Uruganda rwa Heineken rurashinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994
Ese ni uruhe ruhare uruganda rwa Heineken rwaba rwaragize muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994? Igisubizo cyâiki kibazo gikubiye mu gitabo cyâumunyamakuru wâUmuholandi, Olivier van Beemen, yise â Heineken en Afrique â cyasohokeye mu Bufaransa kuri uyu wa kane ushize, itariki 30 Kanama, kigaragaza uburyo bwakoreshejwe nâuru ruganda rwenga inzoga rwa kabiri ku […]
Urutonde rwâibyamamare 10 byagiye byambarira ubusa mu ruhame- AMAFOTO
Mu gihe ibyamamare biba bihanzwe amaso nâabatagira ingano, ni nako nâibyo bikora byaba byiza cyangwa ibibi bihita bimenyekana, ni nako kandi za camera z’abapaparazi zihora zibatunzweho ku buryo ikosa rito bakoze bahita bisanga mu binyamakuru. Bamwe muri ibi byamamarekazi, byagiye bigaragara mu ruhame bitambaye ikariso abandi bazambaye ariko n’ubundi imyanya y’ibanga igaragara,… 1.Rihanna 2.Kate Middleton […]
Umuraperi Tyga arasaba akayabo Lil Wayne na Birdman abashinja kumwambura
Umuraperi akaba nâutunganya umuziki, Tyaga arasaba Lil Wayne na Birdman ko bamwishyura asaga $ miliyoni 10 bataramuha kuva yabatunganyiriza alubumu ebyiri mu 2009 Imwe mu nshuti za hafi za Tyga yabwiye TMZ ko  Lil Wayne na Birdman bamwemereye ko bazamwishyura mu mwaka wa 2016 ariko akaba yarategereje agaheba. Mu kirego cye cyo mu 2009, Tyga […]
Kimisagara: Umusore yatewe ibyuma nâabantu bataramenyekana
Abantu bataramenyekana mu rukerera rwo kuri uyu 1 Nzeri 2018 bateye ibyuma umusore witwa Ahmed Uwimana uzwi nka Nana utuye ahitwa mu Kuve ubwo yari ageze ahitwa ku Kidirishya mu murenge wa Kimisagara. Uwimana wâimyaka 23 yâamavuko yatangarije Bwiza.com ko yatewe ibyuma  ku kuboko kwâibumoso nâabasore babiri bari bamaze kuniga mushiki we yari aherekeje bashaka […]
Burera: Muri buri kagali hagiye kubakwa ikigo nderabuzima
Akarere ka Burera gafite imirenge 17 igizwe nâutigari 69 . Murwego rwo kwegereza abaturage ubuvuzi ,mu Karere hubatswe ibigo nderabuzima 19 ,bisobanuye ko nibura buri murenge ufite ikigo nderabuzima, ariko akarere kaje gusanga ibyo bidahagije kuko hari umurenge ushobora gusanga harimo Abaturage bagikora urugendo rurenze ikilometero. Niyo mpamvu hafashwe imwanzuro ko  buri kagari kagomba kugira […]
Umuhanzi Beka Flavour yavuze ikibazo gihari ku kuba Dream Boyz yariganye indirimbo ye
Umuhanzi Beka Flavour yatangaje ko kuba Itsinda rya Dream Boyz ryariganye indirimbo ye atari ibintu bibi ahubwo ko ikibazo ari uko batigeze bamumenyesha hakiri kare. Mu kiganiro na Bongo5 TV, uyu muhanzi avuga ko ibyabaye ari ikimenyetso cyâuko umuziki we wamenyekanye gusa ngo Dream Boyz yakoze ikosa ryo kutamumenyesha hakiri kare. Yagize atiâ Mbere na […]
Kenya: Abanyarwanda nâAbarundi bahaba mu buryo bunyuranyije nâamategeko bari gutabwa muri yombi
Abanyarwanda nâAbarundi baba mu gihugu cya Kenya mu buryo bunyuranyije nâamategeko bakomeje gutabwa muri yombi bagasubizwa iwabo babanje gufungirwa muri kasho za polisi, aho ngo abasaga 50 bamaze  gutabwa muri yombi cyangwa gucyurwa mu cyumweru kimwe nkâuko ambasade zâibi bihugu zibitangaza. Amakuru atangazwa aravuga ko abatabwa muri yombi abenshi ari abantu usanga bakora imirimo iciriritse […]
Uburwayi Bobi Wine yakuye muri Gereza butumye yerekeza muri Amerika kwivuza -Amafoto
Umuhanzi akaba n’umudepite mu gihugu cya Uganda Bobi Wine wari umaze iminsi afunzwe na Leta ya Uganda ndetse akaba yaranakorewe iyicarubozo nk’uko byemejwe n’abaganga bo kubitaro bya Lubaka ho mu gihugu cya Uganda, gusa kuri ubu akaba yemerewe kujya kwivuriza mu gihugu cy’Amerika we na mugenzi we Hon Zaake Nkuko byemejwe n’abunganira Bobi Wine mu mategeko , […]
