Komisiyo ya Loni yiteguye gutangaza amazina y’abantu baregwa ubwicanyi mu Burundi

Abashinzwe iperereza b’Umuryango w’Abibumbye kuri uyu wa Kane, itariki 05 Nzeri batangaje ko ibikorwa byo guhonyora uburenganzira bwa muntu bikomeje mu Burundi, ndetse bamagana amagambo y’urwango aherutse gutangazwa na perezida Nkurunziza. Iyi komisiyo ikaba yiteguye gushyira ahagaragra amazina y’abantu baregwa ubwicanyi muri iki gihugu. Aba bakozi ba Loni bavuze ko uku guhonyora uburenganzira bwa muntu […]

Diamond Platnumz ahamya ko Hamisa Mobetto yashatse kumuroga

Umuhanzi Diamond Platnumz  yatangaje ko yemera ibyavuzwe ko umugore babyaranye, Hamisa Mobetto yagiye mu bapfumu ashaka kumuroga we n’umuryango we. Mu kiganiro cyitwa Refresh kuri Wasafi TV,Diamond avuga ko nawe amajwi yumvikanamo Mobetto aganira n’umupfumu yayakiriye kandi yemeza ko ari aya Mobetto. Ati” Ushaka kujya ku mupfumu ngo undonge njye na mama wanjye, ndabona mama […]

Urutonde rw’abagore 24 batorewe guhagararira abandi mu Nteko Nshingamategeko

Kuva ku wa 2 Nzeri 2018, Abanyarwanda baba abari mu gihugu no mu mahanga, bari mu gikorwa cyo gutora abadepite mu byiciro bitandukanye, Komisiyo y’igihugu y’Amatora (NEC) ikaba yasohoye urutonde rw’abagore batsindiye guhagararira abandi mu Nteko.   Abagore batowe: Umujyi wa Kigali Ndangiza Madina 87.2 Kanyange Phoebe 84.2 Abagore batowe: Intara y’Amajyaruguru MUREKATETE Marie Therese […]

Gasabo: Abanyarwanda birukanwe muri Tanzania bamaze amezi 2 badahabwa ibyo kurya

Abanyarwanda birukanywe muri Tanzaniya batujwe mu murenge wa Jabana mu karere ka Gasabo barataka ikibazo cy’inzara bavuga ko ibugarije dore ko ngo bamaze amezi 2 badahabwa ibyo kurya basanzwe bahabwaga buri kwezi. Hashize imyaka itanu aba banyarwanda birukanywe muri Tanzaniya batujwe aha mu mudugudu wa Gitega mu kagari ka Bweramvura mu murenge wa Jabana y’akarere […]

Bobi Wine yiteguye kugirana ikiganiro n’itangazamakuru mpuzamahanga I Washington

Depite Robert Kyagulanyi (Bobi Wine) kuri ubu uri kubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho yagiye kwivuriza nyuma yo gukubitwa n’abashinzwe umutekano muri Uganda, kuri uyu wa Kane, itariki 06 Nzeri arateganya kugirana ikiganiro n’itangazamakuru I Washington saa kumi n’imwe z’umugoroba. Hon. Robert Kyagulanyi uhagarariye akarere ka Kyadondo mu nteko ishinga amategeko , ngo […]

Ngoma: Babiri barimo uwakoraga ibiraka muri REG barashinjwa kwiba ibikoresho by'amashanyarazi

Ku wa Kabiri taliki ya 04 Nzeri, 2018, Polisi y’ u Rwanda ifatanyije n’abaturage n’inzego z’umutekano zikorera  mu Karere ka Ngoma, Umurenge wa Kibungo, Akagari ka Karenge, yafashe abagabo babiri bakekwaho ubujura bw’ibikoresho by’amashanyarazi. Nk’uko bitangazwa n’umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba, Chief Inspector of Police (CIP) Theobald Kanamugire, aba bagabo bafatiwe mu mukwabo wari […]

Loni ishinja Perezida Nkurunziza gushumuriza Imbonerakure abatavuga rumwe na we

Komisiyo yashyizweho n’Umuryango w’Abibumbye gukora iperereza ku iyubahirizwa ry’uburenganzira bw’ikiremwamuntu mu Burundi, ishyira ku isonga Perezida Nkurunziza kuba ku isonga mu kubiba urwango. Ibyavuye muri iri perereza byatangajwe i Geneve mu Busuwisi ku wa 5 Nzeri 2018, bagaragaza ihohoterwa ryakorewe ikiremwamuntu mu mwaka ushize ndetse n’aho uyu wa 2018, ugeze. Radiyo Mpuzamahanga y’Abafaransa RFI, itangaz […]

