CAF yakubise Rayon Sports ahababaza

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF), yahaye umugisha ubusabe bwa Al Hilal Benghazi bw’uko umukino izahuriramo na Rayon Sports ku Cyumweru wakinwa nta mufana uri muri Stade. Rayon Sports yemeje aya makuru mu butumwa yanditse ku rubuga rwayo rwa X. Iyi kipe yagize iti: “Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Africa (CAF) yatwandikiye yemeza ubusabe bwa Al […]

Byinshi ku ikurikiranwa rya Senateri wa USA wahozaga u Rwanda ku nkeke

Perezida wa komisiyo ya sena ya Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) ishinzwe ububanyi n’amahanga, Robert Bob Menendez hamwe n’umugore we, Nadine Menendez, barezwe mu rukiko muri New York kubera ibyaha bya ruswa bamaze igihe bakurikiranweho. Itangazo rihuriweho ryashyizwe hanze n’umunyamategeko muri Leta ya New York, Damian Williams, n’umuyobozi wungirije w’ibiro bishinzwe iperereza (FBI) muri […]

Impamvu yazanye Sonia Rolland ‘Miss France’ mu Rwanda yamenyekanye

capturex12.png

Umunyarwandakazi Sonia Rolland wabaye nyampinga w’Ubufaransa arimo kubarizwa mu Rwanda aho yaje gufata amashusho ya Filime ye yise ‘Entre Deux’. Ni Filime atigeze atangazaho byinshi nk’uko bigaragara ku rubuga rwe rwa Instagram, gusa ahamya ko yari akumbuye igihugu cye nk’uko yabikomojeho mu nyandiko yagize ati”Rwanda narinkukumbuye cyane.’Ni amagambo yavuze aherekejwe n’urusobe rw’amafoto yashyize kuri urwo […]

Bozizé wayoboye Centrafrica yakatiwe imirimo y’agahato y’ubuzima bwose

Urukiko rwo muri Repubulika ya Centrafrica rwakatiye Franà§ois BozizĂ© wayoboye iki gihugu kuva mu 2003 kugeza mu 2013, igihano cy’imirimo y’agahato mu gihe cyose mu buzima bwe. Iki cyemezo cyasomwe na Perezida w’urukiko rw’ubujurire rwa Bangui, Joachim Pessire, kuri uyu wa 21 Nzeri 2023, nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru Jeune Afrique. Uyu mucamanza yasobanuye ko BozizĂ© yahamwe […]

Twakoraga nk’abashaka amafaranga gusa: Umuyobozi wa RURA

DG Rugigana Evariste (hagati), uwahoze ayobora RURA (ibumoso) n'abandi bafite aho bahurira n'uru rwego

Umuyobozi w’urwego ngenzuramikorere (RURA), Rugigana Evariste, yatangaje ko abakozi barwo bahanaga abatwara ibinyabiziga hirya no hino mu gihugu kurusha ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda, yemeza ko byasaga n’aho bari bagamije kwinjiza amafaranga gusa. Ibi Rugigana yabivuze kuri uyu wa 21 Nzeri 2023 ubwo we na bagenzi be bo muri RURA […]

USA: Umusenateri ukomeye n’umugore we bakurikiranweho ibyaha bya ruswa

Senateri ukomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Bob Menendez n’umugore we bakurikiranyweho ibyaha bya ruswa, aho abashinjacyaha bo muri Amerika bashinje aba bombi kwakira ruswa kubera ibikorwa bitandukanye bya ruswa, harimo no gukoresha imbaraga z’ishyaka ry’abademokarate muri politiki y’ububanyi n’amahanga mu nyungu za Misiri. Kuri uyu wa Gatanu, Ubushinjacyaha bwa Leta Zunze Ubumwe za […]

Bazoum nyuma yo gukorerwa Coup d’Ă©tat yitabaje inkiko ngo zimufunguze

Mohamed Bazoum wahoze ari Perezida wa Niger, yitabaje urukiko rw’umuryango wa Afurika y’Uburengerazuba (CEDEAO) kugira ngo rumufunguze. Ku wa 26 Nyakanga ni bwo Bazoum yahiritswe ku butegetsi n’abasirikare bo mu mutwe wari ushinzwe kumurinda bayobowe na GĂ©nĂ©ral Abdourahamane Tchiani. Kuva icyo gihe we n’umugore we ndetse n’umwana we bahise bafungirwa iwabo mu rugo. Ku wa […]

