Cristiano Ronaldo uvugwa muri Chelsea no muri Bayern Munich arerekeza he?

Umukinnyi w’ikipe ya Manchester United akaba na kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Portugal, Cristiano Ronaldo, ikipe azakinira umwaka utaha w’imikino, iracyateye urujijo. Ni nyuma y’aho atishimiye imyitwarire ya Manchester United mu mwaka w’imikino ushize, ndetse akaba avugwa mu makipe atandukanye nka Chelsea na Bayer Munich, n’ubwo iyi kipe arimo ngo na yo ititeguye kumugurisha. Bivugwa ko […]

PSG yahaye FC Barcelona amahirwe yo kwisubiza Neymar ku giciro gito

Ikipe ya FC Barcelona yo mu gihgu cya Espagne yahawe amahiwre na PSG yo kwisubiza umunya-BrĂ©sil Neymar Jr kuri miliyoni 50 z’ama-Euro, mu gihe yamuguze agera kuri miliyoni 222 z’amayero ubwo yavaga muri iyi kipe. Neymar umaze imyaka 5 ageze mu ikipe ya PSG yo mu Bufaransa, n’ubwo ataragera ku musozo w’amasezerano ye muri PSG […]

Raphinha mu muryango winjira muri Arsenal yemeye kumutangaho akayabo

Umukinnyi mpuzamahanga w’ikipe ya Leeds United ukomoka muri Brazil, Raphael Dias Belloli uzwi nka Raphinha, ari mu muryango winjira muri Arsenal nyuma y’aho iyi kipe yiteguye kumutangaho akayabo ka miliyoni 50 z’Amayero. Raphinha usanzwe akina asatira ariko aca ku ruhande, ni umwe mu bakinnyi umutoza Mikel Arteta usanzwe atoza iyi kipe ya Arsena; abona azamufasha […]

Fabregas nyuma yo gusezerwa na AS Monaco ashobora guhagarika gukina umupira w’amaguru

Umukinnyi ukomoka muri Esipanye wakiniye amakipe nka Arsenal na Chelsea zo mu Bwongereza ashobora guhagarika gukina umupira w’amaguru, nyuma yo gusezererwa n’ikipe ya AS Monaco yakiniraga. Fabregas w’imyaka 35, yageze muri AS Monaco yo mu Bufaransa mu 2019. Yasezeweho n’iyi kipe nyuma y’imvune yagize umwaka utaha. Ikinyamakuru The Sun kivuga ko gusezererwa muri Monaco bishobora […]

Nshobora gufungwa cyangwa nkicwa_Uwari kapiteni w’u Burusiya

Uwahoze ari kapiteni w’ikipe y’igihugu y’u Burusiya, Igor Denisov, ari mu mazi abira nyuma y’amagambo yatangaje ku ntambara yo muri Ukraine, aho yagaragaje ko adashyigikiye iyi ntambara. Amezi ane agiye gushira perezida w’Uburusiya yohereje ingabo zo mu gihugu cye kwambuka umupaka zikinjira mu gighugu cya Ukraine, aho Putin afite intego yo gufata bimwe mu bice […]

Salomon Kalou wakanyujijeho muri Chelsea yerekeje mu kipe yo muri Djibouti

Umunya-CĂ´te d’Ivoire Salomon Kalou wakiniye ikipe ya Chelsea mu gihugu cy’u Bwongereza, yatunguranye asinyira gukinira ikipe ya Arta Solar 7 yo mu gihugu cya Djibouti. Kalou yasanze muri iyi kipe Alex Song wahoze akinira Arsenal, n’ibindi bikomerezwa nk’umunya-Burkina Faso Alain TraorĂ©, umunya-SĂ©nĂ©gal Diafra Sakho, umunya-CamĂ©roun Idriss Kameni ndetse na Dany Nounkeu. Kalou w’imyaka 36 y’amavuko, […]

Arsenal yinjiye mu rugamba rwo gushaka umukinnyi wa Real Madrid

Ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza yinjiye mu rugamba rwo guhatanira kwegukana umukinnyi wa Real Madird, Marco Asensio, nyuma yo kugaragaza ubushake bwo gusohoka muri iyi kipe iheruka kwegukana ighikombe cya EUFA Champions League. Asensio ugiye kwinjira mu mwaka we wa nyuma i Bernabeu kugirango amasezerano ye muri Real Madrid arangire, ashobora kwemererwa kwerekeza ahandi, […]

