Umugore yihereranye umugabo we amuta ku munigo
Umugore wâimyaka 38 yâamavuko witwa Blessings Igwe yahamijwe icyaha imbere yâurukiko rwa Gudu i Abuja, muri Nigeria , cyo guhohotera umugabo we ufite ubumuga. Uyu mugore wagejejwe imbere yâurukiko ku wa Kane wâicyumweru gishize, akaba yaragoranye gufatwa, iki cyaha kikiyongera kuri bibiri ashinjwa byo gukubita no gutoteza umugabo we. Umushinjacyaha M. Fidelix Ogbobe, avuga ko […]
Perezida Kagame niwe utavuga Igifaransa mu bagize urugo rwe
Perezida wâU Rwanda, Paul Kagame avuga ko abana be bane  nâumufasha we, Jeannette Kagame bazi kuvuga  Igifaransa mu gihe  we agihanganye no kwiga uru rurimi. Ibi Perezida Kagame yabitangaje  ku wa Gatanu tariki 12 Ukwakira, mu kiganiro yagiranye na Radio Mpuzamahanga yâAbafaransa, RFI hamwe na Televiziyo France 24. Kagame avuga ko abo mu rugo rwe […]
Amafoto: Kanye West yasuye Museveni mu ngoro ye amushyiriye impano y'inkweto
Kuri uyu wa Mbere, itariki 15 Ukwakira 2018 perezida Yoweri Museveni wa Uganda yakiriye mu ngoro ye umuraperi wâUmunyamerika, Kanye West nâumugore we, Kim Kardashian bari muri iki gihugu kuva kuwa Gatanu ushize aho yaje gufatira amashusho yâimwe mu ndirimbo zizagaragara kuri album ye biteganyijwe ko izajya ahagaragara kuwa 13 Ugushyingo. Abinyujije ku rukuta rwe […]
Kigali: Amajosi yâabagabo agiye guhengamishwa no kureba amabuno yâabagore
Bamwe mu bantu biganjemo  abâigitsina gabo mu mujyi wa Kigali bakomeje kugaragara kenshi barangariye umukobwa cyangwa umugore wifitiye ikibuno kinini bityo bamwe bikaba byarabakururiye impanuka. Mu kiganiro na Bwiza.com,umwe mu bakora umwuga wo gutwara no kwigisha ibinyabiziga mu Mujyi wa Kigali utarashatse ko amazina ye atangazwa, yavuze ko aherutse gukora impanuka abitewe no kurangarira abakobwa […]
USA: Perezida Trump yaciye amarenga yo kwirukana minisitiri wâingabo, Jim Mattis
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko minisitiri wâingabo, Jim Mattis, ashobora kuba ari umwe mu bayobozi bashobora kuva muri leta ye yiyongera ku bandi bamaze kuyivamo barimo uwari ambasaderi wâiki gihugu mu Muryango wâAbibumbye uherutse gusezera. Ibi Donald Trump yabitangarije mu kiganiro yahaye televiziyo CBS kuri iki Cyumweru, itariki 14 […]
Burundi: Abahamijwe uruhare mu kwica Gen Nshimirimana baravugwaho kwigaragambya
Abahoze ari abasirikare bane nâabahoze ari abapolisi babiri bose bahoze mu gisirikare cya kera cyâu Burundi (Ex-FAB) bahamijwe uruhare mu kwica uwahoze akuriye urwego rwâubutasi, Lt. Gen. Adolphe Nshimirimana, bari kumwe nâabasivili 13 nabo bahamijwe ibyaha bazira kurwanya manda ya gatatu ya perezida Nkurunziza, kuri uyu wa Gatanu ushize, itariki 12 Ukwakira bafungiwe ahantu hâumwihariko […]
Nifuzaga kugirana  umuryango na Rihanna- Drake
Umuraperi Drake yatangaje ko yumvaga yifuza kubana nâumuhanzi Rihanna nâubwo bitamuhiriye. Mu kiganiro na Lebron James na mugenzi we, Maverick Carter mu mpera zâicyumweru gishize,  Drake yavuze ko byari kuba byiza ariko ntibikunde kubera zunguruka zâubuzima bwo ku isi. Yagize atiâ Uko iminsi ihita, iminsi ikwigisha ayawe masomo. Numvaga nko kumva ngo Drake yabanye na […]
Sudani yâEpfo: Urugo rwa visi perezida wa mbere rwagabweho igitero
Umwe mu bashinzwe kurinda umutekano wâurugo rwa visi perezida wa Sudani yâEpfo I Juba yiciwe mu gitero cyagabwe kuri uru rugo kuri iki Cyumweru nkâuko bitangazwa nâigipolisi cyâiki gihugu. Biravugwa ko Visi Perezida, Gen Taban Deng atari mu rugo ubwo icyo gitero cyagabwaga, naho umusirikare wishwe akaba ari L/Corporal Toang Jal Nyoak. Daniel Justin Boula, […]
