Ibikubiye mu masezerano y’ubufatanye mu bya gisirikare RDC yasinyanye na Kenya
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Kenya ku wa Gatanu, byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bya gisirikare. Ni amasezerano yashyiriweho umukono i Goma. Congo Kinshasa yari ihagarariwe na Minisitiri w’Ingabo zayo, Jean Pierre Bemba, mu gihe Kenya yari ihagarariwe na Minisitiri w’Ingabo, Aden Barre Duale. Mu byo impande zombi zigomba gufatanyamo harimo kuba Ingabo za Kenya […]
Abagaba bakuru b’Ingabo za CEDEAO banogeje umugambi wo kujya kwirukana abahiritse ubutegetsi muri
Abagaba bakuru b’Ingabo z’Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y’Iburengerazuba (CEDEAO), bamaze kunoza umugambi wo kohereza ingabo z’uyu muryango muri Niger mu gihe byagera ku Cyumweru abahiritse ubutegetsi bwa kiriya gihugu batarubahiriza ibyo basabwe. CEDEAO ku Cyumweru gishize yahaye iminsi irindwi abasirikare bahiritse ubutegetsi bwa Perezida Mohamed Bazoum ngo babe bamaze kubumusubiza, bitaba ibyo hagakoreshwa ingufu za […]
Mukeba wa Putin yongerewe imyaka 19 y’igifungo
Ubutabera bwo mu gihugu cy’u Burusiya kuri uyu wa Gatanu bwongereye imyaka 19 y’igifungo umunyapolitiki Alexei Navalny utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Vladimir Putin. Uyu mugabo w’imyaka 47 y’amavuko yari asanzwe ari muri gereza, nyuma yo guhamywa icyaha cy’uburiganya n’ibindi byaha byatumye akatirwa imyaka irenga 11 y’igifungo Nyirubwite n’abamushyigikiye bavuga ko ibyaha yahamijwe ari ibihimbano. […]
Umugore yahengereye umugabo we agiye ku kazi agurisha umwana wabo ibihumbi 20Ksh
Umugabo wo muri Kenya yatanze ikirego mu rukiko rwa Thika Law nyuma y’uko umugore we agurishije umuhungu wabo w’umwaka umwe ku mashilingi Ksh20.000 i Nairobi.Uyu mugabo yavuze ko yagiye ku kazi mu gitondo ariko agarutse, umugore we atari hafi,nyuma aza guhamagarwa abwirwa ko umwana wabo ari mu bitaro. Ntiyahise yemera aya makuru kubera ko umwana […]
Cardi B yemerewe kwidegembya
Nyuma y’uko umuraperikazi Cardi B akubita umufana microphone ubwo yari mu gitaramo cyabereye i Las Vegas akaza gutabwa muri yombi, Polisi yo muri iyi Leta yemeje ko atagomba gufungwa. Polisi ivuga ko ikimara kubona nta bimenyetso byashingirwaho no kugisha inama urukiko yasanze uyu muhanzikazi nta mpamvu yatuma acibwa amande cyangwa ngo afungwe.Drew Findling, David Chesnoff […]
Rayon Sports yaguze rutahizamu w’umunya-Sudani
Ikipe ya Rayon Sports yamaze gusinyisha rutahizamu w’umunya-Sudani, Eid Mugadam Abakar Mugadam. Uyu mukinnyi usatira izamu aciye ku ruhande rw’iburyo yari asanzwe akinira Al Hilal Omdurman y’iwabo. Rayon Sports yamusinyishije amasezerano y’umwaka umwe. Iyi kipe yamurarikiye abafana bayo kuri uyu wa Gatandatu, ubwo izaba yereka abakunzi bayo abakinnyi izifashisha mu mwaka utaha w’imikino, mu birori […]
Sheebah na Cindy Sanyu bambikanye ubusa mu ntambara y’ubutita
Umuhanzikazi w’umugande Cindy Sanyu na Sheebah Karungi bakomeje kurebana ay’ingwe nyuma y’uko umwe akomeje gushinja undi kumuzukiraho mu muziki akoresheje itangazamakuru. Bijya gutangira Sheebah ngo yatangaje ko n’ubwo Cindy amaze igihe mu muziki nta kintu gihambaye yagezeho, ahubwo ngo umuziki we wagiye ukura nk’isabune.Mu kumusubiza Cindy yahise avuga ko uyu muhanzikazi ari igicucu kuko nta […]
Niger yacanye umubano n’ibihugu 4, birimo 2 by’ibihangange
Ubutegetsi bwa gisirikare muri Niger bwacanye umubano n’ibihugu bine, nyuma yo kwivanga muri Politiki y’imbere muri iki gihugu. Ni nyuma y’icyumweru muri iki gihugu cyo mu burengerazuba bwa Afurika habaye Coup d’à‰tat yasize Mohamed Bazoum wari Perezida wacyo ahiritswe ku butegetsi n’abasirikare bo mu mutwe wari ushinzwe kumurinda. Kuri ubu ibihugu bitandukanye birimo ibyo mu […]
