Video : Bishop Masengo ati “Tutagize Gatolika Abasilamu baturigata”
Alpha Blondy aranenga abaperezida b'Afurika bivuriza mu mahanga
Umuhanzi wâ icyamamare ku Isi mu njyana ya Reggae, Alpha Blondy yikomye bikomeye abaperezida bo muri Afurika bajya kwivuriza mu bitaro bihenze mu mahanga mu gihe abaturage babo bakomeje gupfa babura imiti. Ahereye ku ndirimbo zigaragara kuri iyi Album â Human Raceâ nkaâ Nos Hopitaux sont maladesâ na âLes Paiensâ , Alpha Blondy yasobanuye impamvu […]
Isesengura :Ingaruka 3 ku Burundi nyuma yo guhagarika imiryango mpuzamahanga
Iki cyemezo cya Perezida Pierre Nkurunziza cyo guhagarika imikorere yâ imiryango itari ya Leta mu Burundi gifashwe nyuma yaho Visi Perezida wa Kabiri wa Sena yâu Burundi, aherutse kubwira iyo miryango ko igomba kujya itanga akazi ku bahutu bangana na 60%, no ku batutsi 40%. Isesengura rya Bwiza.com yifashije umwe mu banyapolitiki bâ Abarundi rigaragaza […]
Rusizi: Imodoka yagonze inzu ihitana umusore wari uyiryamyemo
Ahagana saa Sita nâigice zâigicuku cyo kuri uyu wa 28 Nzeri, aho bakunze kwita ku Kadashya mu mudugudu wa Mulindi, akagari ka Ruganda, mu murenge wa Kamembe mu mujyi wa Rusizi habereye impanuka ikomeye yâimodoka yakubise inzu ikinjiramo igahitana umusore wâimyaka 20 wari uyiryamyemo, undi agakurwa mu matafari nyuma yâamasaha hafi 4 agihumeka ariko yakomeretse. […]
Man Utd Vs Juventus: Cristiano Ronaldo ategerejwe i Old Trafford
Ikipe ya Juventus ifite rutahizamu Cristiano Ronaldo, igiye gucakirana na Manchester United mu mikino yâamakipe yabaye aya mbere iwayo (Champions League). Ni umukino utegerejwe na benshi kuko uyu musore azaba akina nâikipe yagiriyemo ibihe byiza. Ni umukino uteganyijwe mu kwezi gutaha, ku wa 23 Ukwakira 2018, ku kibuga cya Man Utd (Old Trafford) umukino wo […]
Pariki yâIgihugu yâIbirunga yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi
Urwego rwâubukerarugendo, cyane cyane gusura Ingagi, ni ingenzi mu kwinjiriza U Rwanda amadevize ariko nyuma yo kuzamura ibiciro byo kuzisura muri Gicurasi umubare wâabasura waragabanyutse cyane bigira ingaruka no ku bakora ibikorwa bitandukanye bijyanye nâubukerarugendo. Kuri ubu ibi biciro byari byazamuwe byagabanyijweho 30% mu rwego rwo kureba ko ba mukerarugendo bakongera kwiyongera, aho ba mukerarugendo […]
Rusizi: Abana bâincuke bigiraga munsi yâibiti bubakiwe amashuri yâicyitegererezo
Nyuma yâigihe kirekire abana bo hagati yâimyaka itatu nâitanu bo mu kagari ka Ryamuhirwa,umurenge wa Nkungu mu karere ka Rusizi bigira munsi yâibiti, ababyeyi babo nâubuyobozi bwâakarere ka Rusizi barishimira ko gikemutse nyuma yo kubona ibyumba byâamashuri bitatu byâicyitegererezo. Nkâuko Bwiza.com yabitangarijwe nâuhagarariye umuryango nyafurika wâivugabutumwa ( AEE) mu karere ka Rusizi, Uwitonze Alfred Safi […]
Papa yambujije kubana nâumusore wâumumotari, ngo arashaka umukwe wize- NKORE IKI?
