Nyamasheke/Mahembe: Batewe impungenge no kwigisha amasomo ya mudasobwa mu magambo gusa

Abarimu bigisha muri bimwe mu bigo by’amashuri yo mu murenge wa Mahembe mu karere ka Nyamasheke barasaba akarere n’izindi nzego zirebwa n’uburezi, ubuvugizi bakabasha kwigisha ikoranabuhanga, kuko ibigo byabo bitagira mudasobwa, bikadindiza cyane ireme ry’uburezi bushingiye ku ikoranabuhanga. Imyigishirize y’ikoranabuhanga ngo ni ingorabahizi muri uyu murenge umaze imyaka 2 gusa ugezemo amashanyarazi mu bice byawo […]
Tshisekedi yaharuriye inzira urubyiruko rwifuza kwinjira mu gisirikare ku bwinshi

Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’ingabo, FĂ©lix Tshisekedi, yaharuriye inzira urubyiruko rwifuza kwinjira mu gisirikare cy’igihugu ku bwinshi. Abanyekongo biganjemo urubyiruko bamaze iminsi bigaragambya, bamagana umutwe witwaje intwaro wa M23 n’u Rwanda bahamya ko ruwufasha, banasaba Tshisekedi kubaha intwaro, bakajya gufasha ingabo zabo ku rugamba. Uyu Mukuru w’Igihugu mu ijambo […]
Ishimwe rya Madamu Jeannette Kagame ku muhungu we warahiriye kwinjira muri RDF
Madamu wa Perezida Paul Kagame, Jeannette Kagame, yashimiye Ian Kagame usanzwe ari umuhungu wabo nyuma yo kurahirira kwinjira mu ngabo z’u Rwanda (RDF). Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 04 Ugushyingo ni bwo Ian Kagame yarahiriye kwinjira mu ngabo z’u Rwanda, mu muhango wabereye mu Ishuri rya Gisirikare ry’i Gako mu karere ka Bugesera. Ni […]
Hari abatangiye kugira ishyamba Mushikiwabo mu gihe amatora ataha yegereje
Mu gihe inama yawo ya 18 iteganijwe ku ya 19 na 20 Ugushyingo muri Tunisia yegereje ari nabwo hazatorwa umunyamabanga mukuru, Umuryango mpuzamahanga wa La Francophonie (OIF) uranengwa n’amashyirahamwe y’abakozi n’imiryango itegamiye kuri Leta, muri Gabon, bemeza ko ‘itakita ku nshingano za yo zo guteza imbere no kurengera ururimi rw’Igifaransa kuva Mushikiwabo yagera ku buyobozi […]
Abazungu b’Abakirisito biteguye gutangiza intambara y’abenegihugu muri Amerika – Prof. Walter

Umwarimu wo muri California akaba n’uwahoze ari umusesenguzi wa CIA yavuze ko Abazungu b’Abakirisito biteguye gutangiza intambara y’abenegihugu muri Amerika . Barbara F. Walter, umwanditsi w’igitabo cyasohotse muri uyu mwaka yise “How Civil Wars Starts”, cyngwa se “Uko Intambara z’abenegihugu zitangira,” mu Kinyarwanda, yagarutse kuri ibi mu kiganiro na PBS ku mugoroba wo ku wa […]
Le président Paul Kagame met en service 568 élèves-officiers

