DRC: Opozisiyo isaba Loni kwirinda amayeri ya Kabila mu kuburizamo amatora

Mu gihe kuwa 23 Ukuboza 2018,muri Repubulika Iharanira Demokrasi ya congo biteguye amatora ya Perezida wa Repubulika opozisiyo irasaba Loni kutagwa mu mutego wa Perezida Joseph Kabila. Aba banyapolitiki bahanganye n’ ishyaka PPRD ya Joseph Kabila wamaze kwemeza ko ataziyamamaza, bakomeje kugira impungenge ko hari umugambi ukomeye ugamije kuburizamo amatora ya perezida wa Repubulika. Abayobozi […]

Hari ibyo andi mashuri yakwigira ku mashuri yo muri Rubavu – MINEDUC

Nyuma y’ubukangurambaga bwo guteza imbere ireme ry’uburezi bwakozwe ku bufatanye na Minisiteri y’Uburezi hari bimwe byagaragaye mu mashuri yo mu karere ka Rubavu yasuwe andi mashuri yakwigiraho. Nk’uko byagarutsweho ubwo hamurikwaga ibyagaragaye mu mashuri 32 yakorewemo ubu bukangurambaga kuri uyu wa 21 Nzeri 2018 hari amashuri yagaragayemo udusha mu mikorere, imicungire ndetse n’imiyoborere andi mashuri […]

Uvira: Abarundi n’Abanyarwanda bafunze bashinjwa ubunyeshyamba baratabaza

Amakuru aturuka Uvira muri Kivu y’Amajyepfo ho muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, aravuga ko Abarundi batawe muri yombi bashinjwa kuba inyeshyamba, bafunzwe mu buryo buteye agahinda. Aho aba bafungiye biravugwa ko harimo n’Abanyarwanda. Benshi muri aba Barundi ni urubyiruko batawe muri yombi bashinjwa kuba inyeshyamba. Bashinjwa gushakira abarwanyi umutwe wa RED Tabara cyangwa FNL, […]

Umugabo w’imyaka 58 yarokowe ubucakara yari amazemo imyaka 40

Umugabo w’imyaka 58 kuri uyu wa Gatatu ushize yarokowe n’abayobozi b’u Bwongereza ubucakara ibyavuye mu iperereza ry’ibanze bivuga ko yari amazemo imyaka igera kuri 40 afungiwe mu kazu k’imbaho k’umugabo w’imyaka 79 utuye ahitwa Carlisle. Uwari waramushyize muri ubu bucakara watawe muri yombi, yashoboraga gukurikiranwaho icyaha cy’Ubucakara bugezweho ariko yahise arekurwa. Ubwo uyu mugabo wagizwe […]

Umucuruzi yafatiwe ku muhanda asambana n’umuforomokazi

Umucuruzi witwa N. Dieng n’umuforomokazi witwa A. Faye bafatiwe ku muhanda basambana, ni mu gace kegereye umuhanda uri hagati ya Pikine na Dakar muri Senegal. Dieng asanzwe ari umucuruzi mu mujyi wa Petit Mbao, ngo akaba yari yatumiye umukunzi we, A.Faye, usanzwe ari umuforomokazi ku ivuriro riri i Yeumbeul, bahura mu masaha ya saa moya […]

Rubavu: Abatujwe mu mudugudu w’icyitegererezo basabwe kuwufata neza

Minisitiri w’Ingabo, Gen James Kabarebe ubwo yatahaga ku mugaragaro umudugudu w’icyitegererezo wa Bahimba wubatse mu Murenge wa Nyundo, mu Karere ka Rubavu, Intara y’Iburengerazuba, yasabye abawutujwemo kuwubungabunga. Imiryango 24 yakuwe mu manegeka niyo yatujwe muri uyu mudugudu, ubwo watahwaga ku mugaragaro ku wa Gatandatu tariki ya 6 Ukwakira 2018, Min. Gen Kabarebe yasabye abo Leta yawutujemo […]

U Buyapani buraburira Afurika ku nyota y’inguzanyo z’amahanga

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Buyapani, Taro Kono yaburiye ibihugu byo muri Afurika abisaba gucunganwa n’inyota y’inguzanyo z’amahanga bifite, abigira inama ko gucunga neza imyenda ari rwo rufunguzo rw’iterambere rirambye ry’umugabane wa Afurika bikozwe n’Abanyafurika ubwabo. Minisitiri Kono kuri uyu wa Gatandatu yatangaje ibi ubwo yafunguraga inama y’abaminisitiri ku iterambere rya Afurika izwi mu Cyongereza nka […]

USA: Kavanaugh wari uhangayikishije Abademokarate yemejwe na Sena mu Rukiko rw’Ikirenga

