Yolande Makolo ntiyanyuzwe n’imvugo y’ Umuvugizi w’Umunyamabanga Mukuru wa LONI
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yagaragaje ko atanyuzwe n’imvugo y’Umuvugizi w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, wavuze ku kibazo cy’umutekano muke mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo. Imvugo y’Umuvugizi w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Stephane Dujarric, ku bibera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yagaragaza ko iki gihugu gishotorwa kandi kivogerwa. Yagize ati […]
Umugore wa Perezida Tshisekedi yamukomeje M23 imaze gufata Bunagana
Umugore wa Perezida Félix Tshisekedi uyobora Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Denise Nyakeru, yamukomeje muri iki gihe ingabo za Leta zihanganye n’umutwe witwaje intwaro wa M23. Kuri uyu wa 13 Kamena, Perezida Tshisekedi yujuje imyaka 59 y’amavuko, ukaba ari wo munsi abarwanyi ba M23 bafatiyeho umujyi wa Bunagana ukoze ku mupaka wa RDC na Uganda […]
AS Kigali yatsinze APR FC, Kiyovu Sports yirangaraho; Marines FC isubira Rayon Sports
Ikipe ya AS Kigali yatsinze APR FC ibitego 2-0, mu mukino ubanziriza uw’umunsi wa nyuma wa shampiyona wabaye kuri uyu wa Mbere. Amakipe yombi yari yahuriye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, mu mukino iyi kipe y’Ingabo z’igihugu yasabwaga gutsinda igahita itangira gukoza imitwe y’intoki ku gikombe cya shampiyona. APR FC yatangiye umukino yotsa igitutu […]
Inshuti z’umunya-Maroc wakatiwe urwo gupfa kubera kurwanira Ukraine ziri mu gahinda
Abategetsi baharanira ubwigenge bwa Leta ya Donetsk baherutse gukatira igihano cy’urupfu Abongereza babiri n’umunya-Maroc bafashwe n’ingabo z’u Burusiya barwanira Ukraine. Aba Bongereza ni Aiden Aslin w’imyaka 28 y’amavuko na Shaun Pinner w’imyaka 48. Umunya-Maroc ni Brahim Saadoun w’imyaka 21 y’amavuko. Inshuti za Brahim zatangarije The Guardian ko Leta y’u Burusiya n’iya Donetsk z’imushinja kuba umucancuro […]
Community Liaison Officer at Rutongo Mines
Community Liaison Officer (1 Position ) Position/Job Title: Community Liaison Officer Job Grade: C3 Department : Group Environmental and Social Governance Manager (ESG) Reports To: ESG Manager Job Brief: The Community Liaison Officer is responsible for operationalising, managing and monitoring Trinity Metals’ social plans, policies and procedures including community relations, land acquisition, compensation and resettlement, […]
M23 ivuga ko abahunze Bunagana mu minsi mike barataha
Umuvugizi wa M23, Maj. Willy Ngoma, avuga ko abaturage bahunze Bunagana barataha vuba, kandi ko izabarindira umutekano kurusha ingabo za Leta, FARDC. Abasirikare babarirwa muri za mirongo ba DR Congo bahungiye muri Uganda nyuma y’uko umuhanda uhuza Bunagana na Goma ufunzwe na M23. Umuvugizi w’ingabo za Uganda Brig Gen Felix Kulaigye yabwiye BBC ko abo […]
U Burusiya buravuga ko Ukraine n’u Burayi birebye nabi byasenyuka
Umuyobozi w’Inteko Ishinga Amategeko y’u Burusiya, Viacheslav Volodin, yakangishije ko niba igitekerezo cy’uwahoze ari Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Pologne, Radoslaw Sikorski, cyo guha Ukraine intwaro za kirimbuzi gishyizwe mu bikorwa, amakimbirane arimo intwaro za kirimbuzi ashobora gusenya umugabane w’u Burayi. “Sikorski arateza amakimbirane ya kirimbuzi hagati mu Burayi. Ntabwo atekereza ku hazaza ha Ukraine cyangwa […]
Governor Habitegeko assures Rubavu border settlers of tight security
