Ibintu 10 ushobora kuba utari uzi kuri Gen Kale Kayihura
Gen Kayihura ni umwe mu basirikare bakomeye ba Uganda byâumwihariko akaba umutoni kuri Perezida Museveni, ubu afungishije ijisho ku byaha aregwa birimo no gushimuta Abanyarwanda baba muri Uganda. 1.Amazina ye yose ni Edward Kalekezi Kayihura Muhwezi, akaba azwi ku izina rya Kale Kayihura, ni umuhungu wa Johnston komuluyange kalekezi na Catherine Mukarwamo. 2.Kayihura yavutse ku […]
Abaturage bishe inzoka ipfana nâumukoloneri wahise yirasa
Col Eyong Tambong Ebot yiyahuye mu buryo budasobanutse mu gace ka Bamenda mu Burengerazuba bwâAmajyaruguru ya Cameroun, ubwo abaturage bari bamaze kwica inzoka nini muri aka gace. Ubwo inzoka yicwaga n’abaturage, Koloneri yari mu biro ku nkambi ya gisirikare yâi Bamenda. Iyo nzoka yo ikaba yariciwe mu biro abaturage bafatiraho ibyangombwa bitandukanye. Nkâuko ikinyamakuru Afrikmag […]
Indaya 8 zacucuye umusaza ukomoka muri Ethiopia ajya kurega yambaye ishuka
Igipolisi cya Kampala muri Uganda cyataye muri yombi abakobwa bigurisha 8 bashinjwa kwiba umugabo ukomoka muri Ethiopia bakamucucura ntibamusigire nâumwenda wo kwambara nyuma yo kumwinjirana mu icumbi (lodge) iri kuri William Street. Biravugwa ko aba bakobwa bamutwaye Amadolari 700, Amashilingi, telephone yo mu bwoko bwa iPhone ndetse nâibindi bintu. Uwahohotewe akaba ari umugabo wâimyaka 60 […]
Nick Cannon yeruriye Kanye West ku bijyanye na Kim Kadarshian
Umukinnyi wa filimi Nick Cannon yatangaje ko Kanye West adakwiriye kumwigisha ibyo adakwiriye kuvuga cyangwa kutavuga kâumugore we Kim Kadarshian. Ibi ni nyuma yaho Kanye West avuze ko uyu mugabo adakwiriye kugira icyo avuga ku mugore we. Mu gusubiza, Nick Cannon nkâuko TMZ ibitangaza, Cannon yagize atiâ Ntukambwire ibyo nkwiye kuvuga cyangwa ibyo ntakwiye kuvuga […]
Rusizi: Barasaba RAB gukora ubushakashatsi ku ndwara zâibihingwa zikomeje gutubya umusaruro
Abaturage bâumurenge wa Mururu mu karere ka Rusizi bavuga ko hari zimwe mu ndwara zâibihingwa zisa nâizabaye akarande  kandi zibasira imyaka beza cyane, hakaba nâizindi ziza hato na hato zaterwa imiti zikaba nkâizigabanutse,bakifuza ko hakorwa ubushakashatsi bwimbitse kuri izi ndwara,ikibazo cyazo kigakemurwa burundu. Mu kiganiro na Bwiza.com ubwo uyu murenge watangirizwagamo igihembwe cyâihinga 2019 A […]
Ingabire Victoire aravuga ko yiteguye gusubira muri gereza
Umunyapolitiki Ingabire Victoire, umuyobozi wâishyaka FDU-Inkingi ritemewe nâamategeko yâu Rwanda, yatangaje ko yiteguye gusubira muri gereza mu rugamba rwe rwo guharanira uburenganzira bwa muntu nâubwo kuvuga icyo umuntu atekereza. Ingabire Victoire ni umwe mu bantu basaga 2000 baherutse gufungurwa bahawe imbabazi na perezida wâu Rwanda, Paul Kagame. Imbabazi Ingabire Victoire avuga ko atigeze asaba kugirango […]
Umuhanzikazi Rihanna yagizwe ambasaderi wa Barbados
Umuririmbyi Rihanna yavuze ko adashobora “kwishima birenze” uko ameze ubu nyuma yo kongera kugirwa uhagarariye leta ya Barbados. Ku wa kane ni bwo Rihanna – ubusanzwe izina rye ryose uko ryakabaye rikaba ari Robyn Rihanna Fenty – yagizwe “Ambasaderi udasanzwe” n’iki gihugu cye cy’amavuko. Mu kazi ke gashya, ashinzwe kumenyekanisha uburezi, ubukerarugendo n’ishoramari. Mia Amor […]
Urubanza rwa Diane Rwigara na nyina rwasubitswe nyuma yo kwanga umwe mu bacamanza