Sena ya Leta zunze ubumwe z’Amerika yemeje ko Brett Kavanaugh, w’imyaka 53 y’amavuko, aba umucamanza wa cyenda mu rukiko rw’ikirenga. Yemejwe ku majwi 50-48 y’abagize sena. Kavanaugh asimbuye kuri uwo mwanya Anthony Kennedy wafashe ikiruhuko cy’izabukuru mu kwezi kwa gatandatu uyu mwaka. Kwemezwa kwa Kavanaugh kwabayemo impaka nyinshi cyane nyuma yuma yuko hari abagore bamushinje […]

RDC: Impanuka ikomeye yahitanye abagera kuri 50

Abantu bagera kuri 50 bapfuye ubwo ku wa Gatandatu tariki ya 6 Ukwakira 2018, ikamyo itwaye ibikomoka kuri peteroli yagonganaga n’imodoka mu muhanda munini wo mu burengerazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Byabereye hafi y’umujyi wa Kisantu, uri hagati y’umurwa mukuru Kinshasa n’icyambu cya Matadi. Atou Matabuana, Guverineri w’Intara yo hagati ya Congo, yavuze […]

Nyamasheke: Hon. Senani arashimirwa uruhare rwe mu kuzamura uburezi mu kigo yayoboraga

Abanyeshuri b’urwunge rw’amashuri rwitiriwe Frank Adamson rwa Kibogora ( GS FAK) mu karere ka Nyamasheke, abayeyi babo, abarezi babo n’itorero Methodiste Libre mu Rwanda nyiri iri shuri, barashimira byimazeyo uwari umuyobozo waryo,  Hon. Pasiteri Senani Benoit wagiriwe icyizere n’abaturage n’umuryango FPR Inkotanyi agatorerwa kuba intumwa ya rubanda mu nteko ishinga amategeko umutwe w’abadepite, uruhare yagize […]

U Bufaransa: Intambara y’ igitangazamakuru n’ ubutabera k’ ubwicanyi bwo mu Bisesero

Abajenerari batatu b’ U Bufaransa baregwa kugira uruhare ubwicanyi bwakorewe mu Bisesero muri jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, bareze ikinyamakuru Mediartpart kwiba inyandiko zibashinja. Aba bajenerari Jean-Claude Lafourcade, Marin Gillier na Jacques Rosier bashinjwa kugira uruhare mu bwicanyi bwakorewe Abatutsi mu misozi ya Bisesero ku itariki 27 na 30 Kamena 1994 aho ingabo z’ […]

Bobi Wine yatangaje impamvu yatumye yinjira muri politiki

Nyuma yo gukubitwa na Polisi yo muri Uganda no kuva kwivuza muri Leta Zunze za Amerika, Depite Kyagulani Robert wamenyekanye cyane ku izina rya Bobi Wine yatangaje impamvu yatumye atangira urugamba rwo guharanira impinduka mu gihugu cye. Bobi Wine yasubije ibibazo bitandukanye mu kiganiro yagiranye na NTV yo muri Kenya iwe mu rugo I Kampala. […]

Bus zishaje zitwara abanyeshuri zigiye guhagurukirwa n’igipolisi

Igipolisi cy’U Rwanda gishinzwe umutekano wo mu mihanda kirahamagarira ba nyiri ibigo by’ubwikorezi n’abashinzwe kubicunga kugira uruhare mu gutuma imodoka zabo ziguma ku murongo w’izemerewe gutwara abantu, aho bivugwa ko bus zitwara abanyeshuri zishaje zigiye gukurwa mu muhanda. Umuvugizi w’igipolisi gishinzwe umutekano mu muhanda (Traffic Police), SSP Jean Marie Vianney Ndushabandi yavuze ko rimwe na […]

France: Hatangiye iperereza ku ibura ry’umuyobozi w'Igipolisi Mpuzamahanga

Umushinwa Meng Hongwei, ukuriye Igipolisi Mpuzamahanga (Interpol) amaze icyumweru aburiwe irengero, ibintu biri gufatwa n’ubugambanyi. Uyu akaba yarabuze ava mu Bufaransa ajya iwabo mu Bushinwa ku itariki 29 Nzeri nk’uko amakuru avuga. Abayobozi b’u Bufaransa batangiye iperereza ku ibura rya Meng Hongwei nyuma y’aho umugore we agannye ubuyobozi muri Lyon ku cyicaro cya Interpol akabamenyesha […]