Umutekano mu bihe by’Amatora wabaye ntamakemwa

Polisi y’u Rwanda ivuga ko amatora uhereye ku byiciro byagiye biba bitandukanye kugeza ashojwe nta cyahungabanyije umutekano. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police (CP) Theos Badege avuga ko mu bihe by’aya matora nta cyaha cyagaragaye haba mu baturage ndetse no mu mutekano wo mu muhanda. Yagize ati “ uhereye igihe ibikorwa byo kwiyamamaza […]

Rutshuru: Babiri basize ubuzima mu mirwano yashyamiranyije FDLR n’ingabo za FARDC

Abasivile babiri basize ubuzima mu mirwano yashyamiranyije ingabo za Leta ya Congo (FARDC) hamwe n’inyeshyamba za FDLR, muri Teritwari ya Rutshuru. Ni imirwano yabaye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 5 Kanama 2018, mu gace ka Rugari, Teritwari ya Rutshuru, muri Kivu y’Amajyaruguru, ho muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ku ruhande rw’ingabo za Leta, […]

Inyana idasanzwe yavukanye imitwe ibiri ifatanye- AMAFOTO

Abaturage bo mu gace ka Donggou gaherereye mu karere ka Qindu mu gihugu cy’u Bushinwa, batunguwe no kubona inka y’umwe muri bo ibyaye inyana ifite imitwe ibiri ifatanye, amaso ane, amazuru ane, amatwi abiri. Nyiri iyi nka yabyaye inyana idasanzwe witwa Feng Wenhong, atangaza ko iyi nka ye imaze kubyara inshuro enye, inyana zavutse mbere […]

Polisi yafashe abacuruza ibiyobyabwenge barimo uwafatanywe amagunira abiri y’urumogi

Ikibazo cy’ikoreshwa n’ikwirakwizwa ry’ibiyobyabwenge ni kimwe mu bibazo byugarije igihugu cyane cyane mu rubyiruko. Mu rugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge, Polisi y’u Rwanda ikomeje ibikorwa by’ubukangurambaga mu gihugu hose; aho isobanurira ibyiciro by’abantu batandukanye ububi bwabyo, ariko ikibanda ku rubyiruko rw’abanyeshuri. Abafatanyabikorwa mu kurwanya ibyaha barimo abayobozi b’inzego z’ibanze, amashyirahamwe y’abantu batandukanye,  na Sosiyete sivile na […]

Umugore wanjye n’abana 6 bandaza muri dushi, bakarara bidegembya mu nzu niyubakiye- NKORE IKI?

Nitwa Murekezi nkaba mfite imyaka 56, ntuye mu ntara y’Iburasirazuba nkaba mbandikiye ngira ngo mungire inama, kubera ko umugore wanjye n’abana bacu batandatu bamereye nabi, bamfata nk’inka cyangwa imbwa kandi nakagombye gufatwa nka nyiri urugo. Umugore wanjye twabyaranye abana barindwi, umwe muri bo ukurikira imfura yacu, ni umukobwa waje gutwarira inda mu rugo, iyi nda […]

RDC: Jean-Pierre Bemba arasanga amatora yahejwemo azaba ari ikinamico

Umunyapolitiki Jean-Pierre Bemba utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, aratangaza ko nta gahunda agifite yo guhatana mu matora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe mu mpera z’uyu mwaka avuga ko ari ikinamico. Ni nyuma y’aho kuri wa mbere ushize, itariki 03 Nzeri, Urukiko Rukuru rwa Congo rushimangiye umwanzuro w’akanama k’amatora, rutegeka ko Bwana Bemba wigeze […]

Gen Kale Kayihura yageze I Nairobi nyuma yo kwemererwa gukurikiranwa adafunze

Uwahoze ari Umukuru w’Igipolisi cya Uganda kuri ubu uri gukurikiranwa n’ubutabera, Gen Kale Kayihura, ngo yaba yerekeje muri Kenya aho yagiye kwivuriza nk’uko amakuru aturuka mu muryango we agera ku rubuga Spyreports akomeza avuga. Biravugwa ko yuririye ku Kibuga cy’Indege cya Entebbe mu ndege ya Kenya Airways yerekeje I Nairobi mu Bitaro bya Agha Khan. […]

