Gikundiro yanyagiye Musanze FC abafana barongera baramwenyura
Rayon Sports yagarutse iha isomo rya ruhago ikipe ya Musanze FC ari na ko ifata umwanya wa kabiri by’agateganyo muri shampiyona y’u Rwanda. Wari umukino w’umunsi wa 16 shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, Primus National League. Rayon Sports yanyagiye Musanze FC ibitego 4 kuri 1. Ibi ibitego byatsinzwe na Mitima Isaac ku munota wa […]
Abadepite ba Uganda bamaganye ubutinganyi, basaba Leta gukurikirana ababwamamaza

Abadepite bagize inteko ishinga amategeko ya Uganda bemeranyije ko bagomba kurwanya ubutinganyi, basaba Polisi n’urwego rw’ubucamanza gukurikirana ababwamamaza. Mu nteko rusange yabaye kuri uyu wa 24 Mutarama 2023, Depite Charles Bakkabulindi yavuze ko hari imiryango itari iya Leta (NGOs) ikomeje kwamamaza ibikorwa bya LGBTQ mu bigo by’amashuri, asaba ko yakumirwa. Ati: “Izi NGOs zikoresha abarimu […]
Indege y’intambara ya FARDC yongeye kuvogera ikirere cy’u Rwanda, iraraswa
Indege y’intambara y’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) yongeye kuvogera ikirere cy’u Rwanda, mbere yo kuraswa. Byabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri nk’uko amakuru agera kuri BWIZA abivuga. Uwahaye amakuru iki gitangazamakuru yakibwiye ko iyi ndege yo mu bwoko bwa Sukhoi-25 Ingabo z’u Rwanda zishobora kuba zayihamije “kuko yagiye igurumana mbere […]
Impano icumi zazimiye mu mateka y’umupira w’amaguru

Hari abakinnyi batangaga icyizere cy’ahazaza heza mu mupira w’amaguru ariko bidatinze baza kwisanga mu bihe bibi bitewe n’impamvu zitandukanye, ariko cyane cyane kwimukira mu yandi makipe, ntibabashe gufatisha. Bwiza yabateguriye impano icumi (10) zisa n’izazimiye kandi zari zitezwe nk’imfatiro z’umupira w’amaguru w’ahazaza. 10. Dele Alli Bamidele Jermaine Alli yafatwaga nka Beckham mushya w’u Bwongereza. Yatwaye […]
Nyirabyiringiro n’umubyeyi we bakurikiranweho kwica uruhinja barukataguye