Impamvu nyamukuru zituma imibonano yo hanze iryoha kuruta iyo mu rugo
Iyo uganiriye na bamwe mu bantu bashakanye bakagerageza no kubaca inyuma,usanga bahuriza ku kintu kimwe cyo kuba imibonano mpuzabitsina ikorewe hanze y’urugo(guca inyuma) biryoha kuruta mu rugo.Aha iyo tuvuze ko biryoha tuba tugarutse ku mpande zose haba ku mugore cyangwa umugabo wabikoze. Impamvu biryoha, si uko uwo hanze aba yabikoze neza kuruta uwo mu rugo, […]
Afro-Basket: Nigeria yandagarije u Rwanda mu maso ya Perezida Kagame
Ikipe y’Igihugu ya Nigeria y’abagore yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika cya Basketball kiri kubera muri BK Arena, nyuma yo gusezerera u Rwanda bari bahuriye muri ½ ku manota 79-48. Ni umukino ikipe y’u Rwanda yakiniye imbere ya Perezida Paul Kagame wari wagiye kuyishyigikira aherekejwe n’umukobwa we Ange Kagame ndetse n’abuzukuru be. Umukuru […]
Rulindo: Uwahoze ari ‘Local Defense’ yiyahuje grenade
Sinabamenye Protais wahoze ari umukozi w’urwego rwa Local Defense rwahoze rushinzwe umutekano, yiturikirijeho igisasu cya grenade arapfa. Byabereye mu kagari ka Musezero ho mu murenge wa Tumba w’akarere ka Gicumbi, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 03 Kanama 2023. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Tumba, Rutazigwa Théodore, yatangaje ko bikekwa ko grenade yaturikanye […]
Intambara yo kwandagazanya hagati ya Harmonize na Kajala wari umukunzi we
Umuriro wongeye kwaka hagati y’Umuhanzi Harmonize na Kajala bahoze bakundana bapfa ko uyu mugore yagiye ku mbuga nkoranyambaga agatangira kwitaka yigira mwiza yarangiza akamwanduriza izina. Ibyo Kajala yavuze mu kiganiro yari yise “Behind the Gram” yagaragaje ko atigeze aryoherwa n’urukundo ubwo yari akiri mu maboko y’uyu muhanzi ko byasaga no kwihambira, mu gihe Hamonizer we […]
Rayon Sports yatandukanye na Jonathan Ifunga Ifasso
Ikipe ya Rayon Sports yamaze gutandukana n’umunye-Congo Jonathan Ifunga Ifasso, nyuma yo gusesa amasezerano ye. Mu kwezi gushize ni bwo uyu musore ukina nka numéro 10 yari yasinye amasezerano yo gusinyira Murera mu myaka ibiri iri imbere. Ifasso mbere yo kuza muri Rayon Sports yari yaramaze kunyura mu makipe arimo AS Nyuki Dauphins Noir na […]
Ishimwe rya Miggy kuri Gen Kabarebe wamuhinduriye ubuzima
Mugiraneza Jean Baptiste wamenyekanye muri ruhago nyarwanda yashimiye Gen James Kabarebe, nyuma yo kumuhindurira ubuzima bwatumye aba uwo ari we uyu munsi. Mu ntangiriro z’iki cyumweru ni bwo Miggy wamenyekanye cyane mu makipe arimo APR FC ndetse n’Ikipe y’igihugu ‘Amavubi’ yatangaje ko asezeye ku mupira w’amaguru, nyuma y’imyaka ibarirwa muri 20 awukina. Miggy uvuka ku […]
Rubavu: Hari abatavuga rumwe n’ubuyobozi bushaka kubatuza muri 50m uvuye kuri Sebeya
Nyuma y’uko imvura yo muri Gicurasi uyu mwaka wa 2023 igashegeshe intara y’Uburengerazuba bw’u Rwanda by’umwihariko mu Karere ka Rubavu, ubuyobozi bw’aka Karere bwanzuye ko nta mu turage wemerewe gutura mu ntera iri munsi ya 50m uturutse ku mugezi wa Sebeya. Ibi bigarutsweho mu gihe habura iminsi micye ngo igihe cy’imvura y’umuhindo isanzwe igwa muri […]
Abahanga bagaragaza ko imyumbati ishobora gusimbura umuceri mu mirire
Imyumbati ni kimwe mu biribwa ngandurarugo bifasha umuryango kwihaza mu mafanguro dore ko ifasha abayiriye kugira imbaranga.Abahanga bagaragazako imyumbati ishobora gusimbura imyumbati kuko bijya kunganya intungamubiri. Cyera byavugwaga ko imyumbati yaribwaga n’abatishoboye ariko kuri ubu iyo witegereje kuri ubu usanga ibona umugabo igasiba undi bitewe n’impamvu zitandukanye.Mu ntungamubiri zibonekamo twavuga ibyongera ingufu, poroteyine, ibinure, ibinyasukari, […]
