezi hafi abiri afungiwe muri kasho z’Urwego rw’Igihugu rw’Ubutasi (ANR), François Beya, wahoze ari Umujyanama wa Perezida Felix Tshisekedi kuri uyu wa Mbere, itariki 04 Mata, yoherejwe muri Gereza Nkuru ya Makala. Umuryango wiyemeje guharanira irekurwa rye “ Free François Beya” watangaje ko dosiye y’uyu wari umujyanama wa perezida mu by’umutekano yamaze gushyikirizwa ubushinjacyaha […]

FARDC iritegura kongera kugaba ibitero bikomeye kuri M23

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) ziritegura kugaba ibitero ku barwanyi b’umutwe wa M23, nyuma y’iminsi mike imirwano hagati y’impande zombi yarahagaze. Ni amakuru yatangajwe n’inzego zishinzwe umutekano za Uganda ubwo zari zahuriye mu nama zanzuriyemo ko zigomba gukaza umutekano ku mipaka iki gihugu gihuriyeho na RDC, cyane mu turere twa Kanungu na […]

Rwanda: Abajya kwivuza indwara zo mu mutwe bikubye kabiri mu myaka itatu ishize

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima RBC, gitangaza ko abantu bajya kwaka serivisi z’ubuvuzi bw’indwara zo mu mutwe bikubye kabiri mu myaka itatu ishize ariko ko bitahita bihuzwa no kuba umubare w’abafite ibi bibazo waiyongereye. Byatangajwe n’Umuyobozi w’Ishami rishinzwe ubuzima bwo mu mutwe muri RBC, Yvonne Kayiteshonga, kuri uyu wa Kabiri tariki 05 Mata 2022 mu kiganiro […]

Nancy Pelosi, umugore wa mbere w’igihangange muri politiki ya Amerika wisanze ahetse igihugu ku ya 6 Mutarama 2021

t_c44c5d8af27a43c08a8d31d7cdcfb7dd_name_pelosi_family_thumb_scaled.jpg

Nancy Pelosi ufatwa kugeza ubu nk’umugore wa mbere w’igihangange muri politiki ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ni Perezida wa 52 w’Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika, Umutwe w’Abadepite, akaba yarakoze amateka mu 2007 ubwo yatorewe kuba umugore wa mbere wabaye Perezida w’Inteko. Ku ya 3 Mutarama, uyu mugore ugeze mu zabukuru uhagarariye Ishyaka ry’Abademokarate muri […]

Zambia: Perezida Kagame yagaragaye akinisha igisamagwe (Amafoto)

img_20220405_141618.jpg

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kabiri yasuye icyanya cya Zambia kibarizwamo inyamaswa z’inkazi i Livingstone, agaragara akinisha igisamagwe. Kuva ejo ku wa Mbere Perezida Kagame ari i Livingstone mu murwa mukuru w’ubukerarugendo wa Zambia, mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri ari kugirira muri iki gihugu cyo mu majyepfo ya Afurika. Umunsi wa mbere mbere w’uruzinduko […]

Rusizi: Abigishijwe ubudozi barasaba ibibafasha gushyira mu bikorwa ubumenyi bahawe

Abagore 46 n’umugabo umwe bo mu miryango itishoboye bafite abana basanzwe bafashwa n’umushinga RW0393 Butambamo muri ADEPR-Paruwasi ya Gashonga mu karere ka Rusizi, baravuga ko nyuma yo kwigishwa ubudozi hagamijwe kubavana ku ngoyi y’ubukene bukabije barimo, ababigishije bakwiye no kubafasha bafasha kubona imashini zidoda n’aho gukorera kugira ngo batava aho bibagirwa ibyo bigishijwe ababigishije bakaba […]

Urukundo rutangaje rwa Olena Zelenska na Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine

olena-zelenska.jpg

Amateka n’ubuzima bwa Olena Zelenska na Perezida Volodymyr Zelensky, uyu munsi bahanganye n’ibitero by’u Burusiya buyobowe na Vladmir Putin bimaze igihe kirekire kuko bakundanye bakiri bato. Uko Olena Zelenska na Zelensky bahuye mu bwana bwabo kugera bakundanye Olena Volodmyrivna Zelenska yavukiye muri Ukraine ku itariki ya 6 Gashyantare 1978 ubu afite imyaka 44 y’amavuko kimwe […]

