Trump araregwa gushaka kwiba amajwi muri Georgia
Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’abandi bantu 18, bakurikiranweho gushaka kwiba amajwi muri Leta ya Georgia, mu matora y’Umukuru w’Igihugu yabaye muri Amerika muri 2020. Ibirego Trump yarezwe ni ibya kane yashyizweho kuva muri 2020 ubwo yatsindwaga na Joe Biden wamusimbuye ku butegetsi, nyuma yo kukutsinda mu matora y’Umukuru […]
Major Willy Ngoma yifatiriye ku gahanga FARDC
Umuvugizi w’Igisirikare cy’umutwe wa M23, Major Willy Ngoma, yifatiriye ku gahanga Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), akinnyega agaragaza ko nta bushobozi bwo guhangana n’umutwe avugira gifite. Urubuga Global Firepower rushyira Congo Kinshasa ku mwanya wa munani, mu bihugu bifite Igisirikare gikomeye muri uyu mwaka wa 2023. Ni umwanya cyakora utavugwaho rumwe bijyanye […]
Abasifuzi bibye Wolves itsindwa na Manchester United bahagaritswe
Abasifuzi bayoboye umukino wa shampiyona y’Abongereza Manchester United yaraye itsinzemo Wolverhampton Wonderers, bakuwe mu bazasifura imikino y’umunsi wa kabiri. Manchester United yari yakiriye Wolves i Old Trafford, mu mukino w’umunsi wa mbere wa Premier league watangiye itsinze igitego 1-0. Igitego cyo ku munota wa 76 cya myugariro Raphael Varane ni cyo cyandukanyije impande zombi. Manchester […]
Kera kabaye rutahizamu wa Rayon Sports wari waraheze mu nzira yageze mu Rwanda
Rayon Sports kera kabaye yamaze kwakira rutahizamu wayo, Eid Mugadam Abakar Mugadam, nyuma y’igihe yarabuze uko yagera mu Rwanda. Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri ni bwo uyu munya-Sudani yageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe. Akigera i Kigali yakiriwe na bamwe mu bayobozi ba Rayon Sports, barimo Perezida w’abafana bayo, Muhawenimana […]
Ethiopia yikoze mu nda
Drone y’Igisirikare cya Ethiopia yarashe mu baturage b’iki gihugu bikagaragambyaga, yicamo ababarirwa muri za mirongo. Byabareye mu karere ka Amhara gaherereye mu majyaruguru ashyira Uburengerazuba bwa Ethiopia, ku Cyumweru tariki ya 13 Kanama. Itangazamakuru ryigenga muri kiriya gihugu rivuga ko ababarirwa muri 70 ari bo biciwe muri kiriya gitero. BBC Amhara cyakora ivuga ko umubare […]
Kurya urubuto rw’icunga uba ufite amahirwe yo kwirinda asima n’igituntu
Icunga cyangwa ironji (Orange) ni rumwe mu mbuto zikunzwe cyane ku isi kandi rikungahaye cyane kuri vitamini nyinshi zitandukanye ariko cyane cyane vitamine C, ifite imbaraga zo gukingira umubiri indwara z’Asima, Inkorora y’igikatu, igituntu, umusonga, rubagimpande nk’uko bitangazwa na insanelygoodrecipes.com. Uru rubuga rutangaza ko vitamine ifasha abantu kwituma neza, gukumira indwara z’igisukari, umuvuduko udasanzwe w’amaraso […]
Huye: Umusore yiyahuje ‘Roket’ yica Nkongwa
Umusore witwa Ntakiritimana Patrice wo mu kagari ka Mara ho mu murenge wa Ruhashya w’akarere ka Huye, yitabye Imana nyuma yo kunywa umuti wa Roket wica Nkongwa. Ntakiritimana yitabye Imana ku Cyumweru tariki ya 13 Kanama 2023, aguye mu bitaro bya Kaminuza bya Butare (CHUB). Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ruhashya, Mutabaruka Jean Baptiste, yabwiye BWIZA […]
Jose Chameleone yavuze uburyo Perezida Museveni aherutse kuramira ubuzima bwe
Umuhanzi Jose Chameleone yagize icyo avuga ku buvuzi aherutse kwivuriza muri Amerika,aho yashimiye Perezida Museveni ko aherutse kusigasira ubuzima bwe bwari busumbirijwe. Chameleone, ubusanzwe witwa Joseph Mayanja amazina ye nyakuri,aherutse kubagwa byihutirwa mu bitaro by’ubuvuzi bya Aline i Minneapolis muri Kamena nyuma yo guhangana n’ibibazo byo mu gifu. Igikorwa cyo kubagwa cyagenze neza, ariko bigaragara […]
