Itangazo ryo guhindura izina
Wema Sepetu yatawe muri yombi
Amakuru ataremezwa neza arimo gucicikana mu gihugu cya Tanzaniya ni uko umukinnyi wâicyamamare mu gukina filimi muri Tanzaniya, Wema Sepetu nâumukunzi we mushya batawe muri yombi  muri weekend ishize bashinjwa gukorera uburiganya umugabo utatangajwe amazina. Amakuru afitwe nâigipolisi nâumuryango wa Wema Sepetu biravugwa ko ari bo bakomeje kwibikaho amakuru arambuye kuri iki gikorwa cyâuburiganya  bwo […]
Burundi: Umudepite ushinjwa gucura umugambi wo kwica Nkurunziza yagize icyo abivugaho
Mu gihe Hon Ndikumana Pierre Celestin ashinjwa nâinzego zâumutekano mu Burundi kuba umwe mu bategura umugambi wo kwivugana perezida Pierre Nkurunziza nâabandi bayobozi bakuru bâigihugu, yavuze ko ari agakino yateguriwe ko kumuvana mu ruhando rwa politiki. Mu mpera zâicyumweru gishize nibwo inzego zâumutekano zerekanye abasore babatu, bivugwa ko aribo Hon Ndikumana Pierre Celestin wo mu […]
Perezida wa FC Barcelona yateye utwatsi abibwira ko ishobora kwisubiza Neymar
Perezida wâikipe ya FC Barcelona, Josep Maria Bartomeu avuga ko kugaruka kwa Neymar muri iyi kipe bitari mu mishanga bafite. Atangaje ibi mu gihe hari amakuru yari amaze iminsi avuga ko uyu musore wavuye muri iyi kipe umwaka ushize akerekeza muri Paris Saint Germain (PSG) ashobora kuyigarukamo, ku mafaranga arenga ayo yaguzwe. Kuri uyu wa […]
Uganda: Se wa Muhammad Kirumira yakuye icyasha ku gipolisi no kuri Gen Kale Kayihura
Umubyeyi wa nyakwigendera Muhammad Kirumira wigeze kuyobora Igipolisi cya Uganda mu Karere ka Buyende yakuye icyasha ku Gipolisi cya Uganda na Gen Kale kayihura avuga ko nta ruhare bagize mu iyicwa ryâumuhungu we. Hajji Kawooya Abubaker yatangaje ibi kuri iki Cyumweru mu giturage cya Mpambire mu Karere ka Mpigi ahari hateraniye amagana yâabantu bari bitabiriye […]
Gukorera hamwe nibyo byonyine bizafasha Afurika kugira ijwi ryumvikana- Perezida Kagame
Perezida wâu Rwanda Paul Kagame akaba nâumuyobozi wâUmuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) avuga ko gukorera hamwe ariyo nzira nziza yafasha Afurika kugira ijwi mu ruhando mpuzamahanga. Ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye inama ya mbere y’Inteko Nyafurika ya Gatanu, irimo kubera i Kigali kuva kuri uyu wa Mbere Tariki ya 22 Ukwakira 2018, nibwo Perezida […]
Jay-z yiswe inkende, Chris Brown azurirwa akaboze
Umusore wâimyaka 20 yâamavuko, Kelvin Pena uzwi nka ‘brother nature’ yibasiye umuraperi Jay-Z avuga ko asa nâinkende, anibutsa abantu uburyo Chris Brown yakubise Rihanna. Uyu musore wamenyekanye cyane mu 2016 bitewe nâuburyo yegerana nâinyamaswa, mu mpera zâicyumweru yavanye ku karubanda urukuta rwe rwa twitter nyuma yaho abakunzi be bagaruye ibyo yajyaga yandikakuri twitter mu myaka […]
Gicumbi: Hari umuryango umaze imyaka 3 uba mu ishyamba
Mu murenge wa Byumba mu karere ka Gicumbi hari umuryango wâabantu batatu wibera mu ishyamba ku gasozi kuko nta bushobozi ufite bwo kwiyubakira inzu yo kubamo. Nyiranambajimana Marie Louise na Nyiranzabonimana Sandrine bavuga ko bamaze imyaka itatu babana mu ishyamba na nyina ubabyara Nakure Theresa kuri ubu bivugwako afite uburwayi bwo mu mutwe. Uyu muryango […]
Noble Marara wabaye mu barinda Perezida Kagame yirukanwe mu ishyaka yashinze
Inama yâabayobozi bakuru bâishyaka RRM rirwanya ubutegetsi bwâu Rwanda rikorera hanze yâigihugu kuri iki Cyumweru, itariki 21 Ukwakira 2018 yafashe icyemezo cyo gusezerera mu ishyaka abayoboke batatu ari bo; Noble Marara, Camille Nkurunziza na Andrew Kazigaba. Itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara nâiri shyaka Bwiza.com yabashije kubona, riravuga ko iki cyemezo cyo gusezerera aba banyamuryango bari […]
Burundi: Urubyiruko hafi ya rwose rwitabiriye imyigaragambyo mu 2015 rurwaye mu mutwe â Min. Ndikumana
