Paul Pogba kugirango agume muri Man U arasaba ikintu kimwe
Umukinnyi wo hagati mu ikipe ya Manchester United yiteguye kuguma muri iyi kipe, mu gihe umutoza Ralf Rangnick, yaguma muri izi nshingano. Pogba w’imyaka 28, nubwo atarabasha gukina kuva umutoza Rangnick yaza muri Manchester United mu kwezi mu kuboza umwaka ushize, asimbuye Solskjaer, akaba asigaje amezi 5 kugirango amasezerano afite muri Manchester United arangire. Nubwo […]
Urukundo rugeze aho ruryoshye hagati y’abakinnyi babiri ba Aston Villa
Umukinnyi ukina hagati mu ikipe ya Aston Villa Douglas Louis, yatangaje ko ari mu rukundo na Aisha Lehmana nawe usanzwe ukinira iyi kipe y’abagore mu Bwongereza. Lehman w’imyaka23, asanzwe ari rutahizamu wa Aston Villa, akaba n’umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’Ubusuwisi. Yatangiye gukinira ASton Villa umwaka ushize avuye muri West Ham nayo yo muri kino gihugu. Lehman […]
Mu kwezi gutaha umutoza w’Amavubi azab yamenyekanye-Muhire Henry
Umunyamabanga mukuru w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA, Muhire Henry, yatangaje ko mu kwezi gutaha umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi azaba yamenyekanye,dore ko amasezerano ya Mashami azarangirana mukwezi gutaha. Mu kiganiro umunyamabanga mukuru w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Muhire Henry, yagiranye na RBA , yavuze ko mu kwezi gutaha kwa Gashyantare umutoza w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru […]
Nyuma y’imyaka itatu, Mario Balotelli yongeye guhamagarwa mu ikipe y’igihugu y’ Ubutaliyani

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’Ubutaliyani Mario Balotelli, yongeye guhamagarwa mu ikipe y’igihugu nyuma y’imyaka irenga itatu, aho yagiriwe ikizere n’umutoza Roberto Mancini bitegura umukino wo gushaka itike y’igikombe cy’Isi, Ubutaliyani buzakina na Macedonia ya Ruguru muri Werurwe. Umutoza w’ikipe y’igihugu y’Ubutaiyani yahamagaye abakinnyi 35, bagomba gutangira imyitozo bashaka itike yo gukina imikino ya nyuma y’igikombe cy’Isi […]
Mutsinzi Ange n’ikipe ye Trofense bananiwe kubona amanota atatu
Ikipe ya Trofense ibarizwamo umukinnyi w’umunyarwanda Mutsinzi Ange, ntibyayigendekeye neza, kuko yananiwe kubona amanota atatu. Ubwo bari bageze ku munsi wa 19 wa Liga Portugal 2, ikaba shampiyona y’icyiciro cya 2 , ikipe ya Trofense inakinamo umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi Mutsinzi Ange, we n’ikipe ye bari basuye Estrela da Ama ibatsinda ibitego 2-0, Mutsinzi Ange […]
Aho Pep Guardiola azerekeza nyuma yo kuva muri Manchester City hamenyekanye
Umutoza Pep Guardiola, utoza ikipe ya Manchenster City yo mu Bwongereza, biravugwa ko mu gihe azaba afashe umwanzuro wo kudakomeza gutoza iyi kipe azaba umutoza w’ikipe y’igihugu y’Ubuholandi. Uyu mugabo ukomoka muri Espagne afite amasezerano yo gutoza Manchester City kugeza mu mwaka wa 2023, bikavugwa ko ishyirahamwe ryo mu gihugu cy’ubuholandi, ryamaze ku mwegera kugirango […]
Eriksen waguye igihumure mu kibuga agiye kugaruka gukina mu Bwongereza
Umukinnyi ukomoka muri Danemark, Cristian Eriksen byitezwe ko agaruka mu kibuga akongera gukina, nyuma y’ikibazo yagize kigendanye n’umutima, bikaba bivugwa ko azakinira ikipe ya Brentford mu Bwongereza. Uyu mu kinnyi wakiniye ikipe ya Tottenham yo mu Bwongereza yaratarongera gukina, kuva yagira ikibazo cy’umutima, ubwo yakiniraga ikipe y’igihugu ya Danemark mu mikino ya nyuma y’ibihugu by’i […]
Nta mukinnyi uruta ikipe kuri Old Trafford Traford-Rangnick abwira Cristiano
Ubwo ikipe ya Manchester United yakinaga na Brentford, ku munota wa 71, umutoza wagateganyo wa Manchester United Ralf Rangnick yafashe umwanzuro wo gusimbuza Cristiano Ronaldo, maze uyu mugabo agaragaza ko atishimiye icyi cyemezo cy’umutoza we, gusa Rangnick yashyigikiye icyemezo yafashe ngo kuko nta mu kinnyi uruta ikipe kuri Old Trafford ye ivuguruye. Nubwo Cristiano atishimiye […]
Emerick Aubameyang utorohewe muri Arsenal ashobora kwigira muri Al Hilal
Umukinnyi w’ikipe ya Arsenal mu Bwongereza, akaba n’umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Gabon, Pierre-Emerick Aubameyang ashobora kujya gukina mu ikpe ya Al Hilal yo muri Saudi Arabia, yiteguye kujya imuhemba umushara wa 350 000 Euros ku cyumweru nk’umushahara n’ubundi yabonaga muri Arsenal. Ahanini bitewe n’ikibazo cy’imyitwarire itari myiza ikipe ya Arsenal yiteguye kurekura uyu mukinnyi usanzwe […]
Judith wari umugore wa Safi yahishuye ko inda yarinze ivamo atakimwikoza
Niyonzioma Judith wari umugore w’umuhanzi Safi Madiba, akomeje kugenda ahishura byinshi ku gutandukana na Safi bari barasezeranye, aho yanavuze ko inda yari atwite yarinze ivamo umugabo atakimwikoza. Nyuma yuko yakunze kujya adakunda gutangaza byinshi ku gutandukana na Safi Madiba, hakaba nubwo yavuze ko batatandukanye, gusa Safi we akemeza ko batakiri kumwe, Judith yagize byinshi atangaza […]
Abouba wari umunyezamu wa Rayon Sports yerekeje mu ikpe ya FC Setubal muri Portugal
Umunyezamu wa Rayon Sports Bashunga Abouba , yaraye yerekeje muri Portugal mu ikipe ya FC Setubal aho biteganyijwe ko agomba gukora igeragezwa yaritsinda akabona guhabwa amasezerano. FC Setubal akaba ari ikipe ikina mu cyiciro cya gatatu muri Portugal, mu mpera zuyu mwaka ushize ikaba yarohereje ubutumire ikipe ya Rayon Sports nk’ikipe uyu mugabo asanzwe akinira […]
Mike Mutebi mu muryango winjira muri AS Kigali
Umutoza ukomoka muri Uganda Mike Mutebi, biravugwa ko ashobora gutoza ikipe ya AS Kigali mu gihe cya vuba, aho azasimbura Jimmy Mulisa umaze igihe gito atoza iyikipe y’umujyi wa Kigali. Bikaba byitezwe ko mu minsi ya vuba atangira ishingano zo gutoza iyi kipe, aho ahita asimbura Jimmy Mulisa wari uri gutoza iyi kipe mu buryo […]
AFCON: Ikipe y’igihugu ya Ghana yaserewe itarenze mu matsinda nyuma y’imyaka 15 bitayibaho