Diamond Platnumz yongeye gucyeza u Rwanda nyuma yo kuhataramira

Umuhanzi Diamond Platnumz yacyeje u Rwanda nyuma y’amasaha macye ahataramiye mu gitaramo gufungura Iserukiramuco rya ‘Giants of Africa’ yataramiraga i Kigali kuri uyu wa 13 Kanama 2023 . Ni igitaramo cyabereye muri BK Arena cyitabiriwe n’umukuru w’Igihugu Perezida Paul Kagame n’abandi batandukanye barimo Intore Masamba, n’ubyinnyi Shiri Sherrie Silver n’abandi baturutse mu bihugu bitandukanye. Akigera […]
“Aramutse yaranyishyuye naba ndi Miliyoneri”Mico The Best yatanze andi makuru ku bye na Diamond
Hagati mu cyumweru gishize, nibwo hatangajwe ko umuhanzi Diamond Platinumz agiye kuza gutaramira mu Rwanda mu gitaramo cya African Giant ariko kandi hakaba hari n’amakuru yavugaga ko umuhanzi Mico The Best yaba aryamiye amajanja ngo amwishyuze amafaranga yamugombaga yari amurimo kuva mu mwaka wa 2013. Mu gihe abantu bari bakibaza ku byayo makuru , nibwo […]
Mu basirikare barinda Tshisekedi harimo FDLR: Corneille Nangaa
Corneille Nangaa wahoze akuriye Komisiyo y’amatora muri Congo Kinshasa, yatangaje ko abarwanyi b’umutwe wa FDLR basigaye bari mu bagize umutwe ushinzwe kurinda Perezida wa RDC, agaragaza ko byabayeho bitewe n’umusaruro muke w’ibihe bidasanzwe byashyizwe mu burasirazuba bwa kiriya gihugu. Mu mpera za Mata 2021 ni bwo Perezida Félix Antoine Tshisekedi yshyizeho ibihe bidasanzwe mu ntara […]
Diamond Platnumz yahuye na Perezida Kagame witabiriye igitaramo cye
Perezida Paul Kagame yahuye n’umuhanzi Naseeb Abdul Juma uzwi mu muziki wa Tanzania ndetse na Afurika muri rusange nka Diamond Platnumz waraye utaramiye Abanyarwanda. Mu ijoro ryakeye ni bwo Diamond yataramiye abanya-Kigali, mu gitaramo cy’imbaturamugabo cyari mu rwego rwo gutangiza iserukiramuco rya “Giants of Africa” riri kubera mu Rwanda. Perezida Paul Kagame wari kumwe na […]
Province du Sud: La culture du sorgho remise au second rang

Dans la province du Sud, la culture du sorgho doit venir au second rang et laisser la place aux cultures vivrières prioritaires comme le maà¯s, le riz, le haricot, la pomme de terre, le soja, le manioc, la patate douce, etc. En effet, ces dernières constituent la base alimentaire de la majorité des Rwandais et […]
Mali yongeye gukubita u Bufaransa ahababaza
Guverinoma ya Mali yambuye Sosiyete y’indege ya Air France uburenganzira bwo gukorera ingendo z’indege ku butaka bwa kiriya gihugu. Ni icyemezo cyafashwe na Minisiteri ifite ubwikorezi mu nshingano zayo muri Mali. Iyi Minisiteri mu ibaruwa yandikiye abahagarariye Air France i Bamako, yabamenyesheje ko iyi sosiyete y’indege itacyemerewe gukorera ingendo muri Mali, bijyanye no kuba uruhushya […]
Rayon Sports yihanije APR FC, iyitwara Super Coupe
Ikipe ya Rayon Sports yatsinze APR FC ibitego 3-0, iyitwara Igikombe cya Super Coupe kiruta ibindi mu Rwanda. Amakipe yombi yari yahuriye mu mukino w’ishiraniro wabereye kuri Kigali Pele Stadium. Ni umukino wari utegerejwe n’imbaga y’Abanyarwanda, ahanini bitewe n’uko amakipe yombi yiyubatse muri iyi mpeshyi. Abakunzi ba APR FC by’umwihariko bari bakumbuye kubona abanyamahanga ikipe […]
U Burusiya bwahanuye drones 20 za Ukraine