Abanyarwanda barenga 200 bafungiwe muri Zambia
Abantu bo mu bihugu byo mu karere k’ibiyaga bigari birimo n’u Rwanda bafungiwe muri Zambia, nyuma yo gutabwa muri yombi n’inzego z’umutekano ndetse n’izishinzwe abinjira n’abasohoka. Ku Cyumweru gishize ni bwo muri Zambia by’umwihariko i Lusaka mu murwa mukuru habaye umukwabu wari ugamije gushakisha abadafite ibyangombwa. Ni umukwabu wakorewe mu nsengero eshatu zo mu gace […]
Rayon Sports yagaruye Héritier Luvumbu
Umunye-Congo Héritier Nzinga Luvumbu yongereye amasezerano yo gukomeza gukinira Rayon Sports, nyuma yo gusoza ay’umwaka umwe bari bafitanye. Uyu mugabo ukina hagati mu kibuga ariko afasha ba rutahizamu ni umukinnyi wa Rayon Sports kugeza mu mpeshyi y’umwaka utaha. Rayon Sports yahisemo kumwongerera amasezerano nyuma y’uko abenshi mu bakinnyi bayo by’umwihariko abakina hagati mu kibuga banenzwe […]
Spice Diana yikuye muri federasiyo y’abahanzi iyobowe na Eddy Kenzo

Umuhanzikazi Spice Diana yemeje ku mugaragaro ko avuye muri federasiyo y’abahanzi ba Uganda bayobowe na Eddy Kenzo. Ibi yabitangaje ubwo yaganiraga na Spark TV, avuga ko yahisemo kwegura ku mirimo ye nka Visi Perezida w’ungirije kuko federasiyo yari yataye intumbero yayibonagamo ubwo yahabwaga izo nshingano. Uyu muhanzikazi yagaragaje ko atengushywe anasobanura ko yatakaje icyizere cyose […]
Igiciro cya lisansi mu Rwanda cyiyongereyeho arenga Frw 120 kuri litiro
Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwongereye igiciro cya lisansi ugereranyije n’ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli rwari rwashyizeho muri Kamena uyu mwaka. Itangazo uru rwego rwasohoye rivuga ko litiro ya lisansi itagomba kurenza Frw 1639, ivuye kuri Frw 1517. Ibi bivuze ko litiro ya lisansi yiyongereyeho Frw 122 ugereranyije n’ibiciro biheruka. Mu biciro bishya kandi RURA yavuze ko litiro […]
APR FC yatsinze Marines FC, umunyamahanga atsinda Hat-trick
Ikipe ya APR FC yatsinze Marines FC ibitego 3-1, mu mukino wa gicuti amakipe yombi yari yahuriyemo kuri uyu wa Gatatu. Ni umukino wabereye kuri Kigali Pele Stadium i Nyamirambo. Ni wo mukino wa mbere iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yari ikinnye igaragaramo abanyamahanga, kuva mu myaka 11 ishize ubwo yafataga Politiki yo gukinisha abakinnyi b’Abanyarwanda […]
Nkore iki?Iyo nyirinzu nkodesha ari gutera akabariro nirangirizaho
Umusore aragisha inama nyuma y’uko ngo iyo nyirinzu abamo ateye akabariro n’umugore we bituma agira ubushake bukabije akirangirizaho.Arabaza niba byaba ari uburwayi cyangwa se niba ari ibisanzwe. Ati”Ndi umusore w’imyaka 26 nkora akazi ko muri Retaurent,ariko nkakunda gutaha bwije ari nabwo nsanga nyiri nzu mbamo aribwo atangiye gutera akabariro.Bitewe n’uko nawe akiri muto, iyo ari […]
Yatawe muri yombi nyuma yo kugwa gitumo asambanya ihene
Umugabo witwa Mwape Mwabela wo mu gihugu cya Zambia yaguwe gitumo asambanya ihene nyuma yo kumva ihebeba cyane mu gicuku. Umuyobozi w’intara ya Copperbelt, Peacewell Mweemba, yatangaje ko uyu ucyekwaho icyo cyaha yahise ajyanwa kuri polisi akaba ari naho agifungiye. Yavuze ko ibyabaye byabaye ku wa mbere, tariki ya 31 Nyakanga mu rugo rw’uwitwa Janerich […]
Tshisekedi yakoze impinduka mu butasi
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yakoze impinduka mu nzego z’umutekano mu gihugu cye zasize ashyizeho umuyobozi mushya w’urwego rw’ubutasi (ANR). Muri izi mpinduka Tshisekedi yirukanye Jean-Hervé Mbelu wari usanzwe akuriye ANR amusimbuza Lusadisu Kiamba. Tshisekedi kandi yashyizeho umujyanama we mushya mu by’umutekano yagize Jean-Louis Esambo Kangashe. Uyu wahoze ari Colonel […]
Udukundi two mu banyamakuru b’imyidagaduro mu Rwanda tuzasenywa nande?
