Danny Valens, umuhanzi mushya mu ruhando rwa muzika Nyarwanda
Uyu musore wâimyaka 25 yâamavuko, ukomoka mu Murenge wa Ruli, Akarere ka Gakenke, Intara yâAmajyaruguru, avuga ko kuva mu bwana bwe umuziki yawiyumvagamo ariko ubwo yari arangije amashuri yisumbuye aribwo yabonye akanya nâubushobozi bwo kuba yasohora indirimbo ye ya mbere. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com, Valens agira ati âindirimbo zanjye zikubiyemo ubutumwa bwigisha, nashatse kwigisha […]
Kigali: Perezida Kagame yakiriye umuyobozi wâIntara ya Rhineland-Palatinate
Ku wa Kabiri tariki ya 2 Ukwakira 2018, Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yakiriye mu biro bye i Kigali, Umuyobozi wâIntara ya Rhineland-Palatinate yo mu Budagi,  Malu Dreyer, wasuye u Rwanda ayoboye itsinda ry’abandi bayobozi 30. Min.Malu Dreyer ari mu Rwanda ari kumwe nâitsinda ryâabayobozi 30 yaje ayoboye bo mu nzego zitandukanye barimo; Minisitiri wâImari […]
Ku myaka 75, Perezida Buhari yongeye kwiyamamariza kuyobora Nigeria
Ishyaka riri ku butegetsi muri Nigeria ryagennye Perezida Muhammadu Buhari ko ari we uzarihagararira mu matora yâumukuru wâigihugu azaba muri Gashyantare 2018. Yagenwe nyuma yâamatora yâibanze yabaye mu cyumweru gishize aho nta wundi mukandida mu ishyaka âAll Progressives Congressâ Â wahiganwaga na Buhari wâimyaka 75 yâamavuko. VOA itangaza ko abayobozi bakuru bâamashyaka 39 yemewe muri Nigeria, […]
Buri munsi mbaho nk'aho ari bwo bwa nyuma- Bobi Wine
Depite  wo mu gace kâIburasirazuba ka Kyadondo muri Uganda, Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine avuga ko umuryango we uhora mu bwoba bwâibishobora kumubaho nâubwo azi neza ko ibyo akora ari ibntu bikwiriye. Bobi Wine mu kiganiro yagiranye na NTV mu gihugu cya Kenya mu ijoro ryo ku wa 2 Ukwakira 2018, yavuze ko kugira […]
Batanu bahoze ari abakozi bâibitaro bya Gahini bahamwe nâicyaha cyo kunyereza umutungo
Urukiko rwisumbuye rwa Ngoma rwafashe umwanzuro rwasomye mu ruhame maze rwemeza ko abakozi batanu mu bahoze ari abakozi bâibitaro bya Gahini hamwe na ba rwiyemezamirimo babafashije , bahamwe nâibyaha birimo icyo kurigisa umutungo wa Leta, bahanishwa ibihano byâigifungo, ihazabu ndetse no kugarura umutungo wa Leta bafatanyije kurigisa ungana na 374.703.987frw. Urukiko rwemeje ko byarakozwe ku […]
Ese Perezida Nkurunziza yaba agejeje he igikorwa cyo gutegura uzamusimbura?
Umuvugizi wa Perezida Nkurunziza wâu Burundi, Karerwa Jean Claude avuga ko igikorwa cyo gutegura uzamusimbura mu matora azaba mu 2020 akigeze kure. Ibi yabitangaje ku wa Gatanu tariki 28 Nzeri 2018, mu nama yahuje abavugizi bâinzego zitandukanye za Leta, inama yabereye mu Ntara ya Ruyigi. Karerwa yavuze ko igihe nikigera, Abarundi bazamumenya bityo akaba asaba […]
Uganda: Byari ibicika mu birori byo kwizihiza isabukuru ya Zari – Amafoto
Umunya-Ugandakazi ukunzwe kumbuga nkoranyambaga wahoze arumugore w’icyamamare Diamond Plantnumz Zari Hassan, Tariki 23 Nzeri 2018 nibwo yizihizaga isabukuru y’imyaka 38 amaze abonye izuba ibirori byabereye mu Bwongereza gusa ibi birori byateguraga ibyo yakoreye mu mujyi wa Kampala ho muri Uganda tariki 30 Ukwakira 2018. Ni nyuma yaho uwahoze ari umugabo we Diamnond Platnumz amwoherereje ubutumwa […]
Fred Muvunyi arashinja Polisi y'U Rwanda kwigiriza nkana kuri Dr Kayumba
