Burundi: Abantu bitwaje intwaro batwitse ibiro bishinzwe abinjira nâabasohoka nâamamodoka
Amakuru aturuka mu gihugu cyâu Burundi ku mupaka wacyo na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko abantu bitwaje intwaro baraye mu ijoro ryo kuwa Gatanu rishyira kuri uyu wa Gatandatu, itariki 15 Nzeri, bagabye igitero ku mupaka bakaba bangije byinshi bakoresheje umuriro. Biravugwa ko hagati ya saa 21:30 kugeza saa 23:30 mu ijoro ryo […]
Uganda: Umuhinde yiyahuye nyuma yo kuribwa mu rusimbi amafaranga yâikigo yakoreraga
Umugabo ukomoka mu Buhinde yasanzwe amanitse mu cyumba cya hotel yari acumbitsemo iherereye mu mujyi wa Mubende mu gihugu cya Uganda, aho bivugwa ko yaba yiyahuye kubera urusimbi. Amakuru aturuka mu gipolisi cyo muri Mubende aravuga ko uyu muhinde mu kwiyahura yasize urupapuro rwâimpamvu yiyahuye mu mizigo ye. Norbert Ochom, umuvugizi wâigipolisi mu karere ka […]
Amarangamutima yarenze Selena Gomez nyuma yâishyingiranwa rya Justin Bieber nâumukunzi we mushya
Umuhanzikazi Selena Gomez yagize ikiniga nyuma yâamakuru yasakaye ko uwo bahoze bakundana, Justin Bieber bivuzwe ko yaba yarakoze ubukwe mu ibanga. Nâubwo Hailey Baldwin yabwiye Tmz ko ibyâaya makuru ari ibinyoma, inshuti ya hafi ya Selena Gomez yabwiye Hollywoodlife dukesha iyi nkuru ko ibi byamukoze ku mutima cyane kuko yari yiteze ko hari igihe yazongera […]
REBA AMAFOTO: Kizito Mihigo na Ingabire Victoire basohoka muri gereza
Nyuma yaho bitangarijwe ko umuhanzi Kizito Mihigo na Ingabire Victoire, bari mu mfungwa 2,140 zahawe imbabazi nâumukuru wâigihugu, Pauk Kagame, basohotse muri gereza. Mu gitondo cyo kuri uyu wa 15 Nzeri 2018, nibwo Ingabire Victoire na Kizito bagaragaye basohoka muri gereza ya Mageragere iri mu karere ka Nyarugenge, mu mujyi wa Kigali. Umuryango KMP (Kizito […]
Kayonza: Kutagira uruhare mu kugena igiciro ku musaruro bidindiza abahinzi-borozi
Abahinzi bâumuceri nâibigori ndetse nâaborozi bâinka mu karere ka Kayonza bavuga ko iyo basuzumye neza uburyo bagurisha umusaruro wabo ku isoko basanga ibiciro bidahura nâibyo bashoye. Ngo ibiciro by’umusaruro bijyaho akenshi ari ukugereranya ubundi hakabaho gutera forufe hagendewe ku ngano yâumusaruro umuhinzi-mworozi afite n’uko isoko rimeze. Ibi bituma akenshi umuguzi yishyiriraho ibiciro bye bishobora gutuma […]
Urukiko Rukuru rwivanyeho urubanza rw'abayoboke ba FDU Inkingi baregwa iterabwoba
Abayobozi n’abarwanashyaka b’ishyaka FDU Inkingi ritavuga rumwe n’ubutegetsi buriho bari mu maboko yâubutabera bakurikiranweho ibyaha bitandukanye bagiye kuzaburanishwa nâurundi rukiko nyuma yâaho kuri uyu wa Gatanu, itariki 14 Nzeri, Urukiko Rukuru rutangarije ko rudafite ububasha bwo kubaburanisha. Umucamanza yahisemo kohereza uru rubanza mu rugereko rwihariye ruburanisha ibyaha byo ku rwego mpuzamahanga n’ibyaha byambukiranya imipaka kuko […]
Uganda: Abagore babiri bafatiwe mu nteko ishinga amategeko bamaze gukuramo inda
Umucamanza mu gihugu cya Uganda kuri uyu wa gatanu yashinje abagore babiri kugambanira gukuriramo inda mu nyubako yâInteko ishinga Amategeko bahita boherezwa muri Gereza ya Luzira. Abo bagore ni uwitwa Phiona Natumanya, umukozi ushinzwe isuku mu Nteko Ishinga Amategeko ndetse nâumuvandimwe we Evas Kyasimiire. Aba ariko barahakana akagambane mu gukora icyaha gikabije no gukuramo inda […]
Bumbogo: Inzoga yitwa Muriture, imbogamizi ku mutekano
Abaturage bo mu kagari ka Ngara, umurenge wa Bumbogo, mu karere ka Gasabo, bibukijwe ko umutekano ariwo shingiro ryâiterambere nâimibereho myiza, basabwa kugira uruhare mu kuwubungabunga barwanya ibishobora kuwuhungabanya birimo ibiyobyabwenge nâinzoga zâinkorano. Abatuye muri aka kagari bemeza ko umutekano bafite uhagije, gusa ngo rimwe na rimwe nabo bagira uruhare mu kuwuhungabanya. Umwe muri bo […]
