Sinigeze mbona Idi Amin ariko ntekereza ko Museveni ari mubi kumurusha — Bobi Wine

Bobi WineUmuhanzi wo muri Uganda akaba n’umudepite mu nteko ishinga amategeko, Robert Kyagulanyi, uzwi nka Bobi Wine, aravuga ko Perezida Museveni ari umuyobozi mubi kurusha Idi Amin wigeze kuyobora iki gihugu. Ni mu kiganiro na televiziyo Citizen kuri uyu wa Gatatu. Bobi Wine ati: “ Sinigeze mbona Idi Amin ariko ntekereza ko Museveni ari mubi […]

Ubuhanuzi bwo mu nsengero zo muri iyi minsi, buracura iki mu Rwanda?

Bamwe biyise abakozi b’Imana, abahanuzi, intumwa z’Imana, abavugabutumwa,
 ibyo babwira abayoboke babo hari ibibakura imitima cyangwa bikayibarema bitewe n’uburyo yoroshye cyangwa ikomeye, ese ubu buhanuzi buba ari ubw’ukuri cyangwa buba bugamije gushakisha indamu cyangwa ubundi butunzi ku biyise ayo mazina? Abagabo babiri ubwo bahuraga batari baherukanye, umwe ubwo yamuganyiraga ko imyaka ibaye myinshi ari umushomeri, […]

Koreya y’Epfo irateganya gukuriraho ibihano iya ruguru mu gihe Trump atabikozwa

Igihugu cya Koreya y’Epfo kirateganya gukuriraho Koreya ya Ruguru bimwe mu bihano cyayifatiye mu rwego rwo kurushaho kuzana ubwumvikane muri dipolomasi hagamijwe kurushaho kuzahura imibanire no gukemura ikibazo cy’ibitwaro bya kirimbuzi nk’uko byatangajwe kuri uyu wa gatatu na minisitiri w’ububanyi n’amahanga. Ibintu Donald Trump ariko avuga ko iki gihugu kitagomba gukora Leta Zunze Ubumwe za […]

HRW irasaba u Rwanda gukuraho ibirego bishinjwa ba Rwigara no gufungura izindi mfungwa

Human Rights Watch iravuga ko mu gihe irekurwa ry’imfungwa riheruka mu Rwanda rishobora kuba ari ikimenyetso cy’igika gishya no gufungura urubuga rwa politiki, hari ibindi bikenewe gukora mu kugaragaza ko koko hari impinduka. Yaboneyeho gusaba ko ibirego bishinjwa Diane Rwigara na nyina bikurwaho ndetse n’izindi mfungwa za politiki ziri mu magereza zigafungurwa. Ni mu gihe […]

Mu mafoto: Min. Mushikiwabo yagaragaje ubuhanga afite mu kubyina Kinyarwanda

Mu ijoro ryo ku wa Gatatu tariki ya 10 Ukwakira 2018, nibwo muri Armenie habereye igitaramo cyo gususurutsa abakuru b’ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa bahateraniye mu muhango wo gutora Umuyobozi Mukuru w’Umuryango byibumbiyemo wa OIF (Organisation internationale de la Francophonie),  Min. Mushikiwabo Louise wiyamariza kuwuyobora yatunguranye abyina imbyino Nyarwanda. Min. Mushikiwabo ni umwe mu bakandida bafite […]

Rusizi: Ambasaderi w’u Bwongereza mu Rwanda arashima intambwe rwateye

Ambasaderi w’u Bwongereza mu Rwanda,  Jo Lonas  avuga ko u Rwanda ari igihugu kigaragaza impinduka zikomeye mu iterambere ry’ubukungu no kubahiriza uburenganzira bw’ibanze bw’abaturage barwo mu rwego rwo guharanira imibereho myiza yabo. Ni bimwe mu byo yavugiye mu karere ka Rusizi ku wa Kabiri tariki ya 9 Ukwakira 2018, ubwo yifatanyaga n’umuryango ‘Strive Foundation Rwanda’ […]

Burundi: Abashinjwa kwica umukuru w’Imbonerakure bakamuca umutwe bakatiwe

Abantu batatu bashinjwa kwica umuyobozi w’Imbonerakure n’umugore we mu Ntara ya Kayanza mu Majyaruguru y’u Burundi kuri uyu wa Kabiri, itariki 09 Ukwakira bakatiwe igifungo cya burundu n’Urukiko Rukuru rw’Intara, ndetse bategekwa gutanga amande angina na miliyoni 20 z’Amarundi. Aba bantu bashinjwa kwica Ngendakumana Daniel n’umugore we, Nikiza Elisabeth nk’uko iyi nkuru dukesha urubuga Ubmnews […]

