Perezida Kagame yahishuye icyo u Rwanda rwakoze ubwo rwamenyaga ko M23 ishobora kubura imirwano

Perezida Paul Kagame yavuze ko mbere y’uko umutwe wa M23 wubura imirwano, u Rwanda rukurikije amakuru rwari rufite rwari rwavuganye na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ruyiburira ko hari ikiri gututumba, ko ikwiye kugira icyo ikora ariko ikinangira. Perezida Paul Kagame yabivuze kuri uyu wa Mbere tariki 04 Nyakanga 2022 mu kiganiro yagiranye n’Urwego rw’Igihugu […]

Niyigena Clément wa Rayon Sports mu mwambaro wa APR FC

Myugariro Niyigena ClĂ©ment wakiniraga ikipe ya Rayon Sports, yagaragaye mu mwambaro wa APR FC, bishimangira ko yamaze gusinyira iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu. Ifoto yamaze gukina hanze yerekana uyu musore ari mu biro bya APR FC, yambaye umwambaro wayo anasoma ikirango cyayo. Iyi foto yagiye hanze nyuma y’amakuru yari amaze avuga ko uyu musore yamaze gusinyira […]

Cardinal Ambongo abona ikibazo rukumbi cyugarije igihugu cye cya RDC ari abayobozi bacyo

Arikiyepiskopi wa Kinshasa, Cardinal Fridolin Ambongo, yatangaje ko ikibazo rukumbi abona cyugarije igihugu cye cya Congo Kinshasa ari abayobozi bacyo badatega amatwi abaturage ngo bumve ibibazo byabo. Uyu mushumba yabigarutseho mu kiganiro cyihariye aheruka kugirana na Televiziyo yitwa KTO ya Kiliziya Gatolika. Yagize ati: “Nizera ko ikibazo cyacu muri Congo ari ikibazo cy’abantu, ikibazo cyo […]

Perezida Kagame yasobanuye irengero ry’intwaro abarwanyi ba M23 binjiranye mu Rwanda

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yasobanuye irengero ry’intwaro abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23 binjiranye mu Rwanda ubwo baruhungiragamo mu 2013. Muri uwo mwaka, M23 yari imaze umwaka urenga irwanira mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), yarasenyutse, abarwanyi bayo bahungira muri Uganda no mu Rwanda. Perezida Kagame mu kiganiro […]

U Bushinwa bugiye gushyikiriza Zimbabwe inteko ishinga amategeko nshya yatwaye miliyoni 140$

new-parliament-building-harare-zimbabwe-government-design-6-1439x1032-pantic-architects.jpg

U Bushinwa buri mu myiteguro yo gushyikiriza Zimbabwe impano y’inyubako nshya izajya ikoreramo inteko ishinga amategeko yuzuye itwaye miliyoni 140 z’Amadolari. Uyu akaba ari umwe mu mishinga minini y’u Bushinwa hirya no hino muri Afurika igamije kurushaho guha iki gihugu cy’igihangange ijambo ku mugabane. Iyi nyubako nshya irimo imyanya 650 yo kwicaramo izasimbura iyari isanzwe […]

Amafoto: Ukraine yerekanye uko iri gukoresha HIMARS yahawe na USA

Ukraine yari imaze iminsi isaba ibihugu bifite bikomeye kuyiha za HIMARS

Ingabo za Ukraine zerekanye amafoto n’amashusho y’uburyo ziri gukoreshamo intwaro za HIMARS ziherutse guhabwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA). Ibiro byazo bisobanura ko izi ntwaro zifashishwa ku rugamba rwo ku butaka no guhangana n’ibitero byo mu kirere, zarashe ku ngabo z’u Burusiya. Mu isaha ishize, byashyize ku rubuga rwa Facebook videwo y’amasegonda 46 […]

Community Liaison Officer AO at The British High Commission in Rwanda

View Vacancy – Community Liaison Officer AO (04/22 KG) The British Government is an inclusive and diversity-friendly employer. We value difference, promote equality and challenge discrimination, enhancing our organisational capability. We welcome and encourage applications from people of all backgrounds. We do not discriminate on the basis of disability, race, colour, ethnicity, gender identity, religion, […]

Imirwano hagati ya FARDC na M23 yongeye kubura ahitwa Bikenge muri Rutshuru

Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 04 Nyakanga, imirwano hagati ya FARDC n’umutwe wa M23 yakomereje ahitwa Bikenge, muri Gurupoma ya Kisigari, muri Teritwari ya Rutshuru, ho muri Kivu y’Amajyaruguru. Amakuru ahaturuka aravuga ko iyi mirwano yubuye nyuma y’iminsi mikeya y’ituze muri iki gice, bivugwa ko hashize icyumweru nta muturage ukirangwamo. Nta mibare irajya ahagaragara […]

