Komisiyo ya Loni yiteguye gutangaza amazina yâabantu baregwa ubwicanyi mu Burundi
Abashinzwe iperereza bâUmuryango wâAbibumbye kuri uyu wa Kane, itariki 05 Nzeri batangaje ko ibikorwa byo guhonyora uburenganzira bwa muntu bikomeje mu Burundi, ndetse bamagana amagambo yâurwango aherutse gutangazwa na perezida Nkurunziza. Iyi komisiyo ikaba yiteguye gushyira ahagaragra amazina yâabantu baregwa ubwicanyi muri iki gihugu. Aba bakozi ba Loni bavuze ko uku guhonyora uburenganzira bwa muntu […]
Diamond Platnumz ahamya ko Hamisa Mobetto yashatse kumuroga
Umuhanzi Diamond Platnumz yatangaje ko yemera ibyavuzwe ko umugore babyaranye, Hamisa Mobetto yagiye mu bapfumu ashaka kumuroga we nâumuryango we. Mu kiganiro cyitwa Refresh kuri Wasafi TV,Diamond avuga ko nawe amajwi yumvikanamo Mobetto aganira nâumupfumu yayakiriye kandi yemeza ko ari aya Mobetto. Atiâ Ushaka kujya ku mupfumu ngo undonge njye na mama wanjye, ndabona mama […]
Urutonde rwâabagore 24 batorewe guhagararira abandi mu Nteko Nshingamategeko
Kuva ku wa 2 Nzeri 2018, Abanyarwanda baba abari mu gihugu no mu mahanga, bari mu gikorwa cyo gutora abadepite mu byiciro bitandukanye, Komisiyo yâigihugu yâAmatora (NEC) ikaba yasohoye urutonde rwâabagore batsindiye guhagararira abandi mu Nteko. Â Abagore batowe: Umujyi wa Kigali Ndangiza Madina 87.2 Kanyange Phoebe 84.2 Abagore batowe: Intara y’Amajyaruguru MUREKATETE Marie Therese […]
Gasabo: Abanyarwanda birukanwe muri Tanzania bamaze amezi 2 badahabwa ibyo kurya
Abanyarwanda birukanywe muri Tanzaniya batujwe mu murenge wa Jabana mu karere ka Gasabo barataka ikibazo cyâinzara bavuga ko ibugarije dore ko ngo bamaze amezi 2 badahabwa ibyo kurya basanzwe bahabwaga buri kwezi. Hashize imyaka itanu aba banyarwanda birukanywe muri Tanzaniya batujwe aha mu mudugudu wa Gitega mu kagari ka Bweramvura mu murenge wa Jabana yâakarere […]
Bobi Wine yiteguye kugirana ikiganiro nâitangazamakuru mpuzamahanga I Washington
Depite Robert Kyagulanyi (Bobi Wine) kuri ubu uri kubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho yagiye kwivuriza nyuma yo gukubitwa nâabashinzwe umutekano muri Uganda, kuri uyu wa Kane, itariki 06 Nzeri arateganya kugirana ikiganiro nâitangazamakuru I Washington saa kumi nâimwe zâumugoroba. Hon. Robert Kyagulanyi uhagarariye akarere ka Kyadondo mu nteko ishinga amategeko , ngo […]
Ngoma: Babiri barimo uwakoraga ibiraka muri REG barashinjwa kwiba ibikoresho by'amashanyarazi
Ku wa Kabiri taliki ya 04 Nzeri, 2018, Polisi yâ u Rwanda ifatanyije nâabaturage nâinzego zâumutekano zikorera mu Karere ka Ngoma, Umurenge wa Kibungo, Akagari ka Karenge, yafashe abagabo babiri bakekwaho ubujura bwâibikoresho byâamashanyarazi. Nkâuko bitangazwa nâumuvugizi wa Polisi mu Ntara yâIburasirazuba, Chief Inspector of Police (CIP) Theobald Kanamugire, aba bagabo bafatiwe mu mukwabo wari […]
Loni ishinja Perezida Nkurunziza gushumuriza Imbonerakure abatavuga rumwe na we
Komisiyo yashyizweho nâUmuryango wâAbibumbye gukora iperereza ku iyubahirizwa ryâuburenganzira bwâikiremwamuntu mu Burundi, ishyira ku isonga Perezida Nkurunziza kuba ku isonga mu kubiba urwango. Ibyavuye muri iri perereza byatangajwe i Geneve mu Busuwisi ku wa 5 Nzeri 2018, bagaragaza ihohoterwa ryakorewe ikiremwamuntu mu mwaka ushize ndetse nâaho uyu wa 2018, ugeze. Radiyo Mpuzamahanga yâAbafaransa RFI, itangaz […]
Umutekano mu bihe byâAmatora wabaye ntamakemwa