Impamvu yatumye Justin Bieber ashaka byihuse

Abantu benshi bakomeje kwibaza impamvu yatumye Justin Bieber ashakana byihuse  n’umunyamideri, Hailey Baldwin mu mpera z’ukwezi gushize. Umuntu wa hafi  ya Justin Bieber yabwiye ikinyamakuru Hollywoodlife dukesha iyi nkuru kivuga ko Justin Bieber yabikoze mu rwego rwo kugira ngo habeho igikorwa cy’imibonano mpuzabitsina  hagati ye na Hailey kuko ngo imyemerere yabo bombi itabibemereraga mu gihe […]

Icyo Ingabire na Me Ntaganda bavuze nyuma y’irekurwa rya Diane Rwigara na nyina

Umunyapolitiki Ingabire Victoire uherutse gufungurwa ku mbabazi za Perezida wa Repubulika nyuma y’imyaka 8 ari muri gereza kuri uyu wa Gatanu, itariki 05 Ukwakira, nyuma y’ifungurwa ry’agateganyo rya Diane Rwigara na nyina, Mukangemanyi Adeline, yashimye iki cyemezo cy’urukiko avuga ko hari intambwe ubutegetsi bw’U Rwanda butangiye gutera kandi ishimishije yo gufungura urubuga rwa politiki. Ingabire […]

Diamond ni isukari y’abagore beza- Guverineri  wa Dar Es- Salaam

Guverineri w’Intara ya Dar Es Salaam, Paul Makonda yatangaje ko Diamond Platnumz ari isukari  y’abagore beza kuko ngo uwo yifuje atarara atamubonye. Ibi Guverineri  Makonda  yabitangaje mu muhango Diamond yatangagamo inkunga ku bantu bafite ubumuga ku munsi we w’amavuko mu gace ka Tandale maze  anamusaba kutihutira gushaka umugore kuko ngo agifite akazi gakomeye ko kubaka […]

Lucky Fire afatanya ate ubupfumu n'ubuhanzi?

Umuhanzi umaze kwigarurira imitima yabenshi bitewe n’uburyo aririmbamo budasanzwe mu Rwanda nyuma yo kuba umuhanzi akora n’akandi kazi katoroshye ko kuragura nk’umwuga yasigiye na se umubyara. Aka kazi Lucky Fire akora ngo kamuha amafaranga atari make gusa atifuje gutangaza, ubwo yaganiraga n’Umuseke dukesha iyi nkuru yawuhamirije ko aya mafaranga akura muri aka kazi ariyo ashora […]

 Itsinda ry’abaganga b’Abashinwa ryiyemeje kuvura Abanyarwanda

Itsinda rya 19 ry’Abaganga 200 bavuye mu Bushinwa riri mu Rwanda mu rwego rwo gutanga serivisi z’ubuvuzi. Umuyobozi Mukuru muri Minisiteri y’Ubuzima Ushinzwe Serivisi zUbuzima, Zuberi Muvunyi avuga ko aba baganga abari mu Rwanda mu rwego rwo kunoza umubano hagati y’ibihugu byombi mu bijyanye n’ubuvuzi. Uyu muyobozi avuga ko uretse kuba U Rwanda rusanzwe rufitanye […]

Kivu, isibaniro ry’intambara ikomeye ya Afurika itaribagirana

Intara za Kivu muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo zimaze imyaka igera kuri 24 mu ntambara z’urudaca, aho usanga muri izi ntara iya Kivu y’Amajyepfo n’iya Kivu y’Amajyaruguru, buri munsi habera ubwicanyi, gufata ku ngufu n’ubundi bugizi bwa nabi bugirwamo uruhare n’imitwe y’inyeshyamba. Dusubire inyuma mu ntambara zabereye mu burasirazuba bwa Congo mu bice byegereye […]

Undi muntu wa hafi wa Gen Kayihura agiye gutabwa muri yombi

Urukiko rushinzwe kurwanya ruswa muri Uganda rwanzuye ko umwe mu bantu ba hafi b’uwahoze ari Umuyobozi wa Polisi ya Uganda, Gen Kale Kayihura ariwe  ACP Silaje Bakaleke ashinjwa ruswa. Urukiko rwafashe uyu mwanzuro  nyuma yahoACP Bakaleke ananiwe  kwtitaba urukiko rwari rwamusbaye ko kuwa 17 Nzeri 2018 yazajya gutanga ibisobanuro ku byaha uruhuri bijyanye na ruswa […]

Burundi: CNDD igiye guhagurukira Imbonerakure n’Abarwanashyaka bayiteza urubwa

Ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu gihugu cy’u Burundi riravuga ko rigiye guhagurukira abarwanashyaka baryo baritera urubwa, abarya ruswa, abanebwe n’ibisambo nk’uko byatangajwe n’Umunyamabanga Mukuru w’iri shyaka. Umunyamabanga Mukuru wa CNDD-FDD, Evariste Ndayishimiye yatangaje ko bagiye guhagurukira abigira abarwanashyaka (Abagumyabanga) kandi atari bo, avuga ko bagiye gusezererwa. Abarwanashyaka ba CNDD bari mu mirimo ya leta […]