Rwamagana: Abagore bati “urakubitwa ukabona aho urega”

Abagore bo mu karere ka Rwamagana barishimira ijambo bahawe bakabasha kujya mu nzego z’imiyoborere y’igihugu harimo no kuba bafite imyanya mu Nteko Nshingamategeko, byose babibona nk’igisubizo kibafasha kugera kuri byinshi mu iterambere, ko ubu nta mugore ukubitwa ngo abe yabura aho arega. Mu kiganiro abagore bo mu Karere ka Rwamagana, bagiranye na Bwiza.com, ubwo bavugaga […]

Ibihugu byinshi muri Afurika bikwiye kwigira ku Cyerekezo 2020 cy’u Rwanda — Enos Denhere

Icyerekezo 2020 cy’u Rwanda ngo keretse Isi yose icyaburaga kandi Abanyafurika bashobora gukora bakirinda guhora bahanze amaso inkunga y’amahanga. Ubutumwa bw’ingenzi ngo bukaba ari uko Abanyafurika batakomeza gushyingiranwa mu mutwe n’igitekerezo cy’uko ntacyagenda hatabayeho inkunga ivuye hanze. Icyerekezo 2020 ngo cyahinduye byinshi mu bukungu bw’u Rwanda kandi burya ngo ubukungu bwa nyabwo bushingira bigo nderabuzima […]

Zari Hassan yaratiye abakobwa umuhungu we mukuru -Amafoto

Zari Hassan umushoramari ukomeye akaba n’umubyeyi w’abana batanu, yamamaye cyane bitewe no gukundana n’umuherwe Ivan Ssemwanga  ndetse n’icyamamare mu muziki Diamond Platnumz, aherutse gushyira hanze amafoto yabana be batatu ba bahungu yabyaranye na  Ivan Ssemwanga umwe muri bo amukumbuza abakobwa. Ni uruhererekane r’wamafoto yashyize kuri Instagram ye mu minsi ishize buri umwe agenda amutaka mu […]

Bamwe mu bana b’ingagi bazaba bahabwa amazina mu Kwita Izina 2018

Umuhango wo Kwita Izina utegurwa n’Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere (RDB) ushingiye ku migenzo y’Umuco Nyarwanda wo kwita izina abana bavutse, ukaba waragendeweho ndetse wongerwa imbaraga mu kwizihiza kurinda Ingagi no kuzibungabunga, aho kuva mu 2015 kwita amazina abana b’Ingagi byabaye umuco ngarukamwaka w’ingenzi mu gihugu hose. Kwita Izina muri uyu mwaka wa 2018 biteganyijwe ku itariki […]

Perezida Museveni arashinja ubutasi kudakumira abanyabyaha bava mu Rwanda na Congo

Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni  kuwa Gatanu w’icyumweru gishize yanenze urwego rw’ubutatsi bwa gisirikare bwa Uganda (CMI) avuga ko bwananiwe kugenzura no gukumira abanyabyaha bava mu Rwanda no muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Mu nama y’umutekano yabereye ku biro bya perezida, Entebbe mu Mujyi wa Kampala, Museveni mbere yo kwerekeza mu nama y’ubukungu […]

Burundi: Inzego z’umutekano zatahuye ububiko bw’intwaro Leta itari izi

Inzego z’umutekano mu gihugu cy’u Burundi zatahuye ahantu hari hahishe intwaro za gisirikare mu gace ka Rusabagi, Komini Burambi, Intara ya Rumonge. Polisi y’u Burundi itangaza ko izi ntwaro zafashwe mu mpera z’icyumweru gishize, zikaba zirimo ibitoyi 400 by’amasasu y’imbunda ya mitarayezi (Mitrailleuses),  amasasu 200 y’imbunda ya Kalachnikov, imbunda irasa roketi (lance-roquettes), bombe,
 Nk’uko ikinyamakuru […]

Dr HABINEZA na Mukabunani, amaraso mashya mu Nteko Ishinga Amategeko

Nyuma y’umunsi umwe gusa hakozwe amatoira y’Abadepite bazajya mu Nteko ishinga Amategeko y’u Rwanda, bimaze kumenyekana ko amashyaka abiri afatwa nk’atavuga rumwe n’ubutegetsi, yatsindiye intebe ebyiri ebyiri. Nyuma y’ibarura ry’amajwi y’agateganyo ku rwego rw’igihugu, uko yakusanyijwe avuye mu turere 30 twose tw’u Rwanda, Umuyobozi wa Komisiyo y’Igihugu y’amatora, Prof Kalisa Mbanda atangaje ko Green Party […]