Polisi yâu Rwanda ivuga ko amatora uhereye ku byiciro byagiye biba bitandukanye kugeza ashojwe nta cyahungabanyije umutekano. Umuvugizi wa Polisi yâu Rwanda Commissioner of Police (CP) Theos Badege avuga ko mu bihe byâaya matora nta cyaha cyagaragaye haba mu baturage ndetse no mu mutekano wo mu muhanda. Yagize ati â uhereye igihe ibikorwa byo kwiyamamaza […]
Burundi: Agatsiko kâabagizi ba nabi kabuhariwe barimo ujya ukorera mu Rwanda kafatiwe muri hotel
Abantu bagera kuri barindwi bashinjwa kuba abagizi ba nabi biba bakoresheje intwaro harimo nâushinjwa kubikorera mu Rwanda bafatiwe muri imwe mu mahoteli yo mu mujyi wa Ngozi yitwa Maison Jaune. Mu bafashwe harimo na manager wâiyi hotel ushinjwa gukorana nâaka gatsiko agaha icumbi. Aba bantu batawe muri yombi mu ijoro ryo kuwa Mbere, itariki 03 […]
Rutshuru: Babiri basize ubuzima mu mirwano yashyamiranyije FDLR nâingabo za FARDC
Abasivile babiri basize ubuzima mu mirwano yashyamiranyije ingabo za Leta ya Congo (FARDC) hamwe nâinyeshyamba za FDLR, muri Teritwari ya Rutshuru. Ni imirwano yabaye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 5 Kanama 2018, mu gace ka Rugari, Teritwari ya Rutshuru, muri Kivu yâAmajyaruguru, ho muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ku ruhande rwâingabo za Leta, […]
Inyana idasanzwe yavukanye imitwe ibiri ifatanye- AMAFOTO
Abaturage bo mu gace ka Donggou gaherereye mu karere ka Qindu mu gihugu cyâu Bushinwa, batunguwe no kubona inka yâumwe muri bo ibyaye inyana ifite imitwe ibiri ifatanye, amaso ane, amazuru ane, amatwi abiri. Nyiri iyi nka yabyaye inyana idasanzwe witwa Feng Wenhong, atangaza ko iyi nka ye imaze kubyara inshuro enye, inyana zavutse mbere […]
Polisi yafashe abacuruza ibiyobyabwenge barimo uwafatanywe amagunira abiri yâurumogi
Ikibazo cyâikoreshwa nâikwirakwizwa ryâibiyobyabwenge ni kimwe mu bibazo byugarije igihugu cyane cyane mu rubyiruko. Mu rugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge, Polisi yâu Rwanda ikomeje ibikorwa byâubukangurambaga mu gihugu hose; aho isobanurira ibyiciro byâabantu batandukanye ububi bwabyo, ariko ikibanda ku rubyiruko rwâabanyeshuri. Abafatanyabikorwa mu kurwanya ibyaha barimo abayobozi bâinzego zâibanze, amashyirahamwe yâabantu batandukanye, na Sosiyete sivile na […]
Umugore wanjye nâabana 6 bandaza muri dushi, bakarara bidegembya mu nzu niyubakiye- NKORE IKI?
Nitwa Murekezi nkaba mfite imyaka 56, ntuye mu ntara yâIburasirazuba nkaba mbandikiye ngira ngo mungire inama, kubera ko umugore wanjye nâabana bacu batandatu bamereye nabi, bamfata nkâinka cyangwa imbwa kandi nakagombye gufatwa nka nyiri urugo. Umugore wanjye twabyaranye abana barindwi, umwe muri bo ukurikira imfura yacu, ni umukobwa waje gutwarira inda mu rugo, iyi nda […]
RDC: Jean-Pierre Bemba arasanga amatora yahejwemo azaba ari ikinamico
Umunyapolitiki Jean-Pierre Bemba utavuga rumwe nâubutegetsi muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, aratangaza ko nta gahunda agifite yo guhatana mu matora yâumukuru wâigihugu ateganyijwe mu mpera zâuyu mwaka avuga ko ari ikinamico. Ni nyuma yâaho kuri wa mbere ushize, itariki 03 Nzeri, Urukiko Rukuru rwa Congo rushimangiye umwanzuro w’akanama k’amatora, rutegeka ko Bwana Bemba wigeze […]
Gen Kale Kayihura yageze I Nairobi nyuma yo kwemererwa gukurikiranwa adafunze
Uwahoze ari Umukuru wâIgipolisi cya Uganda kuri ubu uri gukurikiranwa nâubutabera, Gen Kale Kayihura, ngo yaba yerekeje muri Kenya aho yagiye kwivuriza nkâuko amakuru aturuka mu muryango we agera ku rubuga Spyreports akomeza avuga. Biravugwa ko yuririye ku Kibuga cyâIndege cya Entebbe mu ndege ya Kenya Airways yerekeje I Nairobi mu Bitaro bya Agha Khan. […]