Itorwa rya Mushikiwabo ni ikintu gikomeye cyâuko u Rwanda rufite Imana- Hon. Mukabalisa
Perezida wâInteko Ishinga Amategeko, Umutwe wâAbadepite, Hon Mukabalisa Donatille, avuga ko itorwa rya Min. Mushikiwabo Louise, nkâumunyamabanga Mukuru wâ Umuryango wâIbihugu Bihuriye ku Rurimi rwâIgifaransa OIF, ari ikigaragaza ko u Rwanda rufite Imana. Ibi yabitangaje mu masengesho yo gushima Imana ku bwâamatora yâAbadepite yagenze neza ndetse no gusengera Inteko Ishinga Amategeko. Ni amasengesho yitabiriwe nâAbagize […]
Ariana Grande Butera yatandukanye nâumukunzi we
Umuhanzikazi Arriana Grande Butera mu mpera zâicyumweru yatandukanye nâumukunzi we, Pete Davidson nâibyo kwambikana impeta bikaba byamaze kugirwa imfabusa. Inshuti za hafi nkâuko TMZ dukesha iyi nkuru ibitangaza, zivuga ko aba bombi bemeza ko batandukanye gusa ngo umwe akaba agikunda undi nâubwo ngo ibyo kongera gukundana ku mugaragaro byo byarangiye. Arianna Grande yambitswe impeta muri […]
Suwede: Impunzi zirasaba ko 'umwe mu bahagarariye U Rwanda muri Tanzaniya' yafatwa
Umuryango wâumunyamakuru, Jean Bosco Gasasira uri mu buhungiro mu gihugu cya Suwede urasaba ko umwe mu bo uvuga ko bahagarariye u Rwanda mu gihugu cya Tanzania, Evode Mudaheranwa yatabwa muri yombi umushinja kuba umwe mu bagambiriye kwivugana Gasasira. Mu itangazo uyu muryango washyize hanze, uvuga ko Jean Bosco Gasasira ubu adashobora kwivugira kubera impamvu zâumutekano […]
Rusizi: Uwabyariye rimwe abana batatu arasaba ubufasha
Mukankurunziza Vestine wâimyaka 33 yâamavuko, nyuma yo kubyarira batatu icyarimwe basanga abandi 2 yaranatawe nâumugabo we,ahangayikishijwe nâaho azaberekeza nâikizabatunga nava mu bitaro, akaba asaba gufashwa. Yabyariye mu bitaro bya Gihundwe, yibarutse abakobwa 2 nâumuhungu, baje basanga abandi bakobwa  2 yari afite, umwe wâimyaka 6 nâundi wâimyaka 5 yasize acumbikishirije mu baturanyi kubera kutagira aho aba […]
Hamenyekanye igihe Ambasade ya Israel mu Rwanda izafungurira imiryango
Minisitiri wâububanyi nâamahanga wa Israel niwe uzafungura ku mugaragaro bwa mbere ambasade yâiki gihugu I Kigali mu Rwanda biteganyijwe ko izafungura imiryango mu mwaka utaha wa 2019 nkâuko byatangajwe mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru na Israel Hayom. Nubwo u Rwanda na Israel byakomeje kugirana umubano ushingiye kuri dipolomasi igihe kirekire, minisiteri yâububanyi nâamahanga ya […]
Uganda: Abasirikare, umupolisi nâumusivili bakurikiranweho kwibisha intwaro
Inzego zâumutekano za Uganda kuri uyu wa Gatanu ushize zataye muri yombi batatu mu bakozi bazo nâumusivili umwe bari bakurikiranweho ibikorwa byâubujura bwitwaje intwaro muri Makindye. Abatawe muri yombi bakuwe ahitwa Buziga igisirikare kivuga ko ari Lt Tobias Turyabaruhanga, wahoze muri UPDF akaba atuye Entebbe, Lance Corporal Muzoora Benjamin, wataye akazi muri UPDF, umupolisi ASP […]
Uburengerazuba: Polisi yafashe abacuruzi bari banyereje imisoro irenga miliyoni 3 kuri caguwa
Muri izi mpera zâicyumweru nibwo Polisi yakoze igikorwa cyo gufata abacuruzi babiri bakomoka mu turere twa Rubavu na Rusizi mu Ntara yâIburengerazuba. Ni nyuma yâamakuru yaturukaga mu baturage avuga ko aba bacuruzi bakura imyenda nâinkweto bya Caguwa mu gihugu cyâabaturanyi bakaza kubicuruza mu buryo bwa magendu. Abafashwe ni Murebwayire Centhia wâimyaka 39, mu nze ye […]
Bobi Wine akomeje kwiyegereza urubyiruko mu rugamba rwo kurwanya Perezida Museveni