Rulindo: Batanu batawe muri yombi bashinjwa kwiba amabuye y'agaciro

Abaturage bo mu murenge wa Shyorongi mu kagari ka Bugaragara mu ijoro ryo   kuri uyu wa kabiri tariki 09 Ukwakira bagize uruhare mu gufata abasore batanu(5) bitwikiraga ijoro bakajya gucukura amabuye y’agaciro rwihishwa mu kirombe cy’amabuye y’agaciro. Abafashwe   ni  Ikirizamukwiheba  Eric  ufite imyaka 23,  Twizeyimana Jean Claude w’imyaka 26, Hakizimana  Alphonse w’imyaka 25 , Hakorimana  […]

Uganda: Umucuruzi w’Umunyarwanda yatawe muri yombi ashinjwa kuba intasi

Umunyarwanda Alex Abinshuti ukorera ubucuruzi mu Karere ka Hoima muri Uganda yatawe muri yombi kuwa 3 Ukwakira 2018 ashinjwa kuba intasi y’U Rwanda. Uyu mugabo yatawe muri yombi n’inzego bivugwako ari iz’ubutasi bwa gisirikare bwa Uganda (CMI)  ku by’aha ikinyamakuru Virunga Post dukesha iyi nkuru kivuga ko ari ibihimbano. Umuryango w’yu mugabo uvuga ko yatawe […]

Abapolisi bo mu Buhinde babujijwe kongera guseka

Abapolisi bakora ku bibuga by’indege mu Buhinde bahawe amabwiriza yo kugabanya guseka mu gihe bigaragara ko urugwiro bagiranaga n’abantu rushobora guteza ibyago. Ikigo cy’Ubuhinde cy’umutekano w’inganda, ari na cyo gishinzwe umutekano w’indege, cyatangaje ko gishaka ko abakozi bacyo “baba maso kurushaho uko bagira urugwiro.” Ikinyamakuru Indian Express cyo mu Buhinde gitangaza ko ibi biraterwa n’impungenge z’uko urugwiro […]

Sinakwihanganira uburyo tubayeho mu Rwanda — Diane Rwigara

Diane Rwigara uherutse gufungurwa by’agateganyo yatangaje ko atakwihanganira uburyo babayeho mu Rwanda, avuga ko yari yaratangije itsinda ry’agakiza ryitwa Itabaza azakomezanya naryo. Ni mu kiganiro Newsday cya BBC aho yatangaje ubuzima bwa gereza yanyuzemo avuga ko atari bwiza ariko yagombaga guhangana nabwo. Diane Rwigara ndetse na nyina, Adeline Rwigara barekuwe by’agateganyo mu cyumweru gishize, nyuma […]

Kenya: Huddah Monroe yigabanyirije imyaka abafana baramwanjama

Huddah Monroe ni umunyakenyakazi wamamaye cyane ku mbuga nkoranyambaga kubera amafoto ye y’urukozasoni, ubu akaba ari mu ntambara y’amagambo n’abafana be bamushinja kwigabanyiriza imyaka. Abicishije ku rukuta rwe rwa Instagram, Huddah yagize ati “Umwaka urarangiye, mu minsi ine ishije nujuje imyaka 23”. Ibi abafana babyuririryeho bamushinja kwigabanyiriza imyaka. Abafana bamwibukije ko ubwo yahagarariraga igihugu cya […]

USA: Carlson arashinjwa kwitwaza Jenoside yakorewe Abatutsi mu kubiba inzangano

Umusesenguzi mu bya politiki wa Televiziyo Foxnews, Tucker Carlson, yatangaje ko icyo Abademokarate bashaka nta kindi kitari itsembabwoko ry’Abazungu, aho yagereranyije ibyo batangaza nk’ibyatangazwaga na Guverinoma yashyize mu bikorwa umugambi wa Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, abandi basanga ntaho bihuriye kuko abademokarate atari bo bari ku butegetsi ahubwo bagasanga ashaka kwangisha Abazungu andi […]

Ethiopia nayo yakuyeho kubanza gusaba visa ku Banyafurika bayisura

Igihugu cya Ethiopia kigiye kujya giha visa abagenzi b’Abanyafurika bagisura bageze ku kibuga cy’indege nk’uko byatangajwe na Perezida w’iki gihugu, Mulatu Teshome ubwo hafungurwaga inteko ishinga Amategeko kuri uyu wa Mbere ushize. Perezida Teshome wa Ethiopia yavuze ko igihugu cye kigiye kujya giha visa Abanyafurika bamaze kukigeramo mu rwego rwo koroshya inzira byanyuragamo kugirango ushaka […]

Ishyaka rya Mwenedata Gilbert ririshimira irekurwa rya Diane Rwigara na nyina

Ishyaka IPAD-Rwanda rya Mwenedata Gilbert washakaga kwiyamamariza ku mwanya wa Perezida w’u Rwanda, ritangaza ko ryishimiye irekurwa rya Rwigara Diane na nyina Mukangemanyi Adeline. Itangazo ryashyizweho umukono n’umunyamabanga mukuru w’iri shyaka, Musabyimana Charles, rivuga ko bishimiye iki cyemezo cyafashwe n’ubutabera bw’u Rwanda. Bagize bati “Nyuma y’ifungurwa rya Ingabire Umuhoza Victoire, Perezida w’ishyaka FDU-Inkingi kimwe n’izindi […]