U Burusiya bwatangaje ko bwahanuriye drones 20 za Ukraine hafi y’umwigimbakirwa wa Crimea. Minisiteri y’Ingabo z’u Burusiya mu butumwa yanyujije ku rubuga rwayo rwa Telegrame yavuze ko 14 muri ziriya drones zasenywe na ‘System’ ishinzwe gucunga umutekano w’ikirere cya kiriya gihugu, izindi esheshatu zihanurwa na za ‘Electronic Warfare’. Nta wigeze akomeretswa na ziriya drones cyangwa […]
Ibihugu 10 bya Afurika bifite Igisirikare karahabutaka kurusha ibindi muri 2023

Urubuga ’Global Fire Power’ rwerekana uko ibihugu by’Isi birutana mu mbaraga za gisirikare, mu ntangiriro z’uyu mwaka rwasohoye urutonde rwerekana uko ibihugu by’Isi birutana muri uyu mwaka wa 2023. Urutonde rwa Global Firepower Index abarukora bagendera ku ngingo zigera kuri 50 zirimo ingengo y’imari ikoreshwa mu gisirikare, umubare w’ababakizwamo n’ibikoresho bya gisirikare nk’intwaro, imodoka, amato […]
Kera kabaye Diamond yakiranutse n’umuhanzi wo mu Rwanda yari amaze imyaka 10 yarambuye
Umuhanzi Naseb Abdul Juma uzwi mu muziki wa Tanzania nka Diamond Platnumz, yamaze kwishyura ideni yari abereyemo Mico The Best nyuma y’igihe amwishyuza. Diamond kuri ubu ari i Kigali aho yitabiriye igitaramo cyo gutangiza iserukiramuco ryiswe ‘Giants of Africa’. Kuva mu Ukuboza umwaka ushize Mico yari yarareze Diamond muri RIB, asaba uru rwego kumuta muri […]
IS yigambye kwicira abasirikare i Cabo Delgado
Umutwe wa Leta ya Kiislam wigambye kuba ibyihebe byawo bikorera mu ntara ya Cabo Delgado biheruka kwica abasirikare barindwi bo mu ngabo za Mozambique. IS ibinyujije mu miyoboro inyuzamo amakuru yayo, yemeje ko yiciye bariya basirikare mu gitero yagabye ku birindiro byabo ku wa Kabiri w’iki cyumweru. Ni igitero uyu mutwe w’iterabwoba wemeza ko wagabye […]
Rubavu: Rurageretse hagati y’abaturage baturiye Sebeya n’akarere
Bamwe mu baturage batuye mu mirenge y’akarere ka Rubavu ikora ku mugezi wa Sebeya, ntibavuga rumwe n’ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu bashinja gushaka kubimura ku ngufu nyamara ntaho kwimukira bafite. Ku wa Gatanu tariki ya 11 Kanama ni wo wari umunsi ntarengwa aba baturage bo mu mirenge ya Kanama, Nyundo na Rugerero bagombaga kuba bamaze kuva […]
Umutoza wa APR FC yanze kurya indimi ku byatangajwe na Djabel Manishimwe
Mu gihe habura amasaha macye ngo Rayon Sports icakirane na APR FC, hatangiye kuvugwa amagambo menshi ariko by’umwihariko abenshi bakaba bagaruka kuri Djabel Manishimwe uherutse kuvuga ukuntu abona abakinnyi baguzwe n’iyi kipe yambara umukara n’umweru. Manishimwe Djabel avuze ko imikinire ya APR FC nta birenze ku byo we n’abagenzi be bari basanzwe bakinana mbere yo […]
Gatanya hagati ya PSG na Neymar
Ikipe ya Paris Saint-Germain iri mu biganiro n’umunya-Brésil Neymar Jr, mu rwego rwo gusesa amasezerano impande zombi zifitanye. Neymar ni umukinnyi wa PSG kuva muri 2017, ubwo yayigeragamo aguzwe muri FC Barcelona miliyoni 222 z’ama-Euro. Amakuru aturuka mu bitangazamakuru byo mu Bufaransa avuga ko uyu munya-Brésil kuri ubu ari mu biganiro na PSG, kugira ngo […]
Niba uri umukobwa ukaba uteretwa n’umusore ufite Cash irinde ibi bintu
Bijya bibabaho ko umukobwa ashobora guteretwa n’umusore wahiriwe akaba afite amafaranga afatika kandi ateganya ku mushyira mu rugo, ni byiza ko azirikana ko hari ibyo adakunda kuburyo mu gihe yaba abikoze amahirwe yo gukomezanya yaba ari kuyoyoka. 1.Abagabo/sore ntibakunda umukobwa ubeshya Niba uri umukobwa ukaba utomboye umusore w’umugwizatunga, ni byiza ko wirinda kumubeshya kuko usanga […]
Minisitiri Biruta yagiranye ibiganiro na Abiy Ahmed