Nitwa Jeannette, mfite imyaka 24, ntuye mu karere ka Nyanza intara yâamajyepfo, mfite ababyeyi bombi ariko data arimo kumbangamira mu rukundo. Umusore dukundana, ni uwo twabyirukanye kuva nkiri muto, twiganye muri pirimeri ngira amahirwe ndakomeza ariko we agarukira mu w mwaka wa gatanu pirimeri. Ku bwâamahirwe yaje kubona perimi, ubu ni umumotari, yanyitayeho nkiri mu […]
Rihanna yakozwe ku mutima nâuguhangayika kwa Chris BrownÂ
Umuhanzi Rihanna yanyuzwe nâuburyo Chris Brown amwitayeho nyuma yo gutangaza ko yiteguye kurinda umutekano we nyuma yo kugabwaho igitero n’abajura. Imwe mu nshuti za hafi zâuyu mukobwa yatangarije Hollywoodlife dukesha iyi nkuru ko nâubwo afite ubwoba bwâibishobora kumubaho ngo yanejejwe no kubona uwo bahoze bakundana, Chris Brown amuhangayikiye. Iyi nshuti yagize itiâ Yashimishijwe no kuba […]
Moise Katumbi arashinja perezida Kabila kuba agiye guteza umutekano mucye mu karere
Umunyapolitiki Moise Katumbi uherutse muri Afurika yâEpfo, aho yari yagiye gusaba abayobozi ba Afurika yâEpfo nâaba SADC kumushyigikira ku kibazo cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, yongeye kunenga imyiteguro yâamatora ndetse atangaza ko perezida Kabila ashaka guteza ikibazo gikomeye cyâumutekano mu karere. Mu kiganiro kirekire yagiranye nâikinyamakuru cyo muri Afurika yâEpfo, CityPress, yamaganye uko imyiteguro […]
Nyuma yâigihe atumvikana Joseph Sebarenzi yatangaje uko yakiriye inkuru yâiyicwa ryâumuryango we muri jenoside
Nyuma yâigihe kirekire atumvikana mu itangazamakuru, Joseph Sebarenzi, wigeze kuba Perezida wâInteko Ishinga Amategeko yâU Rwanda, kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 26 Nzeri yatanze ikiganiro muri Kaminuza ya Elon, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, agaruka ku mateka yâurugendo rwe ava mu busharirirwe agana ku kubabarira abamwiciye umuryango muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. […]
U Budage bwatsindiye kuzakira imikino yâIgikombe cyâIbihugu byâu Burayi mu 2024
Igihugu cyâu Budage nicyo cyatsindiye kuzakira imikino ya nyuma yâIgikombe cyâumupira wâAmaguru cyâIbihugu byâu Burayi mu 2024 nyuma yo gutsinda mu matora igihugu cya Turkiya. Kuri uyu wa Kane, itariki 27 Nzeri nibwo iki cyemezo cyafashwe mu matora yâakanama nshingwabikorwa kâIshyirahamwe ryâUmupira wâAmaguru mu Burayi, UEFA. Ibi bihugu byombi bikaba byari byagaragaje imigambi yabyo mbere […]
Hamisa Mobetto yatunguranye ku cyo yari gukora iyo Diamond ashyingiranwa na Zari
 Umunyamideli Hamisa Mobetto yatunguye benshi ubwo yavugaga ko yari yiteguye kuba umugore wa kabiri wâumuhanzi, Diamond Platnumz iyo aza gushyingiranwa na Zari Hassan. Ibi uyu mugore wâabana babiri yabitangarije mu gihugu cya Kenya yavuze ko ntacyo byari bimutwaye kubana na Diamond kuko ngo bakundanye azi neza ko afite undi mugore witwa Zari. Yagize atiâ Ubwo […]
Uganda: Umuvugizi Wungirije wâIgipolisi nawe yarusimbutse
Igipolisi cya Uganda cyatangiye iperereza ku mugambi wo kugerageza kwivugana Umuvugizi wâIgipolisi wungirije, Patrick Onyango. Biravugwa ko ubwo yari atashye iwe mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane yakubitanye nâabicanyi bari bari kuri moto ahitwa Kireka. Amakuru atangazwa nâibinyamakuru bitandukanye byo muri Uganda birimo Chimpreports dukesha iyi nkuru, aravuga ko abo bantu bakubitanye na Onyango […]
Burundi: Uwagabye igitero kigahitana abantu 26 yafashwe
