General Kabarebe, Ibingira n’abandi benshi bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru
Perezida Paul Kagame yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru abasirikare bari mu cyiciro cya ba Generals 12 barimo James Kabarebe usanzwe ari umujyanama we wihariye mu by’umutekano. Abandi bashyizwe mu kiruhuko ni: Gen. Fred Ibingira wabaye Umugaba w’Inkeragutabara, Lt Gen. Charles Kayonga wabaye Umugaba Mukuru, Lt Gen. Frank Mushyo Kamanzi na Maj. Gen. Martin Nzaramba. Hari kandi […]
Gabon: Bongo yatakambiye abamukunda ngo bavuze induru cyane
Perezida Ali Bongo Ondimba wakuwe ku butegetsi n’abasirikare ba Gabon yasabye abamukunda, baba ab’imbere mu gihugu no mu mahanga kuvuza induru kugira ngo we n’umuryango we barekurwe. Abasirikare ba Gabon bayobowe na General Oligui Nguema kuri uyu wa 30 Kanama 2023 batangaje ko bakuye Bongo ku butegetsi, basesa ubuyobozi bw’inzego zose. Ni nyuma y’amasaha make […]
Muri Stade Amahoro habonetse imibiri irenga 30
Imibiri 32 bikekwa ko ari iy’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yataburuwe muri Stade Amahoro i Remera. Iyi mibiri yatangiye kuboneka mu byumweru bibiri bishize. Umukozi ushinzwe imibereho myiza y’Abaturage mu murenge wa Remera, Pauline Rutazana, yabwiye The New Times ko kuri ubu harimo gukusanywa amakuru hagamijwe kumenya ba nyiri iriya mibiri, ndetse n’intandaro y’urupfu […]
Polisi wa Rwanda wapata msemaji mpya
Kamishna Msaidizi wa Polisi (ACP) Boniface Rutikanga ameteuliwa kuwa Kamishna wa Mahusiano ya Umma na Vyombo vya Habari wa Polisi wa Kitaifa wa Rwanda (RNP) ilitangaza Jumatano, Agosti 30. Pia anakuwa Msemaji wa Polisi, akichukua nafasi ya Kamishna wa Polisi John Bosco Kabera, ambaye alishika wadhifa huo tangu Oktoba 2018. Kabera sasa ameteuliwa kuwa Kamishna […]
U Burusiya bwijeje kwihorera nyuma y’ibitero bya drones byasenye indege 2 za gisirikare
U Burusiya buravuga ko ibitero ku butaka bwabwo bitazagenda gutyo ababikoze “badahanwe”, nyuma y’ibitero bya drone byibasiye uturere dutandatu dutandukanye mu ijoro rimwe. Minisiteri y’ububanyi n’amahanga yashinje Ukraine kandi ivuga ko ibitero byimbitse mu Burusiya bisaba amakuru y’ubutasi ava mu burengerazuba. Kimwe mu bitero byagabwe ku kibuga cy’indege cya Pskov, ku bilometero amagana mu majyaruguru […]
Jackie Chandiru yemeye gufasha Leta mu kwiyegereza urubyiruko rwayinaniye

Umucuranzi Jackie Chandiru yari amaze imyaka myinshi yarabaswe n’ibiyobyabwenge byanamuviriyemo kureka umuziki nyuma yo kujyanwa mu bitaro ngo yitabweho. Uyu muhanzikazi ariko kugeza ubu amaze gukira byimazeyo kandi yitabira cyane ubukangurambaga bugamije gukumira no kurwanya ibiyobyabwenge mu rubyiruko mu gihugu cya Uganda. Mu mpera z’icyumweru gishize, Chandiru yasuye kandi Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko, Annet Anita, […]
General Kayihura wari ukurikiranweho kohereza abashakishwa n’u Rwanda yabohowe
General Kale Kayihura, umusirikare wa Uganda wari ukurikiranweho amakosa n’ibyaha birimo kohereza i Kigali ku ngufu abo ubutabera bw’u Rwanda bushakisha yamaze kubohorwa. Uyu musirikare yatangiye gukurikiranwa mu 2018 nyuma yo gukurwa ku mwanya w’ubuyobozi bukuru bwa Polisi. Yashinjwaga gucyura impunzi mu buryo bunyuranyije n’amategeko no kunanirwa kurinda ibikoresho by’umutekano. Yaraburanishijwe ariko urubanza rwe rumara […]
Gabon: General Oligui Nguema wahiritse ubutegetsi ni muntu ki?
