Mutesi Jolly yahakanye amakuru yavugaga ko atwite
Miss Mutesi Jolly yahakanye amakuru yavugaga ko atwite, avuga ko abayatangaje ari abashaka kwamamara mu buryo buciriritse. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, uyu nyampinga w’u Rwanda w’umwaka w’2016 yahakanye amakuru amaze iminsi avugwa mu bitangazamakuru ko yaba atwite. Mutesi Jolly yashimiye abantu bamwohereje ubutumwa bw’ishimwe, avuga ko bamwifurije ibyiza, yongeraho ko aya makuru ari ibihuha. […]
Ibimenyetso bigaragaza umuntu wamaze kubatwa na telefone
Ubushakashatsi bwakozwe nâurubuga rwa âBankmycellâ bwagaragaje ko muri iki gihe abantu bakoresha telefone zigezweho [Smartphone] bagera kuri miliyani 6.92, bangana nka 86.29% by’abatuye Isi. Mu Isi ya none, ibintu byinshi bisigaye bikorerwa kuri interineti, gusa hari abakoresha izi telefone bikagera aho babatwa na zo bitewe n’ibyo bakunze kuzibonamo. Nubwo nta kimenyetso simusiga cyaba cyerekana ko […]
Général Marcel Gatsinzi yapfuye
GĂ©nĂ©ral (Rtd) Marcel Gatsinzi wigeze kuba Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda, yitabye Imana kuri uyu wa Kabiri tariki ya 07 Werurwe 2023 azize uburwayi. Gen. Gatsinzi yaguye mu bitaro by’i Brussels mu Bubiligi ari na ho yari amaze igihe atuye. Inkuru y’urupfu rwe yamenyekanye ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri. GĂ©nĂ©ral Gatsinzi wari ufite imyaka […]
Rwongeye kwambikana hagati ya FARDC na M23 yari yahagaritse imirwano
Imirwano yongeye kubura hagati y’uruhande rw’ihuriro ry’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na M23, nyuma y’amasaha make uyu mutwe utangaje ko uhagaritse imirwano. Mu itangazo yasohoye ku manywa yo kuri uyu wa Mbere, M23 yari yatangaje ko ihagaritse imirwano “mu rwego rwo kubahiriza ibyavuye mu biganiro byahuje umutwe wa M23 na nyakubahwa Perezida JoĂŁo […]
Nyamasheke: Umugabo yishwe nâinzoga nyuma yo gutegerwa Frw 5000

Kalimunda PhĂ©nias wâimyaka 43 wari utuye mu mudugudu wa Muganza, akagari ka Gasayo, umurenge wa Karengera mu karere ka Nyamasheke, wari ucumbitse mu mudugudu wa Mugohe, akagari ka Kabuga, umurenge wa Karambi muri aka karere, yapfuye nyuma yo kunywa amacupa 2 yâinzoga bita Nguvu yari amaze gutegera na mugenzi we kumara vuba vuba akamuha amafaranga […]
Uwabaye umuyobozi ukomeye muri guverinoma yahamijwe icyaha cyo gusambanya umwana
Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwahamije Ruvebana Antoine wabaye Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri yari ishinzwe gukumira ibiza no gucyura impunzi (MIDIMAR) icyaha cyo gusambanya umwana, rumukatira igifungo cyâimyaka 10. Rubevana yatawe muri yombi tariki ya 11 Ukuboza 2021. Umuvugizi wâurwego rwâubugenzacyaha, Dr Murangira Thierry icyo gihe yabwiye itangazamakuru ko uyu yafashwe nyuma yâaho abagore bamuregaga kubasambanya […]
Le pape Jean-Paul II aurait dissimulé la maltraitance des enfants en tant que cardinal en Pologne
Le pape Jean-Paul II aurait dissimulĂ© la maltraitance des enfants dans l’Ă©glise catholique polonaise et renvoyĂ© les prĂȘtres fautifs dans d’autres juridictions pour Ă©viter un scandale, selon une enquĂȘte . L’ancien pape, nĂ© Karol Wojtyla, connaissait des prĂȘtres pĂ©dophiles alors qu’il Ă©tait cardinal de l’Ă©glise polonaise de Cracovie, selon un reportage de la chaĂźne de […]