Rwanda, Italia kuimarisha ushirikiano katika ulinzi

Rais Paul Kagame mnamo Septemba 21 alikutana na Waziri Mkuu Giorgia Meloni wa Italia kujadili njia za kuimarisha ushirikiano katika maeneo tofauti ya maslahi ya pande zote. Viongozi hao wawili walikutana kando ya kikao cha 78 cha Baraza Kuu la Umoja wa Mataifa kinachoendelea kuanzia Septemba 20 hadi 26, mjini New York, Marekani. “Walijadili njia […]

Colonel Mamadi Doumbouya gives me the impression of a sincere man – Mushikiwabo

After the Vice-President of the People’s Republic of China Han Zheng, the head of the Guinean transition also met with the Secretary General of the International Organization of La Francophonie (OIF) in New York on the sidelines of the general assembly of ONU. At the end of this meeting, Rwandan Louise Mushikiwaboi gave her impression […]

France: Uwabaye Minisitiri mu Burundi n’umugore we bakatiwe igifungo cy’imyaka ibiri

Urukiko rw’ubujurire rwa Versailles mu Bufaransa rwakatiye Gabriel Mpozagara wabaye Minisitiri w’ubutabera w’u Burundi ku bwa Daniel Micombero n’umugore we Candide igifungo cy’imyaka ibiri, rubaziza ibyaha birimo gukoresha undi imirimo y’ubucakara. Uru rukiko rwemeje ko Mpozagara n’umugore we bakoresheje uwitwa Sindayigaya MĂ©thode imirimo ivunanye yo mu rugo ruherereye mu gace ka Hauts-de-Seine mu gihe cy’imyaka […]

Ndayishimiye yaba yarashatse kwirukana Gen Prime Niyongabo, Ndirakobuca aramwitambika

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko ishyamba atari ryeru hagati ya Perezida Evariste Ndayishimiye n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za kiriya gihugu, Gen Prime Niyongabo. Mu cyumweru gishize ni bwo mu Burundi humvikanye amakuru y’uko haba hari icy’ikango cya coup d’Ă©tat, n’ubwo Minisiteri y’Itumanaho nyuma yaje kuyanyomoza ivuga ko ari “ibihuha”. Ni amakuru yavuzwe nyuma […]

Gen Ndima yahamagajwe mu rukiko, Col Mikembe yamushinje uruhare mu bwicanyi bw’i Goma

Colonel Mike Mikombe, komanda w’ingabo zishinzwe kurinda perezida n’inzego za leta zikorera muri Kivu y’Amajyaruguru, ushinjwa uruhare mu bwicanyi bwo ku itariki ya 30 Kanama i Goma, yasabye urukiko ko ruhamagazwa uwari guverineri wa gisirikare wa Kivu y’Amajyaruguru, Lt. Gen. Constant Ndima avuga ko ari we “wateguye igikorwa cyose kandi yari umuyobozi w’ibikorwa bya gisirikare […]

Iby’urubanza rwa Titi Brown byasubiye irudubi

Isomwa ry’urubanza rwa Ishimwe Thierry [Titi Brown] rwongeye gusubikwa ryimurirwa ku wa 13 Ukwakira 2023, nyuma yo gusanga hari ibindi bimenyetso bishya ubushinjacyaha bwashyize muri dosiye ye agomba kwireguraho. Ni urubanza rukomeje kuvugisha benshi nyuma y’uko rusubitswe inshuro eshanu hakusanywa ibimenyetso ariko na nyiri ubwite akaba yarigeze gusaba ko rusubikwa bitewe no gushaka abandi banyamategeko […]

