Minisitiri Mushikiwabo muri Cote dâivoire na Burkina Faso nyuma yo guca muri Niger – Amafoto
Nyuma yo kuva muri Tunisia akerekeza muri Niger, muri iyi weekend ishize, minisitiri wâububanyi nâamahanga wâu Rwanda, Louise Mushikiwabo, ukomeje kuzenguruka ibihugu bitandukanye bikoresha Igifaransa abisaba kuzamushyigikira mu matora yâUmunyamabanga Mukuru wâUmuryango uhuza Ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), yakomereje muri Burkina Faso avayo yerekeza muri Cote dâIvoire aho yakiriwe nâabakuru bâibi bihugu. Muri Burkina Faso, minisitiri […]
Nick Minaj yeruriye Cardi B ko azapfa nakomeza gushotora abantu
Umuraperi Nick Minaj yatangaje ko mugenzi we Cardi B ashobora kuzahasiga ubuzima nakomeza gushaka guhangana nâabandi bantu. Ibi yabitangaje mu kiganiro kuri Queen Radio ejo kuwa 10 Nzeri, Nick Minaj avuga ku bushotoranyi yakorewe na Cardi B mu mpera zâiyumweru gishize mu birori bya â NewYork Fashion Weekâ Minaj yagize atiâ Gushaka kurambika ibiganza byawe […]
RDC: FDLR irabonwa nkâishobora guhungabanya amatora
Imirwano yahuje ingabo za FARDC nâinyeshyamba za FDLR, yateje impungenge mu gihe hitegurwa amatora yâumukuru wâigihugu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ikinyamakuru DW gitangaza ko imirwano ya FDLR nâingabo za Leta atari ikintu gishya ku butaka bw’iki gihugu, ariko ko iteye impungenge mu gihe habura amezi agera kuri atatu ngo batore umukuru wâigihugu. Gitangaza […]
Uganda: Umunyarwanda ukorera Loni arashinjwa ubwicanyi mu kwigarurira ubutaka bwâabandi
Umugabo wâUmunyarwanda witwa Isaac Ndahiro ukorera Umuryango wâAbibumbye ushinjwa kwigarurira ubutaka bwâabandi bungana na kilometerokare zisaga 2 nyuma yo kwirukana nabi ba nyirabwo  mu Karere ka Kiruhura, yahawe gasopo  nâumucamanza Bamugemereire. Biravugwa ko igice kimwe cyâubu butaka kigaruriwe na Ndahiro  ari icyâuwitwa Christopher Kajjundira. Komisiyo yashinzwe gukurikirana iki kibazo ikuriwe nâumucamanza Catherine Bamugemereire, yagiye ahari […]
Hamisa Mobeto arashinja Diamond kumuharabika
Hashije iminsi mu bitangazamakuru byo muri tanzaniya humvikana amakuru avugako umunyamideli Hamisa Mobeto akaba n’umugore wa Diamond mu buryo butemewe n’amategeko ahamya ko yiteguye kujyana mu nkiko umugabo we Diamond amushinza ku muharabika. Ni nyuma y’uko umuhanzi Diamond Platnumz asohoye amajwi avuga ko Hamissa Mobeto yashatse ku murogesha we n’umuryango we ahaninia agamije ku mutwara […]
Uganda: Christine Mbabazi wari ihabara rya Kaweesi arasaba uburenganzira bwo kwidegembya
Umunyamategeko wâuburenganzira bwa muntu muri Uganda, Ladislaus Rwakafuuzi, yagejeje ikirego  imbere yâUrukiko rukuru asaba guha uburenganzira bwo kwidegembya Christine Mbabazi, wari inshuti (ihabara) ya AIGP Andrew Kaweesi, kuri ubu ufungishijwe ijisho atava mu rugo. Mu busabe bwe, Rwakafuuzi yavuze ko umukiriya we nâabana be bafungiwe mu rugo ruri Lungujja, mu nkengero za Kampala, kuva ku […]
Ibintu 6 bamwe mu banyarwanda batari bumva neza kandi bifite ingaruka ku buzima bwâigihugu
Mu gihe Leta yâ u Rwanda ikomeje gushyira imbaraga muri gahunda zigamije guteza imbere imibereho yâ abaturage hari ingingo zimwe na zimwe zikomeza kuba ingorabahizi ndetse zihangayikishije ubuyobozi ndetse na Sosiyeti muri rusange. 1.Ibiyobyabwenge: Mu mbwirwaruhame zâabayobozi, akenshi bagaruka ku kibazo cyâibiyobyabwenge banagaragaza ingaruka bigira ku buzima bwâigihugu ariko usanga hari ababyumvira mu gutwi kumwe […]
Umuhanzi Beka Flavour avuga ko agiye gukorana indirimbo na Dream Boyz ashinja kumushishura
Umuhanzi wo muri Tanzaniya, Beka Flavour yatangaje ko hari gahunda yo gukorana indirimbo na Dream Boyz yo mu Rwanda. Inkuru dukesha Youtube Channel yâumunyamakuru wa Bongo5,  Godfrey Mgallah, Beka Flavour avuga ko  habayeho ibiganiro ku kuba yakorana indirimbo na Dream Boyz kuko ngo ari itsinda rikomeye mu Rwanda. Yagize atiâ Twavuganye nabo ( Dream Boyz), […]