Itangazamakuru ni kimwe mu nkingi za mwamba mu gufasha igihugu gutera imbere ariko nanone iyo rikoze nabi usanga rishobora gusenya ibyagezweho mu kanya nk’ako guhumbya. Iyo ukubise icyumvirizo hirya no hino by’umwihariko ku mbuga nkoranyambaga no mu bakurikiranira hafi itangazamakuru ry’imyidagaduro mu Rwanda, usanga bamwe barishinja kudakora kinyamwunga biturutse kuri bamwe mu banyamakuru bubatse udukundi. […]
CG Dan Munyuza, Maj Gen Karamba na Ange Kagame mu bahawe imirimo mishya
Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Kabiri tariki ya 01 Kanama 2023, yahaye imirimo mishya abarimo CG Dan Munyuza wahoze ari Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda ndetse n’umukobwa wa Perezida Paul Kagame, Ange Kagame. Itangazo ry’ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri ryasohowe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe rivuga ko CG Dan Munyuza yagizwe Ambasaderi w’u Rwanda mu Misiri Undi […]
Niger: Ba Minisitiri n’abayobozi 180 batawe muri yombi
Agatsiko ka gisirikare gaheruka guhirika ubutegetsi muri Niger, kataye muri yombi abahoze ari abayobozi muri iki gihugu 180 barimo na ba Minisitiri. Amakuru avuga ko hari abayobozi bafunzwe yemejwe n’ishyaka NPDS rya Perezida Mohamed Bazoum uheruka guhirikwa ku butegetsi. Abatawe muri yombi barimo Mahamane Sani Mahamadou wari Minisitiri w’Ingufu, Minisitiri w’ubucukuzi, Ousseini Hadizatou ndetse na […]
Mu bakinnyi bamaze kwerekeza muri Soudi Arabia hiyongereyeho na Fabinho
Umukinnyi wo hagati ukomoka muri Berezile Fabinho yasinyanye amasezerano y’imyaka itatu mu ikipe ya Al-Ittihad yo muri Arabiya Sawudite nyuma yo kuva muri Liverpool kuri uyu wa mbere.Uyu musore w’imyaka 29 yasigaye mu makipe yabanjirije shampiyona ya Liverpool mu rugendo mu Budage na Singapore nyuma yuko Al-Ittihad imusabye miliyoni 40 zama pound ($ 51m). Azafatanya […]
M23 yemeye ko amashuri yo mu duce igenzura yongera gufungura imiryango
Umutwe wa M23 wemeye ko amashuri yo mu duce tw’intara ya Kivu y’Amajyaruguru ugenzura yongera gufungura imiryango, nyuma y’imyaka hafi ibiri yarafunze. Uyu mutwe mu itangazo wasohoye kuri uyu wa Kabiri, wasabye ababyeyi bo muri za Teritwari za Rutshuru, Masisi na Nyiragongo kwihutira “kwandikisha abana babo mu mashuri atandukanye” aziherereyemo. Mu busanzwe abifite bo mu […]
Umugore wa Ali Kiba yitendetse kuri Diamond Platnumz
Amina Khalef, wahoze ari umugore w’icyamamare muri Tanzaniya Alikiba,ariko bakaba bataratandukana byemewe n’amategeko yamaganye Diamond Platnumz kubera amagambo ye y’inyandagazi. Platnumz yari yavuze ko yarushije Alikiba mu bice byose bya muzika, n’ubwo yamusanze mu ruhando rwa muziki ariko ko nta hantu na hamwe bahuriye.Yashimangiye ko Khalef yari asanzwe aziko arenze umugabo we na mbere yo […]
Umuntu utabasha kurya inyama akibanda kuri soya burya ntacyo aba ahombye
Soya ni ikinyamisogwe cyiza cyane kuko gifatwa nk’imvano nziza y’ibyo umubiri ukura mu nyama, iki nicyo gituma benshi bayigereranya n’inyama,usibye nibyo soya ikungahaye ku mavitamine atandukanye. Ni mu gihe kuko uretse vitamini B12 iboneka mu bikomoka ku matungo; ibindi byose wakura mu nyama wabisanga no muri soya ndetse by’umwihariko yibitseho poroteyine zikubye 3 iziba mu […]
Uganda:Umucamanza yiyambitse nk’abagore akorera umukunzi we ikizamini