Ufite inkomoko mu Rwanda yahawe umwanya ukomeye muri Leta y’Ubufaransa

HervĂ© Berville, wari usanzwe ari Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Bufaransa akaba anafite inkomoko mu Rwanda, yinjiye muri Guverinoma y’u Bufaransa nk’Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ibikorwa byo mu Nyanja (SecrĂ©taire d’État Ă  la Mer) uhereye kuri uyu wa 4 Nyakanga 2022. Berville w’imyaka 32 yinjiye mu Nteko Ishinga Amategeko ahagarariye ishyaka La Republique En […]

Leta y’u Bwongereza irimo gutegura indege ya kabiri izazana abahasaba ubuhungiro mu Rwanda

Minisiteri y’umutekano w’imbere mu gihugu mu Bwongereza irimo gutegura indege ya kabiri igomba kujyana abasaba ubuhungiro mu Rwanda, ishobora guhaguruka mbere y’uko urukiko rwemeza ko iyi gahunda yemewe n’amategeko, nk’uko amakuru agera ku kinyamakuru The Guardian avuga. Biravugwa ko indege ya kabiri ishobora guhaguruka mu byumweru bike nubwo urukiko rukuru ruzasuzuma gahunda ya guverinoma ku […]

Tanzania taken to court over handling of teen mothers

Three prominent human rights organisations have petitioned the African Court for Human and Peoples Rights to hasten the resolution of a two-year-old case seeking to scrap Tanzania’s controversial directive that in 2017 banned pregnant teenagers, child brides and teenage mothers from going back to school. The Initiative for Strategic Litigation in Africa, Women’s Link Worldwide […]

Le procÚs de fond du suspect de génocide Rutunga fixé au 5 juillet

La Chambre de la Haute Cour pour les crimes internationaux (HCCIC), district de Nyanza, entamera le mardi 5 juillet l’audience substantielle du procĂšs de l’affaire Venant Rutunga, qui est soupçonnĂ© de crimes de gĂ©nocide. Rutunga, 72 ans, est accusĂ© de trois chefs d’accusation : gĂ©nocide, complicitĂ© dans la commission du gĂ©nocide et extermination en tant […]

Nta muntu n’umwe turi kwinginga ngo dushyirwe mu ngabo zizajya muri RDC_Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yavuze ko nta muntu n’umwe u Rwanda ruri kwinginga kugira ngo ingabo zarwo zemererwe kujyana n’iza EAC kugarura amahoro muri RDC, agaragaza ko kuba zitajyayo ari byo bifite inyungu ku Rwanda. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho kuri uyu wa Mbere Tariki ya 04 Nyakanga, mu kiganiro yagiranye n’Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru (RBA). Ni […]

Burundi: Abagize guverinoma bose bahawe ikiruhuko cy’iminsi 10

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, kuri uyu wa 4 Nyakanga 2022 yahaye abagize guverinoma bose ikiruhuko cy’iminsi 10. Ni icyemezo yafashe ashingiye ku mwanzuro wafatiwe mu nama y’abagize guverinoma yabaye tariki ya 29 Kamena 2022. Itangazo ryashyizweho umukono n’Umuvugizi we, Evelyne Butoyi rigira riti: “Nk’uko byatangajwe muri raporo y’inama y’abaminisitiri yo ku wa 29 Kamena […]

Umunyamideri Huddah Monroe yatunguwe no kuba Pearl of Africa Hotel imara iminsi 2 nta muriro ifite

Umunyamideri n’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, Alhuda Sonie Njoroge uzwi nka Huddah Monroe, yagaragaje ko yatengushywe na serivisi z’imwe muri mahoteli yo mu Mujyi wa Kampala y’inyenyeri eshanu ariko yamazemo minsi ibiri nta muriro ifite bigatuma zimwe muri gahunda zari zamujyanye muri iki gihugu zipfa. Iyo hotel ni Pearl of Africa iherereye mu nkengero za Nakasero […]

Meya yashyingiranwe n’ingona yari yambaye ikanzu y’ubukwe barasomana (Amafoto)

2_screenshot_2022-07-01_at_153900.png

Meya wa San Pedro Huamelula mu gihugu cya Mexique, Victor Hugo Sosa, yashyingiranwe n’ingona yari yambaye ikanzu y’ubukwe, yitwa Litte Princesss (Igikomangomakazi gito), barasomana nk’umugeni n’umukwe mu rwego rwo guhuza ububasha bwa muntu n’izindi mbaraga ziva mu ijuru. Iyi ngona ifatwa nk’Ikigirwamana, ifite imyaka irindwi, yakoranye ubukwe gakondo na Meya Hugo mu gace ka San […]