Abahanzi bo muri Afurika yâIburasirazuba bakunzwe bakaba batakigaragara cyane muri muzika- AMAFOTO
Muri karere ka Afurika yâIburasirazuba, bamwe mu bahanzi bakunze kwigaragaza nkâabafite impano ariko kubera ubundi bushabitsi, bagahita babihagarika kandi bari bamaze kwigarurira imitima ya benshi. Muri abo bahanzi twavuga nk: 1.Mr Nice: Amazina ye nyakuri ni Lucas Mkenda, akaba azwi cyane ku izina rya Mr Nice muri muzika yo muri Tanzania no muri Afurika yâIburasirazuba, […]
Rwamagana: Abagore bati âurakubitwa ukabona aho uregaâ
Abagore bo mu karere ka Rwamagana barishimira ijambo bahawe bakabasha kujya mu nzego zâimiyoborere yâigihugu harimo no kuba bafite imyanya mu Nteko Nshingamategeko, byose babibona nkâigisubizo kibafasha kugera kuri byinshi mu iterambere, ko ubu nta mugore ukubitwa ngo abe yabura aho arega. Mu kiganiro abagore bo mu Karere ka Rwamagana, bagiranye na Bwiza.com, ubwo bavugaga […]
Ibihugu byinshi muri Afurika bikwiye kwigira ku Cyerekezo 2020 cyâu Rwanda â Enos Denhere
Icyerekezo 2020 cyâu Rwanda ngo keretse Isi yose icyaburaga kandi Abanyafurika bashobora gukora bakirinda guhora bahanze amaso inkunga yâamahanga. Ubutumwa bwâingenzi ngo bukaba ari uko Abanyafurika batakomeza gushyingiranwa mu mutwe nâigitekerezo cyâuko ntacyagenda hatabayeho inkunga ivuye hanze. Icyerekezo 2020 ngo cyahinduye byinshi mu bukungu bwâu Rwanda kandi burya ngo ubukungu bwa nyabwo bushingira bigo nderabuzima […]
Zari Hassan yaratiye abakobwa umuhungu we mukuru -Amafoto
Zari Hassan umushoramari ukomeye akaba n’umubyeyi w’abana batanu, yamamaye cyane bitewe no gukundana n’umuherwe Ivan Ssemwanga ndetse n’icyamamare mu muziki Diamond Platnumz, aherutse gushyira hanze amafoto yabana be batatu ba bahungu yabyaranye na Ivan Ssemwanga umwe muri bo amukumbuza abakobwa. Ni uruhererekane r’wamafoto yashyize kuri Instagram ye mu minsi ishize buri umwe agenda amutaka mu […]
Bamwe mu bana bâingagi bazaba bahabwa amazina mu Kwita Izina 2018
Umuhango wo Kwita Izina utegurwa nâIkigo cyâIgihugu cyâIterambere (RDB) ushingiye ku migenzo yâUmuco Nyarwanda wo kwita izina abana bavutse, ukaba waragendeweho ndetse wongerwa imbaraga mu kwizihiza kurinda Ingagi no kuzibungabunga, aho kuva mu 2015 kwita amazina abana bâIngagi byabaye umuco ngarukamwaka wâingenzi mu gihugu hose. Kwita Izina muri uyu mwaka wa 2018 biteganyijwe ku itariki […]
Perezida Museveni arashinja ubutasi kudakumira abanyabyaha bava mu Rwanda na Congo
Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni kuwa Gatanu wâicyumweru gishize yanenze urwego rwâubutatsi bwa gisirikare bwa Uganda (CMI) avuga ko bwananiwe kugenzura no gukumira abanyabyaha bava mu Rwanda no muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Mu nama yâumutekano yabereye ku biro bya perezida, Entebbe mu Mujyi wa Kampala, Museveni mbere yo kwerekeza mu nama yâubukungu […]
Burundi: Inzego zâumutekano zatahuye ububiko bwâintwaro Leta itari izi
Inzego zâumutekano mu gihugu cyâu Burundi zatahuye ahantu hari hahishe intwaro za gisirikare mu gace ka Rusabagi, Komini Burambi, Intara ya Rumonge. Polisi yâu Burundi itangaza ko izi ntwaro zafashwe mu mpera zâicyumweru gishize, zikaba zirimo ibitoyi 400 byâamasasu yâimbunda ya mitarayezi (Mitrailleuses),  amasasu 200 yâimbunda ya Kalachnikov, imbunda irasa roketi (lance-roquettes), bombe,⊠Nkâuko ikinyamakuru […]
Dr HABINEZA na Mukabunani, amaraso mashya mu Nteko Ishinga Amategeko