Nyamasheke: Bamaze imyaka 7 biruka ku ngurane zâibyabo byangijwe nâikorwa ryâamashanyarazi
Abaturage 38 bâutugari tune twâumurenge wa Shangi mu karere ka Nyamasheke, bavuga ko bamaze imyaka 7 bishyuza ingurane zâibyabo byangijwe nâikorwa ryâamashanyarazi Bushenge-Mugera, amaso akaba yaraheze mu kirere,bagashinja akarere intege nke mu kubishyuriza amafaranga yabo, bakanashinja REG kubasiragiza. Nkâuko bamwe muri bo babitangarije Bwiza.com, ngo ubwo aya mashanyarazi yageraga mu murenge wabo wa Shangi muri […]
Rutshuru: Imirwano hagati ya FDLR nâabasirikare ba FARDC yahitanye abandi babiri
Imirwano yatangiye mu gitondo cyo ku wa Kane tariki ya 14 Nzeri 2018, hagati yâinyeshyamba za FDLR nâabasirikare ba Leta ya Congo (FARDC) yahitanye ubuzima bwâabasivile babiri. Ahagana saa kumi nâimwe zâigitondo (05:30) cyo ku wa 14 Nzeri 2014, ngo nibwo abasirikare ba Leta baguye mu gico cyâinyeshyamba za FDLR mu duce twa Bushenge, Budyuku […]
Umuhanzi Kizito Mihigo na Ingabire Victoire bafunguwe
Umunyapolitiki Ingabire Umuhoza Victoire n’umuhanzi Kizito Mihigo bari mu mfungwa 2,140 Perezida Paul Kagame yahaye imbabazi. Itangazo ryagiye ahabona ku wa Gatanu tariki ya 14 Nzeri 2018, riturutse muri Minisiteri yâubutabera, rivuga ko icyo cyemezo cyafatiwe mu nama yâAbaminisitiri, iyobowe na Perezida Kagame. Abahawe imbabazi ngo ni abujuje iibiteganywa nâamategeko. Ingabire asanzwe ayobora ishyaka ritavuga […]
Amaherezo u Bufaransa bwemeye ko bwakoresheje iyicarubozo muri Algeria
Igihugu cyâu Bufaransa ku nshuro ya mbere cyemeye ko cyakoresheje iyicarubozo mu gihe cyâintambara yo guharanira ubwigenge muri Algeria mu myaka ya za 50. Kuri uyu wa kane, itariki 13 Nzeri, Perezida Emmanuel Macron yavuze ko Maurice Audin (ku ifoto), umwe mu mpirimbanyi zâubwigenge zagenderaga ku matwara ya Gikomunisiti waburiwe irengero mu 1957, yapfuye azize […]
Rusizi: Barasaba ubuyobozi guhagurukira ikibazo cya âBanki Lambertâ
Bamwe mu batuye umujyi wa Rusizi barasaba ubuyobozi bwâaka karere nâinzego zâumutekano zihakorera guhagurukira ubucuruzi bwâamafaranga butemewe bita ââ Banki Lambertââ mu ndimi zâamahanga, burushaho kwiyongera, bunarushaho gukenesha abaturage,aho ngo bamwe baterezwa ibyabo cyamunara cyangwa bakajyanwa mu nkiko kubera amafaranga baba bafashe bagomba kwishura inyungu zirenze urugero bakayabura. Nkâuko bamwe mu bacuruzi nâabakunda gufata aya […]
Afurika yâEpfo: Umugore yabyariye rimwe abana batanu- AMAFOTO
Mu bitaro bya Clinix Botshelong Empilwe byo muri Afurika yâEpfo umugore utatangajwe amazina yahabyariye abana batanu. Ubuyobozi bwâibi bitaro butangaza ko ari inshuro ya gatatu kuva mu 1960, umugore abashije kubyara abana batanu muri ibi bitaro. Butangaza kandi ko ari ibisanzwe ko atari ubwa mbere umugore abyaye abana barenze umwe, buri mwana ngo akaba yagiye […]
Intara y'Uburengerazuba yakusanyije imisoro ya miliyari 8.350Frw ugereranyije n'intego ya miliyari 7,2 yari yihaye
Umunyamabanga wa Leta muri MINALOC, ushinzwe iterambere ryâabaturage, Harelimana Cyriaque atangaza ko gusora neza bituma Igihugu kirushaho kwigira ntikibeshweho nâimisoro yâabaturage bâibindi bihugu. Ibi yabitangaje mu muhango Ikigo cyâIgihugu cyâImisoro nâAmahoro (RRA) cyateguye wo gushimira abasora bo mu Ntara yâIburengerazuba, wabereye mu Karere ka Rutsiro ku wa 12 Nzeri 2018, aho abasora neza kandi ku […]
Chris Brown ntagikura ijisho ku mafoto ya Rihanna
Umuhanzi Chris Brow ntagikura ijisho ku mafoto yâuwo bahoze bakundana, Rihanna byâumwihariko ayo uyu mukobwa ashyira ku mbuga nkoranyambaga. Imwe mu nshuti za hafi zâuyu muhanzi yatangarije ikinyamakuru Hollywoodlife dukesha iyi nkuru ko Breezy nkâuko bakunda kumwita abiterwa no kuba abona Rihanna ateye amebengeza muri ibi bihe kurusha mu minsi ishize. Iyi nshuti yagize itiâ […]