Mike Tayson yahishuye uko byari bimeze ubwo Tupac yamusuraga muri gereza

Rurangiranwa mu mukino w’iteramakofe, Mike Tayson, yahishuye uko byari bimeze muri gereza yari afungiwemo ubwo umuraperi nawe wari ukomeye Tupac Shukur yamusuraga muri gereza. Mu kiganiro n’abanyamakuru uyu mugabo w’imyaka 55, yahishuye kuntu ubwo yari afunzwe mu gihe cy’imyaka 3 yamaze muri gereza bamwe mu bastar bagiye bajya ku musura, aho nayanavuze uko byari bimeze […]

Hamenyekanye umutoza uhabwa amahirwe yo gusimbura Mauricio Pochettino muri PSG

Umutoza wa Sporting Lisbon, Ruben Amorim, arahabwa amahirwe menshi yo gusimbura Mauricio Pochettino usanzwe ari umutoza w’ikipe ya PSG ushobora kwirukanwa muri iyi mpeshyi azira umusaruro udahagije. Pochettino w’imyaka 50, byitezwe ko agomba gusezeerwa muri iyi kipe muri iyi mpeshyi, nyuma yo gusezererwa mu mikino ya UEFA Champions League. Ni mu gihe PSG isanzwe izwiho […]

Amahirwe ya Manchester City yo kwegukana umukinnyi ngenderwaho wa Arsenal yiyongereye

Ikipe ya Manchester City ikomeje gushakisha umukinnyi wa Arsenal akaba n’umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’u Bwongereza, Bukayo Saka, nyuma y’aho iyi kipe y’i Londres inaniwe kubona itike yo gukina imikino ya UEFA Champions League. Manchestrer City inaheruka gutwara igikombe cya shampiyona y’u Bwongereza imaze gutera intambwe yo kwegukana Saka usigaje imyaka 2 ngo arangize amasezerano ye […]

Manchester United irashaka umukinnyi wo hagati wa Brentford

Umutoza mushya w’ikipe ya Manchester United Erik Ten Hag arashaka gusinyisha umukinnyi wo hagati, Christian Eriksen ukinira Brentford byakwanga igasinyisha Frank de Jong ukinira ikipe ya FC Barcelona. Eriksen ufite amasezerano muri Brentford azarangirana n’impera z’uku kwezi kwa Kamena, arashakwa na Ten Hag nyuma y’aho ikipe ya Manchester United itangarije ko izatandukana n’Umufaransa wayikiniraga, Paul […]

Vincent Kompany ashobora kugaruka muri Premier League

Vincent Kompany wabaye umukinnyi w’umunyabigwi mu ikipe ya Manchester City mu Bwongereza, ashobora kugaruka muri iyi shampiyona yubakiyemo izina aho ahabwa amahirwe yo kugirwa umutoza w’ikipe ya Burnely. Kompany w’imyaka 36, usanzwe ari umutoza w’ikipe ya Anderlecht y’iwabo mu gihugu cy’Ububirigi, akaba ahabwa amahirwe menshi yo kuba umutoza wa Burnley mu gihe shampiyona y’Abongereza y’uyu […]

Mangwende na Manzi batwaye igikombe, benshi mu bakinnyi b’Amavubi bitwara neza

Amwe mu makipe yo hanze akinamo abakinnyi bakomoka mu Rwanda banakinira ikipe y’igihugu Amavubi yarakinnye mu mpera z’iki cyumeru, Manishimwe Emmanuel ndetse na Manzi Thierry babasha gutwara igikombe. Ku wa gatandatu ubwo ikipe ya FAR Rabat ikinamo ba myugariro babiri b’abanyarwanda aribo Manishiimwe Emmanuel uzwi nka Mangwende ndetse na Manzi Thierry yakinaga na Moghreb Tetouan […]

Raheem Sterling wifuzwa n’amakipe arimo Arsenal azerekeza he?

Rutahizamu w’ikipe ya Manchester City yo mu Bwongereza ndetse akaba n’umukinnyi w’ikipe y’iki gihugu Raheem Sterling, kugeza ubu ahaza he ntiharamenyekana nyuma y’amakuru avuga ko agomba kuva muri iyi kipe akerekeza ahandi dore, ko hari amakipe menshi amushaka arimo Arsenal. Sterling biteganyijwe ko amasezerano ye muri Manchester City azarangira mu mpeshyi y’uyu mwaka, gusa kugeza […]

