Bushali avuga ko agiye gushinga ikipe y’umupira w’amaguru yitwa Onze Bule

Umuhanzi w’injyana ya Kinyatrap, Bushali avuga ko agiye gushinga ikipe y’umupira w’amaguru, ikazaba ifite izina rya Onze Bule. Mu kiganiro yagiranye na Radio 10, yavuze ko akunda umupira w’amaguru, abazwa uko yawukunze agira ati: “Impamvu nkunda umupira w’amaguru mbere ntaraza mu muziki, nakinnye umupira, za Gikondo baranzi nubwo baje kundoga birangira mbivuyemo. Na n’ubu hari […]
Xi and Biden exchange warnings on Taiwan
The US and Chinese leaders have warned each other over Taiwan during a phone call that lasted more than two hours. President Joe Biden told his Chinese counterpart, Xi Jinping, that the US strongly opposed any unilateral moves to change the island’s status. But he added that US policy on Taiwan had not changed. Beijing […]
William Ruto wemeza ko hari gutegurwa kumugirira nabi, aratunga urutoki Perezida Kenyatta
Visi Perezida wa Kenya, William Ruto, yatangaje ko hari umugambi urimo gutegurwa wo kumugirira nabi, umuryango we ndetse n’abafatanyabikorwa be. Kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 29 Nyakanga, ubwo yavugiraga mu Ntara ya Nandi, Ruto yashinje Perezida Uhuru ko yamuteye ubwoba nubwo yagendeye ku nkunga ye mu matora rusange ya 2013 na 2017. Ruto yasabye […]
Munyakazi Sadate asanga aba-Rayon bakwiye kumusaba imbabazi
Munyakazi Sadate wahoze ari Perezida wa Rayon Sports, asanga abafana b’iyi kipe bakwiye kumusaba imbabazi nyuma kumutera imijugujugu mu gihe yikoraga ku mufuka we kugira ngo ikipe ibeho. Sadate yasubizaga Rutangambwa Martin wahoze ari Visi-Perezida we ndetse akanamubera umujyanama mu bya tekiniki wamubwiye ko akwiye gusaba imbabazi abafana ba Rayon Sports. Ni nyuma yo guhurira […]
Un mĂ©decin de Musanze condamnĂ© Ă 25 ans pour profanation et meurtre d’une jeune fille de 17 ans
Jean de Dieu Maniriho, un mĂ©decin qui travaillait dans une clinique privĂ©e du district de Musanze, a Ă©tĂ© reconnu coupable d’avoir profanĂ© une Ă©coliĂšre et condamnĂ© Ă 25 ans de prison. La dĂ©cision rendue par le tribunal intermĂ©diaire de Musanze est intervenue aprĂšs prĂšs de deux ans de procĂšs, au cours desquels Maniriho a Ă©tĂ© […]
Uganda: Urukiko rwategetse polisi guta muri yombi umudepite ushinjwa kwiba telephone
Urukiko muri Uganda rwategetse polisi guta muri yombi Umudepite wo mu ishyaka NUP uhagarariye Busiro mu Nteko Ishinga Amategeko, Paul Nsubuga kubera kutitabira iburanisha ry’urubanza akurikiranwemo icyaha cyâubujura. Icyemezo cyâUmucamanza mu rukiko rwâibanze rwa Buganda, Siena Owomugisha cyatewe nâuko ubushinjacyaha bwagaragaje ko uyu mudepite yagiye ananirwa inshuro nyinshi kwitaba urukiko kandi nta nâubwishingizi afite. Umucamanza […]
Rusizi: Inkongi yâumuriro yibasiye pariki ya Nyungwe hashya hegitari zigera kuri 21