U Bwongereza: Batanu bashinjwa kuba intasi z’u Burusiya bagiye kugezwa mu rukiko

_131222361_75496116_10156447580555843_2079989035807277056_n.jpg.webp

Abantu batanu bakekwaho kuba intasi z’u Burusiya bagomba kugezwa imbere y’urukiko mu Bwongereza bashinjwa icyaha cyo gucura umugambi wo gutata. Ku wa Kabiri, Orlin Roussev, Bizer Dzhambazov, Katrin Ivanova, Ivan Stoyanov, na Vanya Gaberova bazitaba urukiko rw’ibanze rwa Westminster. Vanya Gaberova bivugwa yakoraga mu bijyanye n’iby’ubwiza (beautician) kandi yatsindiye ibihembo muri urwo rwego ndetse akaba […]

Umunyamakuru Emmy ari mukaga kubera Bruce Melodie

Mu minsi ishize nibwo humvikanye urunturuntu hagati y’umuhanzi Bruce Melodie n’umunyamakuru Nsengiyumva Emmy nyuma y’igitaramo uyu mugabo yakoreye mu gihugu cy’Uburundi,bikaza gukurikirwa n’amagambo yakurikiyeho ubwo uyu muhanzi yavugaga ko uyu munyamakuru amwanga. Nyuma y’amagambo Melodie yatangaje, Emmy nawe yasubije uyu muhanzi avuga ko yamubeshyeye nta rwango amufitiye ndetse ahishura ko ubuzima bwe buri mukaga nyuma […]

RSSB yahaswe ibibazo ku isoko rya Frw tiliyari 2 ryatanzwe hatitawe ku mategeko

Abadepite bagize komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu yahase ibibazo ikigo cy’igihugu gishinzwe ubwiteganyirize, RSSB, ku isoko rifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda tiliyari 2 ryahawe ikigo cyo mu Bufaransa gitanga ubujyanama mu ishoramari, Amundi Asset Management, hatitawe ku mategeko. Raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’imari n’umutungo by’igihugu, Kamuhire Alexis, igaragaza ko mu gutanga iri soko, RSSB […]

Le président du Kenya qualifie le Conseil de sécurité de l’ONU de «  dysfonctionnel  »

Le prĂ©sident kenyan William Ruto a vivement critiquĂ© jeudi le Conseil de sĂ©curitĂ© de l’ONU pour ce qu’il considère comme son “inefficacitĂ©” et son absence de principes dĂ©mocratiques. S’exprimant lors de la 78e session de l’AssemblĂ©e gĂ©nĂ©rale des Nations Unies à  New York, il a appelĂ© à  une rĂ©forme fondamentale du Conseil de sĂ©curitĂ©, soulignant […]

Abanyeshuri 90 barembye nyuma y’uko bariye cakes bicyekwa ko zari zikozwe mu rumogi

Abanyeshuri biga mu mashuri abanza bagera kuri 90 bo muri Afurika yepfo boherejwe mu bitaro nyuma yo kurya cake bakekaga ko yari yashyizwemo urumogi. Abayobozi bavuze ko abo banyeshuri baguze iyo mitsima(Cakes) ku mucuruzi wo mu muhanda berekeza mu ishuri ribanza rya Pulamadibogo, mu majyaruguru y’iburengerazuba bwa Pretoria.Bakimara kuzirya bagize isesemi no kubabara mu gifu […]

RPLB yateye utwatsi Frw 200 za RBA

Inama y’Ubutegetsi ya Rwanda Premier league, yateye utwatsi Frw miliyoni 200 Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru (RBA) cyifuzaga kwishyura ngo cyegukane uburenganzira bwo kwerekana imikino ya shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda. Kuva shampiyona itangiye RBA yerekanaga imikino yayo, mu gihe ibiganiro na RPLB byari bigikomeje. Iki gitangazamakuru cyakora ku wa Kane cyasabwe guhagarika kwerekana iyi mikino, […]

RDC igiye kwimurira ambasade i Yeruzalemu naho Israel ifungure ambasade i Kinshasa

Kuri uyu wa Gatanu, Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko Repubulika ya Demokarasi ya Congo izimurira ambasade ya yo muri Israel i Yeruzalemu ivuye i Tel Aviv nk’uko tubikesha Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza, Reuters. Netanyahu, wabonanye na Perezida wa Congo Felix Tshisekedi mu Nteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye, yatangaje ko Israel nayo izafungura Ambasade i […]