Igipolisi cyâu Burundi kivuga ko cyataye muri yombi umusore kivuga ko ari we wari uyoboye igitero cyo mu Ruhagarika mu Ntara ya Cibitoke kigahitana abantu 26 abandi 7 bagakomereka. Ni agace kari ku mbibi zâu Burundi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyagabwe mu kwezi kwa Gatanu uyu mwaka. Dismas Ndayisaba wâimyaka 28 yâamavuko wemeza […]
Umumotari yahembwe moto nyuma yo kuburizamo umugambi wo kwiba umwana
Kuri uyu wa Kane tariki 26 Nzeri Polisi yâu Rwanda yashyikirije Sebanani Emmanuel Moto yâishimwe. Ni nyuma yâigikorwa cyo kuburizamo umugambi wo kwiba umwana cyari cyakozwe nâumukozi wo mu rugo. Sebanani Emmanuel ni umumotari wâimyaka 28, ubusanzwe atuye mu murenge wa Rusororo mu karere ka Gasabo,arubatse afite umugore nâabana babiri. Ku gicamunsi cya Tariki 17 […]
Nyamasheke: Umusaza wâimyaka 66 yiyahuje umugozi wa supaneti
Mu mudugudu wa Rugano,akagari ka Kabuga,mu murenge wa Karambi mu karere ka Nyamasheke haravugwa amakuru y’urupfu rwâumusaza Kayihura Thomas wâimyaka 66 yâamavuko basanze mu cyumba yari asanzwe araramo yiyahuje umugozi wa supaneti, hagakekwa amakimbirane yagiranaga nâumugore we Mukantwari Bonifrida wâimyaka 63 yâamavuko yashinjaga kuba amaze igihe kirekire yaramwangiye ko bakorana imibonano mpuzabitsina. Nkâuko Bwiza.com yabitangarijwe […]
Uganda: Umunyarwandakazi Fille ararira ayo kwarika
Umunyarwandakazi ukorera umuziki mu gihugu cya Uganda, Fille Mutoni ari mu gahinda kenshi bikekwako yaba yatewe nâumukunzi we , Edwin Katamba uzwi nka MC Kats. Abinyujije ku rukuta rwe instagram, Fille yashyize hanze ifoto iriho umugore urira ayo kwarika, iherekejwe nâubutumwa budacira akari urutega abagabo avuga ko bose ari kimwe. Mu rurimi rwâIkigande ruvanze nâIcyongereza […]
Rwamagana: Abaturiye agakiriro nâabagakoreramo barinubira amatara bafata nkâumurimbo yaratanzweho akayabo
Abaturage batuye mu Mudugudu wa Kabuye mu Kagari ka Cyanya ndetse nâabakorera mu Gakiriro ka Rwamagana kubatse muri ako gace barasaba ko hakemurwa ikibazo cyâamatara yo ku muhanda wâamabuye ujya ku gakiriro yanze kwaka nyamara ataramara igihe kirenga umwaka . Abakorera mu Gakiriro ka Rwamagana kubatse mu Mudugudu wa Kabuye bavuga ko baterwa impungenge no […]
Urukundo hagati ya Nick Minaj na Lewis Hamilton rwafashe indi ntera-Amafoto
Nyuma yâamakuru yacicikanye avuga ko Nick Minaj yaba ari mu rukundo nâumushoferi wo muri Formula 1, Lewis Hamilton, aba bombi bakomeje kugaragaza ko ibyâurukundo rwabo byaba ari impamo . Ikibihamya ni amafoto akomeje kugaragara mu ruhame Lewis Hamilton yishimanye na Nick Minaj. Kuri iyi nshuro, aba bombi bagaragaye Dubai bari mu munyenga wâurukundo batwaye ikinyabiziga […]
Byinshi kuri Gen Mugisha Muntu warenze ku mubano wâumuryango we na Obote akajya gufasha Museveni kumuhirika
Maj. Gen. Gregory Mugisha Muntu wavukiye mu Karere ka Ntungamo mu gihugu cya Uganda, asobanurwa nkâumunyapolitiki nâumusirikare ugendera ku mahame kandi udapfa kunyeganyezwa. Ibi bikaba bisobanurwa nâicyemezo yafashe ajya gufatanya na NRM (NRA), yayoborwaga na Museveni mu 1982, mu rugamba rwo kurwanya ubutegetsi bwa Milton Obote bikarakaza ababyeyi be bari inshuti za hafi za Obote. […]
RDC: Abatutse Perezida Kabila bahanishijwe igifungo cy'amezi 12
Bane biyita impirimbanyi za Demokarasi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Bakatiwe igifungo cy’amezi 12 nyuma yo guhamwa nâibyaha birino no gutuka Perezida Joseph Kabila. Abo bane batawe muri yombi mu kwezi kwa cumi na kabiri mu mwaka ushize wa 2017 ubwo bagendaga inzu ku yindi bashishikariza abantu kwitabira urugendo rwateguwe na Kiliziya Gatolika rwo […]