The Governor of Western Province, François Habitegeko has vowed to tighten security in the region following an escalating tensions in the neighbouring Democratic Republic of Congo with which they share the border. Addressing the residents during a meeting held at Umuganda Stadium after the monthly community work, Habitegeko said that measures have been put in […]
UN uncovers human trafficking refugee camp that host some Rwandans in Malawi
A United Nations team says it has uncovered, in Malawi, a refugee camp suspected to hold trafficked men, women, and children. The camp also hosts some Rwandans that fled their home country in different years. The UN Office of Drugs and Crime (UNODC) and the Malawian Police Service made the discovery in routine monitoring of […]
Les rebelles du M23 s’emparent de la ville de Bunagana
Les rebelles du M23 en République démocratique du Congo se sont emparés de la ville orientale de Bunagana, à la frontière avec l’Ouganda, ont déclaré lundi des militants locaux, dans un revers pour les forces congolaises qui avaient déclaré un jour plus tôt qu’elles tenaient les insurgés en fuite. Bunagana était un bastion du M23 […]
Rwamagana City FC yatewe mpaga ishinjwa gukinisha umukinnyi ufite umuziro
Ikipe ya AS Muhanga yageze muri ½ cy’irangiza mu rugendo rwo gushaka itike yo kuzamuka mu cyiciro cya mbere, nyuma yo gutera mpaga Rwamagana City. Ikipe ya Rwamagana yasezerewe mu gihe ari yo yaherukaga kugera muri ½ cy’irangiza ibifashijwemo n’igitego cyo hanze. Umukino ubanza iyi kipe y’umutoza Nsengiyumva François yari yaratsindiwe Muhanga i Rwamagana igitego […]
U Bwongereza: Gahunda yo kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda yongeye kuzamo kidobya
Kuri uyu wa Mbere, abakangurambaga bo mu Bwongereza babonye amahirwe yabo ya nyuma mu rukiko kugira ngo bahagarike indege ya mbere igomba kujyana mu Rwanda abasaba ubuhungiro mu Bwongereza. Guverinoma yo irateganya gukomeza umugambi wo kohereza indege ya mbere itwaye abasaba ubuhungiro 31 ku wa Kabiri ivuye ku kibuga cy’indege kitaramenyekana. Ni nyuma yo gutsinda […]
Umuhanzi Rugamba Yverry yarongoye, ubukwe bwe butahwa n’ibyamamare
Umuhanzi Rugamba Yverry uri mu bakunzwe mu muziki nyarwanda, yakoze ubukwe n’umukunzi we Uwase Vanessa abenshi bazi nka Vanillah. Ni mu birori bibereye ijisho byitabiriwe n’umubare munini w’ibyamamare Nyarwanda. Yverry azwi mu ndirimbo zitandukanye zakunzwe nka ’Umutima’ ‘Amabanga’, ‘Nduwawe’, ‘Naremewe wowe’, ’Uziye igihe’ n’izindi. Kuri iki cyumweru ni bwo yasabye anakwa umukunzi we, mbere yo […]
Qatar iyoboye urutonde rw’Ibihugu 10 by’Abarabu bikize kurusha ibindi

Igihugu cya Qatar nicyo kiyoboye urutonde rwo mu mwaka ushize wa 2021 rw’ibihugu 10 by’Abarabu bikize kurusha ibindi hakurikijwe umusaruro mbumbe wa buri muturage ku mwaka nk’uko tubekesha urubuga albawaba.com rwo mu Burasiazuba bwo Hagati, muri ibi bihugu hakaba hanagaragaho ibyo muri Afurika bitatu. Dore ibihugu 10 by’Abarabu bikize kurusha ibindi 1. Qatar: yaje ku […]
Bunagana yafashwe, LUCHA irashinja ingabo za Uganda gufasha M23
Umuryango LUCHA uharanira uburenganzira bw’Abanyekongo n’agaciro kabo urashinja ingabo za Uganda n’iz’u Rwanda gufasha umutwe witwaje intwaro wa M23 uhanganye n’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC. Ni mu gihe bivugwa ko M23 yamaze gufata umujyi wa Bunagana n’umupaka waho nyuma y’imirwano ikomeye imaze iminsi ibera muri teritwari ya Rutshuru, hafi y’u Rwanda na […]