OTAN ihangayikishijwe bikomeye nâimyitozo karundura yâu Burusiya yahuriyemo ingabo zisaga 300,000
Ingabo zâu Burusiya kuri uyu wa Kabiri, itariki 11 Nzeri zatangiye imyitozo ya gisirikare ngarukamwaka yiswe Vostok-2018, aho guhera kuri iyi tariki  kugeza ku itariki 15 Nzeri abasirikare hafi 300,000 bâAbarusiya, ingabo 3,000 zâu Bushinwa ndetse na zimwe mu ngabo zâAba-mongoles zihurira muri iyi myitozo bivugwa igiye guhuriramo ingabo zikubye inshuro 2 izari mu bikorwa […]
Perezida wa Koreya ya Ruguru arifuza kongera guhura na Trump
Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump bitangaza ko mugenzi we wa Koreya ya Ruguru yohereje urwandiko rusaba kongera guhura kwabo. Perezida Donald Trump nâuwa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un babonanye ku wa 11 Kamena 2018, muri Singapore bemeranya kugirana umubano udasanzwe. Uku kubonana kwaje nyuma yo guterana amagambo kwabo, […]
Rusizi: Abagore bacuruza Isambaza bavuga ko imibereho yâ imiryango yabo ikomeje kuzamba
Abagore bari basanzwe batunzwe nâ umurimo wo gucuruza isambaza zarobwe mu Kiyaga cya Kivu baratabaza bavuga ko ubuyobozi kuva bwafunga ikiyaga imibereho yâ imiryango yabo ikomeje kuzamba. Nyuma yâ amezi asaga abiri uburobyi bwâ Isambaza bumaze buhagaritswe, abagore bazicuruzaga basigaye bajya kuzirangura mu buryo bwa magendu, muri Repuburika iharanira Democarasi ya Congo, mu mujyi wa […]
Drake agiye gukemura amakimbirane ari hagati ye na Chris Brown yatewe na  Rihanna
 Umuraperi Drake atangaza ko ateganya gukemura ukutumvikana kuri hagati ya Chris Brown ahanini kwatewe nâuwigeze kuba inshuti yabo bombi ari we Rihanna. Drake avuga ko ibi azabikora mu rwego rwo guha icyubahiro umuraperi Mac Miller witabye Imana bitewe no kunywa ibiyobyabwenge akarenza urugero nk’uki IB Times ibitangaza. Umwe mu nshuti za hafi za Drake yatangarije […]
Niger ni igihugu cyâinshuti yâu Rwanda kandi Perezida Issoufou ni umuvandimwe wa Perezida Kagame â Min. Mushikiwabo
â Niger ni igihugu cyâinshuti yâu Rwanda kandi Perezida Issoufou ni umuvandimwe wa Perezida Paul Kagame â, ibi ni ibyatangajwe na Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wâu Rwanda, Louise Mushikiwabo, kuri uyu wa Gatandatu ushize, itariki 08 Nzeri, aho yari muri iki gihugu mu rwego rwo gukomeza gushaka abazamushyigikira mu matora yâUmunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâIbihugu bikoresha Igifaransa […]
Brad Pitt avuga ko ababajwe nâimyitwarire ya Angelina Jolie muri ibi bihe
Uwahoze ari umugabo wâicyamamare muri sinema Angelina Jolie ari we Brad Pitt yatangaje ko amaze kurambirwa imyitwarire yâumugore we ndetse nâitsinda rimwunganira mu mategeko. Brad Pitt nkâuko Aol ibitangaza, avuga ko amaze kuzahazwa nâuburyo Angelina Jolie nâabanyamategeko be uburyo bihutira gushyira ku karubanda ibijyanye no kurera abana babo. Imwe mu nshuti za hafi zâuyu mugabo […]
Kenya: Gen Kale Kayihura uri mu bitaro arinzwe bikomeye hirindwa ko yatoroka
Abashinzwe umutekano bavuye muri Uganda na bagenzi babo bo muri Kenya bakajije uburinzi ku wahoze ari umukuru wâigipolisi cya Uganda, Gen Kale Kayihura kuri ubu uri kubarizwa mu Bitaro bya Nairobi. Gen Kale Kayihura akaba yarerekeje muri Kenya mu cyumweru gishize agiye kwivuza nyuma yo kwemeererwa gukurikiranwa adafunzwe nâUrukiko rwa gisirikare rwa makindye rumukurikiranyeho ibyaha […]
Naratunguwe cyane, ntabwo natekerezaga ko C. Ronaldo yava muri Real Madrid- Lionel Messi
Icyamamare muri ruhago, Lionel Messi ukinira ikipe ya FC Barcelona avuga ko ubwo yumvaga inkuru yâuko mukeba we, Cristiano Ronaldo yavuye muri Real Madrid akerekeza muri Juventus, yatunguwe cyane. Ubwo yaganiraga na radiyo yâi Catalunya, yabajijwe uko yakiriye igurishwa rya mukeba we, Messi yasubije avuga ko Real Madrid yari ikipe nziza, ndetse ko kuba Ronaldo […]
IGP Emmanuel Gasana yasuye abapolisi b'u Rwanda bari muri Sudani y'Epfo