Abantu bataramenyekana nâubu bagishakishwa nâinzego zâumutekano bigabije pariki yâigihugu ya Nyungwe,ku gice cyâumurenge wa Bweyeye mu mugudugu wa Nyabigoma, akagari ka Murwa barayitwika, abaturage bayizimya hamaze gushya hegitari 21, ubuyobozi bwâaka karere bukavuga ko nubwo iperereza rikomeje ngo hamenyekane abayitwitse, hakekwa ba rushimusi bategamo inyamaswa, cyangwa abahagika imizinga yâinzuki hafi yayo, umuriro ukaba warabacitse ukayigeramo. […]
Mu mezi atarenze abiri ibibazo bigaragara mu guhererekanya ubutaka bizaba byakemuwe â Minisiteri yâibidukikije
Mu gihe kitarenze amezi 2 ibibazo bigaragara mu guhererekanya ubutaka bizaba byakemuwe nkâuko byatangajwe ubwo Minisitiri wâibidukikije yagezaga ku Nteko Ishinga Amategeko ingamba ifite zo gukemura ibibazo bikigaragara mu micungire yâubutaka. Ibibazo inteko ishinga amategeko yasabye ko Minisitiri w’Ibidukikije yatangaho ibisubizo mu magambo birimo kuba nta genamigambi ku mikoreshereze y’ubutaka, itangwa rya serivisi z’ubutaka ritanoze, […]
RDC: FARDC irayoboye mu bikorwa bihonyora uburenganzira bwa muntu
Raporo y’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku burenganzira bwa muntu muri RDC, ishyira Igisirikare cy’iki gihugu (FARDC) ku mwanya wa mbere mu gukora ibikorwa bihonyora uburenganzira bwa muntu. Ni raporo igaragaza ibikorwa byabaye hagati ya Mutarama na Kamena 2022. Iyi raporo yerekana ko muri iki gihe habaye ibikorwa 3,471 bihonyora uburenganzira bwa muntu, ibyinshi muri byo […]
Minisitiri Biruta avuga ko ingabo z’u Rwanda zitazivanga muri politiki ya Centrafrica

Minisitiri wâububanyi nâamahanga nâubutwererane, Dr Vincent Biruta, yatangaje ko ingabo zâu Rwanda ziri mu butumwa bwâamahoro muri Repubulika ya Centrafrica zitazivanga muri politiki yâiki gihugu. Minisitiri Biruta yabivugiye mu kiganiro kigufi yagiranye na radiyo mpuzamahanga yâAbafaransa, RFI, ati: “U Rwanda ntabwo rushobora kwivanga muri bibazo byâimbere birebana na politiki ya Repubulika ya Centrafrica.â Umukuru wa […]
Iby’ingenzi ku mukobwa wa mbere w’umucakara watunze miliyoni y’amadolari
Sarah Rector yavutse mu mwaka w’1902 mu burasirazuba bwa Oklahoma, mu matware yahoze ari ay’Abahinde. Yavukanaga n’abana batanu, babyawe n’abirabura b’abacakara. Babaga mu rugo rw’Umuhinde wari ubatunze nk’abacakara be. Hashingiwe ku masezerano yo mu 1866 yasabaga ko abana bakomoka ku bacakara bahabwa ubutaka, Sarah yahawe hegitari 64 mu gace ka Glenpool, mu bilometero 97 uvuye […]
RDC: Sosiyete sivile iremeza ko abaturage 27 ari bo biciwe mu myigaragambyo yamagana MONUSCO
Ubuhuzabikorwa bwa sosiyete sivile ku rwego rwâintara muri Kivu yâAmajyaruguru buvuga ko buhangayikishijwe n “ibyaha byibasiye inyokomuntu” byakorewe abaturage bikozwe nâingabo za MONUSCO ku baturage bo mu mijyi ya Goma, Beni na Butembo. Uru rwego rukaba ruhamagarira Akanama kâUmuryango wâAbibumbye gashinzwe umutekano kumenya abishwe nâamasasu mu myigaragambyo itandukanye yo kurwanya MONUSCO mu ntara. Itangazo rigenewe […]
USA yamenyesheje Kim ufite umugambi wo âgusibaâ Koreya y’Epfo ko wazamubera umutego mutindi
Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) zamenyesheje Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong-un, wateguje ko azasiba Koreya yâEpfo ko umugambi we ushobora kumubera nkâumutego mutindi ushibukana nyirawo. Ku wa 27 Nyakanga 2022 ubwo Koreya ya Ruguru yizihizaga imyaka 69 imaze ibonye ubwigenge, Kim yatangaje ko Koreya yâEpfo nikomeza imyitozo ya gisirikare yayo na USA, […]
Centrafrica: ICC yasohoye impapuro zo guta muri yombi uwahoze ari umuyobozi wa Seleka
Kuri uyu wa Kane, Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rwatangaje ko rwasohoye impapuro zo guta muri yombi uwahoze ari umuyobozi wa Seleka akaba n’umuyobozi wâumutwe witwaje intwaro muri Repubulika ya Centrafrica, kubera ibyaha byâintambara nâibyaha byibasiye inyokomuntu mu gihe cyâintambara yâabanegihugu mu 2013. Nourredine Adam, ubu uri muri Sudani nk’uko abahanga benshi babivuga, arashakishwa kubera ibyaha […]
Ikibazo cyâ amafaranga yâumurengera yishyuzwa nâuturere ku mpushya zo kubaka cyahagurukiwe
Uturere twahawe umuburo wo kwirinda kongera amafaranga yâimpushya zo kubaka, ikigo gishinzwe imiturire mu Rwanda (RHA) kivuga ko binyuranyije nâamategeko. Janvier Muhire, inzobere mu bijyanye nâuburenganzira bwo kubaka muri RHA yatangaje ko iyi miburo yatanzwe nyuma yâiperereza ryimbitse mu Karere ka Bugesera nk’icyitegererezo mbere yo kugenzura utundi turere. Yavuze ko hakurikijwe iteka rya perezida ryo […]
MONUSCO ikomeje gusaba imbunda zirasa kure nâindege zâintambara ngo ishobore kurwanya M23
Misiyo yâamahoro yâUmuryango wâAbibumbye (UN) muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, MONUSCO, ikomeje gusaba intwaro zirimo iziremereye zirasa kure na kajugujugu zâintambara kugira ngo ibashe kurwanya umutwe witwaje intwaro wa M23 uvugwaho kuyirusha imbaraga. Ikinyamakuru Africa Intelligence gikora inkuru zicukumbuye byâumwihariko ku mutekano wo ku mugabane wa Afurika, kuri uyu wa 28 Nyakanga 2022 cyatangaje […]
Mu Rwanda hateganyijwe imvura izaturuka mu ishyamba ryo muri Congo

Ikigo cyâigihugu cyâiteganyagihe, Meteo Rwanda, cyatangaje ko mu minsi itatu hateganyijwe imvura izaturuka mu ishyamba ryo muri Congo (Repubulika ya Demukarasi ya Congo). Mu butumwa iki kigo cyashyize kuri Twitter kuri uyu wa 28 Nyakanga 2022, cyasobanuye ko imvura itaherukaga kugwa izaturuka nâubuhehere bwâishyamba ryo mu gihugu cyâabaturanyi. Yagize iti: âHateganyijwe imvura hagati yâitaliki ya […]
U Burusiya bwongeye kurasa mu Karere ka Kyiv bwa mbere mu byumweru byari bishize
Ingabo zâu Burusiya zagabye igitero cya misile ku gace ka Kyiv ku nshuro ya mbere mu byumweru kandi zirasa mu karere ka Chernihiv mu majyaruguru, mu byo Ukraine yavuze ko ari ukwihorera kubera kwihagararaho. Hagati aho, abayobozi ba Ukraine, batangaje ko bazagaba igitero cyo kugarura akarere ka Kherson kari karigaruriwe mu majyepfo yâigihugu, agace kafashwe […]
Uwo ariwe wese ukina nâumuriro azashya- Xi Jinping abwira Biden ku kibazo cya Taiwan
Abaperezida ba Amerika nâUbushinwa baburiranye mu kiganiro bagiranye kuri telephone cyamaze amasaha arenga abiri; Xi Jinping avuga ko uwo ari we wese ukina n’umuriro azashya, naho Joe Biden, amwibutsa ko igihugu cye kikiri mu murongo cyahozemo ku kibazo cya Taiwan. Perezida Joe Biden yabwiye mugenzi we Xi Jinping wâUbushinwa, ko Amerika idashyigikiye na gato ibikorwa […]