Uwahoze ari Umuyobozi w’Urwego rw’Itangazamakuru Ryigenzura (RMC), Fred Muvunyi arashinja Polisi y’ U Rwanda (RNP) gutera ubwoba Umwarimu wo muri Kaminuza akaba n’impuguke muri Politiki mpuzamahanga, Dr Christopher Kayumba. Abinyujije kurukuta rwe rwa Twitter,Fred Muvunyi yavuze ko ibyo Polisi yavuze yiregura kubyo Dr Kayumba  ayishinja byo kumuhohotera no kumugendaho biteye isoni. Yagize ati”Byaba byiza musibye […]
Dore ibimenyetso 10 bizakwereka ko umugore atarangije mu gihe cyâimibonano mpuzabitsina
Imibonano mpuzabitsina ikorwa buri muntu agamije kugera ku ndunduro yâibyishimo, iyo atabigezeho, umutima we usigarana intimba ku buryo bishobora no kumuviramo no kuyihurwa burundu. Ibimenyetso bizakwereka umugore utageze kuri ibyo byishimo: 1.Umushiha: Mu gihe umugore ayageze ku byishimo yifuzaga mu gihe cyâimibonano mpuzabitsina, uzamubwira nâumushiha asigarana, wamuvugisha akakwuka inabi. 2.Kwiyumvira cyane: Ubundi iyo umugore arangije […]
Kigali: Ubushinjacyaha bwateye utwatsi ubusabe bwa Diane Rwigara na nyina
Mu iburanisha ryo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 2 Ukwakira 2018, Diane Rwigara na nyina Mukangemanyi Adeline basabye kuburana bari hanze, ubushinjacyaha bubitera utwatsi. Mu rukiko Rukuru ubwo hasubukurwaga urubanza rwa Diane na Nyina, ingingo yibanzweho cyane ni iyo gufungurwa byâagateganyo, ingingo ubushinjacyaha buvuga ko igihe cyayo cyarenze. Me Gatera Gashabana wunganira Mukangemanyi avuga […]
Ndi umugore wa Van Vicker- Wema Sepetu
Umukinnyi wâicyamamare mu gukina filimi muri Tanzaniya, Wema Sepetu yatangaje ko yakinnye ari mugore wâumukinnyi  wa filimi wâUmunyagana, Van Vicker gusa bitungura benshi bibwiraga ko abamenyesheje umukunzi mushya yaba afite muri iyi minsi. Mu kiganiro nâabanyamakuru kuwa Gatatu wâicyumweru gishize, Sepetu yavuze ko filimi nshya yitwa âDeath After Deathâ yayikinnye ari umugore wâuyu musore ukunzwe […]
Rusizi: Abagore bo mu itorero âMĂ©thodiste Libreâ bahangayikishijwe nâisenyuka ryâingo
Abagore bagera kuri 35 bahagarariye abandi mu maparuwasi 25 agize Conference ya Kinyaga mu itorero MĂ©thodiste libre mu Rwanda baravuga ko bahagurukijwe no kurwanya igitera cyose  isenyuka rikabije ryâimiryango muri iki gihe,cyane cyane ko basanze ngo hari nâingo zisenyuka zigishingwa. Mu kiganiro na Bwiza.com nyuma yâumwiherero wâiminsi 3 wahurije aba bagore muri paruwasi ya Kamembe […]
Rabagirana Worship Festival, igitaramo kitezweho guhembura benshi
Rabagirana Worship Festival ni igitaramo cyateguwe na Christian Communication , kikazaba kuri iki cyumweru tariki ya 4 Ugushyingo 2018 guhera saa cyenda za nimugoroba kuri Kigali Serena Hoteli kitezweho kuzahembura imitima ya benshi. Ni igitaramo kigamije kwibutsa abanyempano ko bidahage kuba ufite impano cyangwa ufite imirimo myinshi ukorera Imana, ahubwo ko ukwiye kongeraho imbuto.Gifite intego […]
C.Ronaldo utorohewe nâibibazo, yabwiwe nâumukunzi we amagambo amukomeza
Nyuma yaho umukobwa ashinje Cristiano Ronaldo kumufata ku ngufu, umukunzi we, Georgina RodrĂ Âguez aramukomeza amubwira ko ari kenshi ategwa imishibuka mu nzira akayisimbuka. Umukobwa witwa Kathryn Mayorga avuga ko Cristiano Ronaldo yamufashe ku ngufu bari muri Hoteli yâi Las Vegas mu mwaka wa 2009 ndetse ko yamuhaye amafaranga angana na $375,000, kugira ngo azakomere ku […]
Kicukiro: Yirukanwe ku kazi ashinjwa kurangarana umwana urembye