Umuyobozi mu kuru wa Polisi yâu Rwanda CG Emmanuel K Gasana kuri uyu wa 8 Nzeri, yasuye abapolisi bagera kuri 350 bakora ibikorwa byo kubungabunga amahoro mu butumwa bwâumuryango wâabibumbye (UNMISS) Sudan yâepfo. Muri aba baPolisi harimo abo mu  itsinda rya (FPUs) bafite inshingano zo gucunga umutekano wâimpunzi ndetse no kurinda abakozi bâumuryango wâabibumbye bakorera […]
Kwizera Olivier yahawe gasopo nyuma y'umukino amavubi yatsinzwemo na CĂ´te dâIvoire
Kwizera Olivier ukinira ikipe y’igihugu amavubi na Free State Stars yo muri Afurika y’Epfo yahawe gasopo n’umutoza we Luc Eymael nyuma yo kugaragaza imikinire idahwitse mu ikipe y’igihugu amavubi ubwo yakinaga na Ivory Coast kuru uyu wa 09 Nzeri 2018 i Kigali. Aya magambo agaraza ukutishimira imikinire y’umukinnyi we Kwizera Olivier,umubiligi Luc Eymael umutoza wa […]
Uganda: Abanyamahanga 2 birukanwe bashinjwa gutegura izamuka rya Bobi Wine ku butegetsi
Abanyamahanga babiri, Umunyamerikakazi nâUmunyakanadakazi, bashinjwa gutegura gushyira ku butegetsi Depite Robert Kyagulanyi (Bobi Wine) birukanwe muri Uganda. Umwe muri aba, Anne Whitehead, umunyamwuga mu bijyanye nâitumanaho aherutse gusubira muri Canada iwabo ku gitutu cyâinzego zâumutekano. Mu kiganiro yahaye Chimpreports, Anne Whitehead we yavuze ko yari akeneye akaruhuko kuko yari amaze igihe atabonana nâumuryango we kandi […]
RDC: Maneko wâurwego rwâigihugu rwâubutasi (ANR) yishwe arashwe nâumupolisi
Kuri iki Cyumweru, itariki 09 Nzeri 2018, agace ka Bendera gaherereye mu birometero 125 mu majyaruguru yâuburasirazuba bwa Kalemie muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, kazindukiye mu mwuka mubi nyuma yâiyicwa ryumwe mu bakozi bâurwego rwâigihugu rwâubutasi (ANR) sosiyete sivile yâaha ivuga ko yarashwe nyuma yo guhangana nâabapolisi. Ngo hari ahagana saa 6:30 ku isaha […]
Imihanda 10 myiza kurusha iyindi ku Isi- AMAFOTO
Uko igihugu kiba gihagaze mu bukungu, bishobora no kwigaragariza mu bikorwaremezo gifite, imyumvire y’abaturage iganisha ku iterambere no kujijuka nâibindi. Ni muri urwo rwego h irya no hino ku Isi, uhasanga ibikorwaremezo byubatswe bitwaye akayabo ku bwâinyungu Leta zâibihugu ziba zibibonamo. Bwiza.com yifashishije imbuga za interineti zitandukanye, yabakusanyirije imihanda myiza kurusha indi ku isi, igaragara […]
Min. Nyirasafari yasabye ihuriro rishya ryâabagore bari mu nzego zâibanze kwita ku bibazo byugarije umuryango
Abagize ihuriro rishya ryâabagore bari mu nzego zâibanze mu Rwanda (Rwanda Network of Women in Local Government) basabwe kugira uruhare rufatika mu kwita ku bibazo bihangayikishije umuryango, no gukora ku buryo imiryango ibaho ubuzima bwiza. Ibi ni ibyasabwe na minisitiri wâUburinganire nâIterambere ryâUmuryango, Esperance Nyirasafari, ubwo hatangizwaga iri huriro, rigamije kongerera ubushobozi abagore nâabakobwa bari […]
Ntiduteze kudohoka, kugeza igihe tuzaba nta bwandu bushya bwa Virusi itera SIDA dufite- Mme J. Kagame
Madamu Jeannette Kagame avuga ko Leta yiyemeje gukora ibishoboka byose kugira ngo harandurwe burundu ubwandu bwâagakoko gatera SIDA mu bana bavuka. Ibi umufasha wâumukuru wâigihugu yabitangarije kuri Petit stade mu mujyi wa Kigali, kuri uyu wa Mbere tariki ya 10 Nzeri 2018, ubwo yatangizaga ubukangurambaga [Free to Shine] “Umwana Wanjye, Ishema ryanjye”, bugamije kurandura Virusi […]
Perezida Museveni yitabaje abahoze mu gisirikare ngo bamufashe guhangana n'ubwicanyi muri Kampala
Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yahamagaje abahoze mu gisirikare bagera ku 24,000 ngo barusheho gukaza umutekano muri Kampala na Wakiso, aho mu ijambo yagejeje ku gihugu yavuze ko igihe cyo kugira igikorwa ku bwicanyi bumaze iminsi kigeze. Ibi bibaye nyuma yâiyicwa ryâuwahoze ari komanda wa polisi mu Karere ka Buyende, Muhammad Kirumira wiciwe kuwa Gatandatu […]
Umusore wandambagizaga yambenze avuga ko tutamwakirije inyama zâinkoko na Miitzing- NKORE IKI?