Ishimwe rya Gen Muhoozi kuri Ian Kagame witegura kuba Sous-Lieutenant
Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka akanaba imfura ya Perezida Yoweri Kaguta Museveni, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yashimiye Ian Kagame witegura gusoza amasomo ya gisirikare. Ian Kagame usanzwe ari umwana wa gatatu mu muryango wa Perezida Kagame, aritegura gusoza amasomo mu ishuri rya gisirikare rya Sundhurst riherereye mu majyepfo w’Umujyi wa Londres mu Bwongereza. […]
Neymar Jr wa PSG azitaba urukiko mu Kwakira mu rubanza aregwamo na sosiyete yo muri Brazil
Rutahizamu wâikipe ya Paris Saint-Germain, Neymar Jr, agomba kwitaba urukiko mu Kwakira kubera amakosa yaba yarakozwe muri transfer ye ajya muri Barcelona avuye mu ikipe ya Santos yo muri Brazil. Uyu mukinnyi wâimyaka 30 ukomoka mu gihugu cya Brazil ndetse nâuwahoze ari perezida wa Barcelona, Sandro Rosell na Josep Maria Bartomeu, bazaburanishwa kubera ruswa nâuburiganya […]
Meya wa Kampala yari agiye kurwanira nâUmuvugizi wa guverinoma mu kiganiro kuri televiziyo
Meya wâumujyi wa Kampala, Erias Lukwago yari agiye kurwanira nâUmuvugizi wa guverinoma ya Uganda, Ofwono Opondo mu kiganiro âFrontlineâ bombi bahuriyemo kuri NBS TV. Ku mbuga nkoranyambaga no ku binyamakuru byo muri Uganda hasakaye videwo ngufi igaragaza Meya Lukwago na Opondo baterana amagambo, bigera aho Umuvugizi wa guverinoma ahaguruka, asatira umuyobozi wa Kampala. Opondo watungaga […]
Teta Sandra yavuze ko Weasel atari we wamukubise akamukomeretsa
Umunyarwandakazi Sandra Teta uba muri Uganda aho abana n’umugabo we, Weasel Manizo, avuga ko atari we wamukubise akamugira intere nk’uko byari byatangajwe ku munsi w’ejo. Amafoto yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga agaragaza Sandra Teta yabyimbaganye mu maso ndetse afite amaraso ku munwa bigaragara ko yakubiswe bikomeye. Indi foto igaragaza abana be babiri bari imbere ya se, […]
Gen. Kainerugaba yavuze ku makuru yâuko Museveni yamubujije gukoresha Twitter
Umugaba wâingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba yavuze ku makuru yâuko umubyeyi we, Perezida Yoweri Museveni yaba yaramubujije gukoresha urubuga rwa Twitter. Muri mpera za Kamena 2022, humvikanye amakuru yâuko Museveni yateranyirije hamwe abasirikare bakuru, ababuza gushyira kuri uru rubuga ibyerekeye umutekano wâigihugu, byâumwihariko Lt Gen. Kainerugaba. Aya makuru amaze gusohoka, […]
Musanze: Muganga washinjwaga ibyaha birimo gusambanya umwana no kumwica yahamije kimwe
Urukiko rwisumbuye rwa Musanze kuri uyu wa 28 Nyakanga 2022 rwahamije Muganga Maniriho Jean de Dieu icyaha cyo gusambanya umukobwa wâimyaka 17 yâamavuko, rumuhanaguraho ikindi cyo kumwica no kumukuriramo inda, rumukatira igifungo cyâimyaka 25. Maniriho yatawe muri yombi tariki ya 9 Ugushyingo 2020 nyuma yâurupfu rwâuyu mukobwa witwaga Iradukunda Emerance muganga avuga ko yari umukunzi […]