Rwanda: 295 Eurotrade Intâl workers join RPF Inkotanyi

295 employees of Eurotrade International Ltd mining company found by a British national Luke Loges, sworn in as the new members of Rwandaâs ruling political party, RPF Inkotanyi. The event took place on March 24, 2022, in Shyorongi sector, Rulindo district, nothern Rwanda, where the mining company operates. On Sunday after nine days, this new […]
APR FC yatangiye Igikombe cy’Amahoro itsinda Amagaju, Sarpong afasha AS Kigali kugwa miswi na Etincelles
Ikipe ya APR FC yatsinze Amagaju FC igitego 1-0, mu mukino ubanza wa 1/8 cy’irangiza cy’Igikombe cy’Amahoro wabaye kuri uyu wa Kabiri. Amagaju yari yakiriye iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu mu mukino wabereye kuri Stade ya Nyagisenyi mu Karere ka Nyamagabe. Igitego cyo ku munota wa kane w’umukino cya Blaise Itangishaka ni cyo cyafashije APR FC […]
RDC: Uwahoze ari umujyanama wa perezida yaraye muri Gereza Nkuru ya Makala
Nyuma yâamezi hafi abiri afungiwe muri kasho zâUrwego rwâIgihugu rwâUbutasi (ANR), François Beya, wahoze ari Umujyanama wa Perezida Felix Tshisekedi kuri uyu wa Mbere, itariki 04 Mata, yoherejwe muri Gereza Nkuru ya Makala. Umuryango wiyemeje guharanira irekurwa rye â Free François Beyaâ watangaje ko dosiye yâuyu wari umujyanama wa perezida mu byâumutekano yamaze gushyikirizwa ubushinjacyaha […]
FARDC iritegura kongera kugaba ibitero bikomeye kuri M23
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) ziritegura kugaba ibitero ku barwanyi b’umutwe wa M23, nyuma y’iminsi mike imirwano hagati y’impande zombi yarahagaze. Ni amakuru yatangajwe n’inzego zishinzwe umutekano za Uganda ubwo zari zahuriye mu nama zanzuriyemo ko zigomba gukaza umutekano ku mipaka iki gihugu gihuriyeho na RDC, cyane mu turere twa Kanungu na […]
Rwanda: Abajya kwivuza indwara zo mu mutwe bikubye kabiri mu myaka itatu ishize
Ikigo cyâIgihugu gishinzwe Ubuzima RBC, gitangaza ko abantu bajya kwaka serivisi zâubuvuzi bwâindwara zo mu mutwe bikubye kabiri mu myaka itatu ishize ariko ko bitahita bihuzwa no kuba umubare wâabafite ibi bibazo waiyongereye. Byatangajwe nâUmuyobozi wâIshami rishinzwe ubuzima bwo mu mutwe muri RBC, Yvonne Kayiteshonga, kuri uyu wa Kabiri tariki 05 Mata 2022 mu kiganiro […]
Nancy Pelosi, umugore wa mbere wâigihangange muri politiki ya Amerika wisanze ahetse igihugu ku ya 6 Mutarama 2021
Nancy Pelosi ufatwa kugeza ubu nk’umugore wa mbere w’igihangange muri politiki ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ni Perezida wa 52 wâInteko Ishinga Amategeko ya Amerika, Umutwe wâAbadepite, akaba yarakoze amateka mu 2007 ubwo yatorewe kuba umugore wa mbere wabaye Perezida wâInteko. Ku ya 3 Mutarama, uyu mugore ugeze mu zabukuru uhagarariye Ishyaka ryâAbademokarate muri […]
Zambia: Perezida Kagame yagaragaye akinisha igisamagwe (Amafoto)

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kabiri yasuye icyanya cya Zambia kibarizwamo inyamaswa z’inkazi i Livingstone, agaragara akinisha igisamagwe. Kuva ejo ku wa Mbere Perezida Kagame ari i Livingstone mu murwa mukuru w’ubukerarugendo wa Zambia, mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri ari kugirira muri iki gihugu cyo mu majyepfo ya Afurika. Umunsi wa mbere mbere w’uruzinduko […]
Rusizi: Abigishijwe ubudozi barasaba ibibafasha gushyira mu bikorwa ubumenyi bahawe