Kicukiro: Ku bufatanye n’abaturage Polisi yafashe abasore 2 bari bamaze kwiba mu nzu y’umuturage

Mu ntangiriro z’uku kwezi k’Ukwakira, Tariki 02, ku bufatanye n’abaturage bari mu irondo yafashe abagabo babiri bari bamaze gutobora inzu y’umuturage biba ibikoresho byo munzu. Abafashwe ni Nizeyimana Frederic w’imyaka 28 wafatanywe televiziyo nini yo mu bwoko bwa flat screen n’indangururamajwi  y’umuziki (Amprificateur), Harorimana Martin we yari afite moto yo mu bwoko bwa Boxer  itagira […]

Uganda: Umuhanzi yatawe muri yombi azira gutuka perezida  Museveni na Kadaga

Umuhanzi Viboyo yatawe muri yombi azira kwita Perezida  Museveni n’Umuvugizi w’Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda, Rebecca Kadaga abita ‘ibibuno’ Moses Nsubuga uzwi nka Viboyo wamenyekanye mu ndirimbo ‘Nyumbani’ yafatanyije na Goodlife yafashwe mu rwego rwo kugira ngo ahatwe ibibazo ku bijyanye n’indirimbo yashyize hanze atuka abayobozi. Umuvugizi w’Urwego rw’Iperereza, Vincent Ssekatte avuga ko  Viboyo kuri […]

Abasirikare bane ba FARDC bishwe n’inyeshyamba

Inyeshyamba za ADF/Nalu zikomoka muri Uganda, zishe abasirikare bane ba Leta ya Congo/Kinshasa i Paida, agace kari muri Teritwari ya Beni (Nord-Kivu) . Aba basirikare bishwe ku wa kane tariki ya 4 Ukwakira 2018, ubwo izi nyeshyamba zakozanyagaho n’abasirikare ba Leta. Nk’uko Radiyo Okapi ibitangaza, ngo izi nyeshyamba za ADF, zagabye ibitero ku birindiro bya […]

 Mureke gutuma Afurika igaragara nk’umugabane wavumwe- Perezida Kagame

 Perezida w’U Rwanda akaba n’Umuyobozi wa Afurika Yunze Ubumwe, Paul Kagame yasabye urubyiruko rwo mu bihugu bya Afurika  kudatuma uyu mugabane ugaragara nk’aho wavumwe kandi ufite byinshi indi migabane itagira. Ibi yabitangaje mu biganiro yagiranaga n’urubyiruko ruturutse mu bihugu bitandukanye bya Afurika kuri uyu wa 4 Ukwakira 2018 ruri mu ruzinduko mu Rwanda kuva  cyumweru […]

Umugabo wanjye agiye kugurira moto undi mugore mu mafaranga yanjye- NKORE IKI?

Mungire inama, nitwa M.Claire, nkaba ndi umugore ufite abana babiri, ariko umugabo wanjye aranzengereje, arara atereta abandi bagore, akavuga mu ndimi ntumva. Nakomeje kubona yarahindutse bikantera kumwibazaho ariko ukuri nsa nkaho nakumenye, kubera akazi kenshi agira, ku manywa ntabwo abona akanya ko kuganira n’umugore bahararanye akabikora ageze mu rugo. Iyo ageze mu rugo, nibwo baganira […]

Burundi/Musaga: Gerenade yatewe mu biro bya polisi

Umuntu utaramenyekana yateye gerenade ahari ibiro bya polisi muri Zone ya Musaga, mu mujyi wa Bujumbura ahazwi nko kuri OTRACO. Amakuru aturuka mu Burundi, avuga ko abantu begereye aho iyi gerenade yatewe, batangaje ko bumvise ituritse nka saa mbiri n’igice z’ijoro, ikaba yakurikiwe n’amasasu yarashwe n’abapolisi ariko uwayiteye yarangije kugenda. Polisi y’u Burundi ntabwo yari […]

Gitwe: Abanyeshuri bigaragambije bashinja umuyobozi w’ikigo kubakubita

Ku mugoroba wo ku wa Kane tariki ya 4 Ukwakira 2018, abanyeshuri biga muri ‘College Adventiste de Gitwe’ bigaragambije bashinja umuyobozi w’ikigo, Ndayisenga Wilton kubakubita.   Abanyeshuri basaga 150, basohotse mu kigo, bafata umuhanda berekeza ku karere ka Ruhango, bavugaga ko bagiye gushaka ubuyobozi bw’akarere ngo bubakemurire ikibazo, bashimangira ko ari icy’inkoni bakubitwa na diregiteri […]