Nyuma yâumunsi umwe gusa hakozwe amatoira yâAbadepite bazajya mu Nteko ishinga Amategeko yâu Rwanda, bimaze kumenyekana ko amashyaka abiri afatwa nkâatavuga rumwe nâubutegetsi, yatsindiye intebe ebyiri ebyiri. Nyuma yâibarura ryâamajwi yâagateganyo ku rwego rwâigihugu, uko yakusanyijwe avuye mu turere 30 twose twâu Rwanda, Umuyobozi wa Komisiyo yâIgihugu yâamatora, Prof Kalisa Mbanda atangaje ko Green Party […]
Diamond Platnumz yagize icyo abwira abanenga inyogosho ye nshya
Umuhanzi wo muri Tanzaniya, Diamond Platnumz nta kozwa ibyâabamunenga kubwâinyogosho nshya yâamaderedi yashyize ku mutwe . Mu kiganiro na Bongo5 TV, Diamond yavuze ko yabikoze mu rwego rwo guhindura isura ye mu ruhame kandi abona bikwiriye. Atiâ Nasanze ari ngombwa ko mpindura uburyo nagaragaraga. Ibi ni ibjyanye no kugaragara, nyuma nzahinduraâ Diamond atangaje ibi nyuma […]
Abayoboke 8 ba Agathon Rwasa bafashwe nâinzego zâumutekano
Abayoboke umunani bâishyaka âAmizero yâAbarundiâ riyobowe na Agathon Rwasa batawe muri yombi nâinzego zâumutekano, bashinjwa gukora inama mu buryo butemewe nâamategeko. Bafatiwe ku musozi wa Gicu, Komini Nyamurenza, intara ya Ngozi, bakaba bafungiye muri kasho yâiyi komini, aho bashinjwa gukora inama mu buryo butazwi nâubuyobozi, mu gihe iri shyaka ryo rihamya ko ari uburyo bwo […]
Green Party iracyafite icyizere cyo kwinjira mu Nteko
Mu gihe ibarura ry’amajwi rigikomeje kandi hakaba hasigaye amasaha make ngo hatangazwe amajwi yose y’abatoye ku rwego rw’igihugu, ishyaka DGPR riracyafite icyizere cyuzuye cyo kwinjira mu Nteko Ishinga amategeko y’u Rwanda. Ibi ni ibyatangajwe mu gicuku cyo ku wa Mbere ushyira uwa kabiri tariki ya 3 na 4 Kanama 2018, ubwo bamwe mu barwanashyaka n’abakandida-depite […]
Ubuhamya bwa Bobi Wine, arasobanura ubugome yakorewe nâuko umushoferi we yishwe
Umudepite wo muri Uganda, Kyagulanyi Ssentamu uzwi ku izina ryâubuhanzi rya Bobi Wine, aratanga ubuhamya burebure bwâibyamubayeho, kuva ku wa 13 Kanama 2018, ubwo yatabwaga muri yombi nâinzego zâumutekano za Uganda. Kuri iyi tariki, Bobi Wine yatawe muri yombi ubwo habaga imyigaragambyo mu gace ka Arua, wari umunsi wa nyuma wo kwiyamamaza ku mwanya wâumudepite […]
Ubutaliyani: Hakozwe ibipupe bimeze nk'abantu bigenewe abifuza gutera akabariro-Amafoto
Mu gihugu cyâubutariyani yakozwe ibipupe byo gukoresha imibonano mpuzabitsina aho ugishaka yishyura amayero hagati ya 72 na 80 mu gihe kingana niminota 30. Ibi bipupe byakozwe biri mu moko abiri atandukanye ibizajya bikenerwa nâabagore ndetse n’ibizajya bikenerwa nâabagabo bivuzeko hari ibyâigitsina gore ndetse nâigitsina gabo. Abagore bifuza kugura ibi bipupe ngo bashobora guhitamo kimwe mu […]
Kim Kadarshian yeruye ku bivugwa ko yaryamanye na Drake
Umunyamideli ukomoka muri Amerika, Kim Kadarshian yatangaje ko amakuru avuga ko yaryamanaye na Drake ari ibinyoma byambaye ubusa kuko ngo bitigeze bibaho haba mbere yo gushakana na Kanye West cyangwa se nyuma yaho. Amakuru yâumubano wihariye yatangiye ubwo Drake yashyiraga indirimbo ye hanze yise âIn my feelingsâ ahanini yiganjemo ubutumwa bwâurukundo aho agaruka ku izina […]
Uganda: Ingona yariye umugore nâumwana we wâamezi atanu
Umugore wari uhetse umwana wâamezi atanu, yariwe nâingona ubwo yari agiye kuvoma amazi mu kiyaga kiri mu Majyaruguru yâUburengerazuba bwa Uganda. Umuvugizi wâikigo gishinzwe kubungabunga ubuzima bwâinyamaswa, atangaza ko abaturage bari barabujijwe kwegera aho uyu mugore yamwiciye. Ati âtugira inama abantu kwirinda kugera aho izi ngona zirira abantu zikunze kuba ziri, zikunze kuba mu gace […]
U Rwanda rurifuza ko u Burusiya businya amasezerano yo kurugurisha ubwirinzi bwo mu kirere byihuse
