Trump yashenguwe n’urupfu rwa Dolly Parton

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yunamiye umuhanzi w’icyamamare Dolly Parton wapfuye kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 25 Kanama 2026, afite imyaka 80. Urupfu rwa Parton rwemejwe n’umuryango we. Uyu muhanzi wari umaze hafi imyaka 60 mu ruganda rw’imyidagaduro, yari azwi cyane nk’umwe mu bantu bagize uruhare rukomeye mu guteza imbere […]
Afurika ikeneye guhindura imitekerereze no guhuza ibyo ivuga n’ibikorwa: Perezida Kagame

Perezida Paul Kagame yasabye Afurika ikeneye guhindura imitekerereze, imyitwarire n’uburyo ishyira mu bikorwa ibyo yiyemeje, kugira ngo ibashe kugera ku ntego z’iterambere yihaye. Yabigarutseho kuri uyu wa 25 Kanama 2026, ubwo yari muri Kigali Convention Centre mu nama yiswe “The Africa Mindset Reset Forum”. Ni inama yitabiriwe n’abantu batandukanye barimo urubyiruko. Iyi nama yateguwe n’Ishuri […]
Tom Byabagamba yapfiriye muri gereza

Tom Byabagamba wahoze ari Colonel mu ngabo z’u Rwanda akanaba umuyobozi w’umutwe w’ingabo zirinda Perezida wa Repubulika, yapfuye nyuma y’imyaka 12 yari amaze afunzwe . Amakuru y’urupfu rwe yemejwe na mukuru we, David Himbara. Mu butumwa yashyize ku rubuga rwa X, Himbara yagize ati: “Tom Byabagamba, murumuna wanjye, yapfuye nyuma y’imyaka 12 muri gereza.” Yakomeje […]
Algeria yahaye Niger inkunga ya kajugujugu enye

Igihugu cya Algeria, kuwa 9 Kanama 2026, cyahaye Niger inkunga ya kajugujugu enye za gisirikare n’ibikoresho bifitanye isano, ikaba ari intambwe nshya ikomeye mu bufatanye mu by’umutekano bw’ibihugu byombi. Minisiteri y’Ingabo z’Igihugu cya Algeria yavuze ko indege ebyiri za Mi-24V SuperHind na kajugujugu ebyiri za Mi-171 zitwara abantu, hamwe n’amasasu, ibikoresho byo gusimbura ibishaje, ibikoresho […]
M23 yafashe Gatoyi nyuma y’imirwano ikaze

Imirwano ikomeye yaramukiye muri Segiteri ya Gatoyi, muri Teritwari ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yasize abarwanyi b’umutwe wa AFC/M23 bigaruriye uduce dutandukanye twaho. AFC/M23 yigaruriye kariya gace nyuma yo kuhirukana ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Congo ziganjemo abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo. Amakuru aturuka muri ako gace avuga ko imirwano yatangiye […]
Kazungu wa Ingufu Gin yasabiwe gufungwa iminsi 30

Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ko Ntihanabayo Samuel wamenyekanye nka Kazungu, nyir’uruganda rwa Ingufu Gin, akurikiranwa afunzwe iminsi 30 y’agateganyo. Kuri uyu wa 25 Kanama 2026, nibwo ubushinjacyaha bwatanze ubu busebe, ubwo Ntihanabayo na bagenzi be 16 barimo abakozi n’abayobozi b’inganda zakoraga inzoga zitujuje ubuziranenge, ndetse n’abandi baturutse mu nzego za Leta, baburanaga ku […]
Visi Perezida wa Tanzania yeguye ku mirimo ye

Visi Perezida wa Tanzania, Dr. Emmanuel John Nchimbi, yatangaje icyemezo cye cyo kwegura ku mwanya we no gusezera burundu mu mirimo ya Leta ndetse no muri politiki, ibi bikazatangira kubahirizwa kuva ku wa 4 Nzeri 2026. Mu itangazo ryasohowe n’ibiro bya Visi Perezida i Dodoma, kuri uyu wa Kabiri, itariki 25 Kanama 2026, Dr. Nchimbi […]
Inzu nziza igurishwa kuri make mu mujyi wa Gisenyi (Amafoto)

Ufite gahunda yo gutura cyangwa gushora imari mu mutungo utimukanwa mu mujyi wa Gisenyi? Hari inzu nziza iri kugurishwa ku giciro cyiza. Iyi nzu iherereye mu ntara y’uburengerazuba, akarere ka Rubavu, umurenge wa Gisenyi; akagari ka Mbugangari, umudugudu w’amajyambere. Iyi nzu yubatswe ku kibanza gifite ubuso bwa metelokare 694, kandi iri mu gipangu; ibituma itanga […]
Bujumbura: Isoko rya Kinindo naryo ryafashwe n’inkongi y’umuriro

Nyuma y’uko inyubako ebyiri z’ubucuruzi ziherutse gukongorwa n’inkongi y’umuriro mu Mujyi wa Bujumbura ku wa Gatanu, itariki ya 22 Kanama, indi nkongi y’umuriro yongeye kwaduka mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 25 Kanama 2026 mu isoko. Umwotsi mwinshi wagaragaye hejuru y’isoko rya Kinindo muri Komini ya Mugere, iherereye mu majyepfo y’uburengerazuba bw’umurwa […]
Uganda: Uwahoze ari Perezida w’Inteko ishinga amategeko agiye kurekurwa

Umugaba w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko ku itegeko rya Se, agiye kurekura uwahoze ari Perezida w’Inteko ishinga amategeko, Anitha Annet Among uzwi nka AAA. Gen Muhoozi yemeje aya makuru kuri uyu wa 25 Kanama 2026 mu butumwa yanyujije kuri X. Yagize ati “Mzee (izina akunze kwita Se Museveni) yanansabye ko AAA avanwa […]
Ishyamba si ryeru hagati ya Gen Muhoozi na muramu we Rwabwogo