Urukiko muri Uganda bwakuyeho ishyirwaho ry’Umugenzacyaha nyuma yuko bivugwa ko yihinduye nk’umugore kugira ngo akorere ikizamini umukunzi we. Uyu mugabo Ammaari Musa Semwogerere, ngo yatawe muri yombi ku wa gatatu, tariki ya 26 Nyakanga 2023, nyuma yo gufatwa yicaye mu kizamini cy’amategeko ariko abikora mu izina ry’umukunzi usanzwe ari umunyeshuri witwa Irene Mutonyi. Amakuru atangazwa […]
Ibihugu 3 bya Afurika byiyemeje gutabara Niger mu gihe Ingabo za CEDEAO zaba ziyiteye
Ibihugu bituranye na Niger byiyemeje kuyitabara, mu gihe umuryango w’ibihugu bya Afurika y’Uburengerazuba (CEDEAO) waba ugabye ibitero iki gihugu bigamijeho gusubiza ku butegetsi Perezida Mohamed Bazoum. Ku wa Gatanu w’icyumweru gishize ni bwo Perezida Mohamed Bazoum yahiritswe ku butegetsi n’agatsiko kagizwe n’abasirikare bari bashinzwe kumurinda. Aka gatsiko kayobowe na Général Abdourahamane Tchiani kahiritse Bazoum ku […]
Gasabo: Bane bafunzwe bazira ‘gukinisha abana filime z’urukosanoni
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi abantu bane rufungiye kuri Sitasiyo zarwo zitandukanye zo mu karere ka Gasabo, aho bakurikiranweho “gukinisha abana filime z’urukozasoni no kuzikwirakwiza bifashishije imbuga nkoranyambaga nka YouTube.” Abatawe muri yombi barimo uwitwa Twizerimana David ufite chaines/channels za Youtube zitwa Smart Guys TV na Smart Nation TV na bagenzi […]
Umuhungu wa Zari aravugwa mu rukundo n’umuzungukazi w’ikizungerezi
Umuhungu wa Zari witwa Pinto Ssemwanga yagaragaye arikumwe n’umuzungukazi w’umunyamideli witwa Jevonne Coetsee, ukorana na sosiyete icunga imideli ikorera i Johannesburg, Cape Town, na Durban aho bivugwa ko ari umukunzi we. Mu Kwakira 2022, Zari yavuze ko yakiriye ubutumwa bwinshi ku mbugaze abakobwa n’bagore bamusaba kubahuza n’umuhungu we, ariko aza gusobanura ko azamureka akihitiramo uwo […]
Mugiraneza Jean Baptiste yasezeye ku mupira w’amaguru
Mugiraneza Jean Batiste yasezeye umupira w’amaguru Umukinnyi mugiraneza Jean Batiste bakunze kwita Migi yasezeye umupira w’Amaguru nyuma y’igihe kinini akinira ikipe y’igihugu Amavubi ndetse n’amakipe atandukanye. Kuva mu mwaka wa 2006, Mugiraneza Jean Baptiste yambara umwambaro w’ikipe y’igihugu Amavubi, gutangaza 2020 ubwo yafataga umwanzuro wo gusezera burundu mu ikipe y’igihugu , kuri ubu nabwo yamaze […]
KNC yateguje Rayon Sports ko azayiha umubatizo
Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles ‘KNC’, yateguje Rayon Sports ko azayinyagira ubwo bazaba bahuriye mu mukino ufungura shampiyona. Ku wa 18 Kanama ni bwo Gasogi United izakira Rayon Sports, mu mukino w’umunsi wa mbere wa shampiyona uzabera kuri Kigali Pele Stadium. Uzatangira saa moya z’umugoroba. KNC kuri uyu wa Mbere nyuma gato y’uko […]
Ibi bintu 4 n’ubikora uzamenye ko urimo gusenya urugo rwamugenzi wawe
Muri iyi isi dutuyemo usanga abashakanye bakunze kugira indahiro y’uko ntakizabatanya bijyanye n’ukwemera kwabo.Gusa hari igihe umuntu agira ibyo akora cyangwa avuga ugasanga yaba abishaka cyangwa atabishaka ushenye urugo rwabo. Aha rero tugiye kurebera hamwe ibintu umuntu ashobora gukora bikaba byagira uruhare mu gusenya ingo nyamara birengagije ko hari amategeko ashobora no kubakurikirana igihe bibaye […]
Alien Skin uri mu bagezweho mu muziki yazamuye intugu azisumbisha Diamond Platnumz