Nyuma y’iminota mike hatangajwe ibyavuye mu matora byerekana ko Ali Bongo ari we watsinze nubwo bamwe batabyemera, kandi imbuga nkoranyambaga zikaba zari zafunzwe muri iki gihugu, itsinda ry’abasirikare ryatangaje kuri televiziyo kuri uyu wa Gatatu iseswa ry’ibyavuye mu matora n’iseswa ry’inzego za leta zirimo guverinoma, inteko ishinga amategeko, sena na komisiyo y’amatora. Ku buyobozi bw’ingabo […]
Icyongereza: Hongerewe igihe cya poromisiyo n’inzobere z’abarimu

Nyuma y’uko icyumweru gishize hatangiye ibyiciro bishya, biga icyongereza , TOEFL, IELTS, hongerewe igihe cyo kwiyandikisha, iki byiciro bihishiwe byinshi harimo no guhabwa poromosiyo, Kwigisha mu buryo bwa « debates », ibiganiro njya mpaka, imyotozo yo kumva no kuvuga biri mu bituma abatugana baba intyoza vuba no kuvugira mu ruhame (Public speaking and negociation). Hongerewe […]
Bite bya Ali Bongo wahiritswe ku butegetsi n’Igisirikare cya Gabon?
Itsinda ry’abasirikare bahiritse ubutegetsi bwa Gabon, ryatangaje ko Ali Bongo Ondimba wari Perezida w’iki gihugu yafungiwe iwe mu rugo. Aba basirikare mu itangazo basomeye kuri Televiziyo y’Igihugu banavuze ko umwe mu bahungu ba Ali Bongo yatawe muri yombi azira “ubugambanyi”. Bati: “Perezida Ali Bongo yafungiwe iwe mu rugo, akikijwe n’umuryango we ndetse n’abaganga.” Mu gitondo […]
Umuhanzi R.Kelly akomeje gucumitwa uruhindu mu gisebe cy’umufunzo
Nyuma y’imyaka irenga ibiri umuririmbyi Robert Sylvester Kelly uzwi nka R.Kelly afunzwe, mu bihano yakatiwe kuri iyi nshuro hiyongereyeho andi mafaranga ibihumbi 500$. Ni nyuma y’uko mu 2021 yakatiwe igifungo cy’imyaka 31 akurikiranyweho ibyaha bitandukanye bijyanye n’ihohotera rishingiye ku gitsina. muri ibyo byaha yashinjwe bigera kuri 13 birimo kwereka abana amashusho y’urukozasoni ndetse no gutambamira […]
CP Kabera ntakiri Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda

CP John Bosco Kabera wari Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda kuva mu Kwakira 2018 ntabwo akiri kuri iyi nshingano guhera kuri uyu wa 30 Kanama 2023. Polisi y’u Rwanda imaze gutangaza ko Umuvugizi mushya wayo ari ACP Boniface Rutikanga, akaba ari na we washinzwe ishami ry’itangazamakuru n’inozabubanyi (Media and PR department). Ubusanzwe yari yungirije CP […]
Rwanda: Ingo zirenga 987,000 ziracyarangwamo nyakatsi
Imibare y’ibyavuye mu ibarura ry’abaturage n’imiturire, yerekana ko mu Rwanda hari ingo zikabakaba miliyoni imwe zikirangwamo nyakatsi. Nyakatsi by’umwihariko iyo ku buriri, igaragazwa nka nyirabayazana y’indwara zikomoka ku mwanda, by’umwihariko amavunja. Leta y’u Rwanda imaze igihe yarahagurukiye guca burundu nyakatsi yo ku buriri, gusa birasa n’aho urugendo rwo kugira ngo icike rukuri rurerure. Ibyavuye mu […]
Ese ntibyari kuba byiza Prince Kid iyaba aretse kurongora agategereza ibizava mu rukiko?