Abanyarwanda 2 muri Gereza ya Luzira bashinjwa gutunga imbunda nâubutasi
Abanyarwanda babiri mu gihugu cya Uganda bashinjwe gutunga imbunda mu buryo bunyuranyije nâamategeko mu gihe imibanire hagati ya Uganda nâu Rwanda ikomeje kugaragaramo igitotsi cyiyongera aho kugabanyuka. Ikinyamakuru Chimpreports kivuga ko mu myaka mikeya ishize imibanire yâu Rwanda na Uganda yarushijeho kwangirika bigaha icyuho imyiteguro yâamakimbirane yeruye yavamo imirwano hagati yâibihugu byombi. Kunanirwa gucyemura ibibazo […]
Urutonde rwâinyubako 10 nziza muri Afurika- AMAFOTO
Uko iterambere rikomeza kwihuta mu bihugu bimwe na bimwe byo muri Afurika ni nako ibikorwaremezo nabyo byiyongera bityo hakaba hari inyubako ziza ku isonga mu bwiza ku mugabane wa Afurika. 1. Inyubako ya 15 Alice Lane Towers (Johannesburg) Ni inyubako ibarizwa muri Afurika yâEpfo, mu gace ka Sandton i Johannesburg, iyi nyubako, iyi nyubako ngo […]
Uganda: Inteko Ishinga Amategeko yasabye guverinoma ibisobanuro ku bikorwa bikomeje gukorerwa Abanyarwanda
Perezida wâInteko Ishinga Amategeko ya Uganda, Rebecca Kadaga, kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 12 Nzeri, yasabye guverinoma ibisobanuro ku itabwa muri yombi rinyuranyije nâamategeko no gusubizwa iwabo bikomeje gukorerwa Abanyarwanda. Icyemezo cya perezida wâInteko Ishinga Amategeko ya Uganda kije nyuma yâaho bamwe mu badepite bagaragarije ko iri tabwa muri yombi no gusubiza iwabo Abanyarwanda […]
Congo irashinja UPDF kwica abarobyi bane bâAbanyekongo imirambo yagaragaye ireremba ku kiyaga
Igisirikare cyo mu mazi cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Gatatu ushize cyashinje ingabo za Uganda kwica abarobyi bane bâAbanyekongo, imirambo yabo yagaragaye ku Kiyaga cya Edouard yaratobowe nâamasasu yanatwitswe. Uganda yahakanye iki kirego, kiri mu bya nyuma mu bimenyetso bigaragaza umwuka utari mwiza hagati ya Congo na Uganda kubera iki kiyaga […]
Guverinoma irateganya kuzaba yisubije ubutaka bwayo bwigaruriwe bitarenze muri Kamena 2019
Kugeza mu kwezi kwa Kamena mu mwaka utaha wa 2019 ngo Guverinoma yâu Rwanda izaba yamaze kugaruza ubutaka bwayo bwigaruriwe ndetse bukandikwa ku mazina yâabantu ku giti cyabo nâabayobozi bâibanze nkâuko bitangazwa nâIkigo cyâIgihugu gishinzwe Imicungire nâImikoreshereze yâUbutaka (RLMUA). Mu ntangiriro zâuku kwezi, RLMUA nibwo yasubukuye igikorwa cyo kubarura ubutaka bwa leta ku bufatanye nâabafatanyabikorwa […]
Uwahoze akundana na Eddy Kenzo yasabye ko hazirikanwa ibihe byiza bagiranye
Uwahoze ari umugore wa Eddy Kenzo, Rema Namakula yatangaje ko uwahoze ari umugabo we batigeze bamarana igihe gihagije kandi ngo bahe agaciro kâibihe byihariye bagiranye ubwo bari bakiri kumwe. Abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagram kuwa 14 Nzeri, Rema mu mvugo igaragaza agahinda  yavuze ko bibabaje uburyo umuntu akunda cyane amara igihe yishimana nâabandi bantu […]
Resitora yahombye miliyoni 190 zâamadorali kubera imbeba yaguye mu isosi
Resitora izwi cyane mu Bushinwa yatakaje miliyoni 190 z’amadolari y’Amerika ku isoko ry’imari n’imigabane nyuma yaho umugore utwite asanze imbeba yapfuye mu isosi ye. Imigabane ya resitora Xiabu Xiabu yaguye igera ku kigero cyo hasi cyane itari yarigeze igeraho mu gihe kigera hafi ku mwaka, nyuma yaho amafoto agaragaza iyo mbeba yapfuye iri gukurwa mu […]
Uganda: Umunyamerika ukiri muto yasanzwe aho yari acumbitse yapfuye