Perezida Nkurunziza arashinja u Rwanda na Congo kuba inzira y’ubusahuzi bw’umutungo w’u Burundi

Perezida w’u Burundi, Pierre Nkurunziza, yasabye inzego z’umutekano ndetse n’abaturage cyane cyane abaturanye n’u Rwanda na Congo, kurushaho kuba maso by’umwihariko ku mipaka y’ibi bihugu ashinja kuba ari byo binyuzwamo imitungo y’igihugu mu buryo bwa magendu. Ibi Perezida Nkurunziza yabitangarije kuwa Mbere, itariki 08 Ukwakira, mu Ntara ya Muyinga, ahari hagiye gutangizwa ku mugaragaro ibikorwa […]

Umubyeyi wa Steven Kanumba yababariye Lulu ushinjwa urupfu rwe

Flora Mtegoa, ubyara icyamamare mu gukina filimi, Steven Kanumba wapfuye mu mwaka wa 2012, yateye intambwe yo guha imbabazi umukobwa witwa Elizabeth Michael, uzwi ku izina rya Lulu washinjwe kugira uruhare mu rupfu rw’umuhungu we. Lulu wari inshuti ya Kanumba muri icyo gihe yapfiriyemo, yakatiwe n’urukiko rw’i Dar es Salaam igifungo cy’imyaka ibiri  ashinjwa kugira […]

Nyamasheke: Urujijo ku itemwa ry'inka ya Girinka

Mu rukerera rwo ku cyumweru ushyira ku wa Mbere tariki ya 8 Ukwakira 2018, ni bwo abaturage n’ubuyobozi bw’umudugudu wa Rutare, akagari ka Miko mu murenge wa Karengera mu karere ka Nyamasheke bahurujwe n’umwe mu bahungu b’umukecuru witwa Mukamusoni ConsolĂ©e wari warahawe inka muri gahunda ra Girinka ko imaze gutemwa n’abagizi ba nabi. Nk’uko Bwiza.com […]

Nzagukata ibyo binwa byawe binini- Eddy Kenzo abwira umugore wamwibasiye

Umuhanzi Eddy Kenzo yatangaje ko azatemagura iminwa y’umugore uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga, Ritah Kaggwa amuryoza ko yamunenze ku mbuga nkoranyambaga. Ritah Kaggwa yavugaga ko Eddy Kenzo ari uwo kunengwa kubera uburyo yatandukanye n’umugore we, Remah Namakula. Eddy Kenzo abinyujije ku rukuta rwe rwa Facebook yavuze ko Kaggwa natarekeraho gukomeza kumuvugaho azamutemagura iminwa n’ubwo atazi […]

Abanyekongo byibuze 10 biciwe muri Angola

Abanyekongo byibuze 10 biciwe muri Angola nyuma y’amakimbirane bagiranye n’abaturage ndetse n’abapolisi nyuma y’icyemezo cya guverinoma cyo kubasubiza iwabo muri Congo. Televiziyo ya leta muri Angola, TPA kuri uyu wa kabiri yatangaje ko Abanyekongo 10 n’umupolisi umwe wa Angola biciwe mu makimbirane yadutse ahitwa Lucapa, mu Ntara ya Lunda Norte. Muri Repubulika iharanira Demokarasi ya […]

Uganda: Umukinnyikazi wa filimi, Keeza, akomeje kuburirwa irengero

Umukinnyikazi wa filimi wo mu gihugu cya Uganda, Patience Kahirita, alias Keeza, amaze icyumweru cyose aburiwe irengero nyuma yo gutwarwa n’abagabo batamenyekanye bamukuye aho akorera muri Kampala. Umuvandimwe we, Judith Kabashambo, aravuga ko uburyo bwose bagerageje bwo kumubona nta musaruro butanga. Yagize ati: “ Murumuna wanjye yatwawe n’abagabo saa 3h50 kuwa Gatanu, itariki 28 Nzeri. […]

Muhanga: Polisi yafashe umucuruzi wari unyereje imisoro ingana na Miliyoni 4.5 kuri Caguwa

Hirya no hino mu gihugu Polisi y’u Rwanda imaze iminsi iri mu bikorwa byo kurwanya abantu bambutsa ibicuruzwa bakabyinjiza mu gihugu bidasoze. Ni muri urwo rwego Tariki 08 Ukwakira ku bufatanye n’abaturage bo mu karere ka Muhanga mu murenge wa Nyamabuye, Polisi yakoze igikorwa cyo gusaka umuturage witwa Bizimana Edouard, mu nzu ye basangamo amabalo […]