Urukiko Rukuru kuri uyu wa Mbere, itariki 24 Nzeri rwasubitse iburanisha rya Diane Rwigara na nyina, Adeline Mukangemanyi nyuma y’aho aba bagaragarije ko batifuza umwe mu bacamanza bagombaga kubaburanisha. Nk’uko bisanzwe Diane Rwigara yageze ku rukiko ari kumwe nâumwunganizi we Me Buhuru Celestin mu gihe umubyeyi we Mukangemanyi Adeline Rwigara yari kumwe na Me Gatera […]
Tanzaniya: Telefoni yatikije ubuzima bwâabantu 196 mu mpanuka yâubwato
Abaturage barokotse impanuka yâubwato bwarohamye kuwa Kane wâicyumweru gishize muri Tanzaniya bavuga ko byatewe nâumushoferi wari urimo kuvugira kuri telefoni. Bamwe mu barokotse iyi mpanuka, Ruben Mpande na Ochori Burana batangangarije televiziyo yâigihugu cya Tanzaniya, TBC1 ko uwari atwaye ubu bwato yavugiraga kuri telefoni ubwo ubu bwato bwegerezaga ku nkombe yâikiyaga cya Victoria ku kirwa […]
Abasirikare babiri ba Uganda bafatiwe muri Kenya bafite imbunda nâamasasu 185
Igihugu cya Kenya cyarekuye abasirikare babiri ba Uganda bari bafungiye  kuri station ya polisi ya Busia mu gihugu cya Kenya nyuma yo gufatwa bambutse umupaka mu buryo bunyuranyije nâamategeko banafite ibikoresho by’intambara. Irekurwa ryâaba basirikare ba UPDF rije nyuma yâamasaha yâibiganiro mu muhezo byabaye hagati yâabashinzwe umutekano bâibihugu byombi kuri iyi station ya polisi ya […]
Abanyamahanga barimo Abanyarwanda batunze indangamuntu za Uganda bahangayikishije abaturage
Abayobozi mu Karere kâIkirwa ka Kalangala mu gihugu ya Uganda bagaragaje impungenge bafitiye abanyamahanga bakomeje kwinjira kuri iki kirwa kandi banafite indangamuntu za Uganda, aho benshi mu bafite izi ndangamuntu ngo ari Abanyarwanda, Abanyatanzaniya nâAbanyekongo. Willy Lugolobi, umuyobozi wâakarere ka Kalangala yavuze ko iperereza ryabo ryagaragaje ko abanyamahanga babonye indamuntu za Uganda babifashijwemo nâabayobozi bâibiturage. […]
Ese kuba Bebe Cool yabonanye na Perezida Museveni abakunzi ba Bobi Wine barabyakira bate?
Mu gitondo cyo ku Cyumweru tariki ya 23 Nzeri 2018, umuhanzi Moses Ssali nibwo yabonaniye na Perezida Museveni iwe mu gace ka Rwakitura, uku guhura kwabo kukaba gushobora kongera abanzi bâuyu muhanzi muri iyi minsi udakunzwe. Perezida Museveni ngo yasoje icyumweru gishize ari iwe i Rwakitura, umuhanzi Bebe Cool ngo akaba yaramusuye ari kumwe nâumuririmbyi […]
Nyamasheke: Min. Mutimura EugĂšne yanenze abashinzwe uburezi bakora nabi
Mu kiganiro nâabashinzwe uburezi bose mu karere ka Nyamasheke ,nyuma yo gusura amwe mu mashuri ahakorera, Minisitiri wâuburezi  Dr Mutimura EugĂšne  yagaragaje kunenga bikomeye bamwe mu bashinzwe uburezi mu mirenge igize aka karere nâabayobozi bâibigo byâamashuri  barangwa nâimikorere mibi, asaba ubuyobozi bwâakarere kubakurikiranira hafi byaba ngombwa bagakurwa ku mirimo yabo. Nkâuko yabigarutseho mu kiganiro nâitangazamakuru, […]
Ntaganda Bernard ashobora gusimbura Ingabire Victoire muri gereza
âUmuntu wese wiyitirira umutwe wa politiki atawurimo cyangwa yarawirukanywemo mu buryo bukurikije amategeko agenga uwo mutwe wa politiki; aba akoze icyahaâ. Ibi nibyo Ntaganda Bernard yakoze kuri uyu wa kane, tariki ya 20 Nzeri 2018. Itegeko Ngenga n° 005/2018.OL ryo ku wa 30/08/2018 rihindura Itegeko Ngenga n° 10/2013/OL ryo ku wa 11/07/2013 rigenga imitwe ya […]
Rugenera Marc , Col.Serubuga na Twagiramungu bafashije Inkotanyi kubohora igihugu?