Perezida Kagame nâumufasha we basesekaye I Beijing mu Bushinwa aho yitabiriye inama ya FOCAC 2018 – Amafoto
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, aherekejwe na madamu we, Jeanette Kagame, basesekaye I Beijing mu Bushinwa, aho bitabiriye inama ihuza u Bushinwa na Afurika izwi nka Forum on China-Africa Cooperation (FOCAC 2018) iteganyijwe muri uku kwezi. Ni inama biteganyijwe ko izatangira kuwa Mbere, itariki 3 ikazasoza ku itariki 04 Nzeri 2018, ariko kuri uyu wa […]
Impunzi zâAbanyamulenge zisaga 30 zahungiye mu Burundi
Impunzi zâAbanyekongo bagera kuri 39 bakomoka mu bwoko bwâAbanyamulenge kuri uyu wa Kane ushize bageze mu Ntara ya Cibitoke, muri Komini Rugombo bavuga ko bahunze imirwano ikomeye yahuzaga ingabo za leta nâinyeshyamba za Mai-Mai muri Uvira. Izi mpunzi zarakiriwe muri Komini Rugombo mu gihugu cyâu Burundi zivuga ko zihunze imirwano imaze amezi hafi atatu muri […]
Ngororero: Umusore w'imyaka 26 yagwiriwe n'ikirombe ahasiga ubuzima
Umusore wâimyaka 26 yitabye Imana kuwa 30 Kanama nyuma yo kugwirwa nâitaka ubwo yajyaga gucukura amabuye yâagaciro yo mu bwoko bwa Koluta mu buryo bunyuranyije nâamategeko mu mudugudu wa Ruhuha, akagari ka Kibanda, mu murenge wa Ndaro homu karere ka Ngororero. Umuvugizi wa Polisi yâu Rwanda mu Ntara yâIburengerazuba, Chief Inspector of Police(CIP) Innocent Gasasira […]
Rwamagana : Bazatora FPR-Inkotanyi kuko ikipe itsinda ntuyihindura
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 31 Kanama 2018,  ku kibuga cya Police mu murenge wa Kigabiro,  habereye ibikorwa byo kwamamaza abakandida bâumuryango wa FPR-Inkotanyi , abakandida depite bari bahagarariye abandi ni Uwamariya Odette na Murekatete Alphonsine, bose  bijeje abatuye i Rwamagana ko nibatora FPR-Inkotany,  bazajya babasura bakumva ibyifuzo  nâibitekerezo […]
Bugesera : PSD yiyamamarije imbere y'abakabakabaga 60 ibizeza ubuvugizi
Kuri uyu wa 31 Kanama 2018, mu karere ka Bugesera ishyaka riharanira Demokarasi nâamajyambere nâimibereho myiza yâabaturage (PSD), ryamamaje abakandida depite babo mu murenge wa Juru ho mu gasantere ka Kabagore, imbere yâabarwanashyaka babo nâabaturage bose bakabakabaga 50. Isaa cyenda nâiminota mike nibwo ibikorwa byo kwamamaza byatangiye, nyuma yâigihe gito bamwe mu bayobozi bâishyaka bahageze, […]
Musanze-Burera : Green Party yabijeje gukemura ikibazo cyâibirayi
Kuri uyu wa 31/08/2018, Ishyaka Riharania Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda Green Party ryiyamamarije mu karere ka Gakenke muri Centre ya Gakenke nâubundi, mu karere ka Musanze, center ya Byangabo no mu Karere ka Burera Centre ya Gahunga. Ubutumwa bwahatangiwe nâabakandida âdepite ba Green Party ni ubusanzwe butangwa hose mu gihugu aho babanjirije kwiyamamaza […]
Dr Frank Habineza yagabiwe nâAbanyaburera kubwo kumwishimira
Ku munsi ubanziriza uwa nyuma wo kwiyamamaza kwâIshyaka Riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (DGPR, iki gikorwa cyakorewe mu Ntara yâAmajyaruguru, MU Turere dutatu. Mu gihe igikorwa cyo kwiyamamaza cyaberaga mu karere ka Burera mu gasantere ka Gahunga, mu barwanashyaka ba Green Party bahavuka banahatuye, habonetse abagaragaje ko bifuza guha impano umuyobozi wabo, Dr Frank Habineza. […]
Itangazo ryo guhindura izina
Kamonyi/Ngamba: Bavuga ko bakeneye ubuvugizi bakabona amazi nâumuriro wâamashanyarazi