Muraho neza bavandimwe dukunda cyane, nifuza ko mungira inama nyuma yâinkuru ndende yâurukundo nari mazemo imyaka itatu, nishimye, numva ko ngiye kujya mu rwanjye ariko si ko byagenze kubera umusore tutarimo guhuza ku myumvire ndetse mbona yarangije no kumbenga. Mumbabarire cyane, amazina yanjye nirinze kuyatangaza nâaho ntuye ntabwo nifuza ko hamenyekana, kuko abantu bahita bamenya […]
Kinshasa: Umugabo yishe umwana wâumukobwa wâimyaka itanu amaze kumusambanya
Umugabo wâimyaka 30 arashinjwa gusambanya umwana wâumukobwa wâimyaka itanu, arangije aranamwica. Uyu mugabo utatangajwe amazina, yakoze aya mahano ku wa Gatanu tariki ya 7 Nzeri 2018, amwica ubwo yari amaze kumusambanyiriza mu nzu ye, muri Kimbangu 1, Komini Kalamu (Kinshasa), ho muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ku wa 8 Gicurasi 2013, nibwo Juliana Kutonda […]
Abantu 19 bahitanwe nâimpanuka yâindege muri Sudani yâAmajyepfo
Ku Cyumweru tariki ya 9 Nzeri 2018, ubwo indege yakoraga impanuka itwaye abagenzi, 19 muri 22 bari bayirimo bahise bahasiga ubuzima. Radiyo Ijwi rya Amerika itangaza ko iyo ndege yakoze impanuka ubwo yari ivuye ku kibuga cyâindege mpuzamahanga kiri mu murwa mukuru i Juba, ikaba yari yerekeje mu gace ka Yirol. Umwe muri batatu babashije […]
Uganda: Abasaga 100 barasaba ingurane yâubutaka bwabo bwagiye ku ruhande rwâu Rwanda
Abaturage basaga 100 mu Karere ka Rukiga ahitwa Kamwezi mu gihugu cya Uganda, barasaba guverinoma kubaha ingurane yâubutaka bwabo bavuga ko bwagiye ku Rwanda ubwo habaga kongera kugaragaza imbibi zâibihugu byombi mu gikorwa cyabaye muri Werurwe 2014 ababishinzwe bagashinga izindi mbago zigaragaza aho ibihugu byombi bigabanira. Abari gusaba guverinoma kugira icyo ikora, barimo uwahoze ari […]
Iyo abana basoma ururimi rwâIkinyarwanda, bibafasha gutyaza ubwenge bwabo- Min. Munyakazi
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUburezi (MINEDUC), Isaac Munyakazi avuga ko kuba abana bakomeje gutozwa no gushishikarizwa gukunda gusoma Ikinyarwanda, ari nako bizabafasha gutyaza ubwenge bwabo, bakamenya nâizindi ndimi zâamahanga byâumwihariko bagatsinda neza amasomo yabo. Ku wa Gatanu tariki ya 7 Nzeri 2018, ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wo kwandika, kubara no  Gusoma, ibirori byabereye mu murenge wa […]
Icyo Leta ivuga kuri Raporo ishinja Perezida Nkurunziza nâImbonerakure guhohotera abaturage
Komisiyo yashyizweho nâUmuryango wâAbibumbye gukora iperereza ku iyubahirizwa ryâuburenganzira bwâikiremwamuntu mu Burundi, yashyize hanze raporo ku wa 5 Nzeri 2018, ishinja Perezida Nkurunziza hamwe nâImbonerakure guhohotera bamwe mu baturage cyane cyane abatavuga rumwe na Leta. Nyuma yâiri yaporo yashyiriwe hanze i Geneve mu Busuwisi, ndetse nâimiryango imwe iharanira Uburenganzira bwa muntu ikagenda ibishimangira ku mbuga […]
Tanzania: Umuraperi wâumudepite, Professor Jay mu gahinda nyuma yo gupfusha se
Icyamamare muri muzika yo muri Tanzania akaba nâumunyapolitiki, Joseph Haule wamenyekanye ku izina rya Professor Jay, ari mu gahunda nyuma yo gupfusha umubyeyi we (se). Ku wa Gatanu tariki ya 7 Nzeri 2018, nibwo Muzehe Leonard Stephen Haule ubyara Professor Jay, yitabye Imana mu bitaro byitiriwe mutagatifu Kizito (Saint Kizito Hospital) i Mikumi, azize indwara […]
Saido Berahino yafashije u Burundi kunganya na Gabon mu mukino wa mbere yabukiniye
