Ibisobanuro bya bumwe mu buryo abantu baryamamo
Ubushakashatsi bwagaragajwe n’ikinyamakuru Sleepfoundation.org bwakozwe n’umuhanga mu bijyanye n’imikorere y’umubiri Idzikowski, bwagaragaje ko uburyo abantu baryamamo (position) bugira igisobanuro cyihariye. Uburyo umuntu aryamamo bushobora kugaragariza abo babana ibyo atekereza cyangwa se n’imiterere ye muri rusange. Dore busobanuro bwa bumwe mu buryo abantu baryamamo Kuryama wubitse inda Ubu buryo bukunze kugaragara ku basore n’inkumi bari mu […]
Cristiano yatuye umujinya amacupa y’amazi nyuma yo kuririmbirwa n’abafana ba Al-Ittihad izina ‘Messi’
Cristiano Ronaldo yatuye amacupa y’amazi umujinya ayakubita imigeri, nyuma yo kumva abafana b’ikipe ya Al-Ittihad baririmba izina ‘Messi’ ubwo we na bagenzi be bari bamaze gutsindwa. Byabaye nyuma y’umukino wa shampiyona ya Arabie Saoudite Al-Nassr ya Cristiano yatsinzwemo na Al-Ittihad igitego 1-0, ihita inatakaza umwanya wa mbere. Ni umukino wari uwa kabiri wikurikiranya Cristiano Ronaldo […]
Umwarimu Muramira wa Nyakabingo yarasiwe kuri sitasiyo ya lisansi
Kuri uyu wa Kane ushize, abapolisi bo mu Karere ka Bushenyi mu burengerazuba bwa Uganda bataye muri yombi abashinzwe umutekano babiri bakorera Ruhama Veterans Uganda Ltd, bazira kurasa no kwica umwarimu wo mu shuri ribanza . Uyu mwarimu ni Onan Muramira w’imyaka 47, utuye mu kagari ka Nyakabingo1, paruwasi ya Rushinya, Umurenge wa Kakanju mu […]
Umubyeyi wa Chameleone yagize icyo avuga ku bahungu be bagaragaye basomana
Proscovia Musoke, nyina wa Jose Chameleone na Weasel, yagize icyo avuga ku bahungu be bagaragaye basomanira mu ruhame, gusa abantu benshi bakabifata nabi. Aganira na Pulse Uganda, Musoke yagize ati: “Uyu ni murumuna we. Ntabwo mbona ko ari bibi. Ni uko abantu babibonye mu ishusho ya Afurika.” Chameleone yasomye Weasel ubwo bahuriraga ku rubyiniro mu […]
Kinshasa: Minisitiri w’ingabo ari gukurikirana umunyamakuru wavuze kuri raporo ye y’umutekano

Minisitiri w’ingabo wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Gilbert Kabanda, ari gukurikirana umunyamakuru Stanis Bujakera, nyuma yo kutishimira uko yavuze kuri raporo y’uko umutekano uhagaze mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Uyu munyamakuru ukorera Jeune Afrique, Reuters na ActualitĂ© tariki ya 5 Werurwe 2023 yatangaje ko Minisitiri w’ingabo yemeje ko “M23/RDF” biri kwegera imbere ku rubuga, […]
Timu ya Baraza la Usalama la Umoja wa Mataifa yawasili DR Congo
Ujumbe wa Baraza la Usalama la Umoja wa Mataifa uliwasili DR Congo siku ya Alhamisi kwa ziara ya siku tatu, shirika hilo la dunia lilisema, huku mapigano makali na waasi wa M23 yakiendelea katika eneo la mashariki . Kundi la M23 limeteka maeneo mengi katika jimbo la Kivu Kaskazini nchini Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo […]
Afurika y’Epfo yateye intambwe yo kugabanya umubano wa yo na Israel
Inteko Ishinga Amategeko ya Afurika y’Epfo yatoye icyifuzo cyo guhindura ambasade yayo muri Israel mo ibiro by’umuhuza, mu rwego rwo kugaragaza kutishimira ihohoterwa ridashira rikorerwa Abanyapalestine nk’uko byatangajwe n’ibinyamakuru byaho . “Turizera ko iyi izaba intambwe ya mbere yo gushyira igitutu kuri Israel ngo yubahirize uburenganzira bwa muntu, yemere uburenganzira bw’abaturage ba Palesitine, uburenganzira bwabo […]