Sadio Mané yagize icyo avuga ku hazaza he muri Liverpool

Umunya-SĂ©nĂ©gal Sadio ManĂ© ukinira Liverpool yo mu gihugu cy’u Bwongereza, yatangaje ko yishimiye kuba muri Liverpool nyuma y’amakuru yavugaga ko ashobora kwerekeza ahandi akava muri iyi kipe. ManĂ© wafashije ku munsi wejo ku wa kabiri wafashije Liverpool gutsinda Aston Villa ibitego 2-1 dore ko ariwe watsinze igitego cya kabiri, nyuma y’uyu mukino uyu mukinnyi w’imyaka […]

Benshi mu bakinnyi b’Amavubi bakina hanze bitwaye neza muri weekend ishize

Shampiyona zitandukanye zikinamo abakinnyi bakinira ikipe y’igihugu ‘Amavubi’ zarakomeje mu mpera z’icyumweru gishize, benshi mu bakinnyi b’Amavubi bakina muri izi shampiyona bitwara neza ndetse bafasha amakipe yabo kwegukana amanota atatu. Duhereye mu gihugu cya Tanzania ahabarizwa Meddie Kagere ukinira ikipe ya Simba, bakiriye mu rugo kuri iki cyumweru ikipe ya Ruvu Shooting maze bayinyagira ibitego […]

Abandwanyaga bose nabafunze iminwa_Zlatan avuga ku bihe yagiriye muri Man United

Rutahizamu Zlatan Ibrahimovic wahoze akinira ikipe ya Manchester United mu Bwongereza, yahishuye ko yishimiye imyaka ibiri yakinnye muri iyi kipe kuko byatumye acecekesha abamurwanyaga. Uyu munya Suède yakiniye Manchester United imyaka ibiri (hagati ya 2016 na 2018) nyuma yo kuyigeramo avuye muri Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa, abasha kuyitsindira ibitego 28. Cyakora cyo hari benshi […]

Arsène Wenger abona Unai Emery atarafashwe uko bikwiye muri Arsenal

Umufaransa Arsène Wenger wigeze gutoza ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza igihe kirekire, asanga Unai Emery wamusimbuye atarafashwe uko bikwiriye ubwo yari umutoza muri iyi kipe. Wenger w’imyaka 72 y’amavuko yasimbuwe n’umunya-Espagne Unai Emery muri 2018, gusa bitandukanye na we wamaze imyaka irenga 20 atoza iyi kipe Emery we yirukanywe amaze amezi 18 yonyine mbere […]

Umutoza Haringingo arifuza ko imikino Kiyovu Sports na APR FC zisigaje zajya ziyikinira rimwe

Umutoza wa Kiyovu Sports, Haringingo Francis Christian, yatangaje ko yifuza ko imikino itanu Kiyovu Sports na APR FC basigaje bajya bayikinira rimwe. Mu gihe shampiyona y’umupira w’amaguru hano mu Rwanda ibura imikino itanu ikarangira, Kiyovu Sports ikomeje gukubana na APR FC ya mbere by’agateganyo kuri ubu iyirusha inota rimwe. Ku munsi w’ejo ku wa Mbere […]

Erik ten Hag mbere yo gusinyira Manchester United hahishuwe ikintu gikomeye yayisabye

Umutoza Erik ten Hag wamaze kumvikana na Manchester United kuzayibera umutoza mukuru, yasabye abayobozi b’iyi kipe kutamuhamagara mbere y’amasaha 48 kugira ngo akine buri mukino asigaje muri Ajax kuri ubu atoza. Erik Ten Hag w’imyaka 52, biteganyijwe ko agomba gusimbura Ralf Rangnick watozaga iyi kipe by’agateganyo na we wari wagiye abisikanye na Ole Gunnar Soskjaer. […]

Adil uvuga ko nta masezerano agifitanye na APR FC yavuze igihe azatandukanira na yo

Umutoza Mohammed Adil Erradi w’ikipe ya APR FC, yatangaje ko nta masezerano afitanye n’iyi kipe ko ahubwo akorera ku mahame agendanye n’intego z’iyi kipe; bityo ko izi ntego nizigerwaho azagenda. Uyu munya-Maroc yabigarutseho mu kiganiro n’itangazamakuru, nyuma y’umukino ubanza wa 1/4 cy’Igikombe cy’Amahoro APR FC yatsinzemo Marines FC ibitego 2-0. Ibitego byombi byatsinzwe na Kwitonda […]