Minisiteri yâUbuzima (MINISANTE) mu cyumweru gishize yahagaritse ku kazi umuganga mu bitaro bikuru bya Masaka, Dr Antoine Twahirwa ushinjwa kutita ku barwayi kugeza ubwo arangaranye umwana w’imyaka itanu. Iki cyemezo cya MINISANTE kije nyuma yaho kuwa Gatandatu uwitwa Denise Mug abinyujije kuri twitter yavuze ko umwana we wâimyaka itanu yarangaranwe nâuyu muganga  kugeza ubwo ajyanwe […]
Chorale Christus Regnat yakoreye igitaramo i Rwamagana-Amafoto
Kuri iki cyumweru tariki ya 30 Nzeri 2018, Chorale Christus Regnat yo muri Paruwasi Regina Pacis I Remera, yakoreye uruzinduko rw’ivugabutumwa muri Paruwasi ya Rwamagana. Urwo ruzinduko rwabimburiwe n’igitambo cya Misa cyaririmbwe na Chorale Christus Regnat mu majwi meza anoze nkuko bisanzwe, no mu ndirimbo nziza zifasha abakristu gusenga no gusingiza Imana. Umwe mu bari […]
Pasiteri wasambaniraga mu gihuru yakubiswe nkâizâakabwana
Umupasiteri wo mu itorero AFM ryâi  Tynwald, mu gace ka Dzivarasekwa muri Zimbabwe, witwa Joseph Ponda yatunguwe no kubona aguwe hejuru arimo gusambana nâumwe mu bakiristo ayobora. Uyu mupasiteri yarakubiswe arakomeretswa kugeza ubwo asigara ari intere, yafashwe asambanira mu gihuru nkâuko ikinyamakuru afrikmag kibitangaza. Umwe mu babonye iryo shyano, yagize ati âNabonye pasiteri ajyanye nâumugore, […]
Uburundi burakoza imitwe y'intoki ku ntwaro rutura yâubwirinzi
Ambasaderi wâu Burundi mu Burusiya, Edward Bizimana yatangaje ko  habura igihe gito kugira ngo igihugu cye kigure imbunda kabuhariwe mu bwirinzi bwo mu kirere yitwa Pantsir- S1 nkâuko byari byatangajwe mu minsi ishize. Ambasaderi Bizimana ahamya ko iyi mbunda izafasha ahanini mu kongera umutekano wâUburundi byâumwihariko mu kirere nkâuko inkuru dukesha Spyreports ibitangaza. Amb. Bizimana […]
Rulindo: Yafatiwe mu modoka ya RITCO afite udupfunyika 9000 tw'urumogi
Mu bikorwa byo kurwanya ibiyobyabwenge Polisi yâu Rwanda ku bufatanye nâUrwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha (RIB) yafashe Ngizwenayo Martin wâimyaka 28 yâamavuko afite uduphunyika 9000 twâurumogi ubwo yari mu modoka ya Sosiyete itwara abagenzi ya RITCO ivuye Musanze yerekeza mu mujyi wa Kigali. Chief Inspector of Police (CIP) Hamdun Twizeyimana avuga ko Ngizwenayo yafashwe biturutse ku makuru […]
RDC/ Beni: Harifuzwa ingabo za SADC ngo zihagarike ubwicanyi
Amashyaka atavuga rumwe na Leta ya Congo/Kinshasa, avuga ko ubwicanyi ndengakamere bukomeje gukorerwa abaturage bo muri Beni, muri Kivu yâAmajyaruguru nta kindi cyabuhagarika uretse kohereza muri aka gace ingabo zidasanzwe zâ Umuryango  w’iterambere rya Afurika y’Amajyepfo ( SADC). Ku Cyumweru tariki ya 30 Nzeri 2018, nibwo abatavuga rumwe na Leta basabye akanama ka Loni gashinzwe amahoro […]
Umukobwa arashinja Cristiano Ronaldo kumufata ku ngufu
Umukobwa witwa Kathryn Mayorga avuga ko icyamamare muri ruhago, Cristiano Ronaldo cyamufashe ku ngufu bari muri Hoteli yâi Las Vegas mu mwaka wa 2009. Kathryn Mayorga avuga ko uyu munyapolitigali ukinira ikipe ya Juventus yamuhaye amafaranga angana na $375,000, kugira ngo azakomere ku ibanga. Abunganira uyu mukobwa mu byâamategeko, bavuga ko Ronaldo bamenyaniye Las Vegas […]
Hagiye gushyirwaho Minisiteri ishinzwe inka mu Buhinde