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta, yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Dr Abiy Ahmed Ali. Ni ibiganiro byabereye i Addis Ababa aho Biruta yagiriye uruzinduko rw’akazi kuri uyu wa Gatanu. Ni uruzinduko rugamije gushimangira umubano Ethiopia n’u Rwanda bamaze igihe bafitanye. Ni umubano ushinze imizi mu myaka ya 1970, ukaba waragiye wera imbuto […]
Se wa Chameleone ashaka kumuca ku nzoga ku kibi n’ikiza
Mzee Mayanja, se w’umuhanzi Chameleone wa Uganda, yihanangirije umuhungu we kureka kunywa inzoga nyuma y’uko aherutse gushyirwa mu bitaro muri Amerika kubera ikibazo gikomeye cyatewe no kunywa birenze urugero. Mayanja yavuze ko abaganga bo muri Amerika babwiye Chameleone ko agomba kureka kunywa niba ashaka kubaho. Yavuze kandi ko Chameleone yihamagariye cyane urupfu mu bihe byashize […]
Bobi Wine yise Banki y’Isi indyarya biturutse ku kurengera abatinganyi
Robert Kyagulanyi, uzwi nka Bobi Wine, akaba ni umwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, yamaganye Banki y’Isi kuba yarirengagije ihohoterwa ry’uburenganzira bwa muntu ahubwo ikibanda ku batinganyi gusa. Abinyujije kuri tweet yavuze ko Banki y’Isi igomba kumenya ko uburenganzira bwa muntu bwose bungana kandi ko butagomba kwibanda ku bibazo bifitanye isano n’ubw’imibonano mpuzabitsina gusa. […]
Abakoreye Coup d’état Bazoum batanze umuburo w’uko bashobora kumwica
Abasirikare bahiritse ku butegetsi Mohamed Bazoum wahoze ari Perezida wa Niger, babwiye umudipolomate ukomeye wa Amerika ko bashobora kumwica mu gihe Ingabo z’Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y’Uburengerazuba (CEDEAO) zaba ziteye kiriya gihugu zigerageza kumubohoza. Aba basirikare babitangarije Ibiro Ntaramakuru Associated Press by’Abanyamerika, nyuma gato y’uko CEDEAO yari imaze gutegeka ko Ingabo zayo zihora ziteguye gutabara […]
Uko wanyaza umugore ahagaze mu gihe mudafite umwanya uhagije
Kunyaza umugore ni kimwe mu bituma arushaho kuruhuka no kugubwa neza mu gihe afite we n’umugabo we bafite umwanya uhagije, gusa n’iyo umwanya ari muto ushobora gukora icyo gikorwa ukurikije bimwe mu bikubiye muri iyi nkuru. Ibyitwa kunyaza mu mibonamo mpuzabitsina biba igihe umugore yishimye cyane cyangwa se atanishimye gusa akumva ko ashaka kuyasohora.Ntabwo bigombera […]
Real Madrid yagize ibyago
Ikipe ya Real Madrid igiye gutakaza igihe kirekire umunyezamu Thibaut Courtois, nyuma yo kugira imvune ikomeye. Uyu munyezamu ukomoka mu gihugu cy’u Bubiligi yavunikiye mu myitozo yo kuri uyu wa Kane, ubwo we na bagenzi be biteguraga umukino w’umunsi wa mbere wa shampiyona ya Espagne bazahuriramo na Athletic Bilbao. Real Madrid ibinyujije ku rubuga rwayo […]
Kurya ibinyomoro bishobora kwirukana amavuta mabi mu mubiri
Ibinyomoro ni zimwe mu mbuto ziribwa n’abatari bacye, aho usanga zikunda gutegurwa nyuma y’amafunguro cyangwa se na mbere y’aho.Ibinyomoro biri mu moko 3; hari ibitukura (ibi nibyo bizwi cyane mu karere duherereyemo), iby’umuhondo ndetse n’ibifite ibara rya zahabu. Bikungahaye kuri Vitamine A na carotenes biboneka cyane mu binyomoro by’umuhondo, naho iby’umutuku bibonekamo anthocyanin kurusha andi […]
Iby’amashuri y’umuhanzi Chameleone bikomeje gutera urujijo
Umuhanzi Joseph Mayanja uzwi cyane ku izina rya Jose Chameleone,bikomeje kuvugwa ko ku kuri uyu wa Kane taliki 10 Kanama 2023, yahawe impamyabumenyi ya Bachelor of Arts mu mibanire mpuzamahanga na diplomasi. Mu myaka myinshi ishize, Chameleone yifuzaga gusubira mu ishuri kugira ngo akomeze amashuri makuru yananiwe kurangiza akiri muto bitewe n’ishyaka ry’umuziki yari afite.Nyuma […]