Ibya Mbappé byo kwerekeza muri Real Madrid byajemo kidobya

Nyuma y’igihe kirekire ikipe ya Real Madrid yifuza rutahizamu wa PSG n’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa, Kylian MbappĂ©; iby’uyu mukinnyi byajemo kidobya nyuma y’uko nyina umubyara agiranye ibiganirno n’abayobozi ba PSG ngi umuhungu we ayigumemo. Real Madrid kuva mu mwaka wa 2017 yirukankaga kuri uyu musore w’imyaka 23, gusa biragoranye ko yakwegukana uyu mukinnyi kubera ibiganiro […]

Real Madrid yumvikanye na myugariro ngenderwaho wa Chelsea ko izamusinyisha

Ikipe ya Real Madrid yo mu gihugu cya Espagne, yamaze kumvikana na myugariro Antonio RĂĽdiger wakiniraga Chelsea yo mu Bwongereza ko agomba kuyisinyira. Uyu myugariro ukomoka mu gihugu cy’u Budage Chelsea yamaze gutangaza ko atazayongeramo amasezerano. Umunyamakuru Fabrizio Romano uri mu bubashywe ku Isi mu nkuru za Transfert yatangaje ko RĂĽdiger yamaze kumvikana na Real […]

Ibyo wamenya kuri Micheal uri mu munyenga w’urukundo na Miss Nishimwe Naomie

Miss Nishimwe Naomie wabaye Nyampunga w’u Rwanda wa 2020, ari mu munyenga w’urukundo n’umusore witwa Micheal Testfay nyuma y’igihe hari benshi bibaza umusore waba yarigaruriye umutima we. N’ubwo Miss Naomie yari amaze iminsi ashyira amafoto ku mbuga nkoranyambaga ari kumwe n’uyu musore, byari bikigoranye kwemeza ko baba bari mu rukundo, gusa bigakomeza kunugwanugwa ko n’ubundi […]

Ikibuga kiratugora_Thomas Tuchel nyuma yo gutsindwa na Arsenal

Umutoza wa Chelsea,Thomas Tuchel, nyuma yo gutsindwa n’ikipe ya Arsenal yavuze ko mu byabagoye harimo n’ikibuga basanzwe bakiniraho cya Stamford Bridge. Ku wa Gatatu ni bwo Arsenal ubwo yakirwaga na Chelsea ku kibuga cya Stamford Brigde mu mukino wa Shampiyona y’Abonngereza warangiye itsinze ibitego 4-2. Umutoza Tuchel nyuma y’umukino yavuze ko gutsindwa byatewe nimpamvu zirimo […]

Myugariro wa Manchester City wagaragaye yihagarika ku rukuta rwa hoteli ashobora kubihanirwa

Myugariro Kyle Walker wa Manchester City yo mu Bwongereza, ashobora gufatirwa ibihano nyuma yo kugaragara yihagarika ku gikuta cya hoteli. Walker utarakinnye umukino wa FA Cup Manchester City yatsinzwemo na Liverpool ibitego 3-2 ku wa Gatandatu w’icyumweru kubera imvune, nyuma y’umunsi umwe uyu mukino ubaye ni bwo uyu mukinnyi yagaragaye ari kwihagarika ku gikuta cya […]

Kera kabaye, ikipe yo mu Bwongereza yamaze kumvikana na Erling Haaland

Ikipe ya Manchestrer City yo muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu gihugu cy’u Bwongereza yamaze kumvikana n’abahagarariye rutahizamu wa Borussia Dortmund n’ikipe y’igihugu ya Norway, Erling Haaland, kugira ngo ayikinire nyuma y’igihe kirekire imushaka. Nkuko ikinyamakuru Sportmaill dukesha iyi nkuru cyabitangaje, ngo ikipe ya Manchester City itozwa n’umunya-Espagne Pep Guardiola yamaze kumvikana n’abahagarariye uyu rutahizamu […]

Thomas Tuchel yagize icyo avuga kuri Lukaku umaze iminsi adatanga umusaruro

Umutoza Thomas Tuchel w’ikipe ya Chelsea, asanga rutahizamu Romelu Lukaku agomba kugira ibyo ahindura kugira ngo abashe gutanga umusaruro yitezweho, nyuma y’igihe atitwara neza mu kibuga. Mbere y’umukino wa 1/2 cy’irangiza cya FA Cup Chelsea yatsinzemo Crystal Palace ku Cyumweru, umutoza Tuchel yari yahishuye ko Rukaku abura imbaraga z’umubiri zihagije, ndetse ko ataza no kubanza […]