Nyuma yâaho minisitiri wâububanyi nâamahanga wâu Burusiya, Serguei Lavlov asuriye u Rwanda ndetse agatangaza ko iki gihugu cyaganiriye nâu Rwanda ku kijyanye no kurugurisha uburyo bwâubwirinzi bwo kirere, kuri ubu u Rwanda rurifuza ko amasezerano yashyirwaho umukono vuba nkâuko Ambasaderi wâu Rwanda mu Burusiya, Jeanne DâArc Mujawamariya yabitangarije ikinyamakuru Sputnik. Amb. Mujawamariya yagize ati: â […]
U Bushinwa bwemereye Afurika inkunga ya miliyari 60 zâAmadolari
Perezida wâu Bushinwa, Xi Jinping yatangaje ko igihugu cye kigiye kongera Afurika inkunga ya miliyari 60 zâAmadolari. Ibi akaba yabitangaje atangiza ku mugaragaro inama ihuza igihugu cye Afurika izwi nka FOCAC 2018. Muri iri jambo yavuze atangiza iyi nama, Perezida Xi Jinping yavuze ko ayo mafaranga azakoreshwa ahanini mu bijyanye nâubucuruzi nâubwubatsi ku mugabane wa […]
Gicumbi: Abarwayi mu bitaro bya Byumba batewe agahinda no kudatora
Ubwo abanyarwanda bose bitabiriye amatora yâabadepite kuri uyu wa mbere tariki 3 Nzeri, abarwayi nâabarwaza bo mu bitaro bya byumba nabo bari biteguye gutorera aho bari ariko bategereza ko hashyirwa ibiro byâitora baraheba. Ni mu gihe Komisiyo yâamatora yari yatangaje ko hari ibiro byâitora 33 byashyizwe mu bitaro binyuranye, ariko aha i Byumba ntibyahashyirwa. Bamwe […]
Amatora yâAbadepite: Umuryango FPR/Inkotanyi niwo uri ku isonga nâamajwi yâagateganyo 75%
Komisiyo yâIgihugu yâAmatora(NEC), itangaza ko umuryango FPR/Inkotanyi ari wo uri ku isonga nâamajwi y’agateganyo 75% mu matora yâAbadepite. Ku Cyumweru tariki ya 2 Nzeri nibwo Abanyarwanda bari mu bihugu byâamahanga batoye, Â ku wa Mbere tariki ya 3 Nzeri 2018, hakurikiraho abari mu gihugu imbere, amajwi atangazwa yâagateganyo nâiyi komisiyo agaragaza ko FPR/Inkotanyi ariyo iza imbere […]
Nyamasheke: Abaturage biteze byinshi ku ntumwa batoreye kubahagararira mu Nteko Nshingamategeko
Ahagana saa kumi nâimwe nâigice zâigitondo zo kuri uyu wa 3 Nzeri 2018, benshi mu batuye akarere ka Nyamasheke bari bamaze kugera kuri site zâitora aho bategereje i saa moya zâigitondo nyuma yo kurahira kwâabakorerabushake ba komisiyo yâigihugu yâamatora no gosobanurirwa imigendekere yâamatora hakurikiraho kwitorera abadepite bazabahagararira mu nteko ishinga amategeko. Icyagaragaye cyane aho Bwiza.com […]
Rwamagana: Abakozi bâibitaro, abarwayi nâabarwaza bishimiye ko begerejwe site yâitora
Abakozi, abarwayi ndetse nâabarwaza bâibitaro bya Rwamagana biherereye mu karere ka Rwamagana, intara yâIburasirazuba, barishimira kuba begerejwe site yâitora muri aya matora y’abadepite. Mu kiganiro bagiranye na Bwiza.com, Kuri uyu wa Mbere tariki ya 3 Nzeri 2018, ubwo batoraga abazabahagararira mu Nteko Nshingamategeko, bavuze ko batoreye kuri site yâitora yahashyizwe byâumwihariko bakishimira ko batoreye hafi […]
Guverineri Gatabazi yasuye umubyeyi wabyaye abana Batatu avuye gutora
Umugore witwa Maniraguha Claudine wo mu Kagari ka Nyagahinga mu Murenge wa Cyanika muri Burera, wabyariye mu nzira abana batatu bâimpanga ubwo yavaga gutora Abadepite yasuwe na Guverineri wâIntara yâamajyaruguru amushyira igikoma cyâubyeyi. Mu kiganiro Guverineri w’Intara y’amajyaruguru Gatabazi JMV, yagiranye n’umunyamakuru wa bwiza.com yavuze ko yagiye gusura uyu mubyeyi mu rwego rwo kumutabara , […]
Muhanga: Mgr Simargde yifuza ko abadepite batowe bashyiraho umurongo uhamye w'uburezi
Umushumba wa Diyosezi ya Kabgayi Mgr Simargde Mbonyintege, nyuma yo kwitabira amatora y’abadepite kuri uyu wa mbere tariki 3 nzeri, 2018, yavuze ko icyo yifuza ku badepite bagiye kujya mu nteko ishingamategeko ari uko bakwita ku iterambere muri rusange kuko rikirimo ihuzagurika , guha umurongo uburezi kuko abona bukirimo ikibazo kinini . Ati” icyo mbifuzaho […]