Ubwo umuryango RPF /Inkotanyi wamamazaga abakandida bawo bazawuhagararira mu matora y’Abadepite mu murenge wa Ngamba, akarere ka Kamonyi, bamwe mu batuye muri uyu murenge bavuga ko bifuza gukorerwa ubuvugizi nabo bakagerwaho nâibikorwaremezo cyane cyane amazi nâumuriro wâamashanyarazi  nâamazi. Ndereyimana Gildas utuye muri uyu murenge avuga ko nubwo uyu murenge watembeye imbere ariko bafite ikibazo cyâingutu […]
Ambasaderi Charles Kayonga yahishuye ko Perezida Kagame ategerejwe I Beijing mu kwezi gutaha
Umugabane wa Afurika nâu Bushinwa biri kwishimira ubufatanye mu nzego zitandukanye kandi iyo mikoranire igomba gukomeza nkâuko byatangajwe na Ambasaderi wâu Rwanda mu Bushinwa, Charles Kayonga, wanahishuye ko Perezida Kagame mu kwezi gutaha azongera gukorera urugendo mu Bushinwa. Ngo usibye ubufatanye mu bya politiki, u Bushinwa na Afurika biri gukorana neza mu nzego zitandukanye nko […]
Umugore yagurishije umwana wâamezi atandatu agura telefoni na moto yâumugabo
Umugore witwa Miracle Johnson wâimyaka 23 yâamavuko, wo mu gihugu cya Nigeria mu gace kitwa Edo yagurishije umwana w’ibyumweru bitandatu kugira ngo agure Telefoni. Miracle Johnson yagurishije uyu mwana ahita ajya kwifunukuriza terefoni akemura nâibindi bibazo byo mu rugo, akaba yanashakaga kugurira umugabo we moto. Nkâuko ikinyamakuru Dailypost, kibitangaza ngo komiseri wa Polisi, Johnson Kokumo […]
Ibihugu 10 bizwiho kugira igipolisi gikabije mu guhohotera abo cyakabaye kirengera
Ubusanzwe abapolisi bi abashinzwe gutuma amategeko yubahirizwa mu gihugu. Akazi kabo ni ugukomeza ituze muri rubanda, gufata abanyabyaha, kugenzura ubugizi bwa nabi, ariko mu byo bashinzwe ntiharimo guhana. Ntabwo ari abayobozi bafata icyemezo cyâumuntu ukwiye kwicwa cyangwa guhanwa; bisobanura ko badashobora kugendana amategeko mu mifuka yabo. Nubwo bimeze gutyo, hirya no hino ku Isi hari […]
Nyamasheke & Karongi, gutuma Green Party ni ukwigererayo
Kuwa 29 Kanama 2018, ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije ryakiriwe n’abaturage bo mu Karere ka Karongi nâaka Nyamasheke , twombi two mu Ntara yâUburengerazuba, ribamenyesha ko abakandida depite baryo ari ba Mudatenguha. I Kibilizi muri Rubengera ho mu Karere ka Karongi, intero yabaye âGutuma Green Party ni ukwigererayoâ. Abaturage bari benshi bakurikirana imigabo yâiri […]
Igisirikare cyâu Rwanda nâicya Malawi byiyemeje kongera imbaraga mu mikoranire
Mu ruzinduko itsinda ryâabayobozi mu ngabo zâu Rwanda bagiriye mu gihugu cya Malawi kuri uyu wa Mbere, itariki ya 27 Kanama 2018; Abayobozi ku ruhande rwâingabo zâu Rwanda na Malawi bashyize umukono ku masezerano yâubufatanye mu byâumutekano. Ni amasezerano yitezweho kongera imikoranire hagati yâigisirikare cyâu Rwanda na Malawi, hibandwa cyane ku myitozo ya gisirikare, guhashya […]
Dore ibyago bigutegereje niba uryama ntumare ibitotsi
Mu miterere y’ikiremwa muntu harimo ibintu bimwe na bimwe biteye amatsiko ndetse ahanini ugasanga bigira ingaruka mbi ku buzima bwamuntu, aha tugiye kurebera hamwe ingaruka umuntu ashobora guhura nazo igihe atasinziriye neza cyangwa ngo amare ibitotsi bihagije. Bimwe mu bibazo bishobora ku kwibasira igihe utajya uryama ngo umare ibitotsi harimo: 1.Kwibagirwa: ubushakashatsi bwakozwe ni mpuguke […]
Bugesera: Nibatora FPR-Inkotanyi bazagezwaho umuhanda ubahuza nâuturere tubiri