Nkâ umusomyi nagiye nsoma inyandiko zitandukanye zikubiyemo ibitekerezo byâ abahoze mu kazu kâubutegetsi nâ abandi ari inkoramutima za Habyarimana bagiye bashyira mu majwi Twagiramungu, Rugenera Marc, Col.Serubuga ndetse nâabandi gufasha Inkotanyi mu guca intege ingabo za FAR nâ Interahamwe zakoze jenoside mu Rwanda mu 1994. Mbagejejeho iyi nyandiko nyuma yâ ibiganiro mpaka nagiye numva bihora […]
Tiken Jah Fakoli ntiyumva ukuntu abaperezida bâAfurika batunze amafaranga menshi kurusha abâiburayi
Mu gihe abaturage bo mu bihugu bikennye bakomeje guhangayikishwa nâ ibibazo byâ ingutu birimo nâ inzara , umuhanzi Tiken Jah Fakoly, asanga abaperezida bo mu bihugu byâAfurika babayeho mu buzima bwiza (bwa gikire) kurusha bagenzi babo bo mu bihugu biteye imbere. Mu kiganiro na France 24 ku gicamunsi cyo kuwa 23 Nzeli 2018, I Paris […]
Rwanda: Urutonde rwâ abayobozi bamaze igihe kinini mu butegetsi
Mu Rwanda abantu binjira mu nzego zâ ubutegetsi mu buryo butandukanye harimo amatora cyangwa batowe nâ iteka rya Perezida wa Repubulika, bamwe bagatinda muri iyo myanya ariko hari nâabatamaramo kabiri. Usibye abagera ku butegetsi babikesheje amatora kuko baba bazi neza manda ikubiyemo ibihe bazamara abandi bo biragorana kumenya igihe bashobora kumara ku butegetsi. Hari nabandi […]
Impamvu Abanyarwanda basigaye baramba kurusha Abanyakenya
Abanyarwanda ngo baba baramba kurusha Abanyakenya nyuma yo kuvumbura icyo inzobere zita amabanga yâimibereho myiza. Muri Kenya icyizere cyâubuzima ni imyaka 63, mu gihe muri Uganda na Tanzania ari imyaka 62, naho mu Rwanda icyizere cyâubuzima kigeze ku myaka 65. Mu murongo ngenderwaho wâahazaza hâubuzima muri Afurika watangijwe I Nairobi kuri uyu wa Kane ushize, […]
RDC: Igitero cya ADF cyahitanye byibuze abagera kuri 18 barimo ingabo za leta
Abantu 18 bishwe abandi benshi benshi bakomeretswa nâamasasu mu gitero cyagabwe nâumutwe wa ADF mu ijoro ryo kuri uyu wa gatandatu rishyira kuri iki Cyumweru, itariki 23 Nzeri muri Komini ya Rwenzori mu Mujyi wa Beni. Iyi mibare ngo iracyari iyâagateganyo nkâuko byemezwa na sosiyete sivile. Iyi sosiyete sivile ivuga ko hapfuye abasivili 14 nâabasirikare […]
Filimi â27 Gunsâ igaragaza urugamba rwo kubohoza Uganda hari ibyo inengwa
Filimi yiswe Imbunda 27 cyangwa se â 27 Guns â igaragaza urugamba rwo kubohora Uganda rwa Perezida Museveni ikomeje kwerekanwa mu nzu za cinema zitandukanye muri nka Cinema Magic na Metroplex Mall muri Kampala. Iyi filimi yagiye ahagaragara bwa mbere kuwa 08 Nzeri ishingiye ku rugamba rwa NRA rwo kubohoza Uganda nubwo hari bimwe irimo […]
Rwamagana: Minisitiri yasabye abayobozi gufasha abaturage guhindura imyumvire no gusobanukirwa gahunda za Leta
Minisitiri wâikoranabuhanga nâitumanaho nâimboni ya guverinoma kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 22 Nzeri 2018 ubwo yasozaga umwiherero wâiminsi ibiri  wâabagize inama njyanama yâAkarere ka Rwamagana yibukije abayobozi nâizindi nzego zirimo abanyamadini ko bafite inshingano zo guhindura imyumvire yâabaturage kugirango Akarere ka Rwamagana gakomeze kwesa imihigo no gufasha abaturage kugira ubuzima bwiza Minisitiri Rurangirwa asanga […]
U Bushinwa bwahamagaje ambasaderi wa Amerika nyuma yo gufatirwa ibihano bishya byâubukungu
Mu gihe ibihugu byombi bikomeje intambara yâubucuruzi, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye ibihano umutwe wa gisirikare wâu Bushinwa kubera ko ngo waba waraguze indege zâintamaba mu Burusiya. U Bushinwa nabwo mu burakari bwinshi bwahise butumiza ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ngo bumumenyesh ko butishimye na gato. Abategetsi bâu Bushinwa bakaba batangaje ko […]
LOCA: Inyuguti 4 zibumbatiye icyerekezo abarezi bagomba kugenderaho muri uyu mwaka wâamashuri