Ubuyobozi bwâIntara imwe mu Buhinde butangaza ko ifite umugambi wo gutangiza Minisiteri ishinzwe inka gusa. Minisitiri wa Mbere wâIntara ya Madhya Pradesh, Shivraj Singh Chouhan yavuze ko ari uburyo bwo kuzirinda, uyu muminisitiri akaba ari uwo mu ishyaka rya BJP wafashe icyo cyemeza arusha amajwi uhagarariye irindi shyaka rya Congress batavuga rumwe . Nkâuko BBC ibitangaza, […]
 Polisi y' U Rwanda yiyemeje gukosora Dr Kayumba
Polisi y’igihugu (RNP) itangaza ko igiye gushyira ku murongo Umwarimu muri Kaminuza akaba n’impuguke muri Politiki mpuzamahanga, Dr Christopher Kayumba uyishinja kumuhohotera. Ibinyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter, RNP ivugako ibitangazwa na Dr Kayumba byo kuba imuhohotera kandi ko imwibasira kuva mu 2012 ari ibinyoma. Polisi ivuga ko yiteguye kumukurikirana bitewe n’icyo yise kuyiharabika. Yagize […]
U Burundi bwahagaritse imiryango bushinja ubutinganyi
Leta yâu Burundi yamaze gushyira hanze urutonde rwâImiryango Mpuzamahanga itegamiye kuri Leta 130 iyishinja kwimakaza ubutinganyi no kwangisha abaturage ubuyobozi bakwirakwiza ibihuha by’intambara. Mu itangazo ryashyizweho umukono kuwa 28 Nzeri 2018, abayobozi bâUburundi bavuga ko kuva kuri uyu wa Mbere tariki ya 1Â Ukwakira 2018 iyi miryango itegamiye kuri Leta igomba gusubika ibikorwa byayo mu […]
Sudani yâEpfo: Perezida Salva Kiir yafunguye imfungwa za politiki
Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir, yatanze itegeko ryo kurekura abafungiwe ibya politiki bose hamwe n’imfungwa zâintambara. Iyo ngingo ni imwe mu zumvikanyweho mu masezerano y’amahoro yashizweko umukono mu kwezi guheze n’umukuru w’abarwanyi, Riek Machar na Leta ya Salva. Abenshi muri bo, ni abarwanyi ba Machar hamwe n’abamushyigikiye bari muri gereza kimwe n’abaharanira uburenganzira bwa […]
Ubuhamya: Umukobwa wanze kuryamana nâumusaza wari kumuha imodoka ya miliyoni 7
Abo dusangira ibitekerezo kuri iyi website ndabasuhuje, nitwa Akimana Louise[yahinduwe] iwacu ni mu karere ka Muhanga ariko akazi nkora nkakorera mu karere ka Kicukiro. Ndi umukozi muri kampani ntavuze, umuyobozi wayo ni umusaza wâimyaka 64, ariko imico ye yatumye tugirana amakimbirane mu ibanga, abo ashatse kubibwira akirinda kubabwira icyo twapfuye. Mu byâukuri, akazi nkora nubwo […]
Rusizi: Abaturage 405 bishyuriwe Mituweli nâabakozi bâibitaro bya Gihundwe
Abaturage 405 bo mu miryango inyuranye,abenshi  biganje mu mirenge ya Kamembe,Gihundwe na Mururu yo mu karere ka Rusizi bari barabuze mituweli barashimira cyane abakozi bâibitaro bya Gihundwe bashyize hamwe ubushobozi bakayibagenera na bo bakaba bagiye gutangira kwivuza. Nkâuko bamwe muri bo babibwiye Bwiza.com, ngo kuba batagiraga uburyo bivuza nâimiryango yabo kubera ubukene,byatumaga hari bamwe muri […]
Bombori bombori mu rugo rwa Kanye West
Haravugwa ukutumvikana hagati ya Kanye West nâumugore we, Kim Kardashian nyuma yâivuka ryâumwana wabo bise Chicago. Kim Kardashian mu minsi mike ishize yatangaje ko atarimo kurabana na Kanye West wamaze kwiyita Ye bitewe nâamafoto ashyira ku rukuta rwe rwa Instagram nkâuko Hollywoodlife ibitangaza. Kanye West ashinja gushyira hanze amafoto yafashwe na kamera adakunda za Paraloid. […]
Abayobozi ba Rayon Sports bamfashe nkâimbwa yabo – Ivan Minaert
Uwahoze ari umutoza mukuru w’ikipe ya Rayon Sports, Ivan Jacky Minnaert akaza gusezererwa kuri iyi mirimo yatangaje ko abayobozi b’iyi kipe bageze aho bamufata nk’imbwa yabo cyangwa utagira iyo akomoka bikamubabaza cyane. Ibi yabitangaje kuri iki Cyumweru tariki 30 Nzeri 2018, ubwo yari yerekeje mu gihugu cya Libya aho yahoze atoza, akaba yerekeje mu ikipe […]