Kuri uyu wa kane, tariki ya 30 Kanama 2018, mu Karere ka Bugesera , Umuryango wa FPR-Inkotanyi, ubwo wamamazaga abakandida depite bawo, wemereye abaturage bo mu murenge wa Ruhuha, ko nibayitora ikabasha kugira ubwiganze mu nteko ishinga amategeko bazagezwaho umuhanda ubahuza nâuturere twa Ngoma na Nyanza. Umuyobozi wâakarere ka Bugesera ari nawe Chairman wâumuryango wa […]
Abanyatanzaniya bavuga ko ibyo Dream Boyz yakoze yigana  indirimbo yâumuhanzi  Beka Flavor nta bupfura burimo
Abaturage bakurikiranira hafi umuziki wa Tanzaniya baranenga bikomeye itsinda rya Dream Boyz ryo mu Rwanda bavuga ko ryiganye indirimbo yâumuhanzi Beka Flavour yitwa âSikinai maze bagakora indi bise â Romeo and Julietâ. Babinyujije ku rubuga rwa You Tube, benshi mu bagiye batanga ibitekerezo bavuze ko ibyo Dream Boyz yakoze  nta bupfura burimo kandi ko bisubiza […]
Mparanira impinduramatwara ntabwo ndi umunyabyaha- Bosco Ntaganda
Bosco Ntaganda ukirikiranyweho nâUrukiko Mpanabyaha Mpuzamahanga (CPI) ruri i hague mu Buholandi, ibyaha birimo ibyâintambara nâibyibasiye inyokomuntu, yatangaje ko ari uharanira impinduramatwara, ko atari umunyabyaha. Bosco Ntaganda ushinjwa ibyaha 13 byâintambara nâibindi bitanu byibasiye inyokomuntu, ubwo yagezwaga mu rukiko ku wa Kane tariki ya 30 Kanama 2018, humvwa bwa nyuma abamushinja nâabamushinjura kuri ibi byaha […]
Ugisha inama: Kubera kutitabwaho, byanteye gusangira umugabo na mama
Ndi umukobwa wiga mu mwaka wa Gatatu wa kaminuza, Mama yashatse undi mugabo, babyarana umwana wâumukobwa, ubwo tubana mu rugo turi bane (Njye, mama, umugabo we nâuwo mukobwa wabo). Nubwo mba muri uru rugo, nabayeho mu bwigunge, yaba mama ntabwo yanyitagaho, uyu murumuna wanjye niwe witabwagaho cyane, yaba se na mama usanga ibyiza byose ari […]
Green Party izaharanira ko nta wikubira isoko rya Transport
Kuwa 30 Kanama 2018, Ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera ibidukiije Mu Rwada (DGPR) ryiyamamarihe mu mujyi wa Kigali, Mu Karere ka Nyarugenge, mu Mujyi wa Kigali risezeranya ko niritorwa rizaharanira ko ibijyanye no gutwara abantu n’ibintu bitikubirwa n’abantu bamwe. Igikorwa cyo kwiyamamaria i Kigali kwa Green Party, cyabanjirijwe nâakarasisi kâamapikipiki hamwe nâimodoka ifite indangururamajwi yagendaga […]
Uganda: Lt Gen Andrew Gutti uburanisha Gen Kayihura ari kuririra mu myotsi
Chairman wâUrukiko Rukuru rwa Gisirikare muri Uganda, Lt. Gen. Andrew Gutti ari kuririra mu myotsi nyuma yâaho muramu we amutekeye umutwe akamutwara agera kuri miliyoni 180 zâAmashilingi nkâuko amakuru agera kuri Spyreports avuga. Uyu muramu wa Gen. Gutti witwa Odongo John Baptist uri mu myaka 30 kuri ubu ari muri kasho ya Polisi ya Kampala […]
Amajyaruguru: Ubucuruzi bw'amafaranga butemewe buzwi nka Banque Lambert bwahagurukiwe
Ibi ni ibikubiye mu ijambo Guverineri wâIntara yâAmajyaruguru, Hon Gatabazi Jean Marie Vianney yavuze mu nama yari igamije kuganira ku bucuruzi bwâamafaranga butemewe buzwi ku izina rya Bank Lambert cyangwa Urunguze mu Ntara yâAmajyaruguru, yateraniye mu Karere ka Musanze kuri uyu wa gatatu, itariki ya 29 Kanama 2019. Iyi nama yitabiriwe nâabantu bahangarariye inzego zitandukanye, […]
Bobi Wine yongeye gutabwa muri yombi nyuma yo gutoroka ibitaro
Depite Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine yongeye gutabwa muri yombi na Polisi ya Uganda ubwo yari ageze ku Kibuga cyâindege cya Entebbe mu mujyi wa Kampala. Ni nyuma yâumukwabu wa Polisi ku gicamunsi cyâumunsi wâejo tariki ya 30 Kanama bashakisha uyu mugabo byavugwagako yatorotse ibitaro bya Lubaga, aho yavurirwaga. Aya makuru yavugaga ko yanyuze […]
