Muhizi afunzwe azira âkubeshyaâ Perezida Kagame wari wasabye Minisitiri Gatabazi kumukemurira ikibazo
Umuturage witwa Muhizi Anathole uherutse kugeza kuri Perezida Paul Kagame ikibazo cyâinzu yavugaga ko ari iyo yaguze igafatirwa na Banki Nkuru yâIgihugu, BNR, yatawe muri yombi akurikiranweho kubeshya Umukuru wâIgihugu. Muhizi yumvikanye mu binyamakuru tariki ya 27 Kanama 2022 ubwo Perezida Kagame yaganiraga nâabaturage bo mu karere ka Nyamasheke, mu ruzinduko Umukuru wâIgihugu yari amaze […]
Umuhanzi Bruce Melodie yafungiwe i Burundi
Umuhanzi Itahiwacu Bruce uzwi mu muziki Nyarwanda nka Bruce Melodie, yafungiwe i Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi aho yagiye gukorera ibitaramo. Kuri uyu wa Gatatu ni bwo Beuce Melodie yahagurutse i Kigali yerekeza mu gihugu cy’u Burundi, aho yagombaga gukorera ibitaramo bibiri. Ibi bitaramo birimo icya VIP agomba gukorera ahazwi nka Zion Beach ku wa […]
Gen Jeje Odongo n’intumwa ayoboye bari mu Rwanda
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Uganda, Gen Jeje Odongo n’intumwa ayoboye, bari hano mu Rwanda aho batangiye uruzinduko rw’akazi. Ambasade ya Uganda i Kigali yatangaje ko Gen Jeje Odongo yazanye n’intumwa zirimo Bagiire Vincent Waiswa usanzwe ari Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga ya Uganda na Amb. Arthur Kafeero usanzwe ari umuyobozi ushinzwe Politiki yo mu […]
The Ben yasezeranye na Pamella imbere y’amategeko
Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yasezeranye n’umukunzi we, Uwicyeza Pamella, imbere y’amategeko kuri uyu wa 31 Kanama 2022. Amashusho yashyizwe hanze na KISS FM kuri Twitter, yerakana The Ben wambaye imyenda ruje borudo yijimye n’inkweto z’umweru na Pamella wambaye ijya gusa iroza ryerurutse n’ururabo rwo mu mutwe. Uyu muhango wabereye ku Murenge wa […]
RDF spy boss in CAR
Maj Gen Vincent Nyakarundi, the Head of Rwanda Defence Forces is in Central African Republic, to visit troops that are on peace keeping mission. Gen Nyakarundi met with the Rwandan army in Socatel Mâpoko barracks. RDF confirmed the statement via Twitter with no deep details. The spymaster Nyakarundi visited Rwandan troops in CAR on January […]
Taiwan iravuga ko itazakomeza kwifata mapfubyi u Bushinwa nibukomeza kuyishotora
Kuri uyu wa Gatatu, Taiwan yavuze ko izakoresha uburenganzira bwayo bwo kwirwanaho no kurwanya ibitero byâIngabo zâu Bushinwa mu gihe zakwinjira ku butaka bwayo, nyuma yâaho bukomeje kongera ibikorwa bya gisirikare hafi yâiki kirwa. Muri uku kwezi, u Bushinwa buvuga ko Taiwan ari intara yabwo, bwakoresheje imyitozo ya gisirikare hirya no hino mu nkengero zâiki […]
Dr Agnes Binagwaho yinjijwe mu nama yâubuyobozi yâikigo mpuzamahanga cyâubushakashatsi cyo muri Amerika