Mohamed Salah yakuyeho urujijo ku hazaza he muri Liverpool

Minisitiri ushinzwe imikino muri Misiri, Ashraf Sobhi, yahishuye ko yasabye Mohamed Salah kuva muri Liverpool akamukurira inzira ku murima amubwira ko azongera amasezerani muri Liverpool. Ashraf yahishuye ko yahuye na Mohamed Salah ku kibuga cy’indege nyuma y’umukino wo gushaka Itike y’Igikombe cy’Isi Misiri yari imaze gukina na Senegal. Icyo gihe ngo yamugiriye inama yo kuva […]

Pep Guardiola yagiriye inama Man. United ku mutoza ikwiye kuzana

Umutoza w’ikipe ya Manchester City, Pep Guardiola, yagiriye inama ikipe ya Manchester United yo kuzana umutoza wa Ajax Amasterdam, Erik ten Hag,wahoze anamwungirije muri Bayern Munich, kuko imikinire ye muri Ajax ishimishije kuyireba. Uyu mutoza yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru tariki ya 2 Mata 2022, cyari cyerekeye gahunda afite muri Manchester City. Guardiola ati: “Twacecetse […]

FIFA yatangije iperereza ku myitwarire yaranze umukino wahuje Misiri na Senegal

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku Isi (FIFA), yatangije ipererereza ku myitwarire yaranze umukino wahuje Senegal na Misiri ubwo ibi bihugu byahataniraga itike yo gukina igikombe cy’Isi cya 2022 kizabera muri Qatar. Senegal iheruka gukatisha itike y’Igikombe cy’Isi isezereye Misiri kuri Penaliti 3-1, nyuma y’uko amakipe y’ibihugu byombi yanganyaga igiteranyo cy’igitego 1-1. Ubwo amakipe yombi yari ageze […]

Van Gaal yagiriye inama Erik ten Hag yo kutajya gutoza Manchester United

Umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Buholandi, Louis Van Gaal, yagiriye inama Erik ten Hag yo kureka kujya gutoza ikipe ya Manchester United, kuko abona ari ikipe y’ubucuruzi kuruta kuba ikipe y’umupira w’amaguru. Van Gaal w’imyaka 70 y’amavuko, yatoje Manchester United hagati ya 2014 na 2016 gusa aza gutandukana na yo kubera umusaruro mubi. Iyi kipe yo […]

Real Madrid irateganya kugurisha abakinnyi 3, kugira ngo izane Haaland na Mbappé

Ikipe ya Real Madrid ikina muri shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Espagne irateganya kugurisha abakinnyi bayo batatu: Eden Hazard, Luka Jovic na Mariano Diaz muri iyi mpeshyi kugira ngo ibashe kuzana rutahizamu wa PSG Kylian MbappĂ© n’uwa Borussia Dortmund, Erling Haaland. Real Madrid yakomeje kuvugwaho ko ishaka rutahizamu wa PSG, umufaransa Kylian Mbappe, ndetse ngo […]

Arsenal yaba yifuza rutahizamu wa Manchester United

Ikipe ya Arsenal yo mu cyiciro cya mbere muri shampiyona yo mu Bwongereza, English Premier League, bivugwa ko ishaka kugura rutahizamu Marcus Rashford w’ikipe ya Manchester United, nyuma y’aho uyu mu kinnyi atari kubona umwanya uhagije wo gukina. Rashford amaze iminsi atitwara neza, dore ko kugeza ubu amaze gutsindira Manchester United ibitego 5 gusa mu […]

Kuki dushishikajwe n’iyi ntambara kurusha izindi zabayeho?_Myugariro wa Arsenal ku ntambara yo muri Ukraine

Myugariro w’iburyo wa Arsenal, HĂ©ctor BellerĂ­n, asanga ari ivangura rishingiye ku ruhu ndetse no kudashyira mu gaciro kuba intambara y’u Burusiya na Ukraine ishishikaje cyane Isi kurusha izindi zabayeho. Mu kwezi gushije ni bwo Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya yatangije intambara kuri Ukraine ayishinja kubangamira umutekano w’igihugu cye no kugaragaza imyitwarire nk’iy’aba-Nazi. Ni intambara yamaganwe […]

Erik Ten Hag mu muryango winjira muri Manchester United vuba aha

Umutoza Erik ten Hag wa Ajax Amsterdam yo mu Buholandi, ni we uhabwa amahirwe menshi yo kuba umutoza mushya w’ikipe ya Manchester United yo mu Bwongereza mu gihe cya vuba. Ten Hag yatangiye kuvugwa cyane mu ikipe ya Manchester United mu mwaka ushize, ubwo uwari umutoza w’iyi kipe Ole Gunnar Soskjaer yirukanwaga mu kwezi k’Ugushyingo. […]