Bukavu: Abajura bitwaje imbunda bishe abantu babiri mbere yo gusahura
Abajura bitwaje imbunda kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 29 Kanama bishe abantu babiri mu gace ka Nyakaliba muri Komini ya Katundu, ho mu Mujyi wa Bukavu, muri Kivu yâAmajyepfo. Abo bitwaje intwaro barashe umusore wari muri butike icuruza amatelefone nka saa 19h30 ku isaha yo muri Congo. Umuzamu waje atabaye nawe yarashwe amasasu bamwegereye […]
Rusizi/Bweyeye: Barashimangira igihango bafitanye nâumuryango FPR/Inkotanyi
Umwaka umwe gusa abaturage bâumurenge wa Bweyeye mu karere ka Rusizi bamaranye umuriro wâamashanyarazi bavuga ko bahawe nâumukuru wâigihugu akaba na chairman wâumuryango FPR/Inkotanyi ngo wabahinduriye ubuzima kuruta nâabawumaranye igihe kirekire, bakabona ari igihango gikomeye cyane bafitanye nâumuryango FPR Inkotanyi. Ni bimwe mu byo batangarije Bwiza.com ubwo abakandida depite bâumuryango FPR Inkotanyi nâindi mitwe ya […]
Nyagatare: Abagabo babiri binjizaga mu gihugu ibicuruzwa bya magendu bafashwe
Mu ijoro ryo ku itariki ya 29 Kanama nibwo Polisi yâu Rwanda ikorera mu karere ka Nyagatare yafashe Habumuremyi Jean Marie Vianney wâimyaka 33 na Nzayikorera J.Damascene wâimyaka 31.Bombi bafatiwe mu murenge wa Rukomo bafite amabalo abiri 2 yâimyenda ya Caguwa. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara yâUburasirazuba Chief Inspector of Police (CIP) Theobald Kanamugire yavuze […]
Ethiopia: Impanuka ya kajugujugu ya gisirikare yaguyemo abantu 18 barimo abana
Ikinyamakuru cya leta muri Ethiopia kiratangaza ko impanuka yâindege ya kajugujugu ya gisirikare yaguyemo abantu 18 barimo abana 2. Umuyobozi muri polisi, Aschalew Alemu yabwiye Ibiro Ntaramakuru bya Ethiopia ko iyi mpanuka yabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane mu karere ka Oromia. Iyi ndege yo mu bwoko bwa kajugujugu yâIgisirikare cya Ethiopia yari […]
Guverinoma yatangiye guha indangamuntu impunzi zahungiye mu Rwanda
Guverinoma yâu Rwanda kuri uyu wa Kane, itariki 30 Kanama yatangiye igikorwa cyo guha impunzi zahungiye mu Rwanda indangamuntu zazigenewe zizazifasha kubona serivisi za leta nâizâabigenga, kubona akazi no kujya aho zishaka mu gihugu mu bwisanzure. Minisitiri ushinzwe impunzi mu nshingano ze, DeBonheur Jeanne dâArc ndetse nâuhagarariye HCR mu Rwanda, Ahmed Baba fall nibo batangije […]
Guverinoma yâu Rwanda yakubye inshuro zirenze 2 amafaranga yo guhangana nâibiza
Guverinoma yâu Rwanda nâabafatanyabikorwa bayo bakubye inshuro zirenze ebyiri inkunga igenewe kwita ku biza, aho amafaranga yari yateganyijwe hagati ya 2017 na 2018 yavuye kuri miliyoni 643 akagera kuri miliyari 1.6 muri uyu mwaka. Kongera amafaranga agomba kwifashishwa mu guhangana nâingaruka zâibiza bije nyuma yâibiza bimaze iminsi byibasiye igihugu birimo imvura ivanze nâumuyaga ukabije, inkuba, […]
Umuhanzi Beka Flavour yagaragaje agahinda yatewe no kumva Dream Boyz yariganye indirimbo ye
Umuhanzi Beka Flavour wo mu gihugu cya Tanzania yanenze cyane itsinda Dream Boyz ryo mu Rwanda nyuma yo kumenya ko iri tsinda riherutse gushishura indirimbo ye yiswe Sikinai rikayita Romeo na Juliet, gusa yongeraho ko ashimishwa nâurwego umuziki we ugezeho. Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, umuhanzi Beka Flavour yatangiye agisha inama abamukurikira […]
Impamvu Gen Kale Kayihura atashinjwe uruhare mu iyicwa rya AIGP Andrew Kaweesi