Umukinnyi Saido Berahino ukomoka mu Burundi, ukina mu Bwongereza nkâuwabigize umwuga mu Ikipe ya Stock City ndetse akaba anafite ubwenegihugu bwâu Bwongereza, yafashije igihugu cyâu Burundi yakiniye ku nshuro ya mbere kunganya nâikipe yâigihugu cya Gabon. Uyu mukino wahuje Gabon nâu Burundi mu majonjora yo gushaka itike yâIgikombe cya Afurika cyâIbihugu cya 2019, warangiye amakipe […]
Uganda: Uwahoze ari komanda wa polisi yishwe nkâuko AIGP Andrew Kaweesi yishwe
Uwahoze ari komanda wa polisi mu Karere ka Buyende mu gihugu cya Uganda ari we ASP Muhammad Kirumira nâdetse nâundi mugore bari kumwe witwa Resty Nalinya baraye bishwe mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu mu buryo bujya gusa nkâuko AIGP Andrew Kaweesi yishwemo. amakuru ya mbere akaba yavugaga ko ari umugore we, Mariam Kirumuri bari […]
Nyanza: Polisi yagaruje amafaranga yari yibwe umukozi wa Banki
Polisi ikorera mu karere ka Nyanza yafashe umugabo witwa Nyandwi Mwangaguhaba ufite imyaka 39, uyu mugabo akurikiranyweho kwiba amafranga yâu Rwanda agera kuri Miliyoni imwe nâigice ayashikuje umukozi wa SACCO. Chief Inspector of Police (CIP), Bonaventure Karekezi,umuvugizi wa Polisi mu Ntara yâAmajyepfo yavuze ko Tariki 07 Nzeri uyu Mwangaguhaba yateze umukozi wa SACCO Ganaheza amwambura […]
Green Party yakiriye ubutumwa bwâishimwe buvuye mu bihugu bisaga 30
Nyuma yo gutsindira intebe ebyiri mu Nteko Ishinga Amategeko yâu Rwanda, Ishyaka Green Party ryakiriye ubutumwa bwâishimwe bunyuranye buturutse hirya no hino ku Isi, mu bihugu bisaga 30. Ubutumwa bwâishimwe Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengea Ibidukikije mu Rwanda (DGPR) ryakiriye bwavuye ahanini ku yandi mashyaska aharanira kurengera ibidukikije hirya no hino ku Isi, hakaba nâubwavuye […]
Abdoul Makanyaga ngo ntiyaretse muzika ahubwo ni igihano yahaye abacuranzi be
Nyuma yâ igihe kitari gito gishize umuhanzi Abdoul Makanyaga amaze atagaragara muri muzika arahakana ko atigeze ahagarika uyu mwuga avuga ko wamugejeje kuri byinshi. Mu kiganiro kirambuye yagiranye na Bwiza.com ku murongo wa telefoni , Makanyaga yavuze ko amaze iminsi yibanda ku kibazo cyo gusana inzu ze zasenywe nâ Ibiza byabaye muri Mata no muri […]
Bwa mbere Ebola yegereye cyane umupaka wâ u Rwanda
Umuyobozi wâ Ibitaro bya Gisenyi, Lt Col Dr Kanyankore William aratangaza ko ari bwo bwa mbere icyorezo cya Ebola cyegera cyane  umupaka wâ u Rwanda. Ibi byashimangiwe na Lt Col Dr Kanyankore William nyuma yâ Ubushakatsi buherutse gukorwa nâ Ishami rya Loni ryita ku Buzima(OMS) bwerekana ko icyorezo cya Ebola kimaze kwibasira abaturage batuye muri […]
 New York: Abaraperikazi Cardi B na Nicki Minaj bari barwaniye mu birori
Umuraperikazi Cardi B yaraye yibasiye mugenzi we Nicki Minaj, basanzwe bafitanye beef, amutuka ibitutsi bikomeye ndetse anamutera rumwe mu nkweto yari yambaye ubwo bahuriraga mu birori bya New York Fashion Week Party. Uyu muhanzikazi Cardi B ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, itariki 07 Nzeri nibwo yatangije intambara mu buryo bweruye ku muraperikazikazi Nicki […]
Amerika: Bwa mbere Barack Obama yanenze ubutegetsi bwa Donald Trump ku mugaragaro
Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Barack Obama yanenze bikomeye Perezida Donald Trump wamusimbuye kubera “ibintu birimo ubusazi biri kubera mu biro bya perezida w’Amerika bya White House.” Mu kiganiro yatangiye muri Kaminuza ya Illinois yo muri Amerika Barack Obama yagize ati:”Ibi ntibisanzwe, ibi ni ibihe bidasanzwe kandi ni ibihe bibi cyane.” […]
Angola: Dos Santos wahoze ari perezida arasezera ku mirimo ya nyuma ya politiki yari asigaranye
Uwahoze ari Perezida wa Angola, Jose Eduardo Dos Santos kuri uyu wa Gatandatu, itariki 08 Nzeri, arasezera ku murimo wa nyuma wa politiki yari asigaranye nyuma yo kuva ku butegetsi mu mwaka ushize wa 2017 yari ariho kuva mu 1979 mbere yo kubusigira uwari minisitiri wâingabo, Joao Lourenco. Usibye kureka kuba umukandida wâishyaka MPLA (Popular […]
Turabizi ko ifite abakinnyi bakomeye ariko tuzatanga ibyacu dufite byose -Mashami Vincent
Umutoza mukuru wâikipe yâigihugu yâu Rwanda, Mashami avuga ko umukino wâu rwanda na Cote dâIvoire utinze gutangira kuko biteguye neza cyane kandi biteguye gutanga ibyo bafite byose dore ko abakinnyi bose nta nâumwe ufite ikibazo. Mu kiganiro nâitangazamamkuru cyo kuri uyu wa Gatanu Mashami Vincent yavuze ko abakinnyi mu mitwe yabo bategereje uyu mukino kurutu […]
Zari Hassan yagaragaje uruhande abogamiyeho mu ntambara ikomeje hagati ya Diamonds na Mobeto
Mu gihe intambara hagati yâicyamamare muri muzika, Diamonds Platnumz na nyina wâumwana we, Hamissa Mobeto, ikomeje, Umunyemarikazi Zari Hassan nawe wamubyariye yamaze kugaragaza uruhande abogamiyeho. Zari Hassan, Umugandekazi uba muri Afurika yâEpfo aho akorera ibikorwa bye byâubucuruzi hakaba nta gihe gishize atandukanye na Diamondz babyaranye abana babiri, yagize icyo abwira mukeba we, Umunyamideri Mobetto nyuma […]
RIB iravuga ko abantu 15 batawe muri yombi bakekwaho amanyanga mu matora
Urwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha (RIB) ruravuga ko mu matora aherutse yâabadepite rwabonye ibibazo byâimikorere mibi bigera kuri bine bituma abantu bagera kuri 15 batabwa muri yombi. Umuvugizi wa RIB, Modeste Mbabazi, kuri uyu wa Gatanu yabwiye ikinyamakuru The New Times ko bane mu batawe muri yombi barekuwe ariko bagikorwaho iperereza. Modeste Mbabazi akaba yavuze ko mu […]
Nyaruguru: Polisi yataye muri yombi babiri bibaga ibikoresho byubakishwa isoko
Ku bufatanye nâabaturage,Polisi yâu Rwanda ikorera mu karere ka Nyaruguru mu murenge wa Munini yafashe abasore babiri bibaga ibikoresho byubakishwa isoko ryâahitwa mu kamirabagenzi mu murenge wa Muganza. Abafashwe ni Niyibizi Cassien wâimyaka 25 na Nyandwi Eric wâimyaka 26, bose bafashwe Tariki 06 Nzeri 2018, bafatirwa mu karere ka Nyaruguru, mu murenge wa Munini , […]
Kwita Izina 2018: Minisitiri wâIntebe yasabye abashoramari kurushaho gushora mu bukerarugendo
Kuri uyu wa Gatanu, itariki 07 Nzeri 2018, mu Kinigi mu Karere ka Musanze habereye umuhango wo Kwita Izina abana bâingagi 23, aho umushyitsi mukuru muri uyu muhango yari minisitiri wâIntebe, Dr Edouard Ngirente wari uhagarariye Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, aho yasabye abashoramari kurushaho gushora mu bukerarugendo bikazatuma abasura u Rwanda bahamara igihe kirekire. […]
Rihanna yagaragaje amarangamutima afitiye Chris Brown uri mu nkundura nâuwo babyaranye
Muri iki gihe umuhanzi Chris Brown ahanganye nâuwo babyaranye , Nia Guzman bapfa indezo yâumwana,Umuhanzi Rihanna yatangaje ko azi neza ko Chris Brown azakemura ibi bibazo ku buryo bukwiriye nk’umubyeyi. Imwe mu nshuti za hafi za Rihanna nkâuko Hollywoodlife ibitangaza, yavuze ko Rihanna yifatanyije nâuwahoze ari umukunzi we muri ibi bihe yajyanywe mu nkiko na […]