Niger: Uwahoze ari inyeshyamba yashinze umutwe ugamije gusubiza Bazoum ku butegetsi
Rhissa Ag Boula wahoze akuriye inyeshyamba z’umutwe w’aba-Touareg, yamaze gushinga umutwe witwaje intwaro ugamije gusubiza ku butegetsi Mohamed Bazoum wahoze ari Perezida wa Niger. Ku mugoroba wo ku itariki ya 08 Kanama ni bwo Boula yatangaje ko yashinze uriya mutwe yise Conseil de la résistance pour la République (CRR). Uyu wanabaye Minisitiri w’ubukerarugendo muri Guverinoma […]
Bruce Melodie yavuze imvano y’umwiryane igitaramo cye cyateje mu banyamakuru
Umuhanzi Itahiwacu Bruce uzwi nka Bruce Melodie yagiranye ikiganiro n’itangazamakuru avuga imvano yo gukozanyaho hagati ye n’umunyamakuru uherutse kumugarukaho. Mu minsi ishize nibwo Bruce Melodie yakoreye igitaramo mu gihugu cy’Uburundi ariko nyuma haza gusohoka inkuru ku kinyamakuru kimwe ivuga ko yakuwe ku rubyiniro adasoje igitaramo cye ndetse ngo abuzwa kuririmba zimwe mu ndirimbo ze zakumiriwe […]
KNC yarahiriye gushyira ku karubanda ‘ubwambure bwa Rayon Sports’
Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles ‘KNC’, yateguje Rayon Sports kuzayambika ubusa ubwo izaba yahuye n’ikipe ye mu mukino ufungura shampiyona. KNC yahaye integuza Rayon Sports kuri uyu wa Gatatu, nyuma y’umukino wa gicuti Gasogi United yari imaze gutsindamo Sunrise FC igitego 1-0. Ku wa Gatanu tariki ya 18 Kanama ni bwo Gasogi United […]
Museveni yahaye gasopo Banki y’Isi yakupiye Uganda inkunga iyihora abatinganyi
Perezida Yoweri Kaguta Museveni yahaye gasopo Banki y’Isi, ayimenyesha ko Uganda ifite ubushobozi bwo kwiteza imbere bidasabye inkunga z’uwo ari we wese. Banki y’Isi Perezida Museveni yasubizaga, iheruka guhagarika inkunga yatangaga ku mishinga itandukanye muri Uganda, nyuma yo gushinja iki gihugu gukomeza guhonyora uburenganzira bwa muntu. Ni nyuma y’itegeko Uganda iheruka kwemeza rihana abaryamana bahuje […]
Lt Gen Mubarakh Muganga ari muri Jordanie
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Lt Gen Mubarakh Muganga, ari mu bwami bwa Jordanie mu ruzinduko rw’akazi ari kuhagirira. Kuri uyu wa Gatatu Gen Mubarakh n’itsinda ayoboye bagiranye ibiganiro n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Jordanie, Maj Gen Yousef Huneiti. Igisirikare cy’u Rwanda kuri Twitter cyavuze ko ibiganiro by’abasirikare bombi byibanze ku ngingo zinyuranye zifitiye inyungu impande […]
Nyina wa Cameleone azahajwe n’indwara y’umutima
Prossy Mayanja nyina w’abahanzi nka Jose Chameleone, Weasel Manizo, na Pallaso, , aherutse kubagwa umutima byihutirwa mu kigo cy’umutima cya Mulago nyuma yo guhura n’ikibazo cyo gucika intege mu minsi yashize maze agatakaza ubwenge. Nk’uko byatangajwe na Dembe FM hamwe n’umunyamakuru wa KFM mu ntangiro z’iki Cyumweru bivugwa ko Prossy amaze imyaka myinshi ahanganye n’ibibazo […]
Dushobora gusunikirwa ku gutera Niger: Amerika
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zaburiye abahiritse ubutegetsi muri Niger ko bashobora kuzisunikira gutera icyo gihugu, mu gihe baba baba bakomeje kwinangira gusubizaho ubutegetsi bwa Perezida Mohamed Bazoum. Byatangajwe na Minisiteri wungirije w’Ububanyi n’Amahanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Victoria Nuland, nyuma y’uruzinduko aheruka kugirira muri Niger. Muri uru ruzinduko ngo yashakaga kubonana na […]
Uburyo bwiza umugabo yatera akabariro umugore ufite umubyibuho ukabije