Ubushakashatsi bwakozwe nâikinyamakuru Chimpreports buvuga ko Gen Kale Kayihura yari yabwiwe umugambi wâabakozi bâUrwego rushinzwe Umutekano imbere mu gihugu (ISO) wo kumugerekaho uruhare mu iyicwa rya AIGP Andrew Kaweesi wari umuvugizi wâIgipolisi cya Uganda. Ibi bikaba byaremejwe nâabunganira Kayihura mu mategeko bavuga ko kuva ku ntangiriro abakozi ba ISO bacuraga ibimenyetso byo gushinja umukiriya wabo. […]
Burundi: Leta yatangaje ko yiteguye kwakira neza abagize uruhare mu gushaka guhirikika ubutegetsi bwa Nkurunziza
Umuvugizi wa Minisiteri yâUbutegetsi bwâIguhgu mu Burundi, Therance Ntahiraja kuwa mbere wâiki cyumweru yasabye Abarundi bahungiye mu bihugu byâabaturanyi  nâabagize uruhare mu gushaka guhirika ubutegetsi bwa Perezida Nkurunziza muri Gicurasi 2015 ko bataha kuko mu gihugu hari amahoro. Mu ijambo rye, Ntahiraja yasabye izi mpunzi kwiyumvamo amahoro zigataha mu gihugu cyazo. Yagize atiâNdashaka kubamenyesha ko […]
Iburasirazuba: Minisiteri y'uburezi irihanangiriza ibigo byâamashuri bigaragaramo ibibazo
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 28 Kanama 2018 mu nzu mberabyombi yâUrwunge rwâAmashuri rwitiriwe Mutagatifu Aloyizi i Rwamagana habereye inama yaguye yâuburezi  yahuje  abayobora ibigo byâamashuri nâabayobozi bafite uburezi  mu nshingano   bose hamwe bagera ku 1172. Minisitiri wâuburezi, Dr Mutimura Eugene, yihanangirije abayobozi bayobora ibigo bikigaragaramo ibibazo birimo abana bata amashuri ,ibigaragaza isuku nke ,imitsindire  yâabanyeshuri iri hasi ndetse […]
Abaganga bemeje ko impyiko nâuruti rwâumugongo bya Bob Wine byangirijwe bikomeye
Abaganga bâinzobere bâibitaro bya Rubaga mu mujyi wa Kampala bamaze kwemeza ko Impyiko yâibumoso nâuruti rwâumugongo ahagana ku ijosi inyuma rwa Depite Robert Kyagulanyi uzwi nka Bob Wine byangirijwe bikomeye bitewe nâiyicarubozo yakorewe mu kaduruvayo kabereye mu Karere ka Arua. Aba baganga bemeje aya makuru nyuma yâigenzura raykorewe umubiri wa Bob Wine mu rwego rwo […]
Amakipe Rayon Sports ishobora gutombora muri 1/4 cya CAF CC yamenyekanye
Ku wa 29 Kanama 2018 ni bwo ikipe ya Rayon Sports yakatishije itike ya 1/4 cya CAF Confederation cup nyuma yo gutsinda Young Africans igitego 1-0 i Kigali. amakipe Rayon Sports ishobora gutombora harimo Raja Casablanca yo muri Maroc,RS Berkane, na Enyimba FC yo muri Nigeria. Tombora y’uko amakipe azahura iteganyijwe Ku wa mbere tariki 3 […]
Bugesera: Green Party izita ku guteza imbere ubuhinzi
Mu kwiyamamariza mu Ntara yâUburasirazuba Akarere ka Bugesera Umurenge wa Juru, mu gasantere ka Kabukuba, Ishyaka Green Party ryamenyesheje abaryitabiriye ko niritorwa rizakora ibishoboka ubuhinzi nâubworozi bigatera intambwe igaragara. Â Dr Frank Habineza ukuriye iri shyaka yavuze ko mu gihe cyose ubutaka budahingwaho icyo umturage yifuza kandi azi neza ko ari cyo gisanzwe kera mu […]
Kenya: Minisitiri wâIntebe wâu Bwongereza, Theresa May, mu ruzinduko rwâumunsi umwe
Minisitiri wâIntebe wâu Bwongereza, Theresa May, kuri uyu wa Kane, itariki 30 Kanama 2018 yasesekaye mu gihugu cya Kenya mu ruzinduko rwâakazi rwâumunsi umwe nyuma yâimyaka 30 umuyobozi wâu Bwongereza wo kuri uru rwego, Margaret Thatcher, asuye iki gihugu cyo mu burasirazuba bwa Afurika. Theresa May yasesekaye ku Kibuga cyâIndege Mpuzamahanga Jomo Kenyatta saa 6:30 […]
Lebron James yavuze uburyo gukunda abazungu byamugoye
Igihangange mu mukino wa Basketball, Lebron James yatangaje ko byamugoye kwiyumvamo abafite uruhu rwera( abazungu) bitewe nâuko yumvaga ataba hafi yabo. Uyu mugabo ubwo yaganiraga na âThe Shopâ kuwa Kabiri wâiki cyumweru, yasobanuye ibyamubayeho ubwo yigaga ku ishuri r ryigenga rya Akron ahanini rigizwe nâabazungu riri mu mujyi wa Ohio. Muri iki kiganiro Lebron James […]