Kenya: Abagabo bigaragaje nk’abanyamideri bambaye imyenda y'abagore-Amafoto

Abakozi ba Kompanyi Chrolide Exide b’abagabo  mu gihugu cya Kenya bashyize hanze amafoto  bambaye amakanzu  n’indi myenda y’abagore nk’abamurika imideri. Aba bagabo barimo n’Umuyobozi Mukuru,Guy Jack bakoze ibi mu rwego rwo gukangurira abaturage guha agaciro ubuzima bw’abagore by’umwihariko guhangana n’ikibazo cya Kanseri y’ibere. Aya mafoto yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga mu gihugu cya Kenya aho benshi […]

Kigali: Diane Rwigara na nyina bafunguwe by’agateganyo

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 5 Ukwakira 2018, Urukiko Rukuru rwemeye ubusabe bwa Diane Rwigara na nyina, Mukangemanyi Adeline, bemererwa gufungurwa by’agateganyo. Mu iburanisha ryo ku wa Kabiri tariki ya 2 Ukwakira 2018, Diane Rwigara na Mukangemanyi Adeline bari basabye kuburana bari hanze, ubushinjacyaha bubitera utwatsi buvuga ko ubwo busaye bwatanzwe igihe cyararenze. Urukiko […]

Kayonza: Bahabwa moteri zuhira imyaka batazi kuzikanika

Abahinga igishanga cya Rwinkwavu n’inkuka zacyo mu mirenge ya Mwiri, Murundi na Rwinkwavu, bashima Leta yabahaye imashini zuhira kuri gahunda ya nkunganire, ariko bakababazwa n’uko rwiyemezamirimo abemerera kuzikanika zapfuye ntabikorere ku gihe bikabateza ibihombo. Gahunda ya nkunganire mu kuhira mu karere ka Kayonza, ihesha umuhinzi wo mu cyiciro cya mbere n’icya kabiri imashini yuhira ikoresha […]

Leta yateguye kwica Bobi Wine- Besigye

Uwahoze ayobora ishyaka ritavga rumwe na Leta ya Uganda, Rtd Col. Dr Kiiza Besigye avuga ko leta ariyo yacuze umugambi wo kwivugana Depite wa Kyadondo y’Iburasirazuba, Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine mu kaduruvayo kabereye mu Karere ka Arua. Besigye avuga ko Leta ariyo yateguye kwica Bobi Wine maze ikabyegeka kuri we maze ikamuta muri […]

Amerika mu nzira yo gukura abasirikare bayo muri Afghanistani

Umusirikare umwe wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yishwe ku wa Kane tariki ya 4 Ukwakira 2018, n’umutwe w’inyeshyamba za Abatalibani, bityo Amarika ikaba itangaza ko igiye gukurayo abasirikare bayo. Ubuyobozi mu gisirikare cya Amerika, butangaza ko buzagira byinshi butangaza ku rupfu rw’uyu musirikare birinze no gutangaza amazina, mu gihe buzaba bwarangije kugira icyo buganira […]

2020: Abigisha batarize uburezi akabo kashobotse

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Uburezi gitangaza ko mu mwaka wa 2020 nta muntu n’umwe uzongera guhabwa akazi mu burezi mu gihe atize cyangwa ngo abe afite amahugurwa mu byo kwigisha. REB ivuga iki cyemezo kigamije kongera sitati y’abarimu no kubongerera icyizere mu kazi bakora. Umuyobozi wa REB, Dr  Irene Ndayambaje  avuga ko  abarimu bazobereye akazi bagiye […]

RDC: Umusirikare wa FARDC yishe abana be babiri na we ahita yirasa

Umusirikare wa Congo/Kinshasa, yishe abana be babiri mbere y’uko nawe yiyahura, aya mahano akaba yabaye ku wa Kabiri tariki ya 2 Ukwakira 2018, muri karitiye ya Kanzulinzuli iri muri Komini Bungulu, Teritwari ya Beni (Nord-Kivu). Hari mu masaha ya saa tatu z’ijoro, Adjudant- Chef Kapunga Kande RenĂ© wari umusirikare wa Congo by’umwihariko wanavuraga bagenzi be, […]

Cibitoke: Umuganga yasambanyije umugore wari uri ku bise

Umuforomo wakoreraga ku ivuriro rito ryo muri Zone Bumba, muri Komini Bukinanyana, Intara ya Cibitoke mu Burundi, yahamijwe n’urukiko icyaha cyo gusambanya umugore wari utwite. Ntunzwenimana Laurent, yahanishije igifungo cy’imyaka irindwi ndetse n’ihazabu y’amafaranga y’u Burundi ahwanye na miliyoni, yahamijwe n’urukiko icyaha cyo gusambanya ku gahato umugore wari uri ku nda yenda kubyara. Urukiko rukuru […]