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, itariki 13 Nzeri, abayobozi mu gihugu cya Uganda basanze umusore wâimyaka 21 wâUmunyamerika yapfiriye mu icumbi yari acumbitsemo muri Entebbe. Uyu musore basanze yitwa James Crow, biravugwa ko yaba yiyahuriye mu cyumba cye mu icumbi rizwi nka Entebbe Zoo Hostel, aho yari acumbitse kuva kuwa Mbere ushize. Abayobozi […]
Karongi: Polisi yafashe ibikoresho byâikoranabuhanga byari byibwe muri kompanyi yâAbashinwa
Ku italiki ya 12 Nzeri, Polisi yâu Rwanda ikorera mu karere ka Karongi, mu murenge wa Rubengera, akagari ka Gacaca,yafashe umusore ukekwaho kwiba ibikoresho byâikoranabuhanga Kompanyi yâAbashinwa âHunan Road and Blidge Construction Company Limited Groupâ(HRBCCLG), ikora umuhanda Gatsibo- Kayonza. Ibikoresho byibwe bigizwe na Mudasobwa 2 nâibikoresho byazo. Bikaba byaribwe nâumusore witwa Ndahayo Gilbert wâimyaka 27 […]
RDC: Abatavuga rumwe na Leta baburiye Perezida Kabila
Abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika Iharanira Demokaarasi ya Congo baburiye Leta ya Kabila ko yazaryozwa ingaruka zaterwa n’amatora y’ikinamico barimo gutegura. Ibiro ntaramakuru AFP biratangaza ko abakuru b’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo basabye Perezida Joseph Kabila kurinda iki gihugu “akavuyo” bavuga ko gashobora guterwa no kutubahiriza amategeko agenga amatora. Byavuzwe n’abakandida-perezida […]
Rwamagana: Umubyeyi wâumwana wagwiriwe nâigiti arasiragira asaba ubufasha
Bihame Jean Paul arasabwa miliyoni esheshatu ngo avuze umwana we wagwiriwe nâigiti cyo ku muhanda, naho akarere ka Rwamagana kakamuha ibihumbi 150 byo kumufasha mu ngendo. Uyu ni umubyeyi wâumwana Uwase Yvonne wahuye nâiyi mpanuka ajya ku ishuri. Umwana byamusigiye ubumuga, ku buryo hakenewe miliyoni eshanu nâibihumbi magana atandatu na bine (5.604.000 frws) mu bitaro […]
Uganda: Umugabo yatemaguye umugore utwite nâumukobwa yibyariye
Umugabo  wâimyaka 25 utuye mu karere ka Nwoye byamenyekanye ko yatemaguye umugore we wâimyaka 20, Grace Awuma wâimyaka 20 amuryoza kuba yaba yaramwanduje Sida. Uyu mugabo nkâuko inkuru dukesha Dailymonitor ibitangaza, yatemaguye umwana we wâumukobwa, Angel avuga ko ngo nta mpamvu yo kubaho ufite umwana kandi utegereje urupfu. Uyu mugabo yabwiye abakozi bâiperereza ko yabishe […]
Kimisagara: Abafite ubumuga bakina ruhago barasaba ubufasha bwa Leta mu kurwanya akato
Abafite ubumuga bagendera ku mbago bakina umupira wâ amaguru  bakinira kuri Maison Des Jeunes ku Kimisagara,barasaba ko Leta yâ u Rwanda ko yabafasha kurwanya akato bakorerwa binyuze mu myidagaduro. Aba bakinnyi bâ umupira wâ amaguru bavuga ko babonye ibikoresho bikenewe nkâ imipira yo gukina, imyenda ,inkweto  ndetsenâ ikibuga cyabugenewe byabafasha kwagura impano zabo ndetse bakanahura […]
Dore impamvu 10 zitera abagabo benshi kwifuza kuryamana nâabakobwa bafite ikibuno kinini
Buri muntu agira amarangamutima ye, nkâuko nta muntu uteye nkundi, ariko hari ibyo usanga abantu benshi bahurizaho nubwo aba atari 100%, ni muri urwo rwego uzasanga abagabo benshi bahorana irari ryo kuryamana nâabakobwa/gore bafite ikibuno kinini. Dore impamvu zitandukanye: 1.Kwibwira ko aribo baryoshya imibonano: Abagabo benshi iyo babona abakobwa cyangwa abagore banini, uko bakaraga ikubuno […]
Min. wâIntebe, Dr Ngirente yakiriye indahiro zâabacamanza mu Rukiko Rukuru rwa Gisirikari- AMAFOTO
Minisitiri wâIntebe, Dr Ngirente Edouard yakiriye indahiro zâabacamanza batatu bo mu Rukiko Rukuru rwa Gisirikari, abibutsa ko inshingano yabo ari ugutanga umusanzu ku gihugu kigendera ku mategeko. Ni umuhango wabaye kuri uyu wa Kane tariki ya 13 Nzeri 2018, ku biro bye ku Kimihurura mu Mujyi wa Kigali, Minisitiri wâIntebe akaba yabifurije kuzuzuza neza inshingano […]
Isesengura: Ese Kizito Mihigo yanze kugwa mu mutego washibukanye Ingabire Victoire ?