” Abashima u Rwanda bagereranya aho rugeze ariko Abanyarwanda ntibarakagera aho bakagombye kugera .” Uyu ni Isaac Munyakazi  Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâuburezi ubwo yasobanuraga uburyo u Rwanda rwahisemo kugira icyerekezo hagamijwe kugera kure hashoboka. Bwana Munyakazi ati : « Umwana iyo adafashijwe kare aba apfuye ubuzima bwe bwose ». Kuwa 19 nzeri 2018, […]
Nyina wa Diamond yinginze Hamisa Mobetto ku kibazo cyâumuhungu we
Umunyamideli Hamisa Mobetto yatangaje ko nyina wa Diamond, Sanura Kasimu Platnumz aherutse kumuhamagara amwinginga amusaba ko yasubirana na Diamond uherutse kumushinja gushaka kumuroga. Mu kiganiro na Playlist kuwa 21 Nzeri uyu mwaka, Mobetto yavuze ko nâubwo yamaze gucana umubano na Diamond ku rukuta rwa  instagram rwâumwana babyaranye, nyina akomeje kureba uko yagarura umwuka mwiza hagati […]
Iran: Igitero ku karasisi ka gisirikare cyaguyemo benshi barimo abasivili
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu, itariki 22 Nzeri mu gihugu cya Iran hagabwe igitero ku karasisi ka gisirikare mu Mujyi wa Ahvaz, mu majyepfo yâuburengerazuba bwâiki gihugu. Abantu 11 nibo bamaze kumenyekana bishwe. Ibinyamakuru byo muri Iran mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu byatangiye gukwirakwiza amafoto yâabantu bakomeretse ndetse nâayâiki gitero ubwacyo […]
New York: Perezida Kagame azafata ijambo nyamukuru mu Nama Ngarukamwaka ya Concordia
Perezida wâU Rwanda, Paul Kagame, Minisitiri wâIntebe wâ U Bugiliki, Alexis Tsipras, Umunyamabanga wa Leta ushinzwe umurimo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Alexander Acosta, ni bamwe mu bantu bakomeye bazafata ijambo mu Nama yâUmuryango uharanira ubufatanye bwâabikorera na leta hagamijwe ahazaza heza witwa Concordia, mu nama yawo ngarukamwaka izabera I New York guhera ku […]
Chris Brown afite umukunzi mushya- Amafoto
Umuhanzi Chris Brown afite umukunzi mushya, umunyamideli Ammika Harris . Nâubwo abantu benshi bari bamaze iminsi bemeza ko Breezy  yaba akundana na Agnez Mo bitewe no kugaragara ahantu henshi bari kumwe ari nako bifotoza amafoto ya buri kanya, biremezwa ko uyu mukobwa atari we bakundana. Ibinyamakuru bitandukanye byahamyaga ko aba bombi baba bari mu rukundo […]
RDF igiye kubona indege 2 nshya zizajya zitwara abarwayi mu bikorwa byo kubungabunga amahoro
U Rwanda rugiye kubona indege 2 nshya zo mu bwoko bwa Cessna Grand Caravan zizajya zikoreshwa mu bikorwa byâubutabazi (zitwara abarwayi) ndetse zinikorera imizigo itaremereye mu bikorwa byâubutumwa bwâUmuryango wâAbibumbye byo kubungabunga amahoro muri Afurika nkâuko byahishuwe kuwa 20 Nzeri. Amakuru yaturutse mu gisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyo mu kirere (USAF) izi […]
Bwa mbere Safi yakoresheje umugore we mu mashusho y'indirimbo -amafoto
Niyibikora Safi wiyise Madiba umuhanzi ukora umuziki ku giti wavuye mu itsinda rya Urban Boyz amaze yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise igifungo ikaba ari nayo ndirimbo ye yambere igaragayemo umugore we Niyonizera Judithe kuva basezerana tariki 1 ukwakira 2017. Ni nyuma yaho yari amaze iminsi ari kugitutu cyo kubazwa impamvu adakunda kwerekana umugore […]
RDC: Inyeshyamba 2 za Mai-Mai ziciwe mu mirwano yazihuje na FARDC
Inyeshyamba2 zo mu mutwe wa Mai-Mai kuri uyu wa gatanu, itariki 21 Nzeri ziciwe mu gitero ku ngabo za leta, FARDC, mu Mujyi wa Butembo muri Kivu yâAmajyaruguru, aho sosiyete sivile ivuga ko nâabaturage bakomerekejwe nâamasasu. Izo nyeshyamba zagabye igitero ku kigo cya gisirikare cya Rughenda, mu Karere ka Bulengera, bitera ubwoba abatuye Butembo bose […]
Denmark: Urukiko rwâubujurire rwashimangiye ko Wenceslas Twagirayezu yoherezwa mu Rwanda