Maj. Ntuyahaga  avuga ko aje mu Rwanda ubuzima bwe bwajya mu kaga

Komisariya Nkuru Ishinzwe Impunzi n’Abatagira ubwenegihugu mu Bubiligi (CGRA) yateye utwatsi ubusabe bwo kwakira Maj. Ntuyahaga washinjwaga kwica abasirikare 10 bari mu butumwa bwa ONU mu Rwanda. Iki cyemezo cyatangajwe kuwa 3 Nzeri 2018 maze Ntuyahaga avuga ko azajurira kuko ngo aje mu Rwanda ubuzima bwe bwajya mu kaga nk’uko ibitangazamakuru byo mu Bubiligi bibitangaza. […]

Abagore bafatanwe na pasiteri mu rusengero bambaye ubusa

Polisi yo mu gace ka Rukiga muri Uganda ivuga ko yataye muri yombi barindwi yasanze mu rusengero bambaye ubusa bari kumwe na pasiteri w’umugabo witwa Mubangizi uzwi nka Aggrey ukomoka mu Karere ka Ibanda. Polisi yo muri aka gace ivuga ko abatawe muri yombi bashinjwa gukora inama itemewe mu nzu y’uwitwa Adah Kahababo wo mu […]

Nyabitekeri: Umugabo w’imyaka 61 yapfuye urw’amayobera

Mu mudugudu wa Muremure,akagari ka Kinunga,mu murenge wa Nyabitekeri, akarere ka Nyamasheke haravugwa  urupfu rw’umugabo w’imyaka  61 y’amavuko witwaga Shyirambere Silas, bamwe bakavuga ko ari imitego y’abarozi yaba yarenze abandi bakabibona nk’ibisanzwe,ubuyobozi bwo bukavuga  ko ari amayobera ariko ibyo kurenga imitego y’abarozi byo atari byo. Nk’uko umunyamabanga nshingwabikorwa w’akagari ka Kinunga muri uyu murenge,  Gahongayire […]

Ishavu n'agahinda mu mutima wa Selena Gomez

Umuhanzikazi  Selena Gomez akomeje kunanirwa kwakira ishyingirwa ry’umusore bahoze bakundana, Justin Bieber wamaze kubana n’umunyamideli, Hailey Baldwin. Umwe mu bantu ba hafi b’uyu mukobwa avuga ko Gomez yananiwe kwiyumvisha ko Justin Bieber yaba umugabo w’undi mukobwa bityo akaba ari mu gahinda. Ati” Selena azi neza ko Justin Bieber yamaze kubana n’undi mukobwa gusa ntarabyakira. Biramugora […]

Anne Rwigara avuga ko imitungo yabo yatejwe mu buryo bw’ubusahuzi

Umuryango wo kwa Rwigara Assinapol uvuga ko watunguwe no kumva ko hatejwe imitungo yabo mu cyamunara cyabaye ku wa 3 Ukwakira 2018, bakaba babyita ubusahuzi. Amakuru y’itezwa mu cyamunara ry’imitungo y’umuryango wa Rwigara Assinapol bamwe bavuga ko ryatangiye guhwihwiswa cyane ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki ya 2 Ukwakira 2018, ariko bamwe batazi ikizagurishwa. […]

Ntimugasaze ibyiza biri imbere- Habineza Joe abwira inshuti ze

Umunyapolitiki Habineza Joseph, ukunzwe cyane n’urubyiruko rw’u Rwanda ndetse rwanamuhaye akazina ka Joe, yifurije abakunzi be kuramba, ndetse ko ibyiza biri imbere. Ibi yabitangarije abakunzi be bamwifurije isabukuru nziza y’amavuko, yabaye ku wa 3 Ukwakira 2018, ubwo yari yujuje imyaka 54. Habineza abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, yagize ati “ Kuri mwe mwese nshuti […]

Tanzaniya yanze inkunga ya Banki y’Isi

Mu gihe ibihugu byinshi bya Afurika bisamira hejuru inkunga ya Banki y’Isi, igihugu cya Tanzaniya cyo  cyanze kwakira asaga miliyoni 50 z’amadolari ya Amerika cyari cyahawe n’iyi banki. Umunyamabanga Mukuru muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi,  Dotto James yavuze ko batakwakira aya mafaranga kuko batigeze basaba ubufasha iyi banki y’isi. Mu kiganiro n’ikinyamakuru MCL Digital, yagize ati” […]

