Umuhanzikazi ukunzwe muri âgospelâ yishimiye imyaka 7 amaze akundana nâumugore mugenzi we
Umuhanzikazi Julie Birungi uzwi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana muri Uganda nka Julie Mutesasira, yagaragaje ko yishimira imyaka irindwi amaze akundana nâumugore mugenzi we. Uyu mugore yahundagaje imitoma kuri mugenzi we agira ati: âNkikubona bwa mbere nafashwe nâamarangamutima, uwo niwo munsi niyumvisemo urukundo mu buzima bwanjye.â Yunzemo ko buri gihe iyo ateye akajisho […]
RDC: Depite Marc Kabund uherutse kuvuga ko Tshisekedi adashoboye yahamagajwe nâubushinjacyaha
Nyuma yâibyo aherutse gutangaza mu itangazamakuru, Depite Jean-Marc Kabund yasabwe gusubiza imbere yâubutabera amagambo yavuze ku mukuru wâigihugu, FĂ©lix Tshisekedi. Jean-Marc Kabund, perezida wâishyaka “Alliance pour le Changement” ku rwego rwâigihugu akaba nâumudepite mu Nteko Ishinga Amategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yasabwe kwitaba ubushinjacyaha ku rukiko rwâiremezo kuri uyu wa Kane, itariki ya […]
Le Rwanda rĂ©duira les dĂ©cĂšs liĂ©s aux MNT Ă 25% d’ici 2025
Le ministĂšre de la SantĂ©, par l’intermĂ©diaire du Centre biomĂ©dical du Rwanda (RBC), a annoncĂ© son intention de rĂ©duire considĂ©rablement les dĂ©cĂšs attribuĂ©s aux maladies non transmissibles (MNT), notamment en rĂ©duisant le fardeau des maladies cardiovasculaires dans le pays. Selon les estimations de 2016 de l’Organisation mondiale de la santĂ©, les MNT reprĂ©sentaient 44 % […]
M23 na FARDC bongeye kubura imirwano nyuma y’ibyumweru 2 by’agahenge
Igisirikare cya Congo Kinshasa (FARDC) n’umutwe wa M23, kuri uyu wa Gatatu bongeye kubura imirwano nyuma y’ibyumweru bibiri by’agahenge. Amakuru y’imirwano mishya hagati y’impande zombi yemejwe na Syllas Bangala, umuyobozi muri Groupement ya Busanza iherereye muri Terirwari ya Rutshuru imirwano iri kuberamo. Uyu yabwiye ACTUALITE.CD ko imirwano yabereye mu duce twa Kabingo na Rubavu, nyuma […]
Guverineri Habitegeko yasabye uvuga ko muri Rutsiro bashonje kwiririra n’urubyaro rwe

Guverineri wâintara yâUburengerazuba, Habitegeko François, yasabye umuturage uvuga ko mu karere ka Rutsiro bashonje kwiririra nâurubyaro rwe, hanyuma agakuramaboko mu mufuka, agakora. Ku wa 25 Nyakanga 2022, ibiro byâakarere ka Rutsiro byagaragarije kuri Twitter umusaruro wâibirayi wavuye mu murenge wa Kigeyo, mu gihe cyâihinga cya 2022 B. Biti: âNteko mu murenge wa Kigeyo, akarere ka […]
Twirwaneho iravuga ko FARDC n’igisirikare cy’u Burundi bigiye kugaba ibitero ku Banyamulenge
Ishyirahamwe riharanira Uburenganzira bwâAbanyamulenge ryitwa Twirwaneho riravuga ko Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyaba kigiye kwihuza nâicyâu Burundi (FDNB) mu kwitegura kugaba ibitero ku bo mu bwoko bwâAbanyamulenge muri Kivu yâEpfo. Twirwaneho yatanze impuruza ko abasirikare ba FARDC baherutse kwihuza nâabasirikare bâu Burundi, bitegura kugaba ibitero ku Banyamulenge bo muri Kivu yâEpfo. […]
Myugariro w’Amavubi yasubiye mu kipe yo mu cyiciro cya 4 mu Bufaransa yahoze akinira
Myugariro w’ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Ngwabije Clovis-Bryan, yamaze kwerekeza mu ikipe ya ASP AndrĂ©zieux yo mu cyiciro cya kane mu Bufaransa yahoze akinira. Muri Kamena 2020 ni bwo uyu myugariro w’Amavubi yari yavuye muri EA Guingamp yerekeza muri Sporting Club de Lyon yari amaze igihe akinira. Ngwabije cyakora cyo yamenyekanye cyane akiri muri ASP AndrĂ©zieux yasubiyemo, […]