Nyuma yaho Umuyobozi w’ishyaka FDU-Inkingi,  Ingabire Umuhoza Victoire akatiwe igifungo cyâimyaka umunani nyuma yo guhamwa nâibyaha  byo kugambanira igihugu, kurema umutwe wâabagizi ba nabi, akaza kujurira maze agatirwa nâurukiko rwâikirenga imyaka cumi nâitanu, bishoboka ko Mihigo na we yasanze ko aramutse ajuriye ashobora kugererwa mu kebo kamwe na Ingabire. Isesengura ryâigenga rya Bwiza.com ribona ko […]
Rusizi: Haravugwa ubwumvikane buke hagati yâabarobyi nâumushinga âpĂ ÂȘcheâ
Hamaze iminsi havugwa ikibazo cyo kutumvikana hagati y’umushinga pĂ ÂȘche (Projet pĂ ÂȘche) nâihuriro ryâamakoperative yâabarobyi mu karere ka Rusizi buri ruhande rushinja urundi kurubangamira no kutubahiriza amasezerano bagiranye, hakaba ngo hari impungenge ko bidakemutse mu buryo bwa burundu uku kutumvikana kwavamo amakimbirane yageza no ku mirwano. Nkâuko Bwiza.com yacukumbuye iki kibazo, ngo ubu bwumvikane buke buva […]
Burundi: Agathon Rwasa yashinze irindi shyaka
Umunyapolitiki Agathon Rwasa usanzwe ari umuyobozi wâishyaka FNL (Front National de Liberation), aratangaza ko yashinze undi mutwe wa politiki anahamagarira Abarundi kuwinjiramo. Agathon Rwasa ni umunyapolitiki utavuga rumwe na Leta iriho mu Burundi, byâumwihariko akaba ari Visi Perezida wâInteko Nshingamategeko. Ku wa Gatatu tariki ya 12 Nzeri 2018, mu nama yakoresheje yari yitabiriwe nâabayoboke be […]
Maneja Braun yahishuye ko Justin Bieber  yashoboraga gupfa bitunguranye mu myaka mike ishize
Maneja wa Justin Bieber, Scooter Braun yatunguranye ubwo yavugaga ko Justin Bieber yashoboraga gupfa isaha iyo ari yo yose bitewe nâibintu yaryaga mu myaka mike ishize. Ibi yabitangarije mu kiganiro cyitwa âRed Pill Podcastâ nkâuko Hollywoodlife ibitangaza. Braun muri iki kiganiro avuga ko yagize impungenge zâuko uyu muhanzi mu myaka mike ishize yashoboraga kuryama agahita […]
Uganda: Gen. Kale Kayihura ku rutonde rwâabahigirwa kwicwa
Uwahoze ari umuyobozi wa Polisi ya Uganda, Gen Kale Kayihura ngo afite impungenge zâumutekano wâubuzima bwe, nyuma yâiyicwa rya hato na hato rya bagenzi be bo mu ngabo na polisi, bafite amapeti yo hejuru. Ibi umuryango we wabitangaje ku wa Gatatu tariki ya 12 Nzeri 2018, hagarukwa ku bwicanyi bukomeje kugaragara muri Uganda, buhitana ubuzima […]
Musanze: Guverineri Gatabazi arasaba abaturage kwirinda icyabateza amakimbirane
Kuri uyu wa 11 Nzeri Polisi yâu Rwanda ikorera mu karere ka Musanze ku bufatanye nâubuyobozi bwâIntara yâAmajyaruguru basuye inteko zâabaturage bo mu mirenge ya Cyuve na Kinigi yose yo mu karere ka Musanze. Muri ibi biganiro abayobozi basabye abaturage kurwanya ikintu cyose cyateza amakimbirane mu miryango,yaba yanabaye bakihutira kuyacyemura nta muturage uyaguyemo cyangwa ngo […]
Kuvuga nabi Perezida Nkurunziza nâImbonerakure biviriyemo abakozi 3 ba Loni gukumirwa
Minisiteri yâububanyi nâamahanga mu Burundi yasohoye itangazo ribuza abakozi batatu bâumuryango wâAbibumbye kwinjira ku butaka bwâu Burundi. Abo bakozi ni Doudou Diene ukomoka muri Senegale, Lucy Asuagbor ukomoka muri Senegal ndetse na Francoise Hampton wo mu Bwongereza. Bari mu bayoboye komisiyo ya Loni ishinzwe gukora iperereza ku iyubahirizwa ryâuburenganzira bwâikiremwamuntu, bakaba baherutse gutunga agatoki Perezida […]
Inkomoko y'insigamigani 'Guteza ubwega'