Urujijo ku rwibutso rwa jenoside yakorewe Abahutu mu Burundi

Urwibutso rwiswe urwa jenoside yakorewe Abahutu mu Burundi ruherutse gushingwa i Gitega mu Burundi, ntiruvugwaho rumwe n’abaharanira kwibuka ubwo bwicanyi bwakozwe mu 1972. Ingingo itavugwaho rumwe ni umuntu wubatse urwo rwibutso ndetse n’ukuntu rwubatswe mu kwezi gushize, uwatanze uburengenzira,… Abari mu muryango ‘Collectif International des survivants du Genocide Hutu de 1972’ bakorera i Burundi, bavuga […]

Uganda: Umunyarwanda yafashwe ashinjwa urupfu rwa ASP Kirumira

Urwego rw’ubutasi bwa Gisirikare muri Uganda rutangaza ko Umunyarwanda, Bashir Hamad Mugisha ari mu batawe muri yombi bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’uwari Umuyobozi wa Polisi mu Karere ka Buyende, ASP Muhammad Kirumira. Mugisha yafashwe nyuma yaho igipolisi n’igisirikare bya Uganda bikoreye za operasiyo mu gihugu hose mu rwego rwo gushaka kumenya uwarashe Kirumira.Kugeza ubu […]

Isabukuru nziza nyir'inkende zanjye – Zari abwira Diamond

Buri tariki  2 Ukwakira 2018, nibwo icyamamare mu muziki Diamond yizihiza isabukuru y’imyaka amaze avutse, kuri ubu arizihiza iyi myaka 29 yujuje kuwa 2 Ukwakira 2018 bamwe mu bamwifurije isabukuru nziza harimo n’uwahoze ari umugore we Zari Hassan Gusa amagambo yakoresheje yateye benshi urujijo hibazwa icyaba cyabimuteye. Abinyujije kurukuta rwe rwa Instagram Zari Hassan mu […]

Ruhango: Umumotari yafashwe agerageza gutanga ruswa

Ku gicamunsi cyo ku wa 2 Ukwakira 2018, mu murenge wa Byimana,mu karere ka Ruhango,Polisi  yafashe umumotari witwa Uwizeyimana Vivens w’imyaka 36 y’amavuko ageragezaga gutanga ruswa y’ibihumbi makumyabiri (20 000 frw) ku mu Polisi kugira ngo arekure Moto ye yafatiwe mu makosa. Iyi moto yo mu bwoko bwa TVS ifite icyapa kiyiranga RE 259 C […]

Nyamasheke: Barasaba inyigisho zihoraho zirebana no kuboneza urubyaro

Abaturage bo mu murenge wa  Ruharambuga  mu karere ka Nyamasheke barasaba ko ababishinzwe bahozaho mu gutanga ibiganiro n’inyigisho mu baturage ku bijyanye na gahunda n’uburyo bukoreshwa mu kuboneza urubyaro. Babisabye ubwo muri uyu murenge hasorezwaga icyumweru cyahariwe gahunda zo kuboneza urubyaro cyari cyatangirijwe mu murenge wa Gihombo, ubuyobozi bw’akarere ka Nyamasheke, ubw’ibigo nderabuzima n’ubw’ishami ry’umuryango […]

Iyo umuturage arangirijwe urubanza nibwo aba abonye ubutabera bwuzuye- Min. Busingye

Minisitiri w’Ubutabera Johnston Busingye avuga ko umuturage ahabwa ubutabera bwuzuye mu gihe urubanza rwe ruba rwarangijwe. Yabitangaje kuri uyu wa Gatatu tariki ya 3 Ukwakira 2018, ubwo yari amaze kwakira indahiro z’Abahesha b’Inkiko batari ab’umwuga bazajya barangiza imanza na ba Noteri. Minisitiri Busingye yabasabye kwirinda gusiragiza abaturage mu gihe cyose babagannye babashakaho ubutabera. Ati “Mugomba […]

Bobi Wine umaze iminsi mu bizazane, agiye gutaramira abafana be

Umunyapolitiki akaba n’umunyamuziki mu gihugu cya Uganda, Bobi Wine yatangaje ko agiye gutaramira abafana be mu minsi ya vuba. Uyu muhanzi w’umunyapolitiki, ufite intebe mu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda, avuga ko igitaramo cye kizabera kuri sitade yitiriwe Mandela ‘Mandela National Stadium’ ikaba inazwi ku izina rya Namboole. Nk’uko ikinyamakuru Chimpreports cyo muri Uganda kibitangaza, […]

Uburyo ASP Kirumira yishwe

 Umugabo w’imyaka 28 Muzamir yatangarije inzego z’ubutasi bwa gisirikare bwa Uganda (CMI) uburyo Uwari Umuyobozi wa polisi mu gace ka Buyende,ASP Muhammad Kirumira yishwe. Abantu bahafi bo muri CMI batangarije Spyreports dukesha iyi nkuru ko  muzamir wari umaze iminsi yihishe mu Karere ka Yumbe yavuze iby’urupfu rwa Kirumira. Aba batangaje ko Muzamir yatawe muri yombi […]

