Mu turere dutandukanye hafatiwe ibicuruzwa bya magendu
Mu bikorwa byo kurwanya magendu byakozwe na Polisi kuri uyu wa kabiri hafatiwemo ibicuruzwa birimo ibikoresho byâikoranabuhanga, inkweto nâimyenda ndetse nâinzoga zâamoko atandukanye byose byinjijwe mu gihugu mu buryo bunyuranyije nâamategeko. Ni ibikorwa Polisi yâu Rwanda yakoreye muturere twa Rubavu, Burera na Nyamagabe biturutse ku makuru Polisi yahawe nâabaturage Chief Inspector of Police (CIP) Innocent […]
Uganda: Itahuka rya Depite Bobi Wine ryashyize bamwe mu kaga
Nyuma y’uko hamenyekanye  inkuru y’ihumure ku bafana b’umunyapolitiki utavuga rumwe na leta ya Uganda, Robert Kyagulanyi, bamwe mu bakunzi be batawe muri yombi bazira gukora imyenda iriho amagambo amuha ikaze mu gihugu. Bakimenya inkuru yâitaha rye, bahise bakoresha imipira yo kwambara “T-Shirt” yanditseho amagambo cy’Icyongorereza aha ikaze uyu munyapolitiki. Bagira bati âUhawe ikaze mu gihugu […]
Ubutabera: Urubanza rwa cyamunara ni amabombe gusa
Kuri uyu wa mbere tariki ya 17 Nzeri, mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge haburanishijwe urubanza rwajuririwe nâubushinjacyaha ku bantu batatu bagize uruhare muri cyamunara ya sitasiyo ya Kicukiro. Urubanza rurimo udushya twinshi twakwita amabombe, nkâuko nâiri jambo ryagarutse mu majwi yâimpande zose ziri mu rubanza. Urukiko rwâibanze rwa Kicukiro rwanzuye ko abo bantu barimo uwateje […]
Uganda: Abayobozi, abajenerali nâabanyemari bakomeye bahawe uburinzi bwâabashinzwe kurinda perezida
Amakuru aturuka mu gihugu cya Uganda aravuga ko kuri ubu abasirikare bo mu mutwe ushinzwe kurinda umukuru wâigihugu ari bo bahawe inshingano zo kurinda abayobozi bakuru muri guverinoma, abasirikare bakuru, nâabanyemari bakomeye mu gihugu nyuma yâiyicwa rikomeje kugaragara ryâabantu bakomeye barimo Depite Ibrahim Abiriga na Muhammad Kirumira wari komanda wa polisi mu karere. Amakuru agera […]
Ndera: Abaturage biyemeje kwishakamo ibisubizo
Abaturage bo mu Midugudu itatu ya Gatare, Karubibi na Gisura, yo mu Kagari ka Cyaruzinge, Umurenge wa Ndera, mu karere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali, bishyize hamwe bakodesha imashini iharura umuhanda mu rwego rwo kwishakamo igisubizo. Iyi midugudu Bwiza.com yasuye, Â igaragara nkaho iri kwiyubaka kandi abaturage babigizemo uruhare dore ko igice kinini kigaragara nkaho ari […]
Muhanga: Abaturage begerejwe serivise zâubuzima ku buntu aho bakorera
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Nyamabuye mu karere ka Muhanga bavuga ko bishimiye ko begerejwe serivizi zâubuzima zirimo izo gupimwa indwara zitandura ndetse no kuboneza urubyaro ,kandi bakabihabwa ku buntu ubusanzwe bajyaga bazishyura amafaranga. Muri gare ya Muhanga ni hamwe hakorewe iki gikorwa cyo gusuzuma no gupima indwara bamwe mu bitabiriye iki gikorwa […]
Ni iki cyaba gikurura amakimbirane hagati yâAbasilamu nâAbanyaburayi? (igice cya kabiri)
Ntagengwa Servil Omar usengera mu idini ya Islam, aratanga ibitekerezo bye ku mibanire yâiri dini nâabaturage bâibihugu byâu Burayi bwâi Burengerazuba. Aratangira yibutsa impamvu ebyiri za mbere twabonye : Impamvu zishingiye kwâiyobokamana ryemeza ko buri dini ariryo rifite Ukuri kuvuye ku Mana (Din al haq : religion vraie) Ni iki cyaba gikurura amakimbirane hagati yâAbasilamu nâAbanyaburayi? […]
Iyo tutaza gutanga imbabazi ni abantu bangahe baba bakiri muri gereza? â Perezida Kagame