Depite Kyagulanyi Robert (Bobi Wine) akomeje kugaragara kenshi yigisha urubyiruko ndetse anarushishikariza kuba umusemburo wâ impinduramatwara ikenewe mu gihugu cya Uganda. Uyu mu depite ashingira kuri ibi yerekana uburyo Perezida Museveni yari afite ibitekerezo byiza akigera ku butegetsi ngo kuko nawe yari urubyiruko. Ubwo kuwa 10 Ukwakira 2018, umudepite uhagarariye Akarere kâ Uburasirazuba bwa Kyadondo […]
Opinion: Igihe kirageze ngo u Rwanda rumurikire Isi, abiyita abahanuzi bamware
Hashize imyaka myinshi numva abayita abahanuzi bahanurira abayobozi bâ u Rwanda nâ igihugu ibyago bikubiyemo intambara, amatage nâ icuraburindi, nsanga rero igihe kigeze kugira ngo ibyo binyoma bibure intebe, ibinyoma bibure intebe , abangaga u Rwanda nâabiyitaga abahanuzi bâibibi bamware. Mpereye ku mateka nyabami yâ u Rwanda rwa Gihanga Ngomijana nigishijwe ko abanyarwnda bari bamwe […]
Nyarugenge : Uwarembeye mu kibandahori yajyanwe kwa muganga aho gucyurwa iwabo
Mu kagari ka Rugenge, umurenge wa Muhima, hari umugabo wakoraga umurimo wo kwikorera imizigo (umukalani) warembeye mu nzu, nyuma bamwe mu baturage bashaka guteranya amafaranga ngo asubizwe iwabo mu majyepfo, ariko umujyanama wâubuzima ababera ibamba ngo abanze avuzwe. Uyu ubana nâubwandu yatawe nâumugore bamaranye igihe nubwo batabyaranye. Amaze kuzahara, yabuze ubwishyu bwâinzu yabanagamo nâabakalani bagenzi […]
Tugomba kuba abantu bafite isuku nk'Abanyarwanda – Min. Zuraida
Minisitiri ushinzwe imiturire nâubutegetsi bwâigihugu muri Malaysia, Zuraida Kamaruddin, Â yasabye abaturage bâigihugu cye guhindura imyitwarire bakagira isuku kuko ngo nâu Rwanda rwabatambutse muri uru rwego. Minisitiri Zuraida yavuze ko bakeneye kwigana umuco wâisuku wâu Rwanda kandi bakajya bahora bibutsanya kubungabunga isuku birinda kujugunya imyanda aho babonye nkâuko iyi nkuru dukesha The Star ikomeza ivuga. Zuraida […]
Uganda: Undi Munyarwanda yasubijwe mu Rwanda nyuma yâiminsi akorerwa iyicarubozo
Abategetsi ba Uganda basubije mu Rwanda undi mucuruzi wâUmunyarwanda wafatiwe mu isoko rya Owino nâabakozi bâurwego rwâubutasi mu gisirikare (CMI). Uyu Munyarwanda witwa Patrick Niyigena, utuye Remera, ngo kuwa 08 Ukwakira 2018 yari agiye I Nairobi aho yari agiye kugura ibyuma bya firigo byo gucuruza I Kigali, ariko ahagarara I Kampala amasaha 2, aho yafashe […]
 Kanye West na Kim Kardashian bari kubarizwa muri Uganda
Umuraperi wâUmunyamerika, Kanye West nâumugore we, Kim Kardashian bageze mu gihugu cya Uganda kuri uyu wa Gatanu, itariki 12 Ukwakira, aho bagiye kurangiriza album ye yari itegerejwe cyane yise Yandhi. Kanye West akaba yerekeje muri Uganda nyuma yo gusura perezida Donald Trump muri White House akavugirizwa induru nâabahanzi bagenzi be barimo nâabavuze ko batazongera kumuvugisha […]
U Burundi burashinja u Bubiligi kuba inyuma yâiyicwa ryâIntwari yabwo
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 13 Ukwakira 2018 nkâuko bisanzwe buri mwaka Abarundi bibutse iyicwa ryâintwari yâigihugu, Igikomangoma Louis Rwagasore wishwe mu 1961 yiciwe muri Hotel Tanganyika I Bujumbura, aho ubutegetsi bwâu Burundi mu itangazo bwashyize ahagaragara bwashinjije u Bubiligi uruhare mu iyicwa ryâuyu mugabo waharaniye ubwigenge bwâu Burundi. Abagize guverinoma batandukanye barimo abaminisitiri, abadepite, […]
Ngoma: Polisi yafashe inzoga zitemewe mu gihugu nâibicuruzwa bya magendu