Uganda: Lt. Gen. Muhoozi yasabye urukiko gutesha agaciro ikirego yarezwe
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yasabye Urukiko Rushinzwe Kurinda Iremezo ry’Itegeko Nshinga kutakira ikirego aregwamo kuba yarerekanye inzozi ze kuba perezida igihe yizihizaga isabukuru y’imyaka 48, nyamara akiri umusirikare mukuru, kugira ngo azasimbure se, Perezida Museveni, umaze imyaka hafi mirongo ine ku butegetsi. Mu gisubizo cyabo cyo ku […]
U Burusiya bwatangaje ko bwasenye ububiko bw’intwaro nyinshi Ukraine yahawe
Ingabo z’u Burusiya zatangaje ko zasenye ububiko bw’intwaro nyinshi bwari mu mujyi wa Chortkiv uri mu burasirazuba bw’akarere ka Severodonetsk, zemeza ko Ukraine yahawe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ibindi bihugu by’i Burayi. Nk’uko France 24 yabitangaje, Umuyobozi wa Leta ya Luhansk iherereyemo aka gace, Sergiy Gaiday, yasobanuye ko igitero cyakomerekeyemo abantu 22, ikiraro […]
Rubavu: Guverineri Habitegeko yijeje kurushaho gukaza umutekano hafi y’umupaka
Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, François Habitegeko, yijeje gukaza umutekano mu karere nyuma yo kwiyongera kw’amakimbirane mu gihugu cy’abaturanyi cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ubwo yaganiraga n’abaturage baturiye umupaka kuri Stade Umuganda nyuma y’umuganda ngarukakwezi wo kuwa Gatandatu ushize, Guverineri Habitegeko yavuze ko hari ingamba zafashwe zo kwizera ko intara itazaba ubwinjiriro bw’abashaka guhungabanya umutekano w’igihugu. […]
FARDC yashinje u Rwanda gushaka kwigarurira Umujyi wa Bunagana
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyashinje u Rwanda gushaka kwigarurira Umujyi wa Bunagana mu rwego rwo ‘kuniga’ abatuye mu mujyi wa Goma. Ni nyuma y’imirwano ikomeye yabaye ejo ku Cyumweru hagati y’Ingabo za Congo Kinshasa n’inyeshyamba za M23. Umuvugizi wa Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru ku rwego rwa Gisirikare, Gen de Brigade […]
Umuriro wongeye kwaka hagati ya Past. Bugingo na Bugembe
Uguterana amagambo kongeye kwaduka hagati ya Pasiteri Wilson Bugembe na mugenzi we, Aloysius Bugingo, amushinja gutumira abaririmba indirimbo zitwa iz’Isi (Secular music) mu gitaramo cye, ‘Katonda Wabanaku Mw’eno Ensonga’ , giherutse guhuruza imbaga. Bugingo avuga ko bitumvikana uko abo bahanzi baje mu gitaramo cyo guhimbaza Imana, akongeraho ko ” Bugembe yapfukamye imbere y’umupfumu, Sofia Namutebi […]
UN yamaganye ibikorwa bya FDLR na M23
Umuvugizi w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye (UN), Stéphane Dujarric yamaganye ibikorwa by’umutwe witwaje intwaro wa M23 wo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo na FDLR ikorerayo ariko ikomoka mu Rwanda. Dujarric mu butumwa yatangiye ku rubuga rwa UN ku wa 11 Kamena 2022, yasobanuye ko iyi mitwe hamwe n’indi nka CODECO, ADF ikomoka muri Uganda na […]
Abasirikare b’u Rwanda barekuwe, ibindi bisasu i Musanze na RDF itaritabiriye inama y’i Goma: inkuru z’icyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 6 Kamena 2022 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru zirimo iz’umutekano n’ubutabera. Harimo: RDC yarekuye abasirikare b’u Rwanda yari yarafashe Igisirikare cy’u Rwanda ku wa 11 Kamena cyatangaje ko ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, RDC, bwarekuye abasirikare babiri: Cpl Nkundabagenzi Elysée na Pte Ntwari Gad. RDF isobanura ko aba basirikare bashimutiwe […]