Ikipe y’igihugu ya Ghana (Black Stars) yaraye isezerewe mu mikino ya nyuma y’Africa y’umupira w’amaguru ikomeje kubera muri Cameroon, nyuma yo gutsindwa na Camoros 3-2, mu mukino wa nyuma wo mu matsinda ibintu yaherukaga mu myaka 15 ishize kuko byaherukaga mu 2006. Uyu mukino wo mu itsinda C, ikipe ya Comoros niyo yabonye igitego cya […]
Ndayiragije Etienne watoje Tanzania mu muryango ujya muri Bugesera FC nk’umutoza mukuru

Umutoza Ndayiragije Etienne watoje ikipe y’igihugu ya Tanzania yamaze kumvikana na Bugesera FC nk’umutoza mukuru wayo, amakuru agera kuri BWIZA nuko uyu mutoza yamaze gusinya amasezerano y’amezi 6, atoza iyi kipe yo mu Burasirazuba, akaba yahise abisikana na Mbarushimana Abdou wamaze gutandukana niyi kipe. Uyu mutoza aje muri Bugesera mu gihe hari amakuru yavugaga ko […]
FIFA yashyize hanze 11 beza, batarimo Salah na Mendy

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi FIFA, ryatangaje abakinnyi 11 beza b’umwaka wa 2021, aho hajemo no gutungurana kuko nk’umukinnyi Mohamed Salah washyizwe mu bakinnyi 3 beza ariko nta garagare muri 11, ndetse n’umunyezamu wa Chesea, Eduard Mendy wigaragaje cyane ndetse agatorwa nk’umunyezamu mwiza ariko ntagaragare kuri runo rutonde rwa 11 beza ba FIFA 2021. Muri […]
AFCON: Equarorial Guinea yatunguye Algeria ibifashishijwemo n’umukinnyi ukina mu cyiciro cya 5
Ikipe yigihugu ya Algeria kuri iki cyumweru yatunguwe bikomeye ubwo yatsindwaga na Equatorial Guinea mu mikino ya nyuma y’Africa y’umupira w’amaguru ikomeje kubera mu gihugu cya Cameroon, ndetse akaba ari nacyo gifite kino gikombe cy’ubushize. Ikipe ya Equatorial Guinea yabonye igitego k’umunota wa 70 w’umukino ku gitego cyatsinzwe n’umukinnyi ukina inyuma Esteban Obiang wakinaga muri […]
AFCO: Umukino wa Ghana na Gabon washojwe n’imvururu
Mu mikino ya nyuma y’igikombe cy’Africa ikomeje kubera muri Cameroon ku munsi wejo yari yakomeje mu matsinda aho ikipe ya Gabon yakinaga na Ghana maze umukino urangira aya amakipe anganyije, gusa umukino usozwa mu mvururu. Aya makipe ari mu itsinda rya C, ku munsi wejo Ghana yabonye igitego hakiri kare cyatsinzwe na kapiteni wabo Andre […]
Real Madrid yageze ku mukino wa nyuma wa Supercopa itsinze mukeba wayo FC Barcelone
Mu buryo bugoranye ikipe ya Real Madrid yageze ku mukino wa nyuma wa Supercopa ya Espagne nyuma yo gutsinda mukeba wayo FC Barcelone 3-2, umukino byasabye ngo hongerweho iminota mirongo itatu nyuma yaho isanzwe yarangiye amakipe yombi ananiwe kwisobanura Ikipe ya Real Madrid itozwa na Carlo Ancelotti, niyo yabonye igitego mbere, k’umupira rutahizamu Karim Benzema […]