Ku bashakanye ni byiza ko bamenyana bakamenyana byagera ku mabanga y’abashakanye bikaba akarusho kugirango uburyohe bw’urukundo bukomeze kuganza.Mu buryo bwo kunoza amabanga y’urugo hari igihe umugabo aba afite umugore ubyibushye ariko ugasanga ntashoboye kumutera akabariro bitewe n’uko atazi uburyo yakoresha. Dore ubwo buryo wakoresha kugirango uryohereze umuntu ubyibushye mu gihe cyo gutera akabariro: 1.Kumuhagarika Nibyiza […]
RIB yataye muri yombi umukobwa ucyekwaho kujugunya umwana mu musarane
Urwego rwigihugu rw’ubugenzacyaha RIB rwataye muri yombi umukobwa ucyekwaho gukuramo inda akajugunya umwana mu bwiherero. Murenge wa Kinyinya mu Mudugudu wa Gicinya ,AKagari ka Kagugu mu,Akarere ka Gasabo , haravugwa itabwa muri yombi ry’umukobwa w’imyaka 21 wakuyemo inda umwana akaza kumujugunya mu bwiherero. Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri tariki ya 8 Kanama 2023,nibwo […]
Nyaruguru: Iby’ubutaka bwibirinduye byabereye abaturage amayobera
Abatuye mu midugudu ya Miko na Gihango mu kagari ka Maliba, umurenge wa Rusenge, mu karere ka Nyaruguru, bari mu rujijo nyuma yuko ubutaka buri mu kabande hagati y’iyo midugudu yombi, munsi y’umusozi muremure wa Gihango, buturitse bukibirindura, imyaka yari ihinzeho ikajya ikuzimu, imizi y’ibiti ikajya hejuru. Bavuga ko bikiba hasohokaga imyuka inuka nka gazi […]
Ikinyuranyo cya miliyoni 25£ cyaburijemo igurwa rya Harry Kane ushakwa na Buyen Munich
Ubusanzwe Buyern yatangaga miliyoni 73£ mu gihe Tottenham imushakamo hafi miliyoni 100£.Ibi bikaba bisobanuye ko ubusabe bwatewe utwatsi mu gihe aya mafaranga yaba atuzuye. Iyi Buyern ikomeje kunanirwa kumvikana n’Umuyobozi wa Tottenham Daniel Levy ku mafaranga bakwishyura kuri Kane, Rutahizamu akaba na Captain w’Ikipe y’Igihugu y’u Bwongereza, nyamara icyari kigamijwe kugirango agurwe byari ukubafasha kuzatwara […]
Icyongereza: Uburyo buvuguruye bwo kwigisha icyongereza bumaze guteza intambwe abatari bake

Iri shuri ryashyizeho uburyo bworohereza kandi bunafasha abarigana , mu buryo bwo kwifafatanya n’abakiriya mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 7 rimaze rikora, kandi biroroshye kwiga utavuye aho uri. Hifashishijwe uburyo bwa ONLINE. Abifuza kwiga Icyongereza, kuvugira mu ruhame, muri bizinesi zitandukanye n’ahandi, biga ku buryo bworoheye buri wese. Kuba iki kigo gifasha abantu kwiga neza Icyongereza […]
Irondamoko mu byirukanishije abayobozi bo mu majyaruguru
Guverinoma y’u Rwanda yasobanuye ko abayobozi batandukanye baraye birukanwe mu ntara y’amajyaruguru mu byo bazize harimo ivangura rishingiye ku irondamoko. Mu ijoro ryakeye ni bwo Perezida Paul Kagame yirukanye abayobozi ku rwego rw’Intara y’Amajyaruguru ndetse na tumwe mu turere tuyigize, nyuma yo “kunanirwa kuzuza inshingano zabo.” Abirukanwe barimo Mushaija Geoffrey wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Intara y’Amajyaruguru. […]
Carlos Ferrer wasezeye Amavubi yagizwe umutoza w’ikipe y’igihugu cy’i Burayi
Umunya-Espagne Carlos Alos Ferrer uheruka gutandukana n’Ikipe y’igihugu ‘Amavubi’, yamaze kugirwa umutoza w’ikipe y’igihugu ya Belarus. Mu mwanya washize ni bwo Carlos yemejwe nk’umutoza w’Ikipe y’Igihugu ya Belarus. Byari nyuma y’amasaha make uyu mutoza w’imyaka 47 y’amavuko asezeye ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yari amaze amezi 16 abereye umutoza mukuru. Carlos Ferrer yasezeye nyuma yo gusaba ishyirahamwe […]
Impamvu 7 umuntu akwiye kurya karoti