â Urubyiruko hafi ya rwose rwagize uruhare mu myigaragambyo yo mu 2015 rwabaye abarwayi bo mu mutwe â, ibi ni ibyatangajwe na minisitiri wâubuzima wâu Burundi, Dr Thaddeus Ndikumana. Minisitiri wâubuzima wâu Burundi kuri uyu wa Gatandatu ushize akaba yarahamagariye urubyiruko kwirinda kugwa mu mutego wâabarukoresha bita mu Kirundi âBansesankuyozeâ avuga ko basunikira urubyiruko mu […]
Uganda: Yaciye igitsina cyâumugabo we amuziza kumuca inyuma
Igipolisi cya Uganda muri Mukono cyataye muri yombi umugore ukurikiranweho gukata igitsina cyâumugabo we akoresheje icyuma amuziza ko yamuciye inyuma. Rehema Kabayana wâimyaka 24, yabwiye igipolisi ko yategereje kugeza ubwo umugabo we, Anthony Sekawa wâimyaka 28, yafataga igitotsi yarangiza akamukata igitsina akoresheje icyuma gifite centimeter 10. Igipolisi kikavuga ko Sekawa yarwanyije ngo atabare ubuzima bwe […]
RDC/Beni: Abantu12 bishwe nâinyeshyamba za ADF
Abantu 12 bishwe nâinyeshyamba mu ijoro ryo ku wa 20 Ukwakira 2018, i Beni mu Ntara ya Kivu yâAmajyaruguru, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Raporo yashyizwe hanze na Burugumesitiri wa Komini Rwenzori ndetse na sosiyeti Sivile, igaragaza ko nyuma yâubwo bwicanyi ikivunge cyâabantu bigaragambije mu mihanda bamagana ubwo bwicanyi bukomeje gukorerwa muri Beni. Nkâuko […]
Abayinga 70% byâabarangiza amashuri abanza mu Rwanda ntibazi gusoma
Imibare mishya ya raporo yitwa ‘World Development 2018’ yakozwe na Banki yâIsi igaragaza ko abasaga 70% byâabanyeshuri barangiza amashuri abanza mu Rwanda  baba batazi gusoma. Banki yâIsi ivuga ko ubushakashatsi yakoreye mu bihugu 10, bitandatu muri ibyo hari aho kimwe cya kabiri cyangwa se munsi yacyo cyâabanyeshuri usanga batabasha gusoma. Banki yâIsi ivuga ko kutamenya […]
Umugandekazi wâimyaka 40 yabyaye abana 44
Mariam Nabatanzi, ni umugore wâimyaka 40, ukomoka i Mukoono muri Uganda, yabyaye abana 44, akaba ari we mugore wa Mbere muri Afurika wabashije kwesa umuhigo wo kubyara abana banga uku. Mu gace akomokamo ka Kabimbiri, Mariam azwi ku izina rya âNalongo Muzaala Banaâ. Yabyaye inshuro esheshatu abyara abana babiri, abyara inshuro enye abyara batatu, inshuro […]
Rulindo: Babiri bajyaga biba amabuye y'agaciro batawe muri yombi
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 20 Ukwakira 2018 Polisi ikorera mu Karere ka Rulindo yafashe abagabo babiri bo mu murenge wa Murambi bacukuraga amabuye ya Gasegereti mu buryo bunyuranyije nâamategeko, bakangiza imirima nâamazu yâabaturage. Umuvugizi wa Police mu Ntara yâAmajyaruguru Chief Inspector of Police (CIP) Alex Rugigana yavuze ko Nsabimana Jean damascene wâimyaka 36 na […]
Burundi: Ishyaka CNDD-FDD rirasabira Pierre Buyoya ibihano bikakaye
Ishyaka CNDD FDD riri ku butegetsi mu Burundi, rirasabira Pierre Buyoya wabaye Perezida wâu Burundi imyaka myinshi ibihano bikakaye kubera kudeta yakoze bita ko zabangamiye Demokarasi. Ibi ni ibyatangajwe nâUmunyamabanga mukuru wâishyaka CNDD FDD riri ku butegetsi i Burundi, Gen. Evaritse Ndayishimiye, ku wa Gatandatu tariki ya 20 Ukwakira 2018, ubwo hibukwaga ku nshuro ya […]
Nigeria: 55 baguye mu mvururu zâamoko
Polisi yo muri Nigeriya iremeza ko abantu 55 Â bapfiriye mu mvururu zishingiye ku moko zabaye mu mpera zâiki cyumweru mu majyaruguru yâintara ya Kaduna mu gace ka Masuwan Magan. Umuyobozi wa Polisi mu Ntara ya Kaduna, Â Â Ahmad Abdur-Rahman avuga ko imvururu zabaye kuwa Kane wâicyumweru gishize hagati yâamaoko atashatse gutangaza. Atiâ Â Buri wese wagize uruhare […]
Tuba dufite ubwoba- Umuvugizi wa Leta ya Uganda avuga impamvu abayobozi batava ku butegetsi
Umuvugizi wa Leta ya Uganda, Ofonwo Opondo yatangaje ko abayobozi bo muri Leta ya Uganda batava ku myanya yabo kubera ubwoba. Uyu muyobozi yavuze ko abayobozi bagira ubwoba bwo gutakaza imyanya nâicyo itangazamakuru rivuga bituma banga kwegura nkâuko ikinyamakuru Chimpreports kibitangaza. Ibi Opondo yabitangaje kuri uyu wa Gatandatu   ubwo yavugaga ku iyegura ryâUmuyobozi Nshingwabikorwa wâAkanama […]
Leta yâu Burundi irikanga igiti nâisazi, Ese ibitero biraturuka he?