Argentine: Deribi ya Rosario yabanjirijwe na Grenade zatewe mu kibuga

I Rosario mu gihugu cya Argentine umukino wahuje ejo ku Cyumweru Rosario Central na Newell’s Old Boys, warakerewe kubera grenade zabanje guterwa mu kibuga. Amashusho yashyizwe ku rukuta rwa Twitter rw’ikipe ya Newell’s agaragaza grenades ziterwa mu kibuga kuri stade ya Estadio Gigante de Arroyito, isanzwe yakirirwaho na Rosario Central’s. Daily Mail yanditse ko guterwa […]

Ikipe yo mu Bwongereza yashyizeho akayabo ngo yegukane Neymar

Ikipe ya Newcastle United yo mu Bwongwereza yatangaje ko yiteguye gutanga miliyoni 200 z’amayero kugira ngo yegukane umukinnyi wa PSG, akaba na rutahizamu w’ikipe y’igihugu ya Brezil, Neymar da Silva Santos Junior, muri iyi mpeshyi igiye kuza. Neymar na Lionel Messi baherutse kuvugirizwa induru n’abafana ba PSG mu mukino wabahuje na Bordeaux, bitewe ahanini n’uburyo […]

Messi yatangaje gahunda afite nyuma yo kuvugirizwa induru n’abafana ba PSG

Umunya-Argentine Lionel ukinira Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa, yatangaje ko nta gahunda afite yo kuva muri iyi kipe nyuma yo kuvugirizwa induru n’abafana bayo. Messi na Neymar baheruka kuvugirizwa induru n’abafana ba PSG, ubwo iyi kipe yakinaga na Bordeaux mu mpera z’icyumweru gishize mu mukino wa shampiyona warangiye PSG itsinze ibitego 3-0. Bombi bavugirijwe induru […]

Thomas Tuchel yahishuye igihe azavira muri Chelsea

Nyuma y’ibihe bikomeye kipe ya Chelsea ikomeje kunyuramo kubera ibihano umuherwe wayo Roman Abromovich yafatiwe bigatuma Chelsea yari yaraguze ayamburwa, umutoza Thomas Tuchel yatangaje ko azaguma muri iyi kipe kugeza uyu mwaka w’imikino urangiye. Abramovich yafatiwe ibihano na Leta y’u Bwongereza azira kugirana umubano na Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya. Tuchel afitanye na Chelsea amasezerano […]

Agent wa Mohamed Salah yahaye urw’amenyo umutoza JĂĽrgen Klopp wa Liverpool

Uhagarariye Umunya-Misiri Mohamed Salah ukinira Liverpool yo mu Bwongereza, yanenze cyane Umudage JĂĽrgen Klopp utoza iriya kipe nyuma yo gutangaza ko nta byinshi Liverpool iteganya gukora ngo yongerere Salah amaserano. Kugeza ubu ntiharasobanuka aho Salah ashobora kwerekeza ubwo azaba arangije amasezerano ye mu mpeshyi y’umwaka utaha. Ubwo umutoza Klopp yabazwaga n’itangazamakuru niba Liverpool yiteguye gukora […]

FAR Rabat ya Mangwende na M. Thierry yatsinzwe na RS Berkane, yuzuza imikino 5 yikurikiranya idatsinda

Ikipe ya AS FAR yo muri Maroc ikinamo ba myugariro b’ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Manzi Thierry na Imanishimwe Emmanuel ‘Mangwende’, yatsinzwe na Renaissance Sportive de Berkane bituma yuzuza umukino wa gatanu wikurikiranya idatsinda. Iyi kipe y’Ingabo z’ubwami bwa Maroc yari yasuye Berkane mu mukino wa shampiyona, iyitsinda ibitego 2-1. RS Berkane y’umutoza Florent IbengĂ© yafunguye amazamu […]

Klopp yavuze ibanga Liverpool atoza iteganya gukoresha kugira ngo ishyikire Manchester City

Umudage JĂĽrgen Klopp utoza Liverpool yo mu Bwongereza, yavuze ko bagomba gutsinda imikino ya shampiyona yose isigaye kugira ngo babashe gufata Manchester City bahataniye igikombe. Kugeza ubu Liverpool igifite umukino w’ikirarane irarushwa amanota atandatu na Manchester City, gusa Klopp uyitoza avuga ko afite icyizere cyo gukuramo aya manota, n’ubwo yemeza ko bibasaba akazi katoroshye ko […]