Muri iki cyumweru nibwo hasakaye amakuru y’uko Ishimwe Dieudone agiye gukora ubukwe kuri uyu wa Gatanu taliki 01 Nzeri 2023 aho hazaba umuhango wo gusaba no gukwa nyuma hakazakurikiraho gusezerana imbere y’Imana. Uyu muhango ugiye kuba nyamara Prince Kid urukiko rwaramujuririye ku byaha yari akurikiranyweho harimo ibyaha byo gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato no guhoza […]
Goma: At least 8 deaths and 20 wounded in new anti-Monusco demonstrations
The city of Goma, capital of the province of North Kivu woke up to gunfire this Wednesday, August 30, 2023. At the base of this situation, new anti-Monusco demonstrations called by the “Wazalendo” under the cap of the MECIATH church (the natural faith judaica messianic towards the nations). Gunshots in every hot corner of the […]
Goma: FDLR iravugwa mu bwicanyi bwakorewe abasivili
Umutwe witwaje intwaro wa FDLR uravuga mu bwicanyi bwakorewe abasivili mu duce twa Ndosho na Keshero, umujyi wa Goma mu rukerera rwo kuri uyu wa 30 Kanama 2023. Abakirisitu bari bayobowe na Pasiteri witwa Bisimwa Ephraim biyita Wazalendo bazindutse mu masaa cyenda y’urukerera, berekeza ku kigo cya misiyo y’amahoro y’Umuryango w’Abibumbye (MONUSCO), basaba ko ibavira […]
Le président Kagame a apporté des changements au sein des forces armées
Son Excellence Monsieur le Président de la République du Rwanda et Commandant en Chef des RDF a promu les lieutenants-colonels suivants au grade de colonel et les a nommés commandants de brigade. GRADES/NOMS LT COL JOSEPH MWESIGYE LT COL SIMBA KINESHA LT COL EGIDE NDAYIZEYE LT COL WILLIAM RYARASA LT COL SAM RWASANYI LT COL […]
Ambasaderi w’u Bufaransa akomeje gusuzugura abasirikare bayoboye Niger
Ambasaderi w’u Bufaransa, Sylvain Itté, akomeje gusuzugura abasirikare bahiritse ubutegetsi bwa Niger baherutse kumuha amasaha 48 ngo abe yavuye muri iki gihugu. Tariki ya 25 Kanama 2023 ni bwo aba basirikare bayobowe na General Abdoulamane Tchiani birukanye uyu ambasaderi, nyuma y’aho yanze kwitabira inama yateguwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’agateganyo wa Niger. Ambasaderi Itte kandi […]
Ethiopia: Loni iravuga ko imirwano muri Amhara imaze guhitana byibuze abantu 183
Kuri uyu wa Kabiri, Ibiro bishinzwe Uburenganzira bwa Muntu by’Umuryango w’Abibumbye byatangaje ko imirwano hagati y’abasirikare ba Ethiopia n’abitwaje intwaro mu Ntara ya Amhara yahitanye byibuze abantu 183, umubare w’abantu bivugwa ko bapfuye kugeza ubu mu ntambara imaze ukwezi. Umuryango w’Abibumbye wongeyeho ko mu gihugu hose abantu barenga 1.000 batawe muri yombi, benshi muri bo […]
Rusizi: Umugabo ushinjwa amarozi yiciwe mu ruhame
Amakuru aturuka mu mudugudu wa Shara,akagari ka Kamurehe, umurenge wa Gashonga, akarere ka Rusizi ni ay’iyicwa ry’umugabo w’imyaka 44 witwaga Mukeshimana Viateur, wishwe n’abaturage barimo Nyandwi Evariste w’imyaka 28 n’abavandimwe be 5 barimo bashiki be 2, abakekwa bose bafungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Gashonga, mu gihe hakomeje iperereza. Uwahaye amakuru Bwiza.com, yavuze ko iyicwa […]
Gabon: Abasirikare batangaje ko bafashe ubutegetsi nyuma y’itangazwa ry’intsinzi ya Bongo
Itsinda ry’abasirikare bakuru ba Gabon bagaragaye kuri tereviziyo y’igihugu mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu bavuga ko bafashe ubutegetsi, hashize iminota mike komisiyo y’amatora y’igihugu itangaje ko Perezida Ali Bongo yatsindiye manda ya gatatu ku majwi 64,27%. Bagaragaye kuri televiziyo Gabon 24, bavuga ko bahagarariye inzego zose z’umutekano n’ingabo muri iki gihugu cya Afurika […]
Vavada личный
img { width: 750px; } iframe.movie { width: 750px; height: 450px; } Vavada личный кабинет управление бонусами и играми В 2026 году важно иметь полный контроль над своими азартными активностями и привилегиями. Для оптимизации игрового процесса и получения максимального удовольствия от развлечений, следует использовать все доступные инструменты. Разобравшись с функционалом платформы, можно легко настроить предпочтения […]
Perezida Kagame yakoze impinduka muri RDF
Perezida Paul Kagame akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), yazikozemo impinduka zasize azamuye mu ntera ba Lieutenant Colonel 10 abaha ipeti rya Colonel. Abazamuwe mu ntera nk’uko Igisirikare cy’u Rwanda cyabitangaje kuri uyu wa Gatatu tariki ya 30 Kanama, barimo Lt Colo Joseph Mwesigye, Lt Col Simba Kinesha, Lt Col Ndizeye Egide na Lt […]