-Mukaze umutekano ku mupaka wâu Rwanda na Congo -Umudepite arimo gucura umugambi wo kwica Nkurunziza n’abamwungirije -Nyamitwe ati âumutekano ni wose 100%â Mu gihe Leta yâu Burundi yari imaze iminsi itangariza abaturage bayo ko umutekano mu gihugu imbere umeze neza ku kigero cya 100%, ikigaragarira buri wese waba uzi gusesengura, ni uko iyi Leta ifite […]
Umugore wa Justin Bieber yibasiwe ku mbuga nkoranyambaga
Umugore wa Justin Bieber, Hailey Baldwin akomeje kwibasirwa ku mbuga nkoranyambaga bamushinja ko yafashe izina rya Justin Bieber mu rwego rwâubucuruzi aho kuba urukundo akunda umugabo we. Inshuti ya hafi yâuyu munyamideli yatangarije ikinyamakuru Hollywoodlife ko uyu mugore yavuze ko kwitwa izina ryâumugabo we ari ibintu byo mu muco yateganyaga kuzakora niyo yashakana nâundi muntu […]
Gasabo: Abavandimwe 2 baba mu Bubiligi barashinja mubyara wabo kwigarurira ibyabo
Urukiko Rukuru rwa Kigali ruri kumva ubujurire bwâabavandimwe babiri baba mu Bubiligi bashinja mubyara wabo kwigarurira ubutaka bwâumuryango wabo. Abajuriye batsinzwe mu Rukiko rwâIbanze rwa Gasabo mbere yo kujuririra Urukiko Rukuru, bavuga ko mubyara wabo yabeshye ko bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 akigira nkâaho ari we ukwiye gusigarana imitungo. Aya makimbirane ashingiye ku […]
Uko mbibona: Amatora yo muri DRC, Kabila arimo gukina ikarita ya nyuma
Kabila ari gukina ikarita ye ya nyuma mu gihe abatavuga rumwe nawe byabananiye gushyira hamwe no kumvikana. Iyo witegereje neza politiki ya Congo mu bibazo irimo ubu, wakuramo ibi bikurikira: Uruhande rumwe ruyobowe na Perezida Kabila ufashe akaboko Shadari yatanzeho umukandida w’ ihuriro FCC, avuga ko ariwe abona wazamusimbura, mu gihe kuri urundi ruhande hari […]
Nigeze kumva ko ntazongera gukora imibonano mpuzabitsina- Kim Kardashian
Umunyamideri Kim Kardashian yatangaje ko yigeze gutekereza ko atazongera gukora imibonano mpuzabitsina kubera ingorane yagize ubwo yari atwite umwana we, Northwest. Uyu mugore mu kiganiro na Richardson Magazine nomero 20 yavuze ko yumvaga atazongera gutwita kubera uburyo ibiro bye byiyongeraga umunsi ku munsi. Yagize atiâ Nari umuntu wiyongeragaho ibiro 27 ku kwezi (60 pounds). Numvaga […]
Ingabo zâu Rwanda ziri gusuzumwa uko umubiri wazo uhagaze
Igisirikare cyâu Rwanda cyatangiye gahunda ngarukamwaka yo gusuzuma uko umubiri uhagaze(imyitozo ngororamubiri) ku basirikare bose. Ku ikubitiro haherewe ku basirikare bari mu cyiciro cya ba ofisiye bato nâabakuru. Iyi gahunda izakomeza kugeza buri musirikare wese asuzumwe. Major Patrick Kayinamura, umuyobozi wâagateganyo wa siporo mu ngabo zâu Rwanda avuga ko abasirikare bâu Rwanda basabwa byibura gusuzumwa […]