Nubona iyi myitwarire ku mugore wawe uzamenye ko umusangira nâabandi bagabo
Ikintu gishobora kubabaza umugore cyangwa umugabo, ni ugusanga uwo bashakanye arimo kumuca inyuma, ariko buryo nubwo waba utamufashe ariko hari bimwe mu bimenyetso bishobora kukwereka ko umugore wawe umusangiye nâabandi. Kugira ingendo za buri kanya Gukora ingendo zimwe na zimwe, ngaho ngo yagiye gusura umuntu biganye, yagiye gusura uwo mu muryango we, yagiye gusura abarwayi […]
Nyamasheke: Abitabira gahunda zo kuboneza urubyaro barikoma ababaca intege
Ubuyubozi bwâakarere ka Nyamasheke nâubwa Minisiteri yâubuzima buvuga ko gahunda yo kuboneza urubyaro ikigenda biguru ntege muri aka karere,ngo bigaterwa ahanini nâimpamvu nyinshi zirimo imyumvire ikiri hasi nâimpuha kuri bamwe baca abandi intege bababwira ko uburyo hafi ya bwose bukoreshwa bugira ingaruka mbi ku babukoresha. Ubwo mu murenge wa Gihombo muri aka karere hatangirizwaga icyumweru […]
U Rwanda rufite ubushobozi bwo kwishyura imyenda rufata – MINECOFIN
Abakozi ba minisiteri yâimari nâigenamigambi kuri uyu wa Gatatu, itariki 26 Nzeri basobanuriye abagize Inteko Ishinga Amategeko impamvu igihugu gifata imyenda ndetse babizeza ko U Rwanda rwishyura neza imyenda rufata. Mu ntangiriro zâiki cyumweru, abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko yâU Rwanda baherutse kurahira batangiye guhabwa amahugurwa ku buzima bwâigihugu, aho kuri uyu wa Gatatu bahawe […]
Dushime Divine arasaba guhindura amazina
Uwitwa Dushime Divine mwene Ibambasi Nicolas na Nyirarukundo Pascasie, utuye mu Mudugudu w’Uwanyange, Akagari ka Ngiryi, Umurenge wa Jabana, Akarere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, yasabye uburenganzira bwo kongera izina Cadeau mu mazina asanganywe Dushime Divine akitwa Dushime Cadeau Divine. Impamvu atanga ni uko iri zina Cadeau yaribatijwe mu Itorero ry’Abapantekote ndetse kuva ubwo […]
Abanyapolitiki batunguranye bakiri bato muri Politiki yâibihugu bya Afurika
Mu bihugu bitandukanye bya Afurika, hagiye hagaragara abanyapolitiki bagifite amaraso ya kijeni bashaka impinduka mu bihugu byabo. Turibanda ku banyapolitiki batanu batunguranye bakigaragaza cyane muri politiki kandi ari bato. 1.Robert Kyagulanyi Ssentamu: Ni umuhanzi akaba nâumunyapolitiki, azwi ku izina rya Bobi Wine mu muziki, akaba ari umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda. Uyu mugabo […]
Ibintu bitatu byâingenzi kuri Afurika Perezida Kagame yabwiye  Inteko Rusange ya 73 ya Loni
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, akaba nâumukuru wa Afurika Yunze Ubumwe muri iki gihe, kuri uyu wa Kabiri ushize, itariki 25 Nzeri, yagejeje ijambo ku Nteko Rusange ya 73 yâUmuryango wâAbibumbye agira ibintu bitatu byâingenzi avuga ku mugabane wa Afurika. Inteko Rusange yâUmuryango wâAbibumbye izwi mu magambo ahinnye yâIcyongereza nka UNGA, niyo yonyine buri gihugu […]
Chris Brown arifuza kurinda Rihanna uherutse kwibasirwa nâabajura
Umuhanzi Chris Brown arifuza kurinda uwo bahoze bakundana, Rihanna nyuma yaho amabandi yinjiye mu rugo rwe. Uyu mugabo ashaka kwirindira Rihanna nyuma yaho polisi mu mujyi wa Los Angeles yemeje ko â Hari imitungo yibweâ mu rugo rwa Rihanna mu ijoro ryo kuwa 25 Nzeri 2018. Umwe mu nshuti za hafi za Chris Brown yabwiye […]
Kayonza: Umwarimu wakubise abagenzuzi yasabwe gusezera ku kazi