Perezida TouadĂ©ra yashinje ibihugu byo mu burengerazuba bwâIsi guhungabanya umutekano wa CAR
Perezida wa Repubulika ya Centrafrica (CAR), Faustin-Archange TouadĂ©ra, yashinje bimwe mu bihugu byo mu burengerazuba bwâIsi guhungabanya igihugu cye mu rwego rwa politiki nâurwâumutekano. Uyu Mukuru wâIgihugu ubwo yari mu nama mpuzamahanga yâibihugu bikennye yabereye i Doha tariki ya 5 Werurwe 2023, yavuze ko CAR ifite yasahuwe nâibi bihugu byifashishije ubu buryo kuva cyabona ubwigenge. […]
Umunyamabanga Mukuru wa Loni yerekeje muri Ukraine ku nshuro ya gatatu
Kuri uyu wa Kabiri, Umunyamabanga mukuru wâUmuryango wâAbibumbye, Antonio Guterres ari mu nzira yerekeza i Kyiv kubonana na Perezida Volodymyr Zelensky nkâuko iyi nkuru dukesha France24 ivuga . Mu gitondo cyâuyu munsi Zelensky akaba yavuze ko igisirikare cya Ukraine kizohereza ingabo mu mujyi wa Bakhmut wagoswe nâingabo zâu Burusiya, ahakana amakuru yari yaravuzwe mbere ko […]
Ibyo kurya 10 byâingenzi ku mugore utwite
Gutwita ni kimwe mu bintu bishimisha umubyeyi. Ni byiza ko umugore utwite arya indyo yuzuye kuko bimufasha we n’umwana uri mu nda gukomeza kugira ubuzima bwiza. Muri iki gihe, umubiri ukenera intungamubiri zinyongera kugira ngo ubuzima bwumwana bigende neza. Mu byukuri, ugomba kongeramo karori hagati ya 400 na 500 buri munsi. Nkâuko Indiatimes.com ibitangaza, kurya […]
U Rwanda rwashyikirije EJVM imirambo y’abasirikare ba FARDC barasiwe i Rubavu, irimo uwari uhamaze amezi 4
Leta y’u Rwanda kuri uyu wa Kabiri tariki ya 07 Mutarama, yashyikirije Itsinda rihuriweho nâIngabo zo mu Karere kâIbiyaga bigari rishinzwe kugenzura imipaka (EJVM) imirambo y’abasirikare babiri ba Congo Ingabo z’u Rwanda zarasiye mu karere ka Rubavu. Amakuru BWIZA yamenye ni ay’uko iki gikorwa cyabereye mu murenge wa Gisenyi ari na ho bariya basirikare barasiwe. […]
Uingereza: Mahakama ya Rufaa kusikiliza kesi kuhusu mpango wa kupeleka waomba hifadhi nchini Rwanda mwezi Aprili
Mahakama ya Rufaa iko tayari kusikiliza changamoto kuhusu mpango wa Serikali ya Uingereza kupeleka waomba hifadhi nchini Rwanda mwezi Aprili, jaji mkuu amesema . Majaji wawili katika Mahakama Kuu walitupilia mbali msururu wa zabuni za kisheria dhidi ya sera ya Ofisi ya Mambo ya Ndani mnamo Desemba baada ya kusikilizwa mnamo Septemba na Oktoba. Lord […]
U Bwongereza: Ubujurire ku cyemezo cyo kohereza abimukira mu Rwanda buzatangira muri Mata
Urukiko rw’Ubujurire mu Bwongereza ruzumva imbogamizi kuri gahunda ya Guverinoma, yo kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda, muri Mata, nk’uko umucamanza mukuru yavuze . Abacamanza babiri bo mu Rukiko Rukuru bateye utwatsi icyifuzo cyo guhagarika iyi politiki yâibiro bishinzwe umutekano wâimbere mu gihugu mu Kuboza nyuma yâiburanisha ryo muri Nzeri na Ukwakira. Abacamanza Lewis hamwe na […]
Le Premier ministre Rishi Sunak s’est entretenu avec le prĂ©sident rwandais Paul Kagame
Le Premier ministre britannique Rishi Sunak et le prĂ©sident rwandais Paul Kagame ont discutĂ© du partenariat migratoire entre le Royaume-Uni et le Rwanda et de la nĂ©cessitĂ© de perturber les activitĂ©s des passeurs tout en rĂ©pondant aux prĂ©occupations humanitaires, a annoncĂ© lundi le gouvernement britannique . “Ils ont discutĂ© du partenariat migratoire entre le Royaume-Uni […]