Abana ba Ingabire Victoire mu nzira yerekeza i Kigali

Ingabire UmuhozaVictoire  atangaza ko abana be batatangajwe umubare bateganya kuza mu Rwanda bavuye mu Buholandi mu rwego rwo kureba uko U Rwanda rumeze. Ibi ni  ibyemezwa n’Ibiro by’Ubugenzacyaha (RIB) mu itangazo bwashyize hanze  kuri uyu wa 9 Ukwakira 2018 Bwagize buti” Yavuze ko ari gutegura urugendo rw’abana be hano mu Rwanda muri gahunda yo kuza […]

Kamonyi: Abafungiye ibyaha bya Jenoside barasaba guhuzwa n’abo bahemukiye

Mu biganiro byahuje ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi, abayobozi ba Gereza ya Muhanga ndetse n’abayifungiyemo bakomoka mu karere ka Kamonyi , kuri uyu wa kabiri tariki ya 9 Ukwakira 2018, bamwe mu bahafungiye bakoze  icyaha cya jenoside basabye ubuyobozi bw’aka karere kubahuza n’abo bahemukiye muri jenoside yakorewe Abatutsi bakabasaba imbabazi. Uturuka mu murenge wa Rukoma witwa […]

Perezida wa Koreya ya Ruguru yatumiye Papa Francis

Ibiro bya Perezida wa Koreya ya Ruguru, bitangaza ko Perezida Kim Jong-un, yatumiye Umushumba wa Kiliziya Gatulika, Papa Francis. Ubutumwa bukubiyemo ubu butumire bwo gusura umurwa mukuru wa Koreya ya Ruguru, Pyongyang, buzasohozwa na mugenzi we wa Koreya y’Epfo, Perezida Moon Jae-in, uzagirira uruzinduko i Vaticani mu cyumweru gitaha mu rugendo azasuramo ibihugu bimwe by’Uburayi. […]

Ingabire Victoire yahaswe ibibazo na RIB ku bintu amaze iminsi atangaza

Umuyobozi w’ishyaka FDU-Inkingi ritemewe mu Rwanda, Ingabire Victoire, kuri uyu wa Kabiri, itariki 09 Ukwakira yitabye Ibiro by’Ubugenzacyaha (RIB) bavugana ku bintu amaze iminsi atangaza cyangwa ibimaze iminsi bimuvugwaho birangira yemeye ko ibyo yakoze yabitewe no kudasobanurirwa amategeko bihagije cyangwa kumva inama mbi yemeza ko agiye gukurikiza ibisabwa n’amategeko. Dore itangazo ryashyizwe ahagaragara na RIB […]

Senegal igiye kuzakira imikino Olimpike bwa mbere muri Afurika

Igihugu cya Senegal nicyo kizakira imikino ya Olempike iteganyijwe mu 2022 nk’uko byatangajwe na Komite Mpuzamahanga y’Imikino Olempike (IOC) mu gihugu cya Argentine. Iyi ikazaba ibaye inshuro ya mbere igihugu cyo muri Afurika cyakiriye iyi mikino. Senegal yari ihanganye n’ibihugu bya Afurika bigera kuri bitatu byose byifuzaga kuzakira iyi mikino ari byo; Botswana, Nigeria na […]

Uganda: Yahisemo kwirongora ku giti cye ngo akire igitutu cy’ababyeyi

Umukobwa w’imyaka 32 w’Umugandekazi yafashe icyemezo cyo kwirongora ubwe mu rwego rwo kugabanya igitutu yotswaga n’umuryango we wamusabaga gushaka umugabo bakabana. Uyu witwa Jemimah Lulu, wiga muri Kaminuza yo muri Oxford mu Bwongereza, yateguye umunsi mukuru utunguranye kuwa 27 Kanama 2018 mu kabari kitwa Quepasa Bar muri Kampala, aho yari yatumiye inshuti ze za hafi […]

Nyamasheke: Imyumvire yo kwita ku buzima bw’umubyeyi n’ubw’umwana iragenda ihinduka

Ubuyobozi bw’akarere ka Nyamasheke n’ubwa zone y’ibitaro bya  Kibogora bukorera mu mirenge icyenda kuri 15 ikagize,  buravuga ko hamaze gukorwa byinshi mu kwita ku buzima bw’umubyeyi n’umwana, bukanishimira uko imyumvire y’abaturage igenda izamuka mu kubwitaho. Byagarutsweho  ubwo muri aka karere kimwe no mu gihugu hose hatangizwaga icyumweru cyahariwe ubuzima bw’umubyeyi n’ubw’umwana, ahazakorwa byinshi mu gukomeza […]