Rurageretse hagati ya Real Madrid na FC Barcelone kubera Haaland

Ikipe ya Real Madrid na FC Barcelone zatangiye igisa n’intambara zihanganira umunya-Norvège Erling Haaland ukinira ikipe ya Borussia Dortmund. Ikinyamakuru SPORT cy’i Catalunya giheruka gutangaza ko Madrid yiteguye gutanga bwa nyuma igiciro cy’amafaranga yifuza kugura uyu rutahizamu ukiri muto kugira ngo ajye kuyobora ubusatirizi bwayo. Ni nyuma y’uko Carlo Anchelotti utoza iyi kipe ngo akomeje […]

Cristiano Ronaldo yikuyeho agahigo kabi yaherukaga gukora mu myaka 12 ishize

Umunya-Portugal Cristiano Ronaldo yongeye kureba mu izamu, nyuma y’imikino itandatu yikurikiranya yari amaze adatsinda igitego cyangwa ngo atange umupira uvamo igitego. Cristiano yongeye kunyeganyeza inshundura mu ijoro ryakeye, ubwo Manchester United akinira yatsindaga Brighton & Hove Albion ibitego 2-0 mu mukino wa shampiyona y’Abongereza. Cristiano wari umaze igihe anengwa kubera umusaruro mubi yafunguye amazamu ku […]

Umusaruro nkene mu byaranze abakinnyi b’Abanyarwanda bakina hanze y’igihugu mu cyumweru gishize

Impera z’icyumweru gishize zaranzwe n’umusaruro nkene ku basore b’Abanyarwanda bakinira ruhago hanze y’igihugu, dore ko abenshi batashoboye kwitwara neza mu makipe yabo. Abenshi muri aba bakinnyi bari bagiye babanza ku ntebe y’abasimbura, abagiriwe ikizere bagasimburwa hakirikare kubera umusaruro wabo mukeya,mu makipe babarizwamo. Nko muri ashampiyona y’icyiciro cya mbere muri Maroc izwi nka ‘Botola Pro’ ibarizwamo […]

Cr7 ashobora kuva muri Manchester United

Rutahizamu Cristiano Ronaldo uzwi nka Cr7 ashobora kuva muri Manchester United, nyuma y’aho we n’iyi kipe bakomeje kubura umusaruro mwiza muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Bwongereza, English Premier League. Cr7 ufite amasezerano y’imyaka ibiri muri Manchester United, azarangira mu mwaka 2023, ashobora gusohoka muri iyi kipe muri iyi mpeshyi iza mbere y’uko amasezerano ye […]

Zlatan yerekanye imodoka yaguze Frw arenga miliyoni 400 ku isabukuru ye y’amavuko

Umunya-Suède Zlatan Ibrahimovic ukinira ikipe ya AC Mian yerekanye imodoka iri mu bwoko bwa Ferrari ibarirwa mu gaciro ka € 400,000 (arenga Frw miliyoni 400) ubwo yizihizaga isabukuru y’imyaka 40 y’amavuko. Uyu rutahizamu yagaragaye atwaye iyi modoka izwiho kunyaruka, dore ko ishobora kugenda ibirometero 211 ku isaha ikaba inakoreshwa n’amashanyarazi. Zlatan azwiho kugura no kugendera […]

Narababaye cyane kuko batantumiye – Guardiola kuri Glearish na bagenzi be bagaragaye basinze

Ku Cyumweru gishize abakinnyi ba Manchester City barimo Riyad Mahrez, Kyle Walker, na Jack Grealish wari urandaswe mu maboko bigaragara ko yasinze baragaye bava mu kabari ka Centre bar. Uwafashe amashusho yavuzeko Grealish yari yasinze cyane ku buryo atashoboraga kwicyura, bikagaragara ko ari arandaswe n’abamufashaga kugenda kuko byagragaraga ko nta mbaraga zo kwigenza yari afite. […]

Sadio ManĂ© yahishuye ibyo yongoreraga Mohamed Salah nyuma y’umukino wa nyuma wa CAN

Umunya-SĂ©nĂ©gal, Sadio ManĂ©, yahishuye ibyo yongoreraga umunya-Misiri, Mohamed Salah basanzwe bakinana muri Liverpool yo mu Bwongereza; nyuma y’umukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika SĂ©nĂ©gal yatsinzemo Misiri. Ku Cyumweru gishize ni bwo Ikipe y’Igihugu ya SĂ©nĂ©gal, Les Lions de la TĂ©ranga yegukanye Igikombe cya Afurika ku ncuro ya mbere itsinze Les Pharaohs ya Misiri kuri Penaliti […]