Iyicarubozo ryakorewe Bobi Wine rishobora gushyira mu mazi abira Leta ya Museveni
Hashize iminsi mike depite Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine hamwe na bagenzi be bafashwe bagafungwa nyuma bagakorerwa iyicarubozo. Ibi bamwe mu bavuga rikijyana bo mu turere twa Mbarara na Kabale bavuga ko bishobora gutuma Leta ya Uganda ijya mu kaga.  Mu kiganiro kirambuye Bwiza.com yagiranye nâ aba baturage  bemeza ko ibyabaye ku […]
Si nzongera kuririmbira mu ruhame kugeza ubwo nzisubiraho -Bebe Cool
Umuhanzi Bebe Cool ukomoka mu gihugu cya Uganda yatangaje ko atazongera kuririmba ahariho hose kugeza ubwo we ubwe azatangariza impamvu yabimuteye. Ibi bije nyuma yaho ubwo yari mu gitaramo cyabaye ku wagatanu tariki 31 Kanama 2018 kikabera ahazwi nka Lugogo Cricket Oval hagaragaye imvururu nâimirwano ubwo Bebe Cool yageraga imbere yâabafana bakamuteragura amacupa arimo inzoga […]
Twizeye kubona imyanya irenze  icumi yâabadepite- Dr. Frank Habineza
Umuyobozi wâIshyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda(DGPR), Dr. Frank Habineza yatangaje ko ishyaka rye ryizeye kubona imyanya irenze icumi mu nteko ishinga amategeko ashingiye k’ubwitabire babonye mu gihe biyamamazaga. Ibi uyu muyobozi yabitangaje kuri uyu wa Mbere tariki ya 3 Nzeri 2018 ubwo yari amaze gutora mu Karere ka Gasabo kuri site yâitora […]
Bobi Wine wivuriza muri Amerika yiteguye gutangaza ibyamubayeho byose
Bobi Wine, umuhanzi mu njyana ya pop akaba na Depite muri Uganda, yageze muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa Gatandatu tariki ya 1 Nzeri 2018, agiye kwivuza nyuma y’ibirego by’uko yaba yarakorewe iyicarubozo akanakubitwa ubwo yari mu maboko y’igisirikare cya Uganda. Mbere, Wine yari yangiwe kuva muri Uganda ariko ku wa Gatanu tariki […]
Uko umuhango w'amatora y'Abadepite urimo kugenda hirya no hino mu gihugu-AMAFOTO
Kuva mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere tariki ya 3 Nzeri 2018, Abanyarwanda bari hirya no hino mu gihugu bazindukiye kuri site zâamatora kwitorera abagomba kubahagararira mu Nteko Nshingamategeko. Amatora yâabadepite mu Rwanda yatangiye ejo hashize, ku Cyumweru tariki ya 2 Nzeri 2018, ku banyarwanda baba mu mahanga ndetse nâumudepite uhagarariye abafite ubumuga, aho […]
Beijing: Perezida Kagame yagize icyo avuga ku banenga inguzanyo zâu Bushinwa muri Afurika
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, uri mu ruzinduko mu Bushinwa, kuri iki Cyumweru, itariki 02 Nzeri yatangaje ko inama ya Beijing ihuza Afurika nâu Bushinwa FOCAC iziye igihe ndetse agira icyo avuga ku nguzanyo zâu Bushinwa muri Afurika . Perezida Kagame mu kiganiro yahaye itangazamakuru ryo mu Bushinwa, yavuze ko inama ku bufatanye hagati yâu […]
Libya: Imfungwa zigera kuri 400 ziganjemo abashyigikiye Kadhafi zatorotse gereza
Kuri iki cyumweru, itariki 02 Nzeri, imfungwa zigera kuri 400 zatorotse gereza iherereye mu nkengero zâamajyepfo yâumurwa mukuru wa Libya, Tripoli, ahamaze iminsi imirwano nkâuko Igipolisi cyabitangaje. Igipolisi cya Libya kivuga ko aba banyururu babashije kwica imiryango mbere yo gutoroka Gereza ya Ain Zara iherereye mu majyepfo ya Tripoli. Cyongeyeho ko abari bashinzwe kurinda gereza […]
Abapolisi bâ u Rwanda bari mu butumwa bwâamahoro bitabiriye amatora yâabadepite