Perezida Zelensky yemeje ko yatunguwe n’intera intambara ya Ukraine n’u Burusiya yafashe

Perezida wa Repubulika ya Ukraine, Volodymyr Zelensky, yemeje ko yatunguwe n’intera intambara y’ingabo z’igihugu cye n’iz’u Burusiya yafashe. Mu kiganiro yagiraniye na The Economist mu biro bye, Perezida Zelensky yasobanuye ko ubwo ingabo z’u Burusiya zatangizaga ibitero kuri Ukraine tariki ya 24 Gashyantare 2022, atatekerezaga ko bizakomera kugeza ku rwego biriho ubu. Ati: “Ntabwo nari […]

Gisagara: Imvura ikabije yasenye inzu z’abaturage inibasira amashuri

Inzu zisaga 20 zasenyutse, ibindi bikorwa bitandukanye birangirika mu Murenge Gishubi mu Karere ka Gisagara nyuma y’imvura ikabije yaguye kuri uyu wa Mbere. Abasenyewe ndetse n’abafite ibyabo byangiritse kuri ubu barasaba inkunga nyuma yo gusigwa iheruheru n’iyi mvura. Abaturage bavuga iyi mvura yatangiye kugwa ahagana saa saba zishyira saa munani za nimugoroba, aho bemeza ko […]

Security guard killed in Kamonyi

A 27-year old man who worked as a security guard in Kadahaha business center located in Bibungo Cell, Nyamiyaga Sector of Kamonyi District has been stabbed to death by gangs. The incident took place around 2:00 a.m. on Sunday 3rd April 2022 when the deceased was stabbed on the head and jaws. Speaking to local […]

Miliyoni 26 z’abatuye Shanghai muri guma mu rugo nyuma y’ubwandu bushya busaga 13,000

Kuri uyu wa Kabiri, abategetsi b’u Bushinwa bongereye igihe cya guma mu rugo muri Shanghai kugira ngo babashe kugera ku bantu miliyoni 26 bayituye, nyuma y’isuzuma ryakozwe mu mujyi hose ryerekanye ubwandu bushya bwa COVID-19 ku barenga 13.000 mu gihe uburakari bw’abaturage bwiyongera ku mategeko y’akato. Ubu guma mu rugo yakwiriye umujyi wose nyuma y’amabwiriza […]

Minisitiri Wilmùs w’u Bubiligi yongeye kunenga urubanza rwaciriwe Rusesabagina, yiyemeza kumufasha

Minisitiri w’Intebe wungirije w’u Bubiligi akaba na Minisitiri ushinzwe ububanyi n’amahanga, Sophie WilmĂšs, yongeye kunenga urubanza rwaciriwe ‘umwenegihugu wabo’ Paul Rusesabagina wari ukurikiranweho ibyaha by’iterabwoba. Urukiko rw’ubujurire kuri uyu wa 4 Mata 2022 rwashimangiye igihano Rusesabagina yari yarakatiwe n’urukiko rukuru tariki ya 20 Nzeri 2021 cyo gufungwa imyaka 25, rumaze kumuhamya icyaha cyo kuba mu […]

La Zambie et le Rwanda signent 7 accords pour approfondir la coopération bilatérale

La Zambie et le Rwanda ont signĂ© lundi sept accords visant Ă  approfondir la coopĂ©ration bilatĂ©rale entre les deux pays. Le prĂ©sident zambien Hakainde Hichilema et son invitĂ© Paul Kagame ont assistĂ© Ă  la cĂ©rĂ©monie de signature qui s’est tenue Ă  l’hĂŽtel Avan dans la ville mĂ©ridionale de Livingstone et diffusĂ©e en direct sur diverses […]