Diamond Platnumz  yagize icyo abwira abanenga inyogosho ye nshya

Umuhanzi wo muri Tanzaniya, Diamond Platnumz nta kozwa iby’abamunenga kubw’inyogosho nshya y’amaderedi yashyize ku mutwe . Mu kiganiro na Bongo5 TV, Diamond yavuze ko yabikoze mu rwego rwo guhindura isura ye mu ruhame kandi abona bikwiriye. Ati” Nasanze ari ngombwa ko mpindura uburyo nagaragaraga. Ibi ni ibjyanye no kugaragara, nyuma nzahindura” Diamond atangaje ibi nyuma […]

Abayoboke 8 ba Agathon Rwasa bafashwe n’inzego z’umutekano

Abayoboke umunani b’ishyaka ‘Amizero y’Abarundi’ riyobowe na Agathon Rwasa batawe muri yombi n’inzego z’umutekano, bashinjwa gukora inama mu buryo butemewe n’amategeko. Bafatiwe ku musozi wa Gicu, Komini Nyamurenza, intara ya Ngozi, bakaba bafungiye muri kasho y’iyi komini, aho bashinjwa gukora inama mu buryo butazwi n’ubuyobozi, mu gihe iri shyaka ryo rihamya ko ari uburyo bwo […]

Green Party iracyafite icyizere cyo kwinjira mu Nteko

Mu gihe ibarura ry’amajwi rigikomeje kandi hakaba hasigaye amasaha make ngo hatangazwe amajwi yose y’abatoye ku rwego rw’igihugu,  ishyaka DGPR riracyafite icyizere cyuzuye cyo kwinjira mu Nteko Ishinga amategeko y’u Rwanda. Ibi ni ibyatangajwe mu gicuku cyo ku wa Mbere ushyira uwa kabiri tariki ya 3 na 4 Kanama 2018, ubwo bamwe mu barwanashyaka n’abakandida-depite […]

Ubuhamya bwa Bobi Wine, arasobanura ubugome yakorewe n’uko umushoferi we yishwe

Umudepite wo muri Uganda, Kyagulanyi Ssentamu uzwi ku izina ry’ubuhanzi rya Bobi Wine, aratanga ubuhamya burebure bw’ibyamubayeho, kuva ku wa 13 Kanama 2018, ubwo yatabwaga muri yombi n’inzego z’umutekano za Uganda. Kuri iyi tariki, Bobi Wine yatawe muri yombi ubwo habaga imyigaragambyo mu gace ka Arua, wari umunsi wa nyuma wo kwiyamamaza ku mwanya w’umudepite […]

Ubutaliyani: Hakozwe ibipupe bimeze nk'abantu bigenewe abifuza gutera akabariro-Amafoto

Mu gihugu cy’ubutariyani yakozwe ibipupe byo gukoresha imibonano mpuzabitsina aho ugishaka yishyura amayero  hagati ya 72 na 80 mu gihe kingana niminota 30. Ibi bipupe byakozwe biri mu moko abiri atandukanye ibizajya bikenerwa n’abagore ndetse n’ibizajya bikenerwa n’abagabo bivuzeko hari iby’igitsina gore ndetse n’igitsina gabo. Abagore bifuza kugura ibi bipupe ngo bashobora guhitamo kimwe mu […]

Kim Kadarshian yeruye ku bivugwa ko yaryamanye na Drake

Umunyamideli ukomoka muri Amerika, Kim Kadarshian yatangaje ko amakuru avuga ko yaryamanaye na Drake ari ibinyoma byambaye ubusa kuko ngo bitigeze bibaho haba mbere yo gushakana na Kanye West cyangwa se nyuma yaho. Amakuru y’umubano wihariye yatangiye ubwo Drake yashyiraga indirimbo ye hanze yise ‘In my feelings’ ahanini yiganjemo ubutumwa bw’urukundo aho agaruka ku izina […]

Uganda: Ingona yariye umugore n’umwana we w’amezi atanu

Umugore wari uhetse umwana w’amezi atanu, yariwe n’ingona ubwo yari agiye kuvoma amazi mu kiyaga kiri mu Majyaruguru y’Uburengerazuba bwa Uganda. Umuvugizi w’ikigo gishinzwe kubungabunga ubuzima bw’inyamaswa, atangaza ko abaturage bari barabujijwe kwegera aho uyu mugore yamwiciye. Ati “tugira inama abantu kwirinda kugera aho izi ngona zirira abantu zikunze kuba ziri, zikunze kuba mu gace […]