Umushinga Radio yashakaga gukorera ku butaka yaguze mu Rwanda wamenyekanye

Byamenyekanye ko nyakwigendera Moses Nakitinje Sekibogo wari uzwi nka Mowzey Radio yateganyaga  gukora umushinga ku bijyanye n’imyidagaduro y’abana ku butaka yaguze mu Rwanda . Amakuru atariho ivumbi Bwiza.com ikesha Ugblizz avuga ko uyu mugabo  Mowzey Radio yateganyaga gushora imari mu bijyanye n’ibiruhuko maze akubaka ikigo cy’imyidagaduro y’abana  ku butaka bivugwa ko ari bunini yaguze mu Rwanda […]

Abantu 10 ba mbere bavuga rikijyana muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Kimwe cya kabiri cy’abantu 50 bavuga rikijyana ku Isi ni Abanyamerika. Aba bantu ni abaherwe babarirwa za miliyari, abayobozi b’ibigo bikomeye (CEOs), abanyapolitiki n’abantu bafite umutungo utakwirengagiza kandi bagira uruhare mu guha Isi icyerekezo. Ni muri urwo rwego Bwiza.com yahisemo kugeza ku basomyi bayo urutonde rw’abantu 10 bavuga rikijyana muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. […]

Ibaruwa Perezida Habyarimana yandikiwe na Capt. Simbikangwa Pascal

Umushakashatsi akaba n’umusesenguzi kuri Jenoside yakorewe Abatutsi, Tom Ndahiro, avuga ko ibyandikwaga n’abashinzwe iperereza ku buyobozi bwa Perezida Habyarimana Juvenal, bigaragaza ko batari bazi Inkotanyi. Mu nkuru yacishije ku rubuga rwe acishaho ibitekerezo, Tom Ndahiro agaruka ku mbwirwaruhame ya Habyarimana yo mu 1979, aho yavugaga ko kudeta yo mu 1973 yakozwe hagamijwe kubumbira hamwe Abanyarwanda […]

Kwihagararaho kwa Marina byatumye abura umukunzi

Umuhanzi umaze kwamamara mu gihe gito hano mu Rwanda  uzwi nka Marina yatangaje ko yamaze gusiba mu bitekerezo bye umusore yakunze akabura uko abimubwira. Ubwo yaganiraga na Eachamps dukesha iyi nkuru yavuze ko yigeze gukunda umusore bikamuheramo akabura uko arikocora kugeza ubwo abivuyemo burundu. Yagize ati “ Indirimbo Love You ifite aho ihuriye n’ubuzima bwanjye kuko […]

Umutoza Masoud Djuma arahakana kujya muri Yanga

Nyuma y’aho ikipe ya Simba yo muri Tanzania ifatiye icyemezo cyo gutandukana n’umutoza Masoud Djuma, uyu nawe yitangarije ko adashaka kugira byinshi atangaza ariko abajijwe ibijyanye n’uko yaba ari kuvugana n’ikipe ya Yanga asubiza asa nk’utunguwe agira ati: “ Ngiye muri Yanga njyewe !” Ikipe ya Simba SC iherutse gusubika amasezerano yari ifitanye n’Umutoza Masoud […]

Ijisho ry’umwana wapfiriye kwa muganga ryanogowe riribwa

Abashinzwe inzu y’uburuhukiro ku bitaro bya Kaminuza by’i Port Harcourt  muri Nigeria, batawe muri yombi bashinjwa kunogora ijisho ry’umwana wari wapfuye. Nk’uko ikinyamakuru  The Sun kibitangaza, ngo ubwo se w’umwana yari agiye kwishyura amafaranga y’uburuhukiro ngo atahane umurambo w’umwana we, Chuma w’amezi 18, ngo ajye kuwushyingura, nibwo  yahise avumbura ko ijisho rye ryakuwemo rikibwa. Muri […]

FDU-Inkingi iravuga ko Twagirimana Boniface yaba yishwe aho gutoroka gereza

Visi perezida wa FDU-Inkingi, Boniface Twagirimana, yatorotse Gereza ya Mpanga kuri iki Cyumweru gishize, itariki 07 Ukwakira nk’uko byatangajwe n’Urwego rushinzwe imfungwa n’abagororwa (RCS). Ariko, abayoboke b’iri shyaka ritemewe n’amategeko mu Rwanda baravuga ko bafite ubwoba bw’uko yaba yishwe. Bivugwa ko Boniface Twagirimana byamenyekanye ko yatorotse mu gitondo cyo kuwa Mbere ubwo habagaho kubara imfungwa […]

Atlanta: Umuraperi  Lil Wayne yarusimbutse

Umuraperi Lil Wayne mu ijoro ryakeye ryo ku cyumweru  yararusimbutse nyuma yaho umwe mu bari bitabiriye igitaramo ateye hejuru avuga ko hari umuntu urashe. Inkuru dukesha CNN ivuga ko Lil Wayne yahise asubika igitaramo cye gusa  bamwe mu bari bitabiriye barahakomerekeye bidakomeye. Umukozi wa Polisi yo mu mujyi wa Atlanta ushinzwe iby’itumanaho, Jurius Daughtery yabwiye […]