Brazil: Uhabwa amahirwe yo gutsinda amatora ya perezida yatewe icyuma ari kwiyamamaza
Umwe mu biyamamariza umwanya wâumukuru wâigihugu unahabwa amahirwe yo gutsinda amatora mu gihugu cya Brazil, Jair Bolsonaro, kuri uyu wa Kane, itariki 06 Nzeri, yatewe icyuma ari mu gikorwa cyo kwiyamamaza cyari cyitabiriwe nâimbaga yâabantu. Uyu munyapolitiki uzwiho kwamagana cyane amacakubiri ashingiye ku ruhu, niwe uhabwa na benshi amahirwe yo kuzegukana aya matora yo muri […]
Gen Alexis Kagame aremeza ko nta ntambara iri mu Rwanda usibye ibihuha
Inzego zishinzwe umutekano mu burengerazuba bushyira amajyepfo mu bice byegereye umupaka wâu Burundi zirahumuriza abaturage bahatuye ko nta kibazo cyâumutekano gihari. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 05 Nzeri, nibwo abayobozi bâingabo nâabâintara yâUburengerazuba bagiranye ibiganiro nâabaturage nyuma yo kubonana nâabavuga rikijyana mu Karere ka Rusizi mu masaha ya mbere ya saa […]
Ubwiganze bwâabagore mu nteko ishinga amategeko ntibuzagera kuri 67% nkâuko byari byatangajwe
Ubwiganze bw’abagore mu nteko ishingamategeko ntibuzagera ku rugero rwa 67 % nk’uko byari byavuzwe hagitangazwa amajwi y’agateganyo nkâuko byatangajwe na Komisiyo yâIgihugu yâAmatora. Nkâ ishyaka FPR komisiyo ivuga ko ryavanye ku rutonde rwaryo bamwe mu bo ryamamazaga kandi bari kuba abadepite hashingiwe ku rutonde rwa mbere. Mu mpera z’icyumweru ngo ni bwo bamwe mu bari […]
Umunyamakuru wa RTBF yashyize ku karubanda ivanguraruhu amaze igihe akorerwa – Video
Umunyamakuru (presenter) akaba nâumunyarwenya, Cecile Djunga, ukorera Radio na televiziyo byâu Bubiligi (RTBF) kwihangana byamunaniye ashyira ahagaragara ivanguraruhu akomeje gukorerwa kuva yatangira akazi ko gutangaza iteganyagihe muri video yanyujije ku rukuta rwe rwa facebook. Aragira ati: â Ntabwo bihagarara. Hagiye kumara umwaka nkora aka kazi kandi ndambiwe kwakira amatoni yâubutumwa bwâivanguraruhu, ubutumwa buntuka ,â Mu […]
Diamond aravugwaho kuba ari mu rukundo na Oprah
Umuhanzi Diamond Platnumz aravugwaho ko ashobora kuba ari mu rukundo nâumukinnyi wa filimi muri Tanzaniya, Irene Uwoya uzwi nka Oprah wahoze ari umugore wa Katauti. Ibi bitangiye guhwihwiswa nyuma yaho Diamond ashyiriye hanze ifoto ya Irene Uwoya ku rukuta rwe rwa Instagram gusa ntiyagira ubutumwa ayandikaho (caption). Nkâuko ifoto ivuga byinshi, benshi  mu bakurikira uyu […]
Uwunganira Bobi Wine mu byâamategeko arasaba Amerika guhagarika inkunga igenera Uganda mu bya gisirikare
Umunyamategeko Robert Amsterdam, wunganira Depite Robert Kyagulanyi uzwi ku izina rya Bobi Wine mu byâamategeko arasaba Leta Zunze Ubumwe za Amerika guhagarika imfashanyo yageneraga Uganda biturutse ku iyicarubozo avuga ko ryakorewe umukiriya we. Â Robert Kyagulanyi [Bobi Wine] asanzwe ari umudepite mu nteko Ishinga Amategeko ya Uganda, ahagarariye agace ka Kyadondo yâIburasirazuba, akaba yaratawe muri […]
Zari yakebuye mukeba we ushaka kwigarurira umutima wa Diamond yifashishije amarozi
Nyuma yâinkuru yakwirakwiye mu binyamakuru ko Hamisa Mobetto wabyaranye nâumuhanzi Diamond Platnumz wo muri Tanzania yashakishaga amarozi yamufasha kwigarurira umutima wâuyu mugabo, mukesha we, Zari Hassan yamugiriye inama yo kumureka. Nkâuko byagiye bitangazwa mu binyamakuru bitandukanye, Hamisa na nyina bavugwaho gushaka amarozi mu bapfumu, yagombaga gufasha uyu mugore wabyaranye na Diamond, kwigarurira umutima we bakazabana […]