Nyirabyiringiro Allen w’imyaka 18 y’amavuko, utuye mu mudugudu wa Rurangara mu karere ka Kisoro muri Uganda arakekwaho kwica uruhinzi yabyaye arukataguye mo ibice, afatanyije n’umubyeyi we Roy Muhawenimana. Radiyo Voice of Muhabura ivuga ko bimwe mu bice by’umubiri w’uru ruhinja byabonwe n’umwana muto ubwo yari kumwe n’ababyeyi be bari guhinga, arabibamenyesha, bahuruza abaturage n’ubuyobozi. Umuyobozi […]
Ukraine: Abayobozi batandukanye barimo ba minisitiri beguye ku mirimo yabo
Benshi mu bayobozi bakuru ba Ukraine beguye ku mirimo yabo nyuma y’uko Perezida Volodymyr Zelensky atangiye gucisha umweyo muri guverinoma ye . Kuri uyu wa Kabiri, umujyanama wo hejuru, abaminisitiri bane bungirije na ba guverineri batanu bavuye ku mirimo yabo. Kugenda kwabo bije mu gihe Ukraine yatangije gahunda nini yo kurwanya ruswa nk’uko iyi nkuru […]
Perezida wa Brazil arashinja uwamubanjirije gukorera jenoside abasangwabutaka bo muri Amazon
Perezida wa Brazil, Luiz Inácio Lula da Silva, yegetse ku butegetsi bwamubanirije bwari buyobowe na Jair Bolsonaro urupfu rw’abana 500 b’abasangwabutaka ba Yonomami baba mu ishyamba rya Amazon rwabaye mu myaka mike ishize. Mu midugudu iri hagati ya 200 na 250 iba muri Amazon, habarurwa abo mu bwoko bwa Yanomami bagera ku 35.000. Ni hafi […]
Un juge amĂ©ricain rejette les allĂ©gations d’enlèvement et de torture dĂ©posĂ©es par Paul Rusesabagina
Un juge fĂ©dĂ©ral Ă Washington, D.C., a rejetĂ© les plaintes contre le gouvernement rwandais et ses dirigeants dĂ©posĂ©es par Paul Rusesabagina . AttirĂ© au Rwanda en 2020, oĂą il a Ă©tĂ© reconnu coupable d’accusations de terrorisme et dĂ©tenu depuis, Rusesabagina et sa famille ont dĂ©posĂ© sa plainte initiale en fĂ©vrier 2022. Il a fait valoir […]
Hatangijwe iperereza ku bafana ba Kiyovu Sports bise Mukansanga Salima ‘indaya’
Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryamaze gutangiza iperereza ku bafana ba Kiyovu Sports baheruka gutuka mu buryo bukomeye umusifuzi Mukansanga Rhadia Salima. Ku wa Gatanu w’icyumweru gishize ni bwo Salima yatutswe n’abasifuzi ba Kiyovu Sports, nyuma yo kutishimira imisifurire yaranze umukino w’umunsi wa 16 wa shampiyona ikipe yabo yaguyemo miswi na Gasogi United 0-0. […]
Uganda: Uwiragiye wafashije umuzungukazi wafashwe ku ngufu na pasiteri aravuga ko ubuzima bwe buri mu kaga
Umugore uvuga ko yafashije umuzungukazi ukomoka muri Latvia kuvuga ihohoterwa rishingiye ku gitsina yakorewe n’Umupasiteri wo muri Uganda, aravuga ko ubuzima bwe buri mu kaga . Uyu mugore witwa Sumaya Uwiragiye avuga ko byabaye ngombwa ko afunga iduka ricuruza likeri na resitora afite ahitwa Lukuli Nanganda muri Makindye nyuma y’uko uyu muzungukazi, Saulite Anda, atangarije […]
Lt. Gen Ndima aravuga ko hari kajugujugu ya RDF imaze iminsi igwa muri RDC
Guverineri wa gisirikare w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lt. Gen. Constant Ndima Kongba, yaguriye imbibi ibirego Congo Kinshasa imaze igihe ishyira ku Rwanda; avuga ko hari kajugujugu y’Igisirikare cyarwo (RDF) imaze igihe igwa ku butaka bwa RDC. Lt. Gen Ndima yabivugiye mu kiganiro aheruka kugirana n’ikinyamakuru cyitwa LES COULISSES. Muri iki kiganiro Ndima yashinje Ingabo z’u […]
Nyanza: Umugororwa wari mu gifungo cya burundu yatorotse
Umugororwa witwa Ntawukuriryayo Jean Damascène wari ufungiwe mu igororero [icyitwaga gereza] rya Nyanza mu ntara y’Amajyepfo yatorotse nyuma y’imyaka 7 afungiwemo. Inkuru y’itoroka rya Ntawukuriryayo wavukiye mu karere ka Gisagara yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 23 Mutarama 2023, ubwo ubuyobozi bw’igororeri rya Nyanza bwatangaga impuruza. Ntawukuriryayo yafunzwe kuva tariki ya […]
Washington: Umucamanza yateye utwatsi ikirego cyatanzwe na Rusesabagina arega Guverinoma y’u Rwanda
Umucamanza wo muri Washington D.C, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yateye utwatsi ikirego kirega Guverinoma y’u Rwanda n’ubuyobozi bwayo cyatanzwe na Paul Rusesabagina ufungiwe mu Rwanda nyuma yo guhamwa n’ibyaha bifitanye isano n’iterabwoba . Rusesabagina wisanze mu Rwanda mu 2020, aho yahamijwe ibyaha by’iterabwoba kandi akaba yarafunzwe kuva icyo gihe, we n’umuryango we batanze […]
Irindimuka rya NOKIA yari yihariye isoko mpuzamahanga rya telefone

NOKIA ni uruganda rw’ikoranabuhanga mu by’itumanaho rwo muri Finland rwashinzwe mu mwaka w’1865 n’abagabo batatu: umushoramari enjenyeri Fredrik Idestam, umushoramari akaba n’umunyepolitiki Prof. Leon Mechelin n’umushoramari w’umunyepolitiki Eduard PolĂłn bose bakomokaga muri iki gihugu. Uru ruganda rufite amateka akomeye mu itumanaho riteye imbere ryifashisha telefone zigendanwa, by’umwihariko kuva mu myaka y’1990 kugeza mu 2007 ubwo […]
RDC: Isasu riri kuvuza ubuhuha mu mirwano ihuje M23 na FARDC n’abacanshuro muri Kitshanga

Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, itariki 24 Mutarama 2023, muri Teritwari ya Rutshuru haravugwa imirwano ikomeje hagati ya M23 na FARDC n’imitwe bifatanyije, aho iyo mirwano ivugwa ahitwa Burungu na Kihonga, aho amakuru avuga ko inyeshyamba za M23 zishaka gufunga umuhanda Kitshanga-Goma . Iyi mirwano iravugwa hagati ya Masisi na Rutshuru, mu […]
L’ancien SecrĂ©taire d’État Bamporiki condamnĂ© Ă cinq ans de prison
L’ancien secrĂ©taire d’État Ă la culture, Edouard Bamporiki a Ă©tĂ© condamnĂ© lundi Ă cinq ans de prison et condamnĂ© Ă une amende de 30 millions de Frw par la Haute Cour de Kigali . La dĂ©cision faisait suite Ă des appels dĂ©posĂ©s par l’accusation et l’accusĂ© contestant un verdict rendu par le tribunal intermĂ©diaire de […]
Uwari umukozi wa FBI arashinjwa gufasha umuherwe w’Umurusiya gukwepa ibihano yafatiwe na Amerika
Minisiteri y’Ubutabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kri uyu wa Mbere, itariki 23 Mutarama, yatangaje ko uwahoze ari umuyobozi mukuru ushinzwe iperereza muri FBI yatawe muri yombi akurikiranyweho gufasha umuherwe w’Umurusiya gukwepa ibihano yafatiwe na Amerika . Ku wa Gatandatu, Charles McGonigal w’imyaka 54 yajyanywe gufungwa ari kumwe na Sergey Shestakov w’imyaka 69, wahoze […]
Ntabwo twemera ko William Ruto ari Perezida wa Kenya – Raila Odinga
Kuri uyu wa Mbere, itariki 23 Mutarama 2023, umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Kenya, Raila Odinga, yabwiye ibihumbi by’abamushyigikiye ku kibuga cya Kamukunji i Nairobi ko atemera ko William Ruto ari perezida w’igihugu . Odinga yavuze ko amatora ya perezida muri Kanama umwaka ushize yabayemo uburiganya. Yashimangiye ko hari ba mafia bibiye Perezida Ruto amajwi […]
Pasiteri Niyonzima Claude agiye gucuruza akabari n’amacumbi y’indaya
Umuvugabutumwa Rev. Past. Niyonzima Claude uhamya ko ari umuhanuzi w’Imana yari yatangaje ko urukiko rukatira igifungo gisubitse Bamporiki Edouard wabaye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’urubyiruko n’umuco igifungo gisubitse, ntajye muri gereza. Uyu muvugabutumwa uri mu bamaze kwandika izina ku miyoboro ya YouTube ni umwe mu bari bagiye ku rukiko rukuru i Nyamirambo kuri uyu […]
Abarimo FARDC, FDLR n’abacancuro bakomeje kuviraho M23 inda imwe
Umutwe wa M23 uravuga ko ukomeje kugabwaho ibitero n’ihuriro rya Guverinoma ya Congo Kinshasa rigizwe n’Ingabo z’iki gihugu (FARDC), imitwe yitwaje intwaro bakorana ndetse n’abacanshuro b’Abanyaburayi. Ni ibyatangajwe n’Umuvugizi wa M23, Lawrence Kanyuka, mu itangazo yasohoye mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 24 Mutarama. Kanyuka yashinje Guverinoma y’i Kinshasa ku kuba ikomeje […]
Kurindwa n’abaturanyi nta shema bidutera: Dr Mukwege ku ngabo za EAC
Umuganga wo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ukorera i Bukavu akaba n’impirimbanyi y’uburenganzira bw’ikiremwamuntu, Dr Denis Mukwege, yagaragaje ko atishimiye na gato kuba ingabo zo mu bihugu byo mu karere ka Afurika y’iburasirazuba zirinda igihugu cyabo. Uyu mubabaro yawugaragarije urubyiruko rwo mu itorero rya PentecĂ´te ubwo bagiranaga ikiganiro cyerekeye ku mutekano muke uri mu […]
Edouard Bamporiki yaraye i Mageragere
Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, yaraye agejejwe muri Gereza ya Nyarugenge iri i Mageragere aho yagiye kurangiriza igifungo cy’imyaka itanu aheruka guhabwa. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B. Thierry yaraye atangaje ko mu masaha y’umugoroba wo kuri uyu wa Mbere ari bwo ruriya rwego rwashyikirije Bamporiki urw’imfungwa n’abagororwa mu […]
Burkina Faso yahaye u Bufaransa igihe ntarengwa cyo kuba bwamaze kuvana Ingabo zabwo ku butaka bwayo
Guverinoma ya Burkina Faso ku wa Mbere yatangaje ko yahaye Ingabo z’u Bufaransa ziri i Ouagadougou ukwezi kumwe, nk’igihe ntarengwa cyo kuba zamaze kuva ku butaka bwa kiriya gihugu. Ni icyemezo iki gihugu cyo mu Burengerazuba cyafashe, nyuma gusesa amasezerano cyari gifitanye n’u Bufaransa yemereraga Ingabo zabwo kurwanya ibyihebe ku butaka bwacyo. Burkina Faso imaze […]