Gasana wari umuyobozi wa Polisi yagizwe Guverineri w’intara y'Amajyepfo
Kuri uyu wa kane tariki ya 17, Ukwakira 2018, Perezida Paul Kagame yakuye kumwanya w’ubuyobozi bukuru bwa Polisi y’igihugu Gasana Emmanuel, agirwa guverineri w’intara y’amajyepfo Gasana yasimbuye Mureshyankwano Marie Rose, wayoboraga intara y’amajyepfo kuva mu Ukwakira 2016. Emmanuel Gasana yari amaze igihe kingana n’imyaka 9 ayoboye polisi y’ u Rwanda. Mu gihe cye yari amaze […]
Perezida Kagame yavuguruye Goverinoma
Ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe muri 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 116 . None ku wa 18 Ukwakira 2018, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yavuguruye Goverinoma mu buryo bukurikira: Abaminisitiri Bwana Prof. SHYAKA Anastase, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu/Minister of Local Government Bwana Dr. SEZIBERA Richard, Minisitiri w’Ububanyi […]
Rubavu: Hari abaturage bubaka mu mihanda ubuyobozi burebera
Bamwe mu baturage batuye mu mirenge igize umujyi wa Rubavu bubaka mu mihanda abayobozi b’inzego zibanze barebera ibi akaba ari ibibazo bishobora kuzahombya leta mu gihe iyo mihanda yazajya gutunganywa ishyirwamo kaburimbo mu gihe abo baturage bazasaba inguranwa zayo mazu yabo. abaturage bavuga ko batazi aho umuhanda utangirira naho urangirira. Umujyi wa Rubavu ni umwe […]
Ethiopia: Min. w’Intebe yakoranye pompaji n’abasirikare bashakaga kumwica
Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed yavuze ko bamwe mu basirikare binjiye mu nyubako irimo ibiro bye mu murwa mukuru Addis-Abeba, mu cyumweru gishize, bari bacuze umugambi wo kumwica. Icyo gihe, ngo Abiy yacubije uburakari bwabo abategeka gukora ‘pompaje’ 10 bazikorana na we. Yagaragaye aseka n’abo basirikare, ariko kuri uyu wa kane yabwiye inteko ishingamategeko […]
Icyatumye Selena Gomez ajya muri koma
Umuhanzikazi Selena Gomez byamenyekanye ko yajyanwe mu bitaro nyuma akagwa muri koma (coma) bitewe n’ishyari yagize nyuma yaho uwo bakundanaga, Justin Bieber ashyingiranwe n’undi mukobwa, Hailey Baldwin. Umwe mu bantu ba hafi yatangaje ko Selena Gomez yagize ikibazo bitewe n’uko yari yarishyize kure y’inshuti ze za hafi nta n’umwe akivugisha mbere yo kujyanwa mu bitaro. […]
U Rwanda rushobora kongera kuza mu myanya ya mbere mu kurwanya ruswa
Nyuma yaho U Rwanda rufata umwanya wa 47 mu kurwanya ruswa ku Isi rukaza no ku mwanya wa 3 muri Afurika rushobora kuzongera kuza mu myanya ya mbere ku rutonde rwa Transparency International rwo muri 2018 rusanzwe rugaragaza uko ibihugu bikomeje kurwanya ruswa ku rwego rw’ Isi. Beni, Nigeria ndetse na Kenya nabyo byatangiye gushyirwa […]
Kirenga Safina yavuze impamvu Nicole agiye kubana n'uwahoze ari umukunzi we
Umukinnyi wa filimi nyarwanda ukunzwe n’abatari bake, Kirenga Saphine, yatangaje ko ari we wahaye uburenganzira Sebera Eric bahoze bakundana banitegura kubana, bwo gukundana na Nicole ukina muri filimi y’uruhererekane izwi nka City Maid. Bijya gutangira, Kirenga Safina yakundanaga n’umusore witwa Eric Sebera, ndetse uyu musore yari yaranambitse impeta ya fiyansayi, Seraphine. Icyo gihe yapfukamye imbere […]
Monusco ishyigikiye ko haba ibiganiro bihuza inyeshyamba za ADF na Leta ya Congo
Intumwa z’Umuryango w’Abibumbye zigamije kubungabunga umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (Monusco), muri iki cyumweru zitangaza ko ibikorwa bya gisirikare atari byo muti w’ibibazo gusa mu kurwanya ADF, inyeshyamba zikomoka muri Uganda, ziri ku butaka bwa Congo, zirwanira mu gace ka Beni, mu Bururasirazuba bw’iki gihugu. Ibi byatangajwe ku wa 18 Ukwakira 2018 na […]