Umuhanzi Patrick Mulwana, uzwi cyane ku izina rya Alien Skin, kuri ubu uri mu bagezweho mu gihugu cya Uganda, ashimangira ko ageze ku rwego rwo hejuru ku buryo n’umuhanzi Diamond Platnumz aherutse kumusaba ko bakorana indirimbo akamwangira. Uyu musore wamenyekanye mu ndirimbo zirimo Sitya Danger aherutse kuvuga ashize amanga, ko yanze icyifuzo cy’imikoranire na Diamond […]
Shampiyona: Igihe APR FC izesuranira na Rayon Sports cyamenyekanye

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryamaze gutangaza ingengabihe y’uko imikino ya shampiyona y’icyiciro cya mbere ya 2023/24 iteye. Ni shampiyona izatangira ku wa 18 Kanama 2023, ikazasozwa muri Gicurasi 2024. Umukino w’umunsi wa mbere wa shampiyona uzahuza Gasogo United izaba yakiriye Rayon Sports kuri Kigali Pele Stadium i Nyamirambo, ukazatingira guhera saa moya z’umugoroba. […]
Niger yihimuye ku Bufaransa bwahagaritse inkunga bwayihaga
Ubutegetsi bwa gisirikare buyoboye kuri Niger bwihimuye ku gihugu cy’u Bufaransa, nyuma y’uko bufashe icyemezo cyo guhagarika ubufasha bwose bwahaga kiriya gihugu cyo mu Burengerazuba bwa Afurika. Paris yahagaritse inkunga yahaga Niger nyuma ya Coup d’à‰tat yo ku wa Gatanu w’icyumweru gishize yasize Perezida Mohamed Bazoum wari uyoboye iki gihugu ahiritswe ku butegetsi n’abasirikare bo […]
Perezida Kagame yagabiye Filipe Nyusi inka
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatandatu yatembereje mugenzi we Filipe Nyusi wa Mozambique muri rumwe mu nzuri ze, amugabira inka z’Inyambo. Ni amakuru yemejwe n’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu mu butumwa byanditse kuri Twitter yabyo. Nyusi yari mu ruzinduko bwite mu Rwanda rutari rwigeze rumenyekana mu itangazamakuru mbere. Mu busanzwe mu muco nyarwanda kugabirana inka ni […]
AU yahaye igihe ntarengwa abahiritse ubutegetsi muri Niger ngo babe babusubije
Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe wahaye abasirikare baheruka guhirika ubutegetsi bwa Niger iminsi 15, nk’igihe ntarengwa cyo kuba bamaze kubusubiza. Ku wa Gatatu tariki ya 27 Nyakanga ni bwo Mohamed Bazoum wari Perezida wa Niger yahiritswe ku butegetsi n’abasirikare bo mu mutwe ushinzwe kumurinda, nyuma y’amasaha menshi bamufungiye mu ngoro ye. Gen Abdourahmane Tchiani wari […]
Nyamasheke: Umunya-Autriche yarohamye mu Kivu
Umunya-Autriche witwa Robert Nenzinger, yarohamye mu gice cy’ikiyaga cya Kivu giherereye mu karere ka Nyamasheke, ubwo yarimo yoga. Nenzinger w’imyaka 72 y’amavuko yarohamye ku gicamunsi cy’ejo ku wa Gatanu tariki ya 28 Nyakanga, mu Mudugudu wa Gikuyu, Akagari ka Ninzi ho mu murenge wa Kagano w’akarere ka Nyamasheke. Umuyobozi w’aka karere, Mukamasabo Apolonie, yatangaje ko […]
SADC irateganya gucyura Ingabo zayo ziri i Cabo Delgado
Umuryango w’Ubukungu w’ibihugu byo muri Afurika y’Amajyepfo (SADC), utareganya gucyura Ingabo wohereje mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Mozambique (SAMIM). Kimwe n’u Rwanda, SADC imaze imyaka ibiri yarohereje Ingabo zayo mu ntara ya Cabo Delgado, mu rwego rwo guhangana n’ibyihebe byo mu mutwe wa Ahlu al-Sunnah wal-Jamaah [unasanzwe uzwi nka Al Shabaab]. Itsinda rishinzwe gusuzuma […]
Gen Hakizimana wa FDLR na Karairi wa Mai Mai bahanwe na EU
Komiseri ushinzwe Igisirikare cy’umutwe wa FDLR, Lt Gen Hakizimana Apollinaire, alias Amikwe Lepic cyangwa Poète, ari mu bantu bafatiwe ibihano n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi. Uyu muryango uheruka gutangaza ibihano ku bantu icyenda ushinja “ihonyora rikabije ry’uburenganzira bwa muntu no gukorera ihohotera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, gukomeza amakimbirane yitwaje intwaro no [guteza] umutekano muke […]