Kimwe nâabandi banyarwanda bari mu mahanga (Diaspora), taliki ya 2 Nzeri 2018, abapolisi bâu Rwanda aho bari hanze yâigihugu mu butumwa bwo kubungabunga amahoro babyukiye mu gikorwa cyo gutora aba depite nkâuko byari biteganyijwe ku ndangabihe ya Komisiyo yâIgihugu ishinzwe amatora. Kugeza ubu Polisi yâ u Rwanda ifite abapolisi 1200 bari mu butumwa bwo kubungabunga […]
Umunyarwanda wiga mu Bubiligi yakoze ubushakashatsi ku myitwarire yâAbasilamu muri jenoside
Umunyarwanda witwa Omar Servil Ntagengwa wize muri kaminuza Gatulika yâi Louvain mu Bubiligi (UniversitĂ© Catholique de Louvain) yakoze ubushakashatsi ku myitwarire yâAbasilamu mu Rwanda mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994. Ntagengwa S.O. ukomoka mu karere ka Kamonyi akaba amaze imyaka 13 aba k’Umugabane wâu Burayi, avuga ko ubushakashatsi bwe bwibanze ku myitwarire yâAbasilamu […]
Iburasirazuba: Guhabwa insimburangingo kuri mituweli, ubuvugizi abamugaye basaba uzabahagararira mu Nteko
Abafite ubumuga bo mu turere turindwi tugize Intara yâIburasirazuba bifuza ko uwatorwa uwo ari we wese yakwihutira kubakorera ubuvugizi ku bijyanye nâubuvuzi, bakazajya bahabwa insimburangingo bakoresheje ubwishingizi bwa mituweli. Mu matora yo kuri iki Cyumweru tariki ya 2 Nzeri 2018, abayitabiriye bo mu Ntara yâIburasirazuba, byâumwihariko bafite ubumuga, barashimangira ko ayâuyu mwaka adasanzwe. Barishimira ko […]
Umukobwa wâumunyeshuri wari umaze iminsi 5 yarabuze, yabonwe muri Lodge aryamanye nâabasore batatu
Leta ya Kenya ikomeje guhangayikishwa nâabana bâabanyeshuri bishora mu ngeso zo kunywa ibiyobyabwenge ndetse nâubusambanyi, aho bamwe bata ishuri bakajya muri ibi bikorwa. Ibi byongeye kugarukwaho mu itangazamakuru nyuma yaho Kuva ku wa Mbere tariki ya 27 Kanama 2018, umukobwa wâimyaka 17 yâamavuko wo mu gace ka Makueni, yaburiwe irengero, ababyeyi nâinzego zâumutekano zikomeza kumushakisha […]
Igisirikare cya Amerika cyahagaritse inkunga cyateraga Pakistan
Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyahagaritse inkunga ya miliyoni 300 zâAmadolari cyageneraga igisirikare cya Pakistan kuko ngo cyananiwe gufatira icyemezo  imitwe yâiterabwoba. Perezida Donald Trump akaba aherutse gushinja Pakistan guhemukira Amerika mu gihe iki gihugu giterwa inkunga igera muri miliyari yâamadolari. Umuvugizi w’igisirikare cya Amerika Lt Col Kone Faulkner, avuga ko icyo gisirikare […]
Ishyaka PSD riracyekwaho guha amafaranga abitabiraga ibikorwa byo kwamamaza abakandida Depite baryo
Ibikorwa byo kwiyamamariza imyanya mu Nteko Nshingamategeko, ishyaka Riharanira Demokarasi nâImibereho myiza (PDS) ryabisoreje mu mujyi wa Kigali, hagaragara abantu bavuga ko bemerewe amafaranga kugira ngo bitabire nâubwo bwose ubuyobozi bwaryo bubihakana. Ibikorwa byo gusoza kwamamaza abakandida baryo byasorejwe mu Mujyi wa Kigali ku Cyumweru tariki ya 1 Nzeri 2018, byatangirijwe ku cyicaro gikuru kiri […]
U Rwanda rushobora kwitandukanya na ICGLR rushinja kuba ntacyo yakoze mu myaka 12 imaze
U Rwanda rwaba ruri gutekereza kwitandukanya nâUmuryango wa ICGLR rwibaza ku ruhare rwawo nâicyo wakoze mu gukumira ihungabana ryâumutekano mu karere mu myaka 12 umaze ubayeho. U Rwanda rurashinja Inama Mpuzamahanga ku Biyaga Bigari, ICGLR, kuba ntacyo ikora ku kibazo cyâabantu bagize uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi bahunze ubutabera nâimitwe yitwaje ibirwanisho ikorera mu karere, […]
Abari abarwanyi ba M23 nâaba FDLR barasabwa gutaha mu bihugu bakomokamo
Abari abarwanyi bâinyeshyamba za FDLR na M23 bashyize intwaro hasi, barasabwa gutaha mu bihugu bakomokamo ku bushake bwabo. Ubu butumwa bwo gutaha mu bihugu byabo, babugejejweho nâitsinda rigizwe nâintumwa yâumunyamabanga mukuru wâumuryango wâabibumbye mu karere kâibiyaga bigali, Guverinoma ya Congo, SADC, CIRGL mu bukangurambaga bamazemo iminsi itanu, busozwa ku wa 27 Kanama 2018, basura inkambi […]