Burundi: Komanda wa polisi ku Musozi wa Kivumu yishwe arashwe nâabasirikare nyuma yo gukozanyaho
Komanda wâibirindiro bya polisi ku Musozi wa Kivumu, Komini Mugamba, Intara ya Bururi mu gihugu cyâu Burundi, yishwe arashwe nâabasirikare mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 05 Nzeri 2018. BPC1 Hakizimana Raymond akaba yahitanywe nâamasasu yumvikanye muri iyi komini nka saa tatu nâigice zâijoro (21h30). Amakuru aturuka muri Komini Mugamba avuga ko […]
Gatsibo: Polisi yasubije abaturage ihene 23 zari zaribwe
Polisi y âu Rwanda mu karere ka Gatsibo yafashe ihene zigera kuri 23 zari zaribwe mu miryango itandukanye yo mu karere ka Nyagatare Izi hene zibwe mu ijoro ryo kuwa 4 Nzeri, mu murenge wa Karangazi akagari ka Musenyi. Chief Inspector of Police (CIP) Theobald Kanamugire umuvugizi wa Polisi muntara yâ Uburasirazuba avuga ko izi […]
Perezida wa Ghana uri mu Rwanda yabonanye nâAbaturage bâigihugu cye baba mu Rwanda
Perezida wa Ghana wageze I Kigali mu Rwanda kuri uyu wa Kane akanabonana nâAbanya-Ghana baba mu Rwanda barimo abakora imirimo itandukanye nâabanyeshuri. Perezida Nana Addo Akufo, ari i Kigali aho yitabiriye inama nyafurika yiga ku buhinzi izwi nka African Green Revolution Forum (AGRF) . Umukuru wâigihugu cya Ghana yagiranye ibiganiro nâabaturage bâiki gihugu bakora muri […]
Nzakomeza guhangana nâiyo napfa ngerageza-Bobi Wine
Umudepite Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine yatangaje ko adateze kuva ku izima ngo areke kuvugira rubanda kabone nâiyo yahasiga ubuzima. Mu kiganiro cyihariye na BBC aho ari muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika,uyu mudepite yavuze ko kuba yarakorewe iyyicarubozo ubwo yari ari muri gereza bitatuma areka umugambi we wo kurwanira ukishyira ukizana kwa […]
Umushinwa yafatiwe muri Kenya ashinjwa kugereranya Perezida Kenyatta nâinkende
Umucurizi ukomoka mu Bushinwa, yafatiwe muri Kenya ashinjwa irondaruhu, agereranya abaturage ba Kenya ndetse na Perezida wabo, Uhuru Kenyatta nâinkende. Ubu butumwa bwâirondaruhu, umushinwa witwa Liu Jiaqi yabucishije ku rukuta rwe rwa Twitter, muri video imara iminota ibiri nâigice. Urwego rushinzwe abinjira nâabasohoka muri Kenya, rutangaza ko uyu mugabo ushinjwa iri rondaruhu, yambuwe uruhushya rwamwemereraga […]
Perezida Trump yise Imbwa umunyamakuru wa âThe New York Timesâ
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko umunyamakuru wa â The New York Timesâ ari Imbwa nyuma yo kumutangazaho inkuru avuga ko itarimo ubunyamwuga. Ibi byakuruwe nâinkuru yatangajwe kuri iki kinyamakuru, ivuga ko umwe mu bayobozi bakomeye mu biro bya Perezida Trump utatangajwe amazina, ngo yavuze ko bamwe mu bategetsi bakomeje […]
Reba Video: Umusore w'i Nyamirambo yateye icyuma umukunzi we ahita apfa
Ntazinda Yves utuye mu Mudugudu wa Gatare, Akagali ka Kagarama, Umurenge wa Nyamirambo, akarere ka Nyarugenge, mu Mujyi Kigali, arashinjwa gutera icyuma akica umukobwa bivugwa ko bakundanaga. Mu ijoro ryo ku wa Gatatu tariki ya 5 Nzeri 2018, nibwo inkuru y’urupfu rwa Dusabe Francine bivugwa ko yakundanaga na Ntazinda yamenyekanye. Aho ngo uyu mukobwa yakoraga […]