Chris Brown afite icyizere cyo kongera gukundana  na Rihanna

Umuhanzi Chris Brown avuga ko agifite icyizere cyo kuzasubirana n’uwo bahoze bakundana ari we, Rihanna nyuma y’imyaka itanu batandukanye. Inshuti ya hafi ya Chris Brown ivuga ko Chris  agowe no kuba Rihanna atakiri inshuti ye nk’uko inkuru dukesha Holywoodlife ibitangaza. Yagize iti” Chris ntashobora kwikuramo Rihanna nyuma y’iyi myaka yose. Uretse kuba hashize igihe batandukanye, […]

RGB yasohoye icyegeranyo cy’ibipimo by’imiyoborere mu Rwanda

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 3 Ukwakira 2018, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe imiyoborere (RGB) cyatangaje ku ncuro ya Gatanu ibipimo by’imiyoborere mu Rwanda bizwi mu rurimi rw’Icyongereza nka “Rwanda Governance Scorecard”. Ubuyobozi bwa RGB butangaza ko iki cyegeranyo cy’ibipimo by’Imiyoborere mu Rwanda gikorwa hagamijwe kugaragaza ishusho y’uko imiyoborere ihagaze mu gihugu mu byiciro bitandukanye no […]

Rusizi: Ushinjwa gusambanya abana babiri arahigwa bukware

Amakuru aturuka mu kagari ka Kigenge, umurenge wa Nzahaha, mu karere ka Rusizi, avuga ko abaturage ku bufatanye n’inzego z’umutekano bahagurukiye gushakisha umugabo witwa  Murwanashyaka Gaspard   w’imyaka 47 y’amavuko nyuma y’iminsi 2 acitse, akekwaho gusambanya abana be babiri. Nk’uko Bwiza.com yabitangarijwe n’umunyamabanga nshingwabikorwa w’akagari ka Kigenge,  Munezero Rita  ngo ubuyobozi n’inzego z’umutekano bumaze iminsi 2 […]

Umugore yafashwe agerageza kugurisha umwana we kuri miliyoni 11

Mu gace ka Bepanda, kari mu mujyi wa Douala  muri Cameroun, hafashwe umugore wari ugiye kugurisha umwana we w’amezi atatu nyuma yo kunananirwa kubarere ari babiri yabyaranye n’abagabo batandukanye. Nyuma yo kubona ko atabashije kubarera ari babiri, ngo yari yafashe icyemezo cyo kugurisha umuto w’amezi atatu, agasigara arera mukuru we w’imyaka itatu. Uyu mwana yari […]

2018/2019: Abemerewe inguzanyo yo kwiga muri Kaminuza y'u Rwanda baragabanutse

Inama Nkuru y’Amashuri Makuru na Kaminuza, HEC, yatangaje urutonde rw’abanyeshuri bashya bemerewe inguzanyo yo kwiga muri Kaminuza y’u Rwanda (UR) no mu mashuri makuru y’imyuga n’ubumenyingiro (IPRCs) mu mwaka w’amashuri wa 2018/19 rugaragaza ko abasaga 5,314 batemerewe inguzanyo.  Mu itangazo HEC yasohoye kuri uyu wa Kabiri, rigaragaza ko mu banyeshuri 13 792 bari basabye inguzanyio, abayemerewe […]

Ndifuza ko ikipe yacu ariyo ihinduka iy’igihugu -Visi Perezida wa Rayon Sports

Ku cyumweru dusoje tariki 30 Nzeri 2018 nibwo Mugisha Francois bakunda kwita Master ukinira ikipe ya Rayon Sport bakunze kwita Gikundiro yatsinze igitego mucyeba w’ibihe byose APR FC ku mukino wa nyuma w’irushanwa ry’agaciro kinatuma Rayon Sports yegukana igikombe. Maitre Muhirwa Freddy usanzwe ari Visi Perezida wa Rayon Sports aganira n’abakinnyi mu muhango wo kubakira […]

 Kigali: Ikirayi kirarya umugabo kigasiba undi

Abaturage batuye mu turere tugize umujyi wa Kigali bavuga ko batakirya ibirayi bitewe n’uburyo bihenze muri iyi minsi.  Abaturage bavuga ko ibiciro Minisiteri ifite ubucuruzi mu nshingano zayo yashyizeho atari byo bikurikizwa ku masoko bityo kwigondera iki kiribwa bikaba atari iby’ubonetse wese. Umwe mu baturage b’akarere ka Gasabo, Divine Nikuze yatangarije TNT ko we n’umuryango […]