Kenya: Umudepite yemereye akazi umukobwa wamusabiye mu ruhame kumugira umugore

Umudepite uhagarariye agace ka Mumias East mu nteko ishinga amategeko ya Kenya, Peter Salasya, yemereye akazi umukobwa witwa Ronald Lydia wamusabiye mu ruhame kumugira umugore. Uyu mukobwa yavuzweho cyane ku mbuga nkoranyambaga ubwo kuri uyu wa 17 Ukwakira 2022 yagaragaraga afite icyapa kiriho ifoto ya Depite Salasya n’ubutumwa bumusaba kumugira umugore. Ubu butumwa bwagiraga buti: […]
Rusizi/Kamembe: Mu cyumweru kimwe hamaze gufatwa abajura 31
Nyuma y’igihe kinini abatuye n’abagenda umujyi wa Rusizi binubira abajura babategera mu mayira bakabambura cyane cyane amatelefoni n’udukapu turimo amafaranga, cyane cyane abagore n’abakobwa, n’abatobora inzu n’ibikoni bagatwara ibirimo byose, ubuyobozi bw’umurenge wa Kamembe urimo igice kinini cy’uyu mujyi buravuga ko bwabahagurukiye, aho mu cyumweru kimwe hamaze gufatwa 31. Nk’uko Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Kamembe, […]
Muhoozi will no longer comment on state affairs on Twitter, says Museveni
Ugandan President Yoweri Museveni said Monday that his outspoken son would stay off Twitter when it comes to affairs of state, after a social media tirade that included a threat to invade neighbouring Kenya. Powerful general Muhoozi Kainerugaba, 48, has often caused controversy with his comments on Twitter but his particularly undiplomatic outburst earlier this […]
U Burusiya buravuga ko abayobozi b’u Budage bamaze kurenga umurongo utukura
Abayobozi b’u Budage ntibari bakwiye kurenga umurongo utukura baha intwaro Kiev, bitewe n’uruhare rw’amateka rw’igihugu cyabo ku baturage b’u Burusiya, nk’uko byatangajwe na Ambasaderi w’u Burusiya mu Budage, Sergey Nechayev, avugana n’Ibiro Ntaramakuru TASS . Ambasaderi Nechayev yagize ati “Intwaro zica zakozwe n’u Budage, zahawe ubutegetsi bwa Kiev, ntabwo zikoreshwa gusa ku basirikare b’Abarusiya, ahubwo […]
Umubano wa Uganda n’u Rwanda ubu ni ntayegayezwa_Gen Muhoozi nyuma yo gusoza uruzinduko rwe mu Rwanda
Umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko kuri ubu umubano w’igihugu cye n’u Rwanda uri ku rwego rushimishije cyane nyuma yo kugira uruhare mu izahurwa ryayo. Uyu mujenerali w’inyenyeri enye yabitangaje nyuma yo gusoza uruzinduko rw’iminsi ine yagiriraga hano mu Rwanda. Ni uruzinduko rwasize we n’intumwa yari ayoboye baganiriye […]
Amavubi U-23 yasuye ‘Mama Mukura’ wayihebeye, baramuremera (Amafoto)

Abagize ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ y’abatarengeje imyaka 23 y’amavuko, kuri uyu wa Kabiri basuye Mukanemeye Madeleine umaze kumenyekana cyane kubera kwihebera umupira w’amaguru. Abagize Amavubi U-23 bamusuye mu rugo rwe ruherereye mu murenge wa Save w’akarere ka Gisagara. Mukanemeye wamamaye nka ‘Mama Mukura’ ni umukunzi w’akadasohoka w’Ikipe ya Mukura Victory Sports amaze imyaka myinshi yarihebeye, gusa […]
Munyenyezi yabwiye urukiko ko ruri kumukinisha
Beatrice Munyenyezi uregwa ibyaha bya Jenoside yihanangirije inteko y’abacamanza baburanisha urubanza rwe mu rukiko rwisumbuye rwa Huye, avuga ko ruri kumukinisha aho kumuha ubutabera. Aravuga ko akurikije ibyemezo bamufatira bigaragaza ukubogama mu rubanza rwe. Munyenyezi yihannye abacamanza nyuma y’aho bafashe icyemezo cyo kongera gushyira urubanza rwe mu muhezo. Byari biteganyijwe ko abatangabuhamya batanu b’ubushinjacyaha basigaye […]
Umuraperi Kaalan Walker w’imyaka 27 yakatiwe imyaka 50 y’igifungo
Kuri uyu wa Mbere, umuraperi wo muri Los Angeles yakatiwe byibuze igice cy’ikinyejana cy’igifungo nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo gufata ku ngufu byinshi . Nk’uko ubushinjacyaha bw’akarere ka Los Angeles bubitangaza, Kaalan Walker w’imyaka 27 yahamijwe muri Mata ibyaha bitatu byo gusambanya ku gahato, ibirego bibiri byo gusambanya abana batujuje imyaka y’ubukure, ndetse n’ibyaha bibiri […]
Perezida Tshisekedi yahaye imirimo Jenerali wapfuye mu myaka 11 ishize