Nyiragongo: Imirwano hagati ya FDLR na FARDC yatumye abaturage bava mu byabo
Abaturage bo mu duce twa Mutao na Kanyatsi muri Teritwari ya Nyiragongo, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bavuye mu byabo bahunga imirwano yahuje abasirikare ba Leta ya Congo (FARDC) nâinyeshtamba za FDLR. Aba baturage batangiye kuva mu ngo zabo kuva ku wa Gatandatu tariki ya 29 Nzeri 2018, Sosiyeti sivile ikaba itangaza ko izi […]
Umugabo umaze iminsi 7 yaraheranye ikanzu bambara barangije kaminuza akomeje guteza urujijo
Umunyepolitike utatangajwe amazina ukomoka mu Burengerazuba bwa Kenya yamaze hafi ucyumweru cyose yambaye ikanzu isanzwe yambarwa n’umuntu wasoje kaminuza (Graduation) mu cyaro avukamo mu rwego rwokwerekana ko yasoje amasomo ye. Mu bantu babonye uyu mugabo bemeza ko ibyo yakoze bidasanzwe cyane ko ahantu hose yagerageza kujya atasigaga iyi kanzu nyamara ubusanzwe yambwarwa mu birori byo […]
Muhanga: Yafunzwe azira kutishyura mituweli
Umukecuru wâimyaka 52 yarajwe mu kigo ngororamuco ku murenge wa Muhanga azira kutishyura ubwisungane mu kwivuza. We  akavuga ko yashyizwe mu cyiciro cya Gatatu, yajurira bakamusaba gusubira iwabo mu karere ka Ngororero. Uyu mubyeyi wâabana batandatu ngo amaze imyaka 17 aho acumbitse, akaba atunzwe no guca incuro. Saa kumi nâimwe zuzuye kuri iki cyumweru tariki […]
Cibitoke: Abaturage bikanze igitero giturutse mu Rwanda bakwira imishwaro
Abaturage begereye umupaka wâu Rwanda n’u Burundi, mu gace ka Ruziba, Komini Mugina na Ruhwa- Rukana muri Komini Rugombo, mu Ntara ya Cibitoke bakwiriye imishwaro nyuma yâibihuha bari babwiwe ko hari igitero kigabwe cyâabaturutse mu Rwanda. Abaturage bari bavuye mu ngo zabo batinya ko bakwicwa, amakuru bari bafite ndetse bahise batangariza polisi bayihuruza, yavugaga ko […]
U Rwanda rurifuza ko uduhanga twâAbanyarwanda turi mu Budage twagarurwa
Umuyobozi wâInzu Ndangamurage zâU Rwanda(INMR), Amb. Robert Masozera yatangaje ko U Rwanda rwifuza  kuvugana nâUbudage kugira ngo harebwe uburyo uduhanga 986 twâAbanyarwanda tuba muri iki gihugu twagarurwa. Amb. Masozera avuga ko bamaze kuvugana nâUbubiligi ndetse bukaba bugiye kugarura ibimenyetso ndangamateka birimo amafoto, indirimbo,  nâibindi bitandukanye kandi ko  biteguye kuganira nâigihugu cyâUbudage kuri iyi ngingo. Masozera […]
Mugenzi wawe nasitara uzamuramire aho kumusonga- Min. Kaboneka
Minisitiri wâUbutegetsi bwâigihugu, Kaboneka Francis arasaba abayobozi mu nzego zâibanze gukorera hamwe kugira ngo bagere ku ntego yâicyo biyemeje gukora, umwe yumva ko ntacyo yageraho atisunze mugenzi we. Ibi yabitangaje ku mugoroba wo kuri iki cyumweru tariki ya 30 Nzeri 2018, mu muhango wo gusoza Umwiherero wâabayobozi bâinzego zâibanze bari bamazemo iminsi itanu i Gabiro […]
Rwanda: Jenoside yakorewe Abatutsi , imbuto yâ ubukoloni
Mu gihe abantu badahuza ku nkomoko ya jenoside 3 zimaze kuba ku isi, ubushakashatsi butandukanye bushingiye ku bitabo byagiye byandikwa kuri jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda bwemeje ko iyi mbuto yabibwe nâ abakoloni ku nyungu zabo bwite. Mu mwaka wâ I 1994, nibwo Ingabo zâ u Bufaransa zageze kumugaragaro ku butaka bwâ u Rwanda mu […]