U Rwanda rurifuza ko u Burusiya businya amasezerano yo kurugurisha ubwirinzi bwo mu kirere byihuse

Nyuma y’aho minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Burusiya, Serguei Lavlov asuriye u Rwanda ndetse agatangaza ko iki gihugu cyaganiriye n’u Rwanda ku kijyanye no kurugurisha uburyo bw’ubwirinzi bwo kirere, kuri ubu u Rwanda rurifuza ko amasezerano yashyirwaho umukono vuba nk’uko Ambasaderi w’u Rwanda mu Burusiya, Jeanne D’Arc Mujawamariya yabitangarije ikinyamakuru Sputnik. Amb. Mujawamariya yagize ati: “ […]

U Bushinwa bwemereye Afurika inkunga ya miliyari 60 z’Amadolari

Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping yatangaje ko igihugu cye kigiye kongera Afurika inkunga ya miliyari 60 z’Amadolari. Ibi akaba yabitangaje atangiza ku mugaragaro inama ihuza igihugu cye Afurika izwi nka FOCAC 2018. Muri iri jambo yavuze atangiza iyi nama, Perezida Xi Jinping yavuze ko ayo mafaranga azakoreshwa ahanini mu bijyanye n’ubucuruzi n’ubwubatsi ku mugabane wa […]

Gicumbi: Abarwayi mu bitaro bya Byumba batewe agahinda no kudatora

Ubwo abanyarwanda bose bitabiriye amatora y’abadepite kuri uyu wa mbere tariki 3 Nzeri, abarwayi n’abarwaza bo mu bitaro bya byumba nabo bari biteguye gutorera aho bari ariko bategereza ko hashyirwa ibiro by’itora baraheba. Ni mu gihe Komisiyo y’amatora yari yatangaje ko hari ibiro by’itora 33 byashyizwe mu bitaro binyuranye, ariko aha i Byumba ntibyahashyirwa. Bamwe […]

Amatora y’Abadepite: Umuryango FPR/Inkotanyi niwo uri ku isonga n’amajwi y’agateganyo 75%

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora(NEC), itangaza ko umuryango FPR/Inkotanyi ari wo uri ku isonga n’amajwi y’agateganyo 75% mu matora y’Abadepite. Ku Cyumweru tariki ya 2 Nzeri nibwo Abanyarwanda bari mu bihugu by’amahanga batoye,  ku wa Mbere tariki ya 3 Nzeri 2018, hakurikiraho abari mu gihugu imbere, amajwi atangazwa y’agateganyo n’iyi komisiyo agaragaza ko FPR/Inkotanyi ariyo iza imbere […]

Nyamasheke: Abaturage biteze byinshi ku ntumwa batoreye kubahagararira mu Nteko Nshingamategeko

Ahagana saa kumi n’imwe n’igice z’igitondo zo kuri uyu wa 3 Nzeri  2018, benshi mu batuye akarere ka Nyamasheke bari bamaze kugera kuri site z’itora aho bategereje i saa moya z’igitondo nyuma yo kurahira kw’abakorerabushake ba komisiyo y’igihugu y’amatora no gosobanurirwa imigendekere y’amatora hakurikiraho kwitorera abadepite bazabahagararira mu nteko ishinga amategeko. Icyagaragaye cyane aho Bwiza.com […]

Rwamagana: Abakozi b’ibitaro, abarwayi n’abarwaza bishimiye ko begerejwe site y’itora

Abakozi, abarwayi ndetse n’abarwaza b’ibitaro bya Rwamagana biherereye mu karere ka Rwamagana, intara y’Iburasirazuba, barishimira kuba begerejwe site y’itora muri aya matora y’abadepite. Mu kiganiro bagiranye na Bwiza.com, Kuri uyu wa Mbere tariki ya 3 Nzeri 2018, ubwo batoraga abazabahagararira mu Nteko Nshingamategeko, bavuze ko batoreye kuri site y’itora yahashyizwe by’umwihariko bakishimira ko batoreye hafi […]