Ikigo Mpuzamahanga cyâUbushakashatsi ku Bagore (ICRW) gifite icyicaro i Washington muri Amerika, cyagize Umunyarwandakazi Dr Agnes Binagwaho ndetse nâUmugandekazi, Agnes Igoye, bamwe mu bagize Inama yâUbuyobozi yacyo, aho bitezweho kuzazana muri iyi nama ubumenyi bwabo nâubunararibonye mu bijyanye nâUburinganire mu byâubuzima ku Isi, mu kurinda abana no gukumira icuruzwa ryâabantu. Nk’uko bigaragara mu itangazo rigenewe […]
Abanyekongo bakorera ku mipaka batuye i Rubavu bategetswe kuhimuka
Urwego rwâabinjira nâabasohoka muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), rwasabye ko Abanyekongo bakorera ku mupaka muto nâumunini (petite/grande barriĂšre, batuye mu karere ka Rubavu mu Rwanda, kuhimuka. Uru rwego ruzwi nka DGM rwatanze iri tegeko tariki ya 9 Kanama 2022 rubinyujije mu ibaruwa Radio Okapi ivuga ko yabonye kuri uyu wa 30 Kanama. Rwagize […]
Umukobwa wa Rusesabagina yakiriwe mu Nteko ya EU
Umukobwa wa Paul Rusesabagina witwa Carine Kanimba, kuri uyu wa 30 Kanama 2022 yakiriwe mu nteko ishinga amategeko yâumuryango wâubumwe bwâUburayi, EU. Nkâuko yabisobanuye, Kanimba yavuze ko yagiye mu nteko ya EU kuvuga ku ifungwa rya Rusesabagina uri muri gereza ya Nyarugenge ndetse nâamakuru yâuko Leta yâu Rwanda yinjiye mu makuru ye ikoresheje porogaramu ya […]
Umukunzi wa Buravan yavuze ko ashengurwa no kuba yarapfuye amubereyemo umwenda w’abana 4
Chiffa Marty wari umukunzi w’umuhanzi Yvan Buravan, yatangaje ko ashengurwa cyane no kuba uriya musore yaritabye Imana badakoranye ubukwe ngo amubyarire abana bane yahoze yifuza. Ni mu butumwa uyu mukobwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Instagram aho yagaragaje ko yababajwe cyane n’urupfu rw’uriya musore. Chiffa yavuze ko na nâubu yananiwe kwakira ko uwari umukunzi we […]
Sudani yahamagaje Ambasaderi wa Ethiopia i Khartoum kubera indege bivugwa ko yahanuwe
Sudani yahamagaje Ambasaderi wa Ethiopia i Khartoum mu rwego rwo kwamagana ibintu yatangaje mu binyamakuru ku ndege bivugwa ko yarashwe nâIgisirikare cya Ethiopia yikoreye intwaro zari zigenewe inyeshyamba za TPLF iturutse muri Sudani. Ku ya 29 Kanama, Ambasaderi wa Ethiopia muri Sudani yagiranye ikiganiro nâabanyamakuru kugira ngo yongere agaragaze ukuri ku magambo yatangajwe nâIgisirikare kirwanira […]
RDF traite des patients en Tanzanie dans le cadre des activitĂ©s civilo-militaire des forces armĂ©es de l’EAC

Un contingent de 15 membres du personnel mĂ©dical des Forces de dĂ©fense du Rwanda a rejoint ses homologues des Ătats membres de la CommunautĂ© de l’Afrique de l’Est lors de la semaine de coopĂ©ration civilo-militaire des forces armĂ©es de l’EAC (CIMIC) en cours en Tanzanie. Ils offrent un traitement gratuit aux patients du 29 au […]
Mushikiwabo yasuye imva ya Houphouët-Boigny yemeza ko yarebaga kure kurusha abayobozi benshi

Mu ruzinduko rwe bwite muri CĂŽte d’Ivoire, Umunyamabanga Mukuru wa Francophonie, Louise Mushikiwabo, yasuye imva ya perezida wa mbere wa CĂŽte d’Ivoire, Felix HouphouĂ«t-Boigny, yemeza ko yari umugabo ureba kure cyane kurusha abandi bayobozi benshi. Ku wa Kane, itariki ya 25 Kanama 2022, ni bwo Louise Mushikiwabo yageze mu murwa mukuru wa politiki wa Cote […]
Didier Drogba ategerejwe mu Rwanda
Umunya-CĂŽte d’Ivoire Yves Didier Drogba, ategerejwe hano mu Rwanda aho agomba kwitabira ibirori by’umunsi wo kwita izina. Ni igikorwa kizaba kiba ku nshuro yacyo ya 18, kikazabera mu Kinigi ho mu karere ka Musanze tariki ya 02 Nzeri 2022. Didier Drogba wabiciye bigacika mu makipe arimo Chelsea yo mu Bwongereza nk’umukinnyi w’umupira w’amaguru, ni umwe […]
Kogeza imikino ya ‘Premier League’ kuri radiyo byaba bigiye kuba ikibazo mu bihugu birimo u Rwanda
Kogeza imikino ya shampiyona y’umupira w’amaguru y’Ubwongereza English Premier League (EPL), mu bihugu birimo n’u Rwanda, aho iyi mikino ikunzwe n’abatari bake, mu gihe muri Uganda hari amakuru avuga ko ubu bitemewe keretse bisabiwe uburenganzira. Kuri ubu muri Uganda hari amakuru ko radiyo zose zategetswe kutongera kogeza imikino ya Premier League zitabiherewe uburenganzira na kompanyi […]
Sudani yâEpfo: Abarenga 200 bapfiriye mu myitozo yâigisirikare