Pasiteri Mpyisi yihanagirije Bishop Rugagi na Gitwaza abasaba kuza akabigisha bibiliya
Koreya ya ruguru yahishuye ikiyitera gukomeza gukora ibisasu bya kirimbuzi
Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wa Koreya ya Ruguru, Ri Yong-ho avuga ko nta kuntu igihugu cyabo cyahagarika gukora ibitwaro bya kirimbuzi mu gihe cyoze kigifatiwe ibihano na Amerika hamwe nâumuryango wâAbibumbye. Mu nama ya Loni, Ri Yong-ho yatangaje ko bituma Koreya ya Ruguru ikomeza gutakariza icyizere Amerika, kandi bamaze igihe kirekire basaba gukurirwaho ibihano. Ku ruhande […]
Afurika yâEpfo: Madamu Jeannette Kagame yahawe igihembo
Ni igihembo yahawe mu ijoro ryo ku wa 29 Nzeri 2018,  mu muhango waberaga  i Johannesburg muri Afurika yâEpgo, cyâ umugore wabaye indashyikirwa muri Afurika. Ni ibihembo bitanzwe ku nshuro ya kane; byiswe âAfrican Women of Excellence Awardsâ bikaba bihabwa abagore bâindashyikirwa bâAbanyafurika ndetse nâabahafite inkomoko. Bitangwa nâihuriro ryâAbanyafurika baba mu mahanga (DAF), ku bufatanye […]
Miss Sepetu arahakana ibyo gushakira urubyaro mu bapfumu
Umunyamideli Wema Sepetu wujuje imyaka 30 yâamavuko, aravugwaho kwitabaza abapfumu mu rwego rwo gushaka uko yabona urubyaro ariko akabihakana. Iyi ni inkuru ikomeje kuvugwa cyane cyane ku mbuga nkoranyambaga, ko Sepetu yagiye gusura umupfumu, ibintu ahakana yivuye inyuma ko akorana nâabaganga ba kizungu. Wema arahakana aya makuru, akemeza ko ativuza mu bapfumu, ati âNtabwo ari […]
Dr. Christopher Kayumba yikomye Polisi yâ u Rwanda ayishinja ihohoterwa
Nyuma yo kongera gufatwa na polisi ikorera mu muhanda mu gitondo cyo kuwa 29 Nzeri 2018, azira gutwara yanyoye inzoga, akoresheje urubuga rwe nkoranyambaga rwa Twitter, Dr.Kayumba Christopher yagaragaje ko yinubiye imikorere ya polisi yâ u Rwanda ndetse anagaragaza ko akomeje kugirirwa ihohoterwa. Mu magambo akarishye cyane abwira polisi yâ igihugu, Dr. Kayumba yivuye inyuma […]
AU ikomeje gutinza raporo ku iperereza ryasabwe na Perezida Kagame ku ivangura riyivugwamo
Afurika Yunze Ubumwe yongeye gutinza gusohora raporo ku iperereza ryakozwe ku birego bishinja bamwe mu bayobozi bayo ivangura rishingiye ku gitsina bivugwa ko ryakorewe bamwe mu bagore bakorera AU. Ibi bije nyuma yâaho chairman wa Komisiyo ya Afurika Yunze Ubumwe, Moussa Faki Mahamat yari atangarije muri Nyakanga ko iyi raporo izasohoka mu byumweru bitatu mu […]
Impamvu U Rwanda rwizeye ko minisitiri Mushikiwabo azatsindira kuyobora OIF
Perezida wâu Bufaransa, Emmanuel Macron yemeje ko igihugu cye gishyigikiye umukandida wâu Rwanda ku mwanya wâUbunyamabanga Bukuru bwâUmuryango wâIbihugu bikoresha Igifaransa (OIF). Ubwo yabonanaga na Perezida wâU Rwanda, Paul Kagame I New York , Perezida Macron yongeye gushimnagira ko u Bufaransa buzakomeza gushyigikira minisitiri wâububanyi nâamahanga wâu Rwanda, Louise Mushikiwabo mu matora biteganyijwe ko azabera […]
RDC: Abatavuga rumwe nâubutegetsi biyemeje kuzashyigikira umukandida umwe
Amashyaka akomeye atavuga rumwe nâubutegetsi muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko yiteguye gutanga umukandida umwe uzayahagararira mu matora yâumukuru wâigihugu ateganyijwe kuwa 23 Ukuboza. Abayobozi bâaya mashyaka babitangarije mu myigaragambyo yabereye mu mihanda itandukanye yâumurwa mukuru, Kinshasa, kuri uyu wa Gatandatu, itariki 29 Nzeri 2018. FĂ©lix Tshisekedi na Vital Kamerhe bari mu batavuga […]