Ibyiza byo gufata ifunguro rya mu gitondo ku buzima bw’umuntu
Ifunguro ufata mu gitondo ukibyuka ni ryo ry’ibanze kandi rifite akamaro cyane kuko rigira uruhare mu myitwarire ugira umunsi wose. Nk’uko Floridamilk.com ibivuga “Mu gitondo ugomba kurya nk’umwami”, ntabwo ibivugira ubusa kuko hari ubushakashatsi bubyerekana. Ubushakashatsi bwerekana ko ifunguro rya mu gitondo rifasha umubiri cyane mu buryo butandukanye.   Akamaro n’ibyiza byo gufata ifunguro rya […]
Kenya: Hari impungenge ko imyigaragambyo yatangijwe na Odinga ishobora kuvamo urugomo
Kuri uyu wa Kane, umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kenya, Raila Odinga, yatangaje ko mu gihugu hose hatangiye imyigaragambyo yo kwamagana perezida William Ruto. Nubwo Oding avuga ko ari imyigaragambyo yo mu mahoro hari impungenge ko ishobora kuvamo urugomo nk’urwo mu bihe byashize . Iki cyemezo kibaye nyuma y’uko Odinga yari yahaye guverinoma iminsi 14 […]
Ibiciro mu Rwanda byiyongereyeho hejuru ya 30% muri Gashyantare 2023
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR), cyatagaje ko mu kwezi gushize kwa Gashyantare uyu mwaka ibiciro mu gihugu hose byiyongereyeho 30.3% ugereranyije no muri Gashyantare 2022. Ni ibigaragarira muri raporo iki kigo giheruka gusohora. Ni raporo iki kigo cyasohoye mu gihe Abanyarwanda hirya no hino mu gihugu bakomeje kwinubira izamuka rikabije ry’ibicuruzwa, by’umwihariko ibyo kurya. […]
Abasirikare 11 ba Burkina Faso biciwe mu bitero byo kwisubiza uduce tugenzurwa n’inyeshyamba
Kuri uyu wa Kane, abarwanyi batamenyekanye muri Burkina Faso bishe abasirikare 11 abandi bane barakomereka mu gikorwa cyo kwigarurira uduce two mu burasirazuba no mu majyaruguru nk’uko byatangajwe n’igisirikare . Kuva mu mwaka wa 2018 Burkina Faso yibasiwe n’inyeshyamba zifitanye isano na al Qaeda na Leta ya Kisilamu, zigaruriye uduce twinshi two muri iki gihugu […]
Lutundula abona u Rwanda na M23 bidafatiwe ibihano, amahoro atazaboneka iwabo
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC), Christophe Lutundula, abona amahoro adashoboka mu gihugu cyabo mu gihe u Rwanda n’umutwe witwaje intwaro wa M23 bitafatirwa ibihano. Ni ibyiyumviro yagejeje ku badipolomate bahagarariye ibihugu biri mu muryango w’Ubumwe bw’Uburayi n’intumwa z’inteko ishinga amategeko y’u Budage, ubwo bagiranaga ikiganiro kuri uyu wa 9 Werurwe […]
The FDLR, products of the genocidal ideology and executioners of the Congo – Opinion
After months of pacing television sets accusing Rwanda of being responsible for the violence in eastern DRC with all the lies and extrapolations imaginable, the Congolese government spokesperson has made a major mistake . A consequence of his risky mastery of English or media overwork? The fact remains that, cornered by his interlocutor, the minister […]
Rayon Sports yisubiriye ku cyemezo cyo kwivana mu Gikombe cy’Amahoro yaherukaga gufata