Urukiko rwâUbujurire rwa Copenhagen mu gihugu Denmark kuri uyu wa Gatanu, itariki 21 Nzeri rwanzuye ko Umunyarwanda ufite ubwenegihugu bwâiki gihugu yoherezwa mu Rwanda akaba ari ho aburanishirizwa ku byaha bya jenoside akurikiranweho. Uru rukiko rukaba rwashimangiye icyemezo cyari cyfashwe nâurukiko muri Mata. Abayobozi bâu Rwanda bashinja uyu mugabo, Wenceslas Twagirayezu, kuba yaragize uruhare mu […]
Mu turere dutandukanye twâIgihugu Polisi yafashe ibicuruzwa bya magendu
Polisi yâu Rwanda ikomeje ibikorwa byayo byo kurwanya ibicuruzwa byinjira mu gihugu mu buryo bwa magendu. Ni ibikorwa byakozwe kuri uyu wa 19 Nzeri bibera mu turere dutandukanye twâIgihugu. Mu turere twa Rubavu na Nyagatare hafatiwe ibicuruzwa byiganjemo imyenda ya caguwa, inkweto nâamakarito ya sarisa byinjijwe mu gihugu mu buryo bunyuranyije nâamategeko. Chief Inspector of […]
Dore ahantu 5 wakora umugore agahita ashaka cyane gukora imibonano mpuzabitsina
Abantu benshi bakunze kugira ibanga igice gishobora kubagusha mu mutego wo gukora imibonano mpuzabitsina, ariko hari ibice abahanga bahurizaho bavuga ko iyo bikozweho bitera umugore kumva agushatse cyane. 1.Rugongo (Clitoris):â Iki ni kimwe mu bice byâ inyuma byâ imyanya yâ igitsina cy’umugore, yatowe ku manota (9,1/10) nkâigice cya mbere umugore wamukoraho agahita ashaka imibonano mpuzabitsina. […]
Perezida Tran Dai Quang wa Vietnam yasezeye ku Isi yâabazima
Perezida Tran Dai Quang wa Vietnam yitabye Imana kuri uyu wa gatanu, itariki 21 Nzeri ku myaka 61 yâamavuko. Uyu akaba yari azwiho gutsimbarara ku matwara ya gikomunisiti ndetse no kutorohera abatavuga rumwe nawe. Perezida Tran Dai Quang yari ku butegetsi kuva mu 2016, akaba yarakomeje imirimo ye kugeza ubwo yapfaga nubwo yari arwaye bikomeye […]
Umugabo yishe umuserebanya, ako kanya umuvandimwe we ahita apfa
Umupasiteri wo mu gihugu cya Nigeria atangaza ko imyuka mibi ikomeza kwibasira bamwe mu baturage bâiki gihugu, atanga urugero rwâumugabo wishe umuserebanya (lĂ©zard), muri ako kanya ukimara gupfa umuvandimwe we ahita yitaba Imana. Pasiteri Rabbai Ephraim Ononye abicishije ku rukuta rwe rwa Facebook, atangaza ko uyu mugabo utatangajwe amazina, yabyutse agasanga iruhande rwâuburiri bwe hari […]
Kanye West arareba ayâingwe Drake na Nick Cannon bavuze ku miterere y'umugore we
Umuraperi Kanye West ararebana nabi nâumuhanzi Drake na Nick Cannon bitewe nâamagambo bavuze ku mugore we, Kim Kadarshian byâumwihariko imiterere ya Kim Kadarshian. Uyu mugabo arihanangiriza Drake na Cannon ko badakwiye kuvuga, kuririmba cyangwa se kugira igitekerezo bamutangaho kuri Kim Kadarshian. Abinyujije muri videwo zinyuranye, Kanye West yagize atiâ Ibi bintu ntibyanyuze roho yanjyeâ Kanye […]
Rulindo: Bamaze amezi atanu barabuze amazi kubera mubazi yibwe
Abaturage bo mu Murenge wa Shyorongi mu Karere ka Rulindo baravuga ko bamaze iminsi bakoresha amazi mabi bavomye mu ruzi nyamara ayo bari basanganwe barayafungiwe ngo kuko hari icyuma cya mubazi cyibwe. Ku nkengero zâumugezi wa Nyabarongo mu Kagali ka Rubona gahana imbibi nâAkarere ka Gakenke, abaturage bavoma amazi muri Nyabarongo bigaragara nkâibidashoboka ko yagereranywa […]
Nta muhanzi wansuye, ndabumva, bagize ubwoba bwo kwifatanya nâuwiswe mubi- Kizito Mihigo
Umuhanzi Kizito Mihigo uherutse gufungurwa ku mbabazi za Perezida wa Repubulika, avuga ko mu myaka ine nâigice yamaze mu buroko nta muhanzi nyarwanda wigeze amusura. Ariko anavuga ko atabarenganya, ati, âbagize ubwoba bwo kwerekana ko bifatanije nâumuntu wiswe mubi, -igitwenge- si nabarenganyaâ. Mu kiganiro na Radio mpuzamahanga yâabadage Deutch Welle, Kizito Mihigo avuga ko yasuwe […]
Natanze miliyoni mu rusengero nahanuriwe kurongorwa vuba, none imyaka ine irihiritse- NKORE IKI?