Gukoresha cartoons cyangwa izindi nyandiko zisebya abayobozi kuri ubu ni icyaha gihanwa
Gukoresha Cartoons cyangwa gukora izindi nyandiko zisebya abayobozi muri Guverinoma kuri ubu ni icyaha gihanwa nâamategeko mu Rwanda nkâuko itegeko rishya rivuga. Abanyamakuru baravuga ko iri tegeko ryatangiye kubahirizwa kuri uyu wa Kane ushize rizagira ingaruka ku mikorere yabo ubusanzwe icyebura abayobozi barimo abagize guverinoma nâabakuru bâinzego zâumutekano. Ntibirasobanuka neza niba iri tegeko rireba nâabantu […]
Nyamasheke: Ingo zirenga 6000 zigiye guhabwa amashanyarazi
Ubuyobozi bwa REG mu karere ka Nyamasheke buvuga ko nyuma yo kugeza amashanyarazi mu ngo 2800 zo mu mirenge ya Karengera na Ruharambuga muri aka karere zabaga mu kizima, hateganijwe izindi 6146 zizayahabwa muri uyu mwaka,zikaba ari izo mu mirenge ikiri hasi muri uru rwego,cyane cyane uwa Mahembe uteganywa kuyahabwa mu ngo 2000. Ni bimwe […]
Kuvugurura ubuhinzi bwâimboga byatumye bongera umusaruro
Abahinzi bâimboga mu Karere ka Gakenke bavuga ko umusaruro wabo wiyongereye biturutse ku kunoza uburyo babikora bitandukanye nâuko mbere bahombaga kubera guhinga mu kajagari. Bamwe mu bakorera muri koperative zo mu Mirenge ya Nemba na Gakenke bavuga ko bahawe ubumenyi nâIkigo cyâIgihugu gishizwe guteza imbere ubuhinzi nâubworozi binyuze mu mushinga SMAP, uterwa inkunga nâIkigo cyâAbayapani […]
RDC: Abasivili babiri bishwe abandi umunani baburirwa irengero
Abasivili babiri bishwe abandi 8 baburirwa irengero nyuma yâigitero inyeshyamba za ADF zagabyemu ijoro ryo kuwa gatanu ushize mu giturage cya Mukoko, muri Teritwari ya Beni mu birometero nka 30 ugana mu majyaruguru yâuburasirazuba bwâumujyi wa Beni. Igitero cya Mukoko kikaba cyarabaye ahagana saa 17:30 ku isaha yo muri Congo. Amakuru ava mu nzego zâumutekano […]
Leta ya Pierre Nkurunziza yahungabanyijwe na manda nshya ku iperereza rya Loni
Nyuma yaho Leta ya Pierre Nkurunziza itangaje ko igiye kwikura mu bihugu bigize akanama kâ Uburenganzira bwa muntu muri Loni, kongereye Komisiyo yâ iperereza ku Burundi manda nshya. Uyu mwanzuro wemerera iyi Komisiyo gukora iperereza ku bwicanyi bwakozwe nâ inzego zâ umutekano nyuma yaho Perezida Nkurunziza atorerwa kuyobora manda ya gatatu mu Burundi wafashwe nâ […]
Bamwe mu banyarwanda bakoreye Leta zirenze imwe
Uru ni urutonde rwa bamwe mu bayobozi bakuru bakiriho nâ abatakiriho bakoreye na Leta zirenze imwe bitewe nâ amateka ya politiki ndetse nâ impinduramatwara byaranze u Rwanda mu bihe bitandukanye hagati y’imyaka ya 1973 kugeza ubu. Benshi muri aba abanyapolitiki bari kuri uru rutonde rwa Bwiza.com rutari intakuka ndetse abarugaragaraho bagiye bahunga itotezwa rya Leta […]
Iburasirazuba: Min. Nyirasafari ntiyumva icyihishe inyuma yâinda zikomeje kuvuza ubuhuha mu bana
Abagore bari mu buyobozi bahawe umukoro wo gushyira ingufu mu kurinda abana bâabakobwa gutwara inda zitateganyijwe bagirana ubufatanye nâinzego zishinzwe kubahiriza amategeko bakamenya ko abahohotera abo bana bakurikiranwa bakabihanirwa. Minisitiri wâuburinganire nâiterambere ryâUmuryango, Esperence Nyirasafari avuga ko buri wese agomba guhangayikishwa nâubwiyongere bwo gutwara inda kwâabana bakiri bato avuga ko ari ikibazo gikomeye kuri gahunda […]
Ese koko  Diane Rwigara na nyina bari mu nzira zisohoka gereza ?