Muri iki cyumweru dusoza Polisi yâu Rwanda ku bufatanye nâizindi nzego bakoze igikorwa cyo kugenzura abacuruzi bacururiza mu murenge wa Mutenderi bamwe bafatanwa ibicuruzwa bya magendu ndetse nâibicuruzwa bitemwe mu gihugu. Umuyobozi wa Polisi mu karere ka Ngoma Chief Inspector of Police(CIP) Dominique Nkurunziza avugako iki gikorwa cyakozwe mu rwego rwo rwo kurwanya magendo ndetse […]
Abasirikare bâu Rwanda bacyekwaho guhanura indege ya Habyarimana ntibagikurikiranwe
Umucamanza ushinzwe iperereza (juge dâinstruction) mu Bufaransa amaze gusaba urukiko gutesha agaciro impapuro zishakisha bamwe mu bategetsi nâabasirikare bakuru bâu Rwanda (abantu 9), bakurikiranwaho ihanurwa ryâindege yâuwari perezida wâu Rwanda, Habyarimana Juvenal tariki ya 6 Mata 1994 nâubwicanyi bwarikurikiye. Bamwe mu bari kuri urwo rutonde ni nka Minisitiri wâIngabo, Gen Kabarere James, Gen Kayumba Nyamwasa, […]
Urutonde rwâabakekwa bashobora kuvamo usimbura Mushikiwabo muri MINAFET
Muri iki gihe u Rwanda nâabanyafurika muri rusange barishimira intsinzi yâumukandida wabo Mme Louise Mushikiwabo, watorewe kuba Umunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâIbihugu Bihuriye ku Rurimi rwâIgifaransa(OIF). Bwiza.com ibagejejeho urutonde rushobora gutonywamo umusimbura ku mwanya wa Minisitiri wâububanyi nâamahanga yari asanzweho mu Rwanda. Kwihutira gutekereza umuntu uzasimbura Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wâu Rwanda, Louise Mushikiwabo bibaye nyuma yaho […]
Desire Luzinda aravuga ubuzima busharira yabayemo ubwo yari atwite
Umuhanzi Desire Luzinda wo muri Uganda atangaz ako ubwo yari atwite akiri ku ntebe yâishuri, yahabwaga akato nâabandi bana biganaga. Ku wa 11 Ukwakira 2018, ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wâUmwana wâumukobwa ku Isi yose, nibwo Desire Luzinda yatanze impanuro ku bana bâabakobwa, abakangurira kwirinda icyabagusha mu mutego wo gutwara inda itateguwe, ahereye ku buzima busharira […]
Gakenke: Ibitaro bemerewe na Kagame akiri visi perezida byatangiye kubakwa
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUbutegetsi bwâIgihugu ushinzwe iterambere ryâabaturage ubwo yasuraga ibitaro bikuru bya Gatonde kuri uyu wa kane tariki ya 11/10/2018 biri kubakwa mu Murenge wa Mugunga mu kagari Gihinga abaturage bahamya ko bakomeje kwishimira ibi bitaro bemerewe nâUmukuru wâIgihugu Paul Kagame.Muri 1999, Paul Kagame wari Visi Perezida yasuye abaturage bâi Busengo mu […]
Uganda: Umusirikare wa UPDF yibye umukozi wa mobile money amutunze imbunda
Umusirikare wa Uganda arimo guhigwa bukware nyuma yo kwiba umukozi wa mobile money 400,000 byâAmashilingi mu mujyi wa Bombo. Uyu Corporal Tom Bingi asanzwe abarizwa mu kigo cya gisirikare cya Bombo mu Karere ka Luweeo. Lt Col Deo Akiiki, umuvugizi wungirije wa UPDF, yasobanuye ko Bingi yatorotse mu ijoro ryo kuwa Kane nyuma yo gutunga […]
Haravugwa Coup dâetat muri Cameroon
Mu gihugu cya Cameroon haravugwa uruntururuntu rwa Coup dâetat yakozwe n’igisirikare ikorewe Perezida Paul Biya umaze imyaka 36 ku butegetsi. Nâubwo bitaremezwa neza, byâumwihariko muri Nigeria birimo kuvugwa cyane ku mbuga nkoranyambaga ko Paul Biya yaba yakuwe ku butegetsi. Ikinyamakuru dukesha iyi nkuru Minbane kivuga ko muri iki gihe hitegurwa amatora muri Cameroon ibintu byazambye […]
Dore impamvu eshanu nyamukuru zitera abagore kwibuka gukuna/Guca imyeyo bakuze
Mu gihe bitangazwa ko umuhango wo kujya mu rubohero/ Gukuna cyangwa se Guca imyeyo, bikorwa nâabakobwa batangiye ubwangavu, ku myaka 12 na 13, hari bamwe mu bagore bibuka kubikora bakuze. Hari abibuka kubikora igihe cyarabarenze ntibibe bigishobotse, hari ababikora ingo zabo zararangije gusenyuka, kimwe nâuko hari abagira ipfunwe ryo kubigishaho inama cyangwa kubikora babona abana […]