Nyanza: Ucuruza urumogi ndetse n'uwari uri kurunywa batawe muri yombi
Polisi yâu Rwanda ikomeje ibikorwa byo kurwanya abacuruza,abakwirakwiza ndetse nâ abakoresha ibiyobyabwenge.Ni muri urwo rwego kuri uyu wa 28 Kanama Polisi yâu Rwanda ikorerera mu karere ka Nyanza mu mirenge ya Busasamana na Mukingo yahakoreye igikorwa cyo gushaka no gufata abantu bakekwaho gucuruza no gukoresha ibiyobyabwenge. Muri iki gikorwa , Polisi yafashe abasore babiri,mu murenge […]
CPI izatanga umwanzuro ku cyaha cya nyuma ikurikiranyeho Jean-Pierre Bemba mu kwezi gutaha
Umunyapolitiki Jean-Pierre Bemba, yongeye guhamagazwa nâUrukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha ruzatanga umwanzuro warwo kuwa 17 Nzeri ku cyaha cyo gucecekesha abatangabuhamya rwari rukurikiranyeho umunyapolitiki Jean-Pierre Bemba ruherutse kurekura nyuma yo kumugira umwere ku bindi byaha byâintambara yari akurikiranweho. Ibi ni ibyatangajwe nâUru Rukiko Mpuzamhanga Mpanabyaha rwa La Haye kuri uyu wa gatatu, itariki 29 Kanama nkâuko iyi […]
Bwa mbere mu mateka y'u Rwanda,Rayon Sports ibonye itike ya 1/4 mu marushanwa ya CAF
Ikipe ikunzwe nabatari bake hano mu Rwanda no mukarere izwi nka Rayon Sports itsinze Yanga Africans igitego 1-0 ihita ibona itike iyijyana mu kiciro gikurikiye cya 1/4 cya confederations cup. Ni umukino wabaye kuri uyu wa Gatatu kuri sitade ya Kigali i Nyamirambo urangiye iyi kipe yambara ubururu nâumweru bakunda kwita gikundiro itsinze Yanga Africans […]
Nyamagabe : Umugore uvugwa ko yatwawe na Diregiteri asanga ari ihohoterwa akomeje gukorerwa
Mu nkuru bwiza.com yagejeje ku basomyi kuri uyu wa Mbere tariki ya 27 Kanama 2018, hagaragaye ibaruwa yâumwarimu Munyaneza Cyprien wandikiye urwego rwâumuvunyi, aha kopi akarere ka Nyamagabe asaba kurenganurwa. Asobanura ko umugore we Dusabe Blandine yataye urugo akurikiye Diregiteri, umuyobora wanamuzamuye mu ntera akamugira umunyamabanga wâishuri. Dusabe Blandine we asanga ari urubwa aterwa nâumugabo […]
Justin Bieber nâumukunzi we mushya batunguranye ku rusengero
Umuhanzi Justin Bieber nâumukunzi we mushya, Hailey Baldwin bakomeje kugaragara mu ruhame ahantu henshi harimo amaresitora ndetse nâinsengero. Mu cyumweru gishize nibwo aba bombi bagaragaye berekeza mu rusengero maze batungura benshi bavuga ko baje gusura Pasiteri w’urusengero rwa Hillsong, Carl Lentz ibintu bitamenyerewe kuko ubusanzwe Bieber aba ari wenyine. Ababikurikiranira hafi bahamya ko urukundo rwâaba […]
Minisiteri yâUburezi irasabwa gushyira inyigisho zikumira ihohoterwa mu mashuri
Ubwo hasozwaga ibikorwa byâumushinga Indashyikirwa urwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina nâihohoterwa rikorerwa mu ngo hagati yâabashakanye Ku wa 28 Kanama 2018, bamwe mu bafashamyumvire bagaragaje ko bene izi nyigisho zigomba no kujya mu mashuri. Bavuga ko nubwo hari abibwira ko amakimbirane nâihohoterwa bikorerwa mu ngo biboneka mu ngo zâabantu batiize, mu batuye mu byaro  no […]
Ubuhamya bwâumugore wabonye neza uburyo umushoferi wa Bobi Wine yarashwe nâinzego zâumutekano
Umugore urimo kuvurirwa mu ivuriro ryo muri Uganda birinze gutangaza amazina, yatanze ubuhamya bwâurupfu rwa Yasin Kawuma  wari umushoferi wa Depite Robert Kyagulanyi (Bobi Wine) ariko akaba afite impungenge zâumutekano we.  Kubera umutekano wâubuzima bwe, uyu mugore yasabye ikinyamakuru Monitor kudatangaza amazina ye, aho arwariye nâikindi cyose abona cyatuma hamenyekana ko ari we watanze […]