Karoti ni nziza mu mubiri w’umuntu bitewe n’uko zikungahaye kuri Vitamine zitandukanye zifasha kugira ubuzima bwiza.Zishobora kuribwa nk’imboga cyangwa se nka Salade. 1.Kurinda amaso Mu mboga za karoti dusangamo vitamini A ku kigero kinini ,iyi vitamini ikaba ari ingenzi ku buzima bwiza bw’amaso ,muri rusange vitamini A iboneka muri karoti iba iri mu bwoko bwa […]
Imirwano yari iteganyijwe hagati ya Elon Musk na Zuckerburg yajemo kidobya
Elon Musk yatangaje ko ashobora gukenera kubagwa ijosi no mu mugongo wo hejuru mbere y’uko yitegura kurwana n’umuherwe Mark Zuckerberg nyiri urubuga rwa Facebook n’izindi. Ni mu gihe aba bagabo ngo bitegura uyu mukino mu rwego rwo gushaka kwemezanya ngo hagaragare ufite imbaraga z’umubiri kurusha undi.Bikaba bikomeje guteza ururondogoro ku mbuga nkoranyambaga. Icyakora, Umuyobozi mukuru […]
Eddy Kenzo yitambitse mu nkundura y’intambara iri hagati ya Sheebah na Cindy

Umuhanzi Eddy Kenzo yamaganye byimazeyo abahanzi bagabanaho ibitero ku mbuga nkoranyambaga ariko by’umwihariko akaba yatungaga agatoki hagati ya Sheebah na Cindy Sanyu bafitanye ibibazo kugeza ubu. Ediriisa Musuuza alias Eddy Kenzo usanzwe ari Perezida w’ishyirahamwe ry’abacuranzi rya UNMF (Uganda National Musicians Federation),avuga ko bibabaje kuba abahanzi bashobora kujya ku karubanda bagasebanya kandi bagatanze urugero rwiza. […]
Museveni na Kenyatta baganiriye n’abayobozi bakuru ba M23
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda na Uhuru Kenyatta wahoze ayobora Kenya, bagiranye ibiganiro n’abayobozi bakuru b’umutwe wa M23. Ni ibiganiro byabereye i Kampala muri Uganda kuri uyu wa Mbere tariki ya 07 Kanama 2023. Uhuru Kenyatta usanzwe ari umuhuza mu bibazo bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ari i Kampala kuva ku wa Gatandatu […]
Urukiko rwategetse ko Kabuga Félicien arekurwa
Abacamanza bo mu rukiko rw’ubujurire rwa Loni bategetse ko Félicien Kabuga ucyekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 arekurwa, ndetse urubanza rwe rugahagarikwa kugeza igihe kitazwi. Ni umwanzuro wafashwe ejo ku wa Mbere tariki ya 07 Kanama 2023. Uyu mwanzuro uvuga ko urubanza rwa Kabuga wari watangiye kuburanishirizwa i La Haye rutagishojwe. Muri […]
Akarere ka Rubavu kiyemeje gushyira iherezo ku bukene bumaze igihe bunuma muri Etincelles FC
Ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu bwihaye umuhigo w’uko mu myaka itarenze itatu Etincelles FC izaba iri mu makipe ahatanira ibikombe, bwiyemeza kubanza gushyira iherezo ku kibazo cy’ubukene bumaze igihe bwugarije iyi kipe. Uyu muhigo ni umwe mu ijyanye n’imyanzuro yafatiwe mu nteko rusange y’iriya kipe yabereye kuri Stade Umuganda, ku Cyumweru tariki ya 06 Kanama 2023. […]
Jose Mourinho yateye utwatsi ubusabe bumwerekeza muri Saudi Arabia
Umutoza Jose Mourinho yatangaje ko yanze ubusabe bw’amwe mu makipe yo mu gihugu cya Soudi Arabia, nyuma y’uko bamwemereye umushahara utubutse ariko ngo akawurenza ingohe. Avuga ko Al-Hilal na Al-Ahli,arizo kipe zamwegereye bakorana nama,ariko avuga ko adateganya kuva mu ikipe ya Roma ahubwo ako azakomezanya nayo muri iyi season nk’uko yabitangarije Corriere dello Sport. Gusa […]
Gen Tchiani n’ibyegera bye biyambaje Wagner
Itsinda ry’abasirikare baheruka guhirika ubutegetsi muri Niger, bitabaje umutwe w’abacancuro wa Wagner kugira ngo uzabahe umusada mu gihe baba bagabweho ibitero n’ibihugu by’amahanga byiyemeje kubohoza Perezida Mohamed Bazoum. Abasirikare bahiritse ubutegetsi muri Niger bitabaje Wagner biciye muri General Salifou Mody, icyegera cya Général Abdourahamane Tchiani ukuriye abasirikare bahiritse Bazoum. Gen Mody mu ruzinduko aheruka kugirira […]