Le prĂ©sident Paul Kagame a mis en service 568 Ă©lèves-officiers qui ont terminĂ© leur formation Ă l’AcadĂ©mie militaire du Rwanda Ă Gako . Parmi eux, 475 ont Ă©tĂ© formĂ©s pendant un an tandis que 93 sont diplĂ´mĂ©s après quatre ans de formation acadĂ©mique et militaire. Les officiers diplĂ´mĂ©s seront rejoints par 24 jeunes Rwandais qui […]
Bagomba gusubira muri Afurika- Ijambo ryateje rwaserera mu badepite b’Ubufaransa
Mu Bufatansa, ubwo umudepite w’umwirabura wo mu ishyaka La France Insoumise (LFI), Carlos Martens Bilongo yatangaga ibitekerezo ku bibazo by’abimukira binjira mu buryo butemewe n’amategeko, undi mudepite yateye hejuru avuga ko “bagomba gusubira muri Afurika, hahita haduka uburakari n’inteko ihita ihagarika imirimo yayo. Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko y’u Bufaransa, YaĂ«l Braun-Pivet, yahisemo guhagarika igikorwa cyaberaga […]
Uhuru Kenyatta yagiye kuganira na Ndayishimiye ku bibazo bireba u Rwanda

Uhuru Kenyatta wabaye Perezida wa Kenya yageze i Bujumbura, aho yagiye kuganira na Perezida w’u Burundi akaba n’Umukuru w’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC), Evariste Ndayishimiye, ku bibazo by’umutekano muke mu karere, by’umwihariko mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Uyu munyapolitiki usanzwe ari umuhuza wa Leta ya RDC n’imitwe yitwaje intwaro yemeye kujya […]
Weasel Manizo yavuze amagambo kuri Teta Sandra bitera urujijo
Umuhanzi wo muri Uganda wari umugabo wa Teta Sandra, Weasel Manizo, yanditse amagambo atakagiza Teta Sandra, avuga ko agikunda uyu Munyarwandakazi, kandi ko bagiye gukora ubukwe mu gihe bizwi ko batandukanye. Weasel Manizo kuri uyu wa 4 Ugushyingo 2022, ntiyatanzwe mu bifurije Teta isabukuru nziza. Yagize ati” Teta Sandra rukundo rwanjye turi hafi gukora ubukwe […]
Perezida Kagame yahaye ipeti rya Sous-Lieutenant ba Ofisiye barenga 500 yinjije muri RDF
Perezida Paul Kagame usanzwe ari Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, kuri uyu wa Gatanu yahaye ipeti rya Sous-Lieutenant ba Ofisiye barenga 500 nyuma yo gusoza amasomo abategurira kwinjira muri RDF. Ni mu muhango wabereye mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare ry’i Gako ho mu karere ka Bugesera. Ba Ofisiye binjiye muri RDF ni 568, barimo abakobwa […]
Abashaka kwiga icyongereza, ILTS na TOEFL byashyizwe kuri promosiyo