Mu ntangiriro zâicyumweru gishize, nibwo havuzwe umwarimu wakubise abagenzuzi bâuburezi mu karere ka Kayonza. Bivugwa ko nawe yari amaze gukubitwa urushyi maze yirwanaho. Uyu mwarimu yaje gutumizwa ku karere, asabwa kwandika asezera ku mpamvu ze bwite, maze kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Nzeri 2018 arasinya. Mwumvaneza Geoffrey, yari umwarimu mu mwaka wa Gatandatu […]
Sudani y'Epfo: Abantu basaga 380,000 bamaze guhitanwa n'intambara n'ingaruka zayo kuva mu 2013
Ishuli ryâubuganga ryitwa London School of Hygiene and Tropical Medicine ryo mu Bwongereza ryatangaje icyegeranyo kivuga ko abantu barenga ibihumbi 380 bahitanywe nâintambara nâinkurikizi zayo muri Sudani yâEpfo guhera mu kwezi kwa 12 mu 2013. Iri shuli risobanura ko iyi mibare iruta kure iyo abashakashatsi bakekaga. Intambara ya Sudani yâEpfo yatumye kandi abantu barenga miliyoni […]
Perezida Kagame na Minisitiri wâIntebe wa Armenia bafitiye icyizere inama ya OIF
Minisitiri wâIntebe wa Armenia yabonanye na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, kuwa 24 Nzeri, ku cyicaro cyâUmuryango wâAbibumbye I New York, bagirana ibiganiro bigamije kuzahura umubano wâibihugu byombi ndetse bagaragaza icyizere bafitiye inama ya Francophonie iteganyijwe kubera muri Armenia mu minsi iri imbere. Amakuru Ibiro Ntaramakuru bya Armenia, Armenpress, bikesha ibiro bya Minisitiri wâIntebe wâiki […]
Polisi yafashe babiri bacyekwaho kwiba moto i Muhanga na Gasabo
Ku bufatanye nâUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) Polisi kuri uyu wa 24 Nzeri 2018 yafashe abagabo babiri bakekwaho kwiba Moto muturere twa Gasabo na Muhanga. Abo bagabo ni Hakizimana Jean Bosco ukekwaho kwiba Moto ifite icyapa RE 567C ya Mbonabucya Pierre yibwe kuwa 11 Nzeri mu karere ka Gasabo na Ndayambaje Jean Bosco ukekwaho kwiba Moto […]
Bugesera: Gitifu wâakagari arashinjwa gukorana nâagatsiko kâabajura
Bamwe mu bagize agatsiko kâamabandi yiba abaturage mu murenge wa Gashora, akarere ka Bugesera, barashinja umunyamabanga nshingwabikorwa wâakagari ka Kimaranzara Dusabimana Theogene mu murenge wa Rilima, kubambura nyuma yo kubaha akazi ko kujya kumwibira ariko ntabishyure nyamara basanzwe bakorana. Umwe mu mabandi yaganiriye na TV1/Radio1 yavuze ko Dusabimana Theogene bakunze kwita Jerome, usanzwe ari umunyamabanga […]
Uganda: Icyamamare Ivan Byekwaso cyapfuye
Umugande Ivan Byekwaso wari ufite imyaka 41 yâamavuko, wamamaye mu mikino yo kwiyerekana kwâabubatse umubiri (bodybuilders), yapfuye. Byekwaso yapfiriye mu Budage kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Nzeri 2018, ariko icyaba cyateye urupfu rwe kikaba kitaramenyekana. Abicishije ku mbuga nkoranyambaga, Bon van Deer wari inshuti ya hafi ya Byekwaso, yatangaje akababaro yatewe nâurupfu rwe […]
RGB irasaba Abanyarwanda nâabayoboke bâamatorero kwirinda abiyita abahanuzi
Urwego rwâIgihugu rwâImiyoborere, RGB ruragira inama Abanyarwanda bose muri rusange nâabayoboke bâamadini nâamatorero byâumwihariko, kwirinda abiyita abahanuzi nyuma yo kugaragara ko hari inyigisho zerekeranye nâiyobokamana zitangwa nâaba bantu zigatuma batwara abantu imitungo yabo cyangwa bakabayobya. Soma hano itangazo RGB yasohoye kuri uyu wa 25 Nzeri  Â
Uganda: Uwiyita Yesu Kristo nâabayoboke be batawe muri yombi
Igipolisi cya Uganda mu Karere ka Lira cyataye muri yombi umugabo wiyita Yesu Kristo nyuma yo kubanza guta muri yombi abayoboke be bagera kuri 14. Igipolisi kiravuga ko cyakuye uyu witwa Alex Okello aho yari yihishe ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, itariki 25 Nzeri. â Turamufite nâabayoboke be hano muri kasho yacu, â […]