Kabale: Umugore yicishije umugabo we isuka
Polisi muri Kabale irimo gukora iperereza ku rupfu rwâumugabo wâimyaka 40 wishwe nâumugore we. Umugabo witwa Gidion Mbabazi wari utuye mu gace ka Ahakabungo, Sub- county ya Rubaya muri District ya Kabale, muri Uganda, bivugwa ko yicishijwe isuka nâumugore we witwa Adrine Bebwine uzwi ku izina rya Musinguzi wâimyaka 35 yâamavuko, mu ijoro ryakeye ryo […]
Justin Bieber yaguye igihumure bitewe na Selena Gomez
Umuhanzi  Justin Bieber yagaragaye arandaswe mu maboko yâabandi bantu ba hafi bitewe nâinkuru yâijyanwa mu bitaro ryâuwahoze ari umukunzi we Selena Gomez. Uyu mugabo yagize iki kibazo ubwo yari ku rusengero kuri uyu wa Gatatu yaje wenyine kandi ubusanzwe azana nâumugore we, Hailey Baldwin. Justin Bieber wari wacitse intege ku buryo bugaragara nkâuko TMZ ibitangaza, […]
OMS iravuga ko Ebola ishobora kwadukira nâu Rwanda na Uganda
Icyorezo cya Ebola cyongeye kwaduka muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo biteganyijwe ko gishobora kumara amezi atatu cyangwa ane ngo igihe cyose gishobora no gukwira mu bindi bihugu byâibituranyi nkâu Rwanda na Uganda nkâuko bitangazwa nâIshami rya Loni ryita ku Buzima, OMS. Ibi OMS yabitangaje kuri uyu wa Kane ushize, isaba ibihugu bituranye na Congo […]
Perezida Macron niwe wumvishije u Rwanda ko Mushikiwabo yayobora OIF?
Perezida wâu Bufaransa, Emmanuel Macron, yaba yaregereye perezida wâu Rwanda, akamubwira ko Louise Mushikiwabo ashobora kuba umuyobozi wa Francophonie na mbere yâuko u Rwanda rubitekereza nkâuko byabajijwe umukuru wâigihugu mu kiganiro yahaye RFI na France24 ariko akirinda kubyemeza cyangwa ngo abihakane. Ibi bitangazamaru bimeze nkâibivandimwe 2 byo mu Bufaransa byegereye Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame […]
Nyamasheke: Umugore yakubiswe nâinkuba ahita apfa
Ku mugoroba wo ku wa Kane tariki ya 11 Ukwakira 2018, nibwo imvura nke ivanze nâinkuba ariko yamaze akanya kanini yakubise Nyirangendahimana Jacqueline wâimyaka 33 yâamavuko wari utuye mu mudugudu wa Kagarama,akagari ka Ntendezi mu murenge wa Ruharambuga,mu karere ka Nyamasheke, ubwo yasoromaga icyayi. Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâakagari ka Ntendezi, Ndagijimana Egide, avuga ko iyi nkuba […]
Twagiramungu Faustin yibasiwe ubwo yanengaga itorwa rya Louise Mushikiwabo
Ku wa Gatanu tariki ya 12 Ukwakira 2018, nibwo inkuru yakwiriye Isi yose ko Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wâu Rwanda, Mushikiwabo Louise yatorewe kuyobora Umuryango Uhuriweho nâIbihugu bivuga Ururimi rwâIgifaransa(OIF). Mu gihe hari abacinyaga akadiho babyishimiye, umunyapolitiki Twagiramungu Faustin, utavuga rumwe na Leta yâu Rwanda we yabinenze, abatari bake baramwibasira. Uyu munyapolitiki wanabaye Minisitiri wâIntebe mu […]
Impamvu Kanye West aziyamamariza kuba Perezida wa Amerika
Umuhanzi Kanye West atangaza ko aziyamamariza kuba Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu mwaka wa 2024 kubera guhura na Perezida Donald Trump. Kanye West nkâuko ikinyamakuru Hollywoodlife kibitangaza, uyu mugabo arateganya guhagarika umuziki kugira ngo azabashe gukora ibikorwa byo kwiyamamaza. Inshuti ya hafi ya Ye yagize itiâ Akimara guhura na Donald Trump, Ye […]
Uganda: Abanyarwanda 25 bakatiwe igifungo nâurukiko rwo muri Kisoro