Mbifurije amahoro ya nyagasani kandi mbagisha inama kubera icyo nakwita ikigeragezo nahuye nacyo, ntanga amafaranga kubera ibyishimo cyangwa se icyizere nari nashyizwemo, nizera ubuhanuzi ariko nza gusanga ari amayeri nakinwe. Mu mpera za 2014, nibwo nanjye natangiye gusengera mu itorero ryari riharawe cyane muri Kigali, nâumuyobozi waryo rwose aharawe twese ariho twirukira, ntabwo mvuga amazi […]
Ikirwa cya Migingo mu Kiyaga cya Victoria gikomeje guteza umwuka mubi hagati ya Kenya na Uganda
Ingabo za Uganda zitambitse umugambi wâigihugu cya Kenya wo kwigarurira Ikirwa cya Migingo kiri mu Kiyaga cya Victoria ibihugu byombi bimaze imyaka igera ku 10 biharanira kucyegukana. Ikirwa cya Migingo kitanafite hegitari yâubugari ugisangaho abarobyi bava muri Kenya, Uganda na Tanzania bakibaho bitewe nâamafi menshi aba ahari ava mu ruzi rwa Nil. Bwana Gideon Ochanga, […]
Isesengura: Perezida Museveni atabaye menge yagenda nka Col.Muammar Gaddafi
Mu gihe cyâimyaka 42 nyakwigendera Muammar Mohammed Abu Minyar Gaddafi, uzwi nka  Col. Mouhamar Gadhafi yamaze ku butegetsi ntiyahwemye ku kugaruka ku ihame ryo kuba umutungo kamere wa Libya waba uwabenegihugu mbere na mbere, hagakurikiraho abanyafurika abandi bakaza nyuma. Nyamara ibihugu byâiburengerazuba byihishe inyuma yâiturufu yâabaturage batavugaga rumwe nawe byaramwivugana maze peteroli ya Libya barayivoma […]
Uganda: Bobi Wine yahawe uburinzi buyingayinga ubwa Perezida- REBA AMAFOTO
Umuhanzi akaba nâumunyapolitiki, Robert Kyagulanyi uzwi ku izina rya Bobi Wine, ubwo yageraga mu gihugu (Uganda) avuye kwivuriza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yasanze yiteguwe nâimbaga yâabaturage ariko nâinzego zâumutekano zimurinze mu buryo bujya kwegera ubwa Perezida wâigihugu. Ku gicamunsi cyo ku wa Kane tariki ya 20 Nzeri 2018, nibwo Depite Bobi Wine yari asesekaye […]
U Rwanda nâu Burundi bigiye guhurira I Geneve mu nama ku kibazo cyâimpunzi
Minisitiri wâubutegetsi bwâigihugu wâu Burundi, Pascal Barandagiye kuri uyu wa gatatu ushize, itariki 19 Nzeri, yatangaje ko inama ihuza impande 3; HCR, u Burundi nâU Rwanda ku kibazo cyâimpunzi igiye guterana mu ntangiriro zâukwezi gutaha kwâUkwakira ikazabera I Geneve mu Busuwisi mu rwego rwo kwigira hamwe ibijyanye nâitahuka ryâimpunzi zâAbarundi zahungiye mu Rwanda. Ibi minisitiri […]
CNLG na Mémorial de la Shoah mu nzira z'ubufatanye mu kubika ibimenyetso bya Jenoside
Komisiyo yâIgihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) â nâ Ikigo cy’Abayahudi gifite inshingano y’ububiko, Ubushakashatsi no kubungabunga amateka ya Jenoside yakorewe Abayahudi (MĂ©morial de la Shoah) barashaka kugira ubufatanye  kugira ngo iki kigo cyungure CNLG  ubumenyi  mu kubika ibimenyetso no  gushyira amateka mu nzibutso za Jenoside yakorewe Abatutsi. Ibi ni ibyibanzweho mu biganiro Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa CNLG, Dr Bizimana Jean-DamascĂšne yagiranye […]
Ruhango: Umuturage yaguwe gitumo mu rugo iwe atetse kanyanga
Polisi yâu Rwanda ikorera mu karere ka Ruhango ku bufatanye nâabaturage mu ijoro ryo kuri uyu wa 19 Nzeri yafashe Hategekimana Marc wâimyaka 40 atetse ikiyobyabwenge cya Kanyanga. Uyu wafashwe yafatiwe mu murenge wa Mwendo mu karere ka Ruhango,aho yatekeraga Kanyanga ari naho atuye,ubwo Polisi yamufataga yamusanganye litiro 08 zâiki kiyobyabwenge. Umuvugizi wa Polisi yâu […]
Nyamasheke: Barashaka kwisubiza igikombe cy'imihigo bamaze imyaka umunani badakozaho imitwe yâintoki