C.Ronaldo yabaye imbarutso yo kuva muri Juventus shishitabona kwa Gonzalo Higuain
Umwataka w’umunya-Argentine, Gonzalo Higuain atangaza ko yavuye muri Juventus atabishaka, ahubwo ko yabisabwe nyuma yaho Cristiano Ronaldo ayiziyemo. Muri Nyakanga 2018, nibwo Criatiano Ronaldo yasinye amasezerano muri Juventus, yaje ahasanga Gonzalo Higuain wari uhamaze imyaka ibiri, amaze no gutsindira iyi kipe ibitego 40. Mu kwezi kwa Munani, Gonzalo Higuain yatijwe mu ikipe ya Milan, ngo bikaba bigaragara […]
Uduce two muri Uganda ‘tubamo’ abakekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Mu gihe ubushakashatsi bwagaragaje ko benshi mu bakekwaho kugira uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 baba mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba, hari uturere two muri Uganda bivugwako tubamo abasaga 250. Amakuru agaragaza ko mu bagera ku 1000 bashyiriweho impapuro zo gutabwa muri yombi kubera uruhare muri Jenoside kimwe cya kane cyabo baba mu duce […]
Bumbogo: Abakobwa babiri bagaburirwaga ibyatsi n’abiyita abavugabutumwa
Mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira iryo ku wa Kane tariki ya 18 Ukwakira 2018, nibwo mu rugo rw’uwiyita umuvugabutumwa yahinduye urusengero, ruherereye mu mudugudu wa Kayumba, akagari ka Musave, umurenge wa Bumbogo ho mu karere ka Gasabo, habonwe abakobwa babiri bari bamaze iminsi itanu barafungiranwe, bagaburirwa ibyatsi n’uwiswe Mama Psiteri. Ubwo umunyamakuru yageraga […]
Perezida Nkurunziza arahamya ko ibitero bigabwa i Burundi bituruka mu Rwanda
Perezida Nkurunziza w’u Burundi arasaba inzego z’umutekano gukaza umutekano ku mupaka w’u Rwanda n’u Burundi, avuga ko ibitero bitandukanye byagabwe ku butaka bwabo, bituruka ku bw’u Rwanda. Ubwo yatangizaga ku mugaragaro ibikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro ku wa Mbere tariki ya 8 Ukwakira 2018, mu Ntara ya Muyinga, Site ya Masaka, muri Komini Butihinda, Perezida Nkurunziza […]
USA: Impunzi y’Umunyarwanda itunzwe no gukanika amagare
Umwana w’Umunyarwanda wavukiye mu nkambi y’impunzi, Faustin Dushimimana uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika avuga ko atunzwe no gukanika amagare kandi ko abona bizamugeza kuri byinshi. Dushimimana w’imyaka 16 avuga ko yamaze imyaka 13 mu nkambi y’impunzi mu Rwanda nyuma yaho iwabo bahunze intambara z’urudaca zaberaga muri Congo-Kinshasa nyuma akaza kubona amahirwe yo kujya […]
Amacenga ya politiki hagati ya Trump na Museveni ahatse iki?
Kuva Donald Trump yiyamamariza kuba Perezida wa Leta Zunze za Amerika yatangaje ko naramuka atowe azakora uko ashoboye agakuraho abaperezida b’ abanyagitutugu bo muri Afurika harimo Perezida Robert Mugabe wa Zimbabwe ndetse na Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda. Amaze kugera ku butegetsi , aya magambo Trump wavuze ko azakuraho Museveni ntiyongeye kumvikana ahubwo Museveni niwe […]
Wema Sepetu yagaragaje umugabo bazabana-Amafoto
Umukinnyi w’icyamamare mu gukina filimi muri Tanzaniya, Wema Sepetu yashyize hanze amafoto y’umusore avuga ko ari we mugabo we mu minsi izaza. Abinyujije ku rubuga rwe rwa instagram, Wema Sepetu yagaragaje ifoto y’umusore bisa nkaho baryamye. Nk’uko abenshi bagiye batanga ibitekerezo, byaje kugaragara ko atazwi mu maso ya benshi. Yagize ati” Umugabo wanjye mu minsi […]
Intwari Gisa Fred Rwigema na Thomas Sankara banze gupfa bicaye!