Mu ijambo yavugiye ku nteko ishinga amategeko mu muhango wo kurahiza abadepite muri manda nshya, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yakomoje ku mbabazi nâifungurwa ryâagateganyo biherutse guhabwa abagororwa basaga 2000 barimo umunyapolitiki, Ingabire Victoire nâumuhanzi, Kizito Mihigo, asobanura ko iyo hatabaho gutanga imbabazi gereza zo mu Rwanda haba hakirimo abantu ibihumbi magana. Muri iri jambo […]
Urutonde rwâabayobozi bâu Burundi bashyigikiye Kayumba Nyamwasa mu mugambi wo gutera u Rwanda
Bamwe mu bayobozi bâu Burundi batungwa agatoki kuba inyuma umugambi wa RNC ya Kayumba Nyamwasa wo gutera u Rwanda, abo bayobozi bakaba barimo nâumugaba mukuru wâingabo, Gen. Prime Niyongabo. Nkâuko bitangazwa mu binyamakuru bitandukanye, ngo abayoboke bâishyaka rya RNC (Rwanda National Congress) rya Kayumba Nyamwasa bajyanwa mu myitozo ya gisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya […]
Hon Donatille Mukabalisa yongeye gutorerwa kuyobora Inteko Ishinga Amategeko
Hon. Mukabalisa Donatille yongeye gutorerwa kuyobora Inteko Ishinga Amategeko yâu Rwanda ku majwi 75 kuri 80 mu gihe Sheikh Musa Fazil yatorewe kuba visi perezida wâiyi nteko ushinzwe imari nâubuyobozi ku majwi 76 kuri 80. Â Kuri uyu wa gatatu, itariki 19 Nzeri 2018 nibwo Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yayoboye umuhango w’irahira ry’abagize Inteko […]
Koreya ya Ruguru yemeye gufunga kimwe mu bigo bigeragerezwamo ibisasu bya kirimbuzi
Igihugu cya Koreya ya Ruguru cyemeye gufunga kimwe mu bigo by’ingenzi bikorerwamo igerageza n’iterwa ry’ibisasu kirimbuzi bya missile nkâuko byemejwe na Perezida Moon Jae-in wa Koreya y’Epfo wakoreye uruzinduko rutunguranye muri Koreya ya Ruguru kuri uyu wa Kabiri, itariki 18 Nzeri. Nyuma y’inama yabereye mu murwa mukuru Pyongyang wa Koreya ya Ruguru, Bwana Moon yavuze […]
Ari Evode Uwizeyimana na Victoire Ingabire ni inde wigiza nkana?
Umunyamabanga wa leta muri minisiteri yâubutabera, Me Evode Uwizeyimana, arashimangira ko Ingabire Victoire abeshya nyuma yo gutangaza ko nta mbabazi yasabye perezida wa repubulika ngo afungurwe. Ni mu Kiganiro yagiranye na Televiziyo yâu Rwanda, kuri uyu wa Kabiri, itariki 18 Nzeri, ubwo yabazwaga ku byagendeweho mu gufungura abagororwa basaga 2000 bafunguwe kuwa 14 Nzeri bivugwa […]
Anita Pendo yamaganye abanenga Shaddy Boo uvuga icyongereza gipfuye
Umunyamakuru Anita Pendo yamaganiye kure abantu bakomeje gutunga agatoki ikimenyabose ku mbuga nkoranyambaga, Shaddy Boo nyuma yâicyogereza benshi bahamyako gikennye yavuze ubwo yari muri Tanzaniya mu mpera zâicyumweru gishize. Mu kiganiro amenyerewemo kuri Radiyo, Magic Fm cyitwaâ Magic Morningâ kuri uyu wa Mbere Gatanu tariki ya 17 Nzeri 2018, Anita Pendo yavuze ko abantu badakwiye […]
Komisiyo ya Loni yakoze iperereza ku Burundi irashima uruhare rwâu Rwanda
Komisiyo yâUmuryango wâAbibumbye yashinzwe gukora iperereza ku byaha byakorewe mu Burundi yashimiye u Rwanda ku ruhare rwagize mu kuyifasha muri iri perereza. Iyi komisiyo yashyizwe nâAkanama ka Loni gashinzwe Uburenganzira bwa Muntu yatangaje ko u Rwanda rwakoze neza mu kureka iyi komisiyo igakora akazi kayo iri ku butaka bwâu Rwanda. Mu ijambo yavugiye mu nama […]
Kigali: Urupfu rwa (Rtd) CSP Gashagaza Hubert rukomeje kuba amayobera
Urupfu rwa CSP Gashagaza Hubert wari uherutse gusezererwa muri Polisi yâIgihugu, rukomeje kuba urujijo mu gihe hagikorwa iperereza. Umurambo we wasanzwe mu modoka mu murenge wa Ndera mu karere ka Kicukiro ariko atariho yari asanzwe atuye. Ahagana saa kumi nâimwe zâigitondo cyo ku wa Kabiri tariki ya 18 Nzeri 2018, nibwo umuntu wa mbere wari […]
RDC: Ntihavugwa rumwe ku watangije imirwano yaguyemo 5 hagati ya FARDC n'inyeshyamba