Abagore 46 nâumugabo umwe bo mu miryango itishoboye bafite abana basanzwe bafashwa nâumushinga RW0393 Butambamo muri ADEPR-Paruwasi ya Gashonga mu karere ka Rusizi, baravuga ko nyuma yo kwigishwa ubudozi hagamijwe kubavana ku ngoyi yâubukene bukabije barimo, ababigishije bakwiye no kubafasha bafasha kubona imashini zidoda nâaho gukorera kugira ngo batava aho bibagirwa ibyo bigishijwe ababigishije bakaba […]
Urukundo rutangaje rwa Olena Zelenska na Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine

Amateka n’ubuzima bwa Olena Zelenska na Perezida Volodymyr Zelensky, uyu munsi bahanganye n’ibitero by’u Burusiya buyobowe na Vladmir Putin bimaze igihe kirekire kuko bakundanye bakiri bato. Uko Olena Zelenska na Zelensky bahuye mu bwana bwabo kugera bakundanye Olena Volodmyrivna Zelenska yavukiye muri Ukraine ku itariki ya 6 Gashyantare 1978 ubu afite imyaka 44 y’amavuko kimwe […]
Perezida Zelensky yemeje ko yatunguwe nâintera intambara ya Ukraine nâu Burusiya yafashe
Perezida wa Repubulika ya Ukraine, Volodymyr Zelensky, yemeje ko yatunguwe nâintera intambara yâingabo zâigihugu cye nâizâu Burusiya yafashe. Mu kiganiro yagiraniye na The Economist mu biro bye, Perezida Zelensky yasobanuye ko ubwo ingabo zâu Burusiya zatangizaga ibitero kuri Ukraine tariki ya 24 Gashyantare 2022, atatekerezaga ko bizakomera kugeza ku rwego biriho ubu. Ati: âNtabwo nari […]
Gisagara: Imvura ikabije yasenye inzu zâabaturage inibasira amashuri
Inzu zisaga 20 zasenyutse, ibindi bikorwa bitandukanye birangirika mu Murenge Gishubi mu Karere ka Gisagara nyuma yâimvura ikabije yaguye kuri uyu wa Mbere. Abasenyewe ndetse nâabafite ibyabo byangiritse kuri ubu barasaba inkunga nyuma yo gusigwa iheruheru n’iyi mvura. Abaturage bavuga iyi mvura yatangiye kugwa ahagana saa saba zishyira saa munani za nimugoroba, aho bemeza ko […]
Security guard killed in Kamonyi
A 27-year old man who worked as a security guard in Kadahaha business center located in Bibungo Cell, Nyamiyaga Sector of Kamonyi District has been stabbed to death by gangs. The incident took place around 2:00 a.m. on Sunday 3rd April 2022 when the deceased was stabbed on the head and jaws. Speaking to local […]
Miliyoni 26 zâabatuye Shanghai muri guma mu rugo nyuma yâubwandu bushya busaga 13,000
Kuri uyu wa Kabiri, abategetsi b’u Bushinwa bongereye igihe cya guma mu rugo muri Shanghai kugira ngo babashe kugera ku bantu miliyoni 26 bayituye, nyuma yâisuzuma ryakozwe mu mujyi hose ryerekanye ubwandu bushya bwa COVID-19 ku barenga 13.000 mu gihe uburakari bwâabaturage bwiyongera ku mategeko yâakato. Ubu guma mu rugo yakwiriye umujyi wose nyuma yâamabwiriza […]
Minisitiri WilmĂšs wâu Bubiligi yongeye kunenga urubanza rwaciriwe Rusesabagina, yiyemeza kumufasha
Minisitiri wâIntebe wungirije wâu Bubiligi akaba na Minisitiri ushinzwe ububanyi nâamahanga, Sophie WilmĂšs, yongeye kunenga urubanza rwaciriwe âumwenegihugu waboâ Paul Rusesabagina wari ukurikiranweho ibyaha byâiterabwoba. Urukiko rwâubujurire kuri uyu wa 4 Mata 2022 rwashimangiye igihano Rusesabagina yari yarakatiwe nâurukiko rukuru tariki ya 20 Nzeri 2021 cyo gufungwa imyaka 25, rumaze kumuhamya icyaha cyo kuba mu […]
La Zambie et le Rwanda signent 7 accords pour approfondir la coopération bilatérale