Nubwo Umunyarwanda Maj.Gen Emmanuel Gisa Fred Rwigema , Capt. Isidore Noel Thomas Sankara wo muri Burkina-Fasso bafatwa nk’ intwari kandi bafite byinshi bahuriyeho kuko bose bapfuye bazize impiranduramatwara no kurwanira ibihugu byabo. Kwitanga, kubabara n’ ababaye ndetse no kumva bahasiga ubuzima ari ngombwa ni bimwe mu bintu by’ ingenzi byaranze intwari Maj. Gen Fred ndetse […]
Uganda: Umusirikare yatwikiwe mu kigonyi yabagamo ahita apfa
Umusirikare wa Uganda w’imyaka 38 y’amavuko, ku wa Gatatu tariki ya 17 Ukwakira 2018, yatwikiwe mu nzu ye y’ibyatsi (Ikigonyi) ahita apfa. Umuvugizi wa Polisi mu gace ka Kigezi, Elly Maate yatangaje ko uyu musirikare wishwe yitwaga Private Swalleh Waka Bakali akaba wari mu basirikare babarizwa muri batayo ya 307, y’i Burameizi, muri District Kanungu. […]
Kayonza: Umusaza w’imyaka 72 ashinjwa gutwika ishyamba
Rwabuduranya Sylivestre w’imyaka 72 y’amavuko yafashwe na polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Kayonza mu murenge wa Rwinkwavu akekwaho gutwika hegitari 10 z’ishyamba ry’intusi agamije gushaka urwuri rw’inka ze. Ku gicamunsi cyo Ku wa Mbere tariki ya 15 Ukwakira 2018, nibwo ishyamba rya Leta riherereye mu murenge wa Rwinkwavu mu karere ka Kayonza ryatwitswe […]
Masudi Djuma watoje Rayon Sports yabonye indi kipe atoza mu Rwanda
Umutoza Masudi Djuma yasinye muri AS Kigali nk’umutoza mukuru mu gihe kingana n’umwaka umwe, akaba aje asimbura umutoza Nshimiyimana Eric wahoze atoza iyi kipe y’abanyakigali. Mu cyumweru gishize nibwo byemejwe ko Masudi wari umutoza Wungirije wa Simba Sports Club, yatandukanye n’iyi kipe yo muri Tanzania kubera kutumvikana n’Umutoza Mukuru wayo, Umubiligi Patrick Uassems nyuma yamakimbiranye […]
Ikimasa cyavunitse amaguru ubwo cyitabiraga ibirori-Amafoto
Ikimasa cyavunitse amaguru yose ubwo cyari cyazanwe mu birori mu cyaro ca Mejorada Del Campo mu gihugu cya Esipanye. Inkuru dukesha Dailymail ivuga ko iki kimasa cyavunitse amaguru yose ubwo cyavanwaga mu modoka yari ikizanye mu birori agishyiraga hanze ngo kigire uruhare mu kwiruka. Ababibonye bavuga ko ahanini byatewe n’uko iki kimasa cyasimbutse ahantu harehare […]
Rusizi: Ubushobozi bwo guhanga imirimo buracyari ingorabahizi ku bize amasiyansi
Abiga amasiyansi mu ishuri ryisumbuye rya Gishoma riri mu murenge wa Rwimbogo mu karere ka Rusizi n’ababyeyi babo, bashima Leta yatanze umurongo uhesha umwana wese kwiga, gusa ikibazo kikaba kuri bamwe bayarangiza ibyo bize bakabyicarana kubera kubura igishoro ngo babibyaze umusaruro. Ibi babitangaje ubwo berekaga ababyeyi babo n’abayobozi batandukanye ibyo bamaze gukura mu bumenyi bahabwa, […]
Polisi ya Uganda yimuriye igitaramo cya Bobi Wine mu 2019
Umuyobozi wa Polisi ya Uganda, IGP Okot Ochola yatangaje ko igitaramo cya depite Kyagulanyi Robert uzwi nka Bobi Wine kidashobora kuba mbere ya 2019. Ibaruwa y’umuyobozi wungirije wa Polisi ushinzwe ibikorwa, AIGP Asuman Mugenyi yandikiye abateguye igitaramo cya Bobi Wine, mu izina na IGP Ochola uyu muyobozi avuga ko Igitaramo cya Bobi Wine cyasubitswe uko […]
Ugisha inama: Ese iyo umugore akunnye (Guca imyeyo) afite umugabo aba amukungurira?