Abashaka kwiga icyongereza (TOEFL ) byashyizwe kuri promosiyo Ishuri ryigisha ururimi rw’Icyongereza, TOEFL, IELTS, ikoranabuhanga n’ibindi bijyanye n’igihe rizwi nka IFA SPEAK & TECH ACADEMY, rigiye kongera gutangiza ikindi cyiciro cy’abifuza kwiga icyongereza, haba kuvugira mu ruhame, muri bizinesi zitandukanye n’ahandi, aho abarigana biga ku buryo bworoheye buri wese. Muri rusange abifuza kwiga muri iki […]
Goma: Umurambo wa Muhima ugaragaza iyicwarubozo wasanzwe hafi ya Hotel Colibris
Umurambo w’umugabo, Muhindo Muhima bakundaga kwita Capitaine uri mu kigero cy’imyaka 30 mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, itariki 4 Ugushyingo 2022 wagaragaye hafi ya Hotel Colibris mu Mujyi wa Goma, mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo . Ibimenyetso byagaragaye ku murambo wa Muhindo Muhima bigaragaza ko yapfuye nyuma yo gukorerwa iyicarubozo […]
Kagame presides over new RDF cadet officers commissioning ceremony
President Paul Kagame will, on Friday, November 4, commission 568 officer-cadets who have completed their training at Rwanda Military Academy in Gako. Of them, 475 were trained for one year while 93 are graduating after four years of both academic and military training. The graduating officers will be joined by 24 young Rwandans who underwent […]
Kenya: Banki yirengeye ingaruka z’ikosa yakoreye abakiriya, ibaha indishyi
Banki ya I&M, ishami rya Kenya, yafashe umwanzuro wo kwirengera ingaruka yakoreye bamwe mu bakiriya bayo, ibagenera indishyi. Iyi banki yashyizeho uburyo bw’ikoranabuhanga bwo kwishyurana mu masaha atarenze abiri bwitwa RTGS (Real Time Gross Settlement). Gusa bamwe mu bakiriya b’iyi banki baherutse kugira ikibazo cyo kwishyura bakoresheje ubu buryo, ariko ntibwakunda, batangira kwinuba. Nyuma y’iki […]
Ian Kagame mu mwambaro wa RDF
Umuhungu wa Perezida Paul Kagame, Ian Kagame, yagaragaye mu mwambaro w’Igisirikare cy’u Rwanda (RDF). Ian Kagame kuri uyu wa Gatanu ni umwe mu bitabiriye umuhango wo gusoza amasomo y’abofisiye bato bahabwa ipeti rya Sous-Lieutenant muri RDF, umuhango ubera mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare ry’i Gako ho mu karere ka Bugesera. Ian Kagame ari mu basirikare […]
Kanombe hageze ingurube zitigeze ziba mu Rwanda
Ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali cya Kanombe mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane Taliki 03, Ugushyingo, 2022 hageze ingurube 15 zirimo iz’ubwoko butigeze buba mu Rwanda bita Duroc. Taarifa itangaza ko izi ngurube zatumijwe na rwiyemezamirimo, Jean Claude Shirimpumu usanzwe uyobora ihuriro nyarwanda ry’aborozi b’ingurube ryitwa Rwanda Pig Farmers Association. Uyu ati ” […]
Miliyoni 4,5 z’Abanya-Ukraine zisanze mu kizima nyuma y’ibitero by’u Burusiya ku bikorwaremezo by’ingufu
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yashinje u Burusiya gukoresha “iterabwoba ryibasira ingufu” kubera ko ingabo z’u Burusiya zirimo gutsindwa ku rugamba, nyuma y’aho miliyoni zisaga 4,5 z’Abanya-Ukraine zisanze mu kizima nyuma y’ibitero by’u Burusiya ku muyoboro w’amashanyarazi . Mu byumweru bishize, u Burusiya bwagabye ibitero binini bya misile na drone ku bigo by’amashanyarazi bya Ukraine. […]
Gasogi United yabonye umutoza w’Umugande
Ikipe ya Gasogi United yemeje Umugande Kiwanuka Paul nk’umutoza wayo mukuru by’agateganyo. Iyi kipe yemeje aya makuru mu butumwa yanditse kuri Twitter yayo. Paul Kiwanuka agomba kungirizwa na Dusange Sacha nk’uko Gasogi United yakomeje abitangaza. Aba batoza bombi basimbuye umunya-Misiri Ahmed Adel wari umutoza mukuru wa Gasogi United ndetse na Bahaaeldin Ibrahim wari umwungiriza we […]
Guinea: Alpha Conde wahiritswe ku butegetsi agiye gutangira gukurikiranwa n’ubutabera
Ubutegetsi bwa gisirikare muri Guinea bwategetse kuri uyu wa Kane ushize gutangira gukurikirana mu nkiko uwahoze ari perezida, Alpha CondĂ©, wahiritswe ku butegetsi kuwa 5 Nzeri mu 2021, hamwe n’abayobozi bakuru cyangwa abahoze ari abaminisitiri barenga 180 bashinjwa ibyaha bya ruswa . Abasirikare bafashe ubutegetsi ku ngufu, hashize umwaka urenga, biyemeje kurwanya ruswa, ifatwa nk’icyorezo […]
Iperereza ku bahoze ari abayobozi bakuru muri RURA rirakomeje mu gihe bidegembya
Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwemeje ko rurimo gukora iperereza ku bikorwa bibi byavuzwe mu micungire y’Urwego rushinzwe kugenzura imirimo ifitiye akamaro igihugu (RURA) yatumye abayobozi batatu bakuru b’uru rwego birukanwa ubu bakaba bakurikiranwa bidegembya . Umuvugizi wa RIB, Thierry Murangira, yavuze ko ari ukuri ko hakomeje iperereza kandi ko abafitanye isano rya bugufi n’iyi dosiye […]
Israel: Benjamin Netanyahu agarutse ku butegetsi nyuma y’umwaka umwe abutanze
Uwahoze ari Minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yiteguye gushyiraho guverinoma mu minsi 28 no gushyira ikimenyetso ku igaruka rye ku butegetsi ritangaje, nyuma y’aho Yair Lapid wari kuri uyu mwanya yemeye ko yatsinzwe amatora . Benjamin “Bibi” Netanyahu ni umunyapolitiki ukomeje kwandika amateka muri Israel kuko agiye kuyobora ari ku nshuro ya gtatu agarutse […]
Abanyekongo baba mu Rwanda barashimira Abanyarwanda
Abanyekongo baba mu Rwanda barashimira Abanyarwanda kuba bakomeje kubacumbikira no kubafata neza, mu gihe by’umwihariko umubano w’ibihugu byabo ukomeje kuzamba. Dr Awazi Bohwa Raymond uhagarariye aba Banyekongo mu rwego rw’amategeko, mu itangazo yashyize hanze kuri uyu wa 3 Ugushyingo 2022. Yagize ati: “Diaspora y’Abanyekongo mu Rwanda irashimira Abanyarwanda ko n’ubwo hariho ikibazo cy’umuryango wo muri […]
Urubura rwagiraga Kilimanjaro ahantu nyaburanga rushobora kuzaba rwazimiye mu 2050