Uyu mugani bawuca iyo bumvise umuntu uvuga yamagirira cyane kugira ngo rubanda imugoboke; ni bwo bavuga ngo âUmva naka arateza ubwegaâ, wadukanwe na Rugaju rwa Mutimbo ari ku Rutabo rwa Kinazi mu Mayaga (Gitarama),ahasaga umwaka wa 1800. Rimwe Yuhi Gahindiro yaraje inkera mu gitaramo cyâimihigo haza kubamo impaka ndende; bamwe bahiga ubugabo, abandi bahiga amatungo, […]
ICC yasubije Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma yo kuyishyiraho iterabwoba
Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) kuri uyu wa kabiri rwatangaje ko imirimo yarwo izakomeza nta mpungenge nyuma yâaho Leta Zunze Ubumwe za Amerika zitereye ubwoba abacamanza barwo bashaka gukurikirana Abanyamerika bashinjwa ibyaha byâintambara muri Afghanistan. Ibihugu byâu Bufaransa nâu Budage nabyo byagaragaje ko bishyigikiye ICC nyuma yâaho umujyanama wa perezida Donald Trump, John Bolton avugiye ko […]
Cameroun: Ibiyobyabwenge byatahuwe mu ishusho ya Bikira Mariya
Ku kibuga cyâindege cyâi Douala muri Cameroun, hafatiwe ibiro bitatu byâibiyobyabwenge byo mu bwoko bwa âMethamphetamineâ bikaba byari bihishe mu ishusho ikoreshwa na bamwe mu bemera kiristu nkâurwibutso rwa Bikira Mariya. Iyi shusho yari yinjijwe muri Cameroun, yari ukuwe muri Philippine, yacishijwe mu nzira yâiposita. Umuyobozi wâikipe yâabashinzwe gusaka ku kibuga cyâindege cyâi Douala, Roger […]
Ni iki cyaba gikurura amakimbirane hagati y'Abasilamu n'Abanyaburayi?
Umunyarwanda, Ntagengwa Servil Omar uba mu gihugu cyâu Bubiligi akaba asanzwe asengera mu idini ya Islam, aratanga igitekerezo cye ku mibanire yâiri dini n’abaturage b’ibihugu by’u Burayi bw’i Burengerazuba. Arasobanura impamvu eshatu zigaragaza uburyo iri dini nâibi bihugu bibanye bisa nâibihanganye. Mu gitekerezo cye, atangira agira ati ‘Ni iyihe mpamvu ituma usanga Ubusilamu busa nâubuhanganye na […]
Ubushinjacyaha mu Bubiligi bwafunze dosiye bwari bukurikiranyemo Moise Katumbi
Ubushinjacyaha bwa Halle-Vilvoorde mu gihugu cyâu Bubiligi bwasubitse kugeza imbere yâurukiko umunyapolitiki, Moise Katumbi, bwari bukurikiranyeho gukoresha uruhushya rwâinzira (passport) byakekwaga ko ari impimbano. Iperereza ryakozwe kuri Moise Katumbi ntirizageza aho ashinjwa nkâuko byemejwe nâUwungirije Umushinjacyaha wa Halle-Vilvoorde mu kiganiro na Jeune Afrique, kubera ko habuze ibimenyetso bihagije bimushinja icyaha akaba ari yo mpamvu dosiye […]
Inkundura irakomeje hagati ya Chris Brown nâuwo babyaranye
Mu gihe umuhanzi Chris Brown adakozwa ibyo kongera amafaranga yâindezo yâumukobwa we Royalty, umunyamategeko wa Nia Guzman, ari we babyaranye  yamaze kwemeza ko uyu mugabo agomba kongera aya mafaranga binyuze mu rukiko. Umunyamategeko wa Guzman ari we  Lisa Bloom  yatangarije ikinyamakuru The People ko asanga indezo y’umwana ikwiye kuva ku $5,000 akaba $ 18,000 ni […]
Nyamagabe: Uwicishije umugore we ishoka yakatiwe igihano cyâigifungo cya burundu
Ubushinjacyaha Urwego Rwisumbuye rwa Nyamagabe, mu minsi ishize bwatsinze urubanza bwari bukurikiranyemo umugabo witwa Sibomana FĂ©licien alias Rasta wahamwe nâicyaha cyo kwica umugore we witwaga Musabyimana Veneranda wahanishijwe igihano cyâigifungo cya burundu. Ubu bwicanyi bwabaye tariki ya 12 Nyakanga 2018 saa moya zâijoro mu Mudugudu wa Minini, Akagari ka Gakanka, Umurenge wa Kibumbwe, mu Karere […]
Ibyishimo byari byose ubwo Ethiopia na Eritrea byongeraga gufungura umupaka ubihuza – Amafoto