Iki ni kibazo cyabajijwe n’umwe mu basomyi ba Bwiza.com, akaba abaza ku muco wo Gukuna cyangwa se guca imyeyo bikorwa n’abakobwa bakigera mu kigero cy’ubwangavu, kimwe n’uko abacikanwe babikora bakuze, barimo n’abafite abagore. Si uko bidashoboka, hari ababikora barashatse abagabo ku bw’amahirwe bigakunda ariko uyu mugabo we bitewe n’ibyo yumvise bitewe n’aho aherereye, arabaza niba […]
RDC: Umusirikare wa FARDC yarashe abaturage bane arabica
Umusirikare wa FARDC kuri uyu wa kabiri, itariki 16 Ukwakira yishe abantu bane mu biturage bibiri bitandukanye ari byo; Masumbuko na Saliboko muri sheferi ya Walendu Tatsi, muri Teritwari ya Djugu ho muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Visi perezida w’ishyirahamwe Lori rihuriyemo abo mu bwoko bw’Abalendu avuga ko uwo musirikare yarashe abantu ku mpamvu […]
Perezida Habyarimana yahakanaga kuba nyirabayazana w’ibitero by’Inkotanyi
Uwari Perezida w’u Rwanda Juvenal Habyarimana , mbere y’urupfu rwe muri Mata 1994, yahakanaga avuga ko nta ruhare yagize kugira ngo habeho ibitero by’Inkotanyi mu gihe icyo zaharaniraga ari uburenganzira bamwe mu Banyarwanda bari barambuwe mu gihugu cyabo no ku gihugu cyabo ku bari mu buhungiro. Nubwo Habyarimana ateruraga ngo asobanure neza icyo Inkotanyi zaharaniraga, […]
Chris Brown yasabwe kutazongera gukundana na Rihanna
Umuhanzi Chris Brown yasabwe ko yareka kongera gukundana na Rihanna kugira ngo umubano we na Drake wongere ube nta makemwa nk’uko babyumvikanye. Imwe mu nshuti za hafi za Chris Brown yavuze ko nyuma yaho kuwa 12 Ukwakira 2018 aba bombi bemeranyije kongera kuba inshuti, bemeranyije kandi ko muri bo uzasubirana na Rihanna azaba yishe ubushuti […]
Abashinjwa kugerageza kwiba Access Bank basabiwe gufungwa imyaka 7
Ubushinjacyaha bwasabiye igifungo cy’imyaka 7 abantu 21 barimo Abanyarwanda n’Umunyanijeriya bakurikiranweho gushaka kwiba Access Bank bifashishije ikoranabuhanga ndetse no kurema umutwe w’abagizi ba nabi. Bose uko ari 21 barangajwe imbere n’umunyanijeriya, Olubunimi Adebesi, nibo baregwa ko bashatse kwiba ‘Access Bank’ mu Rwanda. Iyo banki ivuga ko akayabo kagombaga kwibwa hifashishijwe ihererekanya ry’amafaranga kuri konti gasaga […]
Kenya: Umupadiri arashinjwa gutera inda no kuyikuramo
Umupadiri muri Kiliziya Gaturika mu gihugu cya Kenya arashinjwa gutera inda umukobwa uri mu myaka 20 bakabyarana, no gufasha undi kuyikuramo nyuma yo kuyimutera. Umupadiri wakoreraga muri Paruwasi ya Kiambaa muri Githunguri, mu ntara yo hagati muri Kenya, avugwaho ko mbere yo kwimurirwa ahandi yateye inda umukobwa w’umwe mu bakirisitu b’iyi paruwasi bakabyarana umwana w’umuhungu. […]
Diamond yemerewe gusuura Zari akarara ariko ntibararane ku gitanda kimwe
Umuherwe Zari Hassan yashyizeho umunyamategeko ( avocat ) ushinzwe gukurikirana iyubahirizwa ry’amasezerano yagiranye na Diamond Platnumz babyaranye abana babiri, muri ayo masezerano yo gufatanya kurera, uyu mugabo akaba yemerewe gusuura uyu mugore n’abana ariko ntibararane. Ibi bibaye nyuma yaho, ngo Diamond atubahirije amasezerano bagiranye yo gusuura abana be muri Afurika y’Epfo buri kwezi, aho babana […]
Amajyepfo: Polisi yafashe abasore 7 bacuruzaga urumogi