Kimwe mu bihatse ubucuti bwa Perezida Museveni na Bebe Cool cyagaragaye
Mu gihe hashize iminsi hagaragara ibikorwa bigaragaza ko Perezida Museveni afitanye umubano udasanzwe nâumuhanzi Bebe Cool, kimwe mu biwuhatse cyagaragaye, aho bitangarijwe ko uyu muhanzi agiye gukorana indirimbo nâicyamamare, Kanye West. Ku wa 15 Ukwakira 2018, nibwo Kanye West hamwe nâumugore we, Kim Kardashian basesekanye i Kampala, bakirwa na Perezida Museveni nâumuyango we, bahava umukuru […]
A.U irashima amavugurura Perezida Kagame aherutse gukora muri guverinoma
Umuyobozi wa Komisiyo ya Afurika Yunze Ubumwe, Moussa Faki Mahamat, kuri uyu wa Gatandatu, itariki 20 Ukwakira yashimye perezida Paul Kagame kubera kwita ku buringanire mu mavugurura yakoze muri guverinoma. Kuwa Kane ushize, itariki 18 Ukwakira nibwo habaye impinduka muri Guverinoma yâu Rwanda abagore baba 50% bangana nâabagabo. Izi mpinduka zikaba zaraje zikurikira itorwa rya […]
Kigali: Perezida Kagame yitabiriye Car Free Day anyonga igare
Perezida Kagame yifatanyije nâimbaga yâabatuye Umujyi wa Kigali mu munsi wahariwe siporo âCar Free Dayâ, akaba yagaragaye anyonga igare rya siporo. Ni muri iki gitondo tariki ya 21 Ukwakira 2018, Perezida Kagame akaba yanyongaga igare, mu muhanda wagennwe nâUmujyi wa Kigali siporo yabereyemo, kuva Remera- Sitade Amahoro, Kimihurura- mu Mujyi wa Kigali. Uretse Perezida Kagame […]
Perezida Donald Trump na Kim Jong Un mu nzira zo kongera kubonana
Inama ya kabiri hagati ya Perezida Donald Trump wa Leta zunze ubumwe z’Amerika na Kim Jong Un wa Koreya ya ruguru ishobora kuzaba mu ntangiriro z’umwaka utaha. Ibyo byavuzwe n’umwe mu bayobozi bakuru ba Leta zunze ubumwe zâAmerika. Impande zombi zimaze igihe mu biganiro bigamije gutegura inama ya kabiri yâaba bakuru bâibihugu nyuma yâiyo baheruka […]
Uganda: Abaherutse guhohotera utavuga rumwe nâubutegetsi bagejejwe mu rukiko rwa gisirikare
Abagabo batanu baherutse kugaragara bata muri yombi umwe mu batavuga rumwe nâubutegetsi ariko mu buryo bwa kinyamanswa kuri uyu wa Gatandatu bagejejwe imbere yâurukiko rwa gisirikare muri Uganda. Abo bagabo kuri ubu bari muri gereza ya gisirikare, kuwa kane ushize, itariki 18 Ukwakira, bafashwe amashusho bakubitisha ibibuno byâimbunda uwitwa Yusuf Kawooya, mbere yo kumwinjiza mu […]
Niki Abanyarwanda biteze ku maraso mashya muri Guverinoma ?