M23 yahagaritse imirwano na FARDC, isiga iteze umutego

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Kabiri tariki ya 07 Werurwe watangaje ko wahagaritse imirwano n’Ingabo za Repubulika Iharanira (FARDC), gusa utangaza ko witeguye kwirwanaho mu gihe cyose uzaba ugabweho igitero. Uyu mutwe wabyemeje binyuze mu itangazo ryasohowe n’Umuvugizi wawo, Lawrence Kanyuka. Mu cyumweru gishize abayobozi bakuru muri uyu mutwe barangajwe imbere na Perezida wawo, […]
Somalia: Al Shabaab yisubije ibirindiro yari iherutse kwamburwa nâingabo za leta
Kuri uyu wa Kabiri, abarwanyi bo mu mutwe wâiterabwoba wa Al Shabaab wo muri Somalia wisubije ibirindiro bya gisirikare byo mu majyepfo ya Jubbaland wari wambuwe nâigisirikare cya leta muri Mutarama, nk’uko umuyobozi muri Somalia nâumuturage waho babitangaje . Al Shabaab, ikorana na al Qaeda, yahuye nâigitutu gikaze cyâigisirikare ndetse nâimitwe yitwara gisirikare ishingiye ku […]
Ingabo zâu Burundi zamaze kugera i Sake

Ingabo zâu Burundi zibarizwa mu mutwe wâumuryango wa Afurika yâiburasirazubam EACRF, zamaze kugera i Sake muri teritwari ya Masisi, zivuye mu mujyi wa Goma zari zimazemo iminsi ibiri. EACRF yatangarije ku rubuga rwayo iti: âIngabo zâu Burundi ziri muri EACRF zoherejwe i Sake muri Masisi muri gahunda ikomeje yâingabo za EACRF.â Uyu mutwe wâingabo za […]
Chris Brown yahaswe ibibazo na Polisi y’u Bwongereza
Chris Brown yahaswe ibibazo nâabapolisi b’u Bwongereza nyuma yo gukekwaho kuba yaragize uruhare mu makimbirane yakozwe n’agatsiko k’abari bamuherekeje hakomerekeramo umugabo umwe, akajyanwa mu bitaro mu kwezi gushize. Raporo yâabapolisi ivuga ko hari mugabo wakubiswe n’agatsiko k’abari baherekeje Chris Brown maze bamukubita icupa mu mutwe kandi ari inzirakarengane. Amakimbirane amaze guhoshwa, hahamagajwe abashinzwe umutekano maze […]
RDC: Minisitiri Lutundula yongeye gushimangira ko nta mishyikirano na M23
Minisitiri wâububanyi nâamahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Christophe Lutundula, yongeye gushimangira ko Guverinoma ya Congo idateze kugirana imishyikirno nâumutwe wa M23 mu gihe kuri uyu wa Kabiri, itariki 7 Werurwe, biteganyijwe ko uyu mutwe ugomba guhagarika imirwano ukanatangira kuva mu bice wigaruriye nk’uko wabyemereye Perezida wa Angola . Ni mu kiganiro yagiraye na […]
Amafoto: REG BBC yerekeje i Dakar muri Senegal mu mikino ya BAL

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri, ikipe ya REG BBC yerekeje i Dakar muri Senegal, aho igiye guhagararira u Rwanda mu mikino ya BAL, Sahara Conference, izatangira tariki 11 Werurwe 2023. REG BBC yagiye iyobowe n’abatoza bayo aribo Dean Murray na Maxime Marrius Mwiseneza ndetse n’abakinnyi 12. Abakinnyi 12 REG yahagurukanye i Kigali barimo […]
Musanze: Abana babiri baratabarizwa nyuma yo kwihakanwa n’umubyeyi wemeraga ko ari abe
Umugabo witwa Ntakarakorwa Bana Guido utuye mu karere ka Rubavu akaba akomoka mu karere ka Musanze, umurenge wa Musanze mu kagari ka Cyabagarura, aravugwaho gutererana abana babiri; uw’imyaka 17 n’undi ufite imyaka 14, yemeraga ko yabyaranye na Tumukunde Zoula utuye mu murenge wa Cyuve, mu kagari ka Bukinanyana, ariko nyuma akabihakana. Tumukunde avuga ko yabyaranye […]