Mushikiwabo arishimira akazi Col. Doumbouya ari gukora muri Guinea

Nyuma yo kubonana na Visi-Perezida w’u Bushinwa Han Zheng, umuyobozi w’inzibacyuho wa Guinea yanabonanye n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango Mpuzamahanga wa La Francophonie (OIF) i New York aho yitabiriye inama y’Inteko Rusange ya Loni. Nyuma yo kugirana ibiganiro, Louise Mushikiwabo yatanzee ibitekerezo ku myitwarire y’inzibacyuho ya Guinea. Ku bwe nk’uko iyi nkuru dukesha guinee360 ivuga, Guinea ni […]

Ikigo EUCL gitanga amashanyarazi cyahombye Frw miliyari 87 mu myaka 2

Abayobozi bo muri REG na EUCL ubwo bari imbere ya PAC

Ikigo EUCL gishinzwe gukwirakwiza umuriro w’amashanyarazi mu Rwanda cyahombye amafaranga y’u Rwanda arenga miliyari 52 (Frw 52.504.000.000) mu mwaka w’ingengo y’imari w’2021/2022 na miliyari 35 mu w’2022/2023. Iki kibazo cyagaragajwe n’abadepite bagize komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu, PAC, kuri uyu wa 21 Nzeri 2023 ubwo abayobozi n’abakozi bo muri REG ndetse na EUCL […]

Tshisekedi yongeye guhura na Eugène Gasana urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda

Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku wa Gatatu w’iki cyumweru yahuye n’Abanyarwanda baba mu buhungiro bayobowe na Eugène Richard Gasana wahoze ahagarariye u Rwanda muri Loni. Tshisekedi n’aba barwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bahuriye muri Hoteli yitwa Peninsula iherereye i New York. Mu bitabiriye iyo nama nk’uko amakuru abivuga, hanarimo Denise […]

U Rwanda rwagumye ku mwanya rwariho mu mezi abiri ashize ku rutonde rwa FIFA

Ku wa kane, tariki ya 21 Nzeri, u Rwanda rwaje ku mwanya wa 40 muri Afurika na 139 ku isi ku rutonde rwa Coca Cola FIFA ruheruka gusohoka. U Rwanda rukomeje umwanya wa 139 ku isi ku nshuro ya gatatu yikurikiranya, rukaba rwarafashe umwanya umwe mu nyandiko ebyiri zashize zasohotse muri Kamena na Nyakanga. Amavubi […]

M23 iravugwaho kongera gusatira Goma

Umutwe witwaje intwaro wa M23 ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) uravugwaho kongera gusatira umujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru. Jean Claude Mambo Kawaya uyobora sosiyete sivile muri teritwari ya Nyiragongo, kuri uyu wa 21 Nzeri 2023 yatangarije umunyamakuru Jimmy Shukran Bakomera wa radiyo wa VOA ko […]

Col Doumbouya yahaye Loni gasopo, ayisaba kureka gukomeza ‘guha Afurika amasomo’

Perezida w’inzibacyuho wa GuinĂ©e-Conakry, Col Mamadi Doumbouya, yagaragaje impamvu bikwiye kuba ngombwa ko Igisirikare cyivanga muri Politiki ubwo yagezaga ijambo ku nteko rusange ya 78 y’Umuryango ya Loni. Ni nyuma y’uko kuva mu myaka itatu ishize umugabane wa Afurika wakunze kurangwamo na za Coup d’à‰tat za hato na hato. Col Doumbouya ni umwe mu bageze […]

Abasirikare ba Afurika y’Epfo bishwe n’umuraba wabahanuye ku bwato

Kuri uyu wa Gatatu ushize, abasirikare batatu barwanira mu mazi ba Afurika y’Epfo barapfuye nyuma y’umuraba uremereye wakubise ubwato bwabo bugendera munsi y’amazi (Submarine) ku nkombe za Kommetjie hafi ya Cape Town, nk’uko byatangajwe na Perezidansi kuri uyu wa Kane, itariki 21 Nzeri. Abasirikare barindwi bakora kuri ubu bwato bakubiswe n’amazi abakura hejuru y’ubwato bwa […]