Gusubiza iki kibazo abatari bake mu banyarwanda bagira icyo bakivugaho, gusa iyo witegereje neza wakeka ko icyifuzo cy â umukuru w â igihugu n â abanyarwanda muri rusange tuba twiteze ko icyizere abayobozi bakuru baba bagiriwe batugeza ku byiza aribyo iterambere mu by’ ubukungu n’ imibereho myiza y’ abaturage, kugira umwanya mwiza mu ruhando mpuzamahanga […]
Messi aramara ibyumweru bitatu adakina, dore urutonde rwâimikino azarata
Itangazo ryashyizwe hanze nâikipe ya FC Barcelona, rivuga ko rutahizamu wayo, Lionel Messi agiye kumara ibyumweru bitatu adakandagiza ikirenge cye mu kibuga, bityo akazarata imikino iyi kipe ifite mu minsiri iri imbere. Messi yavunikiye ukuboko kwâIburyo, mu mukino wahuje ikipe ya Barcelone na SĂ©ville, umukino wabaye ku wa Gatandatu tariki ya 20 Ukwakira 2018, ukarangira […]
Rusizi: Ababyeyi barasabwa kurushaho kwita ku buzima bwabo nâubwâabana
Ubuyobozi bwâibitaro bya Mibilizi nâibigo nderabuzima bikorana na byo mu karere ka Rusizi burasaba ababyeyi babigana kurushaho kwita ku buzima bwabo nâubwâabana babo bitabira ku gihe gahunda zose zâubuzima. Ni bimwe mu byatangajwe muri gahunda yâicyumweru cyahariwe umubyeyi nâumwana cyo kuva ku wa 8 kugeza ku wa 12 Werurwe uyu mwaka, aho ababyeyi baganirijwe kuri […]
Burundi: Abasirikare bane biciwe mu gitero cyâabitwaje intwaro abandi 6 barakomereka
Abasirikare bane bâu Burundi bishwe abandi batandatu barakomereka nyuma yo kugabwaho igitero nâabantu bitwaje ibirwanisho muri Komini Buganda, mu Ntara ya Cibitoke. Ni igitero cyagabwe mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu, itariki 19 Ukwakira rishyira kuri uyu wa Gatandatu. Amakuru ahari akaba avuga ko igitero cyagabwe ahagana saa saba zâijoro nâabagabo bitwaje ibirwanisho ku […]
Umugore wanjye aratwite, ni ikimenyetso cyerekana ko mbyara- Clapton Kibonke
Umunyarwenya umaze kubaka izina hano mu Rwanda Mugisha Emmanuel Clapton uzwi nka Kibonke yemeye ko yasezeranye nâumugore we utwite inda nkuru ndetse ahamya ko ari uburyo bwiza bwo kumenya ko umugore we abyara. Kuwa 18 Ukwakira 2018 nibwo mu binyamakuru bikorera hano mu Rwanda ndetse no kumbuga nkoranyambaga hakwirakwije amafoto agaragaza umunyarwenya Kibonke yasezeranye imbere yâamategeko […]
Burundi: Umudepite arashinjwa gutegura umugambi wo kwica Perezida Nkurunziza
Inzego zâumutekano mu Burundi zirashinja umwe mu bagize inteko ishinga amategeko gutegura umugambi wo kwivugana perezida Pierre Nkurunziza nâabandi bayobozi bakuru bâigihugu nkâuko byatangajwe na televiziyo yâu Burundi. Abayobozi bakaba batangaje ko hatawe muri yombi agatsiko kâabakomando bakekwaho gushaka kwica perezida, abamwungirije babiri nâumukuru wâinteko ishinga amategeko nkâuko itangazo ryanyuze kuri televiziyo kuwa kane ushize […]
Kivu yâAmajyepfo: Hatangiye gutunganywa ahazubakwa isoko rizahuza Congo nâu Rwanda
Nyuma yâicyemezo cya Guverineri wa Kivu yâAmajyepfo, ibikorwa byo gusenya amazu yubatswe hafi yâumupaka wa Rusizi ya mbere hagati ya Congo nâu Rwanda, byatangiye kuri uyu wa kane ushize, itariki 18 Ukwakira. Ubuyobozi bwâiyi ntara bukaba buvuga ko iki gikorwa kireba amazu yubatswe ahantu hari hagenewe kubaka isoko nyambukiranyamupaka. Abacuruzi bacirirtse, ari nabob a mbere […]
Wema Sepetu ntashobora kongera gusubirana na Diamond – Mariam Sepetu
Umubyeyi ubyara Wema Sepetu wabaye Miss Tanzaniya 2006 akaza no gukundana na Diamond Platnumz Mariam Sepetu, yahakanye yivuye inyuma ko umukobwa we atazigera yongera gusubirana na Diamond ukunzi mu gihe akiriho. Mu guhakana ibi Mariam Sepetu umubyeyi wa Wema Sepetu yatangaje ko aba bombi babayeho mu buzima butandukanye kandi ko nta mpamvu nimwe yatuma aba […]
Arabia Saoudite yemeye ko umunyamakuru Khashoggi yapfiriye muri ambasade yayo