Amateka yâumugande Joseph Kibwetere wiyitaga umuhanuzi akoreka ubuzima bwâabasaga 1000
Amateka avuga ko umugabo witwa Kibwetere Joseph yavutse mu mwaka wa 1932, agace yavukiyemo muri Uganda ntabwo kazwi, akaba yari umuyobozi wâitorero â Movement for the Restoration of the Ten Commandments of Godâ byâumwihariko akaba yariyitaga umuhanuzi aza koreka ubuzima bwâabasaga igihumbi. Joseph Kibwetere yari afite urusengero muri Uganda, akaba yarabwiye abakirisitu bâitorero yayoboraga ko […]
Nyagatare: Babiri bafunzwe bakekwaho guha ruswa abapolisi
Ku bufatanye bwa Polisi nâUrwego rwâIgihugu rushinzwe ubugenzacyaha kuri station ya Polisi ya Mimuri mu karere ka Nyagatare hafungiye abagabo babiri bakekwaho guha abapolisi ruswa yâamafaranga asaga ibihumbi Magana abiri (200,000 frw) Kuri uyu wa 24 Nzeri 2018 nibwo Byumviyimana Vincent  wafatanwe ibicuruzwa bya magendu, na Rukundo John wenga inzoga zâinkorano bashatse guha ruswa abapolisi […]
New York: Perezida Kabila yamaganye kwivanga kwâamahanga anasaba ko ingabo za Monusco ziva muri Congo
Ubwo yafataga ijambo mu Nama Rusange ya 73 yâUmuryango wâAbibumbye kuri uyu wa Kabiri, itariki 25 Nzeri, Perezida Joseph Kabila wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, yamaganye kwivanga mu bibazo bya Congo kwâibihugu byâamahanga ndetse asaba ko ingabo za Monusco zava mu gihugu cye. Perezida Kabila yagize ati: â Ntituzabasha kugira Loni umuryango wa bose […]
U Burundi bwatangaje ko buteganya kwitandukanya nâumuryango wa EAC
Nyuma yo gutangaza ko gishobora kwitandukanya nâakanama ka Loni kâUburenganzira bwa muntu, igihugu cyâu Burundi kuri ubu kiravuga ko gishobora kwitandukanya nâUmuryango wâIbihugu bya Afurika yâIburasirazuba (EAC). Impamvu u Buundi butanga ngo ishobora gutuma bwikura mu muryango wa East African Community, ni uko ngo muri uyu muryango hakoreshwa Icyongereza gusa mu bikorwa byawo. Ibi bikaba […]
Impamvu Zari Hassan yatawe muri yombi mu mujyi wa London
Uwahoze ari umugore wa Diamond Zari Hassan Tlale yatawe muri yombi mu gihe cyâamasaha 16 mu mujyi wa London (Soma Landani) mu gihugu cyâUbwongereza. Uyu mugore yafashwe kubera ibibazo byâubwenegihugu byagaragaraga mu byangombwa bye byâinzira bitandukanye nâ amakuru yari yabanje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga ko yatawe muri yombi bitewe na âPassportâ mpimbano agira ngo yinjire […]
RDC: Depite Zoe Kabila nawe arashima icyemezo cyafashwe na mukuru we Joseph Kabila
Depute Zoe Kabila uhagarariye Manono mu Nteko Ishinga Amategeko ya Congo, yashimye icyemezo cyafashwe na mukuru we, Joseph Kabila, cyo kutaziyamamariza indi manda mu matora ataha. Yabitangaje ubwo yari mu bukangurambaga ku matora muri iyi teritwari ya Manono yo mu Ntara ya Tanganyika ahagarariye mu nteko. Depite Zoe kabila yashimye icyemezo cya Perezida Kabila cyo […]
Ni iki cyaba gikurura amakimbirane hagati yâAbasilamu nâAbanyaburayi? (igice cya Gatatu)
Ntagengwa Servil Omar usengera mu idini ya Islam, aratanga ibitekerezo bye ku mibanire yâiri dini nâabaturage bâibihugu byâu Burayi bwâi Burengerazuba. Iki kikaba ari igice cya gatatu nyuma y’ibindi bibiri byatambutse. Aratangira yibutsa impamvu ebyiri za mbere twabonye : Impamvu ya mbere: Impamvu zishingiye ku iyobokamana ryemeza ko buri dini ariryo rifite Ukuri kuvuye ku Mana […]
Nyamasheke: Gerenade yatoraguwe mu bwiherero bw'umuturage