Abanyarwanda 25 kuri uyu wa kane ushize, itariki 11 Ukwakira bakatiwe igifungo cyâumwaka umwe nâurukiko rwo muri Kisoro nyuma yo kubahamya kwinjira muri Uganda mu buryo bunyuranyije nâamategeko. Urukiko ruyobowe nâumucamanza Raphael Vueni rwumvise ubushinjacyaha buyobowe nâumushinjacyaha wa Kisoro, Mike Mwanje, buvuga ko kuwa 11 Ukwakira 2018, abakekwa bafatiwe ku muhanda wegereye Ishuri Ribanza rya […]
Kamonyi: Polisi yafashe abayiyitiriraga bagamije kurya imitsi yâabamotari
Ku mugoroba wo ku wa 11 Ukwakira 2018, hagati ya saa Tatu na saa yine zâumugoroba nibwo abamotari bakorera mu murenge wa Runda, mu gasanteri ka Ruyenzi babonye haje abasore 4 biyita abapolisi, bakimara kuhagera batangiye guha amabwiriza abamotari bagamije kureba ko Moto zabo zitujuje ubuzirange. Uwo basanze moto ye ifite ikibazo bagaciririkanya amafaranga atanga […]
Uganda: Abantu basaga 40 bahitanywe nâibiza byatewe nâimvura nyinshi
Abantu bagera kuri 40 bishwe n’ihirima ry’imisozi ryatewe n’imvura nyinshi yaguye ku wa Kane tariki ya 11 Ukwakira 2018, mu Burasirazuba bwa Uganda, Ababarirwa mu magana bakaba baburiwe irengero. Leta ya Uganda itangaza ko amatsinda y’abakora ibikorwa by’ubutabazi boherejwe muri ako gace byabereyemo, kari hafi y’umupaka na Kenya. Amazi y’iyi mvura yakumunzuye ibyaro bimwe n’isoko […]
Ikinyamakuru cyari igitoni kuri Leta yâu Burundi cyahagaritswe
Urubuga rwa Internet Ikiriho cyari gisanzwe gikorera mu kwaha kwa Leta yâ u Burundi iyobowe Perezida Pierre Nkurunziza cyahagaritswe. Icyemezo gihagarika iki gitangazamakuru Ikiriho News cyafashwe nâ Umucamanza Mukuru wa Repubulika yâ U Burundi, Sylvestre Nyandwi, nkâ uko byagaragajwe mu ibaruwa uyu muyobozi yanditse kuwa 12 Ukwakira 2018 agashyikiriza kopi yayo Perezida wâ Inama yâ […]
Tanzaniya: Abantu 30 batawe muri yombi baryozwa ishimutwa ry'umuherwe
Polisi ya Tanzaniya yataye muri yombi abantu basaga 30 mu rwego rwâiperereza ryâishimutwa ryâumugabo w’umuherwe, Mohammed Dewji ryabaye kuwa Kane wâiki cyumweru. Uyu mugabo yashimuswe nâitsinda ryâabagabo bitwaje intwaro ubwo yinjiraga mu cyumba ngororamubiri muri imwe muri hoteli yo mu majyaruguru yâ iburengerazuba bwa Dar Es- Salaam. Umuyobozi wa Polisi mu mujyi wa Dar Es- […]
Nyamasheke: Yishe umugore we amuca umutwe n'amabere
Habigena Claude wâimyaka 35 yâamavuko utuye mu mudugudu wa Gasasa, Akagari ka Bisumo mu murenge wa Cyato, ho mu karere ka Nyamasheke ari mu maboko ya polisi, Sitasiyo ya Kanjongo, aho akurikiranyweho kwica urwâagashinyaguro umugore we, Nyirasafari JosĂ©phine wari ufite imyaka 33 yâamavuko. Uyu nyakwigendera Nyirasafari yari atwite inda y’ amezi arindwi yishwe aciwe umutwe […]
RFI Prix Decouverte 2018: Yvan Buravan yahinduriwe igitsina
Umunyamakuru wa Radio Mpuzamahanga yâ Ubufaransa (RFI) yavuze ko Ivan Buravan uri mu irushanwa rya Radiyo yâabafaransa ryitwa Prix Decouverte uyu mwaka ari umuhanzi wâigitsinagore. Ibi byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 Ukwakira 2018 aho umunyamakuru wa RFI yatangaje inshuro ebyiri  zose avuga ko umuhanzi Buravan ari umunyarwandakazi ufite indirimbo […]
Min. Mushikiwabo yatorewe kuyobora Umuryango w'Ibihugu Bikoresha Ururimi rw'Igifaransa
Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wâu Rwanda, Louise Mushikiwabo, atsinze amatora yari ahanganyemo nâundi mukandida w’umunya Canada, Michaà «lle Jean, y’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu Bihuriye ku Rurimi rw’Igifaransa. Ni amatora yaberaga mu gihugu cya Armenia kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 Ukwakira 2018, akaba yari yitabiriwe nâabakuru bâibihugu bigize uyu muryango wâibihugu buhuriye ku gukoresha Ururimi rwâIgifaranda OIF […]