Inyeshyamba 5 ziciwe mu mirwano yazihuje nâingabo za leta ya Congo kuri uyu wa kabiri, itariki 18 Nzeri ahitwa Jiro, agace kari mu birometero 62 ugana mu majyaruguru ya Bunia, mu Murenge wa Walendu Tatsi, ho muri Teritwari ya Djugu. Umuvugizi wa FARDC muri Ituri, avuga ko ari igitero cyagabwe ku nyeshyamba mu gihe umuyobozi […]
Muhanga: Polisi yafashe abamotari babiri batwaye amabuye yâagaciro mu buryo bwa magendu
Polisi yâu Rwanda ikorera mu karere ka Muhanga, mu murenge wa Mushishiro, mu rucyerera rwo kuri uyu wa kabiri taliki ya 18 Nzeri, ku makuru yahawe nâabaturage yafashe abamotari babiri batwaye ibiro 70 byâamabuye yâagaciro yo mu bwoko bwa koruta mu buryo bunyuranyije nâamategeko. Abafashwe ni Ukurikiyumukiza Jean Damascene wâimyaka 32 ufite moto ifite icyapa […]
Gatsibo: Abayobozi bashinjwa kurya imitsi yâabaturage bahagaritswe ku kazi
Guverineri wâIntara yâUburasirazuba Mufurukye Fred aratangaza ko atazihanganira umuyobozi udakora neza inshingano ze, akavuga ko mu gihe atabikoze neza agomba gusezererwa ku buyobozi. Ni nyuma yaho afashe icyemezo cyo gusezerera ku mirimo ndetse no gusaba gukurikiranwa nâubugenzacyaha bamwe mu bayobozi bâutugari two mu Karere ka Gatsibo bagaragayeho kunyereza umutungo wâabaturage ndetse nâindi myitwarire mibi. Ni […]
U Burusiya na Isiraheli ntibivuga rumwe ku ndege yabwo yahanuwe
Nyuma yâiraswa ryâindege yâu Burusiya muri Siriya, abantu 15 bari bayirimo bakahasiga ubuzima, Isiraheli yashinjwaga kubigiramo uruhare irabihakana yivuye inyuma. Indege y’u Burusiya ikusanya amakuru y’urugamba yarashwe yapfiriyemo abakozi babwo 15 bari mu kazi, u Burusiya bwari bwatangaje ko abasirikare ba Siriya bayirashe Isiraheri ibigizemo uruhare. Iyi ndege yarashe ku mugoroba wo ku wa Mbere […]
Dore ibanga abagabo benshi batazi ryo kunyaza umugore mu gihe cyâimibonano mpuzabitsina
Abagabo benshi bakunda kuvuga ngo hari abagore batanyara kandi atariko bimeze ahubwo akaba ari abagabo batazi gutunganya neza abo bagore. Hifashishijwe abashakashatsi ndetse nâimpuguke mu bujyanye nâimibonano mpuzabitsina bavugako hari uburyo umugabo yanyaza umugore we bitamugoye. Umugabo uri kunyaza arinda igitsina cye kugwa, ndetse akamenya neza igihe umugore we arangiriza kuko bifasha kumenya nawe ukuntu […]
Umuhanzi Ben Rutabana ngo yaba yaratembereye muri Uganda arinzwe bikaze
Ben Rutabana ni umuhanzi wamamaye cyane mu Rwanda ubu akaba aba ku mugabane wâu Burayi, aho abarizwa mu ishyaka ryâAbatavuga rumwe na Leta yâu Rwanda rya RNC. Mu rugendo bitangazwa ko yakoreye muri uganga, ngo yari arinzwe mu buryo bukomeye. Mu cyumweru gishize ngo nibwo Ben Rutabana yagiye muri Uganda yakirwa na Col. Kaka Bagyenda […]
Burundi: Inzu ibamo Abahinde yafatiwemo imbunda nâamasasu
Igipolisi cyâu Burundi gitangaza ko cyafashe imbunda nâamasasu byari bihishe mu nzu icumbitsemo abahinde bakaba bahise batabwa muri yombi. Imbunda yafashwe ni imwe yo mu bwoko bwa AK47, magazini zâamasasu esheshatu, imwe irimo amasasu 15, izindi zigiye zirimo isasu rimwe rimwe,bikaba byafatiwe mu gace ka Kabondo, haruguru yâahitwa Sabemelli. Umuvugizi wâigipolisi cyâu Burundi, Â Pierre Nkurikiye […]
USA: Umuhanzi Bobi Wine yatangiye kwigenza nta mbago
Umuhanzi Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine umaze iminsi 15 yivuriza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, amakuru aturuka mu gihugu cya Uganda avuga ko ubu yatangiye koroherwa. Robert Ssentamu Kyagulanyi ni Umunyamuziki akaba n’umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, ku wa 13 Kanama 2018 nibwo yafashwe n’inzego z’umutekano za Uganda arafungwa nyuma bitangazwa ko […]