Mu mudugudu wa Gasharu, akagari ka Gako mu murenge wa Kagano mu karere ka Nyamasheke abaturage 3 babonye gerenade mu bwiherero bwâurugo rucunzwe nâumukecuru witwa Nyirasafari Daphrose ubwo barimo babuvidura. Nkâuko Bwiza.com yabitangarijwe nâumwe mu baturage bahatuye, ngo uru rugo ni urwâ uwitwaga Sehorana JMV witabye Imana mu 1997, umugore we witwaga Ayinkamiye Madeleine na […]
Uganda: Maj. Gen (Rtd) Mugisha Muntu yasezeye mu ishyaka FDC
Major General (Rtd) Mugisha Muntu yasezeye mu ishyaka FDC ribarizwamo umunyapolitiki Dr Kiiza Besigye nkâuko byatangajwe kuri uyu wa Kabiri, itariki 25 Nzeri. Biravugwa ko Muntu agiye gushinga irindi shyaka rizabasha gushishikariza urungano rushya kuzahatanira ubutegetsi mu matora ataha. Mugisha Muntu yahise atumiza inama nâabanyamakuru kuri uyu wa kane I Kampala, aho agomba kubagezaho mu […]
Nta buzima Lionel Messi afite, abayeho nkâimfungwa
Ibi ni ibitangazwa na Dani Osvaldo, umutaliyani wahoze ari umwataka mu makipe atandukanye ku mugabane wâu Burayi ubu akaba yarasezeye mu kibuga atangira ubundi buzima bwa muzika. Dani Osvaldo wâimyaka 32 yâamavuko, avuga ko ubuzima Messi abayemo atabwifuza, ko ubuzima bujyanye na ruhago ntaho agihuriye nabwo, ati âIsi ya ruhago ntaho ngihuriye nayoâ. Hashize imyaka […]
Abayobozi babiri ba FDLR bakatiwe igifungo cya burundu
Abayobozi babiri mu nyeshyamba za FDLR (Forces dĂ©mocratiques pour la libĂ©ration du Rwanda) bahanishijwe igifungo cya burundu nyuma yo guhamwa nâibyaha birimo ubwicanyi, iyicarubozo ndetse nâubujura. Itangazo ryashyizwe hanze nâimiryango itatu itabogamiye kuri Leta, ku wa Kabiri tariki ya 25 Nzeri 2018, rivuga ko urukiko rwa gisirikare rwâi Bukavu muri Kivu yâAmajyepfo, rwahamije igifungo cya […]
Tanzaniya: Abantu 244 nibo baguye mu mpanuka yâubwato yatewe na telefoni
Leta ya Tanzaniya yamaze gutangaza ko abantu 244 aribo baguye mu mpanuka yâubwato yabaye kuwa Kane wâicyumweru gishize mu kiyaga cya Victoria. Aya makuru yemejwe na Minisitiri wâImirimo, Itumanaho nâ Ubwikorezi Isaac Kamwele mu muhango wo gushyingura abantu umunani bazize iyi mpanuka. Uyu mugabo yavuze ko abitabye Imana barimo abagore basaga 126, 71 bâabagabo bakuze, […]
Hamisa Mobetto yavuze ingeso mbi yatumye atifuza kubana na Diamond Platnumz
Umunyamideli Hamisa Mobetto avuga ko Diamond Platnumz atari we mugabo yifuza kubana na we mu buzima bwe. Mu kiganiro na kimwe mu bitangazamakuru byo mu gihugu cya Kenya, Mobetto yavuze ko Diamond afite ingeso yo kuba atabasha kuba yakwicara ngo abane nâumgore umwe kandi ko muri Tanzaniya yamaze kuba imfizi izwi nâabagore benshi. Yagize atiâ […]
Nyirahabineza arasobanura uburyo umugore yaryohereza umugabo mu gihe cyâimibonano
Izi ni impanuro zitangwa na Jeanne Nyirahabineza, umugore uvuga ko na we ubwe yarongowe neza, ararangiza mu gihe cyâakabariro bimufungura mu mutwe atangira kwiga imishinga ibyara inyungu, akaba yarinjije arenga miliyoni 100 abikesha uwo munezero. Nkâuko abisobanura mu mashusho ye agaragara ku mbuga nkoranyambaga, Jeanne avuga ko ubundi uzaba umugore ategurwa akiri umwana, akiri muto, […]
Reba Video: Ap. Gitwaza avuga ko ari we muhanuzi wa mbere muri Afurika ukaze
Umuyobozi wa  Zion Temple, Ap  Paul Gitwaza atangaza ko ari we muhanuzi wa mbere ushoboye mu Rwanda ndetse no muri Afurika yose. Ari imbere yâimbaga yâabakiristo bâiri torero riherereye mu Gatenga, mu Mujyi wa Kigali, Ap Gitwaza yashimangiye ko ari we muhanuzi wa mbere, gusa akemeza ko bishoboka ko igihe gishobora kuzagera hakavuka undi nka […]