Kera kabaye Arabia Saoudite yemeye ko umunyamakuru Jamal Khashoggi yapfiriye muri ambasade yayo muri  Instanbul muri Turkiya, aho bivugwa ko yapfuye arimo kurwana nkâuko bitangazwa na televiziyo yâiki gihugu. Iyi televiziyo ikomeza ivuga ko umukuru wâiperereza, Ahmad al-Assiri na Saud al-Qahtani, umwe mu bafasha bakuru bâigikomangoma Mohammed Bin Salman bahagaritswe ku mirimo yabo kubera iki […]
Aimable Bayingana yatorewe kuyobora ihuriro ryâumukino wâamagare rya OIF
Umunyarwanda Aimable Bayingana yatorewe kuyobora Ihuriro ryâumukino wâamagare ryâibihugu bikoresha Igifaransa (Union Francophone de Cyclisme) ribarizwa mu muryango wa OIF. Aimable Bayingana usanzwe ari perezida wâishyirahamwe ryâumukino wâamagare mu Rwanda (FERWACY), yatorewe I Paris kuri uyu wa gatanu, itariki 19 Ukwakira 2018 muri kongere ya Union Francophone de Cyclisme (UFC) yateraniye ku cyicaro cyâishyirahamwe ryâumukino […]
USA: Tombola idasanzwe irimo miliyari yâamadolari
Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa Gatndatu, itariki 20 Ukwakira hategerejwe kumenyekana umunyamahirwe ushobora gutsindira bwa mbere mu mateka akayabo ka miliyari yâamadolari muri tombola. Kuri uyu wa Gatanu ushize, muri Leta Zunze Ubumwe zâAmerika, abaturage bakaba bari bategerezanije amatsiko menshi uwegukana amahirwe ya tombola idasanzwe. Ni ubwa mbere mu mateka umunyamahirwe […]
Burundi: Ishyaka Sahwanya-FRODEBU ryitandukanyije nâihuriro CNARED
Ishyaka Sahwanya-FRODEBU ryitandukanyije nâihuriro CNARED rihuriyemo amashyaka atavuga rumwe nâubutegetsi mu Burundi mu rwego rwo kwitegura amatora yâumukuru wâigihugu yo mu 2020. Kuri uyu wa kane, itariki 18 Ukwakira nibwo iri shyaka ryatangaje ko ryafashe ibyemezo bitandukanye bizaryorohereza nâabarwanashyaka baryo kwiyunga nyako mbere yâamatora ateganyijwe mu 2020. Urubuga Ubmnews rwo mu Burundi dukesha iyi nkuru […]
Tanzania: Umuherwe Mo Dewji wari warashimuswe yabonetse
Umuherwe wo muri Tanzania, Mohammed Dewji wari umaze iminsi igera mu 10 ashimutiwe I Dar es Salaam yabonetse mkâuko byemejwe nâumuryango we uvuga ko kuri ubu ari iwe mu rugo kandi nta kibazo afite. Ibinyujije ku rukuta rwayo, Mo Dewji Foundation yemeje aya makuru ivuga ko Mo Dewji ameze neza,kandi â ashima Imana nâAbatanzaniya kubwâamasengesho […]
Umuyobozi mushya wa polisi yasabwe gukomeza kubaka urwego rukomeye kandi rwubashywe
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 19 Ukwakira 2018, ku cyicaro gikuru cya Polisi yâ u Rwanda ku Kacyiru habereye umuhango wâihererekanya bubasha hagati yâumuyobozi mukuru wa Polisi ucyuye igihe CG Emmanuel K Gasana na DCG Dan Munyuza wagizwe umuyobozi mukuru wa Polisi yâu Rwanda. Ni umuhango witabiriwe kandi uyoborwa na Minisitiri wâubutabera akaba nâintumwa […]
Rulindo:Polisi yafashe ukekwaho ubujura bwa Moto
Polisi yâuRwanda ikorera mu karere ka Rulindo kubufatanye nâUrwego rwâIgihugu rwâubugenzacyaha (RIB) yafashe Maniragaba Fulgence wâimyaka 28 ukekwaho kwiba moto TVS RD 765G ya Munyempundu cyprien. Umuvugizi wa Police mu Ntara yâ Amajyaruguru Chief Inspector of Police (CIP) Alex Rugigana yavuze ko kuwa 18 Ukakira aribwo Munyampundu Cyprien utuye mu mujyi wa Kigali yatanze ikirego […]
Abaminisitiri 10 bayoboye MINADEF, Abajenerali 5 ba ex-FAR, abasivili 3, kuva u Rwanda rwigenga
Nyuma yâihindurwa rya Guverinoma, GĂ©nĂ©ral Major MURASIRA Albert abaye Minisitiri wâIngabo wa 10 uyoboye Minisiteri yâIngabo mu Rwanda kuva rwabaho. Minisiteri yâIngabo niyo ikurikirana ibikorwa byâIngabo zâIgihugu, zahoze zitwa GN (Garde Nationale) muri Repubulika ya Mbere, zitwa FAR (Forces ArmĂ©es Rwandaises), mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 , nyuma ya Jenoside, U Rwanda […]