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’iki gihugu, yahaye imirimo mishya GĂ©nĂ©ral-Major Floribert Kisembo Bahemuka umaze imyaka 11 yarapfuye. Itangazo ryasomewe kuri Radiyo na Televiziyo y’Igihugu ya Congo Kinshasa (RTNC), rivuga ko Gen Bahemuka yagizwe na Tshisekedi ukuriye ibikorwa bya gisirikare mu ntara ya Equateur. Ni mu gihe uyu musirikare […]
Human Rights Watch yagaragaje uko FARDC yakoranye na FDLR mu gihe cya vuba
Umuryango mpuzamahanga HRW (Human Rights Watch) wasobanuye birambuye uko ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, zifatanyije n’umutwe witwaje intwaro wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda mu mirwano yabaye mu gihe cya vuba. Raporo uyu muryango washyize hanze kuri uyu wa 18 Ukwakira 2022 isobanura ko hagati ya Gicurasi ya Kanama, FARDC yifatanyije n’imitwe […]
Urumva ko yitwa umwana- umudepite yamagana kwemerera ab’imyaka 15 kuboneza urubyaro
Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda banze gutora umushinga w’itegeko ryemerera abafite imyaka 15, guhabwa serivisi zo kuboneza urubyaro, bamwe bavuga ko abo muri icyo kigero badakwiriye kwemererwa gufata icyo cyemezo. Depite Bitunguranye Theogene ati ” U Rwanda ni igihugu gifite uko giteye, gifite umuco ukiranga, cyemera Imana…Iyo bigeze ku gufata icyemezo, hano baravuga […]
Le Parlement rejette le projet de loi sur les contraceptifs pour les jeunes de 15 ans
La sĂ©ance plĂ©nière de la Chambre des dĂ©putĂ©s a rejetĂ© lundi la pertinence du projet de loi qui visait Ă assurer l’accès aux services contraceptifs pour les enfants (filles) âgĂ©s de 15 ans et plus . La lĂ©gislation rwandaise considère comme enfant toute personne âgĂ©e de moins de 18 ans. Actuellement, les contraceptifs ne sont […]
Perezida Kagame yagabiye inka umwe mu basirikare ba RDF
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yagabiye inka imwe umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig. Gen Ronald Rwivanga. Byabaye ejo ku wa Mbere tariki ya 17 Ukwakira, ubwo bombi bari kumwe muri rumwe mu nzuri z’Umukuru w’Igihugu ziherereye mu ntara y’Uburasirazuba. Perezida Kagame yari yagiye gutembereza muri uru rwuri Gen Muhoozi Kainerugaba, umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta […]
USA yafatiye ibihano abantu 14 bashinjwa gufasha no gukorana n’umutwe wa Al Shabaab
Kuri uyu wa Mbere, Guverinoma ya Amerika yafatiye ibihano abagabo 14, harimo batandatu yavuze ko bari mu muyoboro wagize uruhare mu kugurira intwaro, guha amafaranga no gushakira abarwanyi umutwe wa Al Shabaab . Mu ijambo rye, Brian Nelson, umunyamabanga wungirije w’ikigega cya Leta ushinzwe iterabwoba n’ubutasi mu by’imari, yagize ati: “Isanduku ya Leta yibanze ku […]
DUSABIMANA Xxx arasaba guhinduza izina akitwa DUSABIMANA DEVOTHA
Musa Fazil Harelimana yavuze impamvu akunda FPR- Inkotanyi ariko ntayibemo
Visi Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite, Hon Musa Fazil Harerimana avuga ko akunda ishyaka riri ku butegetsi mu Rwanda, FPR-Inkotanyi ariko akaba aba mu rindi ryitwa PDI. Iki kiganiro cyagarutse ku ngingo zinyuranye, Sheikh Musa Fazil Harerimana yabajijwe impamvu akunze kuvuga ko akunda umuryango wa RPF-Inkotanyi ariko akaba aba muri rindi shyaka anabereye umuyobozi, […]
Minisitiri Muyaya abona nta biganiro bikenewe na M23 mu gihe RDC iganira n’u Rwanda
Minisitiri w’itumanaho akaba n’Umuvugizi wa guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Patrick Muyaya, yatangaje ko nta biganiro bikenewe hagati y’ubutegetsi bw’igihugu cyabo n’umutwe witwaje intwaro wa M23 mu gihe busanzwe bubigirana n’ubw’u Rwanda. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru i Kinshasa kuri uyu wa 17 Ukwakira 2022, umwe yamenyesheje Minisitiri Muyaya ko intumwa ya Perezida […]
Ukraine: Igice cya Kyiv n’indi mijyi myinshi biri mu icuraburindi nyuma y’ibitero by’u Burusiya