Icyo Min. Busingye avuga ku icungwa ryâimitungo yasizwe na bene yo
Minisitiri w’Ubutabera akaba nâ Intumwa Nkuru ya Leta, Busingye Johnston, arasaba abagize Inama Mpuzabikorwa ya Komite z’Uturere zishinzwe gucunga imitungo yasizwe na bene yo, kuyicunga neza, ahari abayizungura bakayihwabwa. Ibi yabivuze mu nama bagiranye ku wa Gatanu tariki ya 12 Ukwakira 2018, akaba avuga ko kuva mu mwaka wa 2000, Leta yâu Rwanda imaze kubona […]
Burundi: Urwibutso rwari rwiswe urwa jenoside yakorewe Abahutu rwasenywe
Urwibutso rwiswe urwa jenoside yakorewe Abahutu mu Burundi rwari rwubatswe i  Mutumba wa Nyambeho muri Komini Giheta, Intara ya Gitega, mu Burundi, rwasenywe nâabantu bari bahagarikiwe nâubuyobozi bwâintara na Komini. Mu ijoro ryo ku wa Gatatu tariki ya 10 Ukwakira 2018, nibwo uru rwibutso rwiswe urwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1972, rwasenywe nâabari bahagarikiwe na […]
Amafoto yâurukozasoni ya Eddy Kenzo agiye gushyirwa hanze nâuwo yavuze ko azakata ibinwa
Umugore Eddy Kenzo avuga ko azaca ibinwa nakomeza kumuvugaho, Ritah Kaggwa yatangaje ko agiye gushyira hanze amafoto yâurukozasoni yâuyu muhanzi ari kumwe nâumukobwa w’umuhanzi witwa Pia Pounds. Kaggwa ubusanzwe wibera i London mu Bwongereza kuri uyu wa 11 Ukwakira 2018 abinyujije kuri Facebook yavuze ko yakiriye amafoto ya Eddy Kenzo na Pia Pounds bambaye ubusa […]
Rusizi: Abayobozi barasabwa kongera ingufu mu kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana
Mu karere ka Rusizi ngo haracyagaragara ibikorwa binyuranye bijyanye nâihohoterwa rikorerwa abana hasi mu midugudu, ba Gitifu bâimirenge bagasabwa kurushaho gucukumbura ibi bibazo byose no gufasha mu kubishakira umuti kuruta uko byari bisanzwe. Babisabwe mu nama yahuje abarebwa bose nâuburenganzira bwâumwana no kumurinda ihohoterwa, yahuje nâabakozi bâumuryango âHope and Homes for Children Rwandaâ nâ abakozi […]
Ubushinwa: Umunyarwanda agiye guhangana nâibihanganjye mu mukino wa Billards ku isi
Umunyarwanda, Jean Claude Nyirimanzi agiye kwitabira irushanwa mpuzamahanga ryâ umukino wa Biyari(billards) uzabera mu gace ka Nanchang, I Shangai mu Bushinwa. Mu Kiganiro kirambuye na Bwiza.com, Jean Claude Nyirimanzi wâ imyaka 28 yâ amavuko yatangaje ko akimara kumva inkuru yemeza ko azitabira aya marushanwa mpuzamahanga yabyakiranye ibyishimo byinshi. Yagize atiâ Nubwo nzi ko ngiye guhangana […]
Mbarara:Inzego zâumutekano zambitse ubusa Abanyarwandakazi ngo zireba uko bateye
Abakozi bâinzego zâumutekano zirimo Urwego rushinzwe iperereza mu gisirikare cya Uganda (CMI) nâ Urwego rushinzwe umutekano wâimbere mu gihugu (ISO) baravugwaho kuba barambitse ubusa buri buri  Abanyarwandakazi batatu; Dinah Kamikazi  Agasaro Vanessa na Jessica Muhongerwa, kugira ngo barebe uko umugore w’Umunyarwandakazi aba ateye. Ibi ni ibyabaye kuwa 16 Ukuboza umwaka ushize nkâuko ikinyamakuru Virunga Post […]
Kigali: Polisi yaguye gitumo abajura bari bamaze gutobora inzu
Polisi yâu Rwanda ikorera mu karere ka Gasabo, ku wa 10 Ukwakira 2018, yaguye gitumo abajura batanu bari bamaze gutobora inzu yâumuturage witwa Ntahomvukiye Hermes utuye mu murenge wa Kacyiru mu karere ka Gasabo. Ni nyuma yâuko mu murenge wa Gisozi hamaze iminsi havugwa ubujura butobora amazu. Umuvugizi wa Polisi mu mujyi wa Kigali, Chief […]
OIF: Min. Mushikiwabo uhanganye na Michaà «lle Jean ni bantu ki?