Nyamasheke: Abamugariye ku rugamba rwo kubohora igihugu bishimira ko ibyo baharaniye byagezweho

Ruhashya Francis warasiwe amaso yobi ku rugamba avuga ko yishimira ko amaraso yabo atamenekeye ubusa

Bamwe mu bamugariye ku rugamba rwo kubohora igihugu bo mu karere ka Nyamasheke, bavuga ko nubwo batakarije zimwe mu ngingo z’imibiri yabo kuri urwo rugamba, kuri iyi nshuro ya 28 u Rwanda rwizihiza umunsi wo kwibohora, bishimira ko ibyo baharaniraga, nk’ubumwe bw’abanyarwanda n’umutekano usesuye mu gihugu byagezweho, bakumva batararuhiye ubusa, bagasaba buri munyarwanda kurangwa n’umutima […]

Nyamasheke: Abikorera baremeye inka 8 abarokotse jenoside

Izi nka ni zo zaremewe abo mu miryango y'abikorera bishwe muri jenoside yakorewe abatutsi

Ku nshuro ya mbere,abagize urugaga rw’abikorera mu karere ka Nyamasheke bibutse bagenzi babo bikoreraga bishwe muri jenoside yakorewe Abatutsi, banaremera inka 8 abo mu miryango y’abo bishwe, basabwa n’umuryango Ibuka kimwe n’ubuyobozi bw’aka karere kutagarukira kuri izi nka 8 gusa, kuko hakiri imiryango myinshi yarokotse jenoside yakorewe abatutsi itoroye ikeneye korozwa,kimwe n’itagira aho iba cyangwa […]

Niba ku Isi hari ahantu habaye ukuzimu, ni muri Sievierodonetsk – Ingabo za Ukraine

Amashyamba n’imijyi byatwitswe bikajya hasi. Bagenzi bacu bacitse amaguru. Amabombe atarangira inzira yonyine ari ukuryama mu mwobo, ugategereza usenga, ibi ni bimwe mu byo ingabo za Ukraine zahuye nabyo mu rugamba rwo mu burasirazuba bw’igihugu, aho bemeza ko biboneye ukuzimu ku Isi. Abasirikare ba Ukraine bashoboye gucika urugamba rwo mu burasirazuba mu karere ka Donbas, […]

Gabriel Jesus muri Visit Rwanda nyuma yo kwemezwa nk’umukinnyi wa Arsenal (Amafoto)

20220704_101929.jpg

Ikipe ya Arsenal yatangaje ko yamaze gusinyisha umunya-BrĂ©sil Gabriel Jesus wakiniraga Manchester City. Arsenal yahaye ikaze uyu rutahizamu ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo. Amafoto iyi kipe y’i Londres yashyize kuri Twitter yayo yerekana Gabriel Jesus ari muri Stade ya Emirates, yambaye umwambaro wa numĂ©ro 9 mu mugongo, wanditseho amagambo ‘Visit Rwanda’ ku kaboko. Ni numĂ©ro […]

ISLAM/RELIGION na MODERNITE- Igice cya Gatandatu

UMWANZURO : Nkuko bivugwa n’abashakashatsi batandukanye nka Marcel Gauchet, Danielle H.L., modernitĂ© igeze aho ibona ko ibyo yari iteze ku Muntu bigoye kubigeraho (doute) kuko ibona ko hari ikibazo gikomeye kibazwa n’abantu benshi : Icyerekezo cy’Ubuzima. Hari ikibazo gikomeye, abantu barasa n’abashaka gusubira kubaza ibibazo urwego rw’idini. Ku rundi ruhande Religion aha ndavuga ubuyisilamu burasa […]

Uganda: Gen. Tumwiine arashinjwa kubuza abahesha b’inkiko gushyira mu bikorwa icyemezo cy’urukiko

Igipolisi cya Uganda kiri gukora iperereza ku mpamvu uwahoze ari minisitiri w’umutekano, Gen Elly Tumwine, yabujije abahesha b’inkiko gushyira mu bikorwa icyemezo cy’urukiko mu Karere ka Kazo. Bivugwa ko ku wa Gatatu ushize saa cyenda z’amanywa ubwo yari ku muhanda wa Kazo-Rwemikooma ku masangano agana mu rugo rwa Gen Tumwine, abahesha b’inkiko bari bafashe Steven […]

Umunyamakuru Robert Cyubahiro McKenna wa RBA yarusimbutse

fwugfiwxkaa4aps-1024x570.jpg

Umunyamakuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru (RBA), Robert Cyubahiro McKenna, yarusimbutse nyuma yo gukora impanuka, yashwanyaguje igice cy’imbere cy’imodoka yari imutwaye. Robert McKenna kuwa 3 Nyakanga 2022, yatangaje ko yakoze impanuka y’imodoka ariko Imana igakinga akaboko. Mu butumwa yanyujije kuri Twitter buherekejwe n’ifoto igaragaza imodoka ye yakoze impanuka ikangirika cyane, yagize ati “Isumbabyose yavuze ngo ‘ndacyagukeneye’. Ubu […]