Masisi: Hagabwe igitero gihitana ubuzima bw’abantu 14

Igitero cyagabwe n’abantu bataramenyekana muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu karere ka Masisi ahitwa muri Rubaya, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, cyahitanye  ubuzima bw’abantu 14. Ubuyobozi muri aka gace butangaza ko abandi bantu barenga 20 bakomerekeye muri icyo gitero cyagabwe n’abantu batari bamenyekana ku cyumweru tariki ya 7 Ukwakira 2018. BBC iganira n’umudepite wo […]

Rubavu: Yafatanwe udupfunyika 2000 tw'urumogi

Ku bufatanye n’inzego z’umutekano mu Karere ka Rubavu, mu murenge wa Rubavu kuri uyu wa 07 Ukwakira 2018 Polisi y’u Rwanda yafatanye Habimana Jonas udupfunyika 2000 tw’urumogi. Habimana Jonas w’imyaka 28 y’amavuko yafatiwe mu kagari ka Byahi mu mudugudu wa Rurembo mu masaha y’ijoro atwaye ijerikani. Inzego z’umutekano zari  mu kazi muri ayo masaha zihutiye […]

2018 : Ese ifungurwa rya Deo Mushayidi n’ abasigaye bavugwa ryahesha u Rwanda sura ki ?

Mu gihe Perezida w’ u Rwanda , Paul Kagame ayoboye Umuryango Wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) ndetse na Louise Mushikiwabo yiteguye kuyobora OIF , imuryango Mpuzamahanga yitaye kumenya uburyo demokrasi yubahirizwa mu gihugu. Ibi biterwa ahanini ni uburyo amashyirahamwe y’ uburenganzira bwa muntu yagiye ashyira mu majwi u Rwanda ko rufunga abanyapoliti batavuga rumwe narwo. […]

Kigali: Umunyamakuru Mugabe Robert yafunguwe by’agateganyo

Urukiko rw’ibanze rwa Kagarama mu Karere ka Kicukiro, umujyi wa Kigali, rukurikiranyeho umunyamakuru Mugabe Robert icyaha cyo gusambanya abakobwa babiri bava inda imwe, rwanzuye kumurekura by’agateganyo. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 8 Ukwakira 2018 nibwo urukiko rwanzuye kumufungura by’agateganyo mu gihe yaburanaga ifungwa cyangwa ifungura ry’iminsi 30 y’agateganyo. Robert Mugabe akurikiranyweho icyaha […]

Abahanzi barasabwa gutanga ubutumwa bukumira ibyaha

Polisi y’U Rwanda (RNP) yasabye abahanzi nyarwanda  ko mu butumwa batanga bazajya bongeraho n’ubukumira ibyaha bitandukanye bitaraba . RNP ivugako abahanzi nk’abantu bakurikirwa cyane ,bagira uruhare rwo kurwanya ibyaha urubyiruko rwijandikamo. Iragira  iti ”Kuba umubare munini w’abahanzi  ari abari mu cyiciro cy’urubyiruko,uruhare rwabo mu gukwirakwiza ubutumwa bwo kwirinda  ibyaha  bituma n’urundi rubyiruko ruharanira kwiteza imbere […]

Hafi y’umupaka w’u Rwanda n’u Burundi hagabwe igitero gihitana batatu

Abantu batatu barimo umugore witwa EspĂ©rance , umwana w’imyaka 13 n’undi w’umwe n’igice, bishwe n’agatsiko k’abantu bagabye igitero mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki ya 7 Ukwakira 2018, muri Zone ya Ruziba, umusozi wa Camakombe, muri Komini Mugina, Intara ya Cibitoke. Nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru cya Leta, Ikiriho, ngo abantu babiri bapfiriye aho mu gihe umwana […]

Impamvu Afurika ari yo ahazaza ha Francophonie

Umugabane wa Afurika niwo hazaza h’Umuryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (Francophonie). Uyu mugabane ufite ibihugu bisaga icya kabiri cy’ibigize uyu muryango ndetse abaturage benshi bakoresha Igifaransa niho ubasanga kurusha ahandi. Iki kikaba ari ikigaragaza ko umwanya w’Ubunyamabanga Bukuru bwa OIF ugomba kugaruka muri Afurika. Mu minsi mikeya iri imbere (ku itariki 12 Ukwakira 2018), Umunyamabanga […]