Kuri uyu wa mbere Tariki 15 Ukwakira Polisi ikorera mu Ntara y’Amajyepfo mu turere twa Huye na Muhanga yafashe abasore 7 bacuruzaga bakananywa ikiyobyabwenge cy’urumogi. Mu Karere ka Huye umurenge wa Tumba ,akagari ka Rango hafatiwe abasore batanu(5) aribo Muhoza Fabrice w’imyaka 22 uyu akaba ariwe warucuruzaga, Faliala Guy Noel w’imyaka 25,uyu we yaruzaniraga Muhoza […]
Ituri: Haravugwa umutwe mushya w’inyeshyamba urimo kwisuganya urimo Abagande n'Abanyarwanda
Amakuru aturuka mu burasirazuba bwa Congo kandi amaze igihe ahwihwiswa ko haba hari umutwe w’inyeshyamba urimo kwisuganya muri Ituri no muri Beni yemejwe kuri uyu wa kabiri, itariki 16 Ukwakira n’itsinda ryintumwa z’abadepite bavuga ko bafite ibimenyetso by’imyiteguro y’uwo mutwe muri iki gice, ariko bavuga ko ibyo bagezeho mu iperereza ryabo bagiye kubishyikiriza umukuru w’igihugu. […]
Uganda: Yabeshye ko umuhungu we yapfuye barebye mu isanduku basangamo ingiga y’igiti
Ahitwa Lusaaka, mu Karere ka Kalisiizo Kyotera mu gihugu cya Uganda habaye agashya ubwo umugabo Kafeero w’imyaka 30 uzwi nka Ivan K yatangazaga ko umuhungu we yapfuye nyamara abeshya bakaza gusanga ingiga y’igiti mu isanduku. Ikinyamakuru New Vision kiravuga ko nk’uko bisanzwe abaturage bateraniye mu rugo rwa Kafeero bagiye kwifatanya nawe mu kababaro kubera urupfu […]
Nyagatare/Gatunda: Min Kaboneka yahaye impanuro abanyeshuri ba G.S Rwebare
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Kaboneka Francis wagiriye uruzinduko rw’akazi mu Ntara y’Iburasirazuba, yasuye abanyeshuri b’Urwunge rw’Amashuri rwa Rwebare, abasaba kurwanya no gukumira ibiyobyabwenge, ahubwo bakagira umuhate wo kwita ku byo biga. Urwunge rw’Amashuri rwa Rwebare Min Kaboneka yasuye ku wa kabiri tariki ya 16 Ukwakira 2018, ruherereye mu murenge Gatunda, Akarere ka Nyagatare, Intara y’Iburengerazuba. Aherekejwe […]
Gereza mbi ku Isi ya Guantanamo yongerewe imyaka 25 yo kubaho
Leta ya Perezida Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko gereza ya Guantanamo yongerewe ikindi gihe cy’imyaka 25 cyo kubaho, mu gihe Leta ya Obama yari yemeje ko iyi gereza yahagarikwa. Perezida Barack Obama wahoze ayoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika yari yaremeje ko gereza ya gisirikare y’i Guantanamo Bay, muri Cuba yasenywa, […]
Menya umurenge wa mbere mu mihigo mu karere ka nyuma
Umurenge wa Muyira mu karere ka Nyanza, niwo murenge wa mbere mu karere kabaye aka nyuma ariko Nyanza, mu mihigo ya 2017. Ni umurenge udahwema kwesa imihigo mu burezi, mu rubyiruko n’imiyoborere muri rusange. Muyira iramukiwe gusurwa n’abanyamakuru baharanira amahoro ba PAXPRESS, iri mu cyahoze ari komini Muyira ya Butare, iza kuba akarere ka Nyamure, […]
Kigali : Ikipe y’ U Rwanda Amavubi yanganyije na Guinea, amahirwe akomeje kuyoyoka
Umukino wahuje ikipe y’ igihugu y’ u Rwanda na Guinnee kuri Stade Nkuru y’ I Kigali i Nyamirambo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 16 Ukwakira 2018, warangiye amakipe yombi anganyije igitego kimwe kuri kimwe. Ikipe y’ igihugu ya Guineya yarushije cyane Amavubi mu gice cya mbere inayitsinda igitego cyinjijwemo na rutahizamu wayo Kabano. Nubwo […]
Ubusesenguzi: Politiki ya Francophonie muri Afurika iracyateye amakenga!