Amafoto agaragaza ibihe byiza Diamond yagiranye na Shaddy Boo yasohotse
Diamond Platnumz yashyize hanze amafoto arikumwe nâumugore ukunzwe hano mu Rwanda ndetse no muri Afurika bitewe no gukoresha imbuga nkoranyambaga cyane uzwi nka Shaddy  Boo bari muri Hotel bigaragara ko bishimanye. Ni nyuma yaho Diamond atumiye Shaddy Boo mu birori  byo gushakisha urusha abandi kubyina neza indirimbo ye nshya aherutse gushyira hanze yitwa Jibebe, […]
Rwamagana: Idindira ryâiyubakwa rya gare ribangamiye abagenzi banyagirirwa aho bategera
Abaturage bo mu mujyi wa Rwamagana nâabatwara abagenzi barasaba ko imirimo yo kubaka Gare ya Rwamagana yakwihutishwa bakava aho banyagirirwa. Kimwe n’abahategera ndetse nâabakora imirimo yo gucuruza amatike yâurugendo, bavuga ko babangamirwa no kutagira aho bugama imvura igihe iguye bitewe nâuko aho gare yashyizwe byâagateganyo ari kure y’umujyi. Gare ya Rwamagana irimo kuvugururwa iri mu […]
Umukobwa wa Chris Brown yasabiwe uburinzi bwo guhangana n'abashaka kwifotozanya na we
Umugore wabyaranye na Chris Brown ari we Nia Guzman yasabye ko amafaranga yahabwaga yakwiyongera kugira  ngo habungwabungwe umutekano wâumukobwa we, Royalty wibasiwe n’uruhuri rw’abashaka kwifotozanya na we. Nia Guzman mu nyandiko yashyikirike urukiko nkâuko ikinyamakuru Blast dukesha iyi nkuru kibitangaza, yasabye ko amafaranga yava ku $ 5,000 ni ukuvuga 4,400,000 Frw ku kwezi akagera kuri […]
Abarwanashyaka ba FDU-Inkingi bavuga ko Ingabire Victoire nta mbabazi yasabye Perezida Kagame
Abarwanashyaka bâIshyaka rya Ingabire Umuhoza Victoire, FDU- Inkingi baba mu mahanga bavuga ko batazi niba koko umuyobozi wabo yaba yarasabye imbabazi Perezida Paul Kagame kugira ngo abe yarafungurwe  kuwa 15 Nzeri 2018 nk’uko byavuzwe mu itangazo ry’inama y’abaminisitiri ryo kuwa 14 Nzeri 2018. Umunyamabanga mukuru wâiri shyaka, Dr. Emmanuel  Mwiseneza mu kiganiro na Radiyo Ijwi […]
CSP Gashagaza Hubert wahoze ari umuvugizi wa Polisi mu Majyepfo yapfuye
Uwahoze ari umuvugizi wa Polisi yâu Rwanda mu Ntara yâAmajyepfo, CSP Gashagaza Hubert yitabye Imana, ariko icyo yaba yazize ntikiramenyakana. CSP Gashagaza Hubert yitabye Imana mu ijoro ryakeye ryo ku wa Mbere tariki ya 17 Nzeri 2018, asanzwe mu modoka atagihumeka, urupfu rwe rukaba rwafashwe nko kuba yahotowe. Umuvugizi w’Urwego Rushinzwe Ubugenzacyaha RIB, Supt Modeste […]
Igisobanuro cya âPeople Powerâ gikomeje kuba ingorabahizi hagati ya  Museveni na Bobi Wine
Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni avuga ko Depite Robert Kyagulanyi Sentamu uzwi nka Bobi Wine nâabantu bashyigikiye icyitwa âPeople Powerâ badasobanukiwe neza ibyo barimo gukora. Mu gihe icyo Bobi Wine yise âPeople Powerâ ugenerekereje wavuga ko ari imbaraga za rubanda kigenda gifata indi ntera, Museveni avuga ko nta handi imbaraga za rubanda zagaragarira hatari […]
Umunyeshuri muri kaminuza ya Makerere yapfuye yiyahuye
 Polisi ya Uganda yatangiye iperereza ku rupfu rwâumunyeshuri muri Kaminuza ya Makerere (Makerere University), wapfuye yiyahuye.  Umunyeshuri Joshua Ajuna yigaga mu mwaka wa kabiri wa kaminuza, akaba yabaga mu nyubako izwi ku izina rya âNsibirwaâ. Ku cyumweru tariki ya 16 Nzeri 2018, nibwo yasanzwe mu cyumba yararagamo yapfuye, amakuru atangazwa nâabanyeshuri bagenzi be. […]
Shaddy Boo yihakanye Diamond, agira icyo avuga kuri Wema Sepetu