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 11 Nzeri 2018, ibyishimo byari byose ku bayobozi nâabaturage bâibihugu bya Ethiopia na Eritrea, ubwo byongeraga gufungura ku mugaragaro umupaka ubihuza abaturage babyo bakemererwa kongera kujya no kujyana ibicuruzwa byabo ku ruhande rumwe cyangwa urundi mu bwisanzure, nyuma yâimyaka isaga 20 ibihugu byombi bidacana uwaka. Amafoto atandukanye yagiye akwirakwizwa kuri […]
Rwamagana: Umugabo yitwikiye mu nzu yari amaze kwiciramo umugore
Umugabo witwa Munyaneza Seth wari ufite imyaka 42 yâamavuko, yitwikiye mu nzu bivugwa ko yari amaze kwiciramo umugore we witwaga Kayitesi Jeannette. Ibi byabaye ahagana saa Moya zâigitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 12 Nzeri 2018, mu Mudugudu wa Biraro, Akagari ka Cyanya, Umurenge wa Kigabiro, mu karere ka Rwamagana, uyu mugabo nâumugore […]
Umuryango wa T.I mu rungabangabo ku makimbirane ari hagati ya Nick Minaj na Cardi B
Umuraperi T.I nâumugore we, Tameka Harris uzwi nka Tiny bavuga ko kugeza ubu nta ruhande babogamiyeho ku makimbirane ari hagati ya Nick Minaj na Cardi B bitewe nâuko bakunda aba bahanzi bombi. Mu kiganiro cyâihariye imwe mu nshuti zâuyu muryango itatangajwe amazina yagiranye na Hollywooflife, yavuze ko mu byâukuri byagoye T.I nâumukunzi we kugira uwo […]
Uganda: Hatawe muri yombi ukekwaho uruhare mu iyicwa rya Muhammad Kirumira wari komanda wa polisi
Igisirikare cya Uganda kiri guhata ibibazo umugabo wafatiwe mu rugo rwâuwahoze ari komanda wa polisi mu Karere ka Buyende uherutse kwicwa arashwe, ASP Muhammad Kirumira. Uyu akaba yaratawe muri yombi mu ijoro ryo kuwa Mbere ashaka gutoroka nyuma yâaho umuryango wa Kirumira ugiriye amakenga ugashaka kumenya byinshi kuri we kuberako yari yakomeje kubagenza cyane kandi […]
Bujumbura: Amazi yâIkiyaga cya Tanganyika yatangiye kugarura ibara ryayo yari yataye
Guhera kuri uyu wa kabiri, itariki 11 Nzeri, amazi yâIkiyaga cya Tanganyika mu Burundi yari yahinduye ibara agasa nkâicyatsi kibisi muri iyi weekend ishize yongeye kugarura ibara ryâayo ku nkengero zimwe na zimwe mu gihe abaturage ba Bujumbura bari batangiye guhangayika ndetse bamwe mu bizera ijambo ryâImana batangira kuvuga ko ari ikimenyetso cyâimperuka. Amazi yâikiyaga […]
Muhanga: Ibibazo mu miryango bituma abana bava kwiga bakajya gusabiriza
Abana basaga icumi bo mu mudugudu umwe wa Kamazuru, bava ku ishuri baboneza mu muhanda gusabiriza abahisi nâabagenzi mu mujyi wa Muhanga, cyane cyane i Kabgayi. Ubukene, ubupfubyi, amakimbirane mu miryango nâibindi bivugwa nka zimwe mu mpamvu zitera aba bana kugana umuhanda. Ni mu mugoroba wâakabwibwi, imbere ya Katedrali Immaculate Virgini i Kabgayi. Abana babiri […]
Diamond Platnumz arashaka umukunzi
Umuhanzi Diamond ukorera umuziki mu gihugu cya Tanzaniya yatangaje ko akeneye umuntu wamuhundagazaho urukundo cyane ko muri iyi minsi ari wenyine mu rukundo nkuko abyitangariza. Ibi abitangaje nyuma yaho hamaze iminsi havugwa umwuka mubi hagati ye na Hamisa Mobetto ashinja ku mujyana mu bapfumu nubwo uyu mugore abihakana. Abinyujije kuri instagram ye Diamond Platnumz yatangaje […]
Uganda: Abanyarwanda nâUmunyekongo batawe muri yombi na polisi mu Karere ka Rubanda
Nyanza: Litiro zisaga 300 z'inzoga z'inkorano zizwi nka Muriture zamenewe mu ruhame