Kera kabaye Master Fire agiye kurangiza Kaminuza nyuma y’imyaka 18 yiga
Hakizimana Innocent wamenyekanye ku izina ry’ubuhanzi rya Master Fire, kera kabaye agiye kurangiza amasomo ya Kaminuza nyuma y’imyaka 18 ari ku ntebe y’ishuri. Amakuru avuga ko muri iki cyumweru ari bwo Master Fire waririmbye indirimbo nka mtoto wa kijiji yamuritse igitabo cye gisoza Kaminuza (Défence). Master Fire yamenyekanye mu myaka ya 2008 na 2009 ubwo […]
Bigirimana Abedi yateye umugongo Rayon Sports, asinyira Police FC
Ikipe ya Police FC yasinyishije Umurundi Bigirimana Abedi wahoze akinira Kiyovu Sports. Uyu musore ukina hagati mu kibuga yasinye amasezerano yo gukinira iriya kipe ya Polisi y’u Rwanda mu myaka ibiri iri imbere. Bigirimana Abedi yasinyiye Police FC nyuma y’iminsi myinshi avugwa muri Rayon Sports. Amakuru avuga ko iyi kipe ikunzwe kurusha izindi yamuganirije bikagera […]
Abarimo Captain muri RDF na Colonel muri FARDC bafatiwe ibihano na EU
Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) watangaje ko wafatiye ibihano abantu icyenda, barimo Captain Niragire Jean Pierre wo mu ngabo z’u Rwanda na Colonel Salomon Tokolonga wo mu za Congo. EU mu itangazo rigenewe abanyamakuru yasohoye kuri uyu wa Gatanu, yavuze ko abo yafatiye ibihano ibashinja “ihonyora rikabije ry’uburenganzira bwa muntu no gukorera ihohotera muri Repubulika […]
Ihangana hagati ya Cardi B n’umugabo we Offset ryafashwe nk’agakino
Umuraperikazi Cardi B akomeje kwandika amateka nyuma yo kuganira ku mbuga nkoranyambaga ze ahakana ko ibyo abantu bakomeje kuvuga ko ubushyamirane hagati ye n’umugabo Offset nta kindi cyari kigamijwe uretse ugushaka kumenyekanisha indirimbo yabo nshya. Nyuma y’ukwezi kumwe uyu muraperi w’imyaka 30, n’umugabo we ubarizwa mu itsinda rya Migos, bashyamiranye binyuze ku mbuga nkoranyambaga, ababakurukira […]
Keven Hart yacyeje u Rwanda ku bw’ibihe byiza yarugiriyemo
Kevin Hart uzwi cyane mu gusetsa no gukina filime yatangaje ko azahora yishimira ikaze n’urukundo yakiranywe nyuma y’uruzinduko aherutse kugirira mu Rwanda. Ku wa kabiri, tariki ya 18 Nyakanga, Kevin Hart, ari kumwe n’umugore we Eniko Hart hamwe n’abana be, bagaragaye bwa mbere i Kigali, basura inzu icuruza ibijyanye y’imyambarire izwi cyane yitwa Haute Baso. […]
Yapfiriye mu icumbi nyuma yo gukoresha ibinini bya viagra mu gutera akabariro
Polisi ya Teritwari mu karere ka Bukedi y’Amajyepfo na Busia muri Uganda, yikije ku byabaye muri aka gace, aho umusore w’imyaka 30 uzwi ku izina rya Ouma Justus utwara abagenzi kuri moto yapfuye nyuma yo gutera akabariro. Uyu musore wo mu mudugudu wa Buwaya, Bumunyi Parisj, mu ntara ya Masinya mu karere ka Busia, apfiriye […]
Umuhanzi Lil Ngabo akubutse muri Gereza y’i Mageragere
Umuhanzi Ngabo Richard uzwi nka Lil Ngabo nyuma yo kumara igihe yaraburiwe irengero mu muziki habonetse amakuru avuga ko yari afungiye mu igororero ry’i Mageragere. Icyo yari afungiye ntabwo cyagarutsweho cyane, icyakora umunyamakuru Ally Soudi wabikomojeho ubwo yaganiraga na The Choice Live yaciye amarenga ko bishobora kuba ari ikiyobyabwenge cy’urumogi. Muri icyo kiganiro Soudi yumvikanye […]