Rubavu: Abarimu nibo bigisha abana ingengabitekerezo ya Jenoside- Bishop Rucyahana
Umwarimu yigishije abanyeshuri ibijyanye nâurukundo,akabereka urukundo nta ngengabitekerezo yakongera kugaragara mu bana, ibi bitangazwa na kimisiyo yâubumwe nâubwiyunge mu nama bagiranye nâinzego zâubuyobozi zitandukanye zikorera mu karere ka Rubavu. Kuri uyu wa kabiri tariki ya 19 Ukwakira, 2018 , intumwa za Komisiyo yâubumwe nâubwiyunge ziyobowe na Bishop John Rucyahana bagiranye inama yâihariye nâinzego zâubuyobozi mu […]
Icyo ubuyobozi bwa FC Barcelona buvuga ku makuru yo kwisubiza Neymar
Visi Perezida wâikipe ya FC Barcelona, Jordi Cardoner avuga ko amakuru amaze iminsi acicikana hirya no hino mu binyamakuru, ko Neymar Junior agiye gusubira muri iyi kipe, nkâubuyobozi bwâikipe ngo nta kintu bwari bwabiganiraho. Amakuru yatangajwe muri iki cyumweru, yavugaga ko Perezida wâikipe, Josep Maria Bartomeu yagiranye ikiganiro nâabakinnyi bâibikomerezwa ngo ababaza niba igaruka rya […]
Rihanna yanze kwitabira igitaramo agira ngo arwane ku birabura
Umuhanzikazi  Rihanna yanze kwitabira igitaramo kizatangiza Shampiyona YâUmupira wâAmaguru (NFL) cyitwa Super Bowl III kubera ihohoterwa rikorerwa abirabura muri Amerika. Ikinyamakuru US Weekly gitangaza ko Rihanna yari yasabwe kuzaririmba mu gitaramo kizabera Atlanta gusa ngo ntazitabira kubera ibyabaye kuri Colli kaepernick wapfukamye ubwo harirmbwaga indirimbo yubahiriza igihugu nkâikimenyetso cyo kurwanya ihohoterwa rikorerwa abirabura. Kaepernick ubwo […]
Muhanga: Uwicishije icyuma murumuna we wâimyaka 4 yasabiwe igihano
Kuri uyu wa Kane, itariki 18 Ukwakira, Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga rwaburanishije mu ruhame ahakorewe icyaha mu Karere ka Ruhango, Umurenge wa Kinihira, Akagali ka Gitinda, Umudugudu wa Nyagatovu, uwitwa Nsengimana Eric ukurikiranweho icyaha cyo kwica umuvandimwe we ubushinjacyaha bukaba bwamusabiye igihano cyâigifungo cya burundu. Ubushinjacyaha Bukuru bukurikiranyeho uwitwa Nsengimana Eric kuba yarishe murumuna we […]
Ku myaka 22 arasobanura ikimutera gukomera ku busugi bwe
Snegugu Radebe ni umukobwa wâimyaka 22 yâamavuko, ni umwe mu bagize itsinda ryâ amasugi yo muri Afurika yâEpfo, avuga ko hamwe na bagenzi be, batajya bumva bashishikajwe no gukora imibonano mpuzabitsina. Snegugu  atuye mu gace ka Daveyton, abarizwa mu itsinda ryâamasugi yo muri Ekurhuleni, avuga ko kudakora imibonano mpuzabitsina nkâuko abandi biba bibashishikaje, atari uko […]
Abanyarwanda bifuza kugira Igihugu cyuguruye amarembo- Perezida Kagame
Perezida Kagame ubwo yatangizaga ku mugaragaro umwaka wâUbucamanza kuri uyu wa Gatanu tariki ya 19 Ukwakira 2018, yatangaje ko Abanyarwanda bifuza kugira igihugu cyuguruye amarembo. Ni umuhango wabereye mu Ngoro y’Inteko Ishingamategeko, Perezida Kagame akaba avuga ko Abanyarwanda bafite byinshi bifuza kugeraho, nkâintego biyemeje kugira ngo bagire igihugu cyuguruye amarembo. Yagize ati âAbanyarwanda bifuza kugira […]
Video: Reba ubugizi bwa nabi inzego zâumutekano za Uganda zikorera abaturage
Inzego zâumutekano za Uganda zikomeje kuvugwaho ibikorwa byâiyicarubozo no gukorera bamwe mu banyagihugu ibikorwa bitari ibya kimuntu zidatinya no gukora ku manywa yâihangu isi yose irebera nkâuko video ikomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga ibigaragaza. Usibye abaturage ba Uganda bakorerwa ibi bikorwa bibatesha agaciro mu gihugu cyabo, izi nzego zâumutekano za Uganda zikunze no kwibasira abanyamahanga […]
U Burundi mu bihugu 10 ku Isi ukwiye kujyamo wigengesereye
Iteka iyo umuntu ategura urugendo agomba kumenya niba aho agana hatekanye, niba amazi yaho asukuye ndetse niba yabona ibyo yakenera mu buryo bumworoheye, ariko mu bihugu bimwe department ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika isanga hari ingamba zisumbuyeho zigomba gufatwa mbere yo kubijyamo. Hagendewe kuri politiki yabyo, umutekano bifite, urwego rwâubuvuzi, ibikorwaremezo, ingaruka zaterwa nâibiza, […]