Urutonde rw’imijyi 10 yo muri Afurika iza mu ihenze ku Isi- AMAFOTO

Imwe mu mijyi yo mu bihugu bya Afurika iza ku isonga mu ihenze ku Isi, iyi mijyi si uko yose ari iy’ibihugu bikomeye kuri uyu mugabane ahubwo ni uburyo ubuzima buba buhagaze n’ibiciro by’ibiyibonekamo. 1.Lusaka/ Zambia Lusaka ni umwe mu mijyi irimo kugenda itera imbere cyane mu bihugu biherereye mu Majyepfo ya Afurika, uyu mujyi […]

Abadepite babyaje umugore nyuma yo gutereranwa n’abaganga-Amafoto

Abadepite batatu bari mu bagize Akanama k’Ubuzima muri Uganda babyaje umugore wari mu bitaro yabuze ubufasha bw’abaganga. Inkuru dukesha Azam TV ivuga ko aba badepite bari mu ruzinduko rw’akazi bahisemo gutanga ubu bufasha dore ko abaganga batari bigeze bamufasha. Iyi nkuru ivuga ko aba badepite bafashije uyu mubyeyi wari ubabaye ari ku bise mu gihe […]

Umunyamakurukazi wo muri Bulgaria yishwe nyuma yo gufatwa ku ngufu

Umunyamakuru wo muri Bulgaria, Viktoria Marinova yasanzwe muri pariki iherereye mu majyaruguru y’iki gihugu yishwe nyuma yo gufatwa ku ngufu nk’uko byatangajwe kuri iki Cyumweru n’ubushinjacyaha. Umuryango w’Abanyamakuru batagira Umupaka (Reporters Without Borders) basabye abayobozi kurinda bagenzi be b’abanyamakurukazi. Viktoria Marinova w’imyaka 30 wakoreraga televiziyo yo muri Burgaria yitwa TVN, yasanzwe yapfuye muri pariki y’umujyi […]

Kanye West yahagaritse gukoresha  Twitter na Instagram

Umuraperi  Ye wamenyekanye cyane nka Kanye West yamaze guhagarika gukoresha imbuga nkoranyambaga zirimo twitter na instagram. Uyu mugabo afashe iki cyemezo nyuma yaho  abantu benshi bamwibasiye bamunenga bitewe no gushyigikira ibitekerezo bya Perezida Donald Trump. N’ubwo Ye ataratangaza impamvu yamuteye guhagarika gukoresha izi mbuga nkoranyambaga, birakekwako yaba yabitewe no kuba abantu bari bamumereye nabi kubera […]

RDC: Abagera kuri 14 basize ubuzima mu gitero cy’abitwaje intwaro

Abantu 14 biciwe mu ijoro ryo kuwa Gatandatu ushize mu gitero abantu bitwaje ibirwanisho bagabye mu gasantere ka Rubaya, muri Teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ho muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Muri abo bantu 14 bapfuye, harimo abagore batatu, n’umwana umwe w’imyaka 5 nk’uko byatangajwe na sosiye sivile ya Rubaya. Iyi […]

Israel: Umufasha wa Minisitiri w'Intebe Netanyahu yagejejwe mu rukiko

Sara Netanyahu, umufasha wa Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, kuri iki Cyumweru, itariki 07 Ukwakira yagejejwe imbere y’abacamanza ashinjwa icyaha cyo gukoresha nabi amafaranga y’umusoreshwa. Icyaha kiyongera ku iperereza riri gukorwa ku mugabo we kuri ruswa. Ibihumbi 80 by’Amayero y’ibyo kurya Sara Netanyahu yagejejwe imbere y’abacamanza b’urukiko rwa Yerusalemu kuri iki Cyumweru ashinjwa forode […]

Kayumba Soter arigushakishwa n'amakipe abiri akomeye mu karere

Umukinnyi ukina mu binyuma mu ikipe ya AS Kigali  Kayumba Soter amaze imyaka 8 akinira iyi Kipe yo karere  arimo AFC Leopards na Tusker FC, ndetse biteganyijwe ko yerekeza mu gihugu cya Kenya muri  iki cyumweru. Nyuma yaho Kayumba yerekeje  Addis Ababa muri Ethiopia  mu gushaka uko yasinya muri  Saint George Sports Club nkuko byakomeje […]

Selena Gomez yahumurijwe n’uwo bahoze bakundana

Muri iki gihe Selena Gomez ari mu bihe bitoroshye bitewe na Justin Bieber, umwe mu bo bigeze gukundana na we, Zedd yamuhumurije. Abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter kuwa 6 Ukwakira 2018, Zedd yashimiye Selena Gomez ku ndirimbo ye nshya yise ‘Taki Taki’ amubwira ko yayikunze. Yagize ati” @djsnake, @selena Gomez Taki Taki ni umuriro” […]

Melania Trump yari yivuganwe n’icyana cy’inzovu muri Kenya

Melania Trump, umufasha wa perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kuri uyu wa gatanu ushize, itariki 05 Ukwakira yari atuwe hasi n’icyana cy’inzovu ubwo yari yasuye ikigo kirera ibyana by’inzovu bitagira ababyeyi kizwi nka David Sheldrick Wildlife Trust giherereye i Nairobi muri Kenya. Iyi nkuru dukesha kimwe mu binyamakuru byo muri Kenya, […]