Guverineri Gatabazi yasuye umubyeyi wabyaye abana Batatu avuye gutora

Umugore witwa Maniraguha Claudine wo mu Kagari ka Nyagahinga mu Murenge wa Cyanika muri Burera, wabyariye mu nzira abana batatu b’impanga ubwo yavaga gutora Abadepite yasuwe na Guverineri w’Intara y’amajyaruguru amushyira igikoma cy’ubyeyi. Mu kiganiro Guverineri w’Intara y’amajyaruguru Gatabazi JMV, yagiranye n’umunyamakuru wa bwiza.com yavuze ko yagiye gusura uyu mubyeyi mu rwego rwo kumutabara , […]

Muhanga: Mgr Simargde yifuza ko abadepite batowe bashyiraho umurongo uhamye w'uburezi

Umushumba wa Diyosezi ya Kabgayi Mgr Simargde Mbonyintege, nyuma yo kwitabira amatora y’abadepite kuri uyu wa mbere tariki 3 nzeri, 2018, yavuze ko icyo yifuza ku badepite bagiye kujya mu nteko ishingamategeko ari uko bakwita ku iterambere muri rusange kuko rikirimo ihuzagurika , guha umurongo uburezi kuko abona bukirimo ikibazo kinini . Ati” icyo mbifuzaho […]

Iyicarubozo ryakorewe Bobi Wine rishobora gushyira mu mazi abira Leta ya Museveni

Hashize iminsi mike  depite Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine hamwe na bagenzi be bafashwe bagafungwa nyuma bagakorerwa iyicarubozo. Ibi bamwe mu bavuga rikijyana bo mu turere twa Mbarara na Kabale bavuga ko bishobora gutuma Leta ya Uganda ijya mu kaga.   Mu kiganiro kirambuye Bwiza.com yagiranye n’ aba baturage  bemeza ko ibyabaye ku […]

Si nzongera kuririmbira mu ruhame kugeza ubwo nzisubiraho -Bebe Cool

Umuhanzi Bebe Cool ukomoka mu gihugu cya Uganda yatangaje ko atazongera kuririmba ahariho hose kugeza ubwo we ubwe azatangariza impamvu yabimuteye. Ibi bije nyuma yaho ubwo yari mu gitaramo cyabaye ku wagatanu  tariki 31 Kanama 2018 kikabera ahazwi nka Lugogo Cricket Oval hagaragaye imvururu n’imirwano ubwo Bebe Cool yageraga imbere y’abafana bakamuteragura amacupa arimo inzoga […]

Twizeye kubona imyanya irenze  icumi y’abadepite- Dr. Frank Habineza

Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda(DGPR), Dr. Frank Habineza yatangaje ko ishyaka rye ryizeye kubona imyanya irenze icumi  mu nteko ishinga amategeko ashingiye k’ubwitabire babonye mu gihe biyamamazaga. Ibi uyu muyobozi yabitangaje kuri uyu wa Mbere tariki ya 3 Nzeri 2018 ubwo yari amaze gutora mu Karere ka Gasabo kuri site y’itora […]

Bobi Wine wivuriza muri Amerika yiteguye gutangaza ibyamubayeho byose

Bobi Wine, umuhanzi mu njyana ya pop akaba na Depite muri Uganda, yageze muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa Gatandatu tariki ya 1 Nzeri 2018, agiye kwivuza nyuma y’ibirego by’uko yaba yarakorewe iyicarubozo akanakubitwa ubwo yari mu maboko y’igisirikare cya Uganda. Mbere, Wine yari yangiwe kuva muri Uganda ariko ku wa Gatanu tariki […]

Uko umuhango w'amatora y'Abadepite urimo kugenda hirya no hino mu gihugu-AMAFOTO

Kuva mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere tariki ya 3 Nzeri 2018, Abanyarwanda bari hirya no hino mu gihugu bazindukiye kuri site z’amatora kwitorera abagomba kubahagararira mu Nteko Nshingamategeko. Amatora y’abadepite mu Rwanda yatangiye ejo hashize, ku Cyumweru tariki ya 2 Nzeri 2018, ku banyarwanda baba mu mahanga ndetse n’umudepite uhagarariye abafite ubumuga, aho […]

Libya: Imfungwa zigera kuri 400 ziganjemo abashyigikiye Kadhafi zatorotse gereza

Kuri iki cyumweru, itariki 02 Nzeri, imfungwa zigera kuri 400 zatorotse gereza iherereye mu nkengero z’amajyepfo y’umurwa mukuru wa Libya, Tripoli, ahamaze iminsi imirwano nk’uko Igipolisi cyabitangaje. Igipolisi cya Libya kivuga ko aba banyururu babashije kwica imiryango mbere yo gutoroka Gereza ya Ain Zara iherereye mu majyepfo ya Tripoli. Cyongeyeho ko abari bashinzwe kurinda gereza […]