La Zambie et le Rwanda ont signĂ© lundi sept accords visant Ă approfondir la coopĂ©ration bilatĂ©rale entre les deux pays. Le prĂ©sident zambien Hakainde Hichilema et son invitĂ© Paul Kagame ont assistĂ© Ă la cĂ©rĂ©monie de signature qui s’est tenue Ă l’hĂŽtel Avan dans la ville mĂ©ridionale de Livingstone et diffusĂ©e en direct sur diverses […]
Koreya ya Ruguru ivuga ko izakoresha intwaro kirimbuzi nishotorwa nâamajyepfo
Mushiki wa Kim Jong Un, umuyobozi wa Koreya ya Ruguru yateye ubwoba Koreya y’Epfo avuga ko batazazuyaza gukoresha intwaro za kirimbuzi niyishotora nyuma yâaho Seoul imaze kwerekana ubushobozi bwayo bwo kugaba ibitero mu majyaruguru. Kuri uyu wa Kabiri, Kim Yo Jong mu itangazo ryashyizwe ahagaragara nâibitangazamakuru bya leta ya Koreya ya Ruguru, yavuze ko Minisitiri […]
Rutsiro: Abarenga ibihumbi 5 barashinja Akarere kubicisha inzara

Abaturage bo mu karere ka Rutsiro mu mirenge ya Gihango, Musasa, Boneza, Kigeyo na Kivumu bivugwa ko barenga ibihumbi 5 bari batunzwe no gucukura imicanga, ubu barashinja akarere kuba inyuma yo kuba bamaze amezi 6 bari mu buzima bw’ inzara nâ igihombo gikabije, mu gihe kavuga ko ibibazo byâaba baturage byamaze kwigwaho hategerejwe igisubizo cyâikigo […]
Zambia, Rwanda signs seven MoU
Rwanda has signed seven agreements with Zambia as the two countries seek to deepen bilateral relations. The signing ceremony was presided over by President Paul Kagame and his host, President Hakainde Hichilema. Kagame is in Zambia for a two-day visit. The agreements, the Presidency said, include cooperation in taxation, immigration and health. Others are on […]
Umuvugizi wa guverinoma ntiyishimiye indishyi zagenewe abagizweho ingaruka nâibitero bya MRCD-FLN
Umuvugizi wa guverinoma yâu Rwanda, Yolande Makolo, yagaragaje ko atishimiye indishyi urukiko rwâubujurire rwageneye abagizweho ingaruka nâibitero umutwe witwaje intwaro wa MRCD-FLN wagabye mu mwaka wâ2018 nâ2019. Kuri uyu wa 4 Mata 2022 ni bwo urukiko rwâubujurire rwakatiye Paul Rusesabagina wari umuyobozi wâihuriro MRCD rishamikiyeho umutwe wa FLN, abari abavugizi: Nsabimana Callixte na Nsengiyumva Herman, […]
Le tribunal a confirmé la peine de 25 ans de prison pour Paul Rusesabagina
Un tribunal rwandais de la capitale Kigali a confirmĂ© lundi la peine de 25 ans de prison de Paul Rusesabagina, un ancien hĂŽtelier prĂ©sentĂ© comme un hĂ©ros dans un film intitulĂ© “Hotel Rwanda”. Rusesabagina, 67 ans, a Ă©tĂ© reconnu coupable en septembre dernier de huit chefs d’accusation liĂ©s Ă des actes de terrorisme commis par […]
Umuryango wa Rusesabagina uvuga ko utatunguwe no kongera gukatirwa imyaka 25
Nyuma yo kumva umwanzuro w’urukiko rw’ubujurire mu Rwanda wo kugumizaho igifungo cy’imyaka 25 Paul Rusesabagina yari yarahawe, umuryango we wavuze ko utatunguwe nacyo. Umukobwa wa Rusesabagina, Carine Kanimba, yabwiye BBC ko uwo mwanzuro utabatangaje kuko bazi neza ko uru rubanza ari urwa politike. Yagize ati ” Uwo mwanzuro ntabwo wadutangaje… ” Yakomeje avuga ko bizera […]
Boris Johnson yemeye ubutumire bwa Perezida Kagame i Kigali
Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson, yemeje ko azitabira inama ya CHOGM ihuza abakuru b’ibihugu na za Guverinoma z’ibihugu byibumbiye mu muryango w’ibikoresha ururimi rw’Icyongereza iteganyijwe kubera i Kigali mu mezi abiri ari imbere. Boris Johnson yemeje ko azaza i Kigali nyuma yo gutumirwa na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame. Inama y’ibihugu na za Guverinoma […]