Makundi ya wenyeji yenye silaha yanakusanywa kama askari wa akiba wa jeshi la Kongo
Wakati wa mkutano na waandishi wa habari uliofanyika Jumatatu hii, Machi 6, 2023 huko Goma, Waziri wa Elimu ya Juu na Vyuo Vikuu (HUE), Muhindo Nzangi, alifichua kwamba makundi ya wenyeji yenye silaha sasa yanahamasishwa kama askari wa akiba ambao watakuwa na vifaa sawa na askari wa Kongo (FARDC) . Alionyesha kuwa hayo ni matokeo […]
Frank Gashumba yasabiye Jose Chameleone imbabazi
Umushoramari Frank Gashumba arasaba abakunzi ba muzika muri Uganda kubabarira Jose Chameleone no kumuha amahirwe ya kabiri nyuma yo gusaba imbabazi ko yasomye umuvandimwe we Weasel ubwo bari ku rubyiniro mu gitaramo cye aherutse gukora. Tariki ya 24 Gashyantare 2023 mu gitaramo cya Gwanga Mujje, Weasel na Jose Chameleone bagaragaye bari gusomana ku minwa, bituma […]
Gisagara: Babiri bafatiwe mu cyuho biba imirindankuba
Ku Cyumweru tariki ya 5 Werurwe, Polisi yâu Rwanda ifatanyije nâinzego zâibanze nâabaturage mu Karere ka Gisagara, yafashe abasore babiri bacyekwaho kwiba insinga zâamashanyarazi nâimirindankuba bakajya kubigurisha mu byuma bishaje . Abafashwe barimo umwe ufite imyaka 26 nâundi ufite 29, bafatanywe imirindankuba ipima Kgs 13 bagiye bakata ku nkingi zâamashanyarazi (Pylons) zo ku muyoboro mugari […]
Local armed groups are mobilized as Congolese army reservists
During a press conference held this Monday, March 6, 2023 in Goma, the Minister of Higher and University Education (HUE), Muhindo Nzangi revealed that local armed groups are now mobilized as reservists who will be equipped in the same way as the Congolese soldiers (FARDC) . He indicated that this is the consequence of a […]
Perezida Kagame na Minisitiri wâIntebe wâu Bwongereza baganiriye ku masezerano yakomwe mu nkokora
Perezida Paul Kagame na Minisitiri wâIntebe wâu Bwongereza, Rishi Sunak, baganiriye ku masezerano yo kohereza abimukira yakomwe mu nkokora nâinkiko kugeza ku rwo ku mugabane wâUburayi rushinzwe kurinda uburenganzira bwâikiremwamuntu. Ibiro ntaramakuru byâAbongereza, Reuters, bisobanura ko Perezida Kagame na Sunak bavuganiye ku murongo wa telefone kuri uyu wa 6 Werurwe 2023. Aba bayobozi biyemeje gukomeza […]
Igihano kibabaje Erik Ten Hag yahaye abakinnyi ba Manchester United bakimara kwandagazwa na Liverpool
Umutoza Erik Ten Hag wa Manchester United yahaye abakinnyi be igihano kibashengura imitima, nyuma yo kwandagazwa na Liverpool ku cyumweru gishize yabanyagiye ibitego 7-0. Ikinyamakuru The Mirror cyanditse ko uriya mukino wabaye ku Cyumweru gishize ukirangira, Ten Hag yategetse abakinnyi be kwicara mu rwambariro nta gukopfora ubundi bakumva uko bagenzi babo ba Liverpool ndetse n’abafana […]
Kinshasa: Minisiteri yâitumanaho yibasiwe nyuma yo gutangaza ko Macron yamaganye u Rwanda
Minisiteri ishinzwe itumanaho nâitangazamakuru muri Repubulika ya demukarasi ya Congo yibasiwe nyuma yo gutangaza ko Perezida wâu Bufaransa, Emmanuel Macron, yamaganye u Rwanda arushinja gufasha umutwe witwaje intwaro wa M23. Perezida Macron ubwo yari mu kiganiro nâabanyamakuru hamwe na mugenzi we FĂ©lix Tshisekedi, i Kinshasa tariki ya 4 Werurwe 2023, yavuze ko M23 irimo abanyamahanga […]