Uko abagaba bakuru ba RDF basimburanye kuva u Rwanda rwabohorwa

Maj. Gen. (Rtd) Sam Kaka wabaye Umugaba Mukuru u Rwanda rumaze kubohorwa

Kuva u Rwanda rwabohorwa n’ingabo za RPA Inkotanyi tariki ya 4 Nyakanga 1994, igisirikare cyarwo kimaze kuyoborwa n’abagaba bakuru batandatu (6), uhereye ku ufite ipeti rya Major General kugeza ku rya General ryuzuye. Ku ikubitiro, iyi nshingano yahawe Major General (Rtd) Sam Kanyemera wamenyekanye nka Kaka (impine y’izina rye), akaba umwe mu basirikare bakuru bayoboye […]

Ingabo za Uganda zigaruriye ibirindiro bikomeye bya ADF

Ingabo za Uganda zafashe ibirindiro bikomeye by’umutwe w’iterabwoba wa ADF, mu gace ka Kasindi ho muri Terirwari ya Beni mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Umwe mu basirikare bakuru muri UPDF yatangaje ko ibi birindiro bizwi nka Lisulubi byafashwe ejo ku cyumweru. UPDF yafashe ibi birindiro bya ADF, nyuma y’uko ku wa Gatanu w’icyumweru gishize isubukuye […]

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze urugamba rwo kubohora u Rwanda

arton162104.jpg

Tariki ya 4 Nyakanga, ni itariki u Rwanda n’Abanyarwanda bizihizaho Umunsi wo Kwibohora nyuma y’urugamba rwatangiye ku itariki ya 01 Ukwakira mu 1990, ubwo ingabo zari iza FPR Inkotanyi, APR, zagabaga igitero cya mbere urugamba rukarangira nyuma y’imyaka ine zihagarika Jenoside yakorewe Abatutsi. Mu mwaka wa 1990 Tariki ya 1 Ukwakira : Umupaka wa Kagitumba […]

Ingabo za Ukraine zemeye ko zavuye muri Luhansk kubera ubukana bw’intwaro z’u Burusiya

Ibiro by’ingabo za Ukraine byatangaje ko zavuye mu gace ka Lysychansk zari zisigayemo muri Leta ya Luhansk, kubera ubukana bw’imbunda u Burusiya bwakoresheje. Mu gitondo cy’uyu wa 3 Nyakanga 2022 ni bwo Minisitiri w’ingabo z’u Burusiya, Sergei Soigu yamenyesheje Umugaba w’Ikirenga, Perezida Vladimir Putin ko ingabo za Ukraine zari zisigaye muri aka gace zamaze kukavanwamo. […]

M23 yavuze ku birego ishinjwa byo kurasa ibisasu mu kigo cya MONUSCO i Kibindi

Umuvugizi wa M23, Maj. Willy Ngoma, yahakanye amakuru avuga ko uyu mutwe warashe za rokete mu birindiro bya MONUSCO biri ahitwa Kibindi, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo. Kuwa Gatanu nibwo MONUSCO yatangaje aya makuru, ivuga ko M23 yarashe ibisasu bitatu bya rokete mu kigo cyayo. Ntabwo yatangaje niba hari uwo byishe, byakomerekeje […]

Young Africans yisubije rutahizamu bari baratandukanye nabi ajya muri Simba SC

Ikipe ya Young Africans yo mu gihugu cya Tanzania, yemeje ko yamaze kwisubiza umunya-Ghana Benard Morrison wakiniraga mukeba wayo Simba Sports Club. Iyi kipe ikunzwe kurusha izindi muri Tanzania yemeje aya makuru binyuze muri videwo yashyize ku mbuga nkoranyambaga zayo. Ni videwo yari iherekejwe n’amagambo avuga ko Benard Morrison “yagarutse”. Uyu munya-Ghana yasinyiye Young Africans […]

RDC iri kwiyegereza cyane USA, M23 ‘irusha imbaraga FARDC-MONUSCO’ na FDLR itoza indi mitwe: inkuru z’icyumweru

Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 27 Kamena 2022, cyaranzwe n’inkuru nyamukuru zibanda ku mutekano, politiki n’ubutabera. Harimo: Boris yemereye Kagame gukora ibishoboka abakekwaho jenoside bari mu Bwongereza bakagezwa mu butabera Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson, yemereye Perezida Paul Kagame gukora ibishoboka kugira ngo Abanyarwanda batanu bakekwaho uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi baba mu gihugu […]