Umugore ukunzwe ku mbuga nkoranyambaga mu Rwanda, Mbabazi Shadia uzwi nka Shaddy Boo yatangaje ko asanga muri Tanzaniya umukobwa wâintangarugero ari Wema Sepetu. Mu kiganiro nâabanyamakuru kuri uyu wa 17 Nzeri 2018, Shaddy Boo yavuze ko Wema Sepetu ari umukobwa wâintangarugero mu mico no myifatire bitewe. Atiâ Ndamukunda Wema Sepetu ni umuntu uciye bugufi, ubona […]
Rusizi: Inyubako bari bitezeho serivisi zabafasha guhahirana nâAbarundi yaradindiye
Abaturage bo mu murenge wa Bweyeye mu karere ka Rusizi barasaba ubuyobozi bwâaka karere nâubwâikigo cyâigihugu cyâimiturire kwihutisha inyubako yo ku mupaka ubahuza nâigihugu cyâu Burundi imaze imyaka 2 yose yaradindiye bikaba bituma ibyo bari bayitezeho itangira kubakwa batabibona. Iyi nyubako nkâuko bivugwa na bamwe mu batuye uyu murenge bayegereye,ngo yatangiye kubakwa ku wa 19 […]
Kigali: Urukiko rwateye utwatsi ikirego cya Dr Niyitegeka urega CNLG
Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwateye utwatsi ikirego cyatanzwe na Dr Theoneste Niyitegeka wareze komisiyo y’u Rwanda yo kurwanya jenoside CNLG, ruvuga ko nta shingiro gifite. Ni umwanzuro wafashe umwanya muto cyane kandi nta n’umwe mu barebwa n’uru rubanza wari mu cyumba kiburanisha. Mu nteruro zitarenze ebyiri, umucamanza yavuze ko ikirego cya Dr Niyitegeka nta shingiro […]
Kizito Mihigo avuga ko nta siri yaciriwe ryâuko agiye kubabarirwa na Perezida Kagame
Umuhanzi Kizito Mihigo atangaza ko yatunguwe ubwo yumvaga mu makuru ko yagiriwe imbabazi nâumukuru wâigihugu agafungurwa, mbere na mbere arashima Imana yamukuye muri gereza ndetse na Perezida Kagame. Ku wa Gatanu tariki ya 14 Nzeri 2018, nibwo hasohowe itangazo ryâibyemezo byâinama yâAbaminisitiri, yari iyobowe na Perezida Kagame. Ririmo ko Kizito Mihigo, Ingabire Victoire nâizindi mfungwa […]
Ibintu 10 byatera umugore guhita agusuzugura mukoranye imibonano mpuzabitsina bwa mbere
Ahangaha iyo tuvuze umunsi wa mbere, ni wa munsi abashakanye baba bakoze igikorwa cyâimibonano mpuzabitsina bwa mbere, ku munsi basezeraniyeho cyangwa se undi munsi baba bateguye ariko akaba ari wo wa mbere kuri bo. Inyigisho zacu ziba zigenewe abubatse cyangwa abari mu nzira yabyo. 1.Kurangiza vuba: Hari abagabo barangiza mu masegonda atageze no kuri 50, […]
Kenya: Guverineri wa Nairobi yatunguwe no gusanga mu bitaro imirambo 12 yâimpinja ihishe mu makarito
Kuri uyu wa Mbere, itariki 17 Nzeri, Guverineri wa Nairobi, Mike Sonko, yasuye bitunguranye Ibitaro bya Pumwani atungurwa no kuvumbura imirambo 12 yâimpinja yari ihishwe mu makarito. Iyi mirambo ngo ikaba yari yazingiwe hamwe mu mifuka yâamasashi ishyirwa mu makarito atatu ihishwa mu bubiko bwegereye uburuhukiro, aho umurambo umwe wari ukwawo, itandatu iri ukwayo mu […]
Inzego zâumutekano zakwiye imishwaro zishaka impeta Wiz Khalifa yahaye Amber Rose
Inzego zâumutekano Leta ya Los Angeres muri Amerika zakwiye imishwaro zijagajaga umujyi mu rwego rwo gushaka impeta  umuraperi Wiz Khalifa yahaye Amber Rose imyaka itandatu ishize. Polisi nkâuko inkuru dukesha TMZ ibivuga, ikomeje gushakisha iyi mpeta nyuma yaho Amber Rose ayishyikirije ikirego kuwa Kane wâicyumweru gishize avuga ko impeta ye yaburiwe irengero. Muri iki kirego, […]
Angola: Umubyigano ukabije ku mukino wa TP Mazembe na 1° de Agosto wahitanye abantu
Umubyigano ukabije waguyemo abantu batanu nyuma yâumukino wâigikombe cya Afurika cyâamakipe yitwaye neza hagati yâikipe ya 1° de Agosto yo muri Angola nâikipe ya Tout Puissant Mazembe yo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Ni umukino wabaye kuwa Gatandatu ushize, itariki 15 Nzeri ubera I Luanda. Nyuma yâiminsi 2 umukino ubaye haracyibazwa intandaro yâuyu mubyigano […]