Umuryango Nyarwanda uhangayikishijwe nâikibazo gikomeye cyo gusambanya abana- Min. Nyirasafari
Nyirasafari Esperence wari Minisitiri wâUburinganire nâIterambere ryâUmuryango, ubu akaba yagizwe Minisitiri wâUmuco na Siporo, avuga ko umuryango wugarijwe nâikibazo cyo gusambanya abana, rimwe na rimwe bikabaviramo gutwara inda zitateganyijwe, kwandura indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina,… Ibi yabitangaje ku wa 18 Ukwakira 2018, ubwo yitabiraga umuhango wo kwizihiza âUmunsi mpuzamahanga wâumugore wo mu cyaroâ wizihirijwe ku […]
Hatangijwe gushakisha Umunya-Afurika yâEpfo bivugwa ko yaburiye mu Rwanda
Mu gihe inshuti nâumuryango wâUmunya-Afurika yâEpfo, Leon Orsmond bivugwa ko yaburiye I Kigali batangije ubukangurambaga bwo kumushakisha, Guverinoma ya Afurika yâEpfo nayo iravuga ko nâubu itazi uko byamugendekeye kimwe nâIgipolisi cyâu Rwanda. Muri iki cyumweru nibwo hafunguwe page ya facebook yiswe âFind Leon Orsmondâ ibaza impamvu Igipolisi cyâu Rwanda kitari gusubiza ibibazo kwâibura rya Orsmond […]
Diamond Platnumz ni ikigwari mu buriri- ihabara rya Diamond
Umukobwa waryamanye nâumuhanzi Diamond Platnumz witwa Irene Charles uzwi nka Lynn yavuze ko uyu mugabo ubuhanga bwo gutera akabariro ari hafi ya ntabwo nâubwo ngo yirirwa yirukanka mu bagore. Uyu mukobwa yahisemo kubitangaza nyuma yaho Diamond ashyize hanze videwo ari kumwe nâumukobwa mu buriri bigaragagara ko bari barimo kugirana ibihe byiza amukorakora. Abakurikirana Diamond kuri […]
Cibitoke: Abasirikare, Polisi nâImbonerakure baryamiye amajanja ku mupaka wâu Rwanda nâu Burundi
Nyuma yaho Perezida wâu Burundi, Pierre Nkurunziza asabiye inzego zirebwa nâumutekabo kuba maso, bagakaza umutekano ku mupaka, aho buhana imbibi nâu Rwanda ndetse na Congo, amakuru aturuka mu Ntara ya Cibitoke avuga ko Imbonerakure nâizindi nzego zâumutekano baryamiye amajanja. Polisi, abasirikare ndetse nâurubyiruko rwâIshyaka CNDD FDD riri ku butegetsi mu Burundi âImbonerakureâ ngo nizo nzego […]
Abarusiya bazajya muri paradizo nihaba intambara kirimbuzi â Perezida Putin
Kuri uyu wa kane, itariki 18 Ukwakira, Perezida Vladmir Putin wâu Burusiya yatangaje ko mu gihe haramuka habaye intambara kirimbuzi Abarusiya bajya muri paradizo naho ababateye bagashirira ku icumu. â Abarusiya bazajya muri paradizo nihaba intambara kirimbuzi â, uwo ni perezida Vladmir Putin avuga ko nta ntambara yifuza ariko agashimangira ko uwo ari we wese […]
U Rwanda rukomeje inyigo zo gushakisha Peteroli mu Kiyaga cya Kivu
Igihugu cyâu Rwanda rwizeye kwinjira mu rubuga rwâibihugu bicukura peteroli ku Isi, aho ruteganya kwifatanya nâamasosiyete ya Peteroli na gaz mu cyiciro gitaha cyo gushakisha peteroli mu Kiyaga cya Kivu. Nkâuko bitangazwa nâUmuyobozi Mukuru wâikigo cyâigihugu gishinzwe amabuye yâagaciro, peteroli na gaz, Francis Gatare, ngo u Rwanda rwatangiye icyiciro cya mbere cyâubushakashatsi bugamije kugerageza ibinyabutabire […]
Dr. Sezibera yasimbuye Mushikiwabo ku mwanya wa Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga
Kuri uyu wa Kane tariki ya 18 Ukwakira 2018, muri Guverinoma nshya yavuguruwe, Perezida Paul Kagame yashyize ku mwanya wa Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga, Dr. Richard Sezibera wari Senateri, asimbuye Mushikiwabo watorewe kuyobora umuryango wâibihugu bivuga Igifaransa (OIF). Muri iyi Guverinoma hagaragayemo abaminisitiri bashya batandatu mu mpinduka zakozwe muri Guverinoma, Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga yagizwe Dr Sezibera […]