Koreya ya Ruguru ivuga ko izakoresha intwaro kirimbuzi nishotorwa n’amajyepfo

Mushiki wa Kim Jong Un, umuyobozi wa Koreya ya Ruguru yateye ubwoba Koreya y’Epfo avuga ko batazazuyaza gukoresha intwaro za kirimbuzi niyishotora nyuma y’aho Seoul imaze kwerekana ubushobozi bwayo bwo kugaba ibitero mu majyaruguru. Kuri uyu wa Kabiri, Kim Yo Jong mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’ibitangazamakuru bya leta ya Koreya ya Ruguru, yavuze ko Minisitiri […]

Rutsiro: Abarenga ibihumbi 5 barashinja Akarere kubicisha inzara

Aho umugezi wa Koko winjirira mu kiyaga cya Kivu wangirije byinshi birimo imyaka y'abaturage

Abaturage bo mu karere ka Rutsiro mu mirenge ya Gihango, Musasa, Boneza, Kigeyo na Kivumu bivugwa ko barenga ibihumbi 5 bari batunzwe no gucukura imicanga, ubu barashinja akarere kuba inyuma yo kuba bamaze amezi 6 bari mu buzima bw’ inzara n’ igihombo gikabije, mu gihe kavuga ko ibibazo by’aba baturage byamaze kwigwaho hategerejwe igisubizo cy’ikigo […]

Zambia, Rwanda signs seven MoU

Rwanda has signed seven agreements with Zambia as the two countries seek to deepen bilateral relations. The signing ceremony was presided over by President Paul Kagame and his host, President Hakainde Hichilema. Kagame is in Zambia for a two-day visit. The agreements, the Presidency said, include cooperation in taxation, immigration and health. Others are on […]

Umuvugizi wa guverinoma ntiyishimiye indishyi zagenewe abagizweho ingaruka n’ibitero bya MRCD-FLN

Umuvugizi wa guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yagaragaje ko atishimiye indishyi urukiko rw’ubujurire rwageneye abagizweho ingaruka n’ibitero umutwe witwaje intwaro wa MRCD-FLN wagabye mu mwaka w’2018 n’2019. Kuri uyu wa 4 Mata 2022 ni bwo urukiko rw’ubujurire rwakatiye Paul Rusesabagina wari umuyobozi w’ihuriro MRCD rishamikiyeho umutwe wa FLN, abari abavugizi: Nsabimana Callixte na Nsengiyumva Herman, […]

Le tribunal a confirmé la peine de 25 ans de prison pour Paul Rusesabagina

Un tribunal rwandais de la capitale Kigali a confirmĂ© lundi la peine de 25 ans de prison de Paul Rusesabagina, un ancien hĂŽtelier prĂ©sentĂ© comme un hĂ©ros dans un film intitulĂ© “Hotel Rwanda”. Rusesabagina, 67 ans, a Ă©tĂ© reconnu coupable en septembre dernier de huit chefs d’accusation liĂ©s Ă  des actes de terrorisme commis par […]

Umuryango wa Rusesabagina uvuga ko utatunguwe no kongera gukatirwa imyaka 25

Nyuma yo kumva umwanzuro w’urukiko rw’ubujurire mu Rwanda wo kugumizaho igifungo cy’imyaka 25 Paul Rusesabagina yari yarahawe, umuryango we wavuze ko utatunguwe nacyo. Umukobwa wa Rusesabagina, Carine Kanimba, yabwiye BBC ko uwo mwanzuro utabatangaje kuko bazi neza ko uru rubanza ari urwa politike. Yagize ati ” Uwo mwanzuro ntabwo wadutangaje… ” Yakomeje avuga ko bizera […]

Boris Johnson yemeye ubutumire bwa Perezida Kagame i Kigali

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson, yemeje ko azitabira inama ya CHOGM ihuza abakuru b’ibihugu na za Guverinoma z’ibihugu byibumbiye mu muryango w’ibikoresha ururimi rw’Icyongereza iteganyijwe kubera i Kigali mu mezi abiri ari imbere. Boris Johnson yemeje ko azaza i Kigali nyuma yo gutumirwa na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame. Inama y’ibihugu na za Guverinoma […]