Nyuma yaho, I Erevan muri Armenia, Louise Mushikiwabo atorewe umwanya w’ Umunyamabanga Mukuru w’ ibihugu bikoreshe igifaransa, Prof. Ntabona asanga kuba igifaransa cyarigishijwe ku itegeko mu Bihugu biri mu biyaga Bigali, bigatuma indimi zaho zitakaza agaciro ari ikibazo gikomeye. Mu kiganiro na Iwacuburundi, Prof. Ntabona nk’ umuntu w’ inararibonye wigishije muri za kaminuza zitandukanye yagize […]
Urutonde rw'aba producers bagize uruhare rufatika muri muzika nyarwanda babikesha insengero
Abatunganya indirimbo bakunze kwitwa producers mu Rwanda bagiye bagaragaza uruhare rukomeye mu kuzamura impano z’ abahanzi ariko babikesha aho basengeraga. Abantu bazi aba baproducers bose kuva bakiri bato banakurikiranye uburyo baje gutangira uyu mwuga, bemeza ko bigiye muzika mu nsengero zitandukanye. Bwiza.com ibagejejeho urutonde rw’ aba baproducers bari basanzwe bafite impano z’ ubuhanzi ariko bagira […]
Umunyarwanda wabaye umudipolomate yavuze ku rutonde rw’uwo abona wasimbura Mushikiwabo
Nkibisanzwe ikinyamakuru bwiza.com gitanga urubuga ku bakunzi bacyo bagatanga ibitekerezo ku bibazo no ku nkuru zitandukanye kiba cyabagejejeho. Muri iyi nkuru tugiye kubagezaho igitekerezo cya Munyakayanza Samuel, wabaye umukozi muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga (MINAFET), aba umu dipolomate w’u Rwanda mu Uburusiya n’umunyamakuru kuri Radiyo y’iguhugu n’ibindi. Munyakayanza Samuel aratanga igitekerezo cye ku nkuru twabandikiye igaragaza […]
Nyamirambo: Indirimbo yubahiriza igihugu cy’U Rwanda na Guinée yabuze kuri Sitade
Ibintu byatunguranye bikanababaza Abanyarwanda benshi ni ibura ry’indirimbo yubahiriza igihugu ya Guinée Conakry n’iy’U Rwanda, Rwanda Nziza ubwo umukino wahuzaga aya makipe y’ibihugu mu mupira w’amaguru wari ugiye gutangira. Ibi byabaye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 16 Ukwakira, 2018 kuri sitade Regionale i Nyamirambo ubwo abantu bari bitabiriye uyu mukino bahagarukaga biteguye kubahiriza […]
Ingabo z’u Rwanda n’iz’u Burundi zirarebana ay’ingwe hafi y’umugezi wa Ruhwa
Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi hafi y’umupaka n’u Rwanda aravuga ko ingabo z’u Burundi n’iz’u Rwanda kuri iki cyumweru, itariki 14 Ukwakira, zarebanaga ay’ingwe ku mugezi wa Ruhwa utandukanya ibihugu byombi. Abaturage batuye mu murenge wa Camakombe muri Komini Mugina n’abo mu murenge wa Ruhwa muri Komini Rugombo kuva uwo munsi ngo bakaba bafite […]
Rusizi: Umugore yatwikishije umugabo we amazi ashyushye
Ntakirutimana Jean de Dieu utuye mu mudugudu wa Nyabiranga, akagari ka Kamanyenga mu murenge wa Nkanka mu karere ka Rusizi, avuga ko yahuye n’uruva gusenya ubwo umugore we Mukabaruta Jeanne w’imyaka 30 yamutwikishaga amazi ashyushye agashya , akaba arembeye mu bitaro bya Gihundwe muri aka karere. Aho arembeye mu bitaro bya Gihundwe, avuga ko umugore […]
Yasambanyije ku ngufu umukozi wo mu rugo w’imyaka 15 umugore avuze aramwica
Igipolisi muri Entebbe mu gihugu cya Uganda kiri guhiga umugabo wakubise umugore we ikintu mu mutwe agahita apfa nyuma yo kuvugana nabi bapfa ko yasambanyije ku ngufu umwana w’umukobwa w’imyaka 15 wabakoreraga mu rugo. Uyu mugabo ushakishwa ni uwitwa Lukanga Chraish utuye Nsagu muri Entebbe ukurikiranweho kwica umugore we, Zuraikah Nalubega nk’uko iyi nkuru dukesha […]
Nyarugenge: Abaturage barashinja umurenge kubambura ishuri biyubakiye
Abatuye mu mudugudu wa Muganza wo mu Murenge wa Kigali mu Karere ka Nyarugenge, baravuga ko ubuyobozi bw’uyu murenge bwabambuye ishuri biyubakiye mu mafaranga y’akagoroba k’ababyeyi none ngo kuri ubu iyo hagize ubaza iki kibazo ahita afungwa. Ubuyobozi bw’umurenge wa Kigali buvuga ko bwahinduye ubuyobozi bw’iri shuri bitewe n’impungenge bagaragarijwe na bamwe mu baturage ku […]