Jürgen Klopp yavuze imyato Sadio Mané na Salah bahurira ku mukino wa nyuma wa CAN

Umutoza wa Liverpool FC, JĂĽrgen Klopp, yavuze imyato Sadio ManĂ© w’ikipe y’igihugu ya Senegal na Mohamed Salah wa Misiri barahurira mu mukino wa nyuma wa CAN kuri uyu wa 6 Gashyantare 2022. Nubwo kugeza ubu ikipe ya Senegal itaratwara na rimwe iki gikombe, Sadio ManĂ© yagaragaje ko ubu ari cyo anyotewe kurusha UEFA Champions League […]

Deinze ya Djihad Bizimana yatsikiye ibura amanota atatu

Ikipe ya K.M.S.K. Deinze yo mu gihugu cy’u Bubiligi ikinamo Umunyarwanda Djihad Bizimana, yatsikiye kuri Lierse Kempen bagwa miswi igitego 1-1. Hari mu mukino wa shampiyona y’icyiciro cya kabiri mu Bubiligi wahuje amakipe yombi ku wa Gatanu. Lierse Kempen yakiniraga mu rugo ni yo yabonye igitego mbere gitsinzwe ku munota wa 30 w’umukino gitsinzwe kuri […]

Mutsinzi Ange na Trofense ye babashije gukura inota kuri FC Porto B

Ikipe ya CD Trofense ikinamo myugariro w’Umunyarwanda, Mutsinzi Ange Jimmy, yabashije gukura inota rimwe ku ikipe ya kabiri ya FC Porto ubwo bari bahuriye mu mukino wa shampiyona y’icyiciro cya kabiri ya Portugal. Trofense yari yasuye Porto B mu mukino wabaye ku wa Kane urangira amakipe yombi aguye miswi ibitego 2-2. Porto yakiniraga imbere y’abafana […]

Dr Jose Chameleone agiye kongera kuza gutaramira i Kigali

Umuhanzi Joseph Mayanja wamamaye mu muziki wa Uganda ndetse n’uw’akarere nka Dr Jose Chameleone, yatangaje ko agiye kongera gukorera ibitaramo mu Rwanda nyuma y’imyaka hafi ine atahagera. Chameleone yemeje aya makuru abinyujije ku ifoto yashyize ku rukuta rwe rwa Instagram. Iyi foto iherekejwe n’amagambo avuga ko “Urugendo rwo kujya mu Rwanda ruregereje.” Cyakora cyo uyu […]

Nyuma yo gufungwa Greenwood bagenzi bakomeje kumwihunza kunbuga nkoranyambaga

image_6_-2.png

Nyuma yo gufungwa akurikiranyweho ibyaha bifitanye isano no gufata kungufu umukobwa w’umunyeshuri w’imyaka 18, umukinnyi wa Manchester United Mason Greenwood bagenzi be bakinana bakomeje kumwihunza kumbuga nkoranyambaga. Kucyumweru abakinnyi nka Cristiano Ronaldo, Paul Pogba, na Marcus Rashford, bahagaritse gukurikira Greenwod ku mbuga nkoranyambaga, uyu mukinnyi w’imyaka 20 yafashwe nyuma y’amashusho hamwe n’amafoto agaragaza umukobwa uvuga […]

Kylian Mbappe yamaze kumvikana na Real Madrid kuyikinira

Nyuma y’igihe kitari igito ikipe ya Real Madrid yo muri Espagne imaze ishaka umukinnyi Kylian Mbappe, yamaze kumvikana nuyu musore wemeye kuza muri iyi kipe mu mpera ziyi mpeshyi akazaza amasezerano ye arangiye muri PSG. Mu mpeshyi ishize Real Madrid yari yemeye gutanga ÂŁ154m, ariko birangira uyu mukinnyi PSG nayo yagaragazaga ko ikimukenye imugumanye, perezida […]

Trofense ikinamo Mutsinzi Ange yatsinze Benifica B yambere

Shampiyona yo mu cyiciro cy’akabiri muri Portugal yakomeje, maze Trofense ikinamo umukinnyi w’umunyarwanda Mutsinzi Ange ibasha kubyitwaramo neza itahukana amanota atatu imbere ya Benifica B. Nyuma yaho baherukaga gusura Estrea da Amadra bagatahana itsinzwi kuko batsinzwe niyi kipe 2-0, kuwa 5 tariki 28 Mutarama,Trofense yakinnye na Benifica B inayoboye urutonde rwashampiyona, maze babasha kuyitsinda 2-0. […]