Amakuru akomeje gucicikana aravuga ko Diane Nshimiyimana Rwigara nâumubyeyi we Adeline Mukangemanyi Rwigara bazarekurwa bakemererwa kuburana bari hanze mu cyumweru gitaha. Kimwe mu bitangazamakuru byo hanze cyemeza gishimitse ko aya makuru ariyo kuko ngo yemejwe nâu muntu uri hafi yâinzego zâubutabera mu Rwanda utatangajwe amazina. Biravugwako aba baregwa bazitaba urukiko baburana ku ifungwa nâifungurwa kuri uyu […]
Uburozi bwa Mobetto bwamaze kunyinjira-Diamond
Umuhanzi Diamond Platnumz atangaza ko yumva uburozi Hamisa Mobetto umaze iminsi ashinjwa kumuroga bwaba bwaramwinjiye mu mubiri. Mu ndirimbo nshya yitwa âKatikaâ uyu muhanzi yafatanyije na mugenzi we Navy Kenzo aririmba avuga ko burozi bwa Mobetto bwamaze kumugera mu mubiri. Aririmba agira atiâ  Uko gateye, kuri ubu uburozi bwamaze kunyinjiraâ Nâubwo uyu muhanzi atagize byinshi […]
Impamvu Museveni yahishe Gen Muntu umugambi wa FPR wo kubohoza U Rwanda
Maj Gen. (Rtd) Mugisha Muntu, umusirikare wâumunyapolitiki uherutse kwitandukanya nâishyaka FDC, ngo yahishwe na Perezida Museveni umugambi wa FPR wo gutangiza urugamba rwo kubohora U Rwanda mu 1990 mu gihe nyamara yari umugaba wâingabo za Uganda icyo gihe kuva mu 1989 kugeza mu 1998. Ikinyamakuru Chimpreports dukesha iyi nkuru kivuga ko cyumva ko mu gihe […]
Nyamasheke: Abashinzwe abinjira nâabasohoka barashinjwa guteza igihombo abacuruzi bâamatungo
Aborozi nâabacuruzi bakorera mu isoko rya Rugari, mu Karere ka Nyamasheke mu Ntara yâUburengerazuba, barataka igihombo bavuga ko bakomeje gutezwa nâicyemezo cyâabashinzwe abinjira nâabasohoka gikumira abaguzi baturuka mu Karere ka Birava muri Teritwari ya Kabare ku ruhande rwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Ni ikibazo bivugwa ko kimaze imyaka isaga ibiri ariko inzego zâubuyobozi zikavuga […]
Angelina Jolie araririra mu myotsi nyuma yo  gutandukana nâumugabo
Umugore wâicyamamare mu gukina filimi, Angelina Jolie aricuza bikomeye kuba yaratandukanye nâumugabo we, Brad Pitt. Inshuti ya hafi yâuyu mugore yabwiye Hollywoodlife dukesha iyi nkuru ko Angelina Jolie azahajwe nâurukumbuzi agirira Brad Pitt. Itiâ Uko iminsi ishira agenda akumbura Brad Pitt nko kuba yaba amuryamye iruhande, kwirirwana na we, kuryamana na we, uburyo ahumura nâinseko […]
Ubucuti bwa Kagame na Mnangagwa bayoboye ibihugu byakozanyijeho muri Congo
Perezida Emmerson Mnangagwa wa Zimbabwe ngo yaba yifuza gutera ikirenge mu cya perezida wâU Rwanda, Paul Kagame mu kuzamura ubukungu bwâigihugu hagendewe ku kwishakamo ibisubizo ndetse no kurebera ku mikorere ya bimwe mu bihugu bya Aziya bifite umuvuduko mu bukungu nka za Singapore, Malaysia nâibindi. Ikinyamakuru The Independent cyo muri Zimbabwe cyatangaje ko kuva yajya […]
Mu gihe Kagame ashima PAC, abayitungira agatoki bo bari mu mazi abira
Ibiro byâUmugenzuzi wâimari ya Leta bimaze imyaka isaga itanu bigaragaza abayongobeza umutungo wa Leta, umuke ukagaruzwa ariko umwinshi ukaburirwa irengero, nyamara ababikora ntibabiryozwe. Akanama gashinzwe gukurikirana ikoreshwa ryâumutungo wa Leta, PAC, nako kagasaba ko bikosoka, ariko inzira ikomeje kuba ndende. Mu bucukumbuzi twabakoreye tuzasohora mu ruhererekasne rwâinkuru, twasanze ahubwo bamwe mu batuma amakuru yâinyerezwa ryâuyu […]
Bamwe mu baperezida ba Afurika bavugwaho gukoresha abana babo mu gusahura
Byamaze kumenyerwa ko iyo umuntu abaye perezida muri Afurika harimo abashishikazwa no kwikwizaho imitungo yakogombye gufasha iterambere ryâ igihugu akawukwirakwiza ku bamukomikaho, abafitanye isano nawe , inshuti ze zo hafi ariko abana be nâ umugore we bakaba akarusho. Mu myaka myinshi itambutse ibyo bikorwa byo gusahura umutungo wâ abenegihugu byagiye bihira abana bâ abaperezida kuko […]
Liberia: Umuhungu wâuwahoze ari perezida yasabiwe gutabwa muri yombi
Urukiko mu gihugu cya Liberia rwasohoye impapuro zo guta muri yombi umuhungu wa Ellen Johnson Sirleaf, wahoze ari perezida wâiki gihugu, ndetse nâabandi bantu bagera kuri 30 bahoze bakorera Banki Nkuru yâIgihugu bakekwaho uruhare mu irigiswa ryâakayabo ka miliyoni 104$ zaburiwe irengero zijyanwa kuri iyi banki nkâuko byatangajwe kuri uyu wa Gatanu, itariki 28 Nzeri. […]