Guverinoma yâu Buhinde yemeje bidasubirwaho amasezerano yâubufatanye mu byâubucuruzi yagiranye nâu Rwanda
Guverinoma yâu Buhinde kuri uyu wa Gatatu, itariki 29 Kanama, yemeje bidasubirwaho amasezerano yâubufatanye mu bijyanye nâubucuruzi hagati yâiki gihugu nâu Rwanda mu rwego rwo koroshya imibanire mu bukungu hagati yâibihugu byombi. Ni amasezerano yashyizweho umukono hagati yâu Buhinde nâu Rwanda muri Nyakanga ubwo Minisitiri wâintebe, Narendra Modi yasuraga u Rwanda. Nkâuko umwe mu bayobozi […]
Nyamagabe: Uwishe muramu we amuteraguye ibyuma yakatiwe gufungwa imyaka 20
Ubushinjacyaha, Urwego Rwisumbuye rwa Nyamagabe, bwatsinze urubanza bwari bukurikiranyemo umugabo witwa Bucyana Edouard wahamwe nâicyaha cyo kwica muramu we witwaga Minani Vedaste. Uregwa akaba yarahanishijwe igihano cyâimyaka makumyabiri Ku wa 23 Kanama 2018. Ibyo bikaba byarabaye mu ijoro ryo ku wa 01/08/2018, muri Centre ya Ryagwiza, iherereye mu Mudugudu wa Bugina, Akagari ka Runyombyi, Umurenge […]
U Bubiligi: Ibya Moise Katumbi zongeye kubirwaniramo, passport ye yafatiriwe
Ibyâumunyapolitiki Moise Katumbi wo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo imbwa zikomeje kubirwaniramo, aho kuri ubu pariki yo muri Halle-Vilvoorde mu gihugu cyâu Bubiligi yafatiriye passport ye bivugwa ko ifite utubazo. Kuri uyu wa kabiri, itariki 28 Kanama nibwo ubutabera bwâu Bubiligi bwemeje aya makuru mu kiganiro na Politico.cd, aho bwemeje ko passport ya Moise […]
U Rwanda rushobora kuba urwa mbere muri Afurika mu kwinjira mu muryango wâibihugu bikataje kurusha ibindi mu bukungu
Abahoze ari abayobozi mu gihugu cya Israel bari gufasha u Rwanda mu rugamba rurimo rwo gushaka kwinjira mu muryango uharanira ubufatanye mu byâubukungu nâiterambere (Organization for Economic Cooperation and Development (OECD) uhuriyemo ibihugu 36 byakataje kurusha ibindi mu bukungu. U Rwanda ruramutse rwemerewe rukaba rwaba rubaye igihugu cya mbere muri Afurika cyakiriwe muri uyu muryango. Kuba […]
Hamisa Mobetto yatangaje impamvu adashobora kubana nâundi mugabo utari Diamond Platnumz
Umwe mu bagore babyaranye na Diamond Platnumz , Hamisa Mobetto yatangaje impamvu atashobora kwemera kubana nâundi mugabo uwo ari we wese uteri Diamond Platnumz. Mu magambo asa nâaho yiyemererako nta wundi yabana nawe, Mobetto yagize atiâHari benshi bagiye baza bashaka ko twabana ariko kugira ngo ushyingiranwe nâumuntu runaka nâuko muba mufite ibinyabutabire bimwe( Chemistry). Njyewe […]
Ruharambuga: Iterambere mu buhinzi nâubworozi ryarushijeho kubakundisha umuryango FPR/ Inkotanyi
Abaturage bo mu murenge wa Ruharambuga, mu karere ka Nyamasheke bavuga ko batindiwe gusa nâitariki ya 3 Nzeri ngo bitorere abakandida depite batanzwe nâumuryango FPR Inkotanyi kubera byinshi bavuga wabagejejeho cyane cyane kwihaza mu biribwa biturutse ku ngamba zihamye zijyanye nâubuhinzi nâubworozi bwa kijyambere. Bemeza ko mu myaka yashize byari bigoye kubona ibitunga umuryango wâumuntu […]
Rubavu: Polisi yafashe amabuye y'agaciro n'imyenda ya caguwa byinjizwaga magendu
Mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri Tariki ya 28 Kanama, Polisi yâu Rwanda ikorera mu karere ka Rubavu yafatiye mu murenge wa Nyundo imodoka ebyri zari zipakiye imyenda ya Caguwa nâamabuye yâagaciro byinjira mu gihugu mu buryo bunyuranyije nâamategeko. Izi modoka imwe yari mu bwoko bwa land cruiser ifite ibirango byâibinyamahanga CGO 1563AB19, ihetse […]