Abapolisi b’ u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro bitabiriye amatora y’abadepite

Kimwe n’abandi banyarwanda bari mu mahanga (Diaspora), taliki ya 2 Nzeri 2018, abapolisi b’u Rwanda aho bari hanze y’igihugu mu butumwa bwo kubungabunga amahoro babyukiye mu gikorwa cyo gutora aba depite nk’uko byari biteganyijwe ku ndangabihe ya Komisiyo y’Igihugu ishinzwe amatora. Kugeza ubu Polisi y’ u Rwanda ifite abapolisi 1200 bari mu butumwa bwo kubungabunga […]

Umunyarwanda wiga mu Bubiligi yakoze ubushakashatsi ku myitwarire y’Abasilamu muri jenoside

Umunyarwanda witwa Omar Servil Ntagengwa wize muri kaminuza Gatulika y’i Louvain mu Bubiligi (UniversitĂ© Catholique de Louvain) yakoze ubushakashatsi ku myitwarire y’Abasilamu mu Rwanda mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994. Ntagengwa S.O. ukomoka mu karere ka Kamonyi akaba amaze imyaka 13 aba k’Umugabane w’u Burayi, avuga ko ubushakashatsi bwe bwibanze ku myitwarire y’Abasilamu […]

Iburasirazuba: Guhabwa insimburangingo kuri mituweli, ubuvugizi abamugaye basaba uzabahagararira mu Nteko

Abafite ubumuga bo mu turere turindwi tugize Intara y’Iburasirazuba bifuza ko uwatorwa uwo ari we wese yakwihutira kubakorera ubuvugizi ku bijyanye n’ubuvuzi, bakazajya bahabwa insimburangingo bakoresheje ubwishingizi bwa mituweli. Mu matora yo kuri iki Cyumweru tariki ya 2 Nzeri 2018, abayitabiriye bo mu Ntara y’Iburasirazuba, by’umwihariko bafite ubumuga, barashimangira ko ay’uyu mwaka adasanzwe. Barishimira ko […]

Umukobwa w’umunyeshuri wari umaze iminsi 5 yarabuze, yabonwe muri Lodge aryamanye n’abasore batatu

Leta ya Kenya ikomeje guhangayikishwa n’abana b’abanyeshuri bishora mu ngeso zo kunywa ibiyobyabwenge ndetse n’ubusambanyi, aho bamwe bata ishuri bakajya muri ibi bikorwa. Ibi byongeye kugarukwaho mu itangazamakuru nyuma yaho  Kuva ku wa Mbere tariki ya 27 Kanama 2018, umukobwa w’imyaka 17 y’amavuko wo mu gace ka Makueni, yaburiwe irengero, ababyeyi n’inzego z’umutekano zikomeza kumushakisha […]

Igisirikare cya Amerika cyahagaritse inkunga cyateraga Pakistan

Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyahagaritse inkunga ya miliyoni 300 z’Amadolari cyageneraga igisirikare cya Pakistan kuko ngo cyananiwe gufatira icyemezo  imitwe y’iterabwoba. Perezida Donald Trump akaba aherutse gushinja Pakistan guhemukira Amerika mu gihe iki gihugu giterwa inkunga igera muri miliyari y’amadolari. Umuvugizi w’igisirikare cya Amerika Lt Col Kone Faulkner, avuga ko icyo gisirikare […]

Ishyaka PSD riracyekwaho guha amafaranga abitabiraga ibikorwa byo kwamamaza abakandida Depite baryo

Ibikorwa byo kwiyamamariza imyanya mu Nteko Nshingamategeko, ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho myiza (PDS) ryabisoreje mu mujyi wa Kigali, hagaragara abantu bavuga ko bemerewe amafaranga kugira ngo bitabire n’ubwo bwose ubuyobozi bwaryo bubihakana. Ibikorwa byo gusoza kwamamaza abakandida baryo byasorejwe mu Mujyi wa Kigali ku Cyumweru tariki ya 1 Nzeri 2018, byatangirijwe ku cyicaro gikuru kiri […]