Kenya: William Ruto yisanze ari wenyine mu kiganirompaka cyâabakandida perezida

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 26 Nyakanga, Visi Perezida wa Kenya, William Ruto, yagaragaye wenyine mu kiganirompaka cyâabahatanira gusimbura perezida Kenyatta mbere yâamatora yo ku ya 9 Mata, nyuma yâuko mukeba we wâingenzi, Raila Odinga yari yatangaje ko atazakitabira mu mpera zâicyumweru gishize. Abandi bakandida babiri, George Wajackoyah w’Ishyaka Roots, na David Waihiga Mwaure w’Ishyaka […]
Gotabaya Rajapaksa uherutse kuvanwa ku butegetsi muri Sri Lanka arateganya gusubira mu gihugu cye
Uwahoze ari perezida wa Sri Lanka, Gotabaya Rajapaksa, arateganya gusubira mu gihugu cye ava muri Singapore aho yahungiye nyuma yo kuvanwa ku butegetsi nâimyigaragambyo ikaze yâabaturage, kubera ibibazo byâubukungu, nkâuko byatangajwe nâumudepite wo muri Sri Lanka. Kuri uyu wa Kabiri, itariki 26 Nyakanga, Umuvugizi wâinama yâabaminisitiri, Bandula Gunawardena, yatangarije abanyamakuru ko Rajapaksa atari mu bwihisho […]
RDC: Minisitiri Mpanda yabwiye abatekereza ko Abanyarwanda na M23 ari abanzi babo ko bibeshya
Minisitiri ushinzwe ubushakashatsi muri siyansi no guhanga udushya mu ikoranabuhanga muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), JosĂ© Mpanda Kabangu, yasabye abatekereza ko Abanyarwanda nâumutwe witwaje intwaro wa M23 ari abanzi babo kubanza gushishoza. Minisitiri Mpanda yabivugiye mu kiganiro yagiranye nâabaturage b’iwabo mu mujyi wa Mbuji-Mayi mu ntara ya KasaĂŻ-Oriental ku Cyumweru tariki ya 24 […]
Amagambo akakaye atazibagirana mu mbwirwaruhame za Robert Mugabe
Robert Gabriel Mugabe yapfuye afite imyaka 95 y’amavuko. Urupfu rwe rwatangajwe na Emmerson Mnangagwa wanatorewe kuyobora iki gihugu. Robert Mugabe yayoboye Zimbabwe imyaka 37. Ni umwe mu bagize uruhare rukomeye ngo iki gihugu cyigenge. Ni we Perezida wari umaze imyaka myinshi ku butegetsi kandi wari ukuze kurusha abandi. Mu gihe yari ku butegetsi, yaranzwe no […]
MINEDUC igiye guhindura uburyo amanota y’ibizamini bya leta yasohokaga
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, Gaspard Twagirayezu, arasobanura impamvu hagiye guhindurwa uburyo amanota y’ibizamini bya leta yasohokaga. Uyu muyobozi avuga ko amanota yose azabarwa mu buryo bumwe mu gihe ubusanzwe buri cyiciro cyabaga gifite uburyo bwacyo amanota atangazwamo. Yagize ati ” Twahinduye uburyo amanota yajyaga abarwa. Ubundi ubusanzwe abo mu mashuri abanza babaga bafite […]
Rayon Sports yategereje Umukongomani yoherereje itike y’indege iraheba
Ikipe ya Rayon Sports yategereje rutahizamu Lompala Bokamba wagombaga kurara aje kuyisinyira aturutse muri Congo Kinshasa, gusa amaso ahera mu kirere. Uyu rutahizamu wo ku mpande yumvikanye na Rayon Sports ndetse inamwoherereza itike nâamafaranga make yo gusigira umuryango we, akaba yagombaga kugera mu Rwanda mu ijoro ryakeye ryo ku wa 27 Nyakanga 2022. Mu buryo […]
Minisitiri Gasana yatanze icyizere ko nta bisasu bizongera guterwa mu Rwanda biturutse muri RDC
Minisitiri wâumutekano mu gihugu, Gasana Alfred, yatanze icyizere ko nta bisasu bizongera guterwa ku butaka bwâu Rwanda biturutse mu bihugu nka Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Minisitiri Gasana yabibwiye urubyiruko rwâabakorerabushake rwo mu ntara yâAmajyepfo ruri mu mahugurwa mu ishuri rya Polisi yâu Rwanda rya Gishari riherereye mu karere ka Rwamagana, kuri uyu wa […]
USA: Umukobwa wa Rusesabagina kuri uyu wa Gatatu aritaba Komite ishinzwe ubutasi mu nteko