Perezida Kagame yakiriye Rajoelina mu Rugwiro, baganirira mu muhezo
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Mbere yakiriye mu biro bye mugenzi we Andry Rajoelina wa Madagascar, mbere yo kugirana ibiganiro. Rajoelina ari mu Rwanda kuva ku Cyumweru tariki ya 06 Kanama, mu ruzinduko rw’iminsi itatu ari kuhagirira. Ni uruzinduko yatumiwemo na mugenzi we w’u Rwanda, nyuma y’uko muri 2019 na we yari yasuye Madagascar. […]
Rema wabaye umugore wa Eddy Kenzo yakubise hasi ihuriro uyu mugabo ayoboye
Umucuranzi Rema Namakula yatangaje ko atigeze ahabwa ubutumire bwo kujya mu ishyirahamwe ry’abahanzi (UMNF) mu gihugu cya Uganda, bigatuma atemererwa kuba umunyamuryango. Byongeye kandi, Rema yagaragaje ko atishimiye intego za federasiyo, bituma atakaza kwizera ubushobozi bwayo. Ubu arimo arareba ingufu za federasiyo mu kuzamura imibereho y’abacuranzi mbere yo gufata icyemezo cyo kubigiramo uruhare. Ati: “Ntabwo […]
Perezida Andry Rajoelina yanyuzwe n’uburyo yakiriwe i Kigali
Perezida Andry Rajoelina wa Madagascar yatangaje ko yanyuzwe n’uburyo yakiriwe mu Rwanda, mbere yo guhura na mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda. Ku Cyumweru tariki ya 06 Kanama ni bwo Perezida Rajoelina yageze mu Rwanda, mu ruzinduko rw’akazi. Ni uruzinduko yatumiwemo na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame. Perezida Rajoelina akigera i Kigali yakiriwe na Minisitiri […]
Amwe mu magambo y’ubwenge umusore yakoresha areshya umukobwa yabengutse
Burya mu buzima busanzwe umuntu ugwa neza ugira amagambo meza biba ntako bias ku bamwumva ariko iyo bigeze ku bakundana biba akarusho bitewe n’uko ashobora gutuma uwari wigunze asagwa n’umunezero bityo amarangamutima akigaragaza. Hari igihe rero umusore ahobora kubona umukobwa akumva aramukunze ariko kumureshya bikamugora bitewe no kutamenya imvugo iboneye yakoresha ngo amwigarurire.Aya mugambo tugiye […]
Manda y’abadepite bagize inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yongereweho umwaka
Manda y’abadepite bagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yongereweho umwaka umwe, nyuma y’uko Guverinoma isabye ko amatora yabo yahuzwa n’ay’Umukuru w’Igihugu. Iby’izi mpinduka bigaragarira mu itegekonshinga rishya rya Repubulika y’u Rwanda ryasohotse mu gazeti ya Leta ku wa Gatanu tariki ya 04 Kanama 2023. Mu minsi yashize ni bwo hari hasabwe ko amatora y’abagize Inteko […]
CG Félix Namuhoranye muri Botswana
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Félix Namuhoranye, kuva ku wa Gatanu ari i Gaborone muri Botswana aho yari yitabiriye umuhango wo kwambika imidari abapolisi ba kiriya gihugu. Ni umuhango wayoboqe na Perezida Eric Mokgweetsi Masisi wa Botswana. Imidari abapolisi bambitswe irimo uhabwa abamaze igihe kirekire muri Polisi ya Botswana kandi baranzwe n’imyitwarire myiza, […]
Celine Dion ashobora guhagarika umuziki bya burundu
Umuhanzikazi Celine Dion ashobora kureka umuziki burundu nyuma y’uko akomeje kwibasirwa n’uburwayi bukomeye butuma atabona uko akomeza ubuhanzi. Umuvandimwe we witwa Claudette yabwiye ikinyamakuru cyandikirwa muri Canada ‘Le Journal’ yavuze ko uyu mukuru we ashobora kureka umuziki bitewe n’uburwayi afite. Mu kwezi k’Ukuboza, umuririmbyi uzwi mu ndirimbo’ my Heart will go on’ yatangaje ko bamusanganye […]