Akarere ka Nyamasheke mu ntara yâUburengerazuba kigeze gutwara igikombe cyâimihigo mu mwaka wâimihigo wa 2010-2011. Kuva ubwo ntikongeye kugikoraho ahubwo kagiye gasubira inyuma mu buryo abaturage kugeza ubu batumva, bakaba bagaragaza inyota yo kongera kucyisubiza. Hashize imyaka igera ku 8 muri Nyamasheke baririmba ko batwaye igikombe cyâimihigo nâicyâubutaha bazacyegukana. Nyamara ngo  kuva muri 2011 bagitwara […]
Gusazana umutwe utekereza, biruta kubyirukana uwikorera imizigo
Aya ni amagambo yâumukambwe Gakwavu Augustin wâimyaka 76, aho asanga umuntu agira imitwe ibiri: utekereza nâuwikorera imizigo. Gakwavu ni umuhinzi mworozi wo mu karere ka Kayonza, umurenge wa Nyamirama. Yoroye inka zirenga enye za kizungu, zikamwa litiro zisaga 60 ku munsi. Afite kandi urutoki ruvamo ibiro 250 buri cyumweru. Ibi byose ngo abikesha gutekereza akita […]
 Cibitoke/Burundi: Abaturage barinubira amarondo yâijoro batangiye gukoreshwa ku mupaka wâu Rwanda
Abaturage bo muri Komini Mabayi mu Ntara ya Cibitoke mu majyaruguru yâuburengerazuba bwâu Burundi barinubira ibikorwa byo kubahatira kujya gukora amarondo ku mupaka wâiki gihugu nâu Rwanda bibaza icyo ingabo zâigihugu zishinzwe. Amakuru aturuka aha nkâuko tubikesha SOS Medias Burundi, aravuga ko ubuyobozi bwafashe icyemezo cyo gushyiraho amarondo yâijoro mu rwego rwo kwirinda imitwe yâinyeshyamba […]
Kigali: Reba amafoto yâumuhango wo gusezeraho bwa nyuma CSP Gashagaza
Kuri uyu wa Kane tariki ya 20 Nzeri 2018, CSP Gashagaza Hubert uherutse kwicwa yasezeweho bwa nyuma mu rusengero rwâAbadivantisiti b’umunsi wa karindwi rw’i Remera, mbere yo kujyanwa gushyingurwa mu irimbi ry’i Rusororo. Mu gitondo cyo ku wa 18 Nzeri 2018, nibwo umurambo wa CSP Gashagaza Hubert wabonwe mu murenge wa Ndera mu karere ka […]
Selena Gomez arashaka umukunzi mu rwego rwo kwiyibagiza Justin Bieber
Umuhanzi Selena Gomez yiteguye gukundana nâundi musore mu rwego rwo kwiyibagiza uwo bahoze bakundana Justin Bieber washatse kuwa 13 Nzeri 2018 mu ibanga. Inshuti ya hafi yâuyu mukobwa yabwiye Hollywoodlife ko Gomez yiteguye kjjya muu rukundo nâubwo atiteguye kubana nâumusore ubonetse wese kugira ngo yiyibagize Justin Bieber. Yagize atiâSelena yiteguye kuba yagira undi muhungu bakundana. […]
Uganda: Bobi Wine yatawe muri yombi akigera ku Kibuga cyâIndege Mpuzamahanga cya Entebbe
Depite Robert Kyagulanyi uzwi na benshi ku izina ryâubuhanzi rya Bobi Wine yatawe muri yombi akigera ku Kibuga cyâIndege cya Entebbe ubwo yari aturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yari amaze ibyumweru hafi bitatu yivuza. Indege ya Kenyan Airways No KQ412 yari iturutse Nairobi izanye Bobi Wine yageze ku Kibuga cyâIndege Mpuzamahanga cya […]
Rusizi: Babangamirwa no kudasobanukirwa amategeko abarengera
Bamwe mu baturage bâakarere ka Rusizi bavuga ko hari byinshi bashobora guhura na byo bihungabanya uburenganzira bwabo bwâibanze kubera kudasobanukirwa neza amwe mu mategeko abarengera. Mu kiganiro na Bwiza.com, bamwe muri bo bavuze ko nubwo Leta yashyize ho uburyo bwinshi bashobora kumenyamo amategeko, nko kuba muri buri karere hari inzu yâubufasha mu byâamategeko, amaradiyo nâibindi […]
RDC: Urutonde ntakuka rwâabakandida bemerewe kuzahatana mu matora ya perezida
Komisiyo yâigihugu yâAmatora muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Gatatu, itariki 19 Nzeri yashyize ahagaragara urutonde ntakuka rwâabakandida 21 bemerewe guhatanira umwanya wâumukuru wâigihugu mu matora ateganyijwe kuwa 23 Ukuboza. Abakandida Samy Badibanga na Marie JosĂ© Ifoku  bemerewe kuziyamamaza mu gihe abakandida batavuga rumwe nâubutegetsi bakomeye bagera kuri bane barimo; FĂ©lix Tshisekedi, […]