Carine Kanimba, umukobwa wa Paul Rusesabagina, wakatiwe imyaka 25 yâigifungo nâurukiko mu Rwanda nyuma yo kumuhamya ibyaha bifitanye isano nâiterabwoba, kuri uyu wa Gatatu, itariki 27 Nyakanga, aritaba Komite yâInteko Ishinga Amategeko ya Amerika ishinzwe ubutasi. Uyu mukobwa wa Rusesabagina yitezweho gutanga ubuhamya ku bitero byâikoranabuhanga kuri telephone ye avuga ko bikorwa na Guverinoma yâu […]
Guterres yasabye Leta ya RDC kugeza mu butabera byihuse abakoreye urugomo MONUSCO
Umunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâAbibumbye, Antonio Guterres, yasabye ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) kugeza mu butabera byihuse abakoreye urugomo abashinzwe umutekano bari mu butumwa bwâamahoro, MONUSCO. Ni nyuma yâaho kuri uyu wa 26 Nyakanga 2022, abaturage bakoreye imyigaragambyo mu kigo cya MONUSCO giherereye mu mujyi wa Butembo, bakica umusirikare umwe ukomoka muri Maroc […]
CP Kabera avuga ko ibisambo bigiye kujya byitangaho amakuru
Umuvugizi wa polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera, avuga ko amabwiriza mashya agenga ubucuruzi bw’ibikoresho by’ikoranabuhanga, azatuma ibisambo ubwabyo byitangaho amakuru ndetse n’ay’ibyo byibye bityo byorohe kubikurikirana. Kuva tariki ya 11 Nyakanga 2022 hamaze gushyirwaho amabwiriza agenga ubucuruzi bw’ibikoresho y’amashanyarazi n’iby’ikoranabuhanga byakoreshejwe. Zimwe mu ngingo ziyakubiyemo harimo ko ubicuruza agomba kuba afite icyemezo cya […]
Rulindo: Umuyobozi avuga ko batananiwe gukurikirana agatsiko kacukuye ibiro byâakagari nâimva
Umuyobozi wâakarere ka Rulindo wungirije ushinzwe ubukungu, Mutsinzi Antoine, avuga ko nk’ubuyobozi batananiwe gukurikirana ibibazo biterwa nâagatsiko kâabitwa âAbapariâ gaherutse gucukura ahubatse ibiro byâakagari bigasiraga ku manga, kakanataburura umurambo. Abapari ni itsinda ryâabakora ubucukuzi bwâamabuye yâagaciro mu buryo butemewe nâamategeko mu murenge wa Murambi na Masoro, barimo abasezerewe nâikigo gishinzwe ubucukuzi cya Rutongo Mine. Abaturage […]
Uganda: Abanyarwanda 9 bashinjwa ibyaha byâiterabwoba kuva mu 2017 basubiye mu rukiko
Abanyarwanda icyenda basabye ishami mpuzamahanga rishinzwe ibyaha mu Rukiko Rukuru rwa Uganda gutesha agaciro ibyaha by’iterabwoba bashinjwa. Batawe muri yombi mu Kuboza 2017 bakurikiranyweho iterabwoba, gukoresha inyandiko mpimbano, no gushinga ikigo cyâiterabwoba bafatanyije nâabandi 36. Aba bakekwa ni Emmanuel Mugisha alias Byekwaso alias Mukisa, Pasiteri Musonyu Geoffrey alias Papa Sheema Elisaha, Daniel Kamara, Moses Bijura, […]
Perezida wa Ukraine aremeza ko Ingabo zâu Burusiya zimaze kwicirwa muri Ukraine zigera ku 40,000
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky arashaka gukuraho ubugenzuzi bwa Kremlin asaba umuntu uwo ari we wese ufite aho ahurira n’u Burusiya gusangiza abandi ibyo avuga ko ari umubare wa nyawo wâabasirikare babwo bamaze kwicirwa mu ntambara. Kuri uyu wa Kabiri ushize, mu ijambo yagejeje ku banyagihugu, Perezida Zelensky yavuze ko abasirikare bagera ku 40.000 bâu […]
Perezida Vladimir Putin yageneye Museveni ubutumwa bwihariye
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, yakiriye ubutumwa bwihariye yagenewe na mugenzi we Vladimir Putin w’u Burusiya yashyikirijwe ku biro bye na Sergey Lavrov usanzwe ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya. Kuri uyu wa Kabiri ni bwo Minisitiri Lavrov n’itsinda ayoboye bakiriwe na Museveni ku biro bye i Entebbe, bagirana ibiganiro. Aba bari muri Uganda […]