RwandaâUrundi-Congo-Belge: Abaperezida bakwiriye guhangana nâ ibisigisigi byâ Ubukoloni
Kuva mu bihe byâ ukoloni amateka ya politiki yagiye yerekana ko ibihugu bikomeye byaharaniraga imitungo kamere yâ ibihugu bifite intege nkeya mu rwego rwo kurushaho kubaka ubukungu nâ imbaraga za gisirikare. Iyo myimvure ntiyigeze ihinduka kuko no mu ntambara zombi zâ Isi nabwo ibyo bihangange byarushijeho gukoresha ibihugu bikennye ndetse no gusahura imitungo yâ ibihugu […]
Tariki ya cumi zâukwacumi saa Kumi, nibwo hazamenyekana nyiri sitasiyo M LINE KICUKIRO
Urukiko rwâubucuruzi rwa Kigali rwaburanishije urubanza rujyanye nâiteshwa gaciro rya cyamunara yakozwe tariki ya 23 Gashyantare 2018. Ni cyamunara yagurishijwemo station ya Mukaremera Francine yegukanwa na Cyubahiro Ngarambe Christophe. Urubannza rwabaye ku wa Gatanu tariki 14 Nzeri, ruzasomwa tariki 10 Ukwakira saa kumi. Iyi cyamunara yabaye ku busabe bwâumwanditsi mukuru (registrar general) wo muri RDB, […]
ICC: Jean-Pierre Bemba ahanishijwe igifungo cy'umwaka gisubitse n'amande y'Amayero 300,000
Kuri uyu wa Mbere, itariki 17 Nzeri, Jean-Pierre Bemba wigeze kuba visi perezida wa Congo, yakatiwe nâUrukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) igihano cy’umwaka w’igifungo, wahise usubikwa kubera igihe yafunzwe, ndetse acibwa amande y’Amayero 300,000 nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo guha ruswa abatangabuhamya bagombaga kumurenganura ku byaha byâintambara yari akurikiranweho. Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwa La Haye rwagize […]
Kizito Mihigo yakebuye abakundana bakihutira kuryamana
Umuhanzi Kizito Mihigo nyuma yo gusohoka muri gereza kuwa 15 Nzeri 2018. Yashyize hanze indirimbo yise âIbyihishimo bibiâ aho akebura abantu bakundana maze bakihutira kuryamana ngo barimo kwishimisha. Iyi ndirimbo yâiminota itandatu nâamasegonda 48, Kizito Mihigo avuga ku ngingo zitandukanye ziganjemo gukorera iguhugu no gushyira hamwe gusa  akananenga abakundana bihutira kuryamana avuga ko ari ibyishimo […]
Ibyago 10 byakuruwe na Gen Niyombare wahubukiye âCoup dâEtatâ ikamupfubana
Gen Niyombare Godefroid yari umusirikare wâu Burundi ukomeye unakunzwe na Leta iriho, aza gushaka guhirika Perezida Nkurunziza ku butegetsi biramupfubana asigira bagenzi be ibyago na we atisize ndetse nâigihugu muri rusange. Ibyago umuntu yavuga ko Niyombare yakuruye bikamugiraho ingaruka hamwe na bagenzi be nâigihugu muri rusange, twavuga nka: 1.Kwivana ku mukati: Gen Niyombare Godefroid, wâimyaka […]
Bishop Bilindabagabo yanenze bikomeye uko abihaye Imana basigaye bayoboye amatorero
Itorero rya Angilikani mu Rwanda riranenga uko abihaye Imana basigaye bayoboye amatorero muri iki gihe, aho rivuga ko benshi bitwara nkâamakipe arwanira inyungu zâumuntu ku giti cye. â Kuki mwarwana kandi muri abakozi bâitorero? Ntimuri gukorera ubutumwa bumwe? Murekere ibyâitorero itorero kubera ko byose ari ibya Yesu Kristo. Ntabwo duhari ngo dukorere inyungu zâumuntu â, […]
Ndasubira mu rugo kuwa mbere, ndahangayitse ariko miliyoni 44 zâAbagande nazo zirahangayitse – Bobi Wine
Umuhanzi Bobi Wine, akaba nâumudepite mu nteko ishinga Amategeko ya Uganda, ategerejwe I Kampala kuri uyu wa Mbere, itariki 17 Nzeri nyuma yâiminsi yari amaze muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yari yagiye kwivuza nkâuko yabitangarije ikinyamakuru Mail & Guardian. â Ndasubira mu rugo kuwa mbere. Nibyo ndahangayitse, ariko ni mu rugo, niho umuryango […]