U Bubiligi: Se wa Vincent Kompany yabaye umwirabura wa mbere ubaye meya
Se wa Vincent Kompany, umukinnyi mpuzamahanga w’umupira w’amaguru ukina mu Bwongereza, yatorewe kuyobora akarere mu gihugu cy’u Bubiligi ahita aba umwirabura wa mbere uhawe umwanya nk’uyu. Pierre Kompany yaje imbere mu majwi mu gace ka Ganshoren ko mu murwa mukuru Buruseli, bimuhesha kuba umuyobozi w’akarere. Bwana Pierre Kompany ( uri ku ifoto n’umuhungu we ateruye […]
Ihene yabyaye igisa n’umuntu- AMAFOTO
Abaturage bo mu gace ka Ogotun Ekiti gaherereye mu Burengerazuba bw’Amajyepfo ya Nigeria, batewe impungenge no kubona ihene y’umuturanyi wabo ibyaye umwana ugiye kumera nk’umuntu. Nk’uko bitangazwa na The Sun, ngo uyu mwana w’ihene, yavukanye ibiganza bibiri, umusatsi, umutwe uteye nk’uw’abantu, igitsina na cyo giteye nk’icy’umuntu,… ukaba warapfuye nyuma y’amasaha make uvutse ngo bitewe n’uko […]
Leta yemerewe kwica — AIGP Asuman Mugenyi
Umuyobozi wungirije w’igipolisi cya Uganda ushinzwe ibikorwa byacyo, AIGP Asuman Mugenyi mu cyumweru gishize yibukije abaturage bijandika mu bugizi bwa nabi bushingiye kuri politiki ko baba bafite ibyago byinshi byo kuraswa ndetse ntiyahisha ko leta yemerewe kwica. AIGP Mugenyi avuga ko ari yo mpamvu igipolisi n’igisirikare byoherezwa aho gukorera byitwaje intwaro. Ibi yabitangarije mu nama […]
Kim Kardarshian arashinjwa kuroga umugabo we
Umukinnyi wa filimi, umubyinnyi akaba n’umuririmbyi, Columbus Short Jr. avuga ko umunyamideli Kim Kardashian akoresha uburozi mu rwego rwo kwigarurira umutima w’umugabo we, Kanye West uzwi nka Ye. Abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram, Columbus yashyize hanze ifoto ya Kim na Kanye maze akurikizaho ubutumwa bugira buti” Nshyize iyi foto hanze ku bw’impamvu imwe rukumbi. […]
RDC: Inyeshyamba zirimo inkuru yitwa Shitani zishyize mu maboko ya FARDC
Ingabo za Leta ya Congo (FARDC) ku wa Mbere tariki ya 15 Ukwakira 2018, zatangaje ko abarwanyi babarirwa mu majana ba Maà¯-Ma௠n’iyindi mitwe, zabishyize mu maboko. Izi nyeshyamba zimaze kwishyira mu maboko ya Leta, ngo zigera muri 300, zimwe ni izabarizwaga mu mutwe wa Maà¯-Ma௠itsinda rizwi nka Shetani, n’umuyobozi wazo, Mapela David uzwi […]
Impapuro 45,000,000 za gacaca zimaze kubikwa mu buryo bw'ikoranabuhanga – CNLG
Nk’uko biteganywa n’itegeko N°09/2007 ryo kuwa 16/02/2007, rigena inshingano, imiterere n’imikorere bya Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG), CNLG igomba gushyikiriza buri mwaka, Inteko Ishinga Mategeko mitwe yombi, raporo y’ibikorwa byayo ndetse na gahunda y’ibikorwa by’umwaka ukurikiyeho. Ni muri urwo rwego tariki ya 15 Ukwakira 2018, CNLG yashyikirije Inteko Ishinga Amategeko, imitwe yombi, raporo y’ibikorwa by’umwaka […]
Burundi: Urushyi nyina wa Rwagasore yakubise umukoloni ni icyemeza ko Abarundi bazi uwabahekuye
Nyuma y’aho u Burundi bushinje Ubwami bw’U Bubiligi kuba inyuma y’iyicwa ry’Igikomangoma Louis Rwagasore waharaniye ubwigenge bw’iki gihugu ariko agapfa atakibonye kigenga, u Bubiligi nabwo bwatangaje ko bwiteguye ko hongera kurebwa ibyaranze icyo gihe cya gikoloni birimo ibikorwa bibabaje byakozwe nk’uko byatangajwe n’umuvugizi wa minisiteri y’ububanyi n’amahanga uvuga ariko ko aya mateka adakwiye kwitwazwa. Ubwo […]
Iyo u Rwanda rutegereza ko hari ab’ahandi bagomba kurukorera, ntiruba rugeze aho ruri— Min Kaboneka
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Kaboneka Francis avuga ko iyo u Rwanda rutegereza abazaturuka ahandi kuza kurukorera, aho rugeze ubu, ruba rutarahagera. Ibi yabitangaje ku wa Mbere tariki ya 15 Ukwakira 2018, mu kiganiro yagiranye n’abavuga rikumvikana bo mu Karere ka Nyagatare, gaherereye mu Ntara y’Iburasirazuba. Muri uru ruzinduko Min Kaboneka yagiriye muri aka karere, yabanje kuganira […]