Nick Minaj aravugwaho kuba mu rukundo na Lewis Hamilton
Umuraperikazi Nick Minaj aravugwaho ko yaba ari mu rukundo nâumusore umenyerewe mu isiganwa ryâamamodoka, Lewis Hamilton. Aya makuru akomeje gucicikana nyuma yaho Nick Minaj na Hamilton bagaragaye bari kumwe inshuro ebyiri mu kwezi kumwe. Aba bombi bagaragaye mu birori bya NewYork Fashion Week ndetse ubu bikaba bivugwako bari mu mujyi wa Dubai. Imwe mu nshuti za […]
Burundi: Abo muri FNL barasaba ko ishyaka rishya rya Agathon Rwasa ritakwemerwa
Nyuma yaho Hon. Rwasa Agathon atangarije ko yashinze ishyaka rishya aryita FNL ( Front National de LibertĂ© ) hari hasanzwe hari irindi rya FNL ( Front National de Liberation ), abayobozi bâirisanzwe barasaba Leta kutazaryemera. Umuyobozi wa FNL yari isanzweho, Jacques Bigirimana avuga ko iri shyaka rishya rya Agathon Rwasa ridakwiye kwemerwa na Leta, ashimangira ko […]
Rayon sports igiye gucakirana na AS Kigali mu irushanwa ry'Agaciro
Mu mikino imaze kumenyererwa hano mu rwanda harimo n’imikino witiriwe agaciro iyi mikino iba buri mwaka igahuza amakipe ane yambere muri shampiyona y’imbere mu gihugu aha Rayon Sport ikaba yatomboye AS Kigali Iri rushanwa rigiye kuba ku nshuro ya gatatu risanzwe ribanziriza shampiyona yâumupira wâamaguru mu Rwanda. Kuri uyu wa mbere ku kicaro cyâishyirahamwe ryâumupira […]
Kaminuza yâAbadivantisiti 'AUCA' yatanze impamyabumenyi ku nshuro ya 24
Ubuyobozi bwa Kaminuza yâAbadiventisiti yo muri Afurika yo hagati AUCA (Adventist University of Central Africa ), burishimira ko abayirangizamo baba barize ibikenewe ku isoko ryâumurimo, bamwe bakanarangizayo baramaze kubona akazi. Ibi ni ibyatangajwe nâUmuyobozi wayo, Dr Roger Ruterahagusha, ku cyumweru tariki ya 23 Nzeri 2018, ubwo Kaminuza yâAbadivantisiti yo muri Afurika yo hagati yahaga impamyabumenyi zâicyiciro […]
Uganda: Bobi Wine aragira inama Perezida Museveni zâuko agomba kwitwara
Umuhanzi wâumunyapolitiki, Robert Kyagulanyi Ssentamu (Bobi Wine) yabwiye Perezida Museveni ko hari igihe atazaba afite imbaraga nâububasha afite muri iki gihe bityo amugira inama yo kuba urugero rwiza ku bo ayoboye, asaba nâabaturage gufatanya kubaka ahazaza heza hâigihugu. Mu kiganiro yagiranye nâitangazamakuru kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Nzeri 2018, Bobi Wine yanenze Perezida […]
SHAKA UMUKUNZI
ANDIKA MUNSI AHAGENEWE IBITEKEREZO (Comments)Â IBYIFUZO, UMUKUNZI USHAKA UKO YABA AMEZE UNAVUGA UKO UBONEKA TELEPHONE CG EMAIL MURAKOZE
Rubavu: Urubyiruko rurasabwa kwishakamo umuti wâibibazo bihari
Urubyiruko rwo mu Karere ka Rubavu rwasabwe guhuriza hamwe imbaraga zabafasha kubyaza umusaruro amahirwe rwahawe rukishakamo ibisubizo bigamije gukemura ibibazo igihugu gifite. Nyuma yâumuganda wo gutera ibiti ku musozi wa Rubavu kuri uyu wa 22 Nzeri wateguwe nâihuriro ryâurubyiruko nyarwanda rwâabakorerabushake mu gukumira no kurwanya ibyaha(RYVCP) abayobozi b’inzego zitandukanye zikorera muri aka Karere zabasabye kuba […]
Ruhunde: Abaturage badafite ubwiherero bahawe iminsi 10 yo kuba babwubatse
Ubwo yasuraga Umurenge wa Ruhunde uherereye mu Karere ka Burera Kuwa Kane ushize, itariki ya 20 Nzeri 2018, Guverineri wâIntara yâAmajyaruguru, Hon Gatabazi Jean Marie Vianney yasabye abaturage bo muri uwo Murenge basigaye batagira ubwiherero kuba barangije kubwubaka mu gihe kitarenze iminsi icumi. Mu butumwa yagejeje ku baturage bâUmurenge wa Ruhunde, Guverineri Gatabazi yavuze ko […]