Kicukiro: Abaturage biyubakiye umuhanda wa Kaburimbo
Abaturage bo mu Mudugudu wâUbumwe, Akagari ka Rubirizi mu Murenge wa Kanombe mu karere ka Kicukiro,  barimo kwiyubakira umuhanda wa kaburimbo, nta nkunga nâimwe ivuye muri Leta cyangwa abandi baterankunga. Umuyobozi wâUmudugudu wâUbumwe, Mudahemuka Jean Baptiste, abajijwe aho bakura imbaraga zituma bakataje mu bikorwa byâiterambere, atangaza ko we na komite ye badahwema kuganira nâabaturage batuye […]
RDC: Ntihavugwa rumwe ku mubare wâabaguye mu bitero byagabwe ku birindiro 3 byâingabo za FARDC
Abantu 11 barimo abasirikare ba leta baguye mu bitero inyeshyamba zagabye ku birindiro bitatu bya FARDC mu ijoro ryo kuwa Gatandatu rishyira ku Cyumweru, itariki 16 Nzeri muri Teritwari ya Djugu mu Ntara ya Ituri ho muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Ibirindiro byatewe nâinyeshyamba zitaramenyekana ni ibya Muvaramu, Songamoya na Tara. Amakuru ava mu […]
Umuhanzi Jose Chameleone yatandukanye nâumugore we
Umuhanzi Joseph Mayanja uzwi nka  Dr Jose Chameleone yamaze gutanda nâumugore we Daniella Atim Mayanja nyuma yâimyaka icumi babana. Jose Chameleone ni we wafashe iya mbere abinyujije ku mbuga nkoranyambaga kuri uyu wa 16 Nzeri 2018, atangaza ko atandukane na Daniella avuga ko arambiwe guhora agerageza kubungabunga umubano wabo ariko akabona nta gihinduka. Uyu muhanzi […]
Tanzania: Umwe yafatanwe imbunda undi afatanwa umupanga ku biro byâitora
Igipolisi cya Tanzania muri Dar es Salaam cyataye muri yombi abantu babiri basanganywe intwaro ku biro byâitora ahitwa Ukonga ahatorwaga abazahagararira aka karere mu matora yâabadepite Umuyobozi wâigipolisi cya zone idasanzwe muri Dar es Salaam, Lazaro Mambosasa yavuze ko umwe yafatanywe imbunda yo mu bwoko bwa pistol yari irimo amasasu 14, mu gihe undi yafatanywe […]
Kicukiro: Urubyiruko rwiyemeje gufasha Akarere kwesa neza imihigo ya 2018-2019
Urubyiruko rwâAkarere ka Kicukiro ruravuga ko rugiye gukora uko rushoboye rugafasha ubuyobozi bwâAkarere kwesa neza imihigo kahize muri uyu mwaka wâingengo yâimari wa 2018-2019. Ibi ni ibyatangarijwe mu igikorwa cyo gusinya imihigo yâinama yâigihugu yâurubyiruko 2018-2019 no guhigura imihigo ya 2017-2018 cyahuje ubuyobozi bwâAkarere nâabahagarariye urubyiruko mu Mirenge igize Akarere ka Kicukiro. Ni igikorwa cyabanjirijwe […]
Mu mezi 9 Kampala izaba ari umujyi utandukanye kandi utekanye â Perezida Museveni
Perezida Yoweri Museveni yatangaje ko mu mezi icyenda ari imbere umujyi wa kampala uzaba utandukanye utekanye kandi usukuye, aho avuga ko kubona no gushyira aho byagenewe ibikoresho byâikoranabuhanga bigezweho byo gucunga umutekano nka za camera na za drones bizaba byamaze kurangira. Perezida Museveni yagize ati: âNabizeza ko mu mezi 9, Kampala izaba ari umujyi utandukanye. […]
Abanyamusambira basabwe ubufatanye mu gukemura ibibazo bibangamiye imibereho myiza
Aya ni amwe mu magambo agize ubutumwa Nyakubahwa  Guverineri Madame Mureshyankwano Marie Rose yagejeje ku Banya Musambira, mu ruzinduko yagiriyeyo, aho yari aherekejwe nâUmuyobozi wâAkarere ka Kamonyi, Madame Kayitesi Alice, abayobozi batandukanye mu nzego zâibanze nâizâumutekano kuwa Kabiri ushize, italiki 11 Nzeri 2018. Mu ijambo rye ryâikaze, Umuyobozi wâAkarere ka Kamonyi, madame Kayitesi Alice, yagaragaje ibyishimo […]
Umugande ukina muri Sweden ashobora gusubizwa iwabo kubera ubutinganyi ashinjwa