Ikipe ya Rayon Sports yisubiriye ku cyemezo cyo kwivana mu Gikombe cy’Amahoro yaherukaga gufata, yemera gusubira muri iri rushanwa. Ku wa Gatatu w’iki cyumweru ni bwo iyi kipe ikunzwe kurusha izindi yari yatangaje ko ivuye mu Gikombe cy’Amahoro, kubera icyo Uwayezu Jean Fidèle usanzwe ari Perezida wayo yise akajagari kari mu mitegurire ya ririya rushanwa. […]
Kisoro: Abacuruzi 200 batakambiye Perezida Kagame ngo afungure Kibyeyi ufungiye mu Rwanda
Abacuruzi babarirwa muri 200 bakorera i Kisoro muri Uganda, baratakambira Perezida Paul Kagame bamusaba kugirira impuhwe mugenzi wabo witwa Kibyeyi Valence ufungiye mu Rwanda, agafungurwa. Uyu Kibyeyi amaze igihe afungiye mu Rwanda azira kunyereza imisoro. Muri Mutarama 2021 ni bwo uyu mugabo wakoreraga ubucuruzi mu mujyi wa Kigali yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), […]
Colonel Bora yasubije abavuga ko yatanze ubuhamya kuri FDLR ahagarikiwe n’ufite ishoka
Colonel (Rtd) Nshimiyimana Augustin wamenyekanye nka Bora Manasseh ubwo yari ashinzwe ubutasi muri FDLR, yasubije abavuze ko yatanze ubuhamya kuri uyu mutwe witwaje intwaro ahagarikiwe n’umuntu wari ufite intorezo (ishoka). Mu nama yo gusigasira ubumwe bw’Abanyarwanda no kubaka amahoro arambye yabereye mu kigo cyo gusubiza mu buzima busanzwe ingabo zavuye ku rugerero cya Mutobo mu […]
Le Rwanda participera au sommet Royaume-Uni-Afrique
Le Premier ministre britannique Rishi Sunak devrait organiser un sommet sur l’investissement entre le Royaume-Uni et l’Afrique Ă Londres, qui comprendra des reprĂ©sentants du Rwanda et de 24 autres pays africains, a annoncĂ© le gouvernement britannique . Le sommet vise Ă promouvoir le commerce et l’investissement dans les deux sens, Ă favoriser l’emploi et la […]
Masisi: Inzego z’akarere zatangiye iperereza ku wanze guhagarika imirwano

Inzego z’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba n’akarere k’ibiyaga bigari zatangiye gukora iperereza kugira ngo zimenye uwanze guhagarika imirwano muri teritwari ya Masisi muri Repubulika ya demukarasi ya Congo, hagati y’ingabo z’iki gihugu n’umutwe witwaje intwaro wa M23. Izi nzego ziri gukora iperereza ni: urw’akarere k’ibiyaga bigari rushinzwe umutekano wo ku mipaka (EJVM), ingabo zo mu mutwe […]
UEL: Manchester United yateye intambwe igana muri ÂĽ, mu gihe Arsenal itahiriwe n’urugendo

Manchester United yatsinze Real Betis ibitego 4-1 biyibera impamba ihagije yo kujyana muri Espagne, mu gihe Arsenal yo yananiwe kwikura muri Portugal ikahanganyiriza ibitego 2-2. Manchester United yari yakiriye Real Betis ku kibuga Old Trafford mu mukino ubanza wa ? mu mikino ya Europa League wasifuwe na Daniel Siebert mu ijoro ryo kuri uyu wa […]
Gutera u Rwanda ni ukwiyahura_Col Nshimiyimana wahoze ari intasi ya FDLR
Colonel Nshimiyimana Augustin Alias ‘Bora Manasseh’ wahoze akuriye ubutasi bwo hanze mu mutwe wa FDLR, yakuriye inzira ku murima abarwanyi b’uyu mutwe bafite gahunda yo gutera u Rwanda, avuga ko kubigerageza ari ukwiyahura bijyanye n’ingabo yasanze rufite. Muri Kamena 2021 ni bwo Colonel Nshimiyimana yafatiwe mu rusengero rw’ahitwa Rubaya ho muri Teritwari ya Masisi iri […]