Umuhango wo gusezera bwa nyuma Senateri John McCain mu mafoto
Abahoze bayoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Barack Obama, Bill Clinton, George Bush nâabafasha babo ni bamwe mu bitabiriye imihango yo gusezera bwa nyuma, Senateri John McCain yabereye muri Katederari nkuru ya Washington kuri uyu wa Gatandatu, itariki 01 Nzeri. Arashyingurwa kuri uyu wa 02 Nzeri mu irimbi rya gisirikare mu mujyi wa Annapolis, muri […]
Muzirinde icyakwanduza isura yâigihugu cyacu â DIGP Dan Munyuza abwira abapolisi boherejwe muri Haiti
Mu gitondo cyo kuwa 01 Nzeri 2018, Abapolisi bâu Rwanda bagera ku 140 bayobowe na Assistant Commission of Police (ACP) Reverien Rugwizangoga bahagurutse i Kanombe ku kibuga cyâindege bagiye mu butumwa bwâamahoro mu gihugu cya Haiti(FPU), aho bagiye gusimbura irindi tsinda ryari rimazeyo umwaka. ACP Reverien Rugwizangonga ugiye ayoboye iri tsinda yavuze ko zimwe mu […]
Perezida Kagame nâumufasha we bifatanyije nâAbanyarwanda baba mu Bushinwa mu gutora abadepite â Amafoto
Perezida wa Repubulika Paul Kagame na madamu we, Jeanette Kagame, kuri ubu bari mu bushinwa aho bitabiriye inama ya FOCAC 2018, kuri iki Cyumweru, itariki 02 Nzeri bifatanyije nâabanyarwanda baba muri iki gihugu mu gikorwa cyo gutora abadepite cyatangiriye muri diaspora kikazakomereza mu gihugu imbere kuri uyu wa Mbere, itariki  03 kugeza kuwa 04 Nzeri […]
Rwamagana: âYouth Volunteersâ mu muganda wo gusukura ahazabera amatora yâAbadepite
Urubyiruko rwo mu karere ka Rwamagana rwibumbiye mu muryango âYouth Volunteersâ rwatangiye  ibikorwa byâukwezi kwahariwe ibikorwa  byâabakorerabushake rutunganya ahazabera amatora yâAbadepite. Igikorwa cyabereye kuri site ya Lycee Islamique, mu kagari ka Cyanya, umurenge wa Kigabiro, ku wa Gatandatu tariki ya 1 Nzeri 2018. Uru rubyiruko rwemeza ko rushimishijwe no gutangira  ukwezi kwâibikorwa byâabakorerabusha batunganya  ibyumba bizaberamo amatora ndetse bagashimishwa […]
RDC: Abantu batanu bishwe nâinyeshyamba zikomoka muri Uganda
Ku wa Gatanu tariki ya 31 Kanama 2018, abantu batanu bo mu gace ka Kakuka, Teritwari ya Irumu, ihana imbiri na Ituri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bishwe nâinyeshyamba bicyekwa ko ari iza ADF zikomoka muri Uganda. Nkâuko bitangazwa nâumuyobozi wâuduce Banyari/Tchabi, Â Baba Nilau Tchabi, avuga ko izi nyeshyamba zageze muri ako gace zikarasa […]
Green Party yishimiye ko kwiyamamaza kwayo kwagenze neza mu gihugu hose
Umuyobozi wâIshyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda Dr Frank Habineza yashoje ibikorwa byo kwiyamamaza kwâiri shyaka yishimira ko mu gihugu hose byagenze neza, anashimira ababigizemo uruhare bose.. Mu gikorwa cyo kwiyamamariza mu Karere ka Gasabo byâumwihariko mu murenge wa Kimironko bafitemo icyicaro, Dr Frank Habineza yashimiye inzego za Leta ko bagiye bakirwa neza […]
Rusizi: Abakandida Depite ba FPR/Inkotanyi basoreje ibikorwa byo kwiyamamaza i Nyakabuye na Gitambi
Abakandida depite bâumuryango FPR Inkotanyi nâindi mitwe ya politiki yifatanije na wo basoza ibikorwa byo kwiyamamaza muri aka karere, mu mirenge ya Gitambi na Nyakabuye, abaturage babagaragarije aho bamaze kugezwa nâimiyoborere myiza. Mu kiganiro na Bwiza.com, bamwe mu baturage bâumurenge wa Nyakabuye bavuze ko batabona amagambo bashima mo FPR Inkotanyi,batekereje uburyo bari barazengerejwe nâibitero byâabacengezi […]