Amafoto y'umukobwa bivugwa ko ari mu rukundo na Diamond Platnumz
Umukobwa umenyerewe mu ndirimbo z’amashusho mu gihugu cya Tanzaniya, Lilian Kessy uzwi nka Kim nana aravugwaho kuba ari we wigaruriye umutima w’umuhanzi Diamond Platnumz muri iyi minsi. N’ubwo bitarashyirwa ku mugararagaro n’aba bombi, ababikurikiranira hafi bahamya ko uyu mukobwa amaze iminsi agaragara hafi ya Diamond kurusha undi muntu wese w’igitsinagore kandi akaba ari umwe mu […]
USA: Sen. Warren ukekwaho kuzahatana mu matora ya 2020 yipimishije ADN ngo yemeze Trump
Umusenaterikazi wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ufite izina rikomeye mu ishyaka ry’Abademokarate, yashyize ahagaragara ibyavuye mu bizamini yakoresheje kuri ADN bigaragaza inkomoko ye yo mu Bahinde b’Abanyamerika (Amérindindien) nyuma yo kwibasirwa na Perezida Donald Trump amushinja kwitwaza ko akomoka muri ba nyamucye mu nyungu za politiki. Perezida Donald Trump ashinja Senateri Elisabeth Warren, […]
Uganda: Kanye West n’umugore we biswe amazina y’amagande
Ibiro bya Perezida Yoweri Museveni wa uganda, bivuga ko yahaye umuraperi Kanye West uheruka kwiyita ‘Ye’ mu kwezi guheze, izina ry’ikigande, Kanyesigye bisobanura “Ndizeye”. Perezida Museveni yahaye n’umugore we, Kim Kardashian, izina Kemigisha, bisobanura “ufite imigisha y’Imana”. Uyu muryango wa Kanye West wishimiye aya mazina wiswe na Perezida Museveni, ubwo yabakiriraga mu biro bye ndetse […]
Nyanza: Babiri bafashwe batetse kanyanga
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyanza mu murenge wa Kigoma, ku bufatanye n’inzego z’ibanze n’abaturage ku Cyumweru Tariki ya 14 Ukwakira 2018, yafashe abagabo babiri batekaga ikiyobyabwenge cya Kanyanga. Abafashwe ni Ntaganira Theoneste w’imyaka 32 na Kamanzi Jonathan w’imyaka 42,aba bombi bafatiwe mu cyuho bamaze guteka litiro 43 za Kanyanga. Umuvugizi wa Polisi […]
Kizito Mihigo arasabira abo yasize mu buroko
Bamwe bahita muri Gereza, abandi mu Gihome, abandi mu Buroko, abandi mu nzu y’imbohe, abandi mu munyururu, n’andi mazina menshi, ariko icyo ahuriyeho yose ni uko ari ahantu hatisanzuye, aho uhafungiye aba adafite uburenganzira kuri byinshi mu mu buzima rusange bw’igihugu. Muri Gereza, biragoye kurya icyo wihitiyemo, biragoye gusurwa n’uwo ukumbuye, kumusura byo ntibishoboka kuko […]
Tanzania: Amakuru yatuma umuherwe Dewji atabarwa arishyurwa hafi 500,000$
Umuryango w’umuherwe wo muri Tanzania, bivugwa ko ari we wa mbere utunze kurusha abandi muri Afurika y’uburasirazuba, akaba aherutse gushimutwa mu cyumweru gishize, wiyemeje kwishyura akayabo k’amadolari 437,000$ ku muntu watanga amakuru yatuma atabarwa. Biravugwa ko imirongo itatu ya telephone itishyurwa yamaze gushyirwaho mu rwego rwo gukusanya amakuru ku ishimutwa rya nyiri MeTL Group, Mohammed […]
Rubavu: Kutagira mituweli bibaviramo kwimwa zimwe muri serivisi z’inzego z’ibanze
Bamwe mu baturage mu karere ka Rubavu baravuga ko hari serivisi bimwa ku mpamvu zo kuba ntabwisungane mu kwivuza barabona. Aba bavuga ko bibabaje kuba umuturage agana mu nzego z’ibanze ntacyemurirwe ikibazo ku mpamvu zo kutagira ubwisungane mu kwivuza nyamara serivisi baka ntaho ihuriye n’icyo kibazo. Bamwe mu baturage bakunze kuvuga ko hari ubwo bimwa […]
Nyamasheke/Mahembe: Bamwe mu banyeshuri ntibazi uko mudasobwa zisa
Abarezi n’abanyeshuri bo mu murenge wa Mahembe mu karere ka Nyamasheke bavuga ko bakiri kure nk’ukwezi mu gukoresha mudasobwa. Bamwe mu barezi bavuze ko ari ikibazo gikomeye cyane giterwa no kuba igice kinini cy’umurenge wabo kitagira amashanyarazi, bakanibaza niba na Minisiteri yabo ikizi, kuko mu bigo by’amashuri 9 byose biwurimo, birimo 3 by’ayisumbuye, ibirimo mudasobwa […]