Ingabo z’u Burusiya zongeye kwibasira ibigo by’ingufu by’igihugu cya Ukraine, bisiga igice cya Kyiv n’indi mijyi nta mashanyarazi n’amazi . Ibisasu byumvikanye mu murwa mukuru nyuma gato ya 09:00 (06:00 GMT) kandi umwotsi mwinshi waturutse hafi ya station y’amashanyarazi hafi y’umugezi wa Dnipro. Amashanyarazi n’amazi byaciwe i Zhytomyr, mu burengerazuba bwa Kyiv, kandi inganda ebyiri […]
Hundreds sign petition to bring back Ingabire’s suspended Twitter account
Many people has signed the petition towards Twitter, requesting to bring back the suspended Twitter account of, Ingabire Marie Immaculee, a Rwandan feminist and human rights activist, a dedicated gender and social justice advocate who has spent all her career in advancing women’s rights in Rwanda and in the Region. So far, more than 800 […]
Ingabo za Ethiopia zambuye inyeshyamba za TPLF umujyi wa Shire
Kuri uyu wa Mbere, Ingabo za guverinoma ya Ethiopia n’abafatanyabikorwa bazo bafashe Shire, umwe mu mijyi minini yo mu majyaruguru ya Tigray, ziwambuye ingabo za TPLF bagiye barwana no kuva mu mpera za 2020, nk’uko byatangajwe n’abadipolomate n’abashinzwe ubutabazi . Shire ni umujyi uri nko mu bilometero 140 mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’umurwa mukuru wa Tigray […]
EU iracyiga ku buryo yatera inkunga ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique
Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) uracyiga ku buryo watera inkunga y’amafaranga ibikorwa by’ingabo z’u Rwanda zagiye kugarura amahoro mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique. Iki gitekerezo cyatangajwe bwa mbere muri Mutarama 2022, mu gihe EU yanateganyaga gutera inkunga ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango wa Afurika y’amajyepfo, SADC, muri iyi ntara yugarijwe n’ibikorwa by’iterabwoba kuva […]
Benzema yahaye icyubahiro Tupac yigana uko yari yambaye amurika “All Eyez on Me”

Umukinnyi Karim Benzema, waraye yegukanye Balln d’Or ya 2022, yahaye icyubahiro Umuraperi Tupac Shakur ubwo yajyaga kwakira iki gihembo yambaye ikoti nk’iryo yari yambaye umunsi amurika Album ye, All Eyez on Me . Ikoti ry’umukara, ishati yera imbere n’amataratara y’umurimbo, nibyo Benzema yaserutse yambaye ubwo yajyaga kwakira igihembo cy’umuinnyi mwiza w’umwaka wa 2022. Muri iyi […]
P. Kagame yongeye kwakira Gen Muhoozi mu rwuri rwe, agabira inka abarimo Mwenda (Amafoto)

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yongeye kwakira muri rumwe mu nzuri ze ziherereye mu ntara y’Iburasirazuba Gen Muhoozi Kainerugaba uri mu ruzinduko rwe bwite hano mu Rwanda. Gen Muhoozi usanzwe ari umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni Kaguta wa Uganda, ari hano mu Rwanda kuva ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize. Ni mu ruzinduko rwa gatatu ari […]
Tshisekedi yongeye gukora izindi mpinduka muri FARDC, ashyiraho umuvugizi mushya
Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi Tshilombo wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yongeye gukora impinduka mu gisirikare cy’iki gihugu (FARDC) zasize ashyizeho umuvugizi mushya. Izi mpinduka zije zikurikira izo aheruka gukora mu minsi mike ishize zasize ashyizeho Umugaba Mukuru w’Ingabo (Lt Gen Christian Tshiwewe) ndetse n’Abagaba bakuru b’Ingabo bamwungirije. Impinduka Perezida Tshisekedi yakoze zasize GĂ©nĂ©ral Major […]
M23 yerekanye Colonel Byamungu uherutse gucika igisirikare cya RDC
Umutwe witwaje intwaro wa M23 werekanye Colonel Maheshe Byamungu Bernard uherutse gucika igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, cyari kimufungishije ijisho. Uyu musirikare yigeze gufungirwa muri gereza y’igisirikare mu 2012 azira kuba umwe mu bari bagize M23, afungurwa mu 2019 amaze guhabwa imbabazi na Perezida wa RD Congo, FĂ©lix Tshisekedi Tshilombo wari ugiye […]
Karim Benzema wins Ballon d’Or
Karim Benzema, Real Madrid striker has won the men’s #BallonDor??for 2022 The Frenchman played a key role in the 21/22 season, helping Real Madrid win LaLiga Santander, the Supercopa de Espana and the Champions League with his 44 goals and 15 assists. He becomes the fifth Frenchman after Raymond Kopa, Michel Platini, Jean-Pierre Papin, and […]