Umwana wiga mu wa mbere wisumbuye yabyariye ku ishuri agerageza no kwihekura

Muri iki cyumweru gishize ubwo hari kuwa Gatatu, ku ishuri ryisumbuye ryitiriwe Mutagatifu Gonzaga habyukiye umwuka udasanzwe nyuma y’aho umwana w’umukobwa wiga mu mwaka wa mbere abyariye umwana ari ku ishuri yarangiza akamujugunya mu musarani. Nk’uko bitangazwa n’umuyobozi w’iri shuri, Aloysius Mawulugungu, ngo batunguwe no kumva ayo makuru y’uko umwana yajugunywe mu musarani w’ishuri. Uyu […]

Perezida Kagame avuga ko imvururu zigaragara hirya no hino ku Isi zitakemurwa n’igihugu kimwe

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame akaba n’Umuyobozi w’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, avuga ko hakwiye ubufatanye kugira ngo imvururu zigaragara hirya no hino ku Isi zihagarare. Perezida Kagame yabitangaje ku Cyumweru tariki ya 7 Ukwakira 2018, ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye inama y’Akanama Nyobozi k’Umuryango witiriwe Mo Ibrahim, yaberaga i Londre mu Bwongereza. Ni inama […]

Nyamasheke: Barasabwa guhuza imbaraga kugira ngo babashe kwesa imihigo

Mu gihe bamwe mu baturage b’akarere ka Nyamasheke bakomeje kotsa igitutu abayobozi babo babasaba kugarura akarere ku mwanya wa mbere w’imihigo kigeze mu mwaka  w’imihigo wa 2010-2011, ubuyobozi bw’aka karere n’abafatanyabikorwa bako baravuga ko bakomeje gushakisha icyashimisha aba baturage, bikaba byagerwaho ari uko bahuje imbaraga. Ni bimwe mu byo bamwe muri bo baganiriye mu mwiherero […]

Igenzura rya MINEDUC ryagaragaje mudasobwa nyinshi zidakoreshwa

Itsinda ry’abagenzuzi ba Minisiteri y’uburezi ryagaragaje ko mu bigo byinshi mudasobwa zagenewe abana zidakoreshwa uko bikwiye; zimwe ziracyabitswe, hari izikoreshwa n’abatabigenewe, izibwe n’izapfuye ubuyobozi bugaterera iyo. Ubwo hizihizwaga umunsi wa mwarimu ku wa Gatanu tariki 5 Ukwakira 2018, ni nabwo itsinda ry’abagenzuzi ba Minisiteri y’Uburezi ryari rikubutse mu turere twose rikora ubugenzuzi. Nubwo batageze mu […]

“Indege ikaruruka ntibakome imbere, Rusumbabose” ibisingizo, Ntaganda yifuza guha Perezida Kagame

Aya niyo mazina azitwa uwari umenyerewe nk’Intore izirusha intambwe, umukuru w’igihugu akaba n’umuyobozi w’ishyaka riri ku butegetsi FPR INKOTANYI, nyakubahwa Kagame Paul. Aya mazina mashya ngo niyo Ntaganda Bernard azamwita umunsi yafashe umwanzuro wo gufungura abandi banyapolitiki bagifunze, nk’uko yamaze kubikorera Diane Rwigara, Adeline Mukangemanyi, Ingabire Victoire Umuhoza na Kizito Mihigo. Me Ntaganda Bernard, wiyita […]

Ku myaka 10 y’amavuko, Dj Switch akomeje kwamamara

Erica Tandoh w’ imyaka 10 y’ amavuko ukomoka muri Ghana amaze  kwamamara ku isi biturutse ku mpano ya muzika aho aherutse kuba umu DJ nyuma y’ amahugurwa yakoze mu minsi 5 gusa. Uyu Erica Tandoh uzwi ku izina rya DJ Switch aherutse gususurutsa abaperezida batandukanye bo ku Isi ubwo bahuriraga mu nama rusange ya 15 ya […]

U Rwanda rwizihije Umunsi Mpuzamahanga w’Abageze mu zabukuru

Kuri iki Cyumweru, itariki 07 Ukwakira 2018 u Rwanda rwizihije umunsi mpuzamahanga w’abageze mu zabukuru, aho wizihirijwe hirya no hino mu midugudu mu gihe ku rwego w’igihugu wizihirijwe mu Karere ka Gicumbi. Ku itariki ya 14 Ukuboza 1990, nibwo Inteko Rusange ya LONI, mu myanzuro yayo no 45/106, yemeje itariki ya 1 Ukwakira nk’umunsi ngarukamwaka […]