Umugaba w’Ingabo za Uganda (UPDF), Gen Muhoozi Kainerugaba yavuze ko agiye gutangira guta muri yombi abari muri PACEID, Komite Ngishwanama y’Umukuru w’Igihugu ishinzwe Ibyoherezwa mu Mahanga n’Iterambere ry’Inganda, iyobowe na Muramu we, Odrek Rwabwogo kuko asanga iyo komite itemewe. Mu butumwa yashyize kuri X, Gen Muhoozi akaba nanone umujyanama wa Se, Perezida Museveni Tibuhaburwa Yoweli […]
Igikombe cya Afurika cya CAVB: U Rwanda rwisanze hamwe n’u Burundi na RDC

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya Volleyball mu bagore yisanze mu itsinda rimwe n’u Burundi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), mu Gikombe cya Afurika cya Volleyball kiri kubera i Nairobi muri Kenya. Tombola y’amatsinda yabaye ku wa Mbere tariki ya 24 Kanama 2026, igaragaza ko u Rwanda rwashyizwe mu Itsinda D hamwe na Algeria, […]
Ntabwo mbeshya nk’uko yabeshye: Kagame yashyize ahagaragara ikiganiro yagiranye na Ndayishimiye

Perezida Paul Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ashyira ahagaragara ibyo yavuze ko ari ikiganiro cy’ibanga yagiranye na mugenzi we w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, ku bijyanye n’uruhare rw’ingabo z’u Burundi mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ibi yabivuze ubwo yarabajijwe ikibazo mu kiganiro n’abanyamakuru ku magambo aherutswe […]
FARDC n’abafatanyabikorwa bagabiye icyarimwe ibitero mu bice bitandukanye muri Masisi

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 25 Kanama 2026, saa kumi n’imwe n’igice za mu gitondo (5:30 a.m.), ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa zagabiye ibitero icyarimwe ku duce dutuwe cyane twa Gasenyi, Murambi no mu nkengero zaho muri Teritwari ya Masisi. Nk’uko byatangajwe n’Ihuriro AFC/M23 mu itangazo ry’Umuvugizi, Lawrence Kanyuka, “Ibi bitero, bigikomeje gukorwa mu […]
Imbamutima za Crazy Kennar wo muri Kenya wahawe selfie na Perezida Kagame

Umunyarwenya wo muri Kenya , Crazy Kennar, yahuye na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame i Kigali, amusobanurira inkuru iri inyuma y’agakino yakoze ku buryo Abanyarwanda bafata Perezida wabo. Kennedy Odhiambo ukoreshe amazina ya Crazy Kennar ku mbuga nkoranyambaga yari mu Rwanda mu nama ya Africa Mindset Reset Forum yabereye i Kigali ku wa 24 Kanama […]
Amerika yahannye Iran yihanukiriye

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ibihano bishya by’ubukungu kuri Iran, mu rwego rwo kongera igitutu kuri Tehran no kugabanya ubushobozi bw’iki gihugu bwo kubona amafaranga akenewe mu bikorwa bw’intambara. Minisitiri w’Imari wa Amerika, Scott Bessent, yavuze ko ibihano bishya bigamije “guca burundu inzira zose z’ubukungu zitunze Iran”, anasaba ibihugu bifitanye ubucuruzi na Iran, cyane […]
Ubufaransa bwaciye telefoni mu mashuri yisumbuye

Mu Bufaransa, abayobozi b’amashuri yisumbuye bagiye gushyira mu bikorwa icyemezo cyo kubuza abanyeshuri gukoresha telefoni zigendanwa mu mashuri, mu gihe umwaka mushya w’amashuri wegereje. Guverinoma y’u Bufaransa yemeje ko iri tegeko rizatangira gukurikizwa guhera mu ntangiriro z’umwaka w’amashuri wa 2026-2027. Icyemezo kije mu rwego rw’ingamba zigamije kugabanya ikoreshwa rya telefoni n’imbuga nkoranyambaga mu bana. Gusa […]
Ikibazo cy’u Rwanda cyahoze ari FDLR muri Congo – Kagame

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yashimangiye ko ikibazo cya FDLR gikomeje guhangayikisha u Rwanda mu gihe cyose ikibarizwa ku butaka bwa Congo, agaragaza ko ari yo mpamvu nyamukuru yakomeje guteza amakimbirane hagati y’u Rwanda na RDC. Yabitangaje mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru i Kigali kuri uyu wa Mbere ushize, itariki ya 24 Kanama 2026, ubwo yasubizaga […]
Intumwa zirimo iza FARDC na AFC/M23 zageze mu Minembwe

Intumwa zirimo abahagarariye Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’Ihuriro AFC/M23 zageze mu Minembwe muri Kivu y’Amajyepfo, mu butumwa bwa mbere bwo kugenzura iyubahirizwa ry’agahenge kemeranyijwe hagati ya Kinshasa na AFC/M23. Iri tsinda ryageze mu Minembwe kuri uyu wa Mbere, tariki ya 24 Kanama 2026, mu rwego rwo gutangira akazi ko kugenzura no […]
Sudani y’Epfo: Abasirikare 2 ba Loni bishwe abandi barakomereka

Abasirikare babiri bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye baturuka muri Ethiopia kuwa Mbere barishwe, abandi barindwi barakomereka nyuma yo kugwa mu gico cy’abantu bitwaje intwaro muri Leta ya Jonglei, muri Sudani y’Epfo. Umuryango w’Abibumbye watangaje ko ibi bitumye umubare w’abasirikare bayo bamaze kwicwa bari mu kazi ku Isi hose muri uyu mwaka ugera […]