Mu gihugu cya Armenia hitezwe inama idasanzwe y’umuryango w’abakoresha Igifaransa, Francophonie, hanatorwe umuyobozi musha wawo. Prezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron na ministiri w’intebe wa Canada, Justin Trudeau, bamaze kugera muri Armenia ahagomba kubera iyo nama. Igifaransa ntabwo ari ururimi rukoreshwa muri Armenia, ariko Ubufaransa bucumbikiye Abanyarmenia benshi, harimo n’umuririmbyi aheruka kwitaba Imana, Charles Aznavour. Abitabye iyo […]
Niba mushaka imirwano ya politiki ndayibazanira-Pasiteri Schoof abwira Leta yâU Rwanda
Umuyobozi Mukuru wa Radiyo yafunzwe Amazing Grace ari we Pasiteri Gregg Schoof avuga ko niba Leta yâU Rwanda ishaka imirwano  ya politiki na we yiteguye kuyinjiramo atazuyaje. Uyu mugabo yabitangaje mu kiganiro yagiranye na Radiyo Ijwi rya Amerika (VOA) kuwa 10 Ukwakira 2018 nyuma yaho ageze ku Rukiko Rukuru rwa Nyarugenge  akabwirwa ko urubanza yari […]
Ese u Rwanda rwaba rugiye kuba icyambu cyâu Bufaransa mu kongera kwigarurira Afurika?
U Bufaransa burakataje mu gushaka inzira bwacamo kugira ngo bwongere bwigarurire imitima yâ Abanyafurika nyuma yo guhemukira uyu mugabane mu buryo bwose bushoboka. Iki gihugu cyari cyarigaruriye ibihugu byinshi mu gihe cyâ ubukoloni, gishinjwa guhemukira  abanyarwanda ubwo cyihishaga inyuma yâ umugambi wâ itegurwa nâ ishirwa mu bikorwa rya jenoside yakorewe Abatutsi igahitana abasaga miliyoni. Uretse […]
Ntabwo Mourinho ari ikibazo muri Manchester United- Zlatan Ibrahimovic
Mu  gihe umutoza wa Manchester United, Jose Mourinho akomeje kurebana ayâ ingwe nâ abakinnyi be, Zlatan Ibrahimovic yemeza ko abakinnyi ari bo banyirabayazana. Uyu Zlatan wahoze ari rutahizamu wa Manchester United asanga Mourinho ari umutoza mwiza ndetse ufite ubunararibonye ngo ahubwo abakinnyi be bakwiriye kwisubiraho. Ati â  Nta gitangaza uyu musaza yakora  mu gihe cyose […]
Selena Gomez yajyanywe huti huti mu bitaro
Umuhanzi Selena Gomez yajyanwe mu bitaro byitwa ku buzima bwo mu mutwe bitewe nâibibazo mu marangamutima yagiriye mu bitaro byo mu mujyi wa Los Angeles. Uyu muhanzi nkâuko ikinyamakuru TMZ kibitangaza, Selena Gomez yajyanwe mu bitaro inshuro ebyiri mu cyumweru gishize nyuma yaho yagize ikibazo cyâubuke bwâinsoro zâumweru mu maraso ye bitewe nâigikorwa cyo guhabwa […]
Icyogajuru kirimo Umurusiya nâUmunyamerika cyagize ikibazo nyuma yâiminota cyoherejwe
Icyogajuru cyâu Burusiya cyohererejwe mu kirere muri Kazakhstan gitwawe nâabantu babiri, Umurusiya nâUmunyamerika cyagize ikibazo nyuma yâiminota mikeya cyoherejwe kuri uyu wa kane, itariki 11 Ukwakira, biba ngombwa ko kigaruka hasi nkâuko byatangajwe na Ria Novosti. Biravugwa ko habuze gato ngo habe ikiza mu kirere kuri uyu wa 11 Ukwakira ubwo icyogajuru, Soyouz MS-10 cyoherezwaga […]
Dore ibintu bitanu abagabo benshi bitiranya mu gihe cyâimibonano mpuzabitsina
Igikorwa cyâimibonano mpuzabitsina ni icyâibanga, nkâuko buri wese aba atifuza ko hari umubona agikora ni nako benshi bahuriramo nâibyo badasobanukiwe, ariko bagatinya gusobanuza ngo bamenye. Bityo Bwiza.com, iragusobanurira bimwe mu byo abantu benshi bakunze kwitiranya kandi atari ukuri. Ubusugi/Kuva amaraso: Benshi bibwira ko ubusugi burangwa no kuva amaraso kwâumukobwa mu gihe cyâimibonano mpuzabitsina, ese niko […]
MIGEPROF irasaba ababyeyi guhangana nâikibazo giteye inkeke abana bâabakobwa
Minisitiri wâUburinganire nâIterambere ryâUmuryango (MIGEPROF), Esperance Nyirasafari yatangaje ko ababyeyi bakwiye guhaguruka bakarwanya abantu basambanya abana bâababakobwa ndetse nâabahungu. Ibi Min.Nyirasafari yabitangaje kuri uyu wa 11 Ukwakira 2018 mu muhango gufungura umunsi mpuzamahanga wâumwana wâumukobwa wahujwe nitangizwa ryâubukangurambaga bwiswe â#GIRL2LEADERâ wabereye mu ngoro yâinteko ishinga amategeko. Yagize atiâ Mu rwego rwo guteza imbere abana bâabakobwa, […]