Putin yahaye umwe muri ba Perezida ba Afurika impano ya kajugujugu
Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya yahaye mugenzi we Emmerson Mnangagwa wa Zimbabwe impano ya kajugujugu. Mnangagwa ni umwe mu bakuru b’ibihugu bya Afurika bitabiriye inama y’u Burusiya na Afurika iri kubera i Saint Petersburg. Minisiteri y’Itangazamakuru muri Zimbabwe yatangaje ko “Perezida Putin yahaye nyakubahwa Emmerson Dambudzo Mnangagwa kajugujugu yo kugendamo.” Amashusho iyi Minisiteri yashyize ku […]
Museveni yaganiriye na Putin, agira ibyo amusaba
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda uri i Saint Petersburg, yagiranye ibiganiro na mugenzi we Vladimir Putin w’u Burusiya. Museveni n’abandi bategetsi ba Afurika bari muri uriya mujyi wa Kabiri munini mu Burusiya, aho bitabiriye inama iri guhuza iki gihugu n’umugabane wa Afurika. Museveni mu butumwa yanditse kuri Twitter ye, yatangaje ko yagejeje kuri Putin […]
Perezida Kagame yaganiriye n’abayobozi bakuru muri RDF na Polisi
Perezida Paul Kagame akanaba Umugaba w’Ikirenga w’inzego z’umutekano z’u Rwanda, ku wa Kane yagiranye ibiganiro n’abayobozi bakuru bazo. Amakuru y’ibi biganiro yemejwe n’ibiro by’Umukuru w’Igihugu kuri Twitter, gusa ntibyatanga amakuru arambuye ku byaganiriweho. Muri Gicurasi uyu mwaka ni bwo Umukuru w’Igihugu yaherukaga guhura n’abayobozi bakuru muri RDF na Polisi y’igihugu. Ni inama kandi zisanzwe zinitabirwa […]
Umubare w’abanyamahanga bemewe ku mukino wa shampiyona wongerewe
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryongereye umubare w’abanyamahanga bemewe ku mukino wa shampiyona y’icyiciro cya mbere bagera kuri batandatu. Uyu mwanzuro wafatiwe mu nama ya Komite Nyobozi ya FERWAFA yabaye kuri uyu wa Kane. Mu busanzwe umubare w’abanyamahanga bemewe ku mukino wa shampiyona y’u Rwanda ntiwagombaga kurenga batanu. Kongera umubare w’abanyamahanga byitezwe ko bishobora […]
Kurya ibitunguru bitukura byongerera abagabo imbaraga mu gutera akabariro
Igitunguru ni ibiryo bya afrodisiac bikomeza ingingo zimyororokere kandi byongera umusaruro wa testosterone. Urwego rwo hejuru rwa testosterone rwongera imbaraga mu mibonano mpuzabitsina ku bagabo niyo mpamvu igitunguru gifitiye akamaro abagabo. Igitunguru gifasha kongera umubare wintanga, ubwiza bwintanga. Uretse kongerera aimbaraga abagabo, hari akandi kamaro usanga uru ruboga rutanga ku bandi baruriye. -Igitunguru cyongera ubwirinzi […]
Mu rukiko Karasira Aimable yanenze isuzuma yakorewe
Muri Gicurasi uyu mwaka nibwo Uzaramba Karasira Aimable uzwi nka Professor Nigga yasuzumwe uburwayi bwo mu mutwe.Icyo gihe ibyagaragajwe na raporo y’abaganga byerekana ko Karasira afite ibibazo bitatu bikomeye mu buzima bwe birimo agahinda gakabije kagaragazwa n’ibibazo byo kutabona ibitotsi, umuhangayiko uhoraho (Anxiete permanante) no kutita ku mirire (Trouble alimentaire). Nyuma ubushinjacyaha bwaje kunenga raporo […]
Neymar imwe mu mpamvu muzi y’ikorogana hagati ya PSG na Mbappe
Muri iyi minsi nta kindi gikomeje kuvugwa mu mukino w’umupira w’amaguru usibye ibibazo biri hagati y’umukinnyi Kylian Mbappe n’ikipe ya Paris Saint Germain Impamvu muzi y’iki kibazo ni amasezerano ngo yaba atarubahirijwe ubwo Mbappe yamaraga gusinya amasezerano mu 2022, ariko akaza gutanga igitekerezo ko PSG izagurisha umukinnyi Neymar Junior akava muri iyo kipe. Nyuma y’uko […]