Kuri uyu wa kabiri taliki ya 11 Nzeri,Kubufatanye bw’Inzego z’ Ibanze,Polisi nâabaturage mu karere ka Nyanza, mu murenge wa Busoro, akagari ka Kimirama, habereye igikorwa cyo kumenera mu ruhame litiro 380 zâinzoga zâinkorano zizwi ku izina rya (Muriture) zitemewe nâamategeko. Izi nzoga zamenewe mu ruhame zafatiwe mu midugudu ibiri yo mu kagari ka Kimirama, ariyo […]
Umuryango wa Rwigara urasaba kudahezwa mu rubanza rw'abanyamigabane b'uruganda rwabo
Abunganira mu mategeko uruganda rukora itabi rw’umuryango wa Assinapol Rwigara barasaba ko uru ruganda rutahezwa mu rubanza ikigo cy’imisoro kiregamo abanyamigabane barwo. Ikigo cy’imisoro kirega abanyamigabane ko bacunze nabi uruganda rukora itabi rwa Premier Tobacco Company bigatuma inanirwa kwishyura imisoro. Gusa abahagarariye uru ruganda bo bagasanga nta kuntu rwahezwa mu rubanza kandi na rwo rufite […]
Abakinnyi ba filimi 10 ba mbere muri Bollywood bakurura igitsinagore kurusha abandi
Mu gihugu cyâu Buhinde hari bamwe mu bakinnyi ba filimi bagize uruhare mu kuzamura uruganda rwa cinema rwaho bidatewe no gukora cyane kwabo gusa ahubwo hiyongeraho nâuburanga bwabo bukurura abagore batari bakeya bikaba byarabafashije kwamamara ku Isi yose. Ni muri urwo rwego Bwiza.com yabahitiyemo abakinnyi 10 bo muri Bollywood bakurura igitsinagore cyane kurusha abandi. 01. […]
RDC: Tshisekedi wifuza kuzahatana mu matora ya perezida aravugwaho gutanga icyemezo cya kaminuza cyâigihimbano
Icyemezo cya kaminuza cyâumukandida wâishyaka UDPS, Felix Tshisekedi, witegura guhatana mu matora yâumukuru wâigihugu ateganyijwe muri Congo, biravugwa ko byasanzwe atari umwimerere kuko no mu ishuri avuga ko yakuyemo impamyabumenyi bavuga ko icyo cyemezo atari bo bagitanze. Nkâuko bigaragara muri dosiye ya kandidatire yatanze, Felix Tshisekedi yongeyemo icyemezo (attestation) cyâishuri rikuru ryâI Buruseli mu Bubiligi […]
Amerika yahaye gasopo Urukiko Mpuzamahanga CPI
Nyuma yâaho Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwa CPI rutangarije ipererea righomba gukorwa ku byaha byâintambara Leta Zunze Ubumwe za Amerika zakoreye muri Afuganistan, iki gihugu cyâigihangange cyabigaramye, ndetse cyihanangiriza bikomeye uru rukiko. Mu kwezi kâUgushyingo 2017 nibwo Fatou Bensouda Umushinjacyaha Mukuru wâUrukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha yavuze ko hagomba gukorwa iperereza ku byaha byâintambara binyuranye byakozwe na Leta […]
Mugabo, niba ukunda kunyaza umugore mu gihe cyâimibonano, dore ibintu 7 ugomba kwitondera
Abagabo benshi kuvuga ijambo kunyaza mu gihe cyâimibonano mpuzabitsina biraborohera ariko kubishyira mu bikorwa bikabananira. Ku babibasha, dore ibyo mugomba kwitondera. Izi nyigisho zigenewe abubatse ingo ndetse nâabari mu nzira yo kurushinga, kunyaza mu gihe cyâimibonano ni byiza kuko bitera umuneza ababikora, ariko bishobora no kubyara ibibazo ku wabikoze nabi. 1.Pozisiyo: Pozisiyo zose ntabwo ariko […]
Ubufatanye nibwo bwadufashije kugera ku Isoko Rimwe Rihuriweho n'Ibihugu bya Afurika- Perezida Kagame
Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame akaba nâumuyobozi wâUmuryango wa Afurika Yunze Ubumwe(AU) avuga ko ubufatanye hagati ya Leta nâabashoramari, aribwo bwafashije mu gushyiraho isoko rimwe rihuriweho nâibihugu bya Afurika. Ibi, umukuru wâigihugu yabitangaje ku wa Kabiri tariki ya 11 Nzeri 2018, ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye Ihuriro ku Iterambere n’Ubukungu ryateguwe na Banki y’Isi. Iri […]