Visi Perezida wa Sudani yâEpfo, Riek Machar, yatangaje ko abantu barenga 200 bari mu myitozo yâigisirikare bapfuye, bazize ibibazo bitandukanye. Uyu munyapolitiki utavuga rumwe na Perezida wa Sudani, Salva Kiir, yabitangarije mu muhango wo gusoza amasomo ababarirwa mu bihumbi bari bamazemo igihe, wabaye kuri uyu wa 30 Kanama 2022. Muri uyu muhango witabiriwe nâabarimo Perezida […]
Imirwano ikaze iri guca ibintu mu gace ka Kherson muri Ukraine
Imirwano ikomeye iravugwa mu gihe ingabo za Ukraine zigerageza kwigarurira agace ko mu majyepfo ya Kherson ahafashwe nâUburusiya. Inzobere mu bya gisirikare zabwiye BBC ko ibyo âbitazashoboka vubaâ. Vitaliy Kim, ukuriye agace bituranye ka Mykolaiv yagize ati: âImirwano ikomeye irakomeje, abasirikare bacu barimo gukora isaha ku yindi.â Ejo hashize mu cya kare, Ukraine yatangaje ko […]
RIB submits Ex Minister Bamporiki’s case to prosecution
Rwanda Investigation Bureau (RIB) has announced that it concluded investigations into the alleged corruption case involving suspended Minister of State in the Ministry of Youth and Culture, Edouard Bamporiki, and has since transferred his case file to prosecution. President Paul Kagame suspended Bamporiki on May 5 in what was then communicated as âowing to matters […]
IGP Dan Munyuza yitabiriye ubutumire bwa Lt Gen Ndeitunga
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), Dan Munyuza, ari mu ruzinduko rw’akazi rwâiminsi itatu muri Namibia ku butumire bwa mugenzi we Lt. Gen Sebastian Haitota Ndeitunga uyobora Polisi ya kiriya gihugu. Ku wa Kabiri tariki ya 30 Kanama, IGP Munyuza yitabiriye umuhango wateguwe na Polisi ya Namibia wo kuzenguruka mu muhanda ukorwa, hagamijwe guhindura […]
Mikhail Gorbachev ufatwa nkâuwarangije Intambara yâUbutita yatabarutse ku myaka 91
Ibiro Ntaramakuru by’u Burusiya byatangaje ko Mikhail Gorbachev warangije Intambara y’Ubutita kandi akaba n’umuyobozi wa nyuma wâAbasoviyeti, yapfuye afite imyaka 91. Ibitaro bikuru byâubuvuzi i Moscou kuri uyu wa Kabiri, itariki 30 Kanama byagize biti: “Gorbachev yapfuye kuri uyu mugoroba nyuma yâuburwayi bukomeye kandi yari amaranye igihe.” Gorbachev yayoboye Repubulika Zunze Ubumwe zâabasoviyeti kuva mu […]
Huye: Umukobwa w’imyaka 20 akurikiranweho gusambanya umwana w’umuhungu
Ku wa 29 Kanama 2022 Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Huye bwakiriye dosiye bukurikiranyemo umukobwa wâimyaka 20 ukekwaho kuba ku itariki ya 18/08/2022 yarasambanije umwana wâumuhungu wâimyaka 10 mu Mudugudu wa Rurenge, Akagari ka Kibu, Umurenge wa Mugombwa , Akarere ka Gisagara. Mu ibazwa rye nk’uko tubikesha Ubushinjacyaha Bukuru, ukekwa wari uturanye nâaho uwo mwana […]
Centrafrica yirukanye ku butaka bwayo abanyamahanga 7 bashinjwa ubutasi
Nibura abanyamahanga barindwi birukanywe ku butaka bwa Repubulika ya Centrafrica. Barashinjwa na guverinoma ibyaha byâubutasi no gukoresha inyandiko mpimbano. Abirukanwe ni umuturage wâUmugereki Jorgatselos Rectios Djiordios, nâaba Vietnam, Youti Tioutra, Dan-Ngok Pao, Tang-ti Ta-wan, La-King-Wan, Lo-ti Tana na LaĂŻ-Tang Kouang nkâuko tubikesha Journal de Bangui. Bose baregwa icyaha cyo gukora no gukoresha inyandiko mpimbano nâubutasi […]
Gen. Kainerugaba yasezereye ba Colonel 62 n’abandi basirikare bakuru

Igisirikare cya Uganda, UPDF, kuri uyu wa 30 Kanama 2022 cyasezereye abasirikare bakuru 260 bagiye mu kiruhuko cyâizabukuru. Ni igikorwa cyayobowe nâUmugaba wâingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lieutenant General Muhoozi Kainerugaba mu izina ry’Umugaba wâIkirenga akaba n’Umukuru w’Igihugu, Perezida Yoweri Kaguta Museveni. Abasirikare basezerewe barimo ba Colonel 62, ba Lieutenant Colonel 65 nâ133 bafite […]
Gen Nyakarundi ukuriye ubutasi muri RDF muri Centrafrique (Amafoto)

Maj Gen Vincent Nyakarundi ukuriye ubutasi bwa gisirikare mu ngabo z’u Rwanda, ku wa Kabiri tariki ya 30 Kanama yasuye Ingabo z’u Rwanda ziri muri Repubulika ya Centrafrique. Ingabo yasuye ni iziri mu butumwa bwa Loni bwo kugarura amahoro muri kiriya gihugu (MINUSCA) babonaniye mu kigo cya Gisirikare cya Socatel Mâpoko ndetse n’izoherejwe muri Centrafrique […]