Umusore wâUmugande ukinira ikipe yâumupira wâamaguru ya Bullermyrens ik, yo mu cyiciro cya 3 muri Sweden witwa Patrick Mulyanti ashobora gusubizwa muri Uganda kubera icyaha cyâubutinganyi no kubushishikariza abandi akurikiranweho. Patrick Mulyanti uri mu myaka 20, ngo yavuye muri Uganda atorotse nyuma yo kumara igihe akwepana na polisi muri Mengo na Wakiso, aho yashinjwaga ko […]
Zambia: Abanyarwanda babiri birukanwe bashinjwa kuba intasi zâu Rwanda batsinze urubanza
Abanyarwanda babiri bari impunzi mu gihugu cya Zambia; Innocent Habumugisha na Egide Rwasibo, bigeze kwirukanwa muri muri iki gihugu mu Ukuboza 2015 bashinjwa kuba intasi za Guverinoma yâu Rwanda no guhungabanya umutekano muri Zambia, batsinze urubanza mu Rukiko Rukuru rwa Zambia mu cyumweru gishize, umucamanza yemeza ko kwirukanwa kwabo bitari bifite impamvu. Urukiko rukaba rwanzuye […]
USA: Abantu 12 bamaze guhitanwa na Serwakira yiswe Florence
Serwakira yahawe izina rya Florence nâibikurikizizi byayo birimo amazi arenga inkombe zâinyanja nâimigezi muri Leta zunze ubumwe za Amerika, bimaze guhitana abantu 12. Leta za Carolina yâEpfo na Carolina ya Ruguru, ni zo zibasiwe cyane. Hafi amazu yo guturamo nâayâubucuruzi bigera kuri miliyoni ni byo bimaze kubura umuriro wâamashanyarazi kubera iyo serwakira, yatumye nâabantu benshi […]
Gatsibo: Abayobozi bahawe umukoro wo guhatanira umwanya wa mbere mu mihigo
Mu nama ya komite mpuzabikorwa yahuje abayobozi bose guhera ku rwego rwâumudugudu kugeza ku rwâakarere, Guvereneri Mufulukye yabasabye gukorera hamwe bakazesa imihigo ku gipimo kizatuma baza ku mwanya mwiza. Guvereneri wâintara yâIburasirazuba, Mufulukye Fred wari witabiriye iyi nama, yasabye ko abayobozi bakorera hamwe bagashaka icyatuma akarere ka Gatsibo kava ku mwanya wa munani kagize kakajya […]
Ntibisanzwe: Menya  icyaro kimwe aho  abagabo bavuga ururimi rutandukanye nâurwâabagore
Mu gihugu cya Nijeriya hari icyaro cyitwa Ubang giherereye muri Leta ya Cross River aho abagore bavuga ururimi rutandukanye nâurwâabagabo gusa ntibibabuze kumvikana. Iki ni icyaro giherereye mu majyepfo yâigihugu, abenshi muri aba baturage ni abahinzi gakondo. Mu kiganiro na BBC, aba baturage bavuze ko ari umugisha bahawe nâImana ariko bakagaragaza ko ururimi rwâicyongereza rutangiye […]
U Burundi buravuga ko bushobora kwitandukanya nâAkanama ka Loni k'Uburenganzira bwa Muntu
Kuri uyu wa Gatanu, itariki 14 Nzeri, igihugu cyâu Burundi cyatangaje ko kigiye kwitandukanya nâAkanama ka Loni kâUburenganzira bwa muntu nyuma ya raporo ishinja ubutegetsi ibyaha byibasiye inyokomuntu mu gihugu. Ibi byatangajwe mu gihe itsinda ryâintumwa za leta zari I Geneve kuwa Mbere aho zari zagiye kugira icyo zivuga kuri iyi raporo yashyizwe ahagaragara mu […]
Umuhanzikazi Rihanna mu ikanzu idasanzwe- REBA AMAFOTO
Umuhanzi Rihanna yatunguranye mu myambarire ubwo yahingukaga mu ruhame yambaye ikanzu ndende, ariko ifunguye mu gatuza, ubwo yitabiraga ibirori byâisabukuru ya kampani ye. Ku wa Gatanu tariki ya 14 Nzeri 2018, nibwo Rihanna yitabiriye ibiroro byâisabukuru yâumwaka umwe, kampani ye ikora ibijyanye nâubwiza âFenty Beautyâ imaze ikora. Ibirori byabereye mu gace ka  Brooklyn, mu mujyi […]
Imibiri ibihumbi 20 yâAbatutsi bishwe muri jenoside yimuriwe ku Rwibutso rwa Nyanza
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 15 Nzeri mu Mujyi wa Kigali habaye igikorwa cyo kwimurira ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Nyanza ya Kicukiro, imibiri 20,000 yâAbatutsi bazize jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 irimo iyabonetse mu Murenge wa Masaka. Mu rwego rwo gutegura neza icyo gikorwa cyo kwimurira ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Nyanza imibiri […]