U Rwanda rushobora kwitandukanya na ICGLR rushinja kuba ntacyo yakoze mu myaka 12 imaze

U Rwanda rwaba ruri gutekereza kwitandukanya n’Umuryango wa ICGLR rwibaza ku ruhare rwawo n’icyo wakoze mu gukumira ihungabana ry’umutekano mu karere mu myaka 12 umaze ubayeho. U Rwanda rurashinja Inama Mpuzamahanga ku Biyaga Bigari, ICGLR, kuba ntacyo ikora ku kibazo cy’abantu bagize uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi bahunze ubutabera n’imitwe yitwaje ibirwanisho ikorera mu karere, […]

Abari abarwanyi ba M23 n’aba FDLR barasabwa gutaha mu bihugu bakomokamo

Abari abarwanyi b’inyeshyamba za FDLR na M23 bashyize intwaro hasi, barasabwa gutaha mu bihugu bakomokamo ku bushake bwabo. Ubu butumwa bwo gutaha mu bihugu byabo, babugejejweho n’itsinda rigizwe n’intumwa y’umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye mu karere k’ibiyaga bigali, Guverinoma ya Congo, SADC, CIRGL mu bukangurambaga bamazemo iminsi itanu, busozwa ku wa 27 Kanama 2018, basura inkambi […]

Umuhango wo gusezera bwa nyuma Senateri John McCain mu mafoto

Abahoze bayoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Barack Obama, Bill Clinton, George Bush n’abafasha babo ni bamwe mu bitabiriye imihango yo gusezera bwa nyuma, Senateri John McCain yabereye muri Katederari nkuru ya Washington kuri uyu wa Gatandatu, itariki 01 Nzeri. Arashyingurwa kuri uyu wa 02 Nzeri mu irimbi rya gisirikare mu mujyi wa Annapolis, muri […]

Rwamagana: ‘Youth Volunteers’ mu muganda wo gusukura ahazabera amatora y’Abadepite

Urubyiruko rwo mu karere ka Rwamagana rwibumbiye mu muryango ‘Youth Volunteers’ rwatangiye  ibikorwa by’ukwezi kwahariwe ibikorwa  by’abakorerabushake rutunganya ahazabera amatora y’Abadepite. Igikorwa cyabereye kuri site ya Lycee Islamique, mu kagari ka Cyanya, umurenge wa Kigabiro, ku wa Gatandatu tariki ya 1 Nzeri 2018. Uru rubyiruko rwemeza ko rushimishijwe no gutangira  ukwezi kw’ibikorwa by’abakorerabusha batunganya  ibyumba bizaberamo amatora ndetse bagashimishwa […]

RDC: Abantu batanu bishwe n’inyeshyamba zikomoka muri Uganda

Ku wa Gatanu tariki ya 31 Kanama 2018, abantu batanu bo mu gace ka Kakuka, Teritwari ya Irumu, ihana imbiri na Ituri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bishwe n’inyeshyamba bicyekwa ko ari iza ADF zikomoka muri Uganda. Nk’uko bitangazwa n’umuyobozi w’uduce Banyari/Tchabi,  Baba Nilau Tchabi, avuga ko izi nyeshyamba zageze muri ako gace zikarasa […]

Green Party yishimiye ko kwiyamamaza kwayo kwagenze neza mu gihugu hose

Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda Dr Frank Habineza yashoje ibikorwa byo kwiyamamaza kw’iri shyaka yishimira ko mu gihugu hose byagenze neza, anashimira ababigizemo uruhare bose.. Mu gikorwa cyo kwiyamamariza mu Karere ka Gasabo by’umwihariko mu murenge wa Kimironko bafitemo icyicaro, Dr Frank Habineza yashimiye inzego za Leta ko bagiye bakirwa neza […]

Rusizi: Abakandida Depite ba FPR/Inkotanyi basoreje ibikorwa byo kwiyamamaza i Nyakabuye na Gitambi

Abakandida depite b’umuryango FPR Inkotanyi n’indi mitwe ya politiki yifatanije na wo basoza ibikorwa byo kwiyamamaza muri aka karere, mu mirenge ya Gitambi na Nyakabuye, abaturage babagaragarije aho bamaze kugezwa n’imiyoborere myiza. Mu kiganiro na Bwiza.com, bamwe mu baturage b’umurenge wa Nyakabuye  bavuze ko batabona amagambo bashima mo FPR Inkotanyi,batekereje uburyo bari barazengerejwe n’ibitero by’abacengezi […]