Bombori bombori hagati ya T.I nâumugore we itewe nâinshoreke irakomeje
Umwuka mubi hagati yâumuraperi T.I nâumugore we witwa Tameka Harris bakunze kwita Tiny uratutumba bitewe nâibimenyetso byâuko uyu mugabo yaba agikururana nâinshoreke ye, Bernice Bourgos. Umubano mubi utangiye kuza nyuma yaho Tiny avumbuye ko T.I agikurikira Bernice kuri instagram kandi baratandukanye. Mu kiganiro cyihariye, inshuti ya hafi ya Tiny yatangarije Hollywodlife dukesha iyi nkuru, ivuga […]
Rwamagana: Abanyonzi barasaba ko hagaruzwa umutungo wabo wanyerejwe nâabahoze bayobora Koperative yabo
Abanyonzi bakorera umwuga wo gutwara amagare mu mujyi wa Rwamagana barasaba ko amafaranga yabo yanyerejwe nâabahoze bayobora koperative yabo Cotraverwa ikorera mu murenge wa Kigabiro mu karere ka Rwamagana . Abanyonzi bashinja abahoze bayobora koperative Cotraverwa ko uko bagiye basimburana ku buyobozi ariko bananyerezaga umutungo wa koperative aho kuwucunga neza. Banenga ababayoboraga kuba batarigeze batekereza […]
U Rwanda ruzakomeza gufatanya nâu Bushinwa kubwâinyungu rusange – Min. Dr Uzziel Ndagijimana
Minisitiri wâimari Uzziel Ndagijimana kuri uyu wa Gatatu, itariki 19 Nzeri yongeye gushimangira ubushake bwa Guverinoma yâU Rwanda bwo kurushaho gukomeza umubano nâu Bushinwa kubwâinyungu rusange zâibihugu byombi. Gusurana kwâabakuru bâibihugu byombi ndetse perezida Kagame agasubira mu Bushinwa yitabiriye inama ku Bufatanye bwa Afurika nâu Bushinwa (FOCAC) yabereye I Beijing kuwa 3-4 Nzeri, byose biri […]
Leta ya Congo/Kinshasa yateye utwatsi abahoze muri FDLR bakeneye ibiganiro nâu Rwanda
Mu gihe Leta ya Congo Kinshasa itangaza ko mu mpera zâukwezi kwa Cumi hazafungwa inkambi zicumbikiwemo byâagateganyo abahoze ari abarwanyi ba FDLR nâimiryango yabo, bamwe bifuza ko habanza kubaho ibiganiro na Leta yâu Rwanda, igitekerezo iya Congo Kinshasa ivuga ko ititayeho. Izi nkambi zirimo abantu 850, ni 200 bahoze ari abarwanyi ba FDLR nâimiryango yabo […]
Burundi: Umukuru wâImbonerakure nâumugore bishwe acibwa umutwe urajyanwa
Uwitwa Daniel Ngendakumana wari umukuru wâurubyiruko rwâishyaka riri ku butegetsi, CNDD-FDD, ruzwi nkâImbonerakure mu Ntara ya Kayanza, komini Kabarore, zone ya Rugari, mu mudugudu wa Buyumpu yaraye yishwe nâabantu bataramenyekana kuri uyu wa Gatatu, itariki 19 Nzeri. Ibiro Ntaramakuru byâu Burundi (ABP) byemeje aya makuru yâuko Ngendakumana yicanwe nâumugore we. Uyu ngo akaba yishwe aciwe […]
Igitekerezo: Imbabazi Perezida Kagame yatanze ni igipimo cyâimyumvire ye kuri demokarasi
Mu gihe ibitangazamakuru mpuzamahanga bitari bike bitahwemye gushimangira ko imbabazi Perezida Kagame aherutse gutanga ku bagororwa basaga  2,000 ari igitutu cyâibihugu byâureburengerazuba bwâisi byâumwihariko Ubufaransa, bigaragara ko ahubwo iyi ntabwe yatewe ari ubushake bwiza bwa politiki bwâubuyobozi bukuru bwâigihugu. Mu gushimangira iki gitekerezo, twahera ku buryo bimwe muri ibi bihugu byo mu burengerazuba nka Leta […]
RDC: Umukuru wâinyeshyamba za Raia Mutomboki Kazimoto yiciwe mu mirwano
Umuyobozi wâumutwe wa Raia Mutomboki Kazimoto yishwe arashwe ubwo izi nyeshyamba zacakiranaga nâingabo za FARDC kuwa Mbere ushize, itariki 17 Nzeri, mu gace ka Bamugaba muri Teritwari ya Shabunda muri Kivu yâAmajyepfo nkâuko byatangajwe na sosiyete sivile ya Shabunda. Ni mu mirwano yabereye ku muhanda Nduma-Nyambembe. Uyu mukuru wâinyeshyamba wishwe yayoboraga igice cya Raia Mutomboki […]