Urubura rutwikiriye imisozi UNESCO yashyizwe mu murage w’Isi nka Yellowstone na Parike y’igihugu ya Kilimanjaro rushobora kuzaba rwashizeho burundu mu 2050, nk’uko iri shami ry’Umuryango w’Abibumbye ryaburiye kuri uyu wa Kane, risaba abayobozi kwihutira gutabara ahasigaye . Iyi miburo yakurikiranye n’ubushakashatsi bwakozwe ku rubura 18,600 rutwikiriye ahantu 50 ndangamurage w’Isi, kuri kilometero kare 66.000, aho […]
Congolese living in Diaspora thanks Rwanda amid bilateral tension with motherland

The Organization of Congolese living in Rwanda has thanked Rwandans for their hospitality despite the current frosty relations between the two neighbouring countries. According to the statement released by the Diaspora Congolese du Rwanda, Congolese said people from two countries must embrace peace during current situation. Read the full statement in French
Tshisekedi yongeye gushimangira ko intambara n’u Rwanda ishobora kuba amahitamo
Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje mu gihe cya vuba intambara n’u Rwanda ishobora kuba amahitamo ya kabiri ashoboka mu gukemura ikibazo cy’umutwe wa M23. Ni Tshisekedi utarahwemye gushinja u Rwanda kuba ari rwo ruri inyuma y’uyu mutwe, ibyo yongeye gushimangira mu ijoro ryakeye ubwo yagezaga ijambo ku baturage b’igihugu […]
Inyeshyamba zigera ku 2000 zerekeje muri Rutshuru kurwanya M23
Abarwanyi bagera ku 2000 bo mu mitwe yitwaje intwaro baravugwaho kwerekeza muri teritwari ya Rutshuru mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru bagiye kurwanya M23 imaze irusha imbaraga ingabo za Leta. Umunyamakuru Jimmy Shukran Bakomera wa radiyo Ijwi rya